kin
stringlengths 5
22.5k
| eng
stringlengths 6
6.85k
|
---|---|
Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda. agaciro karyo gahera ku wa 19/02/2016. article 2: authorities responsible for the implementation of this order | This order comes into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. it takes effect as of 19/02/2016. article 2: autorités chargées de l’exécution du présent arrêté
|
Umuntu ku giti cye utubahiriza igishushanyo mbonera cy’imikorereshereze n’imitunganyirize by’ubutaka aba akoze ikosa. | An individual who does not comply with the land use and development master plan commits a fault.
|
Inyandiko ishobora kwegurirwa undi mu buryo butarunduye. ifatwa nk‟aho ari inyandiko yeguriwe mu buryo butarunduye iyo habujijwe icuruzwa ryayo cyangwa hagatangwa amabwiriza abuza guhererekanya iyo nyandiko, nk‟igihe yanditseho amagambo akurikira: « musabwe kwishyura...wenyine », « musabwe kwishyura… mu izina rya… », « musabwe kwishyura…cyangwa uwo yanditseho uje kwishyuza ». ingingo ya 50: irangira ry’icuruzwa ry’inyandiko | An instrument may be endorsed in a restrictive manner. an instrument shall be deemed to have been endorsed restrictively if it prohibits negotiation or endorsement, for instance, if an instrument is worded "pay ... only", or "pay ... for the account of ...", or "pay ..., or order, for collection".
|
Leta yishingira kurengera ibidukikije. | The state ensures the protection of the environment.
|
Umuntu upiganwa mu cyamunara kandi atujuje ibisabwa bijyanye n’ingwate y’ipiganwa, akumirwa mu ipiganwa mu cyamunara binyuze mu buryo bw’ikoranabuhanga mu gihe kingana n’imyaka itatu (3). » | A person who bids at the auction without complying with requirements relating to the bid security is blocked from bidding at the auction through the system electronic for a period of three (3) years.”
|
Ingingo ya 121: ishyirwaho ry’amatsinda y’ubucuti | Article 121: formation of friendship groups
|
Ingingo ya 13: ibihano byo mu rwego rw’ubuyobozi | Article 13: administrative sanctions
|
3. kwimakaza umuco w‟amhoro no gukemura amakimbirane mu matorero no mu miryango ya gikristo no guteza imbere umuco wo gusoma mu bana. | 3. to promote the culture of peace and conflicts resolution among churches and christian organizations and promoting the culture of reading for the children.
|
(b) imiterere, igihe n’ahantu byerekeye serivisi z’impuguke zigomba gutangwa, inyandiko nsobanuramiterere y’isoko, akazi kagomba gukorwa n’umusaruro witezwe; | (b) the nature, time frame and location of the consultancy services to be provided, terms of reference, required tasks and outputs;
|
Ingingo ya 152: kumenyesha abaturage ingingo zirebana n’ukutavogerwa kw’ingoro ya sena | Article 152: display of provisions pertaining to the inviolability of the senate building
|
Ingingo ya 86: indimi zikoreshwa mu masoko ya leta | Article 86: languages used in public procurement
|
12° gukurikirana imikorere y’ubuyobozi bukuru bwa rba. | 12° to monitor the performance of the directorate general of rba.
|
Uruhushya rwo gucukura kariyeri zigamije gucuruzwa rumara igihe cy‟imyaka itanu (5) gishobora kongerwa inshuro nyinshi, bibaye ngombwa. | A quarry licence of a commercial purpose shall be valid for a period of five (5) years renewable as many times as deemed necessary. la réalisation de ces travaux.
|
Itegeko ryemerera kwemeza burundu iyinjizwa ry’u rwanda mu kigo cy’akarere gitunganya amakarita y’umutungo hagamijwe iterambere (rcmrd)…………………………………...50 | Law authorising the accession of rwanda to the regional centre for mapping of resources for development (rcmrd)………………………………………………………………….50
|
3. nyaruguru : kibeho sector | 6. rusizi : kamembe sector
|
Ingingo ya 20 : mu gihe cy‟inama z‟inteko rusange, umunyamabanga nshingwabikorwa ni we uba umwanditsi w‟inama. | Article 20 : the executive secretary shall play the role of secretary to the general assembly during meetings.
|
N° 229/03 ryo kuwa 27/12/2013 | N° 229/03 du 27/12/2013
|
Ingingo ya 19: inshingano zo gutanga amakuru ku buryo buhoraho | Article 19: continuous reporting obligations
|
1° mirongo itanu na batatu (53) batowe nk’uko biteganywa n’ingingo ya 77 y’iri tegeko nshinga; | 1° fifty-three (53) deputies elected in accordance with the provisions of article 77of this constitution;
|
Ababuranyi bafite inshingano zo kwitegura neza no kwitabira ibiganiro byose bo ubwabo cyangwa ababahagaririye bahaye ububasha bwo kumvikana no gusinya umwanzuro w’ubwumvikane. | The parties have to prepare well and participate in the mediation session themselves or their representatives authorized to negotiate and sign the settlement agreement.
|
Umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka ayobora ingabo zirwanira ku butaka kandi akagira inama umugaba mukuru w’ingabo mu birebana n’ingabo zirwanira ku butaka. | The army chief of staff shall be the commander of the army service and advises the chief of defence staff on army matters.
|
Abandi abakozi bose batsinze ibizamini bashyirwa mu myanya n‟umuyobozi w‟akarere babisabiwe n'inama y‟ubutegetsi ku rwego ry‟ibitaro cyangwa komite y‟ubuzima ku rwego rw‟ikigo nderabuzima. ibaruwa ibisaba yomekwaho raporo y‟ipiganwa. | All support staffs that have successfully passed the interviews organized for this purpose are appointed by the mayor of the district on proposal of the board of directors at the hospital level or health committee at the health center level. the recruitment report is attached to the letter requesting for appointment.
|
Ingingo ya 16: kwishyura amafaranga y’amahugurwa | Article 16: payment of training fees
|
Mu gihe kitarenze amezi atatu (3) akurikira impera z’umwaka w’ibaruramari, perezida wa cnlg ashyikiriza urwego rureberera cnlg raporo y’umwaka w’ibaruramari n’iteganyabikorwa ry’umwaka ukurikira imaze kwemezwa n’inama y’abakomiseri ya cnlg hakurikijwe amategeko agenga imicungire y’imari n’umutungo bya leta. | Within three (3) months following the end of the financial year, the chairperson of the cnlg submits to the supervising authority the annual report and the action plan for the following year after their approval by the council of commissioners of the cnlg in accordance with the laws governing the management of state finance and property.
|
C) umuyobozi, umucungamari n’ucunga ikigega cy’ishoramari ry’abishyizehamwe baba mu rwanda; | C) collective investment scheme manager, custodian and operator established in rwanda;
|
12° “icyizere gihamye” bivuga ko ingamba zo guhuza ikiguzi n‟umusaruro zafashwe kugira ngo hatazavaho habaho gutandukira igipimo cyihanganirwa no kugira ngo hirindwe amakosa, cyangwa se, mu gihe abayeho, agaragazwe kandi akosorwe n‟abakozi b‟urwego hakiri kare; directed at specific cases of suspected or actual irregularities such fraud, theft, embezzlement, mismanagement of funds and similar others crimes; | 12° “reasonable assurance” shall mean that cost-effective actions have been taken to restrict deviations to a tolerable level, and that material errors or irregularities have been prevented, or if occurred, were detected and corrected by the entity personnel within a timely period; généralement effectué dans des cas spécifiques d‟irrégularités présumées ou effectives telles que la fraude, le vol, le détournement ou la mauvaise gestion des fonds et autres infractions similaires;
|
11° amafaranga y’impozamarira n’amafaranga y’ishyingura. | 11° death allowance and funeral indemnity.
|
Umutungo wa cnlg ukoreshwa gusa mu kuzuza inshingano zayo. | The property of cnlg is only used in achieving its responsibilities.
|
37 mujawamariya placidie f o788553617 muhanga (sé) | 39 mukandahiro liberatha f o783166317 (sé)
|
Ingingo ya 277: ivugurura ry’icyemezo cy’inyandiko y’ishingwa ry’isosiyete | Article 277: amendment of certificate of incorporation of a company
|
Isosiyete ibumbye ibice birinzwe, hatitawe ko companies | A protected cell company must, cellules protégées
|
Dushingiye ku itegeko n° 10/2011 ryo kuwa 13/05/2011 rigena inshingano, imiterere n’ububasha by’ingabo z’u rwanda, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 26; bisabwe na minisitiri ufite ingabo z’igihugu mu nshingano ze; inama y’abaminisitiri yateranye kuwa 13/6/2012 imaze kubisuzuma no kubyemeza; | Determining mission, organization and powers of the rwanda defence forces, especially in article 26; on proposal by the minister in charge of defence forces; after consideration and adoption by the cabinet, in its session of 13/6/2012;
|
(viii) ikigo kigenzurwa cyangwa kigirwamo uruhare mu buryo buziguye cyangwa butaziguye n’ikigo kigenzura banki; | (viii) an entity controlled or on which influence is exerted directly or indirectly by an entity that controls the bank;
|
(1) banki nkuru ishobora gutanga ihanagurabusembwa iyo ubikeneye article 45: application for rehabilitation | (1) the central bank may grant rehabilitation if so requested and, after article 45: demande de réhabilitation
|
Minisitiri w‟intebe, minisitiri w‟ubucuruzi n‟inganda na minisitiri w‟abakozi ba leta n‟umurimo basabwe kubahiriza iri teka. | The prime minister, the minister of trade and industry and the minister of public service and labour are entrusted with the implementation of this order.
|
1° amazina y’ababuranyi, umwuga wabo n’aho batuye n’amazina y’ababunganira; | 1° names of the parties, their occupations and residence and names of their counsels;
|
2°. kugena ibipimo by’ubushobozi bwo kwishyura: igipimo cy’ubushobozi nyakuri mu kwishyura umwenda kandi kidafite aho kibogamiye cyaba kiri mu bimenyetso, inyuguti, imibare cyangwa ubundi buryo bw’icyizere kigirirwa ushyize ku isoko ry’imari n’imigabane impapuro z’agaciro ndetse n’ubushobozi bwo kuzasohoza inshingano ze mu gihe gikwiriye cyagenwe n’izo mpapuro z’agaciro, ku ngorane runaka chapter one: general provisions | 2°. credit rating: an objective and independent evaluation regarding the credit worthiness of an issuer of a debt instrument whether expressed in symbols, letters, numbers or in any other form of crediblity, and its ability to meet its obligations in a timely manner over the life of the financial instrument based on relevant risk factors including the ability of the issuer to generate cash in the future;
|
Itegeko ryemerera kwemeza burundu amasezerano n° 2100150008345 yashyiriweho umukono i tunis muri tuniziya ku wa 17 ugushyingo 2004, hagati ya repubulika y’u rwanda n’ikigega nyafurika gitsura amajyambere (fad), yerekeye inguzanyo ya miliyoni cumi n’eshatu n’ibihumbi magana arindwi na mirongo itandatu za "unités de compte" (13.760.000 uc) n’amasezerano n° 2100155003217 yerekeye impano ya miliyoni imwe za "unités de compte" (1.000.000 uc) agenewe gahunda y’umushinga w’itunganywa n’icungwa ry’ibiyaga byo mu gihugu imbere.................... | Law authorising the ratification of the loan agreement n° 2100150008345 signed in tunis, tunisia on november 17, 2004, between the republic of rwanda and the african development fund (adf), relating to the loan of thirteen million seven hundred and sixty thousand units accounts (13,760,000 uc) and the agreement n° 2100155003217 relating to a grant of one million units of accounts (1.000.000 uc) for the integrated development and management of internal lakes support project…
|
Ku rwego rw’akarere, izi nzego zunganirwa na komite y’umutekano na komite mpuzabikorwa. | At the district level, these organs shall be assisted by the security committee and the coordination committee.
|
Akiciro ka 2: inkiko n’abacamanza | Subsection 2: courts and judges
|
Buri rukiko ruburanisha imanza z’ubutegetsi mu rwego rwa mbere ruregerwa ikirego mu nyandiko cyangwa mu magambo gishyikirizwa ubwanditsi bw’urukiko rwaregewe n’urega ubwe, umwunganira cyangwa undi wabiherewe ububasha. | A case may be filed in the administrative court of first instance by a written or oral application, presented to the court registry either by the applicant himself/ herself or his/her counsel or by any other person duly authorised by him/her.
|
Utanga serivisi zo kwishyurana ni we abakoresha serivisi zo kwishyurana babaza amafaranga y’ikiguzi n’inyungu abakoresha serivisi zo kwishyurana bishyura biturutse ku kudashyira mu bikorwa, gushyira nabi mu bikorwa cyangwa gutinda gushyira mu bikorwa igikorwa cyo kwishyurana. (b) within the payment initiation service provider’s sphere of influence, the payment transaction was authenticated, accurately recorded and not affected by a technical breakdown or other deficiency linked to the non- execution, defective or late execution of the transaction. | The payment services provider is liable to their respective payment services users for any charges and interest incurred by the payment services users, for which they are responsible, as a consequence of non-execution, defective or delayed execution of the payment transaction. (b) dans la sphère d’influence du prestataire de services d’initiation de paiement, l’opération de paiement a été authentifiée, correctement enregistrée et non affectée par une panne technique ou une autre défaillance liée à la non-exécution, au défaut ou à une exécution tardive de la transaction.
|
Ingingo ya 3: abahanga mu mirimo ijyanye n’imari | Article 3 : experts en services financiers
|
Ambasaderi george william bill kayonga agizwe umunyamabanga uhoraho muri minisiteri ishinzwe umuryango w’ibihugu by’afurika y’iburasirazuba (mineac). presidential order n°90/01 of 26/11/2012 appointing a permanent secretary | Ambassador george william bill kayonga is appointed permanent secretary in the ministry for east african community (mineac).
|
34.amafaranga yashowe n‟andi yashowe mu mashami | Distribution des benefices
|
Ubazwa mu rwego rw’amabarura y’ibarurishamibare yemewe ntashobora na rimwe kwitwaza ibanga ry’akazi ngo yange gutanga ibisubizo ku bibazo abazwa. | A person being questioned during accepted surveys shall not whatsoever invoke the principle of professional confidentiality so as to refuse to give responses to questions asked.
|
Imikoreshereze n’imicungire by’umutungo wa komisiyo bikorwa hakurikijwe amategeko abigenga. | The use and management of the property of the commission shall be carried out in accordance with relevant legal provisions.
|
(1) umuntu utora ikintu cy’undi cyimukanwa cyangwa wakibonye ku buryo bumugwiririye, akakigumana ku bw’uburiganya cyangwa akagiha abatari bene cyo ku bw’uburiganya, aba akoze icyaha. iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi 6 ariko kitarenze imyaka 2 n’ihazabu itari munsi ya 50.000 frw ariko itarenze 300.000 | (1) a person who finds or accidentally obtains a lost movable item belonging to another person and fraudulently retains it or gives it to another person, commits an offence. upon conviction, he or she is liable to imprisonment for a term of not less than 6 months but not more than 2 years and a fine of not less than frw 50,000 but not more than frw 300,000 or only one of these penalties.
|
8° ibikoresho byabugenewe mu kuzimya inkongi y’umuriro n’iby’ubutabazi; | 8° specialised fire and rescue equipment;
|
Minisitiri muri primature ushinzwe iterambere ry‟umuryango n‟iry‟uburinganire | The minister in the prime minister‟s office in charge of gender and family promotion
|
Ingingo ya 69: ingingo iranga mu itegeko rihindura interuro ya iv: imiterere, imitondekere, n’imitunganyirize y’amategeko | Article 69: cross-reference in amending legislation title iv: structure, organisation, and layout of legislation
|
Ryo ku wa 17/03/2020 rigena serivisi zitagomba guhungabanywa mu gihe cy’ihagarikwa ry’imirimo cyangwa icy’ifungwa ry’ikigo | Of 17/03/2020 determining essential services that should not be interrupted during strike or lock-out
|
Imiterere n’imikorere y’izindi nzego zavuzwe mu ngingo ya 6 y’iri tegeko nabyo byemezwa n’amategeko y’umwihariko y’umuryango. | The nature and function of other structural levels indicated in article 6 of this statute are also governed by the canons of the organization.
|
Uruhushya rwo guhabwa akazi n‟icyemezo cy‟akazi bihita byamburwa nyirabyo kubera impamvu zikurikira : | Authorisation to work and work permit shall be automatically dispossessed from the beneficiary due to the following reasons:
|
Ingingo 12: | Article 12 :
|
2º ubumenyi cyangwa amahugurwa ndetse n’umubare w’abakozi bazahugurwa igihe bikenewe ; | 2º transfer of knowledge or training as well as the number of staff to be trained where necessary;
|
Mu matora yose, umukandida afite uburenganzira bwo gukoresha inyandiko zimanikwa n’ibindi byose bimwamamaza instructions of the commission determine modalities for withdrawal of candidacy for each category of election. | For any election, a candidate has the right to use posters and other means of campaign not les instructions de la commission fixent les modalités de retrait de la candidature pour chaque catégorie d’élection.
|
17° impuguke mu mibare y’ubwishingizi yashyizweho: umuhanga mu mibare y’ubwishingizi wemezwa n’urwego rw’ubugenzuzi; | 17°appointed actuary: a specialist in actuarial science approved by the supervisory authority;
|
2° isosiyete ifashe umwanzuro wo guhindura inyandiko y’ubwumvikane n’amategeko shingiro byayo, igamije guteganya igihe cy’iyo sosiyete kirenze cyangwa gishobora kurenga imyaka ijana na mirongo itanu (150) ibarwa guhera igihe yashyiriweho. | 2° the company passes a resolution to alter its memorandum and articles of association to provide for a period of duration for the company that exceeds or is capable of exceeding one hundred and fifty (150) years from the date of its incorporation.
|
Ifatwa ko yishyuwe iyo uwitwaje inyandiko igihe cyagenwe kigeze cyangwa nyuma yacyo aretse nta mpamvu uburenganzira yari afite bwo gukurikirana uwayemeye. 2° the bearer may enforce payment against the drawer or any endorser compelled to pay. | Any instrument shall be deemed to have been discharged, at or after its maturity, where the bearer thereof unconditionally renounces his / her rights against the acceptor. likewise, the bearer may, at or 2° le porteur peut obliger le tireur ou tout endosseur de l‟acquitter par paiement.
|
Ingingo ya 25 : inshingano z’abagenzuzi b’ibaruramari | Article 62:evaluation des surveillants
|
Inyandiko igomba kwerekanwa kugira ngoyishyurwe mu buryo bwemewe. bitabaye gutyo, uwayitanze cyangwa abayihererekanije hakoreshejwe gushyira umukono inyuma ntacyo babazwa. | An instrument shall be duly presented for payment. if not so presented, the drawer or endorsers shall be discharged.
|
Amabwiriza y’umwanditsi mukuru agena amafaranga yishyurirwa kwandikisha inyandiko z’ubwizerane. agena kandi amafaranga yishyurwa ku bifuza guhabwa amakuru ari mu bitabo byandikwamo inyandiko z’ubwizerane n’imitungo yabwo. | The directives of the registrar general determine the fees applicable to registration of trust instruments. they also determine the fees payable by those wishing to have access to information from registers of trust instruments and trust property.
|
Ingingo ya 21: inteko rusange ifite ububasha bukurikira: -kwemeza no guhindura amategeko agenga umuryango n‟amabwiriza mbonezamikorere yawo; -gushyiraho no kuvanaho abagize gathers the 2/3 effective memberships. in case the quorum is not attained, a second meeting is convened within seven days. on that occasion, the general assembly gathers and takes valuable resolutions irrespectively of the number of participants. | Article 21: the general assembly has the following powers: -t adopt and amend the constitution and internal regulations of the organization; to -to appoint and dismiss the executive committee, the audit committee and the valablement lorsque 2/3 des membres effectifs sont présents. si ce quorum n‟est pas atteint, une nouvelle convocation est lancée dans un délai de sept jours. a cette occasion, l‟assemblée générale siège et délibère valablement quel que soit le nombre de participants.
|
1° ahantu hahehereye: ahantu h’igishanga cyangwa h’amazi, haba karemano cyangwa hahanzwe, hahoraho cyangwa h’igihe gito harimo amazi atava aho ari cyangwa atemba; | 1º wetland: area of marsh or water, whether natural or artificial, permanent or temporary, with water that is stagnant or flowing.
|
27 375 + 0.0075 % y’amafaranga ari hejuru ya 10 000 000 | 27 375 + 0.0075 % of the amount over 10 000
|
1° ukora ibikorwa byo gutsindagira cyangwa guhindura imiterere y’ubutaka buhehereye; | 1° carries out any activities of compacting or changing the nature of the wetland;
|
5 º amafaranga y’u rwanda ibihumbi magana atanu y’u rwanda buri kwezi (500.000 frw) y’icumbi; | 5 º five hundred thousand rwandan francs (frw 500,000) for monthly housing allowance;
|
3 º bigaragaye ko inama njyanama y’akarere itagishoboye kuzuza inshingano zayo. | 3 º it is evident that the district council is no longer able to fulfil its responsibilities.
|
2º ijile y’ubutabazi idashaje kuri buri murobyi kandi yanditseho izina rya koperative na nomero y’ubwato uyambaye akoresha; | 2º a life jacket for every fisher, showing the name of the cooperative and plate number of the fishing boat;
|
Uwakoze imenyekanisha ryoroheje agomba kuzuza imenyekanisha ry’inyongera kugira ngo ibintu bishobore gusubira mu buryo. | The declarant must furnish a supplementary declaration to regularize the customs procedure in question.
|
Kubamo amatike ya tombola, “bingo” n‟ahabera imikino y‟amahirwe yo gutega mu gihe bikoreshwa hakurikijwe ibiteganywa n‟iri tegeko. | Sales for lottery tickets, bingo and sport book provided that they are operated in accordance with the provisions of this law.
|
Buri mukoresha, yaba utangira cyangwa udatangira umukozi imisanzu, afite inshingano yo kohereza imisanzu y’umukozi mu bwiteganyirize bwa pansiyo umukozi abereye umunyamuryango igihe cyose abimusabye. | Every employer, whether sponsoring or non- sponsoring employer, shall have the obligation of transferring contributions of the employee to the pension scheme to which the employee is a member any time he/she so requires.
|
Ubucukuzi bwa kariyeri iri mu nganzo bushobora gukorwa hagamijwe inyungu iyo ubwo bucukuzi bukozwe mu rwego rw‟ubucuruzi cyangwa mu rundi rwego rutari urw‟ubucuruzi. | Quarry exploitation in a deposit may be carried out with a view to making profits if it is of a commercial or non-commercial nature.
|
(a) izina ry’umufatabwishingizi cyangwa uteganya kuba we | (a) name of the insured or prospective policyholder(s)
|
Ingingo ya 147: | Article 147 :
|
Ubwo busabe bunyuzwa mu nzego z’ububanyi n’amahanga. mu gihe byihutirwa, isaba rishobora kunyuzwa muri polisi mpuzamahanga cyangwa rigakorwa n’ubuyobozi bw’ibindi bihugu bibifitiye ububasha bukaryoherereza inzego z’ubutabera binyujijwe mu iposita ku buryo bushinganye cyangwa indi nzira iyo ari yo yose yihuta isiga ikimenyetso cyanditse cyangwa ikindi kintu gihwanyije agaciro na cyo. | The extradition request shall be made through diplomatic channels. in case of emergency, the request may be made through interpol or by relevant authorities of foreign states and sent to the judicial authority by registered mail or any other expeditious means which leave a written record or its equivalent.
|
Babisabwe n‟urwego rw‟ibanze bireba, ku mugaragaro kandi mu nyandiko, abakoresha, abahesha b‟inkiko, abakodesha, abarinda 3° movable assets belonging to the taxpayer; | Upon a written official request by the concerned decentralized entity, employers, bailiffs, tenants, caretakers, cashiers, bankers, public notaries, 3° les biens mobiliers appartenant au contribuable; 4° les biens immobiliers du contribuable.
|
Gucunga imari n’umutungo bya leta ateganyiriza ibikorwa by’imirimo mu ngengo y’imari iyo bifite inyigo yemejwe. | The financial and human resource management audit within a public institution is governed by relevant laws.
|
Inyandikomvugo ziba zikubiyemo uko ibiganiro byose byagenze n’ibitekerezo bya buri mudepite, ziboneka mu minsi icumi (10) nyuma y’inama y’inteko rusange zireba, zigahabwa abadepite zikanashyirwa mu nzu y’ibitabo. | Verbatim reports consist the general picture of how the debates were conducted and shall quote every deputy; they are available in ten (10) days following the concerned plenary sitting, are given to deputies and are kept in the library.
|
9º gufata ibipimo, amafoto, amajwi cyangwa amashusho cyangwa andi makuru yose iperereza ryagaragaza ko ari ngombwa; | 9º to take measurements, photographs, sound or video recordings or any other type of information that an investigation shows are necessary;
|
Mu ipiganwa risesuye, igihe kigenewe gutegura inyandiko z’ipiganwa ntikigomba kujya munsi y’iminsi mirongo itatu (30), uhereye igihe itangazo ry’ipiganwa ryasohokeye. | For open tender, the time allotted to the preparation of tenders must not be less than thirty (30) calendar days from the time the tender notice is published.
|
(3) buri muyoboke ugize komite nyobozi agomba kuba atuye mu rwanda. | (3) each member of the executive committee must reside in rwanda.
|
4 º amezi atandatu (6) y’umushahara ku mukozi umaze nibura imyaka makumyabiri (20) mu kazi ka leta. | 4 º six (6) months salary for an employee with at least twenty (20) years of experience in public service.
|
Abisabwe n‟umuvugizi w‟« umuryango ugamije ibikorwa biteza imbere umuryango nyarwanda (cdi)» mu rwandiko rwe rwakiriwe ku wa 15 | Upon request lodged by the legal representative of the association « rwanda victory mission (rvm)» on 19
|
Iri tegeko ngenga ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda. article 89: commencement | This organic law comes into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. article 89 : entrée en vigueur
|
4° koleji yigisha iby’ubucuruzi n’ubukungu; | 4° college of business and economics;
|
Ubuvugizi buhawe umuryango “vision jeunesse nouvelle” ufite icyicaro cyawo mu murenge wa gisenyi, mu karere ka rubavu, mu ntara y‟iburengerazuba. | Legal status is hereby granted to the association “vision jeunesse nouvelle” situate at gisenyi sector, rubavu district, in the western province.
|
12° inguzanyo: igikorwa cy’umuntu uguriza undi amafaranga cyangwa amwizeza kuyamuguriza agamije ikiguzi cyangwa agafata inshingano, mu nyungu y’uwo abikorera, yo kumwishingira, kuba yamwishyurira cyangwa gukoresha ubundi buryo bw’ubwishingire bushingiye ku cyo ari cyo; | 12° credit: an operation whereby a person, in exchange for compensation, lends or promises to lend funds to another person or accepts in that person’s interest pledge or uses any other form of collateral taking into account the surety’s status;
|
Aya mabwiriza agamije gushyiraho uburyo bwo kugenzura itegurwa, iyubakwa, imikoreshereze no gufata neza ibikorwaremezo byegerejwe abaturage bitunganya amazi yakoreshejwe hagamijwe gutanga serivisi zinoze, nziza kandi zidahenze zijyanye no gutunganya ayo mazi mu rwanda. the purpose of this regulation is to establish a regulatory framework for designing, installing, operating and maintaining decentralized wastewater treatment system to ensure efficient, effective and affordable wastewater treatment services in rwanda. l’objet du présent règlement est de mettre en place un cadre réglémentaire pour l’élaboration, installation, fonctionnement et maintenance des systèmes décentralisés de traitement des eaux usées pour assurer les services efficaces, durables et abordables de traitement des eaux usées au rwanda. ingingo ya 2: ibisobanuro by’amagambo | The purpose of this regulation is to establish regulatory framework for the installation, upgrade and operation of petrol service stations and bulk fuel delivery facilities in rwanda. le présent réglement a pour objet de mettre en place un cadre règlementaire pour l’installation, la rénovation et l’opération des stations-service et des installations de livraison de carburant en gros au rwanda. ingingo ya 2: ibisobanuro by’amagambo
|
3° imirimo y‟ubucukuzi iteganyijwe mu gihe cy‟inyongera iyo itandukanye cyane n‟iyakozwe mu gihe cy‟uruhushya rurangiye; | 3° mining operations proposed to be carried out in the period of renewal if substantially different from the previous operations;
|
Hatitawe ku cyo urwego rutanga isoko ruteganya gukoresha iyarara n’ibikoresho byasenywe, uwatsindiye isoko abitwara ku mafaranga ye akabigeza aho bigomba gushyirwa hagenwe mu gitabo cyerekana uburyo ipiganwa rikorwa. | Whatever the procuring entity plans to do with the rubbles and materials from the demolition, the successful bidder bears the cost related to their movement to the place where they must be stored that is specified in the tender document.
|
Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi atandatu (6) ariko kitarenze imyaka ibiri (2) n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda atari munsi y’ibihumbi magana atanu (500.000 frw) ariko atarenze miliyoni ebyiri z’amafaranga y’u rwanda (2.000.000 frw) cyangwa kimwe muri ibyo bihano. | Upon conviction, he or she is liable to imprisonment for a term of not less than six (6) months but not more than two (2) years with a fine of not less than five hundred thousand rwandan francs (frw 500,000) but not more than two million rwandan francs (frw 2,000,000) or one of these penalties.
|
Iyo umwe mu bagize inama y’ubuyobozi afite inyungu bwite itaziguye cyangwa iziguye mu kibazo gisuzumwa, agomba kumenyesha bidatinze inama y’ubuyobozi, aho inyungu ze zishingiye. umenyesha inyungu afite ku kibazo cyigwa, ntiyitabira inama yiga kuri icyo kibazo. | When a member of the board of directors has a direct or indirect interest in the issue to be examined, he/she must immediately inform the board of directors about where his/her interest lies. the member informing of interests in the issue to be examined shall not attend the meeting deliberating on that issue.
|
Ingingo ya 7: ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’aya mabwiriza | Article 7: commencement of these instructions
|
8° amazina ndetse na aderesi by’umugenzuzi wigenga; | 8° the names and address of the external auditors;
|
Bisabwe na kimwe cya gatatu (1/3) cy’abagize ihuriro, biro ya sena, umusenateri umwe cyangwa benshi batari mu ihuriro, inteko rusange ishobora guhagarika ihuriro ry’abasenateri cyangwa se kurisesa igihe ritujuje neza inshingano zaryo mu gihe riciye ukubiri n’inshingano n’imikorere bya sena cyangwa mu gihe impamvu yatumye rijyaho itagihari. | Upon request by a third (1/3) of members of a network or forum, the bureau of the senate, one or more senators who are not members of the network or forum, the plenary assembly can suspend or dissolve a network or forum of senators when it has failed to fulfil its mission, if it is inconsistent with the mission and functioning of the senate or if reasons which led to its establishment no longer exist.
|
Inzego z‟umuryango ni izi: inteko rusange inama y‟ubuyobozi ubugenzuzi bw‟imari | The organs of association are : the general assembly board of directors auditorship
|
Abakandida bangana n’umubare wagenwe na komisiyo y’igihugu y’amatora barushije abandi amajwi muri buri karere nibo boherezwa mu nama njyanama y’umujyi wa kigali. | Candidates equivalent to the number determined by the national electoral commission, who wins higher votes in every district shall be sent in the city of kigali council.
|
Umutwe wa mbere: ingingo rusange ingingo ya mbere: icyo iri tegeko rigamije iri tegeko rishyiraho ikigo cy‟igihugu gishinzwe guteza imbere ingufu, amazi n‟isukura cyitwa “ewsa” mu magambo ahinnye y‟icyongereza. iri tegeko rigena kandi inshingano, imiterere n‟imikorere byacyo. | Article one: purpose of this law this law establishes rwanda energy, water and sanitation authority abbreviated as “ewsa”. this law also determines its responsibilities, organization and functioning.
|
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.