kin
stringlengths
5
22.5k
eng
stringlengths
6
6.85k
Serivisi z’igorora zikubiyemo ibi bikurikira:
The postal financial services include:
Ingingo ya 336: kumenyesha umwanditsi mukuru aho igitabo cy’imigabane kibitswe
Article 336 : filing with the registrar general a notice as to a place where the register is kept
D) uwapiganwe afite amasezerano y’isoko nabo cyangwa ateganya kubona akazi cyangwa indi nyungu.
D) the bidder having a procurement contract with them or expecting employment or any other benefit.
Ibigenerwa abagize inama nkuru y’ubuyobozi bw’ishuri rikuru ry’abafatanya na leta ku bw’amasezerano bitabiriye inama y’inama nkuru y’ubuyobozi bigenwa hakurikijwe amasezerano y’impande zombi.
Sitting allowances of members of the governing body of a government subsidized institution of higher learning are determined in accordance with the agreement of both parties.
(a) uburyo bwo kumenya, gucunga, gukurikirana no kumenyekanisha ingorane zose bushobora guhura na zo;
(a) effective procedures to identify, manage, monitor and report any risks to which it might be exposed;
Ingingo ya 11: usaba kuba umunyaryango yiyemeza : - gutanga umusanzu w’umunyamuryango buri mwaka, - gutegura raporo z’igihembwe n’iz’umwaka akazigeza ku buyobozi bw’uturere akoreramo no ku z’indi nzego bireba akabimenyesha ubunyamabanga nshingwa bikorwa bwa rngof on aids&hp ; - kwitabira ibikorwa n’inama bya rngof on aids&hp; - kutagira urundi rugaga rugamije guhuza ibikorwa byo kurwanya sida no guteza imbere ubuzima abera umunyamuryango;
- to produce quarterly and annual reports and to send them over to the authorities of relevant districts and to other qualified authority with a copy to the secretariat of the rngof on aids&hp; - to participate in the rngof on aids&hp’s activities and meetings; - being member of only one network/umbrella of the fight against aids and /or hearth promotion ;
Abantu bakurikira bagizwe abagize inama y’ubuyobozi y’ikigo cy’igihugu gishinzwe gutunganya amasoko ya leta (rppa):
The following persons are appointed members of the board of directors of rwanda public procurement authority (rppa):
Uzungura wanze kuzungura afatwa nk’aho atigeze ashyirwa mu bagomba kuzungura. ntasabwa kwishyura imyenda ikurwa ku mutungo uzungurwa.
An heir who renounces the succession is considered as having never been called to succeed. he/she is relieved of the obligation to pay debts attaching to the estate.
Leta iyashyiramo abanyeshuri, abarimu n‟abandi bakozi bagengwa n‟amategeko agenga umurimo kandi ikabagenera umushahara.
The government shall enroll students and appoint teachers and other staff governed by labor code and ensure their salary.
Ingingo ya 11: amatora azakurikira
Article 11: elections futures
2° ahagenewe gushyirwa amafoto n’inyandiko byerekana amateka y’u rwanda mbere ya jenoside yakorewe abatutsi;
2° a place reserved for photos and archives reflecting the history of rwanda before the genocide against the tutsi;
4º ikibonezamvugo: ikoraniro ry‟amategeko y‟imikoreshereze y‟ururimi ;
4º grammar: set of rules governing the correct use of language;
Ubutumire bugomba kugera ku bajyanama hasigaye nibura iminsi irindwi (7) ngo inama iterane mu buryo bugenwa n’amategeko ngengamikorere y’inama njyanama. icyakora, iyo ari inama idasanzwe, icyo gihe nticyubahirizwa. ubutumire bugomba kwerekana ingingo zizigwa mu nama.
The notice convening the meeting must reach members of the council at least seven (7) days before the meeting is held in accordance with the conditions laid down in the internal rules and regulations of the council. however, this deadline shall not be complied with in case of an extraordinary meeting. the convening notice shall indicate items on the agenda.
Iyo umudepite wahejwe mu nteko rusange kubera imyitwarire inyuranye n’isabwa mu nteko rusange yanze kuva mu mwanya wagenewe abadepite, uyoboye inama y’inteko rusange ayihagarika by’igihe gito cyangwa akayisubika burundu. icyo gihe umudepite ahezwa, ku buryo budakuka, mu nama eshanu (5) zikurikira.
If a deputy having been expelled from the plenary sitting as a result of conduct contrary to that required in the plenary sitting does not comply with the order to leave the seats reserved for deputies, the person presiding over the plenary sitting suspends or adjourns it. in that case, such a deputy is automatically prohibited from attending the next five (5) consecutive sittings.
Uhagariye umuryango : kayumba aime (sé)
Legal representative : kayumba aime (sé)
1° kwandika ubutaka mu gihugu hose;
1º to register land across the territory of the country;
Inyandiko y’ubwizerane igomba kuba ikubiyemo nibura iby’ingenzi bikurikira:
A trust instrument must at least include the following core terms:
Ashingiye ku iteka rya perezida n 0
Pursuant to law n 0
Itegeko n°24/2012 ryo kuwa 15/06/2012
N°24/2012 du 15/06/2012
Umuntu wese ukoze icyaha cy‟ivangura n‟icyo gukurura amacakubiri ahanishwa igifungo kirenze imyaka itanu (5) kugeza ku myaka irindwi (7) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva ku bihumbi ijana chapter ii: genocide ideology and other related offences, discrimination and sectarianism practices
Any person who commits the crime of discrimination and sectarian practices shall be liable to a term of imprisonment of more than five (5) years to seven (7) years and a fine of one hundred thousand (100,000) to one chapitre ii: ideologie du genocide et autres infractions connexes, discrimination et pratiques du sectarisme
3° kohereza inyungu cyabonye mu mahanga nta musoro.
3° non-taxed repatriation of profits abroad.
17° ibindi by’ingenzi byatuma intego za koperative zigerwaho byumvikanyweho mu nama shingiro ya koperative.
170 any other relevant business that may facilitate the achievement of the objectives of the cooperative and agreed upon in the constituent assembly.
(g) «impamyabushobozi mu bwishingizi» bivuga icyemezo gihamya ko umuhuza mu bwishingizi usanzwe yahuguwe byimbitse ku byerekeye umurimo w’ubwishingizi;
(g) “certificate of proficiency in insurance” means a certificate of professionalism proving that an insurance agent has been adequately trained in insurance;
8° amakuru arambuye cyangwa kopi z‟amatangazo yose yohererejwe abafite uruhare bose mu kigega;
8° details or copies of any notices which have been sent to any participants in the scheme;
Ingingo ya 4: ibyobo bitabwamo ibikoresho birimo “asbestos”
Article 4: burial sites of asbestos materials
Iri teka rigena intego, inshingano, ububasha, imiterere n’imikorere by’ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative, cyitwa «rca» mu ngingo zikurikira mu magambo ahinnye y’icyongereza.
This order determines mission, responsibilities, powers, organisation and functioning of the rwanda cooperative agency, hereinafter abbreviated as «rca».
Mu bushyinguro bw’inyandiko z’umutwe w’abadepite.
Deed of sale to the registrar of land titles.
Major raoul bazatoha azamuwe ku ipeti rya liyetona koloneli.
Major raoul bazatoha is promoted to the rank of lieutenant colonel.
Ingingo ya 28: ukwemera hakozwe isezeranya no gusabwa kubimenyesha
Article 28: acceptance by promise and need for notification
H) gushyira mu bikorwa ibyemezo bya kongere y’igihugu na biro politiki;
H) implement the decisions of the national congress and of the political bureau;
21° kunganira no guhuriza hamwe ibikorwa by‟iyamamazabuhinzi n‟ubushakashatsi mu nzego z‟ubuyobozi zegereye abaturage;
21° to support and coordinate agricultural extension and research activities in administrative decentralised entities;
(sé) 23 kubwayo mukubano charles ear/shyira 0788592923 1197080054464041
32 fbos/pp m&e specialist 400 3.ii 1369 786 131
(1) ku masoko adasabirwa ingwate y’ipiganwa, upiganwa akora inyandiko yo kwiyemeza gukurikiza ibisabwa mu ipiganwa akayisinya kandi akayitanga mu nyandiko y’ipiganwa, hakurikijwe inyandiko ngenderwaho iri mu gitabo cy’ipiganwa.
(1) for tenders which do not require a tender security, a bid securing declaration to abide by procurement proceedings is signed and submitted by the bidder in bid, following the standard form included in the tender document.
Bwana munyandinda emmanuel agizwe umujyanama w‟umuyobozi w‟ibiro bya minisitiri w‟intebe muri serivisi za minisitiri w‟intebe.
Mr. munyandinda emmanuel is hereby appointed advisor to the director of cabinet in the prime minister‟s office.
3° iyo sosiyete ivanywe mu gitabo, inyandiko imenyesha iyikuramo.
3° if the company is removed from the register, notice of the removal.
Haseguriwe ibiteganywa n’iyi ngingo n’iyibanziriza, ikigo gishobora guha icyemezo cyo gukora ubucuruzi bw’ibicuruzwa by’ibanze n’amasezerano abikomokaho nk’umuhuza mu bucuruzi bw’ibicuruzwa by’ibanze n’amasezerano abikomokaho hakurikijwe iri tegeko umuntu wahawe icyemezo cyo gukora ubucuruzi bw’ibicuruzwa by’ibanze n’amasezerano abikomokaho nk’umuhuza mu bucuruzi bw’ibicuruzwa by’ibanze n’amasezerano abikomokaho mu kindi gihugu kigize umuryango w’afurika y'iburasirazuba kandi bikubahirizwa nk’uko bigenwa n’amategeko.
Subject to provisions of this article and the preceding article, the authority may grant a licence for dealing in commodity exchange and related contracts as a commodity exchange and related contracts market intermediary in accordance with this law to a person duly licensed as an commodity exchange and related contracts market intermediary in another east african community partner state in such manner, and subject to conditions as may be prescribed by the law.
Igenzura ry‟imikoreshereze y‟imari n‟umutungo w‟ibintu bikorwa n‟umugenzuzi utari umunyamuryango w‟umuryango nyarwanda utari uwa leta”congrégation des sœurs hospitalières de ste marthe”atorwa n‟inamay‟ubutegetsi mu bantu babifitiye ububasha n‟inararibonye.
The management of the finances and goods is supervised by an external listerner, chosen by the board of director among the competent and experienced the peoplenot belonging to : “congrégation des sœurs hospitalières de ste marthe”
Iteka rya perezida rivanaho iteka rya perezida n° 3/11 ryo ku wa 03/01/1991 rishyiraho imbago z‟imihanda ya leta n‟uko igabanyije………………………………………………..14
Presidential order repealing presidential order n° 3/11 of 03/01/1991 establishing national road reserves and their classification…………………………………………………………14
4° tombola mu rwego rw’igihugu: gahunda ya tombola ifitwe cyangwa igice cyayo gifitwe na leta kandi yatejwe imbere hose mu gihugu nk’uko byemewe n’itegeko rigenga ibikorwa by’imikino y’amahirwe;
4° national lottery: a lottery scheme in whole or in part owned by the government and promoted countrywide as authorized by the law governing gaming activities;
Iyo umwe mu bagize biro ari we urebwa n‟icyo kibazo, inama y‟inama njyanama iyoborwa n‟umuyobozi cyangwa umuyobozi wungurije ikibazo kitareba.
In case one of the members of the bureau resigns or is removed from office, the council shall be chaired by the chairperson or deputy chairperson who is not concerned.
N° 57/01 ryo kuwa 25/08/2011
N° 57/01 du 25/08/2011
Iteka rya minisitiri w’intebe ryirukana umuyobozi mu butegetsi bwa leta……………42
Prime minister’s order expelling a director from public administration………………42
(iii) uburenganzira ubwo aribwo bwose bwo kwakira izo noti cyangwa ibiceri by’amafaranga asigaye kwishyurwa mu kigo cy’imari kiri mu rwanda cyangwa hanze yarwo;
(iii) any right to receive such bank notes or coins in respect of any balance at a financial institution located within or outside rwanda;
Akanama gashinzwe gukemura impaka ni urwego rushinzwe gukemura ibibazo cyangwa amakimbirane yose avutse mu muryango. prezida, visi perezida na sekereteri; mu gihe bitashobotse ko akemuka mu bwumvikane; iyo akanama gashinzwe gukemura impaka kananiwe gukemura amakimbirane, abafitanye ibibazo bashobora kuregera urukiko rubifitiye ububasha.
The conflict resolution committee shall settle any conflict within the organization when members fail to handle it amicably, president, vice president and secretary. in case conflict resolution committee fails to resolve the conflict, the concerned parties may file the case before the competent court.
2° gutanga inama kuri za politiki, ingamba n’amategeko yerekeye imicungire y’umutungo w’amazi no gushyira mu bikorwa amasezerano mpuzamahanga yerekeranye n’amazi, igihe cyose bibaye ngombwa;
2° to advise on policies, strategies and legislation related to the management of water resources management as well as the implementation of water related international conventions, as necessary;
Abagize ibiro bikuru batorerwa igihe cy‟imyaka itanu (5) bashobora kongera gutorwa. iyo abagize ibiro bikuru bavuyeho ku bushake bwabo cyangwa bavanyweho na kongere y‟igihugu, ababasimbuye bamara igihe cyari gisigaye ngo manda irangire.
The mandate of the national bureau is five (5) years renewable. in case of voluntary resignation or decided by the national congress, the new members undertake the mandate until its expiration.
1° abakozi;
1° personnel;
Ahita aba umunyarwanda, umwana ufite ubwenegihugu bw‟ubunyamahanga cyangwa udafite ubwenegihugu, utarageza ku myaka y‟ubukure cyangwa utarigeze ahabwa ubukure n‟amategeko iyo agizwe umwana n‟umubyeyi w‟umunyarwanda utaramubyaye.
Shall automatically become rwandan any child who has foreign nationality or who is stateless, who has not yet attained majority age or who has never been emancipated if he or she is adopted by a rwandan.
(a) gushyiraho politiki n’amabwiriza y’imitangire y’inguzanyo nk’ibigize gahunda rusange yo gucunga ingorane zaturuka ku nguzanyo;
(a) developing credit policies and credit administration procedures as a part of the overall credit risk management framework;
Komite y‟ubugenzuzi ikora ikurikije imirongo migari yanditse igaragaza ibigomba gukorwa, by a decision making organ before submission for audit to the auditor general of state finances.
The audit committee shall operate within written terms of reference, which shall deal adequately l‟organe de décision concerné avant d'être présentés pour audit à l‟auditeur général des finances de l‟etat.
Umuryango «benebikira» …………………………………………………………….....51
Organisation «benebikira» ………………………………………………………….…...51
Inama yarangiye saa munani n‟igice z‟amanywa. (14h30). bikorewe i kigali kuwa 28/03/2010
The meeting ended at 3 m.p done at kigali on 15/12/2008.
2° ikishyura amafaranga y’agateganyo harebwe igiciro cyemejwe n’inama y’ubutegetsi kuri buri mugabane mu minsi irindwi (7).
2° makes a provisional payment following the price determined by the board of directors on each share within seven (7) days.
Ingingo ya 2: ikiguzi cy’ibendera ry’igihugu ingingo ya 3: aho ibendera rigurirwa
Article 3 : lieu d’acquisition du drapeau national
2. guharanira amajyambere n’inyungu z’abanyamuryango mu rwego rw’akazi ubukungu n’imibereho myiza;
2. promote professional, social and economic development and interests of the members;
3º abagize akanama gashinzwe gutanga amasoko ya leta cyangwa undi muntu wese ufite aho ahuriye n’itangwa cyangwa icungwa ry’amasoko ya leta bagira uruhare mu itangwa cyangwa icungwa ry’isoko ryapiganiwe n’aba bakurikira:
3º members of the public tender committee or any other person involved in the procurement award process or the management of procurement contract, to take part in tender award in which the following persons have participated:
Inama y’ubutegetsi y’isosiyete y’inyamahanga ishyikiriza buri mwaka umwanditsi mukuru inyandiko zikurikira:
Directors of a foreign company deliver on a yearly basis, the following documents to the registrar general:
Ingingo ya mbere1: ikigamijwe article one: purpose article premier: objet
Article one: objective article premier : objet
Ucuruza yirengera umutekano w’ibikoresho bye mu gihe habaye guhagarika by’agateganyo ibikorwa by’ubucuruzi bw’ibikoresho by’amashanyarazi n’iby’ikoranabuhanga byakoreshejwe.
The business operator takes full responsibility of the security of his or her equipment in case of suspension of activities of trade of used electrical and electronic equipment.
Bwana rutagambwa geofrey agizwe director of planning unit mu ishuri rikuru ry’u rwanda ry’imyuga n’ubumenyingiro, koleji ya gishari.
Mr. rutagambwa geofrey is appointed director of planning unit in rwanda polytechnic higher learning institution, college of gishari.
Iteka rya minisitiri w‟intebe rishyiraho uwungirije intumwa nkuru ya leta …………..............50
Prime minister’s order appointing the deputy military prosecutor general………………..51
Iteka rya minisitiri rigena uburyo bwo gusuzuma ubwoko bw’igihingwa ku bijyanye n’ubudasa, kugira imimerere imwe no kudahindagurika mu miterere yabwo……………...…11
Ministerial order determining the modalities for testing the distinctness, uniformity and stability of plant variety………………………………………………………………………11
(e) iyo yahamijwe burundu n’urukiko igihano k’igifungo gihwanye nibura n’amezi atandatu.
(e) if convicted by the court, the prison sentence is equivalent to at least six months.
4° yaratsinze ikizamini cy’ikiganiro gikoreshwa n’inama nkuru y’ubucamanza.
4° have successfully passed the interview conducted by the high council of the judiciary.
Itunganywa ry’amakuru bwite rikorwa n’utunganya amakuru rigengwa n’amasezerano yanditse akorwa hagati y’utunganya amakuru n’umugenzuzi w’amakuru.
The processing of personal data carried out by the data processor is governed by a written contract between the data processor and the data controller.
Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda. article 89: repealing provision
This order comes into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. article 89: disposition abrogatoire
Umuyobozi mukuru w’umubitsi agomba gukorana inama n’umukozi mukuru umufasha kureba niba amategeko n’amabwiriza byubahirizwa n’umukozi mukuru umufasha kureba niba amategeko n’amabwiriza byubahirizwa.
The regulatory body shall monitor whether the modes used by a supplier to deliver goods and services to consumers comply with provisions of this law.
Ishingiye ku masezerano mpuzamahanga yerekeye uburenganzira mbonezamubano n’ubwa politiki yo ku wa 16 ukuboza 1966
For the purpose of this law, an international vu le pacte international relatif aux droits civils et politiques du 16 décembre 1966
(sé) kagame paul perezida wa repubulika kigali, on 14/08/2014
(sé) kagame paul president of the republic kigali, le 14/08/2014
Abasonerwa umusoro ku musaruro mu rwanda nk’uko biteganwa mu masezerano mpuzamahanga, kubera serivisi zatanzwe mu gihe cy’imirimo yabo yemewe ni aba bakurikira:
Persons that are exempted from employment income in rwanda as provided for by international agreements due to services rendered in the exercise of their official duties are the following:
Atakaza umwanya w’ubuyobozi mu muryango byemejwe n’inteko rusange, igihe atacyuzuza kimwe cyangwa byombi mu bisabwa byavuzwe haruguru muri iyi ngingo.
One loses membership in the organization by resolution of the general body, if one of the two conditions or both the conditions are not met.
Isosiyete iyo ari yo yose ifatwa nk‟aho ifite intego y‟ubucuruzi.
Every company shall be considered to be a commercial company.
Urutonde rw‟amazina y‟abagize komite z‟ubuzima n‟umutekano ku kazi rugomba kumanikwa ahagaragara mu nyubako z‟ikigo cyigenga cyangwa z‟urwego rwa leta kandi kopi y‟urwo rutonde igomba gushyikirizwa umugenzuzi w‟umurimo wo mu karere ku bigo byigenga. ku bigo bya leta, urwo rutonde rushyikirizwa minisiteri ifite umurimo mu nshingano zayo.
The list of names of members of an occupational health and safety committee shall be displayed within the premises of the private enterprise or public institution. for private enterprises, a copy thereof shall be reserved to the district labour inspector. for public institutions, that list shall be sent to the ministry having labour in its attributions.
Keretse uwo munyamigabane yanditse yemera kurebwa n‟iyo mihindukire.
Unless the shareholder agrees in writing to be bound by the alteration.
Urwego rushinzwe gukemura amakimbirane rugira manda y’imyaka itatu (3) ishobora kongerwa inshuro imwe.
The conflict resolution organ has a three (3) years term renewable once.
Ingingo ya 15: inteko rusange ihamagazwa kandi ikayoborwa section one: the general assembly
Article 15: the general assembly is convened and chaired section première: de l’assemblée générale
Ingingo ya 75: ibisabwa kugira ngo umuntu agirwe umujyanama wa visi perezida w’urukiko rw’ikirenga
Article 75: requirements to be appointed advisor to the vice president of the supreme court
Kumenyesha ko dosiye isaba yujuje ibisabwa bifatwa nk’icyemezo cy’uko inyandiko zatanzwe byagaragaye ko zujuje ibisabwa kandi ko isesengura cyangwa isuzuma rya dosiye isaba rishobora gutangira. une notification d’une demande complète constitue un avis officiel selon lequel les documents soumis ont été jugés complets et que le traitement ou l’évaluation peut commencer. banki nkuru ishobora gusaba ikigo cyasabye gutanga ibisobanuro ku makuru cyashyize mu ibaruwa isaba kugira ngo isengura rya dosiye isaba rikorwe. la banque centrale peut exiger que le demandeur fournisse des éclaircissements sur les informations aux fins de l’évaluation de la demande. iyo ibaruwa isaba ikubiyemo amakuru, cyangwa ishingira ku makuru afitwe na banki nkuru, atakiri ukuri, ahagije cyangwa yuzuye, inyandiko irimo ibihuje n’ibisabwa bijyanye n’igihe bigomba gushyikirizwa banki nkuru bidatinze. lorsqu’une demande contient des informations ou s’appuie sur des informations détenues par la banque centrale qui ne sont plus vraies, exactes ou complètes, une mise à jour de la demande doit être fournie sans délai à la banque centrale.
Iperereza rishobora gusaba ko habaho guhura n’usaba kwemererwa agatanga ibisobanuro bihagije, haba mu magambo cyangwa se mu nyandiko. iyo bitanzwe mu magambo, banki a notification of complete application shall constitute official notice that the documents submitted were found to be complete and that the processing or evaluation may commence. the central bank may require the applicant to provide clarification on the information for the purposes of assessing the application. where an application contains information, or relies on information held by the central bank, which is no longer true, accurate or complete, an update to the application shall be provided to the central bank without delay. article 13: central bank’s decision on granting a license or approval the central bank shall, within one month after receipt of a complete application, investigate and prepare a response to the applicant. the investigation may require direct contacts and clarifications by the applicant, to be provided either in writing or verbally. in this second case, the central bank shall l’enquête peut exiger des contacts directs et des clarifications écrites ou verbales de la part du demandeur de licence. dans le second cas, la banque centrale doit official gazette no. 14 of 02/04/2018
3° inomero ye ya telefoni;
3° his or her telephone number;
Buri komite iyoborwa n’umuyobozi utorwa n’abagize komite ye. ikaba inafite n’umunyamabanga, bose bagatorwa igihe cy’imyaka ibiri ishobora kongerwa bibaye ngombwa.
Each committee shall be under the supervision of a director as well as a secretary, democratically elected by their respective committee members for the term of office of two years which may be renewable if necessary.
11° gushyigikira ibikorwa n’ibitekerezo bigamije guteza imbere ubuvuzi bw’abaturarwanda.
11° to support all activities and initiatives designated to promote the medical services rendered to the population of rwanda.
 guhuza ibikorwa by’izindi nzego;
Funding with other partners;
Itegeko n° 20/2009 ryo kuwa 29/07/2009 rishyiraho ikigo cy’igihugu gishinzwe iby’ubutaka (nlc) rikanagena inshingano, imikorere, imitunganyirize n’ububasha byacyo
Law n° 25/2007 of 27/06/2007 establishing rwanda geology and mines authority (ogmr) and determining its responsibilities, organisation and functioning
B) imiterere y’indi mirimo yose usaba akora, niba itagira ingaruka ku murimo w’ivunjisha cyangwa ku mitere y’urwego rw’imari;
B) the nature of any other business of the applicant, if it does not negatively affect the business of foreign exchange or the integrity of the financial sector ;
Iyo ikigo kibyemeye hakurikijwe igika cya mbere cy‟iyi ngingo, ushinzwe indege ashobora kwemera cyangwa kwanga itwarwa ry‟imbunda mu ndege ashingiye ku mpamvu zitanzwe n‟ikigo.
Where approval has been granted by the authority in accordance with paragraph one of this article, the aircraft operator may allow or refuse the carriage of weapons on board the aircraft according to conditions issued by the authority.
Aya magenzura ashobora gukorwa mu gihe kizwi cyangwa gitunguranye.
These inspections may be conducted on an announced or unannounced basis.
3° kumunenyesha ibiciro biteganyijwe ku bikorwa by’ubuvuzi;
3° information on medical procedure costs;
1° uburyo bwo gutanga no kubona ubutaka;
1° modalities for land allocation and acquisition;
Abagize komisiyo zihoraho z’inama njyanama basyirwaho mu buryo bukurikira: - buri mujyanama yiyandikisha muri komisiyo imwe gusa; - biro ni yo igenzura uko abajyanama biyanditse; - lisiti idakuka y’abagize buri komisiyo yemezwa n’inama njyanama ku bwiganze burunduye bw’amajwi hakurikijwe ibikurikira: - icyifuzo cya buri mujyanama mu kwiyandikisha muri komisiyo; - umubare w’abagize komisiyo; - ubushobozi bukenewe muri komisiyo.
1. each councillor shall append his/her name in only one commission; 2. the bureau shall cross-check how the councillors have enlisted themselves; 3. the final list of commission members shall be approved by the council majority vote on the basis of the following factors: a. the desire for each council to enlist him/herself in a particular commission; b. the number required in each commission; c. the capacity and qualifications required in each commission.
4. kopi y‟amategeko ngengamikorere yawo.
4. a copy of its internal rules.
Ingingo ya 17: ishyirwaho ry’abashakashatsi mu rukiko rw’ikirenga
Article 17: appointment of researchers in the supreme court
Isubiye ku itegeko ngenga n° 51/2008 ryo kuwa 09/09/2008 rigena imiterere, imikorere n’ububasha by’inkiko cyane cyane mu ngingo zaryo iya 36, iya 93, iya 106 n’iya 181;
Having reviewed organic law n° 51/2008 of 09/09/2008 determining the organization, functioning and jurisdiction of courts especially in articles 36, 93, 106 and 181;
Division managers na analysts bari ku rwego rw’umurimo rwa “2.iii” bagenerwa buri wese ibindi bibaafasha gutunganya imirimo ku buryo bukurikira:
Division managers and analysts on “2.iii” job classification level are each entitled to fringe benefits as follows:
Isosiyete y’imari ibumbye izindi igomba gutegura buri mwaka raporo yaguye nibura :
A financial holding company shall, on annual basis prepare an integrated report that at least :
Umutwe w’abadepite, mu nama yawo yo kuwa 25 mutarama 2006;
The chamber of deputies, in its session of january 25, 2006;
(b) kuba afite kopi y’ibaruwa imushyira mu mwanya asanzwemo;
(b) to have a copy of his or her appointment letter to the current position;
Nᵒ 2323/08.25 ryo kuwa 10/11/2015
N° 23/2015 du 23/05/2015
“ibiteganyijwe mu ngingo ya 96 kugeza ku ya 98 z’itegeko ngenga n° 07/2004 ryo kuwa 25/04/2004 rigena imiterere, imikorere n’ububasha by’inkiko binakoreshwa mu nkiko zisumbuye ku bijyanye n’imanza z’ubutegetsi“.
“provisions of article 96 to 98 of organic law n o 07/2004 of 25/04/2004 determining the organization, functioning and jurisdiction of courts shall also apply in higher instance courts in relation to administrative cases”. 43
19° amarimbi;
19° cemeteries;
Icyiciro cya 2: umwana w’impunzi
Section 2: refugee child