kin
stringlengths 5
22.5k
| eng
stringlengths 6
6.85k
|
---|---|
Umubare w’amafaranga y’ihazabu umwanditsi asabye ko umuburanyi acibwa yandikwa muri raporo y’inama ntegurarubanza, ukemezwa mu cyemezo cya perezida w’urukiko. | The amount of the fine imposed on the party at registrar’s request is recorded in the pretrial conference report and approved in the order of the president of the court.
|
2° inyandiko zijyanye n’ubucuruzi bw’itabi n’ibirikomokaho, zigezwa gusa ku bakozi, abafatanyabikorwa cyangwa abashoramari ariko zitagamije cyangwa zidashobora gushishikariza abantu, ku buryo butaziguye cyangwa buziguye, kugura cyangwa gukoresha itabi n’ibirikomokaho cyangwa ibirango by’icuruzwa ry’itabi. | 2° tobacco and tobacco products trade publications distributed to employees, stakeholders or investors that are not intended to, and are not likely to encourage, directly or indirectly, the purchase or use of tobacco and, tobacco products or tobacco products brands.
|
Tumaze kubona amasezerano y’umugereka mpuzamahanga yerekeye ivugururwa ry’amasezerano mpuzamahanga mu by’indege za gisivili (interuro isoza, inyandiko idakemwa y’ikirusiya), ryashyiriweho umukono i montreal kuwa 30 nzeri 1977; | Pursuant the protocol relating to the amendment to the convention on international civil aviation (final paragraph, authentic russian text), signed at montreal on 30 september 1977;
|
Gukumira forode y’imisoro ku byerekeye imisoro ku musaruro, yashyiriweho umukono i kigali, ku wa 19 ukwakira 2016; | Taxation and prevention of fiscal evasion with respect to taxes on income, signed in kigali, on 19 october 2016;
|
Iteka rya perezida n° 54/01 ryo ku wa 24/02/2017 rishyiraho iminsi y’ikiruhuko rusange | Presidential order n°54/01 of 24/02/2017 determining official public holidays
|
(t) no gushyiraho umukozi ushinzwe ubuzima n’umutekano ku kazi cyangwa kugena umukozi mu bakozi be ukora inshingano z’ubuzima intern or apprentice; | (t) hire a staff in charge of occupational safety and health or designate another employee among its employees who assumes the duties and responsibilities stagiaire ou d’un apprenti ;
|
Ingingo ya 42: imihigo ingingo ya 43: ubufatanye n’izindi nzego | Article 36: cooperation with other institutions
|
Ikigo cy’igihugu gifite guteza imbere imiturire mu nshingano, ku bufatanye n’ubuyobozi bw’umujyi wa kigali cyangwa ubw’akarere umushinga w’amazu ahendutse uherereyemo bakurikirana ku buryo buhoraho iyubahirizwa ry’ibisabwa ku mushinga wahawe ubufasha na leta. | The national authority in charge of housing in collaboration with the administration of the city of kigali or the district where the affordable housing development project is located, regularly monitors compliance with requirements to the government supported project.
|
Ingingo ya 49 : ipiganwa mu byiciro bibiri | Article 49: two-stage tendering
|
Iteka rya minisitiri rigena uburyo umunoteri wikorera agenzurwa. | An order of the minister shall determine modalities for the supervision of a private notary.
|
Iteka rya perezida ryimura ofisiye jenerali mu ngabo z‟igihugu rimujyana mu yindi mirimo y‟ubutegetsi bwa leta ………………………………………………………………………18 | Presidential order transferring an officer of the rank of general from the rwanda defence forces to other government sevices .......................................................................................18
|
Iyo iseswa ryemejwe n‟ubucamanza, urukiko nirwo rushyiraho abarangiza ibibazo by‟iseswa ry‟umuryango. | When a cooperative is dissolved by a court, the court appoints a liquidator.
|
Ikigo cy’ubwishingizi kigomba buri gihe kugira igipimo cy’amafaranga y’ingoboka gikwiye kandi gihamye kuri buri bwoko bw’umurimo w’ubwishingizi gitanga. | An insurer must maintain at all times an appropriate and adequate level of technical provisions for each class of insurance business that it underwrites.
|
Ubunyamabanga bukuru bwa pdi bugizwe n‟umunyamabanga mukuru n‟umunyamabanga mukuru w‟ungirije. abanyamabanga bakuru ba pdi bafashwa mu mirimo yabo n‟abakozi ba pdi bashyirwaho na komite nyobozi. | Pdi secretariat general shall comprise of the secretary general, and the deputy secretary general. pdi secretary generals shall be assisted in their functions by staff nominated by the executive committee.
|
Ingingo ya 29: byemejwe ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) by’amajwi, inteko rusange ishobora gusesa umuryango. igihe umuryango usheshwe, hamaze gukorwa ibarura ry’ibintu byimukanwa n’ibitimukanwa by’umuryango no kwishyura imyenda, umutungo usigaye uhabwa undi muryango nyarwanda bihuje intego. | Article 29: upon decision of the two third (2/3) majority votes, the general assembly may dissolve the organization. in case of dissolution, after inventory of movable properties and real estates as well as after payment of debts, the remaining assets shall be transferred to a rwandan institution pursuing similar objectives.
|
(e) gutesha agaciro uruhushya rumwemerera gukora. article 12: failure to report the list of customers and the list of beneficial owners | Article 12: failure to report the list of customers and the list of beneficial owners
|
(b) kudatanga raporo zisabwa n’amategeko yerekeranye n’umurimo w’ubunoteri, nyuma yo guhanirwa ikosa akarisubira mu gihe kitarenze umwaka umwe uhereye ku itariki yahaniwe ikosa nk’iryo; | (b) failure to submit the reports required by laws relating to the office of notary if, after having been punished for this fault, he or she repeats it within one year from the date he or she was punished for the same fault;
|
(1) igitabo cya sdid kibikwamo amakuru akurikira y’ibanze yerekeranye (a) sdid registry; | (1) the sdid registry contains the following basic biographical data required to (a) registre sdid ;
|
1° itariki uwahawe uruhushya yifuza ko ireka ku bushake ritangira kubahirizwa akanagaragaza agace ashaka kureka; | 1° the date on which the licensee wishes the relinquishment to have effect and the area to be relinquished;
|
Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda. article 10: drafting, consideration and adoption of this law | This law comes into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. article 10: initiation, examen et adoption de la présente loi
|
Ibi bishobora kwigaragaza mu mu murongo w’ikinyamakuru uhoraho, igwa ryihuse ry’ibiciro by’imigabane no gutakaza icyizere cy’abakiliya. bishobora guterwa n’ibintu nk’inkurikizi z’uburwanashyaka, ivangura mu kazi, akazi katagira imyitwarire myiza, inanirwa mu iyamamaza cyangwa ibyateza ingorane bisanzwe nko kunanirwa igicuruzwa cyangwa serivisi. | These might manifest themselves through sustained media coverage, rapid fall in share price, and loss of customer confidence. they can be caused by factors such as the effects of activism, discrimination in the workplace, unethical trading, marketing failures, or more traditional risks such as product/service failure.
|
Nta muntu wemererwa sitati y‟ubuhunzi mu gihe hari ibimenyetso bikomeye byo gukeka ko: | No person shall be eligible for refugee status if there is strong evidence indicating that:
|
5º kwemeza raporo z’ibikorwa z’igihembwe n’umwaka; | - to make annual reports of yearly activities;
|
Ingingo ya 119: umubare w’ibiro by’itora | Article 119: number of polling stations
|
Ingingo ya 13: icyo inyandiko ikubiyemo igitekerezo cy’umushinga igamije | Article 13: content of the register
|
Umuntu wese wifuza kubona amakuru ari mu gitabo cya fondasiyo iyo abyemerewe n’umurinzi wa fondasiyo kandi amaze kwishyura amafaranga yagenwe, ahabwa n’umwanditsi uburenganzira bwo kuyabona. | A person duly authorised by a guardian of a foundation and upon payment of a prescribed fee is granted by the registrar, the right to access the information contained in the register.
|
(2) ibikorwa birebana no gushyira abakozi mu myanya n’imishahara byigwa n’inama y’ubutegetsi na ho ibikorwa article 8: board committees | (2) affairs related to nomination and remuneration are discussed in full board, while issues related to article 8: comités du conseil d’administration
|
1° gukora ikintu cyose cyahungabanya umutekano w’igihugu n’ubusugire bw’igihugu; | 1º undertaking any act jeopardising the security of the country and integrity of the nation;
|
Iyo habayeho kongera gukora ikosa, ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi iba amafaranga y’u rwanda ibihumbi magana ane (400.000 frw). | In case of the fault is repeated, the administrative fine is increased to four hundred thousand rwandan francs (frw 400,000).
|
(a) kuba umwanditsi w’inama njyanama y’akarere; | (a) to be the rapporteur of the district council;
|
2° mirongo itatu ku ijana (30%) by’imari shingiro bwite ihoraho yo muri banki cyangwa ikigo cy’imari byo mu mahanga ifite nibura amanota y’igihe kirekire mu rwego mpuzamahanga yo mu cyiciro cya b cyangwa cyo hejuru yacyo. | 2° thirty percent (30%) of its core capital with a foreign bank or financial institution that has a minimum long term international rating by a recognized international rating agency of b or above.
|
Ibyemezo by’agateganyo biteganyijwe mu ngingo ya 224, iya 225, iya 226 n’iya 227 z’iri tegeko birangizwa by’agateganyo nta ngwate itanzwe n’iyo byaba byarajuririwe keretse iyo bibangamiye inyungu z’abana. | Decisions referred to in articles 224, 225, 226 and 227 of this law are provisionally enforced without surety and in spite of appeal, unless they prejudice interests of the children.
|
Ingingo ya 35: igihe ngenderwaho gisabwa ngo ofisiye azamurwe ku ipeti ryisumbuye | Article 35: standard period required for an officer to be promoted to higher rank
|
Ingingo ya 79: igihe umushahara wishyurirwa | Article 79: intervals in payment of salary
|
4° kubuza umuhuza mu bwishingizi usanzwe kwaka abakiriya amafaranga ayo ariyo yose; | 4° prohibition to charge customer any fees by insurance agents;
|
Icyemezo n°081/2014 giha ubuzimagatozi umuryango ″mission restore international and prayer palace church" | Mission restore international & prayer palace church
|
Umuyobozi wa diviziyo chief superintendent of prison umuyobozi w’ishuri rya rcs chief superintendent of prison | Division manager chief superintendent of prison commander of rcs school chief superintendent of prison
|
5º arenga ku biteganyijwe n’iri tegeko ngenga bituma haba igihombo cy’amafaranga ya leta cyangwa hadatangwa serivisi. | 5º violates the provisions of this organic law leading to loss of public funds or compromises service delivery.
|
2º gutanga uburyo bwo korohereza; | 2° the provision of any means for facilitation;
|
Iteka rya minisitiri nº 002 ryo ku wa 06/01/2005 rigena amagarama y’urukiko mu manza z’imbonezamubano, iz’ubucuruzi, iz’umurimo n’iz’ubutegetsi n’ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo bivanyweho. | Ministerial order nº 002 of 06/01/2005 on legal fees in civil, commercial, social and administrative matters and all prior provisions contrary to this order are hereby repealed.
|
Nibura umwe mu bakozi agomba kuba nibura abifitiye ubumenyi. | At least one of the staff must be qualified for the job.
|
ku buryo bwa rusange, kuyobora umuryango, hafatwa ibyemezo byose bya ngombwa kugirango intego z‟umuryango zigerweho. | in general way, ensure effective administration of the organization by taking necessary decisions related to the achievement of the objectives of the organization.
|
Kigali, ku wa 12/08/2020 | 12/08/2020
|
Urwego ngenzuramikorere rushyiraho uburyo bwo gukoresha ayo makuru uwayatanze atabangamiwe. article 27: consultations with persons who requested for investigation | The regulatory body shall establish the procedure of using that information without causing any prejudice to the informer. article 27: consultations des personnes ayant demandé une enquête
|
Umukozi wa leta uvuye mu mahugurwa yarayoherejwemo n’umuyobozi ubifitiye ububasha hakurikijwe ibiteganywa n‘iri teka asubira mu mwanya w’umurimo yarimo mbere y’uko ajya mu mahugurwa. | A public servant who completes training pursued on recommendation of the competent authority in accordance with provisions of this order, returns to the job position he/she held before the training.
|
3° gusuzuma no gushimangira igenamigambi ry‟inzego no gukora ingengo y‟imari biciye mu ngengo y‟imari ya guverinoma y‟u rwanda, bigakorwa mbere y‟uko buri rwego rwohereza gahunda n‟ingengo y‟imari zarwo muri minisiteri y‟imari n‟igenamigambi; | 3° reviewing and consolidating institutional planning and budgeting throughout the budget year of the government of rwanda, preliminary to the individual submission of plans and budgets to the minister of finance and economic planning;
|
Iri teka rigena ahafatwa nk‟umujyi mu karere ka rusizi. | This order determines urban areas in rusizi district.
|
Uwahawe uruhushya rwo gukoresha ubutaka bw’ahantu hakomye, arukoresha akurikije ibiteganywa n’amategeko abigenga. | Protected area land use permit holder uses it in conformity with the provisions of relevant laws.
|
4° gukemura ikindi kibazo yashyikirizwa n’umubitsi mukuru w’inyandikompamo z’ubutaka. | 4º to resolve any other issue that the chief registrar of land titles may submit to the council.
|
Iyo ibiro by’ivunjisha byambuwe uruhushya rwo gukora kandi byari bifite n’urundi ruhushya rwo gukora imirimo yo kohereza amafaranga ku rwego mpuzamahanga, uko kwamburwa uruhushya rwo gukora umurimo w’ivunjisha bijyana no kwamburwa uruhushya rwo gukora imirimo yo kohereza amafaranga ku rwego mpuzamahanga. | When a forex bureau whose license is revoked was also licensed to carry out international money transfers, the revocation of its license as a forex bureau implies also revocation of the license for the money transfers activity.
|
Ingingo ya 65: ishyirwaho ry’amabwiriza yihariye ajyanye n’ishyirwa mu bikorwa ry’aya mabwiriza rusange | Article 65: issuance of specific implementing tools
|
2° gusuzuma ibibazo byerekeye umurimo n’akazi, kwerekana icyuho kiri mu mategeko y’umurimo no kubitangaho inama; | 2° to analyse labour and employment matters, identify gaps in labour laws and provide advice thereto;
|
Abishingizi basanzweho bahawe igihe cy‘imyaka ibiri (2) uhereye ku itariki nyakuri aya mabwiriza atangiriyeho gushyirwa mu bikorwa kugira ngo bubahirize ibijyanye n‘igipimo gito ntarengwa mu bushobozi bwo kwishyura gisabwa kuri buri cyiciro cy‘umurimo. | Existing insurers shall have two (2) years from the effective date of these regulations to comply with the minimum required solvency margins for each category of business.
|
Komite nshingwabikorwa cyangwa by’inteko rusange zishobora kwifashishwa mu butabera cyangwa mu bindi bikorwa, zigomba gusinywa zose n’umuvugizi ndetse n’umunyamabanga, zigashyingurwa ku cyicaro cy’ishyirahamwe. be produced in court or for any other purposes shall be signed for conformity by both the legal representative and the secretary. they shall be kept at the head office of the association. être produits en justice ou à d'autres fins doivent être signés pour conformité par le représentant légal et le secrétaire. ils sont tenus au siège social de l'association. | Copies or excerpts of statutes and/or debates of the executive committee or the general assembly that can be produced in court of law or for any other purposes shall be signed for conformity by both the legal representative and the secretary. they shall be kept at the head office of the association.
|
Ingingo ya 70: ivanwaho ry’ingingo z’amategeko zinyuranyije n’iri tegeko | Article 70: termination of the insolvency proceedings
|
3° gusuzuma no kwemeza raporo na gahunda y’ibikorwa by’umwaka mbere y’uko bishyikirizwa komite y’ubuzima; | 3° to review and approve the annual report and action plan before they are submitted to the health committee;
|
9. “ibwiriza-tegeko”: inyandiko zigomba gukurikizwa n‟umuntu umwe, benshi cyangwa ihuriro ry‟abantu bafite ubuzimagatozi; | 9. "directive": orders to be respected by one or several natural persons or legal entities;
|
11° kugomorora ibishanga bitabanje gutangirwa uruhushya n’ubuyobozi bubifitiye ububasha; | 11° to drain the swamps without prior authorization of the competent authority;
|
Iyo uwazanye umushinga w’itegeko ashatse kuwugarura, agomba kubitangirira mu mutwe w’abadepite. | In the event the initiator wishes the bill to be reconsidered, the procedure must begin by the chamber of deputies.
|
Umuntu wo muri komite y’imicungire ava ku mirimo ye iyo: | A member of the managing committee shall leave office if:
|
C. kutita ku mategeko agenga umwuga w’abagenzuzi. | C. failure to comply with the standards of the audit profession.
|
Ingingo ya 4: imihango n’imigenzo ikorwa mbere yo gutwika umurambo | Article 4: rites and practices which shall be conducted before the cremation of a dead body
|
2° umuhuza mu bucuruzi bw’ibicuruzwa by’ibanze n’amasezerano abikomokaho ari isosiyete: | 2° the commodity exchange and related contracts market intermediary is a company which:
|
1° gutegura bafatanije na komite ya caf ibireba imikino byose (ibibuga, abasifuzi, gahunda, amategeko n’ibindi biri mu mategeko agenga aya marushanwa); | 1° preparing, in conjunction with the committee of the caf all the matters relating to the competition (play grounds, referees, programs, legislation and other legal provisions relating to such competition); 2° assisting the people concerned to respect the law relating to the under twenty (20) years african cup of nations.
|
General gatsinzi marcel agizwe minisitiri ushinzwe ibyo gucunga ibiza n‟impunzi. | General gatsinzi marcel is hereby appointed minister of disaster management and refugee affairs.
|
Impuguke itanga raporo yayo ku muyobozi w’urwego cyangwa komite igira inama. | The expert submits his or her report to the chairperson of the organ or to the committee he or she advises.
|
4° inyemezabwishyu y’amafaranga y’uruhushya usaba bitewe n’icyiciro cy’inyubako n’icyo izakoreshwa itangwa nyuma y’uko ubusabe bwemewe n’akarere cyangwa umujyi wa kigali. | 4° payment slip for application fees depending on building categories shall be submitted once the building permit application file completeness has been approved by the district or city of kigali.
|
Urwego rufite mu nshingano ibijyanye no gutanga ibyemezo by’imbuto rushyiraho umwanditsi w’amoko y’ibihingwa. | The seed certification authority appoints a plant variety registrar.
|
Ikigo gishobora gusaba umuntu wahawe icyemezo kugiha amakuru, kibinyujije mu nyandiko, kugira ngo cyuzuze inshingano zacyo nk’uko kibisabwa, agatangwa mu gihe kigenwa n’ikigo kandi akaba ari amakuru agenzuwe neza. | The authority may, by notice in writing, require a licenced person to provide it with well verified information as it may require for the exercise of its functions within such period as the authority may specify.
|
Khi ifite ububasha bukurikira: | Kie shall have the following competence:
|
2° kuba ahantu hakwiye hadakunda kuba ibyago biterwa n’abantu birimo iterabwoba, guturika, inkongi y’umuriro, , imyigaragambyo, ubwandu buturutse ku mirasire, kunyereza umutungo, gushimuta, ubwambuzi n’irigita ry’ubutaka; | 2° be in an appropriate geographic location that prevents the human- caused hazards including terrorism, explosion, fire, protests, radioactive contamination, embezzlement, kidnapping, extortion and subsidence;
|
Icyiciro cya mbere: ubufatanye burebana n’abatangabuhamya baba mu rwanda | Section one: mutual assistance related to witnesses residing in rwanda
|
Iyo umutungo wafatiwe ubwishingizi ku gaciro kari hejuru y’agaciro nyakuri kawo, kandi umufatabwishingizi akaba yarabikoranye uburiganya, ikigo cy’ubwishingizi gishobora gusaba gusesa amasezerano y’ubwishingizi ndetse kigasaba no kwishyurwa igihombo byagiteje. | Where the property insured is more than its real value and if the policyholder has acted fraudulently, the insurer may request the cancellation of the insurance contract and claim damages.
|
Ingingo ya _99: ibibujijwe mu ishoramari mu bucuruzi bw’abandi babifitiye uruhushya | Article 99: restrictions on investments in the business of other licensed operators
|
9° komiseri mukuru wa rcs. | 9° commissioner general of the rcs.
|
1° ubwoko bw’inyamaswa n’ibimera bigomba kurindwa hakurikijwe uruhare bigira mu ndiri y’ibindi binyabuzima, ubuke bwabyo, ubwiza bwabyo, ubukendere bwabyo ndetse n’uruhare rwabyo mu bukungu, umuco n’ubumenyi. urwo rutonde rushyirwaho n’iteka rya minisitiri ufite ibidukikije mu nshingano ze ; 2° uturere nyaburanga n’inyubako zirinzwe, kandi hagasobanurwa ingamba zafatwa kugira ngo harindwe umurage w’inyubako, amateka n’umuco w’igihugu. urwo rutonde rushyirwaho n’iteka rya minisitiri ufite ubukerarugendo mu nshingano ze. | 1° species of animals and plants that shall be protected depending on their role in ecosystems, their scarcity, their aesthetic value, their extinction as well as their economic, cultural and scientific role. the list shall be established by an order of the minister having environment in his or her attributions; 2° historical sites and protected installations and the strategies that may be taken for the protection of national architectural, historical and cultural heritage. such a list is established by an order of the minister having tourism in his or her attributions.
|
Ingingo ya 64: impamvu zo kwamburwa uruhushya rwo gukora | Article 64: grounds for revocation of a license
|
4° gukumira, gutahura, guperereza, gukurikirana cyangwa guhana uwakoze icyaha; | 4° preventing, detecting, investigating, prosecuting or punishing an offender;
|
Gutumiza inama ya komite y’ubuzima y’ibitaro bikorwa na perezida mu gihe cy’iminsi itanu (5) y’akazi mbere y’uko inama iterana cyangwa visi perezida iyo perezida adahari. | The meeting of a hospital health committee is convened by the chairperson within five (5) working days before the meeting is held or by the deputy chairperson in the absence of the chairperson.
|
7° umutungo wimukanwa’’: umutungo w‟umuntu bwite utandukanye ugizwe n‟umutungo ufatika cyangwa udafatika. mu mutungo ufatika harimo ibisarurwa, amatungo, ibiti bisarurwa n‟ibindi bikoresho byimukanwa. | 7° “movable property”: various personal property either tangible or intangible. tangible property includes crops, animals, trees to be harvested and other movable goods.
|
Ingingo ya 22: kongera umusaruro ukomoka ku bikorwa n’abantu bafunzwe | Article 22: increasing production of activities performed by incarcerated persons
|
Imicungire ya buri munsi ya naeb ishinzwe umuyobozi mukuru wayo. umuyobozi mukuru ni we uhuza akanayobora ibikorwa bya buri munsi bya naeb kandi akabazwa n’inama y’ubuyobozi uko ibyemezo byayo bishyirwa mu bikorwa. | The daily management of naeb is entrusted with its director general. the director general coordinates and directs the daily activities of naeb and is answerable to the board of directors of the implementation of its decisions.
|
(1) amazi nyabagendwa ari mu byiciro bikurikira: | (1) waterways are categorized as follows:
|
- gufasha amajyambere y‟uburere n‟umurimo hakoreshejwe amahugurwa n‟ibiganiro mbwirwaruhame bijyanye n‟intego z‟ishuri; | - contributing to moral and professional development through seminars and conferences in accordance to the objectives of the institute;
|
4° umucamanza umwe (1) wo mu rukiko rw’ubujurire utorwa na bagenzi be; | 14° one (1) judge from military courts elected by his/her peers;
|
Aya mategeko-shingiro hamwe n’amategeko yihariye ntashobora guhindurwa bitemejwe n’ubwiganze busesuye bw’abanyamuryango b’inteko rusange baje mu nama cyangwa bahagarariwe. | Any modification or amendment to these statutes shall be approved by the general meeting, gathered with the absolute majority of members, in its ordinary or extraordinary session.
|
Byemejwe n’inama njyanama y’umurenge, umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge ashobora gutumiza inama njyanama y’akagari akayigezaho ibyo abagize biro y’inama njyanama y’akagari, umwe mu bagize biro y’inama njyanama cyangwa umwe mu bagize inama njyanama y’akagari aregwa maze inama njyanama igafata staff of the cell shall assist the secretary of the bureau to draft reports of the cell council meetings. | Upon approval of the sector council, the sector executive secretary may convene the cell council to inform it of the charges against its members, any member of the council bureau or any member of the cell council for the council to take appropriate actions.
|
Ushinzwe serivise z’iby’ubuvuzi mu kigo cy’ubuvuzi cyigisha cya kaminuza (chu). | General of clinical services in the university teaching hospital (chu).
|
Rema igizwe n’inzego z’imirimo eshatu (3) zikurikira: | Rema is comprised of the following three (3) organs:
|
(3) ibindi bisabwa bigize dosiye y’ubusabe bw’ubufasha bwa leta mu munshinga wo guteza imbere amacumbi ahendutse bikubiye mu gitabo gikubiyemo ibikurikizwa mu guhabwa ubufasha bwerekeye inzu zihendutse zo guturamo. | (3) further requirements of application file for government support in affordable housing project are detailed in the operational procedures manual on affordable housing.
|
Gusobanura mu nshamake ibikorwa byakozwe n’ikigo mu gihembwe/ mu mwaka. | Briefly explain the activities performed during the quarter/year by the firm.
|
“ifatizo ry‟ubwicungure ni ikiguzi cyo kubona ikintu. | “the depreciation basis for assets is the acquisition value.
|
(2) igisate cy’umuhanda w’umugenderano kigira inzira y’umuhanda ifite nibura ubugari bwa metero eshatu mu gihe umuhanda ufite ibyerekezo bibiri. | (2) the width of the lane for the roadway of a two-direction local road is at least three metres.
|
Urwego rwa leta rushyikiriza ikigo raporo y’imikoreshereze y’ubutaka bwa leta, rukagenera kopi minisiteri, bitarenze ku wa 31 | A state organ submits to the authority a report on the use of state land, with a copy to the ministry, not later than 31st july, each year.
|
(4) binyuze mu igerageza, cma igamije gukora ku buryo abashoramari barengerwa mu buryo bukwiriye mu gihe cy’igerageza ry’iri koranabuhanga mu by’imari kugira ngo hakumirwe ingorane izo ari zo zose kandi hirindwe ingaruka mu gihe bitakunze. | (4) through regulatory sandbox, the cma seek to ensure appropriate investor protection safeguards in fintech innovations to mitigate any risks and contain the consequences of failure.
|
B. kwakira amafaranga yizigamirwa n‟abakiriya badasanzwe bakorana n‟amabanki cyangwa ibigo by‟imari bisanzwe; | B. accepting saving deposits from a clientele not usually served by banks and ordinary financial institutions;
|
(b) « gusana inyubako » bivuga ugusubiranya ahangiritse ku nyubako, gutera irangi ariko udahinduye imiterere, igisenge, ubuso byayo cyangwa ngo ugire ikindi gice wongera ku nyubako; | (b) “renovation of a building” means repairing a damaged building, painting but not changing the structure, roof, surface or any other part of the building;
|
(2) iyo undi muntu utanga serivisi ahawe akazi hakurikijwe ibiteganywa n’igika cya (1) cy’iyi ngingo, ikigo cy’imari gitanga amakuru – of ten (10) years from the 30th april of the year following the calendar year to which the records relate. | (2) if a third-party service provider is engaged in accordance with provisions of paragraph (1) of this article, the reporting financial institution – informations pendant une période de dix (10) ans à partir du 30 avril de l’année suivant l’année civile à laquelle ces informations se rapportent.
|
Umuyobozi w’itorero afite inshingano zikurikira: | The church leader has the following responsibilities:
|
Nyuma yo gutora no gushyira urupapuro mu gasanduku k’itora, uwatoye ajya imbere y’umuseseri, akamuterera ikashe ya “ yatoye” ku ikarita y’itora. | After voting and casting the vote, the voter presents his or her card to the assessor to stamp on the voting card the word “yatoye”.
|
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.