kin
stringlengths 5
22.5k
| eng
stringlengths 6
6.85k
|
---|---|
By‘abanyamuryango nyakuri mu nama y‘inteko rusange. | Of its members meeting in the general assembly.
|
Buri gihembwe, banki igomba gutangaza raporo y’imari yayo ku rubuga rwa interineti rwayo no mu kinyamakuru kimwe gisomwa na benshi mu rwanda nibura, kuva kuwa mbere kugeza kuwa gatanu hatabariwemo iminsi y’ikiruhuko. | A bank shall publish on quarterly basis its financial statements on its official website and in at least one newspaper of wide circulation in rwanda, between mondays and fridays, excluding public holidays.
|
18° utifuzwa mu rwanda: umunyamahanga utemewe kuguma mu rwanda cyangwa utacyujuje ibisabwa kugira ngo ahabe; | 18° undesirable person: a foreigner who is not allowed to remain in rwanda or no longer fulfils the conditions to remain there;
|
Icyakora, impaka zishingiye ku cyemezo cyo kwirukana umusenateri, umudepite mu nteko ishinga amategeko cyangwa mu mutwe wa politiki ziburanishwa ku rwego rwa mbere n’urwa nyuma n’urukiko rw’ikirenga. | However, disputes relating to the decision to expel a deputy, a senator from the parliament or from a political organization shall be adjudicated by the supreme court at the first and last instance.
|
Amabanki agomba kubika amakuru y’abishyura imyenda bafashe mu mahanga mu rwego rwo gutanga raporo. | Banks shall record information related to the repayment of offshore borrowing for reporting purpose.
|
Umwe mu bashyingiranywe upfakaye afite uburenganzira bwo kongera gushyingirwa. | A widowed spouse has the right to enter into a new marriage.
|
Umutungo w’umuryango ntuvogerwa. ukoreshwa mu buryo buziguye cyangwa butaziguye mu gushyira mu bikorwa inshingano z’umuryango. nta munyamuryango ufite uburenganzira bwo kuwiyegurira cyangwa agire n’igice cyawo akurikirana ho iyo asezeye mu muryango, awirukanyweho cyangwa iyo habaye iseswa ry’umuryango. | Contributes directly or indirectly to the realization of its object. no member can assume a right neither of possession nor to ask for unspecified share in the event of resignation, exclusion or dissolution of the association.
|
Ingingo ya 4: ibyiciro by’abacungagereza ingingo ya 5: imirimo yo kuri gereza | Article 4: works of prison guards
|
Mu ntangiriro za buri gihembwe gisanzwe, biro ya sena igeza ku basenateri raporo yanditse y’ibikorwa bya sena by’igihembwe giheruka. | At the beginning of every ordinary session, the bureau of the senate submits the senate’s written activity report of the previous session to the plenary assembly.
|
6. gutegura ingengo y’imari no kwemeza imiterere ya konti ya buri mwaka; | 6. establish budgetary predictions and approve the annual accounts;
|
Ingingo ya 224: abashinzwe kurangiza imanza n’izindi nyandikompesha n’uburyo barengerwa mu nshingano zabo | Article 224: staff in charge of execution of judgements and other enforcement orders
|
N°25/03 ryo kuwa 20/5/2009 | N°25/03 of 20/5/2009
|
(c) kohereza ako kanya, hakurikijwe ibiteganywa n’amabwiriza y’urwego amakuru ayo ari yo yose ajyanye n’umuntu washyizwe ku rutonde; | (c) to transmit forthwith, in accordance with the provisions of the regulation of the centre any information related to a designated person;
|
(e) imiyoborere; no | (e) communication; and
|
1° kwita ku mikorere rusange y’imirimo irebana n’ubuyobozi, imyigishirize, uburezi n’ubushakashatsi mu ishuri; | 1° to ensure the general smooth running of administrative, academic, educational and research activities within the school;
|
5° amafaranga yo kwigurira ibikoresho byo mu nzu angana na miliyoni eshanu z‟amafaranga y‟u rwanda (5.000.000 | 7° the licence fee of five million rwanda francs (5,000,000 frw).
|
Dushingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y‟u rwanda ryo kuwa 04 kamena 2003, nk‟uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 88, iya 89, iya 113, iya 121 | Pursuant to the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003, as amended to date, especially in articles 88, 89, 112, 113, 121
|
(a) iyo impande zose zigeze ku bwumvikane bushingiye ku kwemera icyaha, zishyira umukono ku masezerano y’ubwo bwumvikane. ayo masezerano ni yo ashyikirizwa urukiko. (d) a promise by the defendant to cooperate as a witness of the prosecution in exchange for reduced charges or reduced criminal penalties, or both; | (a) when the parties agree in their plea- bargaining negotiations, they sign a plea bargaining agreement. the plea- bargaining agreement is submitted to the court. (d) la promesse par l’inculpé de coopérer en tant que témoin de l'accusation en échange d'une réduction des charges ou des peines, ou les deux ;
|
3º gutanga amakuru ku mpamvu y’ubujurire, igenzura ry’itangwa ry’amasoko cyangwa mu bundi buryo buteganywa n’iri tegeko; | 3º the disclosure of information for the purpose of an appeal, a procurement audit or for any other reasons provided for by the law;
|
Iyo mu rubanza rumwe rufite ibiburanwa byinshi kandi bishobora gutandukanwa, bamwe mu baregwa bitabye abandi ntibitabe, urukiko rubisabwe n’umwe mu baburanyi bitabye cyangwa rubyibwirije, rushobora gutandukanya ibirego, rukabiburanisha mu manza zitandukanye, hubahirijwe amategeko agenga ububasha bw’inkiko, cyangwa se rukimurira urubanza ku yindi tariki, ababuranyi bagahamagarwa. | If, in divisible cases, some of the respondents appear and others do not appear, the court may, upon application by any of the parties present or its own motion, separate the claims and try them in separate proceedings, subject to the laws governing the jurisdiction of courts, or reschedule the case for another date and summon parties.
|
(1) impinduka zose zifatika ziri muri dosiye y’ubusabe yerekeye inama y’ubutegetsi, abagize komite nyobozi, ubuyobozi bukuru, cyangwa imiterere y’imari shingiro n’imigabane, zibaho mu gihe ubusabe bukirimo gusuzumwa cyangwa nyuma y’uko icyemezo cyatanzwe ariko mbere y’itangira ry’ibikorwa, zigomba guhita zimenyeshwa urwego (b) have a corporate or group structure that does not hinder effective supervision; | (1) any material changes in the application concerning the composition of the board of directors, members of the executive committee, senior management, or capital structure and shareholdings, which may take place while the application is being processed or after the license is issued but before commencement of operations, shall be duly notified to the supervisory (b) avoir une structure d’entreprise ou de groupe qui n’entrave pas une surveillance efficace ;
|
D. kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’itangwa ry’amasoko ya leta; | D. overseeing the implementation of public procurement system;
|
Ingingo ya 12: igihe umuryango usheshwe, inteko rusange ishyiraho umuntu umwe cyangwa benshi bashinzwe kurangiza iryo seswa. iyo hamaze gukorwa ibarura ry‟ibintu byimukanwa n‟ibitimukanwa by‟umuryango no kwishyura imyenda, umutungo usigaye uhabwa undi muryango bihuje intego. chapitre iii: du patrimoine | Article 12: in case of dissolution, the general assembly designs one or many curators in charge of liquidation of the properties of the association. after inventory of furniture and none mobile properties of the association and after offsetting of passive assets, the balance assets of the treasury will be left to another association having similar objectives.
|
(i) atanga bidatinze kopi z’amakuru y’umwirondoro n’izindi nyandiko za ngombwa zijyanye n’ibisabwa mu rwego rw’ubushishozi ku mukiriya abisabwe; | (i) provides copies of identification data and other relevant documentation relating to customer due diligence requirements upon request without delay;
|
3º gukurikirana ikoreshwa ry’amafaranga ya leta n’imicungire y’umutungo ufitwe n’inzego za leta ziri mu nshingano ze; | 3º to monitor the use of public funds and management of assets at the disposal of the public entities under his/her responsibility;
|
6º yakatiwe burundu n’urukiko kubera icyaha cya jenoside cyangwa icy’ingengabitekerezo ya jenoside; | 6º definitively sentenced by a court for the crime of genocide or genocide ideology;
|
Rishyiraho abakozi mu biro bya minisitiri w’intebe | The minister in the president‟s office
|
5° risa n’iry’isosiyete iriho cyangwa ikigo cya leta gikora ubucuruzi cyangwa rijya gusa na ryo ku buryo byatera urujijo, keretse mu gihe iyo sosiyete iriho cyangwa icyo kigo cya leta gikora ubucuruzi kiri mu gihe cy’iseswa kandi byarabyemeye mu buryo bugenwa n’umwanditsi mukuru. | 5° which is identical with that of an existing company, or statutory corporation, or so nearly resembles that name as to be likely to mislead, except where the existing company or statutory corporation is in the course of being dissolved and signifies its consent in such a manner as the registrar general requires.
|
Icyiciro cya 2 : gufata ibyemezo no gucisha mu majwi | Section 2: prise de décisions et vote
|
Ingingo ya 11: ishoramari n’imishinga minini | Article 11: investments and major projects
|
17° kugenzura imikorere ya buri munsi y’ibigo by’abikorera birinda umutekano w’abantu n’ibintu no kubagira inama yo kunoza imikorere yabyo. | 17° to oversee the daily performance of private security companies and provide for them with advice on the improvement of their performance.
|
Mu gutunganya imirimo yabo irebana na za zone, abahagarariye inzego za leta bagomba gukurikiza amategeko agenga za zone ndetse n’andi mategeko yose ajyanye n’inzego za leta bahagarariye, ishyirwa mu bikorwa ry’amabwiriza n’amasezerano muri zone n’ubundi buryo bunoze ubwo ari bwo bwose bwemejwe bugashyirwa mu bikorwa hashingiwe ku mategeko agenga zone. | In the performance of their functions related to zones, the public entities representatives shall, in addition to any applicable laws related to the governmental body they represent, apply the zones law, its implementing regulations and agreements, and any streamlined procedures adopted and put in place with respect to zones pursuant to these instruments.
|
(e) “ inyandiko fatizo ” bivuga inyandiko ishingirwaho kugira ngo habashe kuboneka ubundi bwoko bw’inyandiko iranga umuntu yemewe; | (e) “breeder document” means a document used for access to other forms of legitimate identification;
|
3º yitwaje konji cyangwa uruhushya bishingiye ku nyandiko y’inyiganano cyangwa yahinduwe; | 3º uses a forged or altered authorization of leave or permission;
|
Iyo ikigo gisanze ikigo gishinzwe isuzuma n’iyishyurana kitarubahirije ibisabwa muri iyo nyandiko mu gihe cyagenwe, ikigo gishobora gushyiraho cyangwa guhindura ayo mabwiriza yavuzwe muri iyo nyandiko aho kugira ngo bikorwe n’ikigo gishinzwe isuzuma n’iyishyurana. | Where the authority realizes that a clearing house has not complied with a requirement set out in the notice within the period specified, the authority may make or amend the regulations specified in the notice instead of this action being done by the clearing house.
|
Ingingo ya 23: inshingano z’umunyamabanga nshingwabikorwa academy | Article 23: responsibilities of the executive secretary l’académie
|
Ministiri w’intebe, minisitiri w’imari n’igenamigambi na minisitiri w’ubuhinzi n‘ubworozi basabwe kubahiriza iri teka. | The prime minister, the minister of finance and economic planning and the minister of agriculture and animal resources are entrusted with implementing this order.
|
Umuntu uhamijwe n’urukiko gukora kimwe mu bikorwa bivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka itatu (3) ariko kitarenze imyaka itanu (5). | A person convicted of any of the acts referred to under paragraph one of this article is liable to term of imprisonment of not less than three (3) years and not more than five (5) years.
|
Umuryango ukorera imirimo yawo mu karere ka musanze. igihe uzamara ntikigenwe, ariko ushobora guseswa byemejwe n’inteko rusange. | The registration of the company shall be completed upon entering its name in the register of companies. the company shall continue to exist for an undetermined period of time. it may however be dissolved by the general meeting.
|
Ingingo ya 48: ububasha bw’ urwego rw’ubugenzuzi mu igenzura ry’ikigo cy’imari iciriritse cyakira amafaranga abitswa | Article 48: powers of the supervisory authority to supervise a deposit-taking microfinance institution
|
4° umubare wayo ungana n’uwashoboraga kumvikanwaho hagati y’abantu badafitanye isano kuri serivisi zisa n’izatanzwe mu bihe byagereranywa. | 4° its amount corresponds to that which would have been agreed between independent persons for comparable services in comparable circumstances.
|
Impinduka ku masezerano y’isoko ntihindura ireme n’imimerere y’amasezerano y’isoko ry’ibanze. | Procurement contract amendments do not affect the substance and the nature of the initial procurement contract.
|
Buri ngengo y’imari igizwe n’ibyinjira n’ibisohoka bigomba kuringanizwa muri buri gice. | Every budget includes income and expenditure that must be balanced in each part.
|
Ingingo ya 73: | Article 73:
|
12° kugeza ku nteko rusange, mu gihe cy’igihembwe gisanzwe, imyanzuro y’inama y’abaperezida mu gihe kitarenze iminsi irindwi (7) y’akazi kugira ngo iyemeze; | 12° to submit to the plenary assemby, during ordinary session, recommendations of the conference of chairpersons whithin seven (7) working days for approval ;
|
110 munderi shyirambere 10 1 000 000 | Total 10,000 10,000,000
|
Komite zishinzwe ibidukikije zifite manda y‟imyaka itatu (3) ishobora kongerwa inshuro imwe. | Environment committees shall have a term of three (3) years which may be renewable once.
|
Amategeko shingiro y’umuryango udaharanira inyungu “life lifting hands” | Statutes of the non-profit making association « life lifting hands »
|
Igihe ibisobanuro byatanzwe na koperative bidahagije cyangwa bidasubiza ikibazo, ikigo cy’igihugu gifata icyemezo cyo guhagarika iyo koperative by’agateganyo mu mirimo yayo, mu gihe cy’amezi atatu (3). icyo cyemezo gishyikirizwa koperative kikamenyeshwa minisitiri ufite amakoperative mu nshingano n’akarere koperative ikoreramo. | In case the explanations given by the cooperative are insufficient or fail to respond to the problems, the national agency decides to suspend the cooperative for a period of three (3) months. the decision is submitted to the cooperative and notified to the minister in charge of cooperatives and the district in which the cooperative operates.
|
W1: umushoramari | W1:investisseur
|
(1) ibintu bizanwa n‟abagenzi bavuye hanze y‟ibihugu bigize umuryango bizubahiriza veterinary services is satisfied, and specially designed for storing semen for artificial insemination; | (1) goods imported by passengers arriving from vétérinaires, est satisfait, et spécialement conçus pour le stockage du sperme pour l'insémination artificielle;
|
(1) ugize inama y’ubuyobozi ya rha ava mu mwanya iyo – | (1) a member of the board of directors of rha loses membership if –
|
Iyo hashize imyaka itanu (5) kuva urubanza rutangaje izimira kandi nta makuru mvaho na busa y’uko uwazimiye akiriho, umuntu wese ubifitemo inyungu ukeka ko uwazimiye yapfuye asaba urukiko rw’aho uwazimiye yatuye cyangwa yabaye bwa nyuma gutangaza ko yapfuye. | When five (5) years have elapsed since the delivery of the declaratory judgment of absence and it is uncertain whether the absentee is alive, any interested person who presumes that the absentee is dead applies to the court of the last domicile or residence of the absentee for declaration of the absentee’s death.
|
4° ahantu n’igihe inyandiko igaragaza ubushake bwo gupiganwa zigomba gutangwa. | 4° a statement of where and when the expression of interest shall be submitted.
|
4° inama yatanzwe n‟umunyamategeko w‟ikigo ndetse n‟iyatanzwe na minisitiri w‟ubutabera/intumwa nkuru ya leta, aho ihari; | 4° legal opinions provided by the institutional legal officer and minister of justice/attorney general, if applicable;
|
Iyo abagize inama y’ubuyobozi bavugwa muri aya mabwiriza bagiye mu butumwa bw’akazi mu mahanga, hakurikizwa ibiteganywa n’iteka rya perezida rishyiraho amabwiriza agenga ubutumwa bw’akazi mu mahanga. | When board members referred to in these instructions, go on official mission abroad, the presidential order regulating official mission abroad shall apply.
|
Mu igenzura ry‟uko ibyifuzo n‟inama urwego rw‟umuvunyi rwatanze zashyizwe mu bikorwa, rureba niba amabaruwa rwanditse rutanga inama yarasubijwe. | In monitoring the implementation of the recommendations made, the office of ombudsman shall verify whether letters forwarding recommendations were replied.
|
(ii) mu rugaga rw’abahesha b’inkiko b’umwuga kandi afite impamyabushobozi y’ishuri ryemewe na leta ryigisha umwuga mu by’amategeko; | (ii) in the professional bailiffs association holder of a certificate issued by a recognised legal practice institute; or
|
Ingingo ya 113: umubare w’ibiro by’itora | Article 113: number of polling stations
|
gutora abahagarariye umuryango n‟abasimbura babo ku rwego rw‟intara; kwemeza gahunda y‟ibikorwa, ingengo y‟imari na raporo y‟ibikorwa n‟ikoreshwa ry‟imari by‟umuryango ; gutanga ibitekerezo ku bibazo bireba filiyeri y‟imbuto nziza mu rwanda ; | to elect, mandate and dismiss members of the executive committee; to elect the ccafsr‟s regional representative and their substitutes; to approve ccafsr‟s action plans, budgets and technical and financial reports;
|
Iteka rya perezida rishobora kugena ubundi buryo umunyamahanga ashobora gutungamo ubutaka. | A presidential order may determine other modalities of land possession by a foreigner.
|
Iyo hari impamvu zituma nta gushidikanya ko amakuru anyuzwa mu muyoboro koranabuhanga akenewe ku mpamvu z’iperereza, ubushinjacyaha bushobora gutegeka umuntu wese ufite ayo makuru anyuzwa mu muyoboro koranabuhanga: | In case of any reasonable grounds that an electronic traffic data is required for the purpose of investigation, the organ in charge of prosecution may issue an order to any person in possession of the electronic traffic data for:
|
Ingingo ya 39: kureka kuba umufatanyabikorwa mu bufatanye mu bucuruzi bufite uburyozwe budahinnye | Article 39: ceasing to be a partner in a general partnership
|
Iyo bigaragaye ko benshi cyangwa bose mu bagize inama y’ubuyobozi bafite inyungu bwite itaziguye cyangwa iziguye mu bibazo bisuzumwa ku buryo bidashoboka gufata ibyemezo kuri icyo kibazo, ibyo bibazo bishyikirizwa urwego rureberera rwanda fda rukabifataho icyemezo mu gihe cy’iminsi mirongo itatu (30). | When it happens that many or all members of the board of directors have a direct or indirect interest in the issues to be considered in such a way that it is impossible to take a decision on the issue, the issue is submitted to rwanda fda supervising authority which decides thereon within thirty (30) days.
|
Ingingo ya 121: kugenda mu mazi nyabagendwa no gutsika | Article 121: waterways navigation and berthing
|
Inteko rusange y‟umuryango udaharanira inyungu “institut catholique de kabgayi” (ick), iteraniye mu nama rusange idasanzwe yo ku itariki ya 05/04/2013 ; | The general assembly of the non-profit making association « institut catholique de kabgayi (ick) », held on the 05/04/2013 in its extraordinary session;
|
Ubuyobozi bw’imisoro bugenzura incuro imwe gusa umusoro runaka cyangwa mu gihe runaka cy’isoreshwa. | Tax administration audits a taxpayer only once in respect of a certain tax or a certain taxable period.
|
Ingingo ya 205: ibyemezo by’ikomatanya section 2: fundamental changes | Article 205: certificates on amalgamation section 2: changements fondamentaux
|
2. kwirukana mu nama y‟ubuyobozi umuyobozi wakoze icyo cyaha no kumuvana mu bashobora kuzahabwa akazi muri banki iyo ariyo yose atabanje central bank, a return titled “insider lending” as indicated in appendix 1. | 2. dismissal from the board of the offending director and barring from any future employment at any bank without central bank approval; centrale, sur une base trimestrielle, un rapport intitulé « prêts aux initiés » tel qu‟indiqué à l‟annexe 1.
|
1. dr mukatete immaculée, umuvugizi (sé) 2. ev. arch. sandrali sebakara viateur, umuvugizi wungirije (sé) | 1. mr. kalimba richard ( legal representative) 2. mrs. kairaba annie (deputylegal representative)
|
Iyo amafaranga y’amahugurwa agomba gutangwa na rssb, rssb yishingira amafaranga y’amasomo, ay’ingendo, ay’amafunguro, ay’icumbi, ay’ubwishingizi bw’indwara, ay’ibitabo n’ay’ibindi bikoresho by’ishuri bikenerwa mu mahugurwa. | If the training is to be financed by rssb, the funding covers all fees related to training, transport, subsistence, accommodation, medical insurance, documentation and other school equipment required for the training.
|
Ingingo ya 19: abagize komite nyobozi batorwa n‟inteko rusange mu banyamuryango nyakuri. manda yabo imara imyaka itatu ishobora kongerwa. iyo umwe mu bagize inama y‟ubuyobozi yeguye ku bushake, avanywe ku mwanya we n‟inteko rusange, umusimbuye arangiza manda ye. | Article 19: members of the executive committee are elected by the general assembly of effective members for a three year renewable term. in case of voluntary resignation, resignation forced by the general assembly, his successor completes the remaining term.
|
3° gutangira gufatira imitungo ari uko ubundi buryo bwo kugaruza inguzanyo ntacyo bwagezeho; | 3° initiate foreclosures only when other recovery steps have been unsuccessful;
|
Inama y’abaminisitiri ifite inshingano n’ububasha bikurikira: | The cabinet meeting shall have the responsibilities and powers of:
|
Urwego rw‟ibanze bireba rushobora gufatira amafaranga yose y‟ubukode cyangwa igice cyayo ruyatse umuntu ukodesha cyangwa uba mu mutungo utimukanwa nubwo haba hari amasezerano abuza umuntu ukodesha cyangwa uba mu mutungo utimukanwa kubikora atyo. | The concerned decentralized entity may seize the amount owed in whole or in part from a tenant or occupant of the fixed asset, despite any contractual obligation to the contrary on the tenant or occupant.
|
Ingingo ya 10: ishyirwaho ry’abacamanza b’inkiko z’ubucuruzi | Article 10: appointment of judges of commercial courts
|
Ayo masezerano ashyikirizwa umwanditsi mukuru mu gihe kitarenze umwaka umwe (1), uhereye igihe iri tegeko ritangarijwe mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda kugira ngo yandikwe”. | Those contracts shall be submitted to the registrar general in a period not exceeding one year from the date of the publication of this law in the official gazette of the republic of rwanda to be registered”.
|
Ashingiye ku itegeko n° 22/2002 ryo kuwa 09/07/2002 rishyiraho sitati rusange igenga abakozi ba leta n‟inzego z‟imirimo ya leta, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 65, iya 66, iya 68 n‟iya 120; | Pursuant to law n° 22/2002 of 09/07/2002 on general statutes for rwanda public services, especially in articles 65, 66, 68 and 120;
|
4° kuba yarishyuye amafaranga yo kwiyandikisha ashyirwaho n’urugaga. | 4º proof of payment of application fee.
|
Ingingo ya 294: urwego rwishyura amafaranga y’ikurikirana n’igenzura | Article 294: organ to bear monitoring and investigation expenses
|
2° kopi y’ibyemezo by’inama z’ubutegetsi z’amabanki yose bireba yemeza ibumbira hamwe risabwa; | 2° a copy of resolutions of the board of directors of all the participating banks approving the proposed merger;
|
Ingingo ya 3 : umuryango uzakorera imirimo yawo muri repubulika y’u rwanda hose. igihe uzamara ntikigenwe. | Article 3 : the organization will exist for an indefinite period of time and will operate in the whole territory of the republic of rwanda.
|
2° kwigana no gukoresha inyandiko cyangwa ibikoresho byo mu buyobozi bw’imisoro byifashishwa mu gusoresha; | 2º counterfeit and use of documents or materials of the tax administration used for taxation;
|
Iyo umusenateri asabye ko umushinga w’itegeko cyangwa ikindi kibazo byigwa ku buryo article 165: amendment of the constitution initiated by the senate | When a senator requests that a bill or any other issue be urgently considered, his/her request is article 165: révision de la constitution initiée par le sénat
|
Ingingo ya 2 : intebe icyicaro cy‟umuryango gishinzwe mu karere ka gasabo, umujyi wa kigali, ishobora ariko kwimurirwa ahandi mu rwanda byemejwe na 2/3 by‟abagize inteko rusange y‟umuryango. | Article 2: head the head office of the organisation is located in gasabo district, kigali city. it may therefore be transferred to any other place on the territory of the republic of rwanda on a decision of the 2/3 of the general assembly members.
|
B) inyungu ku birarane zitishyuwe, zibarwa hakurikijwe amasezerano uwahawe umwenda yagiranye na banki, ariko ntizirenge umwenda wagombaga kwishyurwa mu gihe umwenda wasibwe; na | B) unpaid arrear interests, computed in accordance with the contract between the debtor and a bank, not exceeding the principal owed when the loan becomes written off; and
|
Itegeko n°36/2011 ryo kuwa 02/09/2011 ryemerera kwemeza burundu amasezerano ya nagoya yerekeye uburenganzira ku mitungo ndangakamere ikomoka ku bimera no ku nyamaswa n’igabana riboneye ry’inyungu zikomoka ku ikoreshwa ryawo ashamikiye ku masezerano mpuzamahanga yo gufata neza urusobe rw’ibinyabuzima, yemejwe kuwa 29 ukwakira 2010 | Authorising the ratification of the nagoya protocol on access to genetic ressources and fair and equitable sharing of benefits arising from their utilization to the convention on biological diversity, adopted on 29 october 2010
|
Ingingo ya 4: umuryango a.m.i ufite intego zikurikira : 1) gutegura amahugurwa ku mwîfato mwiza w'abantu na tewolojiya no ku bibazo birebana n'imibereho myiza n'ubukungu ; 2) guteza îmbere amajyambere rusange mu burezi, ubuvuzi, ubuhinzi official gazette n°4bis of 24/01/2011 | Article 4: the objectives of a.m.i the organization shall: 1) organize and conduct seminars on various themes such as: ethics, theology and socio-economic issues; 2) support community development in the area of education, health, agriculture, umuryango udaharanira inyungu “africa mission initiative” (a.m.i)
|
4° izindi ndiri z’urusobe rw’ibinyabuzima zibungabungwa kubera agaciro kanini kazo ku rwego rw’igihugu. | 4° other ecosystems with high conservation value or of high national importance.
|
6° amezi arindwi (7) y’umushahara ku mukozi umaze nibura imyaka makumyabiri n’itanu (25) y’uburambe mu kazi. | 6º seven (7) months salary for an employee with at least twenty-five (25) years of working experience.
|
3° kumenya niba biri mu nyungu z’ababerewemo imyenda ko isosiyete y’ubucuruzi iseswa; | 3° whether it is in the creditor’s interests for the company to be wound up;
|
Ku rwego rw‟umudugudu n‟urw‟akagari, kwiyamamaza kw‟abakandida bikorwa ku munsi w‟itora. bikorwa n‟umuntu ku giti cye, cyangwa akamamazwa n‟abaturage batuye muri uwo mudugudu cyangwa akagari. | At the village and cell level, the campaign for candidates shall be conducted on the day of election. it shall be conducted personally by the candidate or by the residents of such a village or cell in favour of the candidate.
|
(2) iyo utanga serivisi zo kwishyurana abisabye, uwishyura asabwa gutanga ingingo zifatika zirebana n’ayo mabwiriza. amafaranga agomba gusubizwa agomba kubitswa kuri konti yo kwishyurana y’uwishyura bitarenze itariki yo kubikuza amafaranga kuri konti. | (2) at the payment services provider's request, the payer is required to provide factual elements relating to such conditions. the amount that is to be refunded is credited to the payer's payment account at latest on the date of the debiting of the account.
|
(i) yarigeze gutegekwa n‘urukiko kwishyura amafaranga muri repubulika y‘u rwanda cyangwa ahandi akaba atari yayishyura cyangwa akaba atarayishyuye mu gihe gikwiye; | (i) the person has been the subject of any judgment debt or award, in the republic of rwanda or elsewhere, that remains outstanding or was not satisfied within a reasonable period;
|
Ingingo ya 14: inteko rusange | Article 14: general assembly
|
Le notaire: nasira uwitonze (sé) | The notary : murerwa christine (sé)
|
Ingingo ya 30: abakozi bo mu mashuri ahuriweho na leta n’abikorera ku bw’amasezerano | Article 30: government-subsidized schools personnel
|
Amategeko ngengamikorere ya cma agena uburyo bw’imikorere n’imikoranire by’inzego zayo bidateganyijwe n’iri tegeko | The rules of procedure of cma determine modalities for the functioning and collaboration of its organs not provided for by this law.
|
Ingingo ya 715: inkurikizi zo kunyagwa amapeti ya gisirikare | Article 715: consequences of stripping off ranks
|
(b) isesengura rya gahunda yacyo y’ubwishingizi bw’abishingizi ku byerekeye imicungire y’ibyateza ingorane zishingiye ku ibura ry’amafaranga ; | (b) analysis of its reinsurance program on its liquidity management;
|
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.