kin
stringlengths 5
22.5k
| eng
stringlengths 6
6.85k
|
---|---|
4° agace gahuza abanyamuryango bose b’urugaga bakorera mu ntara y’amajyepfo ; | 4° the region which groups together all members of the council working in the southern province;
|
3° ishyaka riharanira demokarasi n‟imibereho myiza y‟abaturage (psd): umudepite umwe (1); | 3° social democratic party (psd): one (1) member;
|
Bwana muyombano sylvain agizwe umubitsi w'impapurompamo z'ubutaka mu kigo gishinzwe umutungo kamere mu rwanda. ashinzwe intara y’amajyepfo. prime minister's order n°226/03 | Mr muyombano sylvain is appointed registrar of land titles in rwanda natural resources authority. he is in charge of southern province. arrete du premier ministre n°226/03 du 19/10/2016 portant nomination d'un conservateur des titres fonciers
|
Ikigo cy’imari iciriritse cyakira amafaranga abitswa kigomba gushyiraho gahunda y’ibihe bidasanzwe mu rwego rwo guhangana n’ingorane zaturuka ku kubura amafaranga. iyo gahunda igomba nibura kuba ikubiyemo ibi bikurikira: | A deposit-taking microfinance institution shall put in place a contingency plan for dealing with liquidity stress scenarios. the contingency plan shall at minimum, include:
|
Nyakanga 2004 rigena amamwe mu mateka y‟abaminisitiri yemezwa atanyuze mu nama y‟abaminisitiri, cyane cyane mu ngingo yaryo ya mbere; igika cya mbere; | Th , 2004, determining certain ministerial orders which are adopted without consideration by the cabinet, especially in its article one;
|
Urwego rw’ubugenzuzi rugenzura itsinda ry’ibigo by’ubwishingizi. | The supervisory authority inspects the insurance group.
|
2 º igikorwa kigamije kuvutsa umuntu umwe cyangwa benshi uburenganzira bwabo buteganywa mu mategeko y’u rwanda cyangwa mu masezerano mpuzamahanga u rwanda rwemeje hashingiwe ku isano muzi, ubwoko, inkomoko, umuryango, inzu, ibara ry’uruhu, igitsina, akarere, ubwenegihugu, idini, ibitekerezo bya politiki, ibyiciro by’ubukungu, umuco, ururimi, imibereho muri sosiyete, ubumuga | 2° acts aimed at denying a person or a group of people their rights granted under the rwandan law or international conventions ratified by rwanda, on the basis of race, ethnicity, origin, clan, family connection, colour of skin, sex, region, nationality, religion, political ideology, economic classes, culture, language, social status, physical or mental disability or physical appearance;
|
2° iyo isosiyete yakomatanyije izindi ari isosiyete nshya, icyemezo cy’ikomatanya cyanditse mu nyandiko yabugenewe, iherekejwe n’icyemezo cy’inyandiko z’isosiyete kiri mu nyandiko yabugenewe. | 2° if the amalgamated company is a new company, a certificate of amalgamation in the prescribed form together with a certificate of incorporation in the prescribed form.
|
Ingingo ya 15: itegurwa ry’intizo y’ubutaka cyangwa amasezerano yo gukodesha ubutaka bwa leta | Article 15: elaboration of land concession or contract on lease of state land
|
Guverinoma ya repubulika y’u rwanda n’urukiko rwihariye rwashyiriweho sierra leone yashyiriweho umukono i kigali mu rwanda kuwa 18/03/2009 yerekeranye no kurangiza ibihano byatanzwe n’urwo rukiko; | Authorizing the ratification of the agreement between the government of the republic of rwanda and the special court for sierra leone signed in kigali, rwanda on 18/03/2009 relating to the execution of sentences ;
|
Abagenzuzi b‟imari bitoramo umuyobozi wabo. iyo bishoboka, abagenzuzi b‟imari bagomba kuba bafite ubumenyi bwihariye m‟ubukungu, icungamutungo, imicungire y‟imari n‟ama banki n‟ibindi bisa nabyo. | The auditors shall elect the president among themselves. if possible, the auditors shall be qualified in economics, management and accounting, finance and banking or other connected disciplines.
|
Imikorere idasobanutse. ibigomba kugurwa cyangwa serivisi zikenewe bigomba gusobanurwa neza hifashishijwe abantu bafite ubunararibonye igihe bishoboka kandi ibikoresho na serivisi zitanzwe bigomba kugenzurwa harebwa niba byujuje ibisabwa byagenwe; | (f) the sale of the assets of the deposit- taking microfinance institution shall pass through the auctioning process as fournitures ou les services à effectuer doivent être clairement définis à l'aide de personnes possédant une expertise, le cas échéant, et les biens et services achetés doivent être contrôlés par rapport aux spécifications techniques;
|
2° ku munsi wa makumyabiri n’umwe (21) w’akazi ukurikira itariki inyandiko imenyesha iseswa yashyikirijweho urundi ruhande, iyo ari amasezerano y’ubwishingizi bw’igihe kirekire. | 2° on twenty-first (21st) working day following the date on which the termination notice was given to the other party, in case of a long-term insurance contract.
|
- kongerera ubumenyi abayobozi batize ishuri rya bibiriya bo mu karere ka afurika no kubabonera ibikoresho by’ibanze bakenera kugira ngo batunganye neza umurimo wabo wo kubwiriza no kwigisha ngo habeho uguhinduka nyakuri; | - to train the african leadership which has not gotten the opportunity to do biblical studies and to provide the new methodology to improve preaching, teaching for the transformation service to their communities;
|
6° ishyirahamwe ry’ibigo by’imari iciriritse mu rwanda; | 6° association of microfinance institutions in rwanda;
|
(l) «umwishingizi» bivuga ikigo cyemewe gifite icyemezo kicyemerera gukora umurimo w’ubwishingizi; | (l) “insurer” means a licensed or authorised legal entity which carries out insurance business as insurer;
|
Ingingo ya 354: icyemezo cy’uko isosiyete ihagaze | Article 354: assignation des parties
|
Bw’inyandiko bwite ishobora gukorwa hakurikijwe amategeko y’ibihugu abazigirana bihitiyemo iyo bitabangamiye amategeko ndemyagihugu cyangwa imigenzo myiza by’u rwanda. | Countries as may be chosen by parties to the donation act, provided that they conform to rules of public order and good morals of rwanda.
|
B) ubwanditsi ingingo ya 21 | C) the secretariat article 21
|
Ingingo ya 53: kwanga gufatira umusoro | Article 53: failure to withhold tax
|
2° gukura ibikorwaremezo byose ku butaka bwavuzwe, ikiguzi cy’ibyo bikorwa kikishyurwa n’umuguzi keretse sezar isanze ku nyungu rusange, byagurishwa ku giciro nk’icyo. iyo nyir’ugukora amakosa atayakosoye mu gihe cyateganyijwe na sezar, sezar ifata ibyemezo bikenewe kugira ngo amakosa akosorwe, amafaranga abitanzweho akishyurwa na nyir’ugukora amakosa. | 2° to remove all established infrastructures on that land at the purchaser’s expenses unless sezar considers that the public interest requires to sell it on the same price. when the author of violations does not correct them within the period set by sezar, sezar shall undertake necessary measures to remove the violations on the expenses of the autor of violations.
|
6. ko urubanza rwaburanishijwe mu ruhame cyangwa mu muhezo; | 6. whether the hearing was conducted in public or in camera ;
|
Igerageza rireba udushya twose duhangwa n’ikoranabuhanga mu by’imari bishobora gukoreshwa mu bicuruzwa na serivisi byose byerekeranye n’isoko ry’'imari n'imigabane harimo, ariko atari ibyo gusa: | The regulatory sandbox covers all fintech innovations that affect the entire value chain of capital markets business including but not limited to:
|
Inshingano z’ugize inama y’ubutegetsi afitiye sosiyete ariko adafitiye abanyamigabane hakurikijwe iri tegeko ni izi; | The duties of a director owed to the company and not to shareholders under this law are:
|
Komiseri mukuru wa rcs ashyiraho ibigomba gukurikizwa kugira ngo umwana ajyanwe hanze n’utari nyina ndetse akanagena ibyandikwa mu gitabo cyandikwamo umwana ujyanwe hanze n’umujyanye. | The commissioner general of rcs shall determine the requirements for the child to get out of the prison and content of the book in which the child and the person to go out with him/her are registered.
|
«iyo umwe mu bagize komite nyobozi y‟impuzamashyirahamwe y‟abafite ubumuga utakiri mu mwanya we kubera impamvu zitandukanye, ishyirahamwe yatorewemo ribanza gutora umukandida uhagararira icyo cyiciro mu matora ya komite nyobozi yimpuzamashyirahamwe. iyo amaze gutorwa kimwe n‟abari basigaye muri komite nyobozi bapiganirwa uwo mwanya cyangwa imyanya itagifite abayirimo muri komite nyobozi. | «where a member of the executive committee of the federation of persons with loses membership due to various reasons, new election of the executive committee shall be held and only the remaining members of the committee will stand for the first round of election. after the election and with the remaining existing members of the executive committee, they compete for the post(s) of the committee.
|
Ingingo ya 170: inkurikizi z’itangira ry’igihombo cy’umuntu ku giti cye | Article 170: effects of commencement of bankruptcy
|
Ingingo ya 11: gukemura ikibazo umwe mu bagifitanye adahari | Article 11: cordoning off an area
|
Ingingo zidafite ubugororangingo bwagejejwe chapter iii: considering bills in the plenary sitting | Provisions with no amendment submitted to chapitre iii: examen des projets et propositions de loi en seance de l’assemblee pleniere
|
Aya mabwiriza ashyiraho bimwe mu bisabwa kugira ngo hashyirweho uburyo buhamye bw‟imicungire y‟ikomeza ry‟imirimo mu mabanki y‟u rwanda. | This regulation sets the minimum requirements for establishing sound and effective business continuity management practices in banks in rwanda.
|
6° amasezerano agira agaciro ku munsi yakoreweho cyangwa “amasezerano y‟ubugure agira agaciro ku munsi yakoreweho” cyangwa “amasezerano y‟igurisha agira agaciro ku munsi yakoreweho” bivuga amasezerano y‟ubwumvikane agira agaciro ku munsi yashyiriweho umukono. | 6° same day transaction or “same day purchase” or “same day-buy” or “same day-sale”: a transaction having same day value
|
2° iyo isosiyete z’ubucuruzi ebyiri (2) cyangwa nyinshi zifitanye isano ziri mu iyegeranya n’igabagabanya ry’umutungo, iyegeranya n’igabagabanya ry’umutungo rireba buri isosiyete y’ubucuruzi rigomba gukorerwa hamwe, nk’aho ari isosiyete y’ubucuruzi imwe nk’uko urukiko rubitegetse kandi haseguriwe amategeko n’amabwiriza nk’uko urukiko rushobora kubitegeka. | 2° where two (2) or more related companies are in liquidation, the liquidations in respect of each company must proceed together, as if they were one company, to the extent the court so orders and subject to such terms and conditions as the court may impose.
|
Bwana nshimiyimana benedicto agizwe umujyanama wa mbere muri ambasade y’u rwanda i berlin. | Mr. nshimiyimana benedicto is hereby appointed first counselor of rwanda embassy in berlin.
|
Iyi komisiyo ifasha inama nkuru y’abashumba mu bijyanye no: | This commission assists the high pastoral council in the following:
|
4.gushyiraho no guteza imbere uburyo abaganga bavura indwara z’umubiri bakora umurimo wabo neza bisanzuye bakiteza imbere mu bijyanye n’imibereho myiza n’umuco; | 4.to promote and develop working conditions of physicians, professionals, in relation to their social and culture fulfilment;
|
11° kubaka no gusana imihanda mpuzamahanga, iyʼigihugu nʼuturere, no gusana amateme manini; | 11° construction and repair of international, national, district roads and repair of large bridges;
|
Asubiye ku iteka rya minisitiri w'intebe n°37/03 ryo kuwa 20/08/2005 rishyiraho akanama gashinzwe kuvugurura amategeko y'ubucuruzi; | Revisited prime minister's order n°37/03 of 20/08/2005 setting up a business law reform cell;
|
Amashuri makuru afite ubwigenge mu myigishirize, mu bushakashatsi, mu buyobozi no mu micungire y’abakozi n’umutungo wayo bitanyuranyije n’iri tegeko n’andi mategeko. | Higher learning institutions shall enjoy autonomy in the areas of teaching, research, administration and management of their human and material resources without prejudice to the provisions of this law and other laws.
|
Perezida w’inama y’ubuyobozi ya rfa afite inshingano zikurikira: | The executive organ of rfa has the following responsibilities:
|
Iteka rya perezida n°57/01 ryo ku wa 24/02/2017 rishyiraho umunyamabanga uhoraho | Presidential order n°57/01 of 24/02/2017 appointing a permanent secretary
|
Ingingo ya 22: gushyiraho amatsinda yihariye y´inama y‟ubuyobozi | Article 22: establishment of specialised groups of the board of directors
|
Ashingiye ku itegeko ngenga n° 05/2012/ol ryo kuwa 03/09/2012 rishyiraho ibigenerwa abanyapolitiki bakuru b’igihugu cyane cyane mu ngingo yaryo ya 22; | Pursuant to the organic law n° 05/2012/ol of 03/09/2012 determining allowances and other fringe benefits for state high political leaders, especially in article 22;
|
Ashingye ku iteka rya perezida n°27/01 ryo kuwa 18/07/2004 rigena amwe mu mateka y‟ abaminisitiri yemezwa atanyuze mu nama y‟abaminisitiri, cyane cyane mu ngingo yaryo ya mbere; asubiye ku iteka rya minisitiri n° 070/11 | Pursuant to the presidential order n° 27/01 of 18/07/2004, determining certain ministerial orders which are adopted without consideration by the cabinet, especially in article one; vu l‟arrêté présidentiel n° 27/01 du 18/07/2004
|
Imaze gusuzuma amasezerano y‟umuryango w‟ibihugu by‟afurika y‟iburasirazuba ku mahoro n‟umutekano, yashyiriweho umukono i dar es salaam, muri tanzania kuwa 15 gashyantare 2013; | After consideration of the east african community protocol on peace and security, signed at dar es salaam, tanzania on 15 february 2013;
|
1º ibikenewe bijyanye n’ibicuruzwa cyangwa ibigemurwa, imirimo cyangwa serivisi zitari iz’impuguke isoko rigamije n’igihe ntarengwa cy’igemura n’irangiza ry’imirimo; | 1º the specific requirements relating to the goods, works or services to be procured and the time limit for delivery and completion;
|
3° kubuza mu buryo ubwo ari bwo bwose guhamagarira rubanda kuyiguramo imigabane cyangwa imigabane nguzanyo yayo. | 3° prohibiting any invitation to the public to subscribe for any shares or debentures of the company.
|
Ingingo ya 50: ababugize | Article 50: members
|
Ingingo ya 8: iteganyamigambi | Article 9: objectives
|
2° umuntu utuye cyangwa ukoresha umutungo mu gihe kigera nibura ku myaka ibiri (2) nkaho ari nyiri uwo mutungo utimukanwa, the building is inhabited or used for other activities; | 2° a person who occupies or deals with an asset for a period of at least two (2) years as if he/she is the owner and as long as the de propriété depuis que l‟immeuble est habité ou utilisé pour d‟autres activités;
|
Ingingo ya 196: kwemeza ibikorwa bihambaye | Article 196: authorizing major transactions
|
Ibigo bigenzurwa byubahiriza ibikubiye muri aya mabwiriza rusange, keretse urwego rw’ubugenzuzi rushizeho amabwiriza agena ibisabwa bikwiranye n’ikigo hashingiwe ku miterere, ingano, imikomerere n’iterambere ry’ibikorwa byacyo. | Regulated institution shall comply with provisions of this regulation, unless the supervisory authority issue by a directive tailored requirement proportionate to the nature, size, complexity and maturity in its business operations. article 24: exigences adaptées
|
Ingingo ya 40: inyandiko ndakuka y’ikosora | Article 40: final rectification note
|
3° ryabuza imikurikiranire nyayo ya banki ukwayo cyangwa ihujwe n’izindi; | 3° hinder effective supervision of the bank on solo or on consolidated basis;
|
Ingingo ya 32: imikoreshereze, imicungire n’imigenzurire by’umutungo wa rwb | Article 32: use, management and audit of the property of rwb
|
Iteka rya minisitiri w’intebe rishobora kugena izindi nzego z’ubuyobozi bwa rp kugira ngo igere ku nshingano zayo. | A prime minister’s order may determine other relevant management organs in order for rp to fulfil its mission.
|
Ingingo ya 5: ubutumire bw’abajyanama mu nama z’inama njyanama y’akarere | Article 5: invitation to the councillors to the district council meetings
|
N° 01/urp&gri/05 ryo ku wa 16/02/2005 | N° 01/urp&gri/05 of 16/02/2005
|
(2/3) by‟abanyamuryango nyakuri. iyo uwo mubare utuzuye, indi nama itumizwa mu minsi cumi n‟itanu (15). icyo gihe, inteko rusange iraterana kandi igafata ibyemezo bifite agaciro uko umubare w‟abahari waba ungana kose. | Rd effective membership. in case the quorum is not attained, a second meeting is convened within fifteen days. on that occasion, the general assembly gathers and takes valuable resolutions irrespective to the number of participants.
|
5° amafaranga y’ubukode bw’ibikoresho cyangwa amazu akodeshwa n’umurenge; | 5° house rent or equipment hire expenditures;
|
1° ibikorwa by'ubuvuzi n’imiti bitangirwa ku ivuriro ry’ibanze cyangwa ku kigo nderabuzima; | 1° drugs and medical services provided at the health post or health center;
|
Umutwe wa sena, mu nama yawo yo ku wa 20 mutarama 2009; | March 2009; the senate, in its session of 20 january 2009;
|
2° hari abantu barenga icumi (10) bafite uruhare mu itangwa ry’iyo nyandiko; the sector level; | 2° more than ten (10) persons are taking part in the issuance of such a fonctions de notaire au niveau de secteur;
|
Ingingo ya 55: imikorere n’imikoranire y’abakozi bunganira ibikorwa | Article 55: organisation and collaboration of the support staff
|
Iyo umwe mu bagize inama y‟ubutegetsi aguze imigabane cyangwa imigabane nguzanyo agomba kwishyura umuntu wayimuhaye hashingiwe ku mafaranga ahwanye n‟agaciro nyakuri k‟iyo migabane n‟imigabane nguzanyo karenga amafaranga yishyuwe na we. | Where a director acquires shares or debentures, the director shall be liable to the person from whom the shares or debentures were acquired for the amount by which the fair value of the shares or debentures exceeds the amount paid by the director.
|
Umutwe wa iv: imiterere n’imikorere bya cma | Chapter iv: organisation and functioning of cma
|
Ingingo ya 6 ibikorwa bigize icyaha cya jenoside yakorewe abatutsi n’ibindi byaha byibasiye inyokomuntu biri mu bubasha bwa komite y’abunzi | Article 6: acts constituting the crime of genocide perpetrated against tutsi and other crimes against humanity within the jurisdiction of mediation committee
|
11° yakoze irindi kosa riremereye ryemejwe n’inama nkuru ya rcs. | 11° he/she commits any other gross misconducts as may be determined by the high council of rcs.
|
(a) inyandiko irambuye igaragaza imitungo n’ubundi buryo bwose bwo kubona ubushobozi; | (a) a detailed statement of assets and any other means of resource mobilization;
|
O gushyiraho amatsinda y’inama y’ubuyobozi ashinzwe gukurikirana inshingano zihariye mu myanya ikomeye y’umurimo w’ubwishingizi bw’indwara; | O establishing the board committees in charge of overseeing specific responsibilities in key areas of the health insurance business ;
|
Iyo habayeho guhindura imigabane biteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, inyandiko isobanura ibyakurikijwe mu mihindurire y’imigabane ishyikirizwa umwanditsi mukuru kugira ngo byandikwe mu minsi itarenze cumi n’ine (14) uhereye igihe iryo hindurwa ryemerejwe. | In case of conversion of shares as provided for in paragraph one of this article, a notice of the terms of the conversion is given to the registrar general for registration within fourteen (14) days of approval of the conversion.
|
11° gushyiraho ingamba zerekeranye no gutunganya no kongerera agaciro umusaruro ukomoka ku mashyamba no gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ryazo; | 11° to set strategies related to processing of and value addition to production from forests and ensure their implementation;
|
Article 70: reporting of accidents and fires article 70: déclaration des accidents et des incendies impanuka yose ibaye mu bucuruzi bwa gazi ishobora gukomeretsa abakozi, kwangiza umutungo, cyangwa gukomeretsa abandi bantu n’inkongi y’umuriro yose gazi ifitemo uruhare mu buryo buziguye cyangwa butaziguye bimenyekanishwa n’uwahawe uruhushya mu nyandiko bikamenyeshwa urwego ngenzuramikorere mu gihe kitarenze amasaha mirongo ine n’umunani (48) uhereye igihe impanuka yabereye. | Any accident involved in lpg business which causes injury to employees, property damage, or injury to other persons and any fire in which lpg is directly or indirectly involved shall be reported by the licensee in writing to the regulatory authority not later than forty-eight (48) hours from the occurrence of the incident.
|
Ingingo ya 154: imigendekere y’amatora | Article 154: conduct of elections
|
3. kongerera abaturage uburyo bwo kugira uruhare mu ishyirwaho za porogaramu na politiki ku rwego rw’igihugu no ku rwego mpuzamahanga; | 3. strengthen communities’ influence and participation in national programming and in national and international policies;
|
Dushingiye ku iteka rya ministiri no 22/01 just ryo ku wa 23 gashyantare 1972 riha ubuzima gatozi umuryango ushingiye ku idini wa « sœurs du bon-pasteur de québec », ufite amategeko shingiro yagiye ahindurwa hakurikijwe amategeko mashya agenderwaho mu rwanda; | Pursuant to the ministerial order no 22/01 just of 23 february 1972 granting the legal personality to the organization “sœurs du bon- pasteur de québec ” whose statutes have regulary been amended in accordance with the new laws in force in rwanda ;
|
Iyo banki ishobora kwerekana iyo sheki mu mpapuro cyangwa ikoresheje ikoranabuhanga. | That bank may present that cheque on papers or in electronic form.
|
(i) iyo umukiriya abyisabiye, iyo raporo igomba gutangwa buri mezi atatu; (ii) iyo umukiriya ahisemo guhabwa raporo nk‘uko bivugwa mu gika (4), inyandiko ngarukagihe imenyesha igomba gutangwa rimwe mu mwaka. | (i) where the client so requests, the report must be made every three months; (ii) where the client elects to receive reports as per paragraph (4) then the periodic statement shall be made once a year.
|
«ingingo ya 233: igihe cy’igifungo usaba gufungurwa by’agateganyo agomba kuba arangije | « article 233: period of imprisonment to be completed before applying for release on parole
|
Abisabwe n'umuvugizi w'umuryango ishuri rikuru ry‟itumanaho ryitwa « fondation margrit fuchs » (escom) mu rwandiko rwakiriwe kuwa 08 kamena 2007; | On request lodged by the legal representative of the association «girimpuhwe iteka» on 19/08/2010;
|
Ingingo ya 437: ihanwa ry‟icyaha cyo gukwirakwiza indwara zanduza amatungo | Article 437: penalty for spreading contagious diseases of domestic animals
|
Ryemerera kwemeza burundu amasezerano yashyiriweho umukono i washingitoni dc muri leta zunze ubumwe za amerika ku wa 11 ukwakira 2013, hagati ya repubulika y’u rwanda n’ikigega mpuzamahanga gitsura amajyambere (ida), yerekeranye n’inguzanyo ingana na miliyoni mirongo itatu na zirindwi n’ibihumbi magana inani z’amadetesi (37.800.000 dts), n’impano ingana na miliyoni mirongo itatu na zirindwi n’ibihumbi magana inani z’amadetesi (37.800.000 dts) agenewe umushinga mpuzabihugu w’urugomero rw’amashanyarazi rwa rusumo | Authorising the ratification of the financing agreement signed in washington dc, united states of america on 11 october 2013, between the republic of rwanda and the international development association (ida), relating to the loan of thirty seven million eight hundred thousand special drawing rights (sdr 37,800,000) and the grant of thirty seven million eight hundred thousand special drawing rights (sdr 37,800,000) for the regional rusumo falls hydroelectric project
|
Urwego rusoresha hamwe n’urwego rw’imitegekere y’igihugu rwegerejwe abaturage bihana amakuru agaragaza imigendekere y’ibikorwa kandi buri rwego rugasobanuza urundi mu gihe ari ngombwa. | The tax administration and the decentralised entity keep each other informed on the progress of the activities and consult each other as the need arises.
|
Hashyizweho umuryango udaharanira inyungu witwa rwandan society of radiologists» (rsr) mu magambo ahinnye constitution of the rwandan society of radiologists (rsr) | We, the undersigned, constitute a non profit- making association called rwandan society of radiologists» (rsr) in abbreviation. it statuts de l’association rwandan society of radiologists (rsr)
|
Ingingo ya 60: ububasha bw ’ik igo bwo kwinjira mu bubiko bw’ibicuruzwa | Article 60: power of the authority to enter a warehouse
|
Buri mutwe w‟inteko ishinga amategeko uterana mu gihembwe kidasanzwe utumijwe na perezida wawo abyumvikanyeho n'abandi bagize biro ya buri mutwe w‟inteko ishinga amategeko cyangwa abisabwe na perezida wa repubulika na we abisabwe na guverinoma, cyangwa bisabwe na kimwe cya kane (1/4) cy‟abagize umutwe w‟inteko ishinga amategeko bireba. | Each chamber of parliament meets in an extraordinary session on invitation by its leader after consultation with the other members of the concerned bureau or at the request of the president of the republic following a proposal by cabinet or at the request of one quarter (1/4) of the members of the chamber of parliament concerned.
|
Mu gusaba guhabwa uruhushya ari umuyobozi nk’ikigo ashyikiriza ibi bikurikira urwego rw’ubugenzuzi: | When applying for license as a corporate administrator, the applicant shall submit the following to the supervisory authority:
|
Amaze kubona iteka rya minisitiri n° 019/17 ryo kuwa 05 ukuboza 2001 rihindura iteka rya minisitiri n°097/05 | Given ministerial order n° 019/17 of 05 december 2001, modifying the ministerial order n° 097/05 of 25
|
1º kugaragaza ibibazo by’imibereho y’urubyiruko n’imiterere yabyo; | 1º to identify social problems faced by the youth and their nature;
|
Ariko kunengwa ntibimukura kuri lisiti y‟abakandida. | However, criticism shall not exclude the candidate from the voting list.
|
Mu rwego rwo kugera ku ntego zayo, sezar igira ububasha bukurikira: | For the purpose of achieving its objectives sezar shall have the following powers:
|
Interuro ya vii: ingingo zinyuranye, iz’inzibacyuho n’izisoza | Title vii: miscellaneous, transitional and final provisions
|
4° uburyo bukoreshwa mu kugenzura, guhagarika cyangwa kurimbura burundu ibinyabuzima by’ibyaduka; | 4° methods used to control, contain or eradicate invasive species;
|
(2) uko banki ihagaze mu byerekeye inyandiko article 12: guidelines for measuring the exposures | (2) positions of the bank in financial article 12 : lignes directrices pour la mesure des engagements
|
Imenyekanisha rikozwe mu magambo rishobora gukorwa n’umuntu ubwe, cyangwa bikorewe kuri terefone cyangwa mu bundi buryo bw’amajwi. iyo amasezerano y’ubwishingizi buciriritse akozwe ku buryo bw’ikoranabuhanga cyangwa iyo incamake y’amasezerano yatanzwe hifashishijwe ikoranabuhanga, ikigo gikora umurimo w’ubwishingizi buciriritse cyangwa umwishingizi utanga serivisi z’ubwishingizi buciriritse bagomba nabo kumenyekanisha amakuru ari mu ncamake y’amasezerano mu rurimi umukiriya yumva. | When a microinsurance contract is concluded by electronic means or the policy summary is provided by electronic means, a dedicacated microinsurer or insurer offering microinsurance products must also make verbal disclosure, in the customer’s home language, of all the information contained in the policy summary. micro-assurance et quels sont leurs droits et obligations contractuels.
|
Konti y‟umurenge ibikuzwaho amafaranga ari uko kuri sheki habonetse imikono y‟abantu babiri (2) mu bateganywa mu gika cya mbere cy‟iyi ngingo. sheki igomba kwishyurwa itegurwa n‟umukozi ushinzwe ibaruramari ku murenge. | Money can only be withdrawn from the sector‟ s account if two (2) signatories provided for in paragraph one of this article have signed on the cheque. the cheque to be cashed shall be prepared by the sector‟s accountant.
|
(y) ibintu cyangwa serivisi harimo ibyatumijwe mu mahanga, byagurishijwe, byashinzwe, byaguranwe cyangwa byashyikirijwe urwego rukoreshwa ku mpamvu zihariye cyangwa byatanzwe na rwo, nyuma y’amasezerano y’ubwishingizi bw’uburyozwe bw’umutungo, iyo ayo masezerano yemejwe cyangwa yatangiwe uburenganzira n’itegeko rigenga isoko ry’imari a period of not less than three years; | (y) goods or services, including imported goods and services, which are sold, assigned, exchanged or otherwise transferred to or by a special purpose vehicle as a consequence of the entering into an asset-backed securitisation transaction where the transaction has been approved under or is authorised by a law regulating capital market in rwanda and the special purpose vehicle is a registered taxpayer in rwanda; persiste pendant une période d’au moins trois ans ;
|
- gukangurira imfubyi za sida ngo zishyire hamwe zirwanye ibibazo bizugarije ; | -create awareness on the dangers of hiv/aids and educate them about issues concerning reproductive health;
|
Ikigo kigomba kureba ko amakuru yose arebana n`iyohererezanya koranabuhanga ry`amafaranga y`umukiriya atabwirwa uwo ariwe wese keretse bitangiwe uburenganzira n`amabwiriza ya banki nkuru y`u rwanda. an institution shall ensure that all information relating to an electronic fund transfer of its customer shall not be disclosed unless permitted by the national bank of rwanda regulations. l'établissement doit veiller à ce que toutes les informations relatives à un transfert électronique de fonds de ses clients ne doivent pas être divulgués, sauf si autorisé par les reglements la banque nationale du rwanda. nta wundi muntu utari umuyobozi cyangwa umukozi washyizweho n`ikigo gifite konti cyangwa umukiriya, ufite uburenganzira bwo kugera ku makuru arebana n`iyohererezanya koranabuhanga ry`amafaranga, ibikorwa cyangwa konti y`umukiriya abinyujije ku cyuma koranabuhanga. no person other than, an officer of or agent appointed by the institution that maintains the account, or the customer, may have access through an electronic terminal to information relating to electronic fund transfer, the affairs or an account of the customer. aucune personne autre que, officier ou agent nommé par l'institution qui tient le compte, ou le client, peut avoir accès par le biais d'un terminal électronique à l'information relative au transfert électronique de fonds, les affaires ou un compte du client. nta cyuma koranabuhanga kigomba kugira ubushobozi bwo gutanga amakuru ayo ariyo yose arebana n`iyohererezanya koranabuhanga ry`amafaranga, ibikorwa cyangwa konti y`umukiriya uretse : no electronic terminal shall be capable of providing any information relating to an electronic fund transfer, the affairs or an account of a customer unless: aucun terminal électronique ne doit être capable de fournir toute information relative à un transfert électronique de fonds, les affaires ou un compte d'un client, sauf si: a) iyohererezanya koranabuhanga ry`amafaranga ryarakozwe n`umuyobozi ubyemerewe cyangwa umukozi washyizweho n`ikigo; cyangwa a) the electronic fund transfer is operated by, an authorized officer of, or agent appointed by, the institution; or a) le transfert électronique de fonds est géré par un agent autorisé de, ou un agent nommé par l'institution, ou b) ubusabe bw`amakuru bwarabanjirijwe n`ukwinjizwa mu cyuma koranabuhanga kw`imibare y`ibanga cyangwa ikarita y`umukiriya idakosheje. b) the request for information is preceded by the entry of the correct customer‟s access code or card. b) la demande d‟information est précédée par l'entrée du code d'accès du client ou de la carte correcte. ikigo ntikizatanga amakuru ayo ariyo yose arebana n` iyohererezanya koranabuhanga ry`amafaranga, ibikorwa cyangwa konti y`umukiriya keretse amakuru atanzwe : an institution shall not provide any information relating to an electronic fund transfer, the affairs or an account of a customer unless the information is provided: une institution ne doit pas fournir toutes les informations relatives à un transfert électronique de fonds, les affaires ou un compte d'un client, sauf si l'information est fournie: a) hashingiwe ku inshingano zigenwa a) pursuant to a legal duty or responsibility; or a) conformément à une obligation légale ou official gazette n°special 30/12/2010 | Rwandaise indigente ou aux groupes vulnérables (ou l’appui aux organisations qui fournissent des services d’aide juridique à la population rwandaise indigente ou aux groupes vulnérables); ou suite à la dissolution du forum d’aide juridique. umunyamuryango wese wifuza gusezera mu ihuriro ry’imiryango itanga ubufasha mu by’amategeko yandikira komite nyobozi, abinyujije ku bunyamabanga, ibaruwa isabira ishyirahamwe ahagarariye gusezera. komite nyobozi ishyikiriza iki cyifuzo inteko rusange ikagisuzuma. any member wishing to resign from the legal aid forum shall do so by sending a letter stating its organisation resignation, to the steering committee via the secretariat. the steering committee will inform the general assembly. tout membre qui désire démissionner du forum d’aide juridique devra le faire en envoyant une lettre précisant la démission de son organisation, adressée au comité de pilotage par l’intermédiaire du secrétariat. le comité de pilotage informera l’assemblée générale. ingingo ya 8 – ihagarikwa cyangwa iyirukanwa ry’abanyamuryango umunyamuryango ashobora guhagarikwa cyangwa kwirukanwa mu ihuriro ry’imiryango itanga ubufasha mu by’amategeko igihe umuryango unaniwe kubahiriza ibisabwa n’amategeko shingiro n’amategeko ngengamikorere y’ihuriro ry’imiryango itanga ubufasha mu by’amategeko; iyo umuryango ukoze ibikorwa binyuranije n’icyerekezo, ubutumbwa, intego n’ibigamijwe n’ihuriro ry’imiryango itanga ubufasha mu by’amategeko. ikibazo gisuzumwa na komite nyobozi. umuryango uhabwa umwanya wo kwisobanura mu nama article 8 – suspension or expulsion of members a member can be suspended or expelled from the legal aid forum if the organisation fails to adhere to the conditions of the statutes or internal regulations of the legal aid forum; if the organisation has acted contrary to the vision, mission, aims and objectives of the legal aid forum. the case will be examined by the steering committee. the organisation will be given a chance to defend itself at a general assembly meeting, following which the suspension or expulsion will require approval of two thirds of members present at the general article 8 – suspension ou exclusion d’un membre un membre peut être suspendu ou exclu du forum d’aide juridique si l’organisation ne respecte pas les conditions des statuts ou des règlements internes du forum d’aide juridique ; si l’organisation a agi contrairement à la vision, à la mission, aux buts et aux objectifs du forum d’aide juridique. le cas sera examiné par le comité de pilotage. l’organisation aura l’occasion de s’expliquer devant l’assemblée générale après quoi la décision de suspension ou d’exclusion exigera l’approbation des deux tiers des official gazette n° 49 of 7/12/2009
|
Uhagarariye umuryango ushingiye ku idini mu buryo bwemewe n‟amategeko agomba kuba: | A legal representative of a religious-based organisation must:
|
Iyo abagiranye kontaro mpuzamahanga bahisemo kwiyambaza ikigo mpuzamahanga cy‟ubukemurampaka cya kigali, bakoresha ingingo ziri ku mugereka wa i w‟aya mabwiriza mu masezerano mpuzamahanga. | In case contracting parties in international contracts accept using kigali international arbitration centre, the model clause in annex i of these instructions shall be included in international contract.
|
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.