kin
stringlengths 5
22.5k
| eng
stringlengths 6
6.85k
|
---|---|
Akiciro ka mbere: gukoresha nabi umutungo wa leta | Sub section one : misuse of public property
|
Burigadiye jenerali steven karyango agizwe visi perezida w'urukiko rwa gisirikare. | Brigadier general steven karyango is appointed the vice-president of the military tribunal.
|
(sé) 5. ndayishimiye moise zapros limited member 1198480023584291 (sé) | 5. rutayomba didier ipromo ltd member 1198380019419003 (sé)
|
Ingingo ya 31: iseswa, iyomeka n‟iyifatanya | Article 31: dissolution, fusion and affiliation
|
1° gutangiza amategeko mashya aberanye na polisi y’u rwanda no gukora ku buryo polisi igendera ku mategeko no ku kubahiriza uburenganzira bwa muntu; | 1° to initiate new legislations relevant to the operation of the rwanda national police, to ensure police compliance with the law and respect of human rights;
|
Ubushinjacyaha bukuru ni urwego rumwe rugizwe: | A disciplinary fault consists of:
|
4° ubwigenge n’ubwisanzure bya buri koperative; | 4° autonomy and independence of each cooperative;
|
2° munsi y’ibiteganyijwe mu gace ka 1° k’iyi ngingo, hari umurongo ugororotse wirabura uva munsi y’itsinda ry’amagambo “repubulika y’u rwanda” kugera munsi y’urukiramende ruvugwa muri ako gace; | 2° below the contents provided for in point 1° of this article, there is a straight dark line from below the words “repubulika y’u rwanda” stretching up to below the rectangle mentioned in that point;
|
Umuyobozi wese ashobora gutakaza uwo mwanya igihe cy’urupfu, cyangwa se yasezeye ku bushake, cyangwa se yasezerewe. gusezererwa kwe bishobora kwemezwa no gutangazwa n’inteko rusange igihe yahamwe na kimwe mu byaha bikurikira: | Any leader can lose his leadership position, either in case of death, either in case of voluntary resignation or expulsion. expulsion can be decided and pronounced by the general assembly in case of being convicted for one of following facts:
|
Ingingo ya 60: ibisabwa aborohereza abandi mu bucuruzi | Article 60: conditions exigées aux courtiers
|
- guteza imbere ubumwe n‟ubwiyunge mu gukangurira abanyarwanda kwirinda guhohotera uburenganzira bwa muntu, guharanira kubana mu mahoro, mu bwumvikane n‟ubworoherane, hagamijwe gukumira no kurandura amakimbirane n‟ingengabitekerezo ya jenoside; | - promoting unity and reconciliation by sensitizing the rwandans against violation if human rights, militating for peaceful neighborhood, mutual understanding and tolerence so as to prevent and eradicate conflicts and genocide ideology;
|
Utanga ukiri muzima ufite ubushake, agaragaza mu nyandiko urugingo, ingirangingo, akaremagingo cyangwa ibikomoka mu mubiri we yemera gutanga nyuma yo gusobanurirwa uburyo bizakorwa, uruhare, inyungu n’ingaruka bishobora guturuka kuri uko gutanga. | An interested living donor specifies in writing the organ, tissue, cell or products of his or her body he or she accepts to donate after being informed on how the procedure will take place, his or her responsibility as well as potential benefits and risks of such donation.
|
(ii) kwishyura abacuruzi n’abatanga serivisi batandukanye; | (ii) payments to various merchants or services providers;
|
6º ikigo gifite ubuzima gatozi : koperative, isosiyete cyangwa ubufatanye nk’uko bisobanurwa mu mategeko y’u rwanda abyerekeye. 2º participant: means any financial institution or legal entity which has been approved by the central bank to participate in the regulatory sandbox; | 1º applicant: means any financial institution or legal entity which has applied for the central bank’s approval to participate in the regulatory sandbox;
|
- bitacyubahiriza ibisabwa nk`uko biteganywa n`amategeko yihariye y`umuryango. muri icyo gihe icyemezo cyo kwakwa ubunyamuryango gifatwa n`inteko rusange ku bwiganze bwa 2/3 by`abaje mu nama ; | - they fail to perform their obligations towards the organisation as prescribed under internal regulations of the organisation. in this case, the decision of cessation of membership shall be taken upon a two-third (2/3) majority vote of members present at the general assembly;
|
Ingingo ya 8 :amazi rusange ya leta | Article 8: public water domain of the state
|
4° hamwe n’uburyo bw’igenzura ndetse n’ubungenzuzi. | 4° internal control system and audit.
|
Ingingo ya 113: kutavogerwa kw’ingoro ya sena | Article 113: inviolability of the building of the senate
|
Ingingo ya 13 y’itegeko n° 34/2010 ryo ku wa 12/11/2010 rishyiraho urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (rcs) rikanagena imitunganyirize n’imikorere “article 11: members of the senior management council and procedures for their appointment | Article 13 of law n° 34/2010 of 12/11/2010 on the establishment, functioning and organization of rwanda correctional service (rcs) is modified and complemented as follows: « article 11: composition du conseil de la haute direction et modalités de leur nomination
|
4. gasigwa innocent id :11 96680053618011 | Foreign assets 511,161,698,587 426,658,076,783
|
(b) ubuyobozi bw’akagari bukurikirana kandi bugatanga raporo ku murenge buri kwezi ku bikorwa bikorerwa mu ngo za ecd zikorerwa mu ngo z’abaturage; | (b) cell authorities monitor and report to the sector on monthly basis on all activities happening in home- based ecd services;
|
3° kubaza igihe cyose inama y’ubutegetsi imiyoborere iboneye kandi inoze chairperson or deputy chairperson of the board of directors and the post of the managing director of any insurer. | 3° constantly held the board of directors accountable for the efficient and ou de vice-président du conseil d’administration et le poste de directeur général de l’assureur.
|
2° kumenyekanisha ikirego n’imyanzuro y’urubanza: 20.000 frw; | 2° notification of a claim and submissions to parties: 20.000 rwf;
|
Ingingo ya 11: kudashyiraho politiki yo kurengera abakozi | Article 11: failure to put in place policy to protect employees
|
8° kugenzura ko ikigo cy’iposita gishinzwe ikwirakwizwa ry’imirimo y’iposita kuri bose gikoresha icyo yagenewe amafaranga cyahawe n’ikigega cy’ikwirakwizwa ry’imirimo y’iposita. | 8° to ensure that the operator in charge of the universal service uses the sums paid by the funds of access to the universal postal service in accordance with their objective.
|
Igihe ishyaka risheshwe, umutungo waryo uhabwa umuryango w‟ubugiraneza w‟ishyaka cyangwa undi muryango ugamije kugirira neza imbaga y‟abaturage wemejwe na kongere y‟igihugu. | Where the party is dissolved, its patrimony shall be transferred to a party‟s charity organization or any charity organization aiming at improving the well-being of the mass of the population, to be approved by the national congress.
|
8º gufasha abanyamwuga w’ubwavoka kugezwaho ubumenyi bw’umwuga w’ubwavoka; | 8º to facilitate those practicing the advocates’ profession access their profession-related training;
|
Rigena ingengo y’imari ya leta y’umwaka wa 2010/2011 | Determining the state finances for the 2010/2011 fiscal year
|
(c) ibibazo byabajijwe mu kizamini; | (c) questions asked during exam;
|
Ingingo ya 7: ibikorwa byo kurinda umutungo wimukanwa cyangwa utimukanwa | Article 7: acts of protecting movable or immovable property
|
3° ububasha butangwa ku mwanya w’umurimo umukozi akoraho, ntibuhabwa umuntu ku giti ke; | 3° powers are delegated to a job position of a public servant, not to an individual;
|
Imishinga y’ishoramari irambye cyangwa abashoramari bato n’abaciriritse cyangwa abashoramari bakizamuka bashobora kwemererwa guterwa inkunga muri gahunda y’ikigega cya seed innovation fund. ikigega gitanga ibikoresho bitandukanye birimo inkunga ishobora kuvunjwamo ibindi bikenewe, amafaranga n’inguzanyo ku bikorwa byujuje ibisabwa bikurikira: | Strategic investment projects or small and medium investors or emerging investors may be eligible to financing under the seed innovation fund. the fund provides a variety of instruments including convertible grants, equity and debt for the following qualifying activities:
|
Amabwiriza rusange agena amakosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi n’uburyo bitangwa. | The regulations determine the administrative faults and sanctions as well as the procedure for their application.
|
2° kwakira mu izina rya fondasiyo inyandiko zose zerekeye fondasiyo; | 2° to receive on behalf of the foundation all the correspondences relating the foundation;
|
4° uhagarariye ikigo nderabuzima mu murenge; | 4° a representative of reserve forces in the district;
|
Ingingo 9: kwegurira ububasha law n75/2013 of 11/9/2013 | Article 9: delegation of powers loi n 75/2013 du 11/09/2013 portant reglementation de l'aviation civile
|
1° ikigega gishyizweho mu buryo bukwiye; | 1° a cis is properly established;
|
Uwitwa nishimwe ruth utuye mu mudugudu wa hanika, akagari ka nyamabuye, umurenge wa gatsata, akarere ka gasabo, umujyi wa kigali yasabye guhindura izina rya ruth mu irangamimerere ye, akarisimbuza irya samwel. | Mr nishimwe ruth domiciled in nyamabuye, gatsata sector, gasabo district, in kigali city, is hereby autothorised to replace the name of nishimwe ruth in his identification with nishimwe samuel.
|
- gusura za diyosezi no guha inama abepisikopi mu gihe bibaye ngombwa; | - making pastoral visits to dioceses and advise bishops when necessary;
|
Iyo impande zombi zitabashije gukemura icyo kibazo mu bwumvikane, umusoreshwa ashobora kujuririra urukiko rubifitiye ububasha. | In case both parties do not reach an amicable agreement, the taxpayer may make an appeal to the competent court.
|
Ingingo ya 7: ivugururwa cyangwa iseswa ry’amasezerano y’igikingi | Article 7: amendment or cancellation of the contract
|
Ikigo gishobora gushyiraho amafaranga y’igihembo cy’abakemurampaka ku mubare uri article 42: decision as to the costs of arbitration | In exceptional circumstances of the case, the centre may fix the fees of the arbitrators at a article 42: décision sur les frais d’arbitrage
|
Ingingo ya 275: kubika igitabo cy’amasosiyete | Article 275: register of companies
|
- gutegura inama za komite nyobozi n‟iz‟ inteko rusange ; | - organise and chair provincial committee meetings;
|
Iteka rya perezida rishyiraho umunyamabanga uhoraho /solicitor general ………………...77 | Presidential order appointing a permanent secretary/solicitor general ……………………77
|
1° ko ntazahemukira repubulika y‟u rwanda ; | 1° to remain loyal to the republic of rwanda;
|
Iyo umwenda ukomoka ku cyaha utishyuwe wose, igihano nsimburagifungo cy‟imirimo ifitiye igihugu akamaro gishobora kugenwa imprisonment to be imposed in case the convict would be unable to comply with the judgment imposed against him/her by the court. | When the debt arising from an offence is not paid in whole, community service as alternative penalty to imprisonment may be l‟emprisonnement de travaux d‟intérêt général pour le cas où le condamné ne serait pas en mesure d‟exécuter les condamnations prononcées contre lui.
|
4° inyandiko igaragaza ko umushinga utabangamiye ibidukikije; 5° ikimenyetso gihamya ko ikiguzi cy‟indishyi ikwiye gihari; 6° isobanurampamvu igaragaza ko ubwo butaka cyangwa aho hantu ariho habereye uwo mushinga; 7° inyandikomvugo igaragaza ko abaturage bireba basobanuriwe iby‟uwo mushinga n‟akamaro ufite. | 4° the document indicating that the project does not degrade the environment; 5° proof confirming the availability of the value of just compensation; 6° the explanatory note to verify that such a land or place suits the project;
|
Ingingo ya 41: inyandiko ndakuka y’ikosora | Article 41: final note for rectification
|
1° iyo ubugenzacyaha cyangwa ubushinjacyaha bumenye ikorwa ry‟icyaha, bubyibwirije cyangwa se buregewe n‟uwakorewe icyaha kiri mu bubasha bwa komite y‟abunzi kivugwa mu ngingo ya 9 y'iri tegeko ngenga, bukora inyandiko mvugo y‟iperereza, bukayishyikiriza komite y‟abunzi y‟akagari k‟aho icyaha cyakorewe cyangwa aho ushinjwa icyaha afatiwe cyangwa aho atuye ; | 1° in case of own initiative or complaint by the victim before the judicial police or the public prosecution for one of the offences referred to in article 9 of this organic law, the organ to which the complaint has been submitted shall record a statement which is transmitted to the mediation committee of the cell where the offence was committed or where the arrest was carried out or where the accused resides;
|
14. komite nyobozi y’akarere; | 8. infrastructure committee;
|
(2) amafaranga y’ingoboka y’ubwiteganyirize bushingiye ku bigenerwa abiteganyirije bizwi abarwa n’umuhanga mu mibare y’ubwiteganyirize ashingiye ku nyandiko ikubiyemo politiki y’igipimo cy’ubwihaze y’ubwiteganyirize bwa pansiyo. (2)the technical reserves of a defined benefit scheme shall be calculated by the actuary in accordance with the funding policy of the pension scheme. (2) les réserves techniques d’un régime à prestations définies sont calculées par l’actuaire conformément à la politique de financement du régime de pension. (3) mu kugena uburyo bunoze bw’igipimo cy’ubwihaze bugomba gukoreshwa, urwego rw’ ubuyobozi n’umuhanga mu mibare y’ubwiteganyirize bita ku umwihariko w’ubwiteganyirize n’uw’umukoresha utangira umukozi imisanzu. (3) in determining the appropriate funding method to be used, the governing body and the actuary shall consider the particularities of the scheme and the sponsoring employer. (3) en déterminant la méthode de financement appropriée à utiliser, l’organe de gouvernance et l’actuaire tiennent compte des particularités du régime et de l’employeur contributeur. (4)mu kugena ibishingirwaho bikorwa mu bushishozi bivugwa mu gika cya mbere (1) cy’iyi ngingo, urwego rw’ ubuyobozi n’umuhanga mu mibare y’ubwiteganyirize bagenzura niba: (4)in determining the prudent assumptions referred to in paragraph (1) of this article, the governing body and actuary shall ensure that: (4)en déterminant les facteurs prudents auxquelles il est fait référence dans l’alinéa (1) de cet article, l’organe de gouvernance et l’actuaire s’assurent que : (a) igipimo gikwiye cyitaweho mu gihe habayeho irengayobora mu gihe cyose bikenewe; (a) an appropriate margin for adverse deviation is taken into account, wherever required; | (3) the investment policy of a pension scheme shall contain an asset allocation strategy determined by an actuary or certified by an investment advisor. (3) la politique d’investissement d’un régime de pension doit contenir une stratégie d’affectation des avoirs déterminée par un actuaire ou certifiée par un conseiller en investissement. (4) iyo rugena politiki y’ishoramari, urwego rw’ ubuyobozi rw’ubwiteganyirize bwa pansiyo rwita kuri ibi bikurikira : (4) when determining an investment policy, the governing body of the pension scheme shall have regard to:
|
Iyo ukorerwaho ubushakashatsi ari umunyantege nke, ukora ubushakashatsi ntashobora kumukoreraho ubushakashatsi atabiherewe uburenganzira n’uwo bashyingiranywe, umubyeyi we, umwishingizi we cyangwa umuhagarariye wemewe n’amategeko, cyangwa urwego rubifitiye ububasha. | When the research participant is a vulnerable person, the researcher cannot conduct research on him or her without prior authorisation from his or her spouse, his or her parent, his or her guardian or legal representative or the relevant authority.
|
7° kuba atarahamwe n’icyaha cya jenoside cyangwa icy’ingengabitekerezo ya jenoside n’ibindi byaha bifitanye isano nayo. | 7° not to have been sentenced for the crime of genocide or genocide ideology and other related offenses .
|
1° amahoro yose yishyuwe; 2° umubare w’amahoro wasonewe; 3° imenyekanisha rya gasutamo rigizwe imfabusa; 4° ibicuruzwa bifatiriwe maze bigashyirwa mu maboko ya leta; 5° ibicuruzwa bivanweho burundu bitegetswe na gasutamo. 6° ibicuruzwa byeguriwe leta; 7° ibicuruzwa byononekaye bitewe n’imiterere yabyo; 8° ibicuruzwa byononekaye kubera inzitizi ntaregwa; 9° umwenda utishyujwe mu gihe cy’imyaka itanu (5) | A customs debt is extinguished upon: 1° payment of the amount of duty; 2° granting exemption of the amount of duty; 3° invalidating a customs declaration; 4° seizure resulting into subsequent confiscation; 5° destruction; 6° abandonment of goods to the treasury; 7° irretrievable loss, as a result of the actual nature of goods; 8° unforeseeable circumstances or force majeure. 9° expiration of five (5) years, from the time the customs debt was established.
|
- kugenzura ubunyamabanga nshingwa bikorwa ari nabwo bushinzwe imicungire ya burimunsi y‟urugaga | - date of signature on the cadastral register
|
Iyo habayeho ikomatanya ry‟amashuri makuru yigenga abiri (2) cyangwa menshi, buri shuri rikuru riraseswa, rigatakaza ubuzimagatozi. ishuri rikuru rikomotse kuri iryo komatanya ni ryo rihabwa ubuzimagatozi kandi rikemererwa gukora hakoreshejwe iteka rya minisitiri ufite amashuri makuru mu nshingano ze. learning shall be established by a law. where two (2) or several public institutions of higher learning are merged, each institution of higher learning shall be dissolved and lose its legal personality. the institution of higher learning resulting from the merging shall be established by a law. | Where two (2) or several private institutions of higher learning are merged, each institution of higher learning shall be dissolved and shall lose its legal personality. the institution of higher learning resulting from the merging shall be granted legal personality and the authorization to operate by an order of the minister in charge of juridique ; chaque nouvelle institution d‟enseignement supérieur est créée par une loi. en cas de fusion de deux (2) ou plusieurs institutions d'enseignement supérieur publiques, chaque institution d‟enseignement supérieur est dissoute et perd sa personnalité juridique. l‟institution d‟enseignement supérieur issue de cette fusion est créée par une loi.
|
Amabwiriza ya minisitiri ufite umutekano mu gihugu mu nshingano ze agena uburyo bw’uburinzi ku banyapolitiki bakuru b’igihugu. | The instructions of the minister in charge of internal security shall regulate security modalities for state high political leaders.
|
Gahunda yo gucunga ingwate igaragaza nibura ibi bikurikira: | The mortgage management plan contains at least the following:
|
Komisiyo ishinzwe abakozi ba leta p.o. box 6913 kigali website:www.psc.gov.rw e-mail: [email protected] | Public service commission p.o. box 6913 kigali website: www.psc.gov.rw e-mail: [email protected] application form
|
(b) umwanzuro w’inama y’ubuyobozi w’inama y’ubutegetsi y’umwishingizi usanzwe wo gutanga serivisi z’ubwishingizi buciriritse ; | (b) board resolution of the existing insurer to offer the micro- insurance products;
|
Ingingo ya 14: iyemeza n’imicungire by’ingengo y’imari ya npo | Article 14: approval and management of the budget of npo
|
Abanyamuryango bawushinze ni abashyize umukono ku mategeko shingiro yashyizeho umuryango. | The founder members are those that have signed the present articles of organisation.
|
Ishyirahamwe esperance ryakira abantu cyangwa amashyirahamwe yitabira ku buryo buziguye cyangwa butaziguye, ku rwego mpuzamahanga cyangwa mu gihugu, ibikorwa byo gufasha impfubyi n‟abandi bana batishoboye n‟urubyiruko mu rwanda. | The esperance foundation is open to physical or moral person acting at national or international level which are interested in and committed directly or indirectly in the activities of caring for and support orphans, other vulnerable children and youths.
|
Iteka rya minisitiri n° 858/08.11 ryo kuwa 20/05/2013 rishyiraho urutonde rw’abahesha b’inkiko b’umwuga bemerewe gukora uwo murimo | Ministerial order n° 858/08.11 of 20/05/2013 publishing a list of professional court bailiffs allowed to exercise the profession
|
Iri ni ishyirahamwe ryigenga. rishobora gukorana n‟undi muryango uwo ariwo wose hakurikijwe amasezerano yumvikanyweho n‟impande zombi. | The association is independent. it can work with any other organisation depending on agreement that could be made between them.
|
6° ikosa ryo mu rwego rw’akazi rikozwe n’umukozi wa leta ufite abakozi ayobora. | 6° the fault has been committed by a public servant in charge of other public servants.
|
Bitabangamiye ibiteganywa n‟igitabo cy‟amategeko ahana, buri wese mu bagize inama y‟ubutegetsi y‟isosiyete: | Notwithstanding the provisions of the penal code, any director of a company who :
|
N’abanyamigabane basanzweho ishobora guhabwa undi muntu wese mu gihe cy’amezi atatu (3) nyuma y’uko ihawe abanyamigabane basanzweho ku giciro kimwe n’ikijyanye no kubahiriza uburenganzira bwo kugura imigabane mbere y’abandi. | Rights may be issued to any person for a period of three (3) months after having been offered to existing shareholders under this article, at the same price as the price set for the exercise of pre- emption rights.
|
Gusaba guhanagurwaho ubusembwa bisabwa guverineri w’urwego rw’ubugenzuzi mu nyandiko. | Application for rehabilitation is addressed to the governor of the supervisory authority in writing.
|
Umutwe wa iii. itora ku rwego rw’akarere n’urw’umujyi wa kigali | N° province and the city of kigali district 1
|
Hec ishobora kugira amashami ahandi hose mu gihugu bibaye ngombwa kugira ngo igere ku nshingano zayo, byemejwe n’iteka rya minisitiri w’intebe. | Hec may have branches elsewhere in the country if deemed necessary in order to fulfil its mission, upon approval by a prime minister’s order.
|
Ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’imbonezamubano, iz’ubucuruzi, iz’umurimo n’iz’ubutegetsi | Relating to the civil, commercial, labour and administrative procedure
|
(c) n’abayobozi bakuru b’ikazino n’ibigo bikoresha tombora zo mu rwego rw’igihugu. | (c) senior managers of a casino or national lotteries gaming halls.
|
Minisiteri ishobora kwanga kwandika urwego ruhagararira abakozi cyangwa uruhagararira abakoresha kubera impamvu zikurikira: | The ministry may refuse to register an organisation of employees or employers due to the following reasons:
|
Mu byo amasezerano avugwa mu ngingo ya 10 y‟iri tegeko agomba guteganya mu buryo bwumvikana harimo: | Among the contents that should be clearly indicated in the contract mentioned in article 10 of this law are:
|
Umukozi ushinzwe iyubahiriza agomba guha amakuru inama y'ubutegetsi kuri ibi bikurikira: | The compliance officer shall report to the board on the following:
|
Ishingiye ku itegeko ngenga n° 08/2005 ryo kuwa 14/07/2005 rigena imikoreshereze n‟imicungire y‟ubutaka mu rwanda; | Pursuant to organic law n° 08/2005 of 14/07/2005 determining the use and management of land in rwanda;
|
Mu masaha mirongo ine n’umunani (48) nyuma y’igihe kivugwa mu gika cya 2 cy’iyi ngingo, perezida w’urukiko cyangwa uwo yabihereye ububasha, ashingiye ku nyandiko yashyikirijwe, afata icyemezo gisobanuye impamvu gishingiyeho. | Within forty-eight (48) hours after the period mentioned in paragraph 2 of this article, the president of the court or his/her delegate, making a reference to the submitted letter, takes a decision and specifies the grounds for his decision.
|
6º andi makuru arebana n’ubwo butaka. | 6º further information on the land.
|
Ingingo ya 139: kudategekwa kugura imigabane bitewe n’uko amategeko-shingiro ahinduwe | Article 139: no obligation to acquire shares by alteration of a company’s constitution
|
Iyo ibikorwa bivugwa mu gika cya mbere cy‟iyi ngingo bikozwe mu rwego rw‟ishyirahamwe ry‟abagizi ba nabi babigize umwuga w‟ibanze cyangwa w‟ingoboka, kabone n‟iyo uwabikoze atari mu buyobozi bwaryo, igihano kiba igifungo kuva ku myaka irindwi (7) kugeza ku myaka icumi (10) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva kuri miliyoni icumi (10.000.000) kugeza kuri miliyoni makumyabiri (20.000.000). | If the acts provided under paragraph one of this article are committed within the framework of a criminal organization whose members are engaged as their principal or subsidiary occupation even if the offender is not among the leaders of such an organization, the penalty shall be a term of imprisonment of seven (7) years to ten (10) years and a fine of ten million (10,000,000) to twenty million (20,000,000) rwandan francs.
|
6° inararibonye mu bijyanye n‟ibidukikije; | 6° one expert in environment matters;
|
Komite nkuru y’ubuyobozi ya abi ifite inshingano yo kugira inama urwego nshingwabikorwa mu byerekeye – | The senior management committee of abi is responsible for advising the executive organ with regard to –
|
1° amashuri yubatswe na leta ku butaka bwahawe umuntu ku giti cye cyangwa umuryango runaka ku buryo bwemewe n‟amategeko; | 1° schools built by the government on a plot legally granted to an individual or a legal entity;
|
Ingingo ya 52: ibihano by’ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi bijyanye n’amakosa yakozwe urwego ngenzuramikorere rushobora gufatira ikigo cy‟ubucuruzi kitubahirije ibiteganywa n‟iri tegeko ibihano by‟ihazabu yo mu rwego rw‟ubutegetsi iri hagati ya gatanu ku ijana (5%) n‟icumi ku ijana (10%) y‟amafaranga icyo kigo cyacuruje mu gihe cy‟umwaka of a violation of provisions of this law regarding consumer protection may institute an action in a court of law. | The regulatory body may impose against an enterprise that violates the provisions of this law an administrative fine of five per cent (5%) to ten percent (10%) of the enterprise‟s annual turnover of the preceding fiscal year in which the violation has occurred. suite d'une violation des dispositions de la présente loi sur la protection des consommateurs peut saisir une juridiction compétente.
|
Ingingo ya 36: ikiruhuko article 22: daily work | Article 36: request for leave article 22: le travail quotidien
|
Twebwe, abanyeshuri barokotse jenoside yakorewe abatutsi yakozwe mu rwanda mu 1994,biga muri za kaminuza, amashuri makuru ndetse n‟ayisumbuye kandi basinye aya mategeko ; | We, students, survivors of the genocide against tutsi committed in rwanda in 1994, and signers of the presents statuts;
|
Gashyantare 2016; | February 2016;
|
- gushyigikira no guteza imbere ibikorwa byo kurwanya ubukene, ubujiji, n‟indwara, abantu bose bahabwa amahirwe angana mu kugira ubuzima bwiza ku buryo bwuzuye kandi burambye. | - promote, encourage and support the initiatives geared to fight against poverty, ignorance, and diseases in a manner that facilitates people‟s well being with equity and on sustainable basis.
|
Hatabangamiwe ibiteganywa mu gika cya nyuma cy’ingingo ya 2 y’iri tegeko ngenga, leta ishobora gushyiraho sosiyeti y’ubucuruzi igengwa n’itegeko article 26: salaries and other fringe benefits for staff of a commercial public institution | Without prejudice to provisions of the last paragraph of article 2 of this organic law, the government article 26: salaires et autres avantages accordés au personnel d’un établissement public à caractère commercial
|
Ubusabe bw’ubwasisi buherekezwa n’inyandiko igaragaza serivisi zizatangwa, igihe zizamara n’abagenzi bireba. | The application for promotion is accompanied by a document specifying the services to be offered, the duration of services and the targeted passengers.
|
Umutwe wa iii: uburyo bw‟iyemezwa ry‟igishushanyo rusange cy‟imitunganyirize y‟ahantu | Chapter iii: operationalization of fintech regulatory sandbox
|
Ingingo ya 107: ibisabwa kugira ngo umukandida wigenga ajye mu mutwe w’abadepite | Article 107: requirements for an independent candidate to be a member of the chamber of deputies
|
Ingingo ya 126: gukurikirana abafatanyije icyaha cyangwa ibyitso | Article 126: prosecution of co-offenders or accomplices
|
Umutwe wa ii: ibisabwa mu kongera no kwegukana imigabane mu kigo cy’ubwishingizi cyangwa icy’ubwishingizi bw’abishingizi | Chapter ii: requirements for increase and acquisition of shares in an insurer or reinsurer
|
Umutwe wa v: abagenzuzi b’imari | Chapter v: auditors
|
Ingingo ya 16: kwinjira ahantu ntavogerwa cyangwa kuhinjiza ikintu kibujijwe | Article 6: permission for entering a prohibited place or leave a required place
|
2. iyo ari umwofisiye muto agomba kuba amaze nibura imyaka itatu (3) ku ipeti, yaba umwofisiye wisumbuye akaba agomba kuba amaze nibura imyaka provisional suspension. | 2. in the case of a junior officer, he/she must have held the current rank for at least three (3) years, in the case of senior officers, he/she must have held mesure de suspension provisoire
|
Ingingo ya 7: umutungo ugize amasezerano y’ikodeshagurisha | Article 7: asset under finance lease agreement
|
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.