kin
stringlengths
5
22.5k
eng
stringlengths
6
6.85k
1° kuba cyariyandikishije hakurikijwe itegeko rigenga ubwizerane;
1° be registered according to the law governing trusts;
7 º umwarimu uturuka muri buri koleji cyangwa ishami ku ishuri rikuru ridafite koleji, utorwa na bagenzi be;
7° a lecturer, elected by his or her peers from a college or from a faculty of an institution of higher learning with no affiliated college; section 5: sénat académique
2° afasha umugore kubyara akoresheje ubuhanga n’ubumenyi yubahiriza umuco, imyemerere, indangagaciro n’imigenzo ye; 3° yita ku bagore bakimara kubyara, ku mpinja zabo na nyuma yo kubyara;
2° assist women in child birth while remaining respectful of their culture, beliefs, values and customs;
Umuryango ugizwe n’abanyamuryango shingiro bashyize umukono kuri aya mategeko shingiro n’abandi bose bazakora amasezerano mu muryango wa “les auxiliatrices des ames du purgatoire”, baba mu ifasi ya repubulika y’u rwanda.
The organization shall be composed of effective members signatories of the present articles of association and other persons who will adhere, by religious vow, to the organization “les auxiliatrices des ames du purgatoire”, living on the territory of the republic of rwanda.
Ikigega cy’ishoramari mu mutungo utimukanwa na sosiyete icunga ishoramari mu mutungo utimukanwa bigomba kwirinda gukabya mu gutanga amakuru aya n’aya haba mu magambo cyangwa mu nyandiko arebana no kuba byujuje ibisabwa, arebana n’ubushobozi bwabyo bwo gutanga serivisi zo gucunga ishoramari cyangwa se arebana n’ibikorwa byagezeho.
Real estate investment trust or asset real estate investment management company shall not make any exaggerated statement, whether oral or written, either about their qualifications or capability to render investment management services or their achievements.
Ingingo ya 17: inteko rusange idasanzwe iterana buri gihe bibaye ngombwa. ihamagazwa kandi ikayoborwa mu buryo bumwe nk‟ubw‟inteko rusange isanzwe. impaka zigibwa gusa ku kibazo cyateganyijwe mu butumire.
Article 17: the extraordinary general assembly is convened as often as it deems necessary. the modalities in which it is convened and chaired are the same as for the ordinary one. debates shall deal only with the matter on the agenda.
Ashingiye ku itegeko n° 17/99 ryo ku wa 16/08/1999 ryerekeye abinjira n‟abasohoka, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 5;
Pursuant to law n o 17/99 of 16/08/1999 on immigration and migration, especially in article 5;
Iyo ariko nyiri ugukora icyaha yagikoze ari ku mirimo imuhesha umwihariko, agakurikiranwa atakiyiriho, atakaza kugira umwihariko.
However, if a person who no longer holds an office to which the privilege is attached is prosecuted for an offence committed while holding an office to which the privilege is attached, he/she shall lose the privilege of jurisdiction.
Urwego rw’ubugenzuzi rushobora kwambura ikigo cy’imari iciriritse cyakira amafaranga abitswa uruhushya rwo gukora cyahawe kubera imwe mu mpamvu zikurikira:
The supervisory authority may revoke a license granted to a deposit-taking microfinance institution for one of the following reasons:
Ku birebana n’uburinzi bw’abanyapolitiki bavugwa mu ngingo ya 7, 8, n’iya 9 bagenerwa nibura umupolisi umwe bagendana, leta isanze ari ngombwa cyangwa nyirubwite abyifuje.
Regarding security for political appointees referred to in articles 7, 8 and 9, the state shall provide, where need be or where the person concerned so wishes, at least one policeman to accompany them in their travels.
Iteka rya minisitiri n° 20/28 ryo kuwa 18/04/2012 rigena imiterere y’ikarita n’iy’irage by’uwemeye gutanga umubiri we
Ministerial order n° 20/28 of 18/04/2012 determining the donation card and the will form for the person donating his/her body
Umusoreshwa cyangwa ubuyobozi bw’imisoro bakoresha ibikorwa
The taxpayer or the tax administration using comparable transactions must
(c) amafaranga yose akoreshejwe n’ikigo cy’imari iciriritse cyakira amafaranga abitswa agomba kujyana n’umurongo w’ingengo y’imari y’umwaka yemejwe n’urwego rubifitiye ububasha;
(c) any expenditure incurred by the deposit-taking microfinance institution shall be in line with the annual budget which was approved by the competent authority;
Iteka rya perezida ryemeza burundu amasezerano y’impano nº tf 95444 yashyiriweho umukono i kigali mu rwanda ku wa 08 gashyantare 2010 hagati ya repubulika y’u rwanda na banki mpuzamahanga y’iterambere (ibrd/bird) n’ikigega mpuzamahanga gitsura amajyambere (ida) ihagarariye ikigega kigamije gukwirakwiza ingufu z’amashanyarazi zivugururwa muri afurika (afreatf), yerekeranye n’impano ingana na miliyoni eshatu n’ibihumbi magana inani z’amadolari y’abanyamerika (3.800.000 usd) agenewe umushinga ugamije iterambere ry’ingufu ku buryo burambye...............................................22
Presidential order ratifying the grant agreement nº tf 95444 signed in kigali, rwanda, on 08 february 2010, between the republic of rwanda and the international bank for reconstruction and development (ibrd) and the international development association (ida) acting as an administrator of the africa renewable energy access trust fund (afreatf), relating to the grant of three million eight hundred thousand american dollars (usd 3,800,000) for the sustainable energy development project ………………………...22
Icyiciro cya 6 : ruje y’ingurube ingingo ya 59 : ingurube yanduye ruje
Section 6 : swine erysipelas in pigs article 59 : a pig infected with swine erysipelas section 5 : péripneumonie contagieuse des bovidés
Umuryango « congrégation des pères rogationnistes du coeur de jésus au rwanda » ufite intego zikurikira :
The mission of the organization « congrégation des pères rogationnistes du coeur de jésus au rwanda » is:
Usibye abagize inama y’ubuyobozi bigisha muri ilpd, abandi ntibemerewe gukora umurimo ugenerwa igihembo muri ilpd.
Apart from members of the board of directors who are part of teaching staff of ilpd, other members shall not be allowed to perform any remunerated activity within ilpd.
Iyo igeragezwa rigaragaje ko umukozi adashoboye akazi, hashingiwe ku isuzumabushobozi ryanditse kandi ryamenyeshejwe umukozi, umukoresha asesa amasezerano y’umurimo nta nteguza. iseswa ryayo ntirituma hatangwa imperekeza usibye gusa umushahara umukozi yakoreye.
If the probation period proves that an employee is not competent based on written performance evaluation and notified to the employee, the employer terminates the employment contract without notice. apart from the salary for which the employee has worked for, such termination does not entail the payment of terminal benefits.
N° 048/01 ryo ku wa 09/04/2019
N° 004/2016 of 08/01/2016
Ingingo ya 4: urwego rureberera onatracom n’icyiciro irimo
Article 4: supervising authority of onatracom and its category
4° uburyo abatanga serivisi bashyirwaho n’uburyo bakurwaho;
4° modalities for appointment and revocation of service providers;
2° iyo akora ibikorwa by’ubucuruzi cyangwa atanga inyandiko mu izina ry’isosiyete y’ubucuruzi.
2° when entering into any transaction or issuing any document on behalf of the company.
B. kwishyura inyungu 15.522.421.905
B. interest payment 15,522,421,905
Bwana ndimubandi eddy jean baptiste yemerewe guhindura amazina ye ya ndimubandi eddy jean baptiste agasimbuzwa aya gasana eddy jean baptiste mu gitabo cy’irangamimerere mu gihe cy’amezi atatu (3) uhereye ku munsi iri teka ritangarijweho mu igazeti ya repubulika y’u rwanda.
Mr ndimubandi eddy jean baptiste is hereby authorized to change the names ndimubandi eddy jean baptiste to become gasana eddy jean baptiste in the civil registry containing his birth certificate withim tree months(3) commencing from the date of publication of this order in the official gazette of republic of rwanda.
Urega agomba kugaragaza mu mwanzuro we inyungu zihariye cyangwa inyungu rusange zemewe aharanira n’aho impaka zishingiye. agomba gushyira ku mugereka w’ikirego cye kopi y’itegeko ririmo ingingo anenga cyangwa ikimenyetso kigaragaza ko umuco anenga ubaho iyo ikiregerwa ari umuco gakondo utanditse.
The applicant must demonstrate in his/her submissions a private or public legitimate interest pursued, the subject of the dispute. he/she must annex to the submission, the copy of the law or the signs and symbols of challenged custom.
Iteka rya minisitiri w‟intebe rishobora kugena izindi nzego za ngombwa kugira ngo rppa ishobore kurangiza neza inshingano zayo.
A prime minister‟s order may determine other relevant organs in order for rppa to fulfill its mission.
Mu byo amasezerano yerekeye gahunda y’ibikorwa agomba guteganya mu buryo bwumvikana harimo: inshingano z’inama y’ubuyobozi n’iz’ubuyobozi ndetse n’inshingano z’inzego zose z’ingenzi za rema; ibigomba kugerwaho na rema. aho umutungo wa rema uva, imikorere yayo n’uburyo buhoraho bwo kubigenzura.
Among the contents of the contract mentioned in article 4 of this law that should be provided in a clear way are: the responsibilities of the board of directors, of the administration and of all the departments of rwasco; expected results of rwasco; the source of the property of rwasco, its functioning and the permanent evaluation procedures
9.4.2. iyubahirizwa rya politiki, ibikurikizwa, ibyemezo, imirongo ngenderwaho, amabwiriza n’amategeko: amabanki yose agomba kubahiriza amategeko n’amabwiriza bikurikizwa, imirongo ngenderwaho, ibisabwa mu gukora raporo na politiki y’imbere n’ibikurikizwa mu ikorwa ry’imirimo. aho igenzura rigera hagomba kubamo kureba ko banki yubahiriza:
9.4.2. compliance with policies, procedures, rules, guidelines, directives, laws and regulations: all banks shall ensure strict compliance with all applicable laws and regulations, guidelines directives, reporting requirements and internal policies and operating procedures. the audit scope shall cover the bank’s compliance with:
Inama y‟ubuyobozi itorerwa manda y‟imyaka itanu ishobora kongerwa.
The board of directors term of office shall be a ten-year term of office renewable.
Inzego z’ubuyobozi za rcs ni izi zikurikira:
The management organs of the rcs are the following:
Iyo ukurikiranyweho icyaha ari umwana, agomba byanze bikunze kuba ari kumwe n’umwunganira. ukurikiranyweho icyaha ashyikirizwa umucamanza mu gihe kitarenze iminsi itanu (5) kuva igihe urwandiko rumufunga by’agateganyo rwatangiweho.
If the suspect is a minor, he/she must necessarily be accompanied by a legal counsel. the suspect shall be brought before the judge within five (5) days of the issue of the provisional detention warrant.
(1) inama njyanama y’akarere cyangwa iy’ umujyi wa kigali bireba ntishobora kuvaniraho usora umusoro ku mutungo utimukanwa uretse mu bihe bikurikira: article 25: deferral of tax payment on immovable property
(1) the concerned district council or council of the city of kigali can only waive the due immovable property tax in the following cases: article 25: report du paiement de l’impôt sur le bien immobilier
Ingingo ya 30: biro y’inama njyanama y’umurenge
Article 30: sector council bureau
Nyemezabuguzi y’ikoranabuhanga ku bantu banditse ku musoro ku nyongeragaciro;
Utilities regulatory authority;
Icyicaro cy‟umuryango kiri mu karere ka huye, intara y‟amajyepfo. gishobora kwimurirwa mu kandi karere ka repubulika y‟u rwanda byemejwe n‟inteko rusange.
The head office of the association is established in huye district, southern province. it can be transferred to any other district within rwanda by the decision of the general assembly.
Ingingo ya 422: gukomeza gukoresha inyubako irinzwe yafunzwe
Article 422: persistent use of a closed classified building
Ingingo ya 44: kubangamira imikoreshereze y‟indege
Article 44: interference with the use of an aircraft
16°ibikoresho by'ikoranabuhanga, itumanaho n'ikwirakwizwa ry'amakuru bigaragara ku mugereka w'iri tegeko bisonewe umusoro ku nyongeragaciro.
16° equipments of information, communication and technology as they appear on annex to this law are exempted from the value added tax.
2° wemeye, ukoze ku buryo izina rye rigaragara mu nyandiko ihamagarira rubanda kugura imigabane mu isosiyete nk‟umwe mu bagize inama y‟ubutegetsi cyangwa nk‟uwemeye kuzaba we byaba ako kanya cyangwa se nyuma y‟igihe runaka bumvikanyeho; where the registrar general considers that a notice should be revoked or that the terms of the notice should be varied, he or she shall :
2° authorises or causes himself or herself to be named and is named in a prospectus as a director or as having agreed to become a director either immediately or after an interval of time;
Ingingo ya 39: uko ihuzabwishyu rikorwa
Article 39: operational framework for procurement profession
(8) guteza imbere ubuhinzi bwa kijyambere.
(8) to improve modern system of agriculture.
Inyandiko zose zitanzwe n’ababuranyi cyangwa zanditswe n’umwanditsi w’urukiko cyangwa abacamanza zihita zihabwa inomero kandi zigashyirwaho umukono uhinnye n’umwanditsi w’urukiko.
All documents submitted by the parties or prepared by the court registrar or the judges, shall be immediately numbered and signed by the court registrar.
6° gushyiraho komisiyo za jadf hashingiwe ku bikorwa runaka;
6° to set up jadf thematic commissions;
Umuryango ukorera imirimo yawo mu turere twa karongi na rutsiro, ho mu ntara y‟iburengerazuba. ariko ushobora kuyikorera n‟ahandi hose mu rwanda biramutse byemejwe n‟inteko rusange. igihe uzamara ntikigenwe.
The association operates in karongi and rutsiro districts. it can extend its activities in any locality of the territory of rwanda when decided by the general assembly. the association is created for an unlimited duration. ingingo ya 4:
Biro politiki ya psp igena uruhare rujanishije rw’ingengo y’imari rugenewe isanduku mu rwego rw’igihugu, urugenewe inzego zo mu ntara n’umujyi wa kigali, iz’uturere n’iz’umurenge.
The psp’s political bureau determines the percentage of the budget to be allocated to the national treasury of the psp, to provincial and city of kigali organs.
Ibyo umuyobozi n’abakozi ba rarda bagenerwa biteganywa n’amategeko agenga ibyo abakozi b’ ibigo bya leta bagenerwa.
The benefits of the director and personnel of rwasco shall be determined in accordance with the legal provisions governing personnel of public institutions.
Inyandikomvugo y’inama y’inama y’ubuyobozi ya rfa ishyirwaho umukono na perezida n’umwanditsi wayo, ikemezwa mu nama ikurikira. kopi y’inyandikomvugo yohererezwa urwego rureberera rfa mu gihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) y’akazi guhera ku munsi yemerejweho.
Minutes of the meeting of the board of directors of rfa are signed by the chairperson and its rapporteur and approved during the next meeting. a copy of minutes of the meeting is sent to the supervising authority of rfa within fifteen (15) working days from the day of its approval.
10° ibikoresho bitanga ingufu:
10° energy supplies:
Ayo masezerano amara igihe gihwanye na manda y’abagize urwego rufata ibyemezo rwa chu.
Such a contract shall be valid for a period equal to the term of office of members of the decision making organ of chu.
Inyandiko zijyanye n’igihe cy’umusoro zigomba kuba zateguwe mbere y’itariki ntarengwa y’imenyekanisha ry’umusoro ku musaruro.
Documentation for a relevant tax period must be in place before the deadline of income tax declaration.
J. uburinganire, iterambere ry’abanyarwandakazi n’urubyiruko;
J. gender and emancipation of women and the youth;
Ingingo ya 85: ububasha mu birego byihutirwa perezida w’urukiko rwisumbuye, visi- perezida cyangwa umucamanza wo mu rugereko ruburanisha imanza z’ubutegetsi wabiherewe ububasha aburanisha ibirego byihutirwa biri mu bubasha bw’inkiko zisumbuye byerekeye izo manza. c. ingingo zihuriweho n’inkiko z i s u m b u y e ingingo ya 86: koherereza urubanza urukiko rubifitiye ububasha urukiko rwisumbuye ruregewe urubanza ruri mu bubasha bw’urukiko rw’ibanze, rurwohereza mu rukiko rw’ibanze rubifitiye ububasha.
Article 85: jurisdiction in urgent claims presidents of intermediate courts, vice presidents or authorised judges in the administrative chamber shall hear urgent claims in the jurisdiction of the intermediate courts in relation to such claims.
Iyo bisabwe nibura n’abadepite batatu (3), itora risubirwamo.
Upon request by at least three (3) deputies, the voting is repeated.
2° imirimo yo gukamura ibishanga, gutema ibiti no gukoresha ifumbire n‟imiti mvaruganda;
2° works carried out in the drainage of marshlands, cutting down of trees, utilising fertilisers and pesticides ;
Itegeko rishyiraho sitati rusange igenga abakozi ba leta…………………………………...21
Law establishing the general statutes for public service……………………………………..21
8 º gutegura icyegeranyo cyerekeye ibijyana n‟umwenda wa leta n‟amafaranga ateganywa kwishyurwa ku mwenda n‟azinjira avuye mu nguzanyo mu rwego rwo gutegura ingengo y‟imari y‟umwaka;
8 º to prepare forecasts on public debt service disbursements and revenues from loan as part of the annual budget preparation;
(1) utanga serivisi zo kwishyurana w’uwishyura agomba kugenzura ko itariki ishingirwaho yo gukura amafaranga kuri konti y’uwishyura ikoreshwa mu kwishyurana ari imwe cyangwa iri nyuma y’igihe nyacyo amafaranga yakuwe kuri konti yo kwishyuriraho.
(1) the payer’s payment services provider ensures that the debit value date for the payer's payment account in connection with the execution of a payment transaction is the same as or later than the point in time at which the amount of the payment transaction is debited from that payment account.
Abagize komite nyobozi batorwa n‟inteko rusange mu banyamuryango nyakuri. manda yabo ni imyaka itanu ishobora
The members of the board of directors are elected among effective members of the association for a mandate of 5 years renewable.
Bikorewe i kigali, kuwa 18/07/2014
Done at kigali, on 18/07/2014
Banki nkuru ikoresheje uburyo bw‟amabwiriza, ishobora guha ibigo by‟imari iciriritse amategeko y‟imiyoborere myiza.
The central bank shall determine, by regulation, the norms of good governance that must be observed by micro finance institutions.
Ingingo ya 85: inshingano z’inama ishinzwe iby’izungura
Article 85: responsibilities of the succession council
Iyo sheki yanzwe, amafaranga y’indishyi agengwa n’amategeko y’igihugu cy’aho amasezerano agomba gushyirirwa mu bikorwa.
If a cheque is dishonoured, the amount for damages is governed by the legislation of the country where the contract is to be performed.
- - impamyabumenyi y‟icyiciro cya kabiri mu micungire y‟ubucuruzi mu bijyanye n‟iyamamaza; - - impamyabumenyi y‟icyiciro cya kabiri mu micungire y‟ubucuruzi mubijyanye n‟itangwa ry‟amasoko;
- - bachelor of business administration with honours in marketing; - - - bachelor of business administration with honours in procurement;
Ibindi bijyanye n’imiterere n’imikorere by’inzego bidateganyijwe n’iri teka biteganywa n’amategeko ngengamikorere ya ur.
Details on the composition and conduct of the sessions are determined by the internalregulation of wscr.
3º bashyizeho, bashyirishijeho cyangwa bafashije gushyiraho cyangwa gushyirishaho inzitiro cyangwa inkomyi zindi zose, bagendereye gutambamira ubugobotsi bw’abashinzwe umutekano cyangwa kubuza abaturage gutambuka;
3° put up, cause or help to put up barricades, retreats or any other obstacles with intent to hinder or stop intervention of security forces or to hinder movement of citizens;
P2: uru ruhushya ruhabwa umunyeshuri wiga mu kigo cy‟amashuri makuru kizwi cyangwa uje gukora mu rwanda mu gihe cy‟ibiruhuko cyangwa umunyeshuri ukirangiza kwiga. uru ruhushya rumara igihe kitarenga umwaka.
P2: this permit shall be issued to a student of a recognized institution of higher learning working during his/her holidays or a student who has just completed studying. this permit shall have validity of up to one year.
Umutwe wa ii: ubunyamuryango
Article 2: headquarter
Bigaragazwa n‟amategeko abigenga;
Accordance with applicable laws;
Intwaro zose zifashwe zitunzwe mu buryo butemewe n‟amategeko zigomba kubarurwa, zigashyirwaho ibimenyetso kandi zikandikwa ahabugenewe mbere yo gutwikwa cyangwa gusenywa mu buryo ubwo ari bwo bwose.
All impounded illegally possessed arms shall be subject to inventory, be marked and recorded in a register kept for that purpose before any destruction takes place.
4.3.1.4 isuzuma ry’ibyateza ingorane ku gipimo cy’inyungu
4.3.1.4 evaluation of the interest rate risk
(1) komite ifite inshingano zikurikira: article 3: composition of the committee
(1) the committee has the following article 3 : composition du comité
5° ku yindi mpamvu yose yasanga ari ngombwa.
5° any other relevant consideration.
Bibonywe kugira ngo bishyirwe ku mugereka w’iteka rya minisitiri w’intebe nº 108/03 ryo kuwa 28/09/2011 rishyiraho imbonerahamwe n’incamake y’imyanya y’imirimo by’ikigo gishinzwe ubuzima mu rwanda (rbc)
Seen to be annexed to the prime minister’s order nº 108/03 of 28/09/2011 determining the organizational structure and summary of job positions of rwanda biomedical center (rbc)
Inyandikompamo y‟igoboka igomba gushingira ku byavuzwe n‟uwagobotse cyangwa intumwa ye, atangaza ko afite ubushake bwo kwishyura inyandiko ntegekabwishyu agobotse n‟izina ry‟uwo yagobokeye. the bearer and to all parties to the bill of exchange subsequent to the party for whose honour he/she has accepted.
The notarial act of honour must be founded on a declaration made by the acceptor for honour, or his/her agent in that behalf, stating his / her intention to pay the bill of exchange for honour, and for whose honour he/she pays. porteur et toutes autres parties postérieures à l‟accepteur de la lettre de change.
13° gutanga isoko rya leta nta masezerano cyangwa kudakora amasezerano y’isoko y’inyongera mu gihe habaye impinduka ku masezerano y’isoko y’ibanze;
13° to award a tender without a procurement contract or fail to make a procurement contract for additional works when there is a change on the initial procurement contract;
Ibyakozwe mbere y’uko iri tegeko ritangazwa mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda bishingiye ku itegeko ngenga n° 08/2005 ryo kuwa 14/07/2005 rigena imikoreshereze n’imicungire y’ubutaka mu rwanda bigumana agaciro kabyo.
All acts concluded before the publication of this law in the official gazette of the republic of rwanda on basis of organic law n o 08/2005 of 15/07/2005 determining the use and management of land in rwanda shall remain valid.
Ingingo ya 98: ikosa ry’imyitwarire article 87: composition of the salary
Article 77: nature of remuneration article 78: period for the wage
Iteka rya perezida n°98/01 ryo kuwa 26/11/2012 rishyiraho umuyobozi wungirije w’ishuri rikuru nderabarezi rya kigali
Presidential order n°98/01 of 26/11/2012 appointing a vice rector of kigali institute of education
2° gushyiraho politiki n’imikorere bifasha kugendera ku mabwiriza amusaba gukoresha ubushishozi ku byerekeye umukiriya na politiki n’imikorere bituma ibikorwa bikemangwa bitahurwa kandi bikamenyeshwa inzego zibikurikirana;
2° policies and procedures to comply with customer due diligence requirements and the policies and procedures to detect and report suspicious transactions or activities;
Isubiye ku itegeko n° 15/2012 ryo ku wa 03/05/2012 rigena itora ry’abadepite b’u rwanda mu nteko ishinga amategeko y’umuryango wa afurika y’iburasirazuba nk’uko ryahinduwe kugeza ubu;
Having reviewed law n° 15/2012 of 03/05/2012 relating to election procedures for rwanda members of the east african legislative assembly as amended to date;
Umutwe wa ii : inshingano n’inzego za komisiyo icyiciro cya mbere : inshingano za komisiyo ingingo ya 7: inshingano za komisiyo inshingano za komisiyo ni izi zikurikira: 1° guteza imbere no gukurikirana uburere bw‟umwana ubereye igihugu kandi ugikunda;
Article 7: mission of the commission the commission shall have the following mission: 1° to promote and ensure child education that enables the child to be a worthy and patriotic citizen; 2° to develop a national partnership and coordination framework aimed at promoting a child‟s rights;
4° gukora ku buryo imikorere y’igikoresho cy’itumanaho koranabuhanga itabangamira abakoresha serivisi cyangwa undi muntu;
4° ensure that the operation of an electronic communications equipment does not harm users or any other individual;
 kwemeza no guhindura amategeko agenga umuryango n‟amabwiriza ngenga mikorere yawo;  kwemeza ibyo umuryango uzakora ;  kwemerera, guhagarika no kwirukana umunyamuryango ;
 adopt and modify the statutes and rules of internal order of the association;  nominate and layoff the members of the board of directors;  determine the activities of the association;  admit, suspend and exclude a member;
Iyo uwakatiwe adakoze neza igihano cya tig, ahatirwa kurangiriza muri gereza igihe cy’igihano gisigaye yakatiwe.
In case of failure by the person sentenced to appropriately carry out tig, he/she shall be forced to serve the remaining period of his/her penalty in prison.
Birabujijwe ku muntu wese kwiyitirira utanga serivisi zo kwishyurana atabifitiye uruhushya rutangwa na banki nkuru y’u rwanda, agashishikariza rubanda kwitabira gukoresha serivisi ze zo kwishyurana cyangwa kuzamamaza yaba ari mu rwanda cyangwa mu mahanga.
It is prohibited for any person, whether in rwanda or abroad, to pretend to be a payment service provider and invite the public to use or advertise payment services without being licensed by the national bank of rwanda.
Ikirego ntigishobora gutangwa hashakwa gusiba igihombo cyatewe n‟igabanuka ry‟agaciro k‟imigabane cyangwa kutongera agaciro kayo bitewe gusa n‟igihombo isosiyete yagize cyangwa inyungu itashoboye kubona.
An action may not be brought to recover any loss in the form of a reduction in the value of shares in the company or a failure to increase the shares in value by reason only of a loss suffered, or a gain forgone, by the company.
Umutwe wa v: imicungire y’ikoreshwa ry’amafaranga
Chapter v: expenditure management
Iteka rya minisitiri nº 15/08.11 ryo kuwa 18/01/2012 riha ubuzimagatozi umuryango “living hope church (l.h.c)‟‟ kandi ryemera abavugizi bawo
Ministerial order nº 15/08.11 of 18/01/2012 granting legal status to the association “living hope church(h.l.c)”and approving its legal representatives
Imodoka zivugwa mu gika cya mbere cy'iyi ngingo ziherekezwa n’abarinzi barenze umwe (1) kandi bitwaje intwaro.
Cars referred to in paragraph one of this article shall be escorted by more than one (1) armed guard.
Umutwe wa ix: itangwa rya raporo n’amakuru
Chapter ix: reporting and disclosure of information
1° amafaranga ibihumbi ijana (100.000 frw ) y‟u rwanda iyo ibyacurujwe biri munsi cyangwa bingana n‟amafaranga y‟u rwanda miliyoni makumyabiri ( 20.000.000 frw);
1° one hundred thousand (100,000) rwanda francs if the taxpayer‟s annual turnover is equal to or less than twenty million (20,000,000) rwf;
- guteza imbere ubumenyi bw'abahinzi cyane cyane urubyiruko.
- promotion of farmers trainings specifically youth.
(d) kugaragaza igiciro cyose cyasuzumwe kuri buri wese mu bapiganwa;
(d) determine the total evaluated price of each bid;
Twebwe, makuza bernard, minisitiri w’intebe ;
We, makuza bernard, the prime minister;
Uretse igihe impande zabyumvikanyeho ukundi, iyo idosiye imaze kugera mu rukiko rw’ubukemurampaka, rushobora rubisabwe n’uruhande urwarirwo rwose, gufata icyemezo cy’agateganyo cyangwa cyihutirwa rubona ko bikwiye. urukiko rw’ubukemurampaka rushobora gufata bene icyo cyemezo rusabye ingwate uruhande rwagisabye. bene icyo cyemezo gifatwa nk’icyemezo cy’inteko kigaragaza impamvu cyangwa se kigafatwa mu buryo bw’icyemezo cy ’ubukemurampaka bitewe n’uko inteko ibona ibikwiye.
Unless the parties have otherwise agreed, as soon as the file has been transmitted to it, the arbitral tribunal may, at the request of a party, order any interim or conservatory measure it deems appropriate. the arbitral tribunal may make the granting of any such measure subject to appropriate security being furnished by the requesting party. any such measure shall take the form of an order, giving reasons, or of an award, as the arbitral tribunal considers appropriate.
6 º abayobozi bose bakomoka muri ppc bari mu nzego z’ubuyobozi bw’igihugu cyangwa abigeze kuba thirds (⅔) of members of political bureau or one-third (⅓) of congress members.
6 º all authorities from ppc, who hold or previously held positions in the administration of the country and who tiers (⅔) des membres du bureau politique ou d’un tiers (⅓) des membres du congrès.
(sé) murekezi anastase minisitiri w'intebe (sé) murekezi anastase prime minister (sé) murekezi anastase premier ministre (sé) sheikh harerimana mussa fazil minisitiri w’umutekano mu gihugu (sé) sheikh harerimana mussa fazil minister of internal security (sé) sheikh harerimana mussa fazil ministre de la sécurité intérieure bibonywe kandi bishyizweho ikirango cya repubulika : (sé) busingye johnston minisitiri w'ubutabera / intumwa nkuru ya leta seen and sealed with the seal of the republic: (sé) busingye johnston minister of justice /attorney general vu et scellé du sceau de la république
(sé) murekezi anastase prime minister (sé) murekezi anastase premier ministre (sé) busingye johnston minisitiri w’ubutabera/intumwa nkuru ya leta (sé) busingye johnston minister of justice/attorney general
(d) kopi zose za raporo z'ibikorwa biteye amakenga byashyikirijwe urwego rushinzwe ubutasi ku mari ndetse n’ibimenyetso byabyo;
(d) copies of all reports of suspicious activities, submitted to the centre, including their supporting documents; or
Aya mabwiriza areba abagize inama y’ubuyobozi mu nzego zihariye, mu nama z’igihugu, no mu bigo bya leta.
The present instructions shall apply to the members of boards within specialized organs, national councils and public institutions.
Iteka rya minisitiri w’intebe rigena abandi bishingirwa na mmi.
An order of the prime minister determines other persons insured by mmi.