kin
stringlengths 5
22.5k
| eng
stringlengths 6
6.85k
|
---|---|
(ii) frw 5.000 ku kwezi; | (ii) frw 5,000 per month;
|
2° uberewemo umwenda wishyurwa mbere y’indi agomba kwishyurwa n’umubereyemo umwenda amafaranga runaka kuri uwo mwenda wishyurwa mbere y’indi, utwara ikigereranyo gito cyane kuri uwo mwenda, ugereranyije n’igice cyakwishyurwa ku wundi mwenda wishyurwa mbere, ku ngano article 22: resolution in creditor’s meeting on proposed arrangement | 2º a value added tax registered taxpayer who sold goods while the amount of tax payable exceeds the amount shown on the invoice as the value added tax charged, the supplier must provide the chapitre viii: documentation de la taxe sur la valeur ajoutee
|
Icyakora, ubuyobozi bwa polisi y’u rwanda bushobora kudatanga uruhushya rwo gutunga cyangwa kugendana imbunda. | However, rwanda national police authorities may refuse to issue the license to possess and carry a firearm.
|
Ingingo ya 32 : prezida w‟itorero atorwa n‟inteko nkuru mu bapasteri ba epr. niwe muvugizi waryo mu buyobozi bwa leta, mu yandi matorero ndetse no mu yindi miryango. iyo habonetse impamvu ituma adakomeza imirimo yatorewe asimburwa n‟umuvugizi wungirije w‟itorero akarangiza igihe cyari gisigaye. manda ye ni imyaka itandatu ibasha kunguruzwa inshuro imwe gusa. | Article 32 : the president of the epr is a pastor appointed by the epr general synod composed of pastors and lay persons. he is the legal representative of the church to the state, other churches and partners at the national and international levels. in case of reasons preventing him/her to continue with his /her duties of which he/she was elected, the deputy legal representative takes over for the remaining period. has a mandate of six years renewable once.
|
Ibintu byemewe n‟amategeko byakozwe mu izina rya “ispg” nk‟ishuri guhera ku itariki ya 15/09/2002, bihawe agaciro n‟iri teka. | This order recognizes all the legal acts performed in the name of ispg as an institution of learning from 15/09/2002.
|
E. amakoperative/cooperatives - goboka: inyandikomvugo y‟inama rusange yo kuwa 12 mutarama 2008 yahuje abanyamuryango…………………………………………………………….. 115 | Adma international limited sarl : -memorandum and articles of association…… -extra-ordinary meeting held on 22nd october 2003 at the company headquarters in kigali………………………………………………………………………………………
|
Ingingo ya 48: gukurikiranwa kwa muganga | Article 48: surveillance médicale
|
17° kubahiriza no gushyira mu bikorwa intego, imyizerere shingiro n’indangagaciro by’itorero adepr; | 17° to observe and implement the mission, doctrine and values of the adepr church;
|
N° 023/11 ryo kuwa 11/03/2003 | N° 023/11 du 11/03/2003
|
Umushahara mbumbe wa buri kwezi kuri buri mukozi wo muri reb ukubiyemo iby’ingenzi bikurikira: | The monthly gross salary for each employee in reb is mainly composed of the following:
|
Bashobore kwitabwaho mu buvuzi - gukangurira abanyarwanda n‟abandi mu karere gushishikarira ibikorwa by‟iterambere no kwitabira gahunda yo kurwanya indwara z‟ibyorezo. ingingo ya 3 : abavugizi b’umuryango | - sensitization of rwandese and other people in the region to be hand in hand in development activities and fight against pandemics deseases. article 3 : legal representatives
|
Inguzanyo zihawe itsinda ry‟abantu bafitanye isano zifatwa nk‟izihawe umuntu umwe ufite ububasha bwo gufata icyemezo muri banki. | Loan to a group of related parties are considered as a single insider borrower.
|
Amabwiriza y’umwanditsi mukuru ahindura kandi yuzuza amabwiriza n o 01/2010/org yo kuwa 12/04/2010 yerekeye imiterere n’ibikubiye mu nyandiko ihamagarira rubanda kugura imigabane mu isosiyete y’ubucuruzi…………………………………………………………..8 | Instructions of the registrar general modifying and complementing the instructions n o 01/2010/org of 12/04/2010 relating to the form and content of a prospectus……………8
|
8.4. amashyirahamwe yo mu gihugu ari mu muryango w’amashyirahamwe mpuzamahanga yemewe na cio kandi siporo akora zikaba zitabarirwa muri gahunda y’imikino ya olempike asaba mu nyandiko kwinjira muri uwo muryango kandi agakurikiza aya mategeko shingiro. | 8.4. national federations affiliated to international federations recognized by the i.o.c and sports og which are not included in the program of the olympic games which formulate a written request for admission and subscribe to these statutes.
|
2 inama y’ubutegetsi yarisuzumye mu mwaka w’ingengo y’imari ushize. | 2 the board conducted its self- assessment during the last financial year.
|
Buri muntu ubona inyungu ivugwa mu ngingo ya 49 y‟iri tegeko agomba gutanga imenyesha ry‟umusoro riteganywa n‟amategeko bitarenze ku itariki ya 31 werurwe buri mwaka. | Any person who earns an income referred to in article 49 of this law must, on or before march 31
|
Kwanga gusubiza ibibazo by’inzego z’ubutabera, iz’iperereza cyangwa iz’umutekano ntibifatwa nk’icyaha iyo usabwa kubisubiza abona ko byamuviramo kwishinja. | Refusal to answer questions from judicial, intelligence service and security organs is not considered as an offence when the person requested to answer considers that it may result into self-incrimination.
|
Ishyiwaho ry’abashinzwe gusesa ihuriro rirangiza manda ya komite nyobozi iy’abagenzuzi na nkemurampaka. | The nomination of liquidators ends the mandate of the members of board of directors and the auditors.
|
Abanyamuryango bose biyemeza gutanga umusanzu ugenwa n’inteko rusange. mu bihe bidasanzwe, inama y’ubutegetsi ishobora guha ubunyamuryango umuntu udashoboye gutanga umusanzu. | All members shall undertake to pay a fee whose minimum amount shall be set by the general assembly. in exceptional circumstances, the board of directors shall reserve the right to give membership to a person who may not be able to pay the fee. article 6 :
|
Kujurira ntibibuza isuzuma ry’urubanza mu iremezo ryarwo”. | An appeal does not preclude trial of the case on merits”.
|
Ingingo ya 269: gutangariza rubanda igenzura risabwe | Article 269: publication de l’inspection requise
|
Sena akademiki ya sfb ishobora gutumira mu nama zayo umuntu wese ibona ashobora kuyungura inama ku ngingo runaka ifite ku murongo w‟ibyigwa. uwatumiwe ntiyemerewe gutora no gukurikirana iyigwa ry‟izindi ngingo ziri ku 5° the heads of departments ; | The academic senate of sfb may invite to its meetings, any person from whom it may seek advice on certain issues on the agenda. the invited person shall not be allowed to vote and to follow debates of other issues on the agenda. 5° les chefs de departments ;
|
7° imyaka itatu (3) kuva ku ipeti rya burigadiye jenerali ujya ku ipeti rya jenerali majoro; | 7° three (3) years from the rank of brigadier general to the rank of major general;
|
Ingingo ya mbere: izamurwa mu ipeti ryisumbuye | Article one: promotion in higher rank
|
4.gutanga amahugurwa ku bayobozi banyuranye , bigishwa imiyoborere myiza ishingiye ku ijambo ry'imanaa | 4.to give seminars to different leaders on the biblical principals of spiritual leadership.
|
Amasezerano yashyiriweho umukono i roma, mu butaliyani ku wa 15 gashyantare 2017, hagati ya repubulika y’u rwanda n’ikigega mpuzamahanga kigamije guteza imbere ubuhinzi (ifad), yerekeranye n’inguzanyo y’inyongera ingana na miliyoni umunani n’ibihumbi magana ane na cumi z’amadetesi (8.410.000 dts) agenewe umushinga wo kuzamura ubukungu bw’icyaro hitabwa ku musaruro woherezwa mu mahanga, ari ku drawing rights (sdr 8,410,000) for the project for rural income through exports; | Considering the agreement signed at roma, italy on 15 february 2017, between the republic of rwanda and the international agricultural development fund (ifad), relating to the additional loan of eight million four hundred and ten thousand special drawing rights (sdr 8,410,000) for the project for rural income through exports;
|
Ingingo ya 18: inshingano z’ushinzwe imiyoborere myiza n’amategeko | Article 18: duties of the person in charge of good governance and legal affairs
|
Cma ifite ububasha bukurikira: | Cma has the following powers:
|
Komisiyo irangije imirimo yayo ishyikiriza umutwe w’abadepite inyandiko n’ibikoresho yatijwe. | After completion of its mandate, the commission shall hand over to the chamber of deputies documents and equipment having been placed at its disposal.
|
Mu gihe umuguzi wa serivisi y’imari afashe icyemezo cyo kwisubiraho ku masezerano avugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, nta service as unfair and determines how justice is administered to the aggrieved person. | If the financial service consumer decides to change his or her mind about the contract referred to in paragraph one of this article, he modalités dont justice est rendue à la personne lésée.
|
Inama y‟ubuyobozi iterana rimwe mu gihembwe n‟igihe cyose bibaye ngombwa. | The board of directors shall be convened once a quarter and whenever necessary.
|
Umucungamutungo akora urutonde kuri buri kintu kiri mu mutungo washyizwe mu ikurikirana ry‟igihombo. ugomba kwishyura akurikirana ikorwa ry‟urwo rutonde, kuhaba kwe ntibigomba gukerereza ikurikiranwa. | The administrator shall establish a record of each asset forming part of those assets involved in the insolvency proceedings. the debtor shall attend the establishment of such a record but his/her attendance shall not delay the proceedings.
|
Iteka rya minisitiri ryemeza abavugizi b’“itorero ry’ubwepiskopi mu rwanda diyosezi ya cyangugu”(e.e.r/dc)……………………………………………………………………….64 | Ministerial order approving the legal representative of the “episcopal church of rwanda cyangugu diocese”(e.e.r/dc )……………………………………………………………..64
|
Abakozi cyangwa abakoresha ntibemerewe guhagarika imirimo cyangwa gufunga ikigo mu minsi icumi (10) ibanziriza cyangwa ikurikira amatora mu gihugu, mu bihe by’amage cyangwa mu bihe by’imidugararo. | Employees or employers are prohibited from exercising a strike or a lock-out within ten (10 ) days preceding or following elections in the country , in a state of siege or in a state of emergency.
|
Umutwe wa iv: inzego z’umuryango ingingo ya 9: umuryango ugizwe n‟inzego zikurikira : - inteko rusange, - inama y‟ubuyobozi - ubugenzuzi bw‟imari. - urwego rukemura amakimbirane | Chapter iv.organos of the organization article 9: organs of the organization are: - the general assembly, - the board of directors, - the financial audit, - the conflict resolution organ.
|
(h) gushyira mu bikorwa imyanzuro ya raporo z’inzego ngenzuramikorere, mu birebana n’ibibazo byagaragajwe mu mategeko; | (h) to respond to the recommendations from reports of regulatory bodies concerning problems that are found within existing legislation;
|
Komisiyo yasuzumye imyirondoro ishyikiriza raporo n’imyanzuro inteko rusange ikayifataho ibyemezo binyuze mu itora ku bwiganze burunduye bw’amajwi y’abasenateri bahari. | The committee that has considered biographical information submits its report and recommendations to the plenary assembly for a decision thereof through absolute majority vote of senators present.
|
Ryo kuwa 19/6/2004 rigena i m i t e r e r e , u b u b a s h a n ’ i m i k orere by ’ i nk i k o g a c a c a z i s h i n z w e gukurik irana no gucira imanza abakoze ibyaha bya jenoside n’ibindi byaha by ibas iye inyokomuntu byakozwe hagati y’itariki ya mbere ukwakira 1990 n'iya 31 ukuboza 1994 nk’uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu. ku byerekeye ikiburanwa, h a k u r i k i z w a g u s a ibiteganywa n’itegeko ngenga n° 16/2004 ryo ku wa 19/ 06/ 2004 r igena i m i t e r e r e , u b u b a s h a n ’ i m i k orere by ’ i nk i k o g a c a c a z i s h i n z w e gukurik irana no gucira imanza abakoze ibyaha bya jenoside n’ibindi byaha by ibas iye inyokumuntu byakozwe hagati y’itariki ya mbere, ukwakira 1990 n'iya 31 ukuboza 1994 nkuko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu». | E s t a b l i s h i n g t h e organisation, competence and functioning of gacaca court s c harged w i t h prosecuting and trying the perpetrators of the crime of genocide and other crimes a g a i n s t h u m a n i t y , c o m m i t t e d b e t w e e n october 1, 1990 and december 31, 1994 as amended to date is hereby amended as follows: « commission of offences in article 1 of organic law n°16/2004 of 19/6/2004
|
4° gufata neza ibikoresho by’ishuri, ibyabo bwite n’ibya bagenzi babo; | 4° proper maintainance of school equipment, their own property as well as those of their peers; 5° knowledge and respect of the school rules;
|
Ii. amafaranga azashorwa no kwishyura inguzanyo 118.304.441.869 | Ii. capital expenditure and net lending 118,304,441,869
|
Rigenga inguzanyo na buruse bihabwa abanyeshuri, itegeko n° 01/2017 ryo ku wa 31/01/2017 rigena imiterere, imitunganyirize n’imikorere by’amashuri makuru n’itegeko n° 36/2018 ryo ku wa 29/06/2018 rigena imitunganyirize y’uburezi n’ingingo zose z’amategeko abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo bivanyweho. | Governing the organisation and functioning of higher education and law n° 36/2018 of 29/06/2018 governing education as well as all prior and contrary legal provisions are hereby repealed.
|
Iyo itora rireba abantu ku giti cyabo, abakandida biyereka abadepite. perezida w’inama y’inteko rusange ni we ugena igihe buri mukandida amara yiyamamaza. | When the vote is concerned with individuals, candidates introduce themselves to the deputies. the chairperson of the plenary assembly determines the period each candidate spends in campaigning.
|
(f) upiganwa yatanze icyemezo cyo gusura ahazakorerwa imirimo mu gihe cyasabwe; | (f) the bidder submitted the site visit certificate where required;
|
Imyanzuro y‟iyo nama ishyikirizwa inzego zibishinzwe kugira ngo zirusheho gutunganya imirimo zikorera abaturage. | Resolutions of this council are submitted to the relevant institutions to enable them to improve their service delivery to the population.
|
Ye mu gihe utanga serivisi zo kwishyurana yakoraga iperereza ku myitwarire ye kandi iryo perereza rikaba ryaragaragaje ko atari indakemwa. | While the payment service provider was conducting the investigation on his or her behaviour and the investigation concluded against him or her.
|
Ingingo ya 2: igihe umuryango uzamara igihe umuryango «foyer de charité» uzamara ntikigenwe. | Article 3: the organization based on religion “missionaries of charity” is constituted for an unlimited period of time.
|
Koperative igira igitabo cyangwa uburyo bw’ikoranabuhanga byandikwamo abanyamuryango n’imigabane yabo kandi bigahora bihuzwa n’igihe. | Every cooperative keeps and regularly updates a register or electronic system for its members and their shares.
|
Iteka rya minisitiri w‟intebe rishyiraho abashinjacyaha bayobora ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye……………………………………………………………………………..............56 | Prime minister’s order appointing prosecutors at intermediate level………………………51
|
Umuntu wese wifuza kubona inyandiko y’ivuka ariko akaba atarandikishije ivuka ry’umwana mu gihe giteganywa n’iri tegeko, acibwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi igenwa n’iteka rya perezida. | Any person wishing to receive a birth record but not having declared the child’s birth within the period provided for by this law is liable to an administrative fine determined by a presidential order.
|
Ingingo ya 45: kubuza igwatiratambama cyangwa ifatira | Article 45: prohibition of attachment or seizure
|
2° yahamijwe n‟inkiko ibyaha binyuranyije n´intego n´amahame y‟ingenzi y´umuryango w´abibumbye n´iby´umuryango w´ubumwe bw´afurika; | 2° he/she has committed acts contrary to the main purposes and principles of the united nations and of the african union;
|
8. gutanga akazi, gushyiraho no kwirukana ababakozi bakora mu maserivisi anyuranye y‟ umuryango. | 8. recruiting, appointing and revoking staff of various services of the society.
|
Umutwe wa vii: amasezerano rusange n’amategeko ngengamikorere y’ikigo | Chapter vii: collective agreements and rules of procedure of enterprise
|
B. gukurikirana imikoreshereze y’umutungo w’intara no guha guverineri w’intara raporo; | B. to monitor the use of the property of the province and make a report thereon to the governor of province;
|
Iyo inyandiko ishobora gucuruzwa yahinduwe mu mimerere yayo ariko ihindurwa ritagaragara kandi iri mu maboko y’uyifite mu buryo bwemewe n’amategeko kandi ayifata nk’aho itigeze ihindurwa, uyifite ashobora gusaba ko yishyurwa nk’inyandiko ishobora gucuruzwa y’umwimerere. | In the event a negotiable instrument has been materially altered, but the alteration is not apparent, and the instrument is in the hands of a holder in due course, and the holder considers the instrument as if it had not been altered, he or she may enforce its payment as an original negotiable instrument.
|
Iyo umunyamuryango yafashe umwenda cyangwa se akiyemeza kuwufata atabiherewe uburenganzira n‟uhagarariye umuryango imbere y‟amategeko, arawirengera kabone n‟ubwo yaba yaravuye mu muryango ku bushake bwe, yirukanywe cyangwa se umuryango waraseshwe. iyo bibaye ngombwa akuriranywa mu nkiko akabazwa ibirebana n‟uwo mwenda. | A member who has contracted a debt or engagement without authorization of his superiors is responsible for his debt and remain responsible, even if he voluntarily withdraw or been excluded from the congregation. he will eventually answer for it in the court if necessary.
|
Iyo inama y‟ubutegetsi yemeje ko isosiyete idafite ubushobozi bwo kwishyura imyenda, hamaze gutangwa uruhushya rwo gutanga inyungu ku migabane ariko izo nyungu zitarishyurwa, iyishyurwa ry‟inyungu iryo ari ryo ryose ryakozwe n‟isosiyete rigomba gufatwa nk‟aho ryakozwe nta ruhushya. | Where, after a distribution of dividends is authorised and before it is made, the board of directors ceases to be satisfied that the company shall, upon the distribution of dividends being made, satisfy the solvency test, any distribution of dividends made by the company shall be deemed not to have been authorised.
|
Akazi k’abacungamutungo ntigahemberwa. | Services rendered by auditors shall not be paid.
|
Nta wemerewe gusana, guhindura, gutanga cyangwa kubika imbunda, amasasu n’ibindi bijyana na byo, keretse yabiboneye uruhushya rutangwa n’ubuyobozi bwa polisi y’u rwanda. | No person is allowed to repair, alter, transfer or keep firearms, ammunition and other related materials unless he/she is issued with licence to do so by rwanda national police authorities.
|
(3)the central bank may require the external auditor or actuary to provide such information on the circumstances of his or her termination of the contract or resignation. (3) la banque centrale peut demander à l’auditeur externe ou à l’actuaire de lui fournir les informations sur les circonstances de la resiliation du contrat ou de la démission. (4) igihe habayeho kwegura cyangwa gusesa amasezerano y’umugenzuzi wo hanze cyangwa umuhanga mu mibare y’ubwiteganyirize, ubwiteganyirize bwa pansiyo bushyiraho umugenzuzi wo hanze cyangwa umuhanga mu mibare y’ubwiteganyirize mu gihe cy’iminsi mirongo itatu (30).cyakora, ibisabwe mu nyandiko n’ubwiteganyirize bwa pensiyo, banki nkuru ishobora kongera iminsi mirongo itatu(30) ku itariki ntarengwa ivugwa harugura. . | (5)failure of the pension scheme to appoint the actuary or external auditor within the period determined by the central bank shall cause the central bank to appoint the external auditor or actuary for the pension scheme which will bear related cost including audit or actuarial fees. (4) suite à la demission ou la resiliation du contract d’un auditeur externe ou d’un actuaire, un régime de pension doit nommer un auditeur externe ou un actuaire dans un délai de trente (30) jours comptés à partir de la dite resilaition ou démission.
|
(e) kwerekana ko usaba afite ubushobozi n‘ubushake byo gufatanya n‘ikigo ari mu guhanahana amakuru ndetse no gufatanya ku bundi buryo; | (g) demonstrate that the applicant is able and willing to co-operate with the authority by the sharing of information and in other ways;
|
Icyiciro cya 3: ibindi bisabwa ku batanga serivisi z’imari batakira amafaranga abitswa bo mu cyiciro cya iii n’icyiciro cyihariye | Section 3: further requirements for non- deposit taking financial services providers in category iii and special category
|
1° ku cyaha cy‟ubugome gikwiranye exceeding half (1/2) of the penalties he/she would receive if he/she was aged eighteen (18) years. | 2º a penalty which cannot exceed half (1/2) of the penalty he/she would receive if he/she would be subjected to a fixed-term imprisonment or a fine.
|
1° habungwabungwe ubuzima n’umutekano by’abakora ahakorerwa ubushakashatsi cyangwa ubucukuzi bwa peteroli; | 1° securing the safety and health of persons engaged in petroleum exploration or production activities;
|
1° ibikubiye muri iri tegeko, amategeko shingiro n’andi mabwiriza agenga imikorere y’isosiyete ubwayo bitubahirijwe; | 1° the provisions of this law, the articles of association and the internal rules and regulations of the company, have not been complied with;
|
Igenzura n’ihuzabikorwa ry’imikorere ya dasso bikorwa n’ubuyobozi bw’akarere. | The supervision and coordination of the activities of dasso shall be carried out by district authorities.
|
Ingingo ya 7: ibyiciro by’impushya regulation n° 74/2023 of 18/09/2023 | Article 7: categories of licenses for reglement n° 74/2023 du 18/09/2023
|
1° gukurikirana no guhuza imirimo y’ibikorwa bya buri munsi; 2° gushyira mu bikorwa indi nshingano rwahabwa n’inama y’ubuyobozi ijyanye n’inshingano za rica. | 1° to monitor and coordinate daily functions and activities; 2° to perform other duties falling within the mission of rica as may be assigned by the board of directors.
|
1° inzira y’ikirere: ikirere cyose kigenderwamo n‟indege hagati y‟impembe ebyiri n‟undi mwanya uri munsi mu kirere kugeza aho amabwiriza yo gutwara indege mu kirere ateganya; | 1° air route: navigable airspace between two points and the terrain beneath such airspace, identified to the extent necessary for the application of flight rules;
|
Inteko rusange iterana kabiri mu mwaka mu nama zisanzwe n’igihe cyose bibaye ngombwa mu nama idasanzwe. inzandiko z’ubutumire zikubiyemo ibiri ku murongo w’ibyigwa, umunsi, itariki, isaha n’aho inama izateranira ubunyamabanga buzishyikiriza abanyamuryango nibura mbere y’iminsi 30. | The general assembly gathers twice a year in an ordinary session or as after as it deems necessary in extraordinary sessions invitations containing the agenda, the date, the hour and the place are handed to members by the secretary at least 30 days before the meeting. ingingo ya 17:
|
Umusoro utangwa iyo habaye isoresha nta nteguza ntushobora kuba munsi y‟umusoro wari gutangwa hakoreshwejwe uburyo bwo gusoresha inyungu zicishirije. | In case of an assessment without notice, the amount of taxes cannot be less than the taxes which would be paid if the taxpayer was to pay under presumptive tax regime.
|
Abasaba kwikomatanya cyangwa guhererekanya imitungo n’imyenda bagomba, mu minsi itarenze icumi (10) y’akazi uhereye itariki inyandiko imwemerera ko nta nzitizi yatangiwe, gushyikiriza urwego rw’ubugenzuzi inyandiko zikurikira: | The applicants of either amalgamation or portfolio transfer shall, within ten (10) working days from the date of issue of non- objection letter, submit to the supervisory authority the following documents:
|
Ingingo ya 57: ingingo izigama | Article 57: statement
|
Umuntu wese utanga ubutumwa bw’ubucuruzi ku muguzi utaremeye ko yohererezwa ubwo butumwa, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi iri hagati y’amafaranga y’u rwanda ibihumbi mirongo itanu (50.000) ibihumbi magana atanu (500.000). | Any person who sends unsolicited commercial communications to a consumer is liable to an administrative fine of between fifty thousand (50,000) and five hundred thousand (500,000) rwanda francs.
|
(b) kwemeza amabwiriza n’amategeko ngengamikorere bya rdb; | (b) to approve the procedures manual and internal rules and regulations of rdb;
|
Minisiteri igenzura ikanakurikirana ibikorwa byose by’imyidagaduro. | The ministry monitors and controls all leisure events.
|
Umuyobozi w‟ishami, uw‟ishuri n‟uw‟ikigo cyihariye gishamikiye kuri kie n‟umuyobozi w‟agashami bashinzwe kuyobora imirimo rusange yerekeye inyigisho, uburere, ubushakashatsi n‟ubuyobozi mu rwego bashinzwe. | The dean of the faculty, the director of a school or of a specialized centre affiliated to kist and the head of department shall be responsible for the general smooth running of academic activities, discipline, research and administrative affairs of their respective academic institution.
|
2 º ahandi hose, mu gihe cyo gukora amasezerano y’ubwumvikane ayo ariyo yose cyangwa gutanga inyandiko iyo administration, the provisional administrator’s full name and address. | 2° in every other case, in entering into any transaction or issuing any document by or on behalf of the company. provisoire, les noms de l’administrateur provisoire ainsi que son adresse complète.
|
Umugenzuzi w’amakuru cyangwa utunganya amakuru, mu gihe kitarenze iminsi mirongo itatu (30) uhereye ku munsi yakiriyeho ubusabe, agomba kumenyesha nyiri ubwite mu buryo article 19: right to object | The data controller or the data processor, within thirty (30) days from the date of receipt of the request, must inform the concerned data subject in writing or electronically of the article 19: droit d’opposition
|
4° kugaragaza ko nta mwenda ifitiye ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize bw’abakozi; | 4° failure to conform to the environment protection plan;
|
Itegeko ryemerera kwemerera gukurikiza amasezerano y’umuryango w’abibumbye yerekeranye n’amasezerano ku bucuruzi mpuzamahanga yemerejwe i vienna mu mwaka wa 1980……………………………………………………………………………………………3 | Law authorising the accession to the united nations convention on contracts for the international sale of goods adopted in vienna in 1980……………………………………….3
|
Nk’uko biteganywa n’ingingo ya 58 y’itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, sena ishobora gukurikirana umutwe wa politiki wateshutse bikomeye ku nshingano zikubiye mu ngingo ya 10, iya 56 n’iya 57 z’itegeko nshinga. | As provided for by article 58 of the constitution of the republic of rwanda of 2003 revised in 2015, the senate holds accountable a political organisation which has grossly violated obligations provided for in articles 10, 56 and 57 of the constitution.
|
Nta kigega cyihariye gishyirwaho inama y‟abaminisitiri itabanje kwemera icyo kizaba kigamije n‟ibyo giteganya kugeraho mu gihe cyagenwe. | No special fund shall be established without prior approval of the cabinet for a specific purpose and desired outcomes for a specified period.
|
8 º gucunga no kugenzura ibikorwa byose ku isoko ry’imari n’imigabane, ku isoko 3° to advise the government on the policy relating to the capital market, commodity exchange and related contracts, collective investment schemes and warehouse receipts; | 7º to monitor and reduce systemic risk by ensuring adoption by the capital market industry players of policies and procedures regarding the capital market industry, commodity exchange and related contracts and warehouse receipt system;
|
1° ikibuga cy’indege cya kigali 2° ikibuga cy’indege cya kamembe | 1° kigali international airport 2° kamembe international airport
|
Umwepisikopi azabitsa umuyobozi w’imirimo n’ubutegetsi [administrateur] ibyanditswemo amasezerano n’indahiro yarahiye kandi biriho umukono we n’uw’umwepisikopi mukuru [archeveque] ngo birindirwe ahantu hakwiye. | The new enthroned bishop will give his testimony signed by him and the archbishop to the administrator to keep them safely.
|
Umutungo w’intangiriro wa fondasiyo uteganywa mu mategeko shingiro yayo. nta mutungo shingiro utagibwa munsi usabwa kugira ngo fondasiyo ishingwe. | The foundation’s initial capital is indicated in its charter. there is no minimum capital contribution required to establish a foundation.
|
B) icya gatandatu (1/6) cy’igihano kigasubikwa ; | B) a sixth (1/6) of the sentence is suspended;
|
Ingingo ya 59: gutanga ibikoresho | Article 59: provision of equipment
|
Umutungo w‟umuryango ucungwa n‟umubitsi w‟umuryango utorwa n‟inama rusange. uwo mutungo ni uw‟umuryango ku buryo budasubirwaho. umuryango uwukoresha ku kintu kigamije inyungu zawo ku buryo buziguye cyangwa butaziguye. nta munyamuryango n‟umwe ushobora kwiyitirira uburenganzira ku mutungo habe no gusaba guhabwa umugabane mu gihe asezeye ku bushake, yirukanywe cyangwa habaye iseswa ry‟umuryango. | The assets of gbur are the organization‘s alone. it can use its assets for any of its activities that promote its purposes either directly or indirectly. no member has the right to any of the assets of the organization, nor may he or she demand any of the assets when resigning membership, being expelled or when the organization is dissolved.
|
Ingingo ya 25: igenamigambi rya leta | Article 25: state planning
|
Imicungire y‟ishuri rya leta ishobora kwegurirwa umuryango runaka hashingiwe ku masezerano uwo muryango ugiranye n‟umuyobozi w‟urwego rushinzwe imicungire yaryo ariko bimaze kwemezwa na minisitiri ufite uburezi mu nshingano ze. section 2: school management | Management of a public school may be transferred to any legal entity based on the agreement between that legal entity and the authority responsible for the management of the institution after the approval of the minister in charge of education.
|
G. gukorana n’izindi nzego z’igihugu zishinzwe umutekano mu rwego rwo guhuriza hamwe ibikorwa byose birebana n’umutekano; | G. collaboration with other national organs in charge of national security in order to align the cross-cutting issues;
|
Imiterere, inshingano n’imikorere byayo bigenwa hakurikijwe ibiteganywa n’itegeko ngenga rigena ibigomba gukurikizwa mu kumenya no kugenzura ibikorwa bya guverinoma. | The structure, mandate and functioning of such a committee are defined under the organic law determining procedures for inquiries and oversight over government activities.
|
4° gutegura no gushyira mu bikorwa imishinga igamije gukora inyigo no kubungabunga ibiyaga level and to participate in preparation of land use master plans at district level; | 4° to prepare and implement projects with an intention of undertaking studies for preserving d’exploitation des terres au niveau national et participer à l’élaboration des plans topographiques d’exploitation des terres au niveau du district;
|
Uwahawe uruhushya wese wifuza gutangira kwamamaza serivisi cyangwa ibicuruzwa agomba kuzuza ibisabwa bikurikira: | Any licensee intending to carry out promotion of services or product must fulfil the following:
|
Iyangirika iryo ariryo ryose ry’imiterere y’inguzanyo rigomba kuvumburwa vuba bishoboka, ni ukuvuga igihe banki igifite inappropriate, incomplete non-enforceable legal documents can prevent the collection of funds. | Any deterioration of credit quality must be detected as quickly as possible, i.e. while the bank still has strategic options for managing the crédit. les documents juridiques inappropriés, incomplètes, non exécutoires peuvent empêcher le recouvrement de fonds.
|
Ingingo ya 32: ibyiciro by’abantu bakirwa mu bigo | Article 32: transaction processing
|
Ingingo ya 750: kumenyekanisha urufefeko cyangwa ijambo ry‟ibanga rikoreshwa mu itumanaho rya gisirikare | Article 750: disclosing a code or password of the military communication system
|
Ibiro by’ivunjisha ntibyemerewe kugurisha amadovize ku muntu udatuye keretse agaragaje ko amafaranga y’u rwanda afite yayaherewe mu rwanda agurishije amadovize cyangwa ko akomoka ku bindi bikorwa byakorewe mu rwanda kandi byemewe n’amategeko. | A forex bureau shall not sell foreign currency to non-residents unless the latter proves that the amount in rwandan currency he possesses was obtained in rwanda from the sale of foreign currency, or from other lawful activity carried out on rwandan territory.
|
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.