kin
stringlengths 5
22.5k
| eng
stringlengths 6
6.85k
|
---|---|
(i) kumenya umukiriya no kugenzura umwirondoro w’umukiriya hashingiwe ku nyandiko, amakuru yakuwe ahizewe; | (i) identifying the client and verifying the client’s identity on the basis of documents, data or information obtained from a reliable source;
|
1° gushyiraho imirongo ngenderwaho mu byerekeye kwemerera abanyeshuri, isuzumabumenyi, guha akazi abarimu n’abashakashatsi no kubazamura mu ntera; | 1° to determine norms and standards for students admissions, evaluation, recruitment of teaching and research staff and their promotions;
|
Kugirango umuntu abe umuyobozi mu itorero ry‟ububyutse bw‟umwuka wera mu rwanda agomba: article 17: | Criteria of being a leader in spiritual revival church in rwanda:
|
Umutwe wa v: uburyo bukurikizwa mu guhererekanya uruhushya rw’ubucukuzi na kariyeri | Chapter v: modalities for a transfer of a mineral and quarry license
|
Ingingo ya 12 : kuba umunyamuryango bitakara igihe habaye urupfu, kuwuvamo ku bushake, kwirukanwa cyangwa guseswa kw‟umuryango. | Article 12: the membership is lost by death, voluntary withdrawal, the exclusion or the dissolution of the association.
|
Ingingo ya 25: umuryango ushobora gutira no gutunga ibintu byimukanwa n‟ibitimukanwa ukeneye kugira ngo ugere ku ntego zawo. | Article 25: the organization may hire or own movable properties and real estates needed to achieve its objectives.
|
Ingingo ya 35: kwiyambaza inkiko mu gihe komite nkemurampaka ivugwa mu ngingo ya 25 idashoboye gukemura ibibazo hiyambazwa inkiko zo mu rwanda zibifitiye ububasha. | Article 35: intervention of courts in case the conflict resolution committee stated on page 25 is unable to resolve problems the competent courts of rwanda will be dealing with the case.
|
Abagize inama ngishwanama y‟ishami rishinzwe iperereza ku mari ni aba bakurikira: | The members of advisory board of the financial investigation unit are the following:
|
Bwana kagabo vianney agizwe umuyobozi mukuru w’ikigega “agaciro development fund (agdf)” muri minisiteri y’imari n’igenamigambi. | Mr. kagabo vianney is hereby appointed chief executive officer of agaciro development fund (agdf) in the ministry of finance and economic planning. arrete du premier ministre n°195/03
|
Icyakora, iyo urwego rutanga amasoko ya leta rugizwe n’abakozi batatu (3) cyangwa batageze kuri batatu (3), umuyobozi warwo na we yemerewe kujya mu kanama gashinzwe gutanga amasoko ya leta. | However, when the procuring entity is comprised of three (3) or less than three (3) staff member, even the head of the procuring entity is allowed to be a member of the public tender committee.
|
N° 45/03 ryo kuwa 15/01/2013 | N° 45/03 du 15/01/2013
|
Ingingo ya 10: gusaba gutesha agaciro cyamunara | Article 10: request to invalidate the auction
|
2° “ingufu zihoraho”: ingufu zisubira zigizwe n‟ingufu zikomoka ku mazi, ku zuba, ku muyaga, ku mashyuza, kuri gazi metani, ku myanda n‟ahandi. | 2° “inexhaustible energy”: renewable energies provided from water, sun, wind, termitary, methane gas, waste and others.
|
N°166/03 ryo kuwa 23/11/2011 | N°166/03 of 23/11/2011
|
Ingingo ya 24: iterana rya komite nyobozi | Article 24: meeting of the board of directors
|
Ingingo ya 64: guhindura icyiciro cy’imigabane mu migabane idafite agaciro kuri buri mugabane section 2: nature and allotment of shares | Article 64: conversion of class of shares into shares of no par value section 2: nature et attribution d’actions
|
Ingingo ya mbere: uburenganzira bwo guhindura izina madamu bwiza bwema marie claire. utuye muri kimisagara, akarere ka nyarugenge, umujyi wa kigali, ahawe uburenganzira bwo gukura izina rya bwiza bwema marie claire mu irangamimerere ye rigasimbuzwa irya herget marie claire. | Mrs bwiza bwema marie claire domiciled in kimisagara, nyarugenge district, kigali city is here by authorized to replace the name of bwiza bwema marie claire in her identification, with herget marie claire.
|
A) umuyobozi w'ibiro bya perezida wa repubulika; | (2) the office of the secretary general;
|
Minisitiri w’ingabo gatsinzi marcel jenerali (sé) | The minister of defence gatsinzi marcel general (sé)
|
Kuba ubugenzuzi bw’imari bw’imbere mu kigo butita ku birebana no kurengera umuguzi 300,000 200.000 100.000 50.000 | Failure for internal audit to cover consumer protection aspects 300,000 200,000 100,000 50,000
|
Ingingo ya 430: gukwirakwiza indiririzi cyangwa indwara z‟ibimera | Article 430: spreading pests or plant diseases
|
Ibihano bivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, ni nabyo bihabwa umusirikare wese utererana abandi basirikare ku rugamba. | Penalties provided for under paragraph one of this article also apply to any soldier who abandons other soldiers on the battle field.
|
Ingingo ya 232: abantu batemerewe gukora nk’ushinzwe iyegeranya n’igabagabanya ry’umutungo cyangwa umucungamutungo | Article 232: persons disqualified from acting as liquidator or administrator
|
Ingingo ya 8: ibigenerwa abagize inama y’ubuyobozi bitabiriye inama ingingo ya 9: ibitabangikanywa no kuba mu nama y’ubuyobozi icyiciro cya 2: ubuyobozi bukuru ingingo ya 10 : abagize ubuyobozi bukuru bwa cma ingingo ya 11 : sitati igenga abakozi ba cma n’ibigenerwa abagize ubuyobozi bukuru n’abakozi ba cma | Article 8: sitting allowances for members of the board of directors article 9: incompatibilities with membership of the board of directors section 2:general directorate article 10: members of the general directorate of cma article 11 :statute governing the personnel of cma and benefits to members of the general directorate and to the staff of cma article 12: organization, functioning and responsibilities of cma organs
|
Ba nyir‟umutungo, abakodesha n‟abakodesha bagura nibo baryozwa kutishyurira ku gihe ibice batunze cyangwa bakodesha. inama rusange y‟ishyirahamwe ishobora kwemeza ko hakurikijwe amasezerano y‟ubukode cyangwa y‟ikodesha gurisha hakwishyurwa amafaranga amwe n‟amwe kuri konti y‟ishyirahamwe; nk‟ayo kwita no gusana ibintu bihuriweho n‟igice cy‟imirimo rusange. ayo mafaranga yishyuwe kubera imirimo rusange akusanywa hakurikijwe amasezerano hagati y‟ishyirahamwe n‟abakora iyo mirimo, hanyuma ayakozwe hagati ya ba nyir‟umutungo n‟sihyirahamwe. | Property owners, tenants and lessees carry liability for not paying on time for the units they own or rent. the general meeting of the association members may provide for the possibility of making certain payments under a lease or rent agreement, such as payments for maintenance and repair of common elements, for a portion of the communal services, directly to the account of the association. collection of payments for communal and other services is made on the basis of a contract made between the association and service providers; and further, between the property owners and the association.
|
(3) umwenda uvuguruye ugengwa n’ibisabwa bikurikira: | (3) a restructured credit facility is subject to the following conditions:
|
Ingingo ya 154: kwemeza ko umucamanza cyangwa umukozi w’inkiko atagishoboye akazi | Article 154: certification of incapacity of a judge or member of judicial personnel
|
Haseguriwe ibiteganywa n’andi mategeko abigenga, urwego rw’ubugenzuzi rushobora gushyiraho amabwiriza yerekeye kwegukana cis harimo n’ibigega cyangwa cis byasonewe hakurikijwe iri tegeko cyangwa amabwiriza arishamikiyeho. | Subject to the provisions of other relevant laws, the regulatory authority may issue regulations relating to the takeover of cis, including schemes or cis exempted under this law or regulations made thereunder.
|
1) gushyira inyandiko yihariye kuri raporo imenyesha ko ayo makuru agikorwaho iperereza kandi iyo nyandiko ikagumaho kugeza impaka zikemutse; | 1) attach a note to the report warning that the disputed information is under investigation, and that notice shall remain on the file until resolution of the dispute;
|
Rdb irebererwa na perezidansi ya repubulika. | Rdb is under the supervision of the office of the president.
|
Ntara akarere inyito ifasi 11. urukiko rw’ibanze rwa rukara | Province district denomination ressort 11. tribunal de base de rukara
|
6° azakomeza gukora mu buryo bunoze nk'uko bisabwa yaba mu nzego z'imitangire ya serivisi cyangwa mu nzego z'ubuyobozi hagamijwe kurebwa uburyo hafatwa ingamba zose shall be registered in the trade register pursuant to relevant laws; | 6° the applicant shall maintain and operate effective organisational and administrative requirements with a view to taking all reasonable steps to prevent conflicts of interest from au registre de commerce conformément à la législation en la matière;
|
6º uruhare rw’abanyagihugu: amanota atanu (5) kugeza ku icumi (10), aho bishoboka. | 6º participation of nationals: five (5) to ten (10) points, where applicable.
|
The minister of justice/ attorney general, le ministre de la justice/ garde des sceaux, ashingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y‟u rwanda ryo kuwa 04 kamena 2003, nk‟uko ryavuguruwe kugeza ubu , cyane cyane mu ngingo zaryo iya 120 n‟iya 121; | The minister of justice/ attorney general, pursuant to the constitution of republic of rwanda of 04 june 2003 as amended to date, especially in article 120 and 121;
|
Igihe isosiyete imaze kwandikwa, igomba kugira uburenganzira bumwe n’inshingano zimwe n’isosiyete ifite uburyozwe buhinnye, keretse gusa ibijyanye no gukoresha amagambo “ltd” mu gitabo cy’amasosiyete n’ibikorwa by’ubucuruzi no koherereza umwanditsi mukuru urutonde rw’abanyamigabane, abagize inama y’ubutegetsi n’abacunga isosiyete. | Upon registration, the company shall enjoy all the privileges of limited companies, and be subject to all their obligations, except those of using the abbreviation “ltd” in the register of companies and business activities as well as sending lists of shareholders, directors and managers of the company to the registrar general.
|
3° wangiza ibitabo cyangwa uca inyandiko za koperative; | 3° destroys books or tears documents of a cooperative society;
|
Ingingo ya 21: komite nshingwabikorwa | Article 21: executive committee
|
Ngombwa. | Besoin.
|
Ingingo ya 7: imiterere y’uruhushya rwo gutwara ipikipiki | Article 7: form of the motorcycle driving licence
|
Urwego ngenzuramikorere rumenyesha uwahawe uruhushya ibyavuye mu isesengura ry’ubusabe bw’ubwasisi mu gihe cy’iminsi icumi (10) y’akazi ibarwa uhereye igihe rwabwakiriye. | The regulatory authority notifies the licensee of the outcome of the assessment within ten (10) working days from the reception of the application.
|
- amafaranga azakoreshwa kubera impamvu zidasanzwe 28.923.995.666 | - exceptional expenditure 28,923,995,666
|
Déterminant certains arrêtés ministériels qui ne sont pas adoptés par le conseil des ministres, spécialement en son article premier; amaze kubona iteka rya minisitiri n° 019/17 ryo kuwa 05/12/2001 rihindura iteka rya minisitiri n° 097/05 ryo ku wa 25/03/1992 rishyiraho umubare w‟amafaranga atangwa n‟abashaka guhinduza amazina yabo n‟uburyo yakirwa, cyane cyane mu pursuant to ministerial order n° 019/17 of 5/12/2001, modifying ministerial order n° 097/05 | Of 25/03/1992, establishing the amount of fees to be paid for altering names and modalities for their collection, especially in article one; considérant l‟arrêté ministériel n° 019/17 du 05/12/2001 modifiant l‟arrêté ministériel n° 097/05 du 25/03/1992 portant fixation du montant des frais relatifs au changement de noms ou prénoms ainsi que les modalités de leur perception, og of 21/09/2009
|
“abagize komite nyobozi y’inama y’igihugu y’urubyiruko kuva ku rwego rw’akagari kugeza ku rwego rw’igihugu batorerwa igihe cy’imyaka itanu (5) gishobora kongerwa rimwe gusa. | Members of the executive committee of the national youth council, from the cell to the national level, are elected for a term of five (5) years which may be renewed only once.
|
Cy’igihugu gishinzwe amasoko ya leta (rppa). | Rwanda public procurement authority (rppa).
|
Imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo y’abakozi ba rmf iri ku mugereka wa i w’iri teka. | The organizational structure for employees of rmf is in annex i of this order.
|
B. kwishyura inyungu | B. interest payment
|
Ingingo ya 46: isubizwa ry’umusoro w’ipatanti | Section 4: tax recovery
|
1° gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’inshingano za komisiyo; 5° to be at least thirty five (35) years old; | 1° to make follow-up on the fulfilment of the performance of the responsibilities of the 5° être âgé de trente- cinq (35) ans au moins ;
|
Iyo umuntu akoze igikorwa kigenzurwa, agomba kugaragaza igiciro n’inyungu bikomoka kuri icyo gikorwa, mu buryo bwubahirije ihame ry’ipiganwa risesuye. | If a person enters into a controlled transaction, he or she must determine the price and margin resulting from the transaction, in a manner that complies with the arm’s length principle.
|
Igishushanyo mbonera cy’imikoreshereze n’imitunganyirize by’ubutaka buri mu cyiciro kihariye cyatangijwe n’urundi rwego rwa leta gishyirwaho n’iteka rya minisitiri ufite igenamigambi mu nshingano. | A specific sectorial land use master plan initiated by another public entity is established by an order of the minister in charge of economic planning.
|
(c) gukora iperereza ku mpanuka yateje urupfu cyangwa yatuma habaho ubumuga buhoraho cyangwa yerekanye ko habaho ihungabana rikomeye ku buzima n’umutekano ku kazi by’umukozi, uwitoza cyangwa uwimenyereza umurimo no gufata imyanzuro; | (c) conduct investigations on an occupational accident resulting in death or causing permanent incapacity or having revealed the existence of a serious danger to the occupational health and safety of the employee, intern or apprentice and to draw conclusions;
|
Ingingo ya 22: komisiyo zihoraho | Article 22: commissions permanentes
|
Icyicaro gikuru cy'ishyaka kiri i kigali, umurwa mukuru w'u rwanda. gishobora kwimurirwa ahandi byemejwe na kongere y'ishyaka ku bwiganze busesuye bw'abayoboke barigize. ritanyuranyije n'amategeko, ishyaka rishobora gushyiraho biro zaryo ahandi hose mugihugu, hemejwe na biro politiki. | The headquarters of the party shall be in kigali, the capital city of rwanda. the headquarters may by absolute majority be re- located to another place in rwanda during the party‟s congress. in accordance with this law, the party may, on decision of its political bureau, establish offices anywhere in the country.
|
Mata 2008 n‟iya 05 gicurasi 2008; yemejwe burundu kandi itangiye gukurikizwa uko yakabaye. | April 2008 and on 05 may 2008, are hereby authorized for ratification.
|
B) abanyamuryango bawitabiriye ni abanditse basaba kuwinjiramo, bujuje ibya ngombwa bivugwa mu ngingo ya 5 y’amategeko y’umuryango, kandi bakemerwa n’inteko rusange yateranye kubera iyo mpamvu. | These are members who meet conditions provided in article 5 of these statutes and who applied for membership and have been accepted by the general assembly held for this purpose.
|
Minisitiri w’intebe, minisitiri w’abakozi ba leta n’umurimo, minisitiri w’ubucuruzi, inganda n’umuryango w’ibihugu by’afurika y’iburasirazuba na minisitiri w’imari n’igenamigambi bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka. | The prime minister, the minister of public service and labour, the minister of trade, industry and east african community affairs and the minister of finance and economic planning are entrusted with the implementation of this order.
|
Jyewe …………………………………….. ndahamya ko ari jye nyir’igikoresho cy’amashanyarazi/igikoresho cy’ikoranabuhanga cyasobanuwe haruguru, nkaba kandi narakibonye mu buryo bukurikije amategeko. iki gikoresho cy’amashanyarazi/igikoresho cy’ikoranabuhanga nkaba nari narakibonyenkiguze/ngihawe nk’impano/ubundi buryo (busobanure) ku wa ……/…../……. ngihawe na (vuga aho wakivanye): …………………………………………................................................................... | I …………………………………….. hereby certify that i am the legitimate owner of this used electrical or electronic equipment described above. this electrical or electronic equipment was purchased, received as a gift or other (explain) on ……../……/……, from (where you got it from): …………………………………………..
|
Inyajwi zisoza ikinyazina ngenera n‟ibyungo “na” na “nka” zirakatwa iyo ikurikiwe n‟ijambo ritangiwe n‟inyajwi ariko inyajwi isoza ikinyazina ngenera gikurikiwe n‟umubare wanditse mu mibarwa ntikatwa. | The vowels ending possessive pronouns and conjunctions “na” and “nka” are elided before the word beginning with a vowel, but the vowel ending a possessive pronoun followed by a number written in figures is not elided.
|
Ashingiye ku itegeko ngenga n° 04/2005 ryo kuwa 08/04/2005 rigena uburyo bwo kurengera, kubungabunga no guteza imbere ibidukikije mu rwanda, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 87; | Pursuant to organic law nº 04/ 2005 of 08/04/2005 determining the modalities of protection, conservation and promotion of the environment in rwanda, especially in article 87;
|
Ingingo ya 34: inshingano za visi perezida wa mbere ushinzwe ibirebana na politiki n’imiyoborere | Article 34: responsibilities of the first deputy chairperson in charge of political and administrative affairs
|
Ushinzwe iyegeranya n’igabagabanya ry’umutungo agomba kwishyura ikiguzi cy’ibyakoreshejwe na komite ishinzwe ubugenzuzi mu kurangiza inshingano zayo kandi icyo kiguzi cy’ibyakoreshejwe kiba ari ibyishyuwe gusa mu iyegeranya n’igabagabanya ry’umutungo, keretse iyo urukiko rubigennye ukundi. | The liquidator must pay costs incurred by the committee of inspection in exercising its powers and those costs are expenses properly incurred in the liquidation except if the court orders the contrary.
|
Inteko rusange iterana rimwe mu mwaka mu nama isanzwe kugira ngo igene umurongo umuryango uzagenderaho, no kwemeza raporo y‟ibyakozwe n‟inama nyobozi. inzandiko z‟ubutumire zikubiyemo ibiri ku murongo w‟ibyigwa zishyikirizwa abanyamuryango n‟ibura mbere y‟iminsi 15. | The general assembly will meet once each year for its regular session in order to chart the future direction of the organization and to receive the reports of the work of the executive committee. the members will be informed of the meeting and its agenda at least 15 days before the assembly.
|
Ingingo ya 32: kwegura /kuvanwa ku mirimo kw’umuyobozi mukuru | Article 32: resignation / removal of chief executive officer/managing director
|
Abanyamuryango basanzwe bagizwe n'abawushinze n'abawinjiyemo nyuma. | Are effective members are made up of founding members and ordinary members.
|
(sé) sitaki kayinamura emmanuel umuvugizi w’umuryango wungirije wa kabiri | (sé) sitaki kayinamura emmanuel 2nd deputy legal representative
|
Ubusabe bw’indishyi buvugwa mu gika cya (1) bushobora gushyikirizwa komite: | A claim under paragraph (1) shall be lodged with the committee:
|
Iyo umukozi ubifitiye ububasha abona ko ibikorwa bishobora kubangamira cyangwa guhungabanya ubuzima n’umutekano by’umuntu, uwo mukozi ashobora gufata icyemezo cyihuse. | Where the authorised officer considers that the operations may compromise or endanger the health and safety of a person, that officer may make an urgent decision.
|
Amabwiriza y’uko amatege- koremezo azakurikizwa asobanurwa n’amategeko ngenga mikorere ashyirwaho kandi akemezwa n’inteko rusange. | The practical detail of the present statutes is determined by internal regulations approved and adopted by the general assembly.
|
Rba ifite intego yo gutanga amakuru n’ibiganiro ku buryo bwagutse ndetse na gahunda z’imyidagaduro bigamije guteza imbere umuryango nyarwanda no gutanga ibisubizo ku byifuzo by’abaturage. | Rba’s objective shall be to provide a wide range of information and broadcasts as well as entertainment programs aimed at promoting the rwandan society and meeting people’s needs.
|
17° gucunga mu buryo bunoze ibyavuye mu bushakashatsi no mu igenzura; | 17° to ensure effective management of research and monitoring data;
|
4. kugira uruhare mu iterambere hibandwa cyane cyane ku bana n‟abagore. | 4. initiating community development programs especially among children and women.
|
Sosiyeti rwanda minerals and mining ltd igomba kwishyura imisoro yose n‟amahoro igomba leta. | Rwanda minerals and mining ltd shall pay all taxes due to the government of rwanda.
|
Akazi umukoresha/umurimo itariki | Profession employeur/fonction date
|
F) uburyo bwo gucunga imyanda y’amazi; g) uburyo bwo gukumira no guhangana n’inkongi. | F) waste water treatment system; g) fire prevention and fighting system.
|
3° abagize inama y‟ubuyobozi y‟ikigo; | 3° members of the board of directors;
|
Ingingo ya 12: irangira ry’amasezerano yo kwitoza umurimo | Article 12: expiry of the apprenticeship contract
|
(e) aderesi zuzuye z’ababyeyi b’umwana, benewabo ba hafi cyangwa iz’abo bavukana, iyo bahari; remitted to the child or to the person who is going to take care of him or her. | (e) full addresses of the child’s parents, close relatives or siblings, if any;
|
Itorwa ry‟abagize umutwe w‟abadepite rikorwa mu gihe kivugwa mu gika kibanziriza iki, mbere y‟uko manda yabo irangira. | Elections of members of the chamber of deputies are held in the period specified in the preceding paragraph, before the end of their term of office.
|
Ingingo ya 35: ibangikana ry’impushya za kariyeri n’impushya z’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro | Article 55: certification and calibration of weighbridges
|
3° kugaragaza no gutera inkunga ibikorwa by‟ubushakashatsi ku iyamamazabuhinzi ry‟ibihingwa bikomoka ku buhinzi n‟ubworozi byoherezwa mu mahanga; | 3° to identify and support research on agricultural extension regarding agricultural and livestock products for export;
|
Ingingo ya 29: abagenzuzi b’imari | Article 29: internal auditors
|
A. umuntu ku giti cye ufite ubwenegihugu nyarwanda cyangwa ubwa kimwe mu bihugu bigize umuryango w’ubuhahirane bw’ibihugu bya afurika y’amajyepfo n’iy’iburasirazuba (comesa) mu magambo ahinnye y’icyongereza; | A physical person, who holds a rwandan nationality or of one of the member states of the common market of east and southern africa, comesa;
|
G) nibura mirongo itanu ku ijana (50%) by’abagize inama y’ubutegetsi bari mu rwanda mu rwego rwo kwitabira inama z’inama y’ubutegetsi; | E) at least fifty per cent (50%) of board of directors members who are in rwanda for the meetings of the board of directors;
|
Ingingo ya 47: ikiruhuko cy’uburwayi ingingo ya 48: guhuriza hamwe ibiruhuko | Article 47: sick leave article 48: consolidation of leave
|
Umutwe wa ii: inshingano n’ububasha bya niss | Chapter ii: mission and powers of niss
|
2° kugenzura imikoreshereze y‟umutungo n‟imari by‟inzego z‟ubushinjacyaha bukuru; | 2° controlling the use of the property and funds of the organs of the national public prosecution authority;
|
Uburenganzira ku masezerano y’ubwishingizi bw’igihe kirekire ntibukurikizwa iyo: | Rights under a long term insurance contract shall not apply if:
|
“ingingo ya 41 quinquies: ibyaha byerekeranye n’impushya zo kwinjira ahantu ntavogerwa ku kibuga cy’indege | “article 41 quinquies: offences relating to airport security permits
|
Iteka rya perezida rigena ibigenerwa abagize inama nkuru y’ubuyobozi bw’ishuri rikuru rya leta bitabiriye inama y’inama nkuru y’ubuyobozi. | A presidential order determines the sitting allowances of members of the governing body of a public institution of higher learning.
|
Umuvugizi wungirije nyandwi sylvain (sé) | The deputy legal representative nyandwi sylvain (sé)
|
Ingingo ya 24: ibihembo by’abavoka mu mirimo itarebana n’inkiko | Article 24: fees for advocates out of courts
|
Urugaga rwitoramo komite nshingwabikorwa igizwe na perezida, uwungirije perezida, umunyamabanga n’abajyanama 2 batorerwa manda y’imyaka ibiri ishobora kongerwa. | The body shall elect its executive committee composed of the chairman, vice chairman, secretary and 2 advisors for a period of two years renewable.
|
(e) n’uhagarariye imiryango itari iya leta ku rwego rw’umujyi wa kigali, umwanditsi wayo. | (e) the representative of civil society organisations at the city of kigali level, rapporteur.
|
Imiryango cyangwa amasosiyeti bihagararirwa n’ababihagarariye bemewe n’amategeko. | The associations and companies are represented by their legal representatives.
|
Umutwe wa iv : umutungo w‟itorero ingingo ya 34 : umutungo w‟itorero ukomoka: -ku misanzu y‟abanyamuryango; -ku mpano n‟indagano; 8th section: internal audit organ | Article 34: the resources of the church originate from : -contributions of the members; -donations and legacy; section 8
|
Itegeko rigamije guteza imbere no korohereza ishoramari …………………………………...2 | Law relating to investment promotion and facilitation………………………………………..2
|
B. igice cy’inyamaswa cyangwa igikomoka ku nyamaswa, ku kintu kigira ubuzima cyangwa ku bwoko bw’ikimera; | B. any part or derivative of an animal, living organism or plant species;
|
12. umuyobozi w’ikinyabiziga: umuntu wese regulatory authority to provide motorcycle public transport services in rwanda; | 12. regulatory authority: rwanda utilities regulatory authority;
|
Ingingo ya 355: impamvu zituma isosiyete ikurwa mu gitabo cy’amasosiyete | Article 355 : reasons for which a company is removed from a register of companies
|
Ingingo ya 14: abemerewe gutora no gutorwa | Article 14: persons allowed to vote and to be elected
|
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.