kin
stringlengths 5
22.5k
| eng
stringlengths 6
6.85k
|
---|---|
Ingingo ya 200 y’itegeko n° 07/2009 ryo kuwa 27/04/2009 ryerekeye amasosiyete y’ubucuruzi ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira : | Article 200 of law n° 07/2009 of 27/04/2009 relating to companies is modified and complemented as follows:
|
Ingingo ya 132: ibyo igitabo cy’imigabane kigomba kugaragaza | Article 132: what a share register shall state
|
- imisanzu ya buri mwaka y’abanyamuryango ; - impano cyangwa umurage by’abantu cyangwa imiryango ; - inkunga z’imiryango mpuzamahanga ; - amafaranga akomoka ku bikorwa by’ishyirahamwe ; - imfashanyo ; - ibihembo by’imirimo yakozwe. | - donations, gifts and legacies; - annual contributions of members; - fund raisings; - productive activities of the association. b. movable assets. section 3: le comite directeur
|
(f) ikindi gihano cyo mu rwego rw’ubutegetsi cyagenwa na banki nkuru. | (f) any other administrative sanction determined by the central bank.
|
Y‟umuryango; gukora raporo ya buri mwaka y‟ibyakozwe; | Association; prepare annual activity reports;
|
Ingingo ya 55: ibisabwa abakozi bakora mu mashuri | Article 55: requirements for school staff
|
Mu gihe cyo kwiyamamaza, abakandida bashobora gukoresha amafoto yabo. amanikwa ahantu hagenwe n’ubuyobozi bw’umurenge. | During electoral campaigns, candidates may use their own photos. they shall be posted at a place authorised by the sector authorities.
|
(a) kubahiriza amabwiriza yo kugenda mu mazi nyabagendwa no gutsika; | (a) to comply with the rules of navigation on waterways and berthing;
|
Ingingo ya 22: gutumira inama rusange | Article 22: invitation for the general assembly
|
Umugereka wa 2 : umubare w’ahatangirwa serivisi/ahantu hatangirwa serivisi z’amaposita h’utanga serivisi z’amaposita ku isi hose intego igihe (kibarwa uhereye itariki aya mabwiriza atangarijwe) | Annex 2: the number of postal service outlets/ service points of operator in charge of universal postal service
|
3° ayobora iburanisha ry’imanza mu gihe abona ko ari ngombwa; | 3° preside over court proceedings whenever he/she deems it necessary;
|
Itegeko ryemerera kwemeza burundu amasezerano y‟impano yashyiriweho umukono i tunis muri tuniziya kuwa 16 werurwe 2009, hagati ya repubulika y‟u rwanda n‟ikigega nyafurika gitsura amajyambere (fad/adf) yerekeranye n‟impano ingana na miliyoni mirongo itanu n‟ibihumbi magana atandatu na makumyabiri za « units of account/unités de compte » (50.620.000 ua/uc) agenewe umushinga w‟umuhanda nyamitanga-ruhwa-ntendezi-tyazo……………………………………………………..5 | Presidential order on the ratification of the protocol of agreement signed in tunis, tunisia on 16 march 2009, between the republic of rwanda and the african development fund (adf), relating to the grant of fifty million six hundred and twenty thousand units of account (ua 50,620,000) for the nyamitanga- ruhwa-ntendezi-tyazo road project…………………………………………………………………………5
|
Umuforomokazi cyangwa umuforomo wanditse wo ku rwego rwisumbuye agira uruhare mu kugira inama no gupima abantu n’ababana mu ngo no muri gahunda yo kurinda umubyeyi clients on prevention of and protection against infections, communicable diseases, accidents and health complications with emphasis on vulnerable groups; | Registered nurse-diploma level shall participate in voluntary counseling and testing or screening individuals and couples and in prevention of mother to child transmission moyens de prévention et de protection contre les infections, les maladies transmissibles, les accidents et les complications de santé en mettant l'accent sur les groupes vulnérables ;
|
(3) gushyiraho ibigega by’ubwishingizi bw’abishingizi no guhitamo umuyobozi wabyo bikurikiza amabwiriza y’urwego rw’ubugenzuzi. | (3) constitution of the reinsurance pools and selection of administrator of those pools follows the direction of the supervisory authority.
|
Isibwa cyangwa se ikurwa ry’umuganga cyangwa umuganga w’amenyo ku rutonde rimenyeshwa urwego rwavuzwe haruguru. article 23 : meetings of the national council board | Any deletion or removal of a medical doctor or a dentist from the register shall be notified to the authority referred to above. article 23: réunions du conseil national de l’ordre
|
Kugira ngo umuntu yemererwe kuba mu bagize komite nyobozi y’akarere agomba kuba yujuje ibiteganywa n’itegeko ngenga rigenga amatora. | To be a member of the district executive committee, a person must meet the conditions required by the organic law governing elections.
|
(f) gutsura ubufatanye n’imikoranire n’abafatanyabikorwa. | (f) engagement and collaboration with partners.
|
Minisitiri w’intebe makuza bernard (sé) minisitiri w’ubucuruzi n’inganda nsanzabaganwa monique (sé) minisitiri w’abakozi ba leta n’umurimo murekezi anastase (sé) minisitiri w’imari n’igenamigambi musoni james (sé) bibonywe kandi bishyizweho ikirango cya repubulika: minisitiri w’ubutabera/intumwa nkuru ya leta karugarama tharcisse (sé) this order shall come into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. it takes effect as of 12/03/2008. kigali, on 26/03/2008 | The prime minister makuza bernard (sé) the minister of trade and industry nsanzabaganwa monique (sé) the minister of public service and labour murekezi anastase (sé) the minister of finance and economic planning musoni james (sé) seen and sealed with the seal of the republic: the minister of justice/attorney general karugarama tharcisse (sé) p g j sa publication au journal officiel de la république du rwanda. il sort ses effets à partir du 12/03/2008. kigali, le 26/03/2008
|
Uru ruhushya ruhabwa umunyamahanga uje gukorera mu rwanda mu gihe kitarenga iminsi mirongo icyenda (90) cyangwa uwikorera utarabona uruhushya rwo kuba mu rwanda. | This pass shall be issued to a foreigner who secures employment for not more than ninety (90) days. it shall also be issued to a worker or a self employed person who has not yet acquired a residence permit.
|
Itegeko n° 63/2007 ryo ku wa 30/12/2007 | The law n° 63/2007 of 30/12/2007
|
Ingingo ya 2 : icyicaro cy’umuryango gishyinzwe mu karere ka bugesera, umurenge wa nyamata. gishobora ariko kwimurirwa mu kandi karere ka repubulika y’u rwanda byemejwe n’inteko rusange. | Article 2: the headquarters of the association shall be situated in bugesera district, nyamata sector. it may however be transferred elsewhere within the republic of rwanda upon decision of the general assembly.
|
11º ikindi cya ngombwa gishobora gusabwa mu gitabo cyerekana uburyo ipiganwa rikorwa hakurikijwe ibiteganywa n’iri tegeko, amabwiriza agenga amasoko ya leta, n’andi mategeko n’amabwiriza yo ku rwego rw’igihugu bitewe n’umwihariko w’isoko. | 11º any other requirement as may be provided for by the tender document in accordance with the provisions of this law, public procurement regulations and other national laws and regulations in force depending on the tender specific nature.
|
Amategeko agenga ishyirahamwe ridaharanira inyungu « ishyirahamwe riharanira iterambere ry’uburezi n’umuco/idec » | Statutes of the non profit making association “initiative for the development of education and culture / idec”
|
Ingingo ya 11 : ishyirwaho ry’ingaga | Article 11: structure
|
(ii) abayobozi bakuru batanga raporo ku nama y’ubutegetsi cyangwa kuri komite z'inama y'ubutegetsi; na | (ii) senior executive reporting to the board or to board committees; and
|
Ingingo ya 65: itangwa ry’uruhushya | Article 55: transfert de licence
|
Ingingo ya 10: inzira yo gushyiraho pariki y’igihugu | Article 10: stages for establishing a national park
|
Abandi bakozi ba naeb bashyirwaho hakurikijwe amategeko ngengamikorere ya naeb. | Other staff members of naeb are recruited in accordance with the internal rules and regulations of naeb.
|
Ku munsi w’ishyingirwa, uburyo bwo gucunga umutungo abashyingiranywe bahisemo bwandikwa mu gitabo cy’inyandiko z’abashyingiranywe ndetse no mu nyandiko y’ishyingirwa. | On the day of marriage, the type of matrimonial regime chosen by the spouses is recorded in the registry of marriage and on the marriage certificate.
|
9° guharanira ireme mu myigishirize y’ubunyamwuga mu buzima; | 9° to ensure the quality of health professional teaching;
|
Iteka rya perezida rishyiraho umuyobozi w‟ishuri rikuru ry‟uburezi ry‟i kigali........................................20 | Presidential order appointing the rector of the kigali institute of education…………………………….....20
|
N°28/01 ryo kuwa 30/05/2011 | 28/10/2011
|
Ingingo ya 313: amasosiyete yashingiwe hanze y’u rwanda yemerewe kwandikwa | Article 313: companies incorporated outside rwanda authorised to register
|
Uretse igihe itegeko ribiteganya ukundi, ku byerekeranye n’itangwa ry’ibimenyetso hakurikizwa itegeko rijyanye n’itangwa ry’ibimenyetso. | Unless provided otherwise by law, the production of evidence is made in accordance with the law relating to the production of evidence.
|
Amategeko shingiro y’ishyirahamwe apax | Statutes of association sevota
|
Inyandikompesha ni imanza zaciwe n’inkiko, ibyemezo by’abacamanza, imanza z’inkiko nkemurampaka, inyandikomvaho zirimo ingingo zemerera uberewemo umwenda kugurisha icyagwatirijwe bitagombye urubanza, inyandiko z’amasezerano yerekeranye n’amasoko ya leta, inyandikomvaho n’imanza z’inkiko zo mu mahanga abacamanza bo mu rwanda babifitiye ububasha bemeye ko ziharangirizwa. | Enforcement orders shall be judgements and other court orders, arbitral awards, authentic deeds containing clauses permitting creditors to sell mortgaged property without recourse to judicial proceedings, public tender contracts, authentic foreign deeds and judgements bearing the exequatur formula by a competent rwandan judicial authority.
|
Ingingo ya 17: inshingano z’umuyobozi mukuru wungirije ushinzwe ubutaka no gutunganya amakarita | Article 17: responsibilities of the deputy director general in charge of lands and maping
|
Icyicaro gikuru cy‟umuryango giherereye mu mujyi wa kigali. gishobora kwimurirwa ahandi mu rwanda ku cyemezo cy‟inama nkuru y‟umuryango. | The social headquarters of the association is located in kigali city. it can be shifted to any other place in rwanda upon the decision of national congress.
|
Uhagarariye umuryango sister drouard hélène (sé) | The legal representative sister drouard hélène (sé)
|
Minisitiri w’abakozi ba leta n’umurimo prof. nshuti p. manasseh (sé) | The minister of public service and labour prof. nshuti p. manasseh (sé)
|
Ingingo ya 134 : ibyemezo bifatirwa nyir’itungo utubahirije ikumira ry’indwara ya muryamo y’amatungo magufi yuza | Article 134 : measures taken against any stock breeder who does not comply with the instructions meant to prevent the plague of small ruminants
|
(2) gutanga kandidatire bikorwa mu nyandiko ebyiri zisa ziriho umukono cyangwa igikumwe by’umukandida n’inyandiko ye yemeza ko ibyo atanze ari ukuri. | (2) the submission of candidacy is done in two copies signed or fingerprinted by the candidate and accompanied by a sworn declaration that information provided therein is true.
|
17° bwana ngabo martin, umushinjacyaha ku rwego rwisumbuye; | 17° mr ngabo martin, prosecutor at intermediate level;
|
Abayobozi bungirije ba khi bashyirwaho n‟iteka rya minisitiri w‟intebe. bagira manda y‟imyaka ine (4) ishobora kongerwa inshuro imwe. | The vice-rectors of khi shall be appointed by a prime minister‟s order. they are appointed for a term of office of four (4) years renewable only once.
|
Ingingo ya 420: kubangamira imikorere y‟abakozi bashinzwe kugenzura inyubako zirinzwe bikozwe n‟umuntu ufite ikigo | Article 420: obstructing agents responsible for inspecting classified buildings committed by a person who has an establishment
|
Umunyarwanda ufite uruhare mu buryo bwo kwishyurana bwo mu mahanga, inshingano n’uburenganzira bye bigengwa n’amategeko agenga uburyo bwo kwishyurana bwo mu mahanga. | In the event of insolvency of a foreign participant in rwanda, his or her following settlement-related rights and obligations are governed by the laws of rwanda:
|
(c) kuba afite amanota fatizo ashingirwaho mu gutanga inguzanyo yo kwiga muri uwo mwaka. | (c) to have required marks as a basis to qualify for study loan for that year.
|
(h) « ubucuruzi bw’imyenda yishyurwa » bivuga amasezerano atuma umuhuza mu rwego rw’imari abasha kugura imyenda mu bigo or unsecured; | (h) “factoring services” means an agreement by which a financial intermediary undertakes to purchases receivables from financial institutions. accorder des prêts soit garantis ou non garantis ;
|
Ingingo ya 3 :aho ikorera | Section 3: stage
|
8. gutegura umushinga w'igenamigambi ry'ibikorwa by‟ishuri rikuru ry‟itumanaho « fondation margrit fuchs » (escom) by'igihe gito, igiciriritse n'ikirambye; | 8. to draw up the project of the plan of short, medium and long term activities of the high school of communication «margrit fuchs foundation» (escom);
|
5° imiyoboro y’itumanaho; | 5° healthcare systems;
|
(10) ibarwa uhereye igihe cy’iseswa rya fondasiyo. | Ten (10) years from the date of dissolution of the foundation.
|
Inama y’ubuyobozi ya chub ni rwo rwego ruyobora kandi rufata ibyemezo. ifite ububasha busesuye bwo gufata ibyemezo mu byerekeye ubuyobozi, abakozi n’umutungo bya chub hakurikijwe amategeko. | The board of directors of chub is the supreme management and decision- making organ. it is invested with extensive powers to make decisions regarding administration, human resources and the property of chub in accordance with the laws.
|
Banki nkuru ishobora gutanga ubundi bufasha cyangwa igashyiraho amabwiriza yihariye ku mikorere y'imicungire y'ibyateza ingorane ikigo n'ibipimo ngenderwaho by'ikigo igihe bikwiye kandi ari ngombwa. | The central bank may issue additional guidance or specific directives on erm systems and internal models if appropriate and necessary.
|
9º kwicisha abaturage inzara no kubabuza ko imfashanyo zagenewe kubagoboka zibageraho; | 9º starving the civilian population and preventing humanitarian assistance from reaching such population;
|
Umutwe w'abadepite, mu nama yawo yo ku wa 20 | The chamber of deputies, in its sitting of 20
|
Rigamije kurengera umutungo bwite mu article 6: authorizing the performance of a work without authorization | Article 6: authorizing the performance of a work without authorization
|
E) isosiyete y’ubwishingizi yashyizweho kandi igahabwa icyemezo hakurikijwe itegeko rigenga amasosiyete y’ubwishingizi; | E) an insurance company established and licensed under the law governing insurance companies;
|
5° guhagarika igihe gito cyangwa kwirukana abanyamuryango batubahiriza amabwiriza y’ikigo gishinzwe isuzuma n’iyishyurana; | 5° suspension or expulsion of members due to their failure to comply with the rules of the clearing house;
|
Nº 23/03 ryo kuwa 26/03/2012 | N°23/03 du 26/03/2012
|
N° 132/03 ryo ku wa 20/11/2020 | N° 132/03 du 20/11/2020
|
Amasezerano yakozwe n’ubereyemo abandi imyenda yerekeranye n’ikodeshagurisha n’ikodesha ry’amazu cyangwa indi mitungo agomba gukorerwa ubereyemo abandi imyenda akomeza gukorwa ariko bibarwa mu bintu byashyizwe mu ikurikirana ry’igihombo. | Contracts concluded by the debtor for the lease and tenancy of houses or other assets to be performed for the debtor continue to exist but to the credit of the assets involved in the insolvency proceedings.
|
Ushinzwe iyegeranya n’igabagabanya ry’umutungo agomba kuba ukora umwuga wo kuzahura ubucuruzi cyangwa gucunga igihombo. 3° the financing is unfairly prejudicial to that creditor or to the class of creditors to which that creditor belongs in the case of a creditor who voted against the financing. | 3° the financing is unfairly prejudicial to that creditor or to the class of creditors to which that creditor belongs in the case of a creditor who voted against the financing.
|
Akimara kwemezwa n’inama y’inama y’inararibonye, aya mategeko ngengamikorere ya reaf atangazwa mu igazeti ya repubulika y’u rwanda. | After approval by the regulator, the rules of procedure are published in the official gazette of the republic of rwanda.
|
Abakozi ba naeb bagengwa na sitati rusange igenga abakozi ba leta n‟inzego z‟imirimo ya leta. | The staff of naeb is governed by the general statute for rwanda public service.
|
Sezar igenzura ubusabe n’inyandiko zisabwa mbere yo gufata icyemezo. | Sezar shall review the application and the required documents before making a determination.
|
10° gutanga serivisi zo kugenzura ingendo zo mu kirere, amakuru ajyanye n‟iguruka ry‟indege n‟arebana n‟ubumenyi bw‟iby‟indege mu rwanda; | 10° to provide air traffic control service, flight information service and aeronautical information service of rwanda;
|
2° guhererekanya umutungo wabo wose cyangwa igice cyawo; | 2° transfer of a part or the whole of their property;
|
Komite ishinzwe imikorere y‟ishyaka n‟imyitwarire y‟abayoboke ku rwego rw‟igihugu igizwe n‟abantu batanu (5) barangwa n‟ubunyangamugayo, ubupfura, ubushobozi, ubutabera n‟ubwitonzi. | Members of the committee in charge of party functioning and conduct of its members at national level shall be comprised of five (5) persons recognized for their integrity, wisdom, competence, impartiality and modesty.
|
Cyamunara igenda ikorwa kuri buri mutungo cyangwa kuri buri gice cy'umutungo hakurikijwe uko umwenda ungana, ikarangizwa n’uko habonetse amafaranga ahagije yo kwishyura umwenda wose nk’uko wemejwe n’urubanza cyangwa indi nyandikompesha hongeweho amafaranga yakoreshejwe mu kurangiza urubanza | The auction is to be conducted on each immovable or on each part of an immovable in accordance with the value of the debt, and is closed after acquirement of enough money to pay the debt as decided in the judgement or other enforcement order after adding the expenses of execution as explained in the statement of the court bailiff.
|
Urwego rw’ubugenzuzi rushobora gusaba ikigo cy’ubwishingizi cyatanze gahunda y’izahura gufata ingamba z’inyongera kuzo cyari cyatanze. | The supervisory authority may request that the insurer which submitted a recovery plan to take additional measures.
|
5° guteza imbere iterambere rishingiye ku itangazamakuru n’itangazabumenyi hagamijwe kuzamura ireme ry’ubuzima n’iry’umurimo; | 5° to promote an information society for the enhancement of quality of both life and work;
|
Article 5 : autres conditions d‟agrément ikigo kitagenzurwa na banki nkuru cyifuza gutanga serivisi zo kwishyurana kigomba kandi gutanga izindi nyandiko zikurikira kugirango cyemererwe gukora: | Article 59: conditions for a non- commissioned officer to be promoted to the category of officer a non-commissioned officer can be promoted to the category of officers if he fulfils the following conditions:
|
5% imodoka zifite moteri zifite ubushobozi buri hagati ya 1500 na 2500 cc | 5% vehicles with an engine capacity of between 1500 and 2500 cc
|
Iyo indege yose yangiritse cyangwa ibice byayo, iyo ndege, ibintu n’imitwaro biyirimo, ibikoresho, ibikoresho bisimbura ibyuma by’indege cyangwa ibindi bikoresho byazanywe by’agateganyo ku mpamvu z’iperereza ku mpanuka y’indege cyangwa ku mpamvu zo gushakisha indege bitavanywe ku butaka bw’u rwanda, mu gihe cy’imyaka itatu (3) nyuma y’uko iperereza ku mpanuka y’indege rirangiye, birasenywa. | In case a damaged aircraft or parts thereof, the aircraft, any stock or cargo contained therein, together with the tools, spare parts or equipment brought in for temporary use in aircraft accident investigations or for purposes of search of the aircraft are not removed from the rwandan territory within three (3) years after completion of the aircraft accident investigations, they are destroyed.
|
Mu rwego rw’izo nshingano, rtda yibanda cyane cyane ku bikorwa bikurikira: | To fulfil such mission , rtda shall focus on the following activities:
|
Kubera ibivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo banki ashyikiriza urwego rw’ubugenzuzi ibi bikurikira: | For the purpose of paragraph one of this article, a bank shall submit the following to the supervisory authority:
|
(sé) kagame paul president of the republic (sé) kagame paul président de la république (sé) dr. habumuremyi pierre damien minisitiri w’intebe (sé) dr. habumuremyi pierre damien prime minister (sé) dr. habumuremyi pierre damien premier ministre bibonywe kandi bishyizweho ikirango cya repubulika: | (sé) kagame paul president of the republic (sé) dr. habumuremyi pierre damien prime minister (sé) seen and sealed with the seal of the republic:
|
Werurwe 2012, hagati ya repubulika y’u rwanda n’ikigega cya opec gitsura amajyambere mpuzamahanga (ofid), yerekeranye n’inguzanyo ingana na miliyoni icumi z’amadolari y’abanyamerika (10.000.000 usd) agenewe umushinga w’umuhanda rubengera – gisiza | March 2012, between the republic of rwanda and the opec fund for international development (ofid), relating to the loan of ten million american dollars (usd 10,000,000) for the rubengera – gisiza road project
|
Inkiko zisumbuye | Higher instance courts
|
Abanyamuryango bawushinze ni abashyize article 4: | The founder members are those that have signed article 4:
|
1° nyiri ubwite asanzwe afite amakuru avugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo; | 1° the data subject already has the information referred to in paragraph one of this article;
|
Ingingo ya 72: itangwa rya kandidatire ku mwanya wa perezida wa repubulika | Article 72: submission of the candidacy for the office of the president of the republic
|
Umugereka wa a9 | Appendix a9
|
Iyo uwahawe uruhushya atubahirije ibikubiye mu nyandiko yo kwihanangirizwa ivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, urwego ngenzuramikorere rutangira inzira zo guhagarika cyangwa kwambura urwo ruhushya. guhagarika cyangwa kwambura uruhushya bikorwa mu buryo bukurikira: | If the licensee fails to comply with the warning notice provided for in paragraph one of this article, the regulatory authority initiates the suspension or revocation procedure. the suspension or revocation of a licence is conducted in the following manner:
|
Mu minsi icumi (10) uhereye ku munsi yaboneyeho imenyesha, umwanditsi mukuru, mbere yo gufata icyemezo, agomba kubanza gusaba uberewemo umwenda kumusobanurira impamvu ibyanditswe bifite akamaro. | The registrar general must, before making a decision, give the secured creditor notice to show cause, within ten (10 ) days of the date on which the notice is given, why the data is important.
|
(1) umwishingizi ashyiraho gahunda n’ingamba z’ishoramari bijyanye n’intego z’imikorere, imiterere y’imitunganyirize y’imirimo, na politiki y’imigenzurire y’imbere n’ishoramari. | (1) an insurer develops an investment plan and strategy that is in line with the operational objectives, organizational structure, internal control and investment policy.
|
Icyiciro cya 2: uburezi bwo mu mashuri abanza | Section 2: primary education
|
2° bukoresha mu buryo butaziguye umutungo utimukanwa w’ubwizerane mu rwanda; | 2° it directly uses the immovable property of the trust in rwanda;
|
Ingingo ya 34: kuboneka k’uwatangajwe ko yapfuye n’inkurikizi bigira | Article 34: reappearance of the person declared dead and its effects
|
Ubufatanye mu bucuruzi n’abafatanyabikorwa bakurikiranirwa hamwe iyo batubahirije ibivugwa mu gika cya 2 cy’iyi ngingo. | The partnership and the partners are jointly liable in case of a failure to meet the obligations under paragraph 2 of this article.
|
Ingingo ya 7 : ibisabwa kugira ngo isoko ry‟ibicuruzwa ku isoko ry‟imari n‟imigabane ryemerwe | Article 7: origin of importation and modalities of export of organs and tissues
|
8° igihe amakuru bwite azamara abitswe; | 8° the period for which personal data will be stored;
|
Ingingo ya 19: icyemezo ku busabe bwo guhererekanya uburenganzira ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro | Article 19: decision on the application for transfer of mineral rights
|
2° koperative y’ubworozi; | 2° industrial manufacturing;
|
2º umuntu akoze igikorwa ategetswe n’umuyobozi wemewe n’amategeko, uretse igihe icyo gikorwa bigaragara ko kinyuranye n’amategeko; | 2º a person commits an act under orders of a legitimate authority, unless such an act is evidently unlawful;
|
Amazu cumi kuri diyosezi, amazu makumyabiri numunani ku ma paruwase, ifite insengero makumyabiri n‟umunani nini nizindi ijana namakumyabiri ntoya, ifite amashuri abanza makumyabiri natanu, ifite amashuli ane yisumbuye, amashuli atanu y‟imyuga, ibigo ndera buzima bitatu na ma dispensaire imwe , - implement the objectives of the synod of the diocese - enthrone pastors and confirmation | The diocese has ten houses at the headquarters, twenty height houses at parishes, twenty eight big churches and other one hundred and twenty small churches. it has twenty five primary schools, five secondary schools, four vocational schools, health center and four dispensaries. for moveable property it has five cars, four - mettre en application les objectifs du synode diocésain ; - consacrer les pasteurs et la confirmation ;
|
Mu gihe ibyaha biteganyijwe mu gika cya mbere cy‟iyi ngingo bikozwe n‟umwe mu bashyingiranywe, uwabitwaye ategekwa kubisubiza. | If the offences under paragraph one of this article are committed by either of the spouses, restitution shall be ordered.
|
Ibi byaha bitandukanye bigenzwa kandi bikagaragazwa n’umwanditsi mukuru cyangwa se abamuhagarariye. | These offenses shall be investigated and proved by the registrar general or his/her representatives.
|
Abandi bacamanza bo mu nkiko zisanzwe n’abo mu nkiko z’ubucuruzi barahirira i m b ere y a p erezi d a w’uru k i k o rw’ikirenga hari abagize inama nkuru y’ubucamanza. abacamanza bo mu r ukiko rwa gisirikare n’abo mu rukiko rukuru rwa gisirikare barahirira imbere ya minisitiri w’intebe. abakozi bo mu rwego rw’abanditsi bo section 5: disqualification of judges article 171: reason of challenging a judge | Article 170: modalities of taking oath of judges and registrars section 5: disqualification of judges article 171: reason of challenging a judge
|
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.