kin
stringlengths
5
22.5k
eng
stringlengths
6
6.85k
Iri teka rireba abahanga mu by‟imiti bakora umwuga w‟abuhanga mu by‟imiti mu rwanda.
This order applies to pharmacy professionals who practice pharmacy profession in rwanda.
Uvuga ko ibintu byafatiriwe byose cyangwa bimwe muri byo ari ibye, ashobora kubuza kubigurisha, abyandikira perezida w’urukiko rwaciye urubanza cyangwa akabivuga mu magambo mu bwanditsi bw’urukiko, bikamenyeshwa uwafatiriye n’uwafatiriwe ibintu n’umukozi ushinzwe kugurisha ibintu cyamunara nibura mbere y’uko igurisha rirangira, kandi akerekana n’ibimenyetso bigaragaza ko ibyo bintu ari ibye; atabikora uko ntibigire agaciro.
A person who claims to be the owner of all or part of the seized property may object to their sale by a written statement addressed to the president of the court that heard the case or an oral statement made in the court registry and notify the distrainer and the distrainee and the court bailiff at least before the auction ends, and shall produce clear proofs of ownership; failure to do so shall render the claim invalid.
Umugereka wa ii: ibipimo bisabwa kuri serivisi zo gutwara abantu mu buryo rusange hifashishijwe bisi
Annex ii: standards for public transport service bus
26 63671 s/sgt musabyimana françois 40 ntw 6/30/1998
27 64118 s/sgt nkurunziza ferdinand 43 11 5/6/1998
Ingingo ya 64: imikoreshereze, imicungire n’imigenzurire by’umutungo wa sfb imikoreshereze, imicungire n‟imigenzurire by‟umutungo wa sfb bikorwa hakurikijwe amategeko abigenga. ubugenzuzi bushinzwe igenzura rya buri munsi ry‟imikoreshereze y‟umutungo wa sfb buha raporo inama y‟ubuyobozi bukagenera kopi umuyobozi wa sfb.
Article 64: use, management and audit of the property of sfb the use, management and the audit of the property of sfb shall be carried out in accordance with relevant laws. the service responsible for the daily auditing of the use of property of sfb shall submit a report to the board of directors and its copy to the rector of sfb.
Igice cya vii: ibyerekeye biro z’intara
Section vii : des bureaux provinciaux
Ubwitange buhebuje bugaragarira mu section 2: criteria for determining categories of national heroes
Supreme sacrifice is demonstrated by devoting section 2 : critères de détermination des catégories de héros nationaux
Iyo umuyobozi w’akarere n’abamwungirije bakuwe mu mirimo yabo icyarimwe, mu gihe kitarenze amezi atatu (3) uhereye ku munsi umuyobozi w’akarere n’abamwungirije bahagarikiye imirimo, guverineri w’intara ateranya inama njyanama y’akarere idasanzwe ikitoramo uyobora akarere by’agateganyo. itora ry’umuyobozi w’akarere w’agateganyo rikorwa hakurikijwe ibiteganywa n’itegeko ngenga rigenga amatora.
If the district mayor and his or her deputies are dismissed at the same time, within a period of three (3) months from the day on which the district mayor and his or her deputies ceased their duties, the provincial governor convenes an extraordinary meeting of the district council to elect from among its members an acting mayor. the election of an acting mayor is conducted in accordance with the organic law governing elections.
2° gusuzuma dosiye z’abashaka kuba abanyamuryango zishyikirizwa inteko rusange;
2° to examine files for those who seek to become members to be submitted to the general assembly;
(f) gukora indi nshingano yahabwa n’inama ya rnec iri mu nshingano zayo.
(f) to perform any other duty falling within the responsibilities of rnec as may be assigned to him or her by the meeting of rnec.
Umucuruzi wese uvugwa mur iri teka uzagira ubushobozi burengeje amafaranga ibihumbi cumi (10.000)frw ku munsi agomba guhita yiyandikisha hakurikijwe itegeko rigenga amasosiyete y’ubucuruzi default or his/her legal guardian who shall sign it acknowledging receipt.
Any person concerned by this order who will start earning above ten thousand rwandan francs (10,000 rwf) per day shall have to immediately get registered according to the law relating to companies réception.
Article 30:transitional provision article 30: disposition transitoire ingingo ya 31: ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’aya mabwiriza article 31: repealing provision
Article 33: transitional provision article 34: repealing provision
4° ibishingirwaho mu guhitamo ibyiciro by’imitungo n’imitungo bwite biberanye n’ishoramari ry’ikigega cy’imigabane ihinduka y’igihe giteganyijwe n’iy’ikigega cy’imigabane idahinduka;
4° the eligibility criteria for asset categories and individual assets for investment by open-ended, interval and closed-ended scheme;
1° guteza imbere irangamimerere hubakwa uburyo bugezweho kandi buhoraho bw‟iyandikwa ry‟abaturage n‟ibibaranga hagamijwe iterambere ry‟igihugu;
1° to promote civil registration through implementing a modern and permanent system for population registration and identification towards national development;
Imiburanishirize yose yerekeye ikirego gisaba gufata icyemezo ivugwa muri iyi ngingo igomba gushyikirizwa umwanditsi mukuru na we akabika kopi y’icyo kirego muri dosiye ifite ikimenyetsoshakiro gihura
All proceedings relating to any application for an order under this article must be served on the registrar general who must keep a copy of the proceedings on a public file
9º gushyira mu bikorwa ibiteganywa n’amategeko agenga amashuri makuru n’amategeko ngengamikorere ya rlea;
9º to ensure the implementation of legal provisions governing institutions of higher learning and the internal rules and regulations of rlea;
Ku wa 31/12/2005 rigena inzego z’imitegekere y’igihugu cy’u rwanda nk’uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu;
31/12/2005 determining the administrative entities of the republic of rwanda as modified and complemented to date;
Urwego, umubare fatizo, agaciro k’umubare fatizo n’umushahara mbumbe bigendana na buri mwanya w’umurimo mu nama y’inararibonye (reaf) biri ku mugereka wa iii w’iri teka.
The level, index value and the gross salary corresponding to each job position in the council of elders (reaf) are in annex iii to this order.
Mu gihe cy’iminsi itanu (5), uhereye ku munsi komite nyobozi y’akarere ifatiye icyemezo cy’uko ishyamba rigomba gusarurwa, umuyobozi w’akarere yohererereza mu nyandiko ikigo gifite amashyamba mu nshingano zacyo icyo cyemezo n’inyandiko zose zerekeranye nacyo, asaba icyo kigo kugira icyo kivuga kuri icyo cyemezo.
The mayor of the district shall, in a period of five (5) days from the day the district executive committee takes a decision to harvest a district forest, submit in writing the same decision and all related documents to the authority in charge of forests requesting for its opinion on the decision.
Ingingo ya 9: ishoramari mu mishinga y’iterambere n’ubwubatsi
Article 9: investment in development and construction projects
Iteka rya minisitiri w’intebe rishyiraho uburyo bw’isuzumabushobozi n’ibijyana na ryo.
A prime minister’s order shall determine modalities for performance appraisal and related benefits.
Bwana rudasingwa pierre agizwe umuhesha w‟inkiko w‟umwuga. ifasi yemerewe gukoreramo imirimo y‟ubuhesha bw‟inkiko bw‟umwuga ni iy‟urukiko rwisumbuye rwa nyarugenge.
Mr rudasingwa pierre is hereby appointed a professional court bailiff with competence to operate in the jurisdiction of the intermediate court of nyarugenge. article premier: de la nomination et de la compétence d’un huissier de justice professionnel
Iyo umunsi wa nyuma wo kubahiriza ibisabwa n‟itegeko rigenga imisoro ubaye ku munsi w‟ikiruhuko, ibisabwa n‟itegeko byubahirizwa ku munsi ukurikira w‟akazi.”
If the last day to respect provisions of the tax law is a holiday, the provisions of law shall be respected on the following working day.”
Amatora y’umusenateri umwe (1) uhagarariye amashuri makuru na kaminuza bya leta ni ku wa kabiri tariki ya 17 nzeri 2019, naho amatora y’umusenateri umwe (1) uhagarariye amashuri makuru na kaminuza byigenga ni ku wa gatatu tariki ya 18 nzeri 2019.
September 2019 whereas for the one (1) senator representing private universities and institutions of higher learning, the polling day is fixed on wednesday, 18 september 2019.
Isubiye ku itegeko n° 33 bis/2003 ryo kuwa 06/09/2003 rihana icyaha cya jenoside, ibyaha byibasiye inyokomuntu n‟ibyaha by‟intambara;
Having reviewed law n° 33 bis/2003 of 06/09/2003 punishing the crime of genocide, crimes against humanity and war crimes;
Umuvugizi wungirije asimbura umuvugizi by’agateganyo iyo adahari, atabonetse cyangwa iyo apfuye atarasimburwa ashinzwe buri munsi umwanya wo kuyobora ivugabutumwa mu rwego rw’igihugu mw’itorero ry’ivugabutumwa guilgal mu rwanda.
The temporary legal representative temporarily replaces the titular legal representative in the event of absence, of prevention or death before the appointment of the successor. he occupies in titular title the charging station of the evangelization in evangelical church guilgal in rwanda.
Inama y’igihugu y’urugaga ni umuvugizi mu nzego za leta no mu bikorera, mu bibazo byose birebana n’imikorere y’umwuga w’ubuhanga mu the organization and functioning of such committees shall be determined by the internal rules and regulations of the council.
The national council board shall serve as an interlocutor with public and private organs with regard to all matters relating to the pharmacy l’organisation et le fonctionnement de ces commissions sont déterminés par le règlement d’ordre intérieur de l’ordre.
Rw’abantu n’ibinyabiziga. impombo zashyizwe hejuru y’ubutaka zigomba kuba zikozwe mu bikoresho bitagira icyo bitwarwa n’urumuri.
The soil surface in the in-between space shall be leveled and rendered non-slippery.
2° itegeko: itegeko n° 13/2014 ryo ku wa 20/05/2014 rigenga ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro na kariyeri;
2° law: law n° 13/2014 of 20/05/2014 on mining and quarry operations;
Iteka rya minisitiri rishyiraho imiterere y’ahantu hagenewe kubikwamo imiti itujuje ibisabwa.
An order of the minister shall set out the nature of the place of confinement of unfit pharmaceutical products.
2° gusuzuma amadosiye afite impaka;
2° examining contentious cases;
Nibura bitatu bya gatanu (3/5) by’abagize inama y’ubutegetsi bagomba kuba bigenga.
At least three fifth (3/5) of the board members shall be independent directors.
Nic isakaza raporo y’umwaka nyuma yo kuyishyikiriza minisiteri ifite ubutegetsi bw’igihugu mu nshingano zayo.
Nic shall disseminate its annual report subsequent to its submission to the ministryin charge of local government.
1° umwirondoro w’uhawe uruhushya;
1 º exploration licence;
Uru ruhushya ruhabwa umunyamahanga ushaka gukora ibikorwa by‟ikoranabuhanga n‟ibikorwa bifitanye isano na byo. uru ruhushya rugabanyijemo íbice by‟inzego bibiri:
This permit shall be issued to a foreigner who intends to invest in the domain of information technology or other related activities. this class of residence permit shall have two sub-classes:
Hakurikijwe itegeko n°20/2000 ryo kuwa 26 nyakanga 2000, hashinzwe umuryango udaharanira inyungu witwa “faith centre ministries’ (f.c.m.).
According to the law n°20/2000 of july 26th, 2000 is created an non profit making organization named «faith centre ministries» (f.c.m)
2° ihamyabushobozi: icyemezo gitangwa n’urwego rubifitiye ububasha rukora isuzuma ry’iyubahirizwa ry’ubuziranenge kigaragaza ubushobozi bwo gukora iyo mirimo;
2° accreditation: attestation provided by a competent organ regarding assessment of conformity to quality, specifying that an enterprise is qualified for carrying out its operations;
Umutwe wa iii : gahunda z’umutekano
Chapter iii: security programmes
Itegeko rishyiraho kandi rigena imiterere y’isangiramutungo ku nyubako n’imihango ijyanye n’iyandikisha ryayo…………………………………………………………………………..26
Law creating and organizing condominiums and setting up procedures for their registration……………………………………………………………………………………26
Ikigo gishobora kwakira, guhuza no gutanga amakuru arebana n’umuntu, asanzwe ashobora kugerwaho na buri wese, harimo n’amakuru ashobora kuva mu nzego za leta zikurikira:
The credit bureau may also receive, compile and disseminate information, as regards to a person which is ordinarily available to the public, including information that may be obtained from the following government sources:
1. umutungo fatizo washingiweho mu gushinga ishuri rikuru; 2. amafaranga yinjiye akomoka ku mirimo n’ibikorwa binyuranye by’ishuri rikuru ; 3. amafaranga akomoka ku bushakashatsi n’ubugishwanama; 4. amafaranga atangwa n’abanyeshuri; 5. inguzanyo zemejwe n’inama y’ubuyobozi; 6. inkunga, impano n’indagano.
The assets a public higher learning institution shall derive from: 1° state budget; 2° income generated from various activities and services of the institution; 3° income generated from research and consultancy services; 4° tuition fees; 5° loans approved by the board of directors; 6° grants, donations and legacy.
2 º guhagararira ppc imbere y’amategeko iyo perezida wa komite nyobozi atabonetse;
2 º to represent ppc before the law in case of absence of the chairperson of the executive committee;
Inshingano zikurikira :
Attributions suivantes :
- perezida : umuvugizi w’umuryango - visi-perezida : umuvugizi wungirije - umunyamabanga - umubitsi
- president: legal representative -vice president: assistant legal representative - secretary -treasurer
(y) «imodoka nto» bivuga ikinyabiziga kitari igare, ipikipiki n’ikinyamitende itatu, gikodeshwa, gitwara kuva ku mugenzi umwe kugera ku bagenzi batarenga 14
(y) “car” means a vehicle except for a bicycle, a motorcycle and a tricycle for lease with a carrying capacity of one to 14 passengers, including the driver;
A. imiyoborere n’uruhare rw’inama y’ubuyobozi/ubuyobozi by’ikigo cy’imari
A. corporate governance and role of the board/management
Abayobozi bose n’abakozi ba koperative y’imari iciriritse yakira amafaranga abitswa bagomba kuba abanyamuryango b’ikigo bakoramo nyuma yo guhabwa akazi. article 27: membership of the management and staff
All management and staff of a deposit-taking microfinance cooperative shall compulsorily be members of their cooperative after appointment. article 27: adhésion des membres de la direction et du personnel
Komite ishinzwe kugenzura imishinga yo kwimura abantu ku mpamvu z’inyungu rusange bireba, bitarenze iminsi mirongo itatu (30) nyuma yo kugezwaho ubusabe, isuzuma ishingiro ry’uwo mushinga kandi igakorana inama nyunguranabitekerezo n’abaturage b’aho ubutaka buherereye ku bijyanye n’ishingiro ry’umushinga wo kwimura abantu ku mpamvu z’inyungu rusange. komite ibamenyesha itariki, 8° a study indicating consequences on living conditions of persons to be expropriated.
The relevant committee in charge of monitoring projects of expropriation in the public interest shall consider the relevance of the project within a period not exceeding thirty (30) days after receiving the request for expropriation and shall conduct a consultative meeting with the population living where the land is located concerning the relevance of the project of expropriation in the public interest. the 8° une étude indiquant les conséquences sur les conditions de vie des expropriés.
Umutwe wa ii : ibishingirwaho mu kubona ubufasha bwihariye bwa leta mu guteza imbere amacumbi aciriritse
Chapter ii: conditions for obtaining special government support for affordable housing development
8° ijana ku ijana (100%) by’amafaranga acibwa abacuruza ibintu bitujuje ubuziranenge, yishyurwa n’ikigo cya leta gifite ubuziranenge mu nshingano zacyo;
8° a hundred percent (100%) of the amount collected as penalties for trade of sub- standard products paid by the public institution in charge of standards;
Iteka rya minisitiri nº28/08.11 ryo kuwa 21/03/2011 riha ubuzimagatozi umuryango «action sociale pour l’education de base (aseb)» kandi ryemeza abavugizi bawo
Ministerial order n°28/08.11 of 21/03/2011 granting legal status to the association «action sociale pour l’education de base (aseb)» and approving its legal representatives
(d) kugira uruhare mu mirimo inyuranye ijyanye n’imyitwarire n’igenzura rusange ry’abagize dasso;
(d) to participate in various activities related to the general discipline and inspection of dasso;
6° igurishwa n‟igururwa ry‟ibice fatizo cyangwa imigabane ifitwe mu kigega; 7° iyishyurwa ry‟inyungu ku migabane;
6° purchase and redemption of units or shares in the scheme; 7° payment of dividends;
Umukozi wayo ugiye mu butumwa mu mahanga.
To an employee who goes abroad for official mission.
-kumenyesha buri gihe inama y’ubutegetsi aho imirimo igeze n’ibibazo bihari; -kugeza ku nama y’ubutegetsi ibibazo byose bireba atedec mu bihe biri imbere; -gukora amadosiye isabwa n’inama y’ubutegetsi.
 to inform regularly the administrative council the evaluation of activities and problems encountered;  to submit to administrative council all issues which involves the association for future consideration of objectives planned;  to elaborate all documents requested by administrative council,
Ingingo ya 19 : inshingano z’inama ngenzuramikorere inshingano z’inama ngenzuramikorere ni izi zikurikira : 1° kugira uruhare mu ishyirwaho ry’umurongo rusange wa politiki ya rura kandi igakurikirana ishyirwa mu bikorwa ryayo;
Article 19: responsibilities of the regulatory board the regulatory board shall have the following responsibilities: 1º to participate in developing rura general policy and monitor its implementation;
Icyemejwe n’abarenze kimwe cya kabiri (1/2) cy’abatoye ni cyo kiba cyemejwe kandi urwego rubifitiye ububasha rugishyira mu bikorwa.
The opinion expressed by more than a half (1/2) of voters prevails and is executed by the competent authorities.
3° ihazabu n’ibihano bisa na yo;
3° fines and similar penalties;
Umunyamabanga official gazette n° 38 of 20/09/2010
Official gazette n° 38 of 20/09/2010
Bene gushyira umukono kuri aya mategeko remezo,bashinze umuryango ridaharanira inyungu bise «clinique mere du verbe»,dukomeza kwita umuryango.uyu muryango uzamara igihe kitagenwe . uyu muryango ugengwa n’amategeko remezo yawo wisunze itegeko n°20/2000 ryo kuwa 26
Article one between the signatories of the present statutes it has been created for an indefinite duration a non- profit making organization named «clinique mere du verbe», hereafter called the association. the present statutes govern the association in the compliance with the law n°20/2000 of 26/07/2000
Ingingo ya 172: uburyo bwo gukurikirana abagize inteko ishinga amategeko
Article 172: procedure for prosecuting members of parliament
6° kumanika ilisiti y’abatora ahabugenewe mu kigo mu minsi nibura irindwi (7) mbere y’uko amatora aba;
6° to display the voters list on the notice board at least seven (7) days before elections;
Abantu amazina yabo ari ku rutonde ruri ku mugereka w’iri teka bemerewe gukora umurimo
Persons whose names appear on the list annexed to this order are hereby appointed professional court
Umucamanza cyangwa umukozi w’inkiko mu murimo ashobora kuba:
A judge or a member of judicial personnel in service may be:
(4) iyo hakoreshejwe ubu buryo, amasezerano y’isoko agomba guhabwa uwatanze igiciro gito gihuje n’ubwiza busabwa kandi bijyanye n’igihe urwego rutanga isoko rukeneyemo ibyo rwifuza kugura.
(4) if this method is used, the procurement contract must be awarded to the bidder that submitted the lowest priced quotation for the described quality that also meets the delivery period of the procuring entity.
Ibiteganywa mu gika cya mbere n‟icya 2 by‟iyi ngingo ni na byo bikurikizwa mu gihe uwareze ari we utitabye.”
The provisions of paragraphs one and 2 of this article shall also apply in the case of the plaintiff‟s failure to appear.”
10° kohereza mu mahanga: gucuruza ibintu cyangwa serivisi hanze y’u rwanda;
10º export: sending goods or services outside rwanda for sale;
Umuntu wese ukora icyaha cy‟ubuzererezi ahanishwa igifungo kuva ku mezi abiri (2) ariko kitageze ku mezi atandatu (6) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva ku bihumbi icumi (10.000) kugeza ku bihumbi ijana (100.000) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano.
Any person who commits vagrancy shall be liable to a term of imprisonment of two (2) months but less than six (6) months and a fine of ten thousand (10,000) to one hundred thousand (100,000) rwandan francs, or one of these penalties.
Iyo bene abo barobanuwe bashobora kurenga ½ cy‟abajyanama bose, abapasitori badashinzwe za paruwase n‟abo bandi basigaye bitoramo abajya kuzuza umubare wa ½ cy‟abajyanama bose.
In case the clergy exceeds half of all the members, pastors not in charge of parishes and other members chose among themselves to fill the half of the remaining wanted number. ingingo ya 10:
(4) uburyo bwo kwishyurana bwagenwe bugomba gukurikirana ko uburyo bwo gucunga uko imirimo ikomeza bwubahiriza amabwiriza rusange agenga imicungire y’ikomeza ry’imirimo n’ukudahungabana k’uburyo bw’imikorere yashyizweho na banki nkuru.
(4) the designated payment system must ensure that the business continuity management procedures comply with the relevant regulation on business continuity and operational resilience as established by the central bank.
8° kwemeza amategeko ngengamyitwarire y’impuguke mu gutanga amasoko n’ivugururwa ryayo;
8° to approve the code of conduct of procurement professionals and its amendment;
Ingingo ya 23: inteko rusange
Article 23: general
Minisitiri w’ubutabera n’imikoranire y’inzego mucyo jean de dieu (sé)
Minister of justice and institutional relations mucyo jean de dieu (sé)
H) kugaragaza ibibura ndetse n’ibyavugururwa mu gutegura uburyo bwo gukomeza imirimo ni igikorwa gihoraho;
H) the opportunity to identify shortcomings and improvements to the organization’s business continuity readiness is a continuous process;
Umunoteri abujijwe kwakira no gutanga:
It is prohibited for a notary to receive and issue:
Umuntu utegura umutwe werekeye imbogamizi, ibyuho n’ibikenewe mu buryo bw’amafaranga, ubw’ikoranabuhanga n’ubw’ubushobozi bijyana na byo agomba:
A person who prepares the chapter on constraints, gaps and related financial, technological and capacity needs must:
Iterana byemewe n‟amategeko iyo abayigize bayitabiriye bagize ubwiganze busesuye.
The council shall lawfully meet if the absolute majority of its members are present.
Abaje mu nama y‟inteko rusange ya cladho bemeje amategeko mashya (statuts) agenga cladho, ajyanye n‟itegeko n0 04/2013 ryo ku wa 17/02/2012 rigenga imitunganyirize n‟imikorere by‟imiryango nyarwanda itari iya leta maze abahagarariye imiryango mu buryo bwemewe n‟amategeko bayashyiraho umukono.
Members of the national spiritual assembly of the baha‟is of rwanda attending the meeting n.170/9 of 15 march 2014, approving the changes to be made to its statutes in order to be in accordance with the law nᵒ 06/2012 of 17 february 2012, determining organization and functioning of religious-based organizations.
Iyo ushinzwe umutekano aketse ko umuntu agiye kwinjira mu ndege mu rwanda cyangwa ari mu ndege iri mu rwanda afite umugambi wo gukora icyaha, ushinzwe umutekano ashobora, abyemerewe na ofisiye ushinzwe umutekano w‟ikibuga cy‟indege:
Where a security officer has reasonable cause to suspect that a person is about to embark on an aircraft in rwanda or is on board an aircraft in rwanda and that person intends to commit an offence, the officer may, with the approval of the security officer in charge of the airport:
Umurimo wa perezida wa repubulika ntushobora kubangikanywa n’uwo kuba mu nzego za leta zitorerwa, indi mirimo ya leta yaba iya gisiviri, iya gisirikari cyangwa se iy’’umwuga.
The office of the president of the republic is incompatible with holding of any other elected office, any other civilian or military public function or any other professional activity.
3° gushyira mu bikorwa ibyemezo n’amabwiriza by’inteko rusange;
3° to implement the decisions and recommendations of the general assembly;
Iteka rya minisitiri w‟intebe rishobora kugena izindi nzego za ngombwa kugira ngo ewsa ishobore kurangiza neza inshingano zayo. icyiciro cya mbere: inama y’ubuyobozi
A prime minister‟s order may determine other relevant organs in order for ewsa to fulfil its mission. section one: board of directors
11° “ubugenzuzi mbonezamihigo” bivuga kugenzura uburyo ironderezamutungo, ihangizamutungo, ibonezantego byitabwaho mu gihe urwego rukoresha umutungo wa leta, waba uw‟amafaranga, abantu n‟ibindi.
11° “performance audit” shall mean an evaluation of economy, efficiency, effectiveness with which an entity uses public resources at its disposal, whether financial, human or other resources;
Uretse igihe habayeho gutanga imigabane mishya ku banyamigabane, nta n‘umwe mu bagize inama y‘ubutegetsi y‘ushyira ku isoko imigabane uhabwa uburenganzira bwo guhabwa imigabane mbere y‘abandi kandi ku buryo butaziguye igihe hashyizwe ku isoko imigabane cyangwa ibindi bicuruzwa byo ku isoko ry‘imari n‘imigabane biherekejwe n‘uburenganzira bwo guhindura imigabane keretse iyo abanyamigabane bemejeko uwo muntu mu bagize inama y‘ubutegetsi ahabwa ku buryo bw‘umwihariko imigabane kandi bakabyemeza mu nama rusange.
Except in the case of a rights issue to shareholders, no director of an issuer shall be given preferential allotment directly in an issue of shares or other securities with rights of conversion to shares unless shareholders in general meeting have approved of the specific allotment to be made to such director.
Ingingo ya 12: amafaranga y’urugendo rw’imodoka iyo ba visi-perezida ba sena, ba visi-perezida b‟umutwe w‟abadepite, abaminisitiri, abandi bagize guverinoma bashobora gushyirwaho na perezida wa repubulika, abanyamabanga ba leta, abaguverineri b‟intara n‟umuyobozi w‟umujyi wa kigali, abasenateri n‟abadepite, bagiye mu butumwa imbere mu gihugu bakoresheje imodoka zabo, leta ibagenera article 10: limit for official mission allowances inside the country
When the vice-presidents of the senate, deputy speakers of the chamber of deputies, ministers, other cabinet members who may be appointed by the president of the republic, ministers of state, provincial governors, mayor of the city of kigali, senators and deputies use their own vehicles while on official missions within the country, the state shall pay mileage allowances article 10 : limite pour les frais de mission officielle à l’intérieur du pays
Amasezerano ashyiraho ikigo cy‟ubwishingizi (zep-re) mu bihugu bihuriye mu isoko rusange rya afurika y‟iburasirazuba n‟iyo mu majyepfo (comesa), yashyiriweho umukono i mbabane muri swaziland ku wa 21 ugushyingo 1990, yemejwe burundu kandi atangiye gukurikizwa uko yakabaye.
The agreement establishing the pta reinsurance company(zep-re) in member states of the common market for eastern and southern africa (comesa), adopted in mbabane, swaziland on 21 november 1990, is hereby ratified and becomes fully effective.
Aya mabwiriza ashyiraho komite mpuzabikorwa y’urwego rw’ubutabera ku rwego rw’akarere, yitwa “komite” muri aya mabwiriza, akanagena inshingano, imiterere n’imikorere byayo.
These instructions establish the coordination committee of the justice sector at the district level hereinafter referred to as “the committee” and determine its mission, structure and functioning.
Minisiteri ifite umurimo mu nshingano, ishobora kwanga kwandika urwego ruhagararira abakozi cyangwa uruhagararira abakoresha kubera impamvu zikurikira:
The ministry in charge of labour may refuse to register employees’ organisation or employers’ organisation due to the following reasons:
Abisabwe na madamazela gatesi caroline ubarizwa kuipersstraat 73/01 2900 schoten mu gihugu cy‟u bubiligi, mu ibaruwa ye yakiriwe kuwa 09/07/2013;
On request lodged by mrs. gatesi caroline domiciled in kuipersstraat 73/01 2900 schoten - belgium, received on 09/07/2013;
Ingingo ya 159:
Article 159 :
“gutanga kandidatire bigomba guherekezwa n‟ibya ngombwa bikurikira:
“the submission of candidature shall be accompanied by the following documents:
Ryo kuwa 26/07/2000 rigenga imiryango idaharanira inyungu, hashyizweho umuryango wita ku “ibikorwa nyarwanda bigamije kubungabunga, kurengera ibidukikije no gutsura amajyambere rusange” ugengwa n’aya mategeko
Th july 2000 relating to non-profit making organizations, it is hereby created an organization regulated by the present statutes: “rwandan action for environment protection and integrated development” « arsedi».
Y‟iri tegeko. umusoreshwa agomba kwandika asaba kongererwa igihe cyo kwishyura nibura ukwezi kumwe (1) mbere y‟uko itariki yo kwishyura igera, nyuma y‟ivugururwa cyangwa y‟igenwa ry‟umusoro mushya. inama njyanama y‟urwego rw‟ibanze igomba gusubiza ibaruwa y‟umusoreshwa mbere y‟uko itariki yo gutanga umusoro igera.
The taxpayer must request a deferral of tax payment in writing at least one (1) month before the due date, after tax review or tax re-assessment. the council of the decentralized entity must respond to the request of the taxpayer before the due date.
Komisiyo y’ u rwanda ishinzwe ivugururwa ry’amategeko igomba, ku buryo buhoraho, gukorana n’inzego zose za leta cyane cyane ibiro bya minisitiri w’intebe, umutwe w’abadepite na minisiteri y’ubutabera kugira ngo aya mabwiriza ashyirwe mu bikorwa. komisiyo kandi, igomba gukora raporo
The rwanda law reform commission shall on a regular basis collaborate with all public institutions particularly the office of the prime minister, the chamber of deputies and the ministry of justice to ensure effective implementation of these instructions.
10° atanze ubujurire mu rukiko rw’ubujurire ku manza zatangiriye mu nkiko z’ibanze;
10° appeals before the court of appeal in cases that originate from primary courts;
2. mwitende patrice gisozi 32531
A.s. n° 43127
Icyakora, mu gihe cyo gusesa fondasiyo y’inyungu zisangiwe, umutungo usigaye ugomba guhabwa indi fondasiyo ihuje intego n’iyasheshwe cyangwa leta mu gihe nta yindi fondasiyo bihuje intego.
However, in case of dissolution of a common interest foundation, the remaining property is transferred to another foundation with same purpose or to the state if there is no such a foundation.
3° urukiko rukuru rwa gisirikare;
3° the military high court;
Umuntu wese ubonye isoko y’amazi cyangwa amazi y’ikuzimu ari mu burambagizi ubwo ari bwo bwose, ubushakashatsi cyangwa ubucukuzi agomba guhita abimenyesha ubuyobozi bubifitiye ububasha.
Any person who finds water sources or groundwater in the course of any kind of prospection, exploration or exploitation must immediately report the discovery to the competent authority.
3º imicungire y’ikomeza ry’imirimo: uburyo bwo kubona imirimo muri rusange bukubiyemo politiki, ibigenderwaho, ingamba n’ibikurikizwa bituma ibikorwa runaka bikomeza gukorwa cyangwa bigasubizwa ku murongo losses in the event of major operational disruptions.
3º business continuity management (bcm): a whole-of-business approach that includes policies, standards, frameworks and procedures for ensuring that specific operations can be maintained or recovered in a timely activité, tout en minimisant les pertes en cas de perturbations opérationnelles majeur.