kin
stringlengths
5
22.5k
eng
stringlengths
6
6.85k
Ibindi bikorwa bifitanye isano n’iperereza ry’ibanze bikozwe na polisi y’u rwanda bishyikirizwa urwego rw’igihugu rushinzwe and detention of a suspect in accordance with procedures under this law;
Other preliminary investigations-related acts performed by rwanda national police and handed over to the rwanda investigation et à la détention d’un suspect dans les conditions prévues par la présente loi;
Ingingo ya 3 : igihe iteka ritangirira gukurikizwa article 3 : commencement article 3 : entrée en vigueur iri teka ritangira gukurikizwa umunsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda. this order shall come into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. le présent arrêté entre en vigueur le jour de sa publication au journal officiel de la république du rwanda.
All prior provisions contrary to this order are hereby repealed. article 5: commencement this order shall come into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. organisation du service correctionnel du rwanda.
(h) amafaranga y’ibihombo byo mu isanduku agomba kwishyurwa n’abantu bireba na ho amafaranga asagutse mu isanduku agomba gukorerwa ibaruramari nk’umutungo both at the headquarters, the branches and in transit;
(h) the cash deficits shall be paid by the responsible persons while the cash surpluses shall be accounted as special income of the deposit-taking microfinance institution after a period branches et celui en transit;
Umuntu wese ubishaka, nta gitekerezo cyo kwica kiriho, wicisha inzara cyangwa inyota uwo ashinzwe bikamuviramo urupfu, ahanishwa igifungo kirenze imyaka itanu (5) kugeza ku myaka irindwi (7).
Any person who intentionally starves or denies drink to a person for whom is responsible without any intention of causing death but which starvation or denial of drink causes death, shall be liable to a term of imprisonment of more than five (5) years to seven (7) years.
Ibikorwa bya jadf ku rwego rw‟umurenge bikurikiranwa n‟umunyamabanga nshingwabikorwa w‟umurenge. ashinzwe by‟umwihariko :
Jadf activities at sector level are overseen by the sector executive secretary. he/she is particularly responsible for the following:
Uruhushya rwo kuroba
Fishing license
Igipimo ngenderwaho cy’ikigo gishobora gukoreshwa mu rwego rw’imicungire y’ibyateza ingorane ikigo mu gukora ubushakashatsi ku isano iri hagati y’ibyateza ingorane n’ imari ikwiye ndetse n’ingamba z’ibikorwa by’ubucuruzi.
Such an internal model may be used as part of an enterprise-wide risk management system to investigate the relationships of risks to capital adequacy and business strategies.
Umushahara mbumbe wa buri kwezi kuri buri mukozi wo muri ncst ukubiyemo iby’ingenzi bikurikira: orders:
The monthly gross salary for each employee in ncst is mainly composed of the following:
(a) ufunzwe by’agateganyo mu buryo buteganywa n’amategeko y’imiburanishirize y’imanza z’inshinjabyaha;
(a) a person in preventive detention in accordance with the provisions of the code of criminal procedure;
Justification de l’emendement des statuts du conseil protestant du rwanda (cpr) justification for the amendment of the statutes of the protestant council of rwanda inama y‟abaprotesitanti mu rwanda (cpr) ni umuryango uharanira inyungu rusange ushigiye ku idini, washinzwe n‟amatorero y‟abaprotesitanti mu rwanda mu 1963. umuryango «inama y‟abaprotesitanti mu rwanda » wahawe ubuzima gatozi hakurikijwe iteka rya ministri n0 112/08 ryo kuwa 5
Après échanges, les membres de l‟assemblée générale du conseil protestant au rwanda, réuni à kigali, en date du 16 janvier 2013 ont the protestant council of rwanda (cpr) is a public interest and religious based organisation. it was founded by the protestant churches in 1963. the protestant council of rwanda obtained its legal status through the ministerial order n0
Uko byagenda kose, isosiyete mbyeyi y’umwishingizi wigenga w’umunyamahanga ntishobora gushyiraho abagize inama y’ubutegetsi barenze icya gatatu (1/3) cy’abari mu nama section one: appointment of the board
In no case, foreign parent insurance company shall not appoint more than a third (1/3) of the board members in its subsidiary company operating on rwandan territory.
Bimaze kwemezwa na sena mu nama y’inteko rusange yayo yo kuwa 13/09/2013;
After approval by the senate in its plenary meeting of 13/09/2013;
(f) icyemezo cy’imirimo yakozwe, iyo biri ngombwa.
(f) a certificate of rendered services, where required.
Uberewemo umwenda ufite inyandikompesha ashobora, abinyujije ku muhesha w’inkiko, gufatira agambiriye kwishyurwa, amafaranga n’ibintu byimukanwa by’umubereyemo umwenda bifitwe n’undi muntu.
Any creditor with an enforcement order may, by virtue of a court bailiff’s writ, proceed to effect the final third party debt order on sums and other movable property of his/her debtor that are in the hands of a third party.
12° atumiza akanayobora inama y’abayobozi b’inkiko nibura rimwe mu gihembwe n’igihe cyose bibaye ngombwa;
12° convenes and presides over the meeting of the presidents of courts at least once a quarter and any time deemed necessary;
Ikigo cya leta gifite imicungire y’umutungo kamere w’amazi mu nshingano gikurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’inama zatanzwe na komite ngishwanama ya politiki.
The public institution in charge of water resources management makes a follow up of the implementation of the advice provided by the policy consultative committee.
Article 16 : l‟assemblée générale se réunit une fois par an en ingingo ya 12 : igihe umuryango m.p.a usheshwe, hamaze gukorwa ibarura ry‟ibintu byimukanwa n‟ibitimukanwa by‟umuryango no kwishyura imyenda, umutungo usigaye uhabwa undi muryango bihuje intego.
Ingingo ya 16 : inteko rusange iterana rimwe mu mwaka mu article 12: in case of dissolution of a.w.m, after inventory of movable and immovable properties and payment of debts, the remaining assets shall be transferred to an organization pursuing similar objectives.
Iyo inzitizi irebana n‟ingwate itangwa n‟abanyamahanga ibyukijwe mu myanzuro yo kwiregura, umwanditsi mukuru, mu kuyobora inama ntegurarubanza, abaza ababuranyi icyo bayivugaho, akandika ibyo bavuze, ariko ntabifataho icyemezo. icyemezo gifatwa n‟umucamanza wahawe kuburanisha urwo rubanza. gishobora kujuririrwa mu gihe cy‟iminsi cumi n‟itanu (15) y‟akazi uhereye igihe cyasomewe ku muburanyi wari uhari cyangwa igihe umuburanyi utari uhari yakimenyesherejwe hakurikijwe ibyo amategeko ateganya. bene ibyo byemezo bijuririrwa inshuro imwe gusa.
When the objection regarding security deposits furnished by foreigners is raised in the respondent‟s submissions, during the pre-trial conference the chief registrar shall ask the parties their view on the issue and record it. however, he shall not decide on this. the decision is taken by the judge designated to hear the case. the decision may be appealed within a period not exceeding 15 working days, either from the day the decision was delivered for the party who was present, or from the day of notification for the party who was absent, in accordance with the provisions of the law. such decisions shall be subject to appeal only once.
4° guhagarika no gufatira umutungo ukemangwa;
4° to freeze and seize suspicious property or funds;
2° kwemeza gahunda y’ibikorwa y’igihe kirekire n’iteganyabikorwa hamwe na raporo zijyana na byo;
2º to approve the long term strategic plan and action plan and related reports;
Iteka rya minisitiri ritanga uburenganzira bwo guhindura amazina…………………………50
Ministerial order autorising alteration of names…………………………………………….50
Ibyemezo bifatwa byose ntibishobora kunyuranya n’amategeko, amateka cyangwa amabwiriza yatanzwe ndetse n’ibyemezo byafashwe n’inzego zisumbuye.
All decisions taken by the cell council must not contradict existing laws, orders or regulations or decisions taken by superior organs.
Umuntu abujijwe gutanga amafaranga cyangwa undi mutungo, servisi z’imari cyangwa izindi zijyanye na zo, mu buryo butaziguye cyangwa buziguye, kuri byose, ku accounts of a designated person or payments due under a contract or an agreement or obligations that arose prior to the date on which those accounts became subject to the prohibition, provided that such interests, earnings and payments continue to be subject to the prohibition.
A person is prohibited from making available funds or other assets, financial or other related services, directly or indirectly, wholly, partly or jointly for the benefit of a designated person. les comptes d’une personne désignée ou aux paiements dus en vertu d’un contrat, d’un accord ou d’une obligation nés avant le jour auquel ces comptes ont été soumis à l’interdiction, à condition que ces intérêts, revenus et paiements continuent d’être soumis à l’interdiction.
Ni na byo bihano bihabwa umuntu ukora cyangwa ufite inyungu mu masezerano agamije gutuma haboneka amafaranga, undi mutungo cyangwa se gutuma hari undi ubona amafaranga cyangwa inkunga, kandi azi cyangwa afite impamvu zikomeye zituma akeka ko bishobora gukoreshwa mu bikorwa by’iterabwoba.
The same penalties apply to a person who knowingly makes an agreement or has interest in it in order to acquire funds or any other assets, or enables another person to acquire money or support, knowing or having reasonable grounds to believe that they can be used for terrorist purpose.
Umutekinisiye mu bya laboratwari yo kwa muganga ni umuntu ufite impamyabushobozi, akaba yararangije imyaka itandatu y‟amashuri yisumbuye mu ishuri ryigisha ibijyanye no gukora ibizamini bya laboratwari yo kwa muganga ryemewe.
A biomedical laboratory technician is someone holding a certificate, with six (6) years of formal secondary school training in a recognized biomedical laboratory sciences / medical laboratory technology school.
Buri rwego nshingwabikorwa rushyikiriza gahunda na raporo y‟ibikorwa bya buri gihembwe n‟ibya buri mwaka biro y‟inama njyanama bireba kugira ngo biyifashe gukurikirana imikorere yarwo.
Each executive organ shall submit quarterly and annual programmes and activity reports to the concerned bureau of the council to facilitate it the monitoring of its functioning.
Inzego za sendika ni :  kongere y‟igihugu;  inama nkuru ya sendika;  ibiro bikuru bya sendika;  ibiro bikuru bya sendika;  kongere ya sendika mu karere;  ibiro bya sendika mu karere;  akanama k‟ubugenzuzi; ni  inzego zo mu bigo.
The levels of trade union are:  national congress;  national council of the trade union;  national bureau of the trade union;  executive secretary of trade union;  district congress;  district bureau of the trade union;  trustees commission; and  school sections.
7 º gutegura no gukurikiza gahunda zemewe z‟igenzura bwite;
7 º develop and adhere to approved internal audit plans;
Ingingo ya 11 : inteko rusange nirwo rwego rw’ikirenga kandi mpuzabikorwa rw’umuryango ushingiye ku idini.
Article 11: general assembly is the high and coordination organ of the religious-based organization.
Ingingo ya 10: uburiganya n’andi makosa
Article 10: fraud and other irregularities
Iyo cyamunara imaze gukorwa, upiganwa asubizwa ingwate y’ipiganwa yatanze mu gihe kitarenze iminsi itatu (3) y’akazi ibarwa uhereye igihe yabisabiye.
When the auction ends, the bid security provided is restituted to the bidder within three (3) working days from the time of the bidder’s demand.
Itegeko n° 27/2010 ryo ku wa 19/06/2010 rigenga amatora nk‟uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu ryongewemo ingingo ya 27 bis iteye ku buryo bukurikira:
In law n°27/2010 of 19/06/2010 relating to elections as modified and complemented to date, article 27 bis shall be inserted to read as follows:
Ingingo ya 7: urutonde rw’ibikorwa n’imishinga biterwa inkunga na fonerwa
Article 7: list of activities and projects financed by fonerwa
Ingingo ya 65: ishyirwaho ry’abakozi bashinzwe kuburanira leta n’ibigo byayo
Article 65: appointment of principal state attorneys and attorneys
Ingingo 5: igenwa ry’umushahara
Article 5: post award procedure
Inteko rusange y‟umuryango igizwe n‟abanyamuryango bose. iterana mu nama isanzwe rimwe mu mwaka, kugira ngo yige - auditorship; - organ of conflict resolution.
The general assembly is composed of all duly registered members. it meets once a year in ordinary sessions, to state the organization‟s activities, and can be held any time of - le commissariat aux comptes; - l‟organe de résolution des conflits.
Ikigo cy‟igihugu gishinzwe ubuziranenge kigenzura ibintu byangiza akayunguruzo k‟imirasire y‟izuba bitumizwa cyangwa byoherezwa mu mahanga gishingiye ku rutonde rw‟ibintu bikunda kugaragaramo ibintu byangiza akayunguruzo k‟imirasire y‟izuba n‟ibikoresho birimo ibyo bintu (ods) rutangwa n‟ikigo cy‟igihugu cyo kubungabunga ibidukikije.
The rwanda bureau of standards shall ensure the control of imported/exported ozone layer depleting substances based on the list of products or substances that contain ozone – depleting substances, products and equipment containing the substances (ods) that is provided by the rwanda environment management authority.
Raporo y‟imari ya buri mwaka ishyikirizwa umugenzuzi mukuru w‟imari ya leta kugira ngo ayigenzure mu gihe cy‟amezi atatu (3) akurikira umwaka w‟ingengo y‟imari.
The annual financial statements shall be submitted to the auditor general of state finances for audit within three (3) months after the end of a financial year.
Amafaranga agenda kuri serivisi buri kwezi (frw/usd)
Estimated spending amount per month ( in frw/usd)
Iyo ahamijwe n’urukiko kimwe mu byaha bivugwa mu gika cya mbere ahanishwa igifungo kitari munsi y’umwaka umwe (1) ariko kitarenze imyaka ibiri (2) n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda atari munsi ya miliyoni imwe (1.000.000 frw) ariko atarenze miliyoni eshatu (3.000.000 frw). a fine of not less than three million rwandan francs (frw 3,000,000) and not more than five million rwandan francs (frw 5,000,000).
Upon conviction, he or she is liable to imprisonment for a term of not less than one (1) year and not more than two (2) years and a fine of not less than three million rwandan francs (frw 3,000,000) but not more than five million rwandan francs ( frw 5,000,000).
Ingingo ya 26: gutangira gukurikizwa
Article 26: commencement
(sé) 80 uwubutatu marie thérèse bugesera o788532060
(sé) 5. thattla paulose veronica z1751038
(d) abayobozi b’amashami n’ab’imitwe yihariye bya polisi;
(d) heads of police departments and specialised units;
Iteka rya minisitiri ufite ubutabera mu nshingano ze rigena ikiguzi cya buri rupapuro.
An order of the minister in charge of justice determines the cost of each page.
13° ibikomoka ku buhinzi n‟ubworozi byose, uretse ibitunganyijwe. icyakora, amata yatunganyirijwe mu nganda, uretse amata y‟ifu n‟ibikomoka ku mata, asonewe uwo musoro;
13° all agricultural and livestock products, except processed ones. however, milk processed, excluding powder milk and milk derived products, is exempted from this tax;
“ingingo ya 50: abakurikiranwa mu gihe hakozwe ikosa cyangwa icyaha
“article 50: persons responsible in case of fault or offence”
Itegeko n° 48/2013 ryo kuwa 28/06/2013 rishyiraho ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative (rca) rikanagena inshingano, imiterere n’imikorere byacyo
Law n65/2013 of 27/08/2013 establishing the institute of legal practice and development (ilpd) and determining its mission, organization and functioning
Ingingo ya 25: gukuramo kandidatire
Article 52: tipping off
Icyiciro cya 1: iyo umucamanza cyangwa umukozi w’urukiko yageze ku musaruro w’igikorwa urengeje igipimo fatizo, uwakorewe isuzumamikorere ahabwa amanota cumi n’atanu (15);
Level 1: a judge or a member of judicial personnel who attains results that are higher than what was expected from him/her shall be graded with fifteen (15) points;
1° ibaruwa isaba yandikirwa umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere;
1° an application letter to the head of the board;
Icyicaro cy‟umuryango “conference episcopale du rwanda” kiri mu murenge wa nyarugenge; mu karere ka nyarugenge, umujyi wa kigali; repubulika y‟ u rwanda. icyicaro gishobora kwimurirwa ahandi hose mu rwanda byemejwe n‟inteko rusange.
The headquarters of the “conference episcopale du rwanda” is located in nyarugenge sector, nyarugenge district; kigali city, republic of rwanda. the headquarters can be moved to any other place in the republic of rwanda by decision of the general assembly of the organization. article 2
Umurimo wa “local defence” ni umurimo w'ubwitange, udahemberwa. abagize “local defence” bakora indi mirimo nk’abandi baturage, yaba mu nzego za leta, izigenga cyangwa mu bikorera ku giti cyabo.
Local defence is voluntary. members of local defence shall carry out other duties like other citizens whether in public or private sector.
(1) ingingo y’inzibacyuho ishyirwa mu heading that reads “language provision”.
(4) the repealing provision is given a heading that reads “repealing provision”.
Kugira ngo minisitiri yuzuze inshingano ze nk‟uko biteganywa mu ngingo ya 13 y‟itegeko ngenga, afatanyije n‟abandi ba minisitiri n‟abayobozi bakuru bashinzwe gucunga imari ya leta, afata ingamba kugira ngo hashyirweho ishami rishinzwe imari muri buri rwego rwa leta kugira ngo rikurikirane ibikorwa byerekeye kwishyura amafaranga mu buryo bwubahirije igihe kandi bwizewe.
In order for the minister to perform his/her responsibilities as provided for by article 13 of the organic law, he or she shall ensure, in collaboration with other ministers and chief budget managers, the establishment of a finance function in each public entity responsible for processing its financial payments in a timely and reliable maner.
7º inyandiko yose yakozwe hagati y’urwego rutanga isoko rya leta n’uwapiganwe;
7º any correspondence between the procuring entity and the bidder;
Ingingo ya 14: urutonde rwa banki n’ibiro bihagarariye banki zemerewe gukora
Article 14: list of licensed banks and representative offices
Abantu bafunzwe ntibemerewe gusura ingo zabo cyangwa urundi rugo, urwo ari rwose.
Prisoners are not allowed to visit their homes or any other homes.
Rigena ububasha, inshingano, imitunganyirize n’imikorere bya polisi y’u rwanda, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 6, iya 7 n’iya 8;
Determining the powers, responsibilities, organization and functioning of the rwanda national police, especially in articles 2, 3, 8 and 42;
Umuvugizi wa mbere wungirije pst. karemera francis (sé)
The first deputy legal representative rev. karemera francis (sé)
Ingingo ya 5: imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi bijyanye n’imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo ya minubumwe
Article 5: salaries and fringe benefits related to the organizational structure
Ingingo ya 20: kubika inyandiko
Article 20: seizure
- kwemeza ibikorwa by‟umuryango;
- promoting social works;
Ibumbye indi
Structure
Rwanyindo kayirangwa fanfan minisitiri w’abakozi ba leta n’umurimo
Minister of public service and labour
11° gufata ibyemezo ku bindi bibazo byose bifitanye isano n’inshingano za nic.
11° to take decisions on any other issues related to the mission of nic.
4 º gutanga inama ku mategeko no guhagararira leta n’ibigo byayo, binyuze mu:
4 º to provide legal advice and to represent of the government and its institutions, through:
Ingingo ya 411: ihanwa ry‟abafatanya n‟abahamwe n‟ibyaha bivugwa mu ngingo ya 405 n‟iya 406 z‟iri tegeko ngenga
Article 411: penalties for co-offenders with respect to the offences under articles 405 and 406 of this organic law
Abagize inama y‟ubuyobozi bagomba kuba barindwi (7) barimo perezida na visi perezida. nibura mirongo itatu ku ijana (30%) by‟abagize inama y‟ubuyobozi bagomba kuba ari abagore.
The members of the board of directors shall be seven (7) including the chairperson and the vice chairperson. at least thirty percent (30%) of the members of the board of directors shall be females.
Ryo kuwa 19 werurwe 2010
19 avril 2010
B. amoko y’ubwishingizi bw’igihe kirekire
Ii. long term insurance business
Umuryango ushobora gutira cyangwa gutunga ibintu byimukanwa n’ibitimukanwa ukeneye ugirango ugere ku ntego zawo. chapter vi : property
The organisation may possess movable or immovable property necessary in the carrying out of its objectives chapitre iv : du patrimoine
Ingingo ya 21: komite nyobozi igizwe na : -perezida : umuvugizi w‟umuryango ; -visi-perezida : umuvugizi wungirije ; -umunyamabanga; -umubitsi; -abajyanama babiri
Article 21: the executive committee is composed of: - the president: legal representative; - the vice president: vice chairperson; - the secretary; - treasurer; -two advisors
Ingingo ya 14: inzego z‟umuryango ni: - inteko rusange; - inama rusange.
Article 14: organs of association are: - the general assembly; - the general council.
Ingingo ya mbere: ishyirwaho hashyizweho abayobozi b’amashami mu kigo gishinzwe iterambere ryo gutwara abantu n’ibintu mu buryo bukurikira:
Article one: appointment it is hereby appointed directors of units in rwanda development board as follows:
7° gufata neza ibikoresho bya leta cyangwa ibyo ashinzwe gucunga no kurinda;
7° to take care of the installations and materials belonging to the state or placed under his/her guard and protection;
Umutwe wa v : ingingo zisoza
Chapitre v : dispositions finales
Urwego rw’ubugenzuzi rugomba gutegura raporo kuri buri dosiye mu gihe kingana n’ukwezi kumwe (1) nyuma yo gushyira umukono ku ibaruwa yemeza ko amakuru akubiye muri dosiye isaba uburenganzira yuzuye.
The supervisory authority shall, within (1) one month after signing the letter of acknowledgement that confirms that the information is complete, prepare a report in respect of each application.
Ingingo ya 88: ibikoresho by’ingenzi bikenerwa ahacururizwa amata
Article 87 : sales center for milk requirements
Bibonywe kandi bishyizweho ikirango cya repubulika: seen and sealed with the seal of the republic: vu et scellé du sceau de la république :
Seen and sealed with the seal of the republic:
Ingingo ya 5: abashinzwe kubahiriza iri teka
Article 5: authorities responsible for the implementation of this order
(i) itanga incamake y’ibikurikizwa n’uburyo n’inzira inyurwamo mu guhitamo, gushyira mu bikorwa, gukurikirana no gusuzuma impande zose ziri mu masezerano y’ubwishingizi bw’abishingizi, birimo ibi bikurikira:
(i) provides a summary of criteria and process for selecting, implementing, monitoring and reviewing reinsurance counterparties including the following:
Ingingo ya 31: urwego rushinzwe gukemura amakimbirane rugizwe n‟abantu batatu batorwa n‟inteko rusange mu banyamuryango nyakuri. manda yabo imara imyaka itanu ishobora kongerwa.
Article 31: the organ of conflict resolution is composed by three members elected by the general assembly of effective members for a five year renewable term.
3. cyiza axel lambert, mwene ngarambe gaspard na mukabugingo justine, wavukiye rusumo / kirehe kuwa 17/10/1998.
3. cyiza axel lambert, son of ngarambe gaspard and mukabugingo justine, born in rusumo / kirehe on 17/10/1998.
Umuvugiza akaba na perezida wa ulk
Legal representative and president of ulk
Nº179/03 ryo kuwa 09/12/2011
Nº179/03 du 09/12/2011
Ingingo ya 6: umutungo w‟umuryango ugizwe n‟imisanzu y‟abanyamuryango, impano, imirage, imfashanyo zinyuranye n‟umusaruro ukomoka ku bikorwa by‟umuryango mu rwego rwo article 4: the mission of the organization is: -to proclaim the gospel of salvation in accordance with the order given by jesus christ and implanted and churches build.
Article 6: the resources of the organization are generated from the member‟s subscriptions, gift, legacy, different grants and income generated activity for the organization in order to achieve its article 4 : l’organisation a pour mission : - proclamer l‟evangile du salut conformément à l‟ordre donné par jésus ŕ christ et implanter et construire des églises ;
Dushingiye ku itegeko n° 66/2018 ryo kuwa 30/08/2018 rigenga umurimo mu rwanda, nk’uko ryahinduwe, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 83, iya 84, 85, iya 86, iya 87, iya 88, iya 89, iya 90, iya 91, iya 92, iya 93, iya 94, iya 95, iya 96, iya 97, iya 98 n’iya 99 ;
Regulating labour in rwanda, as modified, especially in its articles 83, 84, 85, 86, 87, 88, 89, 90, 91, 92, 93, 94, 95, 96, 97, 98 and 99;
Kwihana umucamanza bikorwa mu nyandiko igihe cyose urubanza rutaracibwa. uwihannye umucamanza mu iburanisha agomba kwandikira perezida w’urukiko inyandiko
The disqualification of a judge is done in writing any time before the delivery of the judgement. a party applying for the disqualification of a judge during the hearing
Inteko y’intango iterana rimwe mu mezi abiri. ishobora kandi guterana mu nama idasanzwe igihe cyose bibaye ngombwa.
The general assembly of the cell holds meetings once in two months. it may hold extraordinary meetings any time if need be.
7. gushyiraho komisiyo zihariye zikenewe kugira ngo ibikorwa by‟umuryango mu ntara/umujyi wa kigali bitere imbere.
G) conduct a campaign in favour of the party’s candidates in the province/kigali city.
Ubutumire bukorwa mu nyandiko ishyikirizwa abagize inama y’ubuyobozi hasigaye nibura iminsi mirongo itatu (30) ngo inama iterane. icyakora, inama idasanzwe itumizwa mu nyandiko hasigaye nibura iminsi cumi n’itanu (15) kugira ngo iterane.
The invitation shall be submitted in writting to the members of board of governors in writing at least thirty (30) days before the meeting is held. however, an extraordinary meeting shall be convened in writing at least fifteen (15) days before the meeting is held.
“umuhesha w’inkiko afite ububasha bukurikira:
“the president of the supreme court shall be entitled to the following:
Iri teka rigamije gushyiraho imipaka y’u rwanda yemewe.
This order shall determine the official rwandan border posts.
6° uhagarariye urwego rw‟igihugu rushinzwe iperereza n‟umutekano mu karere (niss);
6° a representative of the national intelligence and security service in the district (niss);
2° kwemeza imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari ya ncd no gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’ngengo y’imari;
2 º to approve the draft budget proposal of ncd and make a follow-up on the budget execution;
7° gutanga uruhushya rwo kumenyesha ihamagara mbere cyangwa nyuma y’amasaha ateganyijwe;
7° give permission to issue the summons before or after the scheduled time;
Ingingo ya 37: kwirukanwa ku kazi
Article 37: dismissal
Imanzi ni intwari y‟ikirenga yagaragaje ibikorwa by‟akataraboneka birangwa n‟ubwitange, akamaro n‟urugero bihebuje.
Imanzi is the supreme hero who demonstrated outstanding achievements characterized by supreme sacrifice, outstanding importance and example.
Itegeko nº 21/2006 ryo kuwa 28/04/2006 rigenga imikorere ya gasutamo
Law nº 21/2006 of 28/04/2006 establishing the customs system
Ingingo ya 92: ubujurire mu kanama k’ubujurire kigenga n’amafaranga atangwa
Article 92: appeal to the independent review panel and the appeal fee