kin
stringlengths
5
22.5k
eng
stringlengths
6
6.85k
Abashinjacyaha b’umwuga ni aba bakurikira:
Career prosecutors are the following:
Iri tegeko rishyiraho komisiyo y’igihugu y’itorero, yitwa “nic” mu magambo ahinnye y’icyongereza, rikanagena inshingano, imiterere n’imikorere byayo.
This law establishes the national itorero commission, abbreviated as “nic” and determines its mission, organization and functioning.
Ingingo ya 40: kwishyura inguzanyo yo kwiga isanzweho
Article 40: repayment of existing study loan
Iteka rya minisitiri n°002/07 ryo ku wa 09/02/2007 ku birebana n‟amabwiriza yerekeye imari kimwe n‟izindi ngingo zose z‟amateka ziribanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo bivanyweho.
Law n° 84/2013 of 11/09/2013 on the crime of genocide ideology and other related crimes, as well as all previous legal provisions contrary to this law are repealed.
11° politiki y’ubwishingizi bw‘abishingizi, ibyo yashinganye mu bwishingizi bw‘abishingizi kuri buri bwoko bw‘umurimo;
11° the reinsurance policy, and the company‘s net retention in each class of business;
Ingingo ya 35 : imicungire y’amashyamba ya leta agenewe gusarurwa
Article 35: management of state production forests
7 º abayobozi bakuru ba minisiteri bafite ingengo y‟imari y‟igihugu, igenamigambi ry‟igihugu n‟ubushakashatsi mu nshingano zabo;
7 º respective director generals in charge of national budget and national development planning in the ministry;
2° abaturanyi bifuza ko urukiko rubafasha kwemeranya aho urukuta rusange rubagabanya rwubakwa n’uburyo rwubakwa;
2° neighbors require the court to assist them to make agreement on where and how to build the wall in condominium;
2° bwana majoro fabien; 3° madamu akuzwe christine; 4° madamu karuretwa kaliza; 5° bwana nkusi ronald; 6° eng. binego william; 7° madamu rwankunda christine.
2° mr. majoro fabien; 3° miss. akuzwe christine; 4° mrs. karuretwa kaliza; 5° mr. nkusi ronald; 6° eng. binego william 7° mrs. rwankunda christine.
Iteka rya minisitiri riha ubuzimagatozi umuryango «minisiteri z’amahoro kuri bose» (pfam) kandi ryemera abavugizi bawo...................................................................................... amategeko shingiro…………………………………………………………………………….. n° 45/11 ryo kuwa 05/07/2007
Ministerial order granting legal status to the association « peace for all ministries (pfam) » and approving its legal representatives..................................……………................................ status……………………………………………………………………………………………. n° 45/11 of 05/07/2007
Iteka rya minisitiri w’intebe nº18/03 ryo kuwa 08/4/2010
Prime minister’s order n° 18/03
Icyakora, umuntu ashobora gukusanya amakuru bwite ayakuye ku wundi muntu, ahandi hantu cyangwa ku rwego rwa leta iyo:
However, a person can collect personal data from another person, another source or a public institution if:
A. ingamba izo ari zo zose zitewe n‟iyangirika ririho cyangwa rishobora kubaho ry‟ibicuruzwa byangirika;
A. any action in response to the actual or imminent deterioration of perishable goods;
Urwego rufite ububasha bukurikira :
The authority shall:
(e) kugeza ibikoresho by’akazi ku bo bigenewe;
(e) to avail work equipment to the concerned;
4° andi moko afite agaciro mu rwego rwo kubungabunga cyangwa afite akamaro ku rwego rw’igihugu akeneye kurengerwa n’ubwo atari ku rutonde rw’ibivugwa mu gace ka 1°, aka 2° n’aka 3° tw’iki gika.
4° other species of such high conservation value or national importance that require protection, although they are not included on the list of species under items 1°, 2° and 3° of this paragraph.
Inshuro nyinshi kuri rumwe cyangwa urundi ruhande mu zigirana amasezerano kandi hari n’uburyo urundi ruhande rushobora kuyanga, hahabwa uburemere mu isesengurwa ry’amasezerano ibyakozwe impande zombi zemeranyaho. igihe cyose byumvikana, ukwiyemerera kw’impande zombi ku isezeranya cyangwa ku masezerano gusesengurwa nk’aho kujyanye kandi ko guhuje n’uburyo gukora igisabwa bisanzwe bigenda muri urwo rwego rw’ibikorwa.
Wherever reasonable, the manifestation of assent of the parties to a promise or contract shall be interpreted as consistent and compliant with relevant course of performance in such dealings.
Ingingo ya 73: guhagarika by’agateganyo umucamanza kubera impamvu z’uburwayi
Article 73: temporary suspension of a judge due to sickness
Komite y‟abunzi ikorera mu bwigenge busesuye, itavugirwamo n‟abayobozi b‟inzego z‟ibanze n‟abandi bayobozi bo mu butegetsi bwite bwa leta n‟ab‟ubucamanza, abakozi bo mu bunyamabanga bushinzwe guhuza ibikorwa bya komite z‟abunzi cyangwa undi wese. ntishobora guhabwa amabwiriza n‟izindi nzego.
Mediation committee shall be independent in carrying out its duties. it shall neither be influenced by local administrative authorities, central government authorities and those from the judicial power, staff of the secretariat in charge of coordinating activities of mediation committees nor any other person. it shall not receive orders from any other institutions.
Itegeko rigenga amashanyarazi mu rwanda……………………………………………………..26
Law governing electricity in rwanda……………………………………………………………26
8° umutekano w’ahantu hakorerwa no gukora amagenzura mu rwego rw’ibidukikije;
8° physical security and environmental controls;
12 º gutegura ihindurwa ry‟imyenda ya ngombwa mu nyandiko mvujwamafaranga igihe cyose bigaragara ko ari byo byihuse mu bushobozi bujyana n‟inguzanyo kugira ngo hishyurwe ibirarane cyangwa indi myenda yose ishobora kwishyurwa muri ubwo buryo;
12 º to prepare necessary securitization whenever it is deemed expedient within borrowing limits for outstanding arrears or any other liability that shall be settled by securitization;
7° indi mpamvu yagenwa.
7° any other reason that may be determined.
(1) minisitiri asuzuma idosiye y’ubusabe bwo kuba umunoteri wikorera, akabimenyesha umushinjacyaha mukuru mu gihe kitarenze iminsi 30
(1) the minister assesses the application file for being a private notary and notifies the prosecutor general within 30 days from the date of examining the file.
1. kugaragaza niba abagize inama y‟ubutegetsi ba sosiyete ishyira imigabane ku isoko itanga icyifuzo cy‟uko abanyamigabane bazemera cyangwa bazanga inyandiko y‟ipiganwa cyangwa kugaragazako more than two years before the date of the takeover offer, not being a contract entered into in the ordinary course of the business carried on or intend to be carried on by the company.
1. whether the directors of the offeree company recommend that the shareholders shall accept or reject the période ne dépassant pas deux (2) ans avant la date de l‟offre publique d‟achat, lequel contrat ne doit pas être un contrat conclu dans le cours normal des activités effectuées ou envisagées par la société .
Iyo umubare wa ngombwa udashoboye kuzura, inama irasubikwa, ikongera gutumizwa bundi bushya mu minsi umunani (8) ibarwa uhereye ku munsi yasubikiweho. icyakora, iyo inama itumijwe bwa kabiri iterana hatitawe ku mubare w’abayigize bayitabiriye. the invitation letters are submitted to members of the committee at least eight (8) working days before the meeting is held.
If the quorum is not reached, the meeting is postponed; and another meeting is convened within eight (8) days from the day of the postponement. however, when a meeting is convened for the second time it takes place regardless of the number of its members present. les lettres d’invitation sont adressées aux membres du comité au moins huit (8) jours ouvrables avant la tenue de la réunion.
Urwego rutanga amasoko rushobora guhita rusiga inyuma inyandiko y’ipiganwa y’umuntu wabeshye, watanze amakuru ajijisha cyangwa atuzuye ku birebana no kuba yujuje ibisabwa.
The procuring entity may disqualify a bidder, at any time for submitting false, materially inaccurate or materially incomplete information about their qualifications.
N°011/2015 ryo ku wa 22/06/2015
N°011/2015 du 22/06/2015
3. kuyobora imirimo y‟inama y‟ishyaka mu ntara cyangwa umujyi wa kigali;
3. to preside over party council in the province or the city of kigali;
Itangwa ry’ibicuruzwa by’ibanze rikorwa nta buriganya kandi mu gihe hatagaragajwe inenge n’imwe mu burenganzira ku mutungo bufitwe n'uwo muntu.
The delivery of commodities shall be made in good faith and when there is no notice of any defect in the title of that person.
Iri teka rishyiraho ibikubiye mu nyandiko z’imitunganirize y’imijyi n’uburyo bw’iperereza, ministerial order n° 05/cab.m/015
This order determines the contents of urban planning documents, and procedures for arrete ministeriel n° 05/cab.m/015
N’izitatoreweho akabishyikiriza perezida w’ibiro by’itora. nawe iyo amaze guhuriza hamwe ku rwego rw’ibiro by’itora ibyavuye mu matora kuri buri cyumba cy’itora, abyoherereza urwego rw’akarere abinyujije ku ushinzwe guhuza imirimo y’amatora ku rwego rw’umurenge.
Chairperson of the polling station. the latter, after collecting all the electoral results from each polling room, he or she shall send them to the district level through the sector electoral coordinator.
“isuzumamikorere, imihanirwe n’ihanagurabusembwa by’abandi bakozi bo mu bushinjacyaha bukuru bagengwa n’iri tegeko bikorwa kimwe n’iby’abashinjacyaha”.
“the performance appraisal, disciplinary regime and rehabilitation for other staff of the national public prosecution authority governed by this law is the same as those of prosecutors.”
Ingingo ya 7: umuryango ugizwe na: - abanyamuryango bawushinze - abanyamuryango bawinjiramo - abanyamuryango b‟icyubahiro abanyamuryango bawushinze ni abashyize umukono kuri aya mategeko.
Article 7: the organization is composed by: - founder members - adherent members - honorary members founder members are those who signed this constitution.
Ubugenzuzi bushinzwe igenzura rya buri munsi ry’imikoreshereze n’imicungire by’umutungo wa ilpd buha raporo inama y’ubuyobozi, bukagenera kopi uyobora ubuyobozi bukuru bwa ilpd.
The internal audit unit of ilpd shall submit a report to the board of directors with a copy to the head of the general directorate of ilpd.
Buri sosiyete igomba, bisabwe n‟ufite imigabane nguzanyo cyangwa umunyamigabane, kandi hamaze kwishyurwa amafaranga yashyizweho kuri kopi ya buri rupapuro, kumwoherereza kopi y‟icyo gitabo cy‟abafite imigabane nguzanyo.
Every company shall, at the request of a debenture holder or a shareholder and on payment of the prescribed fee for every page required to be copied, forward to him or her a copy of the register of debenture holders.
7° umwe mu bayobozi b’ibitaro by’uturere bikorana n’ibyo bitaro utorwa na bagenzi be.
7° one of the directors of district hospitals that collaborate with that hospital who is elected by his or her peers.
N° 67/2013 ryo kuwa 28/08/2013
N° 67/2013 of 28/08/2013
13º ubuhinzi bw’itabi bugamije ubucuruzi: ubuhinzi bw’itabi bukorewe ku butaka bufite ubuso bungana cyangwa buri hejuru ya kimwe cya kabiri (1/2) cya hegitari imwe;
13° commercial tobacco growing: tobacco growing on a surface area equal to or more than a half (1/2) of a hectare;
Iteka rya perezida ryemeza burundu amasezerano y‟inguzanyo yashyiriweho umukono abidjan muri ivory coast/côte d‟ivoire, kuwa 26 gicurasi 2010, hagati ya repubulika y‟u rwanda na banki y‟abarabu itsura amajyambere mu by‟ubukungu muri afurika (badea), yerekeranye n‟inguzanyo ingana na miliyoni icumi z‟amadolari y‟abanyamerika (10.000.000 usd) agenewe umushinga w‟umuhanda kitabi-crête congo nil......................19
Presidential order on the ratification of the loan agreement signed in abidjan, ivory coast, on may 26, 2010, between the republic of rwanda and the arab bank for economic development in africa (badea), relating to the loan of ten million american dollars (usd 10,000,000) for the kitabi-crête congo nil road project……………………………………19
3° gutanga inama ku buryo umutungo w’ishuri wakongerwa;
3° to advise on ways of increasing school property;
10° amafaranga yishyurwa ku kintu cyose gisabwa hakurikijwe iri tegeko;
10° the fees to be paid in respect of any matter required in accordance with this law;
Rigenga urusobe rw’ibinyabuzima
Governing biological diversity
(a) amenye ibyateye igihombo;
(a) determine the causes of the insolvency;
Icyiciro cya 2: imiterere y’inzego n’inshingano zazo
Section 2: organisation and responsibilities of organs
4) igereranywa n‟ibihembo mbonera by‟ingaga zo muri bimwe mu bihugu duturanye twabashije kubona ryagaragaje ko:
4) a comparison with the scales of fees in other bar associations of some neighbouring countries that we could access revealed the following:
Ikigo gishyiraho amabwiriza kigena uburyo abanyamuryango bahabwa amakuru n’ubwiteganyirize bwa pansiyo.
The regulator shall determine modalities for providing information and pension scheme benefits.
Umuntu wese ushyize ku isoko imigabane akaba yifuzako iyo migabane yemererwa ku isoko ry‘ibicuruzwa byo ku isoko ry‘imari n‘imigabane ryemewe mu rwanda ahabwa n‘ikigo ibaruwa imwemerera guhamagarira rubanda kugura imigabane isanzwe cyangwa imigabane nguzanyo kandi iyo baruwa ikaba yemezako ko uwo muntu ushyira ku isoko imigabane yubahirije ibisabwa mu rwego rwo gutanga amakuru asabwa.
Any issuer of securities who wishes to have the securities listed on an approved securities exchange in rwanda shall obtain a letter of approval from the authority for the public offer of securities confirming that the issuer has satisfied the disclosure requirements.
4° gukora izindi nshingano yahabwa na perezida w’urukiko rw’ikirenga.
4° perform other duties as may be assigned to him/her by the president of the supreme court.
1° kwemeza ivanwaho ry’amakimbirane yanditswe mu gihe cy’iyandikishwa rusange ry’ubutaka, iyo bigaragaye ko uwandikishije amakimbirane nta cyo yakoze kugira ngo akemuke;
1º to cause deletion of a dispute which was registered during the systematic land registration, if it is evident that the person who registered the dispute did not do anything to resolve it;
Ingingo ya 23: umunyamabanga nshingwabikorwa agomba gufata inyandiko mvugo igihe cy’inama y’inteko nshingwabikorwa n’inteko rusange akabika n’inyandiko z’ishyirahamwe. we na perezida bashyirira rimwe umukono ku nyandiko mvugo z’amanama. ategurira inteko nshingwabikorwa all decisions of the executive committee shall be taken by the absolute majority of members present. in case of a tie vote, the chairperson shall have a casting vote.
Article 23: the executive secretary shall take minutes of meetings of the executive committee and the general assembly and keep the records of the association. he /she and the chairperson shall jointly sign the minutes of the meetings. he/she prepares for the executive committee toutes les décisions du comité exécutif sont prises à la majorité absolue des membres présents. en cas de partage égal des voix, le président aura une voix prépondérante.
1º gufata ibyemezo muri rgb; 2º gutanga icyerekezo cy‟ibikorwa na gahunda y‟imikorere bya rgb; 3º kwemeza gahunda y‟ibikorwa ya buri mwaka n‟ingengo y‟imari yabyo; 4º kwemeza amategeko ngengamikorere ya rgb; 5º kwemeza igitabo cy‟amategeko akurikizwa mu mikorere no mu mikoreshereze y‟amafaranga; 6º gusuzuma imikorere ya rgb hakurikijwe gahunda y‟ibikorwa n‟ingengo y‟imari yabyo; 7º kwemeza raporo y‟ibikorwa na raporo y‟imikoreshereze y‟umutungo wa rgb za buri gihembwe n‟iz‟umwaka urangiye.
1º to take decisions in rgb; 2º to give its strategic vision and programme of action; 3º to approve the annual activity plan and its budget; 4º to approve the internal rules and regulations of rgb; 5º to approve the administrative and financial procedures manual of rgb;
Abakozi b’ikigo bashyirwaho hakurikijwe amategeko abigenga.
The staff of the center are recruited in accordance with relevant laws.
Iteka rya minisitiri w’intebe ryemerera director of unit guhagarika akazi mu gihe kitazwi ..........122
Prime minister’s order granting leave of absence for non specific period to a director of unit …...122
Ukwinjizwa mu kazi muri rdf biterwa n'umubare wa ngombwa w'abasirikare ukenewe muri buri rwego.
Recruitment in rdf depends on the required number of soldiers per category.
Hanze yawo imishinga inyuranye no kugena ibyiciro by’ishyirwa mu bikorwa bya buri mushinga; b. kugena inkunga ikenewe kuri buri mushinga; c. ifatanije n’inama y’ubuyobozi yorohereza imishinga igamije gukorwa abagiraneza batandukanye n’abandi bantu bose bashobora gutanga inkunga iyo ariyo yose yaba iy’ibikoresho cyangwa amafaranga; d. kugenzura ubwayo cyangwa yifashishije impuguke zo mu muryango cyangwa zo hanze yawo ishyirwa mu bikorwa ry’imirimo ya buri mushinga.
B. to determine the financial needs of each project; c. to submit in collaboration with board of directors, different projected activities to different partners susceptible to financial or material support;
1° umuyobozi w‟akarere, perezida;
1° the mayor of the district, chairperson;
1° umwenda uwo ari wo wose wishyurwa mbere y’indi uberewemo umuntu ku giti cye ugomba kwishyurwa mu buryo butari ukubanziriza indi myenda kubera ko itari mu myenda yishyurwa mbere y’iyindi;
1° any preferential debt of the individual is to be paid otherwise than in priority to such of the debts as are not preferential debts;
Ingingo ya 15: abagize ibiro by’umushinjacyaha mukuru
Article 15: composition du bureau du procureur général
Ishyirahamwe ry’abakoresha amazi nirwo rwego rwonyine rwemerewe kwaka umusanzu w’amazi.
The iwua is the sole user organization in charge of water fee collection.
Inama y‟ubuyobozi igashaka undi munyamabanga nshingwabikorwa mushya mu gihe kitarenze iminsi mirongo icyenda (90).
The executive committee recruit a new executive secretary within the time not exceeding ninty (90) days.
2° 2° ishami ry‟uburezi
2° 2° school of education
Umuntu wese wohereza intwaro, amasasu n‟ibindi bizikoreshwamo mu karere karimo intambara cyangwa mu gihugu cyakomanyirijwe muri urwo rwego n‟akanama gashinzwe umutekano ku isi cyangwa n‟imiryango u rwanda rurimo, ahanishwa igifungo kirenze imyaka itanu (5) kugeza ku myaka irindwi (7) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva kuri miliyoni eshanu (5.000.000) kugeza kuri miliyoni mirongo itanu (50.000.000). yamburwa kandi uburenganzira bwo gucuruza imbunda.
Any person who exports arms, ammunition and other related materials to an area of armed conflict or to a country under arm embargo imposed by the united nations security council, or by organizations of which rwanda is a member, shall be liable to a term of imprisonment of more than five (5) years to seven (7) years and a fine of five million (5,000,000) to fifty million (50,000,000) rwandan francs in addition to having his/her arm dealer license revoked.
Ingingo ya 22: amasezerano yerekeye gahunda y’ibikorwa hagati y’inama y’ubuyobozi na komiseri mukuru
Article 22: performance contract between the commissioner general and the board of directors
Abantu bakurikira ni bo bagizwe abashinzwe gutegura no gutanga inama ku mategeko mu nteko ishinga amategeko, umutwe w’abadepite: :
The following persons are hereby appointed the legal drafters and advisors in parliament, chamber of deputies :
Iyo gukurwa ku ilisiti y’itora bibaye mu gihe kiri hagati yo gutangaza ilisiti by’agateganyo n’ilisiti y’itora ntakuka, uwambuwe uburenganzira avanwa ku ilisiti y’itora hakurikijwe amabwiriza ya komisiyo.
Where the deprivation of voting right occurs between the period for publication of provisional voters’ register and the publication of final voters’ register, the person deprived of the voting right is deleted from the voters’ register in accordance with the instructions of the commission.
Imbabazi zitangwa n’itegeko ntizigira ingaruka ku ndishyi z’akababaro zagenwe mu rubanza nshinjabyaha no ku byo abandi barangije guheshwa n’urubanza.
Amnesty shall in no way affect damages awarded in a criminal case or rights acquired by third parties under a judgement.
A) amafaranga yishyurwa ku ruhushya rwo gukora n’icyemezo cy’uko inyubako iboneye
A) fees paid for operating license and certificate of suitability of premises
Urwego n’imikorere yo gukemura amakimbirane
Organ for and mechanisms of conflict resolution
-umuvugizi wa epr, -umuvugizi wungirije wa epr, -prezida w’inteko nkuru, -abayobozi b’indembo zose.
The synodal council of epr is composed of the following: - the legal representative of epr, - the deputy legal representative of epr, - the president of the general synod, - all presidents of region.
Ibigize politiki y’ishoramari
Contents of investment policy
(6) icyemezo cy’urukiko ku byerekeye ubwumvikane bushingiye ku kwemera icyaha ntikijuririrwa. icyakora, iyo inzira z’ubwumvikane bushingiye ku kwemera icyaha zaranzwe no kwica amategeko bikabije cyangwa kutubahiriza uburenganzira bw’uregwa ku butabera buboneye, uregwa ashobora gusubirishamo icyo cyemezo muri urwo rukiko.
(6) the court’s decision on plea-bargaining agreement is not subject to appeal. however, if the process of entering the plea-bargaining agreement was tainted with gross irregularities or violations of the defendant’ rights to a fair process, the defendant may apply to the same court for a review.
Itegeko rihindura itegeko nº 75/2019 ryo ku wa 29/01/2020 rikumira kandi rihana iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi ...................... 11
Law amending law nº 75/2019 of 29/01/2020 on prevention and punishment of money laundering, financing of terrorism and financing of proliferation of weapons of mass destruction ...…………. 11
Ingingo ya 97: itegurwa, isuzumwa n’itorwa by’iri tegeko
Article 97: drafting, consideration and adoption of this law
Nyarwanda mu nshingano ugira uruhare mu itangwa ry’icyemezo cy’ubwenegihugu nyarwanda butangwa, mu buriganya, ku muntu utagikwiye aba akoze icyaha.
Rwandan nationality who is involved in fraudulently granting a certificate of rwandan nationality by acquisition to a person who is not entitled to it commits an offence.
8° kumenyesha umuyobozi mukuru w’urwego rutanga isoko, aho bikenewe, n’urwego rureberera urwego rutanga isoko cyangwa umuyobozi ukuriye umuyobozi mukuru ushinzwe gucunga imari n’umutungo bya leta muri urwo rwego iyo rudafite urwego rurureberera, ibyerekeye igenamigambi ry’itangwa ry’amasoko ya leta, ishyirwa mu bikorwa ryaryo, impinduka zirikorwaho, na raporo y’isuzuma ry’ukuri.
8° to inform the head of the procuring entity, where applicable, and the supervising authority of the procuring entity or the supervisor of the chief budget manager in the case such procuring entity does not have a supervising authority, of the procurement plan, its implementation, changes to the procurement plan, and of due-diligence report.
Iteka rya perezida ryemeza burundu amasezerano ashyiraho ihuriro nyafurika ry‟ubuyobozi bw‟imisoro yashyizweho umukono i tunis ku wa 15 ugushyingo 2010……………………31
Presidential order on the ratification of the agreement on the establishment of the african tax administration forum signed in tunis on 15 november 2010…………………………31
2° iburabubasha: icyemezo urukiko rufata rugaragaza ko hashingiwe ku mategeko, rudashobora gusuzuma ikirego rwashyikirijwe;
2° lack of jurisdiction : a decision by which the court declares itself legally incompetent to examine a claim referred to it;
Ingingo ya 39: gutangaza urutonde rw’abanyamwuga mu isuzuma ku bidukikije
Article 39: publication of the list of environmental assessment practitioners
Ingingo ya 16: iyemeza n’imicungire by’ingengo y’imari ya rppa
Article 16: adoption and management of the budget of rppa
N° 165/03 ryo ku wa 12/09/2019
N° 165/03 du 12/09/2019
Ingingo ya 195: kugira uruhare mu gushyingira umuntu utarageza ku myaka y‟ubukure cyangwa ku gahato
Article 195: participating in early or forced marriage of a minor
Ingingo ya 7 : gutakaza uburenganzira bwo kuba umunyamuryango
Section 7: loss of civic rights
N’igihe politiki n’amabwiriza ngengamikorere byo kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi nibura buri mwaka. frw frw frw frw frw frw 4. kutamenyesha abakozi b’ikigo gahunda yacyo yo kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi. 5.000.000
3. failure to annually review or update the anti-money laundering, financing terrorism and financing of proliferation of weapons of mass destruction policies and procedures at least every three (3) years. frw 5,000,000 frw3,000 frw 2,000,000
Umutwe wa xii: ibyerekeye ingingo y’inzibacyuho n’izisoza
Chapter vi: the dissolution and liquidation
Buri mpuguke mu kugena agiro k’ibyangiritse, impugucye mu kwishyuriza abishyuza n’impuguke mu kugena agaciro k’ibishobora kwangirika, agomba kwishyura banki nkuru amafaranga y’icyemezo ya buri mwaka angana n’ibihumbi ijana by’amafaranga y’u rwanda (frw100.000) mu gihe cy’amezi atatu uhereye igihe umwaka w’imari warangiriye.
Each loss adjuster, loss assessors and risk surveyors shall pay to the central bank annual license fee of 100,000 frw within 3 months after the end of financial year.
4º gushyiraho abakozi urwego rukeneye;
4º to recruit the staff the office needs;
Iyo umwanzuro usaba ubwumvikane n‟impinduka ugomba gutorwa n‟amatsinda y‟ababerewemo normal business hours;
Where a resolution proposing a compromise, including any amendment, is put to the vote of obtenue durant les heures normales de service ;
Indorerezi z‟amatora zigira uburenganzira bwo gukurikirana ibikorwa by‟amatora byose zaherewe uruhusa.
The election observers have the right to follow all electoral activities for which they are accredited.
Iyi mirongo ngenderwaho igenga imikoreshereze y'igerageza ry’udushya duhangwa n’ikoranabuhanga mu by’imari mu byerekeranye n’ibicuruzwa na serivisi by’isoko ry'imari n'imigabane mu rwanda.
These guidelines are issued to be used as a guide on the operationalization of regulatory sandbox for fintech innovations related to capital markets business in rwanda.
Igazeti ya leta n° 37 bis yo ku wa 12/09/2022
Official gazette n° 37 bis of 12/09/2022
Amashuri yisumbuye agizwe n’icyiciro cya mbere rusange kimara imyaka itatu (3) n’icyiciro cya kabiri cy’amashami atandukanye nacyo kimara imyaka itatu (3).
Secondary education shall consist of an ordinary level that lasts three (3) years and an advanced level consisting of different subjects that lasts three (3) years.
(3) ku mukozi wa leta ugengwa n’amasezerano y’umurimo usimbura umukozi wa leta udahari kubera impamvu ziteganywa n’amategeko, urwego rwa leta rushobora kongera amasezerano y’umurimo mu nyandiko hashingiwe ku gihe rugikeneyemo uwo mukozi wa leta ugengwa n’amasezerano no kuba rufite amafaranga yo kumuhemba.
(3) for a contractual public servant who replaces a public servant who is absent at work due to reasons provided for by laws, the state organ may renew in writing the employment contract, based on the period for which the state organ needs the contractual public servant and the availability of funds for his or her salary payment.
(i) umwe agenzura undi cyangwa abandi bose mu buryo butaziguye cyangwa buziguye;
(i) one controls the other or the entire group, directly or indirectly;
Ibyo abikora mu ibaruwa ishinganye mu iposita cyangwa itanzwe mu ntoki kandi hagatangwa gihamya y‟uwayakiriye. iyo baruwa yandikirwa perezida w‟inama nkuru y‟ubushinjacyaha, na we akayishyikiriza komisiyo ishinzwe imyitwarire y‟abashinjacyaha. itariki yayohererejeho mu iposita cyangwa iyo yayitangiyeho mu ntoki ni yo ifatwa mu kubara ibihe.
The opposition is made by registered mail at the post office or hand delivered with acknowledgement of receipt. such a mail is addressed to the president of the high council of the public prosecution who shall in turn bring the matter before the disciplinary committee. the date of deposit of the letter at the post office or that of hand delivery shall be the one to be considered in calculating the time limits.
Rigena imiterere n’imikorere bya komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge
Relating to the organisation and functioning of the national electoral commission
Iteka rya minisitiri rigena uburyo kwatisha ubukode burambye ku butaka bugenewe ubuhinzi, ubworozi n’amashyamba bikorwa.
An order of the minister determines modalities for sub-lease of agricultural, livestock and forest land.
11° gushyira umukono wa noteri kuri sitati ni amafaranga ibihumbi bitanu y’amanyarwanda (5.000 frw);
11° fee for notarization of by-laws shall be five thousand rwandan francs (rwf 5,000);
Ingingo ya 326: kutagira ibitabo biteganywa n’iri tegeko
Article 326: failure to keep the books that are required by this law
9° uburyo bwo guhagarika by’agateganyo cyangwa guhagarika burundu konti cyangwa guhagarika igikorwa ;
5° payments for redundancy or loss or termination of contract;