kin
stringlengths
5
22.5k
eng
stringlengths
6
6.85k
(d) umukozi wa leta agomba gutanga ku gihe raporo igaragaza umusaruro wagezweho;
(d) the public servant must provide a timely report of achieved results;
Iguriro koranabuhanga rifite ubwoko bw’amasezerano asasiye bukurikira:
The e-shopping mall has types of framework agreements as follows:
2° gushyigikira jenoside.
2° support the genocide.
2° gushyiraho umuntu umwe cyangwa benshi ukora nk’umujyanama mu by’amategeko, hakurikijwe ibisabwa ishobora kugena, wo kugira inama ushinzwe imikoreshereze y’uburyo bwo kwishyurana cyangwa utanga serivisi zo kwishyurana ku micungire myiza y’ibikorwa bye, hakurikijwe uko yabigena;
2° appoint one or more persons as statutory adviser, on such terms as the national bank of rwanda may specify, to advise the operator or the payment service provider on the proper management of his or her business as the national bank of rwanda may determine;
Bitabangamiye ibiteganyijwe mu gika kibanziriza iki, nta ruhushya rugomba kumara igihe kiri hejuru y‟igihe cy‟amasezerano y‟umurimo y‟umukozi.
Without prejucide to the provisions of the above paragraph, no permit shall exceed the validity of the employees‟ contract.
Umuryango ufite intego zikurikira: guteza imbere ubwisanzure bw’umwana mu bikorwa byibanda ku mibereho y’abaturage, umuco, ubuzima, uburezi n’ibindi bikorwa by’ingirakamaro kuri we.
The following are the main objectives of the organization: to promote the child’s freedom in the domain relating to social development , culture, sanitary, education and other vital activities.
Ingingo ya 4 : inzego zishinzwe kugenzura ibintu byangiza akayunguruzo k‟imirasire y‟izuba
Section 4 : the atmospheric pressure
Umusirikare wese wahagaritse umurimo by’agateganyo kubera indwara cyangwa ubumuga sub-section 2: official missions
Any soldier under temporary suspension of activity due to sickness is entitled to promotion in rank as well sous-section 2: missions officielles
Banki nkuru igomba gufata icyemezo ku isaba mu gihe kitarenze ukwezi kumwe (1) gukurikira itariki idosiye isaba yujurije ibisabwa byose.
The central bank must make its decision on the license application within one (1) month following the date on which the application met all the required information.
Umutwe w’abadepite, mu nama yawo yo ku wa 30
The chamber of senate, in its session of 30
Ingingo ya 8: guha, gutiza cyangwa kwakira ikarita ndangamuntu utabifitiye uburenganzira
Article 8: delivering, lending or receiving the identity card without entitlement
Ikigo gishyiraho amabwiriza arebana n’ubushakashatsi bukorerwa ahantu hakomye.
The authority provides guidelines for conducting research in a protected area.
Ingingo ya 14: ikosorwa ry’amakuru yatangajwe
Article 14: rectification of the information published
Inama rusange yo mu ukwakira ikora imirimo ikurikira: 1) gusuzuma no kwemeza ibiri ku murongo w‟ibyigwa by‟inama rusange; official gazette n° 02 of 11/01/2010
The general assembly has the following powers: -to adapt and to modify the constitution and internal regulations of the organization; official gazette n° 02 of 11/01/2010
(d) gukurikirana ishyirwa mu bikorwa (o) to ensure the maintenance of infrastructure;
(d) to monitor the implementation of (o) assurer le bon entretien des infrastructures ;
Imikoreshereze, imicungire n‟imigenzurire by‟umutungo wa rgb bikorwa hakurikijwe amategeko abigenga. ubugenzuzi bushinzwe igenzura rya buri munsi ry‟imikoreshereze y‟umutungo wa rgb buha raporo inama y‟ubuyobozi, bukagenera kopi uyobora ubuyobozi bukuru bwa rgb.
The use, management and audit of rgb property shall be carried out in accordance with relevant legal provisions. rgb internal audit service shall submit a report to the board of directors, and give a copy to the chief executive officer of rgb.
Ingingo ya 66: imyitwarire mbonezamurimo ku mukozi wa leta
Article 66: professional conduct of a public servant
Ugize inama y’ubutegetsi ntagomba gukoresha mu buryo butari bwo umwanya afite nk’ugize inama y’ubutegetsi cyangwa umukozi wa sosiyete cyangwa gukoresha amakuru yamenye kubera umwanya we kugira ngo abone, ku buryo buziguye cyangwa butaziguye, inyungu bwite cyangwa iy’undi muntu mu buryo bubangamiye isosiyete, uretse ku birebana n’isosiyete; ugize inama y’ubutegetsi ashobora kumenyekanisha, gukoresha cyangwa gukora ashingiye ku makuru ayo ariyo yose iyo ibiranga iryo menyekanisha, ikoresha cyangwa igikorwa byanditswe mu gitabo cy’inyungu bwite kandi yabiherewe uburenganzira n’abandi bagize inama y’ubutegetsi ndetse isosiyete ikabihabwamo inyungu ikwiye.
A director must not make improper use of his or her position as a director employee or agent of the company or of any information acquired solely by virtue of his or her position, to gain directly or indirectly, a personal benefit for himself or for any other person or to cause detriment to the company other than. for the purposes of the company; a director may disclose, use, or act on the basis of any information if particulars of the disclosure, use or act are entered in the register of interests and the director is authorised to do so by the directors and the company receives fair value in respect of the disclosure, use, or act.
Umuyobozi w’agashami atorwa n’abarimu n’abashakashatsi bahoraho bo mu rwego akoreramo, akemezwa na sena akademiki ya kist ibisabwe n’inama y’ishami. section 3: deans of faculties and directors of schools and specialised centres affiliated to kist
The head of the department shall be elected by permanent lecturers and researchers of the category in which he/she is employed, and approved by the section 3: doyens de facultés, directeurs d‟écoles et de centres spécialisés attachés au kist
Ingingo ya 20: kwibumbira hamwe no kwegukana article 20: amalgamation and acquisition
Article 20: merger and acquisition
Umutwe wa vi: ishoramari mu bwizigame bw’igihe kirekire
Chapter i: denomination ŕ length ŕ headquarters
Ingingo ya 25: urutonde n’umubare wa ngombwa kugira ngo inama y’inteko rusange iterane
Article 25: list and quorum for the plenary sitting
Modification des statuts et dissolution du collectif ihindurwa ry’amategeko n’iseswa ry’ihuriro
Modification of statutes and dissolution of the association
A) ububasha bw’uwo muntu mu gutora cyangwa kugira aho aganisha itora ry’imigabane;
A) power to vote or direct the voting of the shares,
Mbere yo gutangiza ibikorwa by‟ubushakashatsi n‟iby‟ubucukuzi, ufite uruhushya rwo gucukura amabuye y‟agaciro cyangwa ya kariyeri agomba, mbere na mbere, gutegura amabwiriza yerekeye umutekano n‟isuku by‟ibikorwa biteganyijwe.
Prior to starting activities of exploration and mining or quarrying extraction, the licensee shall, beforehand, work out directives relating to safety and hygiene of the projected activities.
Ibipimo by’amahoro yo mu isoko bigenwa n’inama njyanama ya buri rwego rw’ibanze ishingira ku bunini bw’ahacururizwa, only fees and other charges stipulated in this article shall be levied by a decentralized entity.
The thresholds of market fees shall be fixed by the council of a decentralized entity considering the size of the designated area and seuls les taxes et redevances prévues au présent article peuvent être perçues par une entité décentralisée.
(1) mu gihe cyo gutora, perezida w’inama njyanama y’akarere asaba umunyamabanga w’inama njyanama y’akarere guhamagara buri wese mu izina, hakurikijwe urutonde ry’inyuguti zitangira amazina bwite yabo.
(1) the chairperson of the council, during voting, requests the secretary of the district council to call each individual by name in accordance with the alphabetical order of surnames of the individuals.
Urwego nshingwabikorwa rwa rppa article 20: personal interest in an issue on the agenda
The executive organ of rppa is comprised of article 20: intérêt personnel dans un point à l’ordre du jour
Usibye amategeko yihariye akurikizwa mu ifatira ry’agateganyo ryihariye, ingingo zikubiye muri aka kiciro zikurikizwa ku mafatira y`agateganyo yose.
With the exception of special provisions applicable to provisional seizure, the rules contained in this sub-section shall be applicable to all types of provisional seizure.
Ingingo ya 12: umuvugizi w‟umuryango wemewe n‟amategeko ashinzwe kugenzura imirimo no guhuza ibikorwa by‟umuryango. abika inyandiko zose no kuzishyingura, asinya amabaruwa n‟impapuro kandi akanagumana inyandiko-mvugo z‟inama.
Article 12: the legal representative of the organisation is in charge of supervision and coordination of activities. he holds documentation, archives, signs correspondence and other documents of the organisation and keeps minutes of the meetings.
Ikigo gifite ubwisanzure bwo kugenzura mu ibanga niba ikigo mvamahanga gikora ubugenzuzi gifite ibipimo mpuzamahanga kigendera ku bisabwa byavuzwe mu gika cya 2 cy’iyi ngingo mu bugenzuzi, ndetse n’ibisabwa byibuze bisa n’iby’ikigo.
The authority has discretion to investigate whether a foreign regulator meets the regulatory standards specified in annex 1 of these regulations and requirements which are at least equivalent to those of the authority.
Bihugu, ku bwumvikane bw‟u rwanda n‟ibyo bihugu.
Countries upon agreement between rwanda and those countries.
Umugereka wa i w’iteka rya minisitiri w’intebe nº 42/03 ryo ku wa 20/05/2011 rishyiraho imbonerahamwe n’incamake y’imyanya y’imirimo muri komisiyo y’igihugu ishinzwe ivugururwa ry’amategeko (nlrc)
Annexe i to the prime minister’s order nº 42/03 of 20/05/2011 determining the organisational structure and summary of job positions for the national law reform commission (nlrc)
Icyakora, iyo rusanze ari ngombwa, urwego rw’ubugenzuzi rushobora gusaba gushyikirizwa inyandiko y’umwimerere iyo ariyo yose mu nyandiko zatanzwe.
However, where deemed necessary, the supervisory authority may request submission of original copies of any application documents submitted.
(m) 5.000.000 frw yishyurwa ku mwaka;
(m) annual fee of frw 5,000,000;
Ingingo ya 12: ubugenzuzi bw’ibikorwa bya komite z’ubuzima n’umutekano ku kazi
Article 12: monitoring of occupational health and safety committees activities
Agaciro k‟umubare fatizo, urwego, imibare fatizo n‟umushahara mbumbe bigendana na buri murimo bigaragara ku mugereka w‟iri teka.
The index value, the level, the index and gross salaries corresponding to each job are annexed to this order.
Ingingo ya 34: imanza zaregewe inkiko mbere y’uko iri tegeko ngenga ritangazwa
Article 34: cases filed with courts before the publication of this organic law
Biri mu bikorwa by’inyungu rusange. iteka rya minisitiri ufite ubutaka mu nshingano ze, abyibwirije cyangwa abisabwe n’urwego rwa leta bireba, rigena ibindi bikorwa by’inyungu rusange.
Public domain. an order of the minister in charge of lands, on the minister’s own initiative or upon request by relevant public institution, determines any other activity of public interest.
Iteka rya minisitiri w‟intebe rishyiraho komite ihuriweho na za minisiteri, ishinzwe kurwanya ikoreshwa ry‟ibiyobyabwenge n‟imiti ikoreshwa nka byo ritemewe n‟amategeko kandi rikagena imiterere n‟imikorere byacyo ……………………………………………….13
Prime minister‟s order establishing the inter ministerial committee responsible for fighting against illicit use of narcotic drugs, psychotropic substances and precursors, and determining its organisation and functioning ……………………………………………………………..13
Inteko rusange nirwo rwego rw'ikirenga rw'umuryango. rugizwe n'abanyamuryango b'icyubahiro bashobora kuza muri iyi nteko rusange, ariko ntibagire uburenganzira bwo gutora cyangwa se gutorwa.
The general assembly is the supreme organ of the association. it is composed of all the effective members of the association. honorary members may also attend the meetings of the general assembly but do not have voting powers.
(sé) murekezi anastase minisitiri w’abakozi ba leta n’umurimo (sé) murekezi anastase minister of public service and labour (sé) murekezi anastase ministre de la fonction publique et du travai bibonywe kandi bishyizweho ikirango cya repubulika: (sé) karugarama tharcisse minisitiri w’ubutabera / intumwa nkuru ya leta seen and sealed with the seal of the republic: (sé) karugarama tharcisse minister of justice /attorney general
(sé) dr binagwaho agnès ministre de la santé seen and sealed with the seal of the republic: (sé) karugarama tharcisse minister of justice/attorney general vu et scellé du sceau de la république : (sé) karugarama tharcisse ministre de la justice / garde des sceaux
(c) « urwego rubifitiye ububasha » bivuga urwego rukorera ku mupaka, ku kibuga cy’indege cyangwa ku cyambu harimo ubuyobozi bukuru bushinzwe abinjira n’abasohoka mu rwanda, polisi y’u rwanda, urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha cyangwa ikigo cy’imisoro n’amahoro;
(c) “competent authority” means authority operating at the border, airport or port including the directorate general of immigration and emigration in rwanda, rwanda national police, rwanda investigation bureau or rwanda revenue authority;
Kamena 2003, nk‟uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 120, 121, 188 n‟iya 201;
June 2003, as amended to date, especially in articles 108, 121, 188 bis and 201;
Mu mitunganyirize y‟imirimo y‟ubugenzacyaha, abakozi b‟ikigo cy‟igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative (rca) bakora mu bwisanzure kandi bubahiriza amategeko.
While executing their investigative powers, the staff of rwanda cooperative agency (rca), shall work independently and in the respect of the law.
- gushyiraho komisiyo zihoraho no kugenzura imirimo.
- to establish permanent commissions and determine their attributions;
Igihe sosiyete izamara ntikigenwe. sosiyete izatangira gukora guhera ku itariki izaba yandikiweho mu gitabo cy’ubucuruzi.
The duration of the company is not determined. the company will start operating from the date it will be registered in the commercial register.
Umuntu wese ukoresha ingufu, agahato cyangwa iterabwoba agamije kuyobya indege agambiriye kimwe mu bikorwa bikurikira:
Any person who uses force, threats or terror to hijack an aircraft with intent to commit one of the following acts:
2 º ingaruka mbi zishoboka za politiki, igenamigambi cyangwa gahunda iteganyijwe ku bidukikije, harimo izitaziguye, iziziguye n’izikomatanyije;
2° anticipated adverse environmental effects of the proposed policy, strategic plan or program, including direct, indirect and cumulative effects;
Mu gihe cyo kwemeza niba rutanga cyangwa rudatanga uruhushya, urwego rubifitiye ububasha rushobora gushingira ku makuru yose yerekeye umuntu wese ukoreshwa cyangwa uzakoreshwa, ufatanya, cyangwa uzafatanya n’usaba mu mirimo ivugwa, n’ayerekeye:
In determining whether to grant or refuse an application, the competent authority may consider any matter relating to any person who is or will be employed by or associated with the applicant for the purposes of the business in question, and
Iteka rya perezida ryemeza umushinga wo kwimura abantu ku mpamvu z’inyungu rusange……... n° 65/01 ryo kuwa 13/12/2006
Presidential order approving the proposal for expropriation in public interest……………………. n° 65/01 of 13/12/2006
Ukwiyemerera bikorwa mu rurimi ukorerwaho ubushakashatsi asobanukiwe neza.
The consent is performed in the language that the research participant understands well.
14° agatabo ko gushyingirwa ni amafaranga igihumbi na magana atanu y’amanyarwanda (1.500frw);
14° fee for the marriage booklet shall be one thousand five hundred rwandan francs (rwf 1,500);
7° gushyira mu bikorwa ibyemezo by’inteko rusange;
7° to implement decisions of the general assembly;
13º gukora ikindi cyose cyateza imbere rcs.”
13º to perform any other activity that may promote rcs.”
Ibipimo ntarengwa by’amahoro yakwa kuri parikingi rusange yubakiye bishyizweho ku buryo bukurikira:
The standard rates fees levied on fenced public parking are fixed as follows:
Umugenzuzi w‟imari atanga raporo yanditse imuha, we ubwe cyangwa umuhagarariye, umwanya wo gusobanura icyemezo cye cyo kudakomeza imirimo ye nk‟umugenzuzi w‟imari.
The auditor shall provide a written report which gives to him/her representative the opportunity to give an explanation why he/she does not wish to be re appointed as auditor.
Ryo kuwa 03/06/2010 riha ubuzimagatozi umuryango « ishyirahamwe nyarwanda ryo guteza imbere imikino mu nzego z’imirimo » kandi ryemera abavugizi bawo
Of 03/06/2010 granting legal status to the associaation “rwandan association for the promotion of sports among the workforce” and approving its legal representatives
-gutegura inama z‟inteko rusange; -gushakisha inkunga y‟amafaranga mu bagiraneza; -gushaka, gushyiraho no gusezerera abakozi. igice cya gatatu: ubugenzuzi bw’imari
-to prepare the sessions of the general assembly; -to negotiate funding with partners; -to recruit, appoint and dismiss the personnel.
Iteka rya minisitiri n° 01 ryo ku wa 02/07/2010 rigena igihe n’uburyo byo kwishyura amafaranga yo gushyingura umukozi n’ingano zose yayo n’ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo bivanyweho.
Ministerial order n° 01 of 02/07/2010 fixing the period and modalities for payment and amount to be paid for funeral indemnities and all prior provisions contrary to this order are repealed.
Hakurikijwe ibiteganywa n‟ itegeko n° 20/2000 ryo ku wa 26/07/2000 rigenga imiryango idaharanira inyungu, hashyizweho umuryango ugengwa n‟aya mategeko: «bengerana jabiro » asbl.
July 2000 relating to non-profit making organizations, it is hereby created an association regulated by the present statute: «bengerana jabiro.» asbl.
Umushinjacyaha wahagaritswe kubera iyo mpamvu agumana bibiri bya gatatu (2/3) by‟umushahara we.
A prosecutor suspended for such reason shall have the right to be paid two thirds (2/3) of his/her salary.
4° inyandiko igaragaza umwirondoro w’umuntu cyangwa uw’umuhagarariye;
4° a document attesting the identity of a natural person or that of his/her representative;
Nº 077/01 ryo ku wa 09/12/2022
Nº 077/01 du 09/12/2022
(c) uwegukanye isoko yatanze imibare n’ibipimo by’ihinategeko ryo gusubiramo ibiciro mu nyandiko ye y’ipiganwa, bishingirwaho mu kubara ibyerekeye gusubiramo less than three years.
(c) the successful bidder furnished the indices and weightings for the price adjustment formula in its bid that serve as a basis for calculating the price adjustment. the procuring préalables à l'exécution du contrat qui ne peuvent être recouvrés dans un délai inférieur à trois ans.
Umuhesha w’inkiko w’umwuga afite inshingano yo guha umukiliya serivisi nk’uko babyemeranije mu masezerano yabo keretse iyo atabishoboye kubera impamvu yumvikana.
A professional bailiff has an obligation to provide services to a client as agreed upon in their contract unless the bailiff is unable to do so for justifiable grounds.
Umenyeshejwe iyi nyandiko:
Such notice is submitted :
Ingingo ya 8: ubudahungabanywa ku mubiri cyangwa mu mutwe
Article 8: inviolability of human body or mind
Hashyizweho komisiyo zihoraho zikurikira ku rwego rw‟igihugu:
The following national permanent committees are established:
1° igenzura niba amafaranga yose yishyurwa atangirwa uburenganzira kandi mu buryo bwemewe, kandi ko amafaranga yinjiye, ayasohotse, chapter x: accounting, accounting records and electronic system
1° ensures that all payments are authorised and properly made and that adequate control is maintained over its income, expenditure, assets and liabilities; chapitre x: comptabilité, documents comptables et système électronique
Asubiye ku iteka rya minisitiri n° 14.00.3/02.0/242 ryo kuwa 29 mutarama 1975 rishyiraho amafaranga atangwa ku kilometero ku muntu ukoresha imodoka ye ku kazi n’igiciro cyo gutwara abantu n’ibintu cyane cyane mu ngingo yaryo ya mbere;
Revisited ministerial order n° 14.00.3/02.0/242 of 29 january 1975 on mileage allowance for private cars when used on official duty and on transportation fee for people and property, especially its article one;
Ingingo ya 2: ibikubiye mu nyandiko isaba
Chapitre two: the asserts
Ibyemezo by'inama njyanama y'umujyi wa kigali bigomba kumenyeshwa minisitiri ufite ubutegetsi bw'igihugu mu nshingano ze bitarenze iminsi itanu (5) y’akazi kuva iteranye, na we akayigira inama areba ko ibyemezo byafashwe bitanyuranyije n'amategeko mu gihe kitarenze iminsi itanu (5) y’akazi uhereye umunsi yabimenyesherejweho.
The minister in charge of local government shall be notified of decisions taken by the council of the city of kigali within five (5) working days of the date of the meeting for him/her to provide opinion and advice as it relates to their consistency with laws within five (5) working days of the date he/she was notified thereof.
9. bitabangamiye ibiteganywa n‟amategeko, umutungo waburi muntu ntugomba guhungabanywa;
9. without prejudice to legal provisions, individual property is inviolable;
Icyiciro cya mbere: ishingwa ry’isosiyete
Section première : constitution d’une société
Iyo ubuyobozi bw‟imisoro bukeka ko umuntu afitiye umusoreshwa umwenda, cyangwa amubikiye amafaranga busabwa:
In case the tax administration assumes that a person is a debtor or is in possession of a taxpayer‟s funds, it is required to:
Iyo umwishingizi anyuranyije n’aya mabwiriza rusange, urwego rw’ubugenzuzi rushobora kumufatira ibihano bikwiriye byashyizweho hakurikijwe itegeko ryerekeye imitunganyirize y’umurimo w’ubwishingizi n’amabwiriza arishyira mu bikorwa.
Where an insurer is in violation of this regulation, the supervisory authority may apply any relevant sanctions established under the law governing organization of insurance business and its implementing regulations.
(ee) «intereko y’ubwato» bivuga imiterere y’ubwato iturutse ku buryo bwubatse, bupakiwe kandi butwawe ituma buba butekanye igihe buhagaze cyangwa bugenda mu mazi;
(ee) “vessel stability” means a condition in which a vessel is found due to the way it is built, loaded and while under way, and as a result of which it remains in stable state, whether the vessel is moving or not;
Ingingo ya 687: igisobanuro cy‟ijambo ubuzererezi
Article 687: definition of vagrancy
Banki nkuru ifite ububasha bwo gushyiraho amabwiriza rusange, amabwiriza n’imirongo ngenderwaho kugira ngo habeho imikorere n’iterambere bikwiye mu bikorwa bya banki mu rwanda. bank agent and requirements by a bank to determine an agent.
The central bank has powers to issue regulations, directives and guidelines for the effective functioning and development of the banking business in rwanda.
Aya mabwiriza areba buri muntu ukora, udandaza, utumiza, ukusanya, usana, uvugurura, umuguzi n’umuguzi w’ibikoresho byinshi ukora imirimo yo gukora, guteranya, kugurisha, kugura no gutunganya ibikoresho by’ikoranabuhanga n’ibikoreshwa n’ umuriro w’amashanyarazi n’izindi ngufu zikora nka wo cyangwa ibisigazwa bikomoka kuri ibyo bikoresho mu rwanda.
This regulation shall apply to every producer, retailer, importer, collector, transporter, dismantler, recycler, refurbisher, consumer or bulk consumer involved in the manufacture, assembly, sale, and purchase and processing of electronic and electrical equipment or e-waste in rwanda.
Umutwe wa iii: abanyamuryango ingingo ya 7: umuryango ugizwe na: - abanyamuryango bawushinze - abanyamuryango bawinjiramo - abanyamuryango b’icyubahiro abanyamuryango bawushinze ni abashyize umukono kuri aya mategeko. abanyamuryango bawinjiyemo ni abantu gatozi cyangwa imiryango babisaba bamaze kwiyemeza gukurikira aya mategeko, bakemerwa n’inteko rusange. abanyamuryango nyakuri ni abawushinze n’abawinjiyemo.abanyamuryango b’icyubahiro ni abantu gatozi cyangwa imiryango, nyuma yo kwishimira intego z’umuryango, bemera kuwutera inkunga iyo ari yo yose. bemerwa n’inteko rusange. bagishwa inama gusa ariko ntibatora.
Chapitre iii: members article 7: the organization is composed by: - founder members - adherent members - honorary members founder members are those who signed this constitution. adherent members are any natural or legal persons who, after having subscribed to this constitution, will be approved by the general assembly. are effective member’s founder and adherent members. honorary members are any natural or legal persons who will be interested in the objectives of the organization and will support its activities both materially and morally. their membership is approved by the general assembly. they may participate in its meetings in an advisory capacity (not elective).
(sé) dr. mukeshimana gerardine minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi
(sé) dr mukeshimana gerardine minister of agriculture and animal resources
Second vice-legal representative sœur marie louise musabyimana (sé) gatulika, imiryango ishingiye kw‟idini cyangwa imiryango y‟abagiraneza cyane cyane ihuje intego iboneka ku ngingo ya 4 y‟aya mategeko shingiro.
La deuxième représentante légale adjointe sœur marie louise musabyimana (sé) those having the same object as defined in article 4
N°07/2009 ryo kuwa 27/04/2009
27 avril 2009
-kwigisha indimi no gusoma no kwandika ku bantu bakuru; -kwigisha ikoranabuhanga rigezweho ( ict);
-training and teaching languages and adult studies. -to promote information, and communication technology (ict)
Buri muntu mu bagize komite nyobozi atorerwa manda y’imyaka irindwi (7) ishobora kongerwa.
Each member of the executive committee is elected for a seven (7) year term renewable.
Hagamijwe iyubahirizwa ry’ibiteganywa n’iri tegeko;
Of this law will be respected;
Kamena 2019, ari ku mugereka, yemerewe kwemezwa burundu.
January 2016, in annex, is approved for ratification.
4° gutegura imishinga y’amategeko yerekeye imikorere ya polisi y’u rwanda;
4° to draft new legislations relevant to the operations of the rwanda national police;
Ingingo ya 41 y’itegeko ngenga n° 10/2013/ol ryo ku wa 11/07/2013 rigenga imitwe ya politiki n’abanyapolitiki ivanyweho.
Article 41 of the organic law n° 10/2013/ol of 11/07/2013 governing political organisations and politicians is repealed.
Rigena uburyo gatanu ku ijana (5
35.0%
4º kugena no kugenzura ibikorwa bigendanye n’ubucuruzi bw’isoko ry’imari n’imigabane, ihererekanya ry’ibicuruzwa by’ibanze n’amasezerano yerekeranye na byo n’ay’ibijyanye n’inyandiko nyemezabubiko;
4º to determine and regulate the activities related to capital market industry, commodity exchange and related contracts and warehouse receipt system;
Itegeko rishyiraho urugaga rushinzwe ubunyamwuga mu bidukikije mu rwanda, rikanagena imitunganyirize n’imikorere byarwo....................................................................29
Law establishing the bar association in rwanda and determining its organization and functioning……………………………………………………………………………………..2
(13) ibikorwa by’ubucuruzi bihuza umukiriya utazwi.
(13) transactions involving an unknown counterparty.
(ii) inyandiko z’imari ziri mu madovize na
C) internal loan audits
Abanyamuryango bawinjiyemo nyuma ni abantu ku giti cyabo cyangwa imiryango bemewe n’inteko rusange y’umuryango hakurikijwe amategeko yawo yihariye.
Affiliated members shall be natural persons or legal entities approved by the general meeting of the organisation, following the conditions set in its internal rules and regulations.
Abagenzuzi b‟ubushinjacyaha bashyirwaho chapter iii: other members of staff of the national prosecution authority
Inspectors of the public prosecution are appointed chapitre iii: autres membres du personnel de l’organe national de poursuite judiciaire
2° kuba ikubiyemo amakuru ya ngombwa kandi ikaba ifite imiterere yagenwe nk’uko isobanuwe mu mugereka wa 2a ;
2° contain the prescribed information and be in the prescribed form set out in appendix 2a;
4º komiseri mukuru: komiseri mukuru w‟ikigo cy‟imisoro n‟amahoro. chapter one: general provisions
Table des matieres umutwe wa mbere: ingingo rusange chapter one: general provisions chapitre premier: dispositions generales