kin
stringlengths
5
22.5k
eng
stringlengths
6
6.85k
 urupfu,  gusezera ku bushake,  guhagarikwa ku mirimo bijyana no gusesa amasezerano bitewe n‟impamvu, zitandukanye ziteganywa n‟amategeko.
 death,  voluntary resignation,  exclusion marked by the end of the contract due to legally recognized reasons.
Umukozi wese wo mu rwego rw‟ubucamanza ushobora gufata icyemezo, umushinjacyaha, umupolisi cyangwa undi mugenzacyaha, wakira cyangwa wemera kwakira ruswa kugira ngo hafatwe icyemezo kitagombaga gufatwa, ahanishwa igifungo kirenze imyaka itanu (5) kugeza ku myaka irindwi (7) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda yikubye inshuro kuva kuri ebyiri (2) kugeza ku icumi (10) z‟agaciro k‟indonke yatswe.
Any judicial officer, prosecutor, police officer or any other judicial police officer who receives or accepts a bribe in order to exert an influence resulting in an unfair decision, shall be liable to a term of imprisonment of more than five (5) years to seven (7) years and a fine of two (2) to ten (10) times the value of the illegal benefit demanded.
Ingingo ya 102: ihanwa ry’ibyaha bibangamira imiryango itabara imbabare mu gihe cy’intambara
Article 102: punishment for offences against humanitarian organizations in wartime
Inyandiko imenyekanisha amakuru y’ingenzi ntabwo isabwa kuba ikubiyemo amafaranga ayo ari yo yose ya komisiyo cyangwa umufuragiro yishyurwa mu gihe habayeho gusesa cyangwa kutishyura amafarangay’ibyakozwe, icyo gihe n’amafaranga asabwa na leta nayo ntabwo aba akubiyemo.
A kfs is not required to include any fee or charge that is payable as a result of a cancellation or non- payment of a transaction.
A) ku mutungo ubarirwa kuri icyo gice cy’isosiyete ku buryo ari wo urebwa n’ubwo buryozwe ku rwego rwa mbere;
A) the cellular assets attributable to that cell which is primarily liable;
- amafaranga yinjizwa avuye ku bikomoka kuri peteroli - import tax on petrol products
- import tax on petrol
W‟abadepite mu nteko ishinga amategeko nk‟uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira:
On the code of value added tax as modified and complemented to date, is modified and complemented as follows:
Icyemezo gisesa ikigo cyangwa umuryango byigenga bifite ubuzimagatozi cyohererezwa umuyobozi ubifitiye ububasha kugira ngo akurikirane ibijyanye n’iseswa.
The decision to dissolve a private institution or organisation with legal personality is transmitted to the competent authority to proceed with the dissolution.
Iteka rya minisitiri riha ubuzimagatozi ishyirahamwe « huguka rubyiruko » kandi ryemera abavugizi baryo……………………………………………………………………………………... amategeko arigenga ……….………………………………………………………………………. n° 96/11 ryo kuwa 17/05/2006
Ministerial order granting legal entity to the association « egera umwana » and agreeing its legal representatives……………………………………………………………………………………… n° 002/2006 of 21/11/2006
2° komisiyo y’iterambere n’imibereho myiza;
2° the commission for development and social affairs;
Ingingo ya 40: igenzura ry’imari ya rura rura igomba kubika no gufata neza ibitabo by’ibaruramari n’ibindi bitabo byose bya ngombwa bikoreshwa mu ibaruramari. igenzura ry’umutungo wa rura rigomba gukorwa nyuma y’umwaka w’ikoreshwa ry’imari n’igihe bibaye ngombwa rikozwe n’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta. umutwe wa vi: ihiganwa ingingo ya 41: kugena ufite ubwiganze ku isoko rura ishobora kwemeza ko utanga serivisi igenzurwa afite ubwiganze ku isoko. ibigo bifite ubwiganze bigenzurwa ku buryo buteganywa n’itegeko rirebana n’urwo rwego. article 38: loan application subject to the approval of the regulatory board and where imminently necessary, rura may apply for a loan from a bank or any other local financial institution for the purposes of achieving its mission as assigned by this law. article 39 : surplus of rura budget
Rura finances shall be audited by the auditor general of the state finances at the end of the budget year and whenever considered necessary. chapitre vi: competition article 41: designation of who holds a dominant position in the market rura may designate any regulated service provider as the one which holds a dominant position in the market. dominant position shall be subject to the controls set out in the article 38: recours aux emprunts sur décision du conseil de régulation et en cas d’extrême nécessité, rura peut contracter un emprunt auprès d’une banque ou toute autre institution financière locale pour réaliser la mission lui assignée par la présente loi. article 39: excédent budgétaire du rura
3º inzitizi ntarengwa: ibintu biba bitunguranye bibuza umuntu kubahiriza inshingano ze;
3º force majeure: unforeseeable circumstances that prevent a person from fulfilling his or her obligations;
Inteko rusange nirwo rwego rukuru rw‟umuryango kandi iyoborwa n‟umuvugizi, igizwe n‟abanyamuryango bose. nirwo rwego rwonyine rufite uburenganzira busesuye bwo gufata ibyemezo ku kibazo icyo aricyo cyose, no kwemeza inzira iboneye y‟ibikorwa.
The general assembly is a superior organ of the organization and it is led by legal representative. it is the only organ having full rights to decide to any problem, and to set up a strategic plan of the organization.
2° gukora inyigo igamije gusuzuma amategeko ariho mu gihugu kugira ngo hagaragazwe adashyirwa mu bikorwa ndetse n’amashya akenewe no gutanga inama zikwiye ku bayobozi bireba;
2° conducting studies designed to assess laws applicable in the country in order to identify those that are not implemented and the new ones that may be necessary and advise relevant authorities accordingly;
5° zasomwe n’umucamanza utaraziburanishije;
5° have verdict that are delivered by a judge who did not take part in the proceedings of the case;
Nyuma y’uko icyemezo cyo kwimura abantu ku mpamvu z’inyungu rusange n’urutonde rw’abafite uburenganzira bwanditse ku mpapurompamo z’ubutaka n’ibikorwa byabukoreweho bitangajwe, nta bindi bikorwa birambye nyir’ubutaka yemerewe kuhakorera. iyo abikoze, nta gaciro bihabwa mu gihe cy’iyimurwa.
After the publication of the decision on expropriation in the public interest and the list of holders of rights registered on land titles and property incorporated on land, the land owner shall not develop any other long-term activities on the land. otherwise, such activities shall not be compensable during expropriation.
- imisoro ku byaguzwe yakwa ku mitobe n'amazi 2 600 000 000
- tax on soft drinks and water consumption 2 600 000 000
Umutwe wa vii: amakosa, ibyaha n’ibihano
Chapter vii: faults, offences and penalties
Hashingiwe ku bikorwa biteganyijwe mu igenamigambi ry‟umurenge kandi bigateganywa mu ngengo y‟imari y‟akarere, akarere kagenera umurenge amafaranga yo kuwufasha kurangiza the district‟s budget includes the budget for the sectors constituting the district. the sector‟s budget includes the budget for the cells constituting the sector.
Article 4: modalities for the allocation of the budget based on the activities provided for in the sector‟s action plan and provided in the district‟s budget, the district allocates funds to the sector to enable it fulfil its responsibilities. le budget du district inclut le budget des secteurs constituant le district. le budget du secteur inclut le budget des cellules constituant le secteur
Ingingo ya 12: kwemeza iseswa rya gahunda yo gucunga ingwate yemejwe
Article 12: approval of cancellation of the ratified mortgage management plan
Nº 225/03 ryo kuwa 23/12/2013
Nº 225/03 du 23/12/2013
(a) gukusanya, gupfunyika, gutwara, kwakira, kubika no gusuzuma ibimenyetso by’ahakorewe icyaha;
(a) to collect, package, transport, receive, store and analyse evidence from the scene of crime;
Ingingo ya 28: uruhushya rwo kwibumbira hamwe kw’amabanki
Article 28: authorisation of the amalgamation of banks
Ingingo ya 175: uburyo referendumu ikorwa
Article 175: referendum modalities
(a) uburyo bwo kubara ishingiro ry’umusoro;
(c) calculation of the tax;
N° 114/03 ryo ku wa 16/8/2019
N° 114/03 du 16/8/2019
Ingingo ya 13: ibisabwa umutwe wa politiki usezeye mu ihuriro, wirukanwe cyangwa usheshwe
Article 13: requirements to a political organisation leaving the forum, expelled from it or dissolved
Ku bijyanye n’abantu batuye mu midugudu y’ahafatwa nk’ icyaro, icyemezo cyo kubaka, no gupimirwa ikibanza cyishyurirwa amafaranga atarenze ibihumbi bitanu y’amanyarwanda (5.000 frw).
With regard to people living in villages in places considered as rural areas, requests for building permit and measurement of land plot shall be charged five thousand rwandan francs (rwf 5,000).
26° urwego rw’ibanze: urwego rw’imitegekere y’igihugu ku rwego rw’ibanze rufite ubuzima gatozi n’ubwigenge mu byerekeye imicungire y’imari n’abakozi barwo kandi rukagira igice mu ngengo y’imari gituruka mu butegetsi bwite bwa leta;
26° decentralized entity: local administrative entity with legal personality, administrative and financial autonomy and whose budget is partially financed by the central government;
2° inzego zinyuranye z’ubutegetsi bwa leta zikomokamo imibare y’ibarurishamibare. iryo barurishamibare ni ryo ryitwa ibarurishamibare rya leta;
2° various state institutions that provide statistical information. such statistical data constitute the official statistics;
23° gushyiraho uburyo bwo gufatanya n’inzego z’igihugu n’amahanga mu kumenyekanisha amateka y’u rwanda muri rusange no kumenyesha by’umwihariko amateka ya jenoside yakorewe abatutsi n’ingamba u rwanda rwakoresheje mu kwiyubaka nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi; rwandan diaspora, families, teachers, youth, and for faith-based organisations and civil society;
23° to put in place a collaboration mechanism with both national and international institutions in dissemination of the history of rwanda in general, and in particular, the history of genocide against tutsi and strategies of rwanda to catégories, y compris la diaspora rwandaise, les familles, les enseignants, les jeunes, et pour les organisations basées sur la foi et la société civile ;
2° kumenyesha uwahawe isoko ubukererwe n’ibigomba gukosorwa bitarenze iminsi ibiri (2) y’akazi bibaye;
2° to notify the successful bidder of delays and defects to be cured not later than two (2) working days after their occurrence;
Umuntu wese utubahiriza ibibujijwe, ibitegetswe n’ibisabwa kubahirizwa mw’izinga ryo kurinda isoko y’amazi agenewe kunyobwa n’abantu, bivugwa muri iri tegeko ahanishwa igifungo kuva ku mezi abiri (2) kugeza ku mwaka umwe (1) n’ihazabu y’amafaranga kuva ku bihumbi makumyabiri na bitanu (25.000 frw) kugeza kuri
Any person who does not respect interdictions, prescriptions and servitudes instituted in a protective perimeter of intended water catchments to the human consumption, mentioned above, is liable of an imprisonment of two (2) months to one (1) year and a fine of twenty five thousand (25,000 rwf) rwandan francs to two hundred
Ibicuruzwa na serivisi bitumijwe mu mahanga hakurikijwe icyemezo cy’iyandikishwa ry’umushinga w’ishoramari bisonerwa kwishyura umusoro ku nyongeragaciro usanzwe wakwa kuri ibyo bicuruzwa na serivisi.
Goods and services imported according to the certificate of registration of an investment project shall be exempt from payment of value added tax that is levied on such goods and services.
(1) urwego ruhanahana amakuru akurikira hashingiwe ku ihame rya magirirane –
(1) the centre exchanges the following information subject to the principle of reciprocity –
Umukozi wa rcaa utishimiye igihano yahawe afite uburenganzira bwo kujuririra perezida w’inama y’umuyobozi ya rcaa.
Rcaa employee who is not satisfied with a sanction imposed to him/her shall be entitled to the right of appeal to chairperson of board of directors of rcaa.
(c) kugaragaza ko ikigo gikora umurimo w’ubwishingizi buciriritse gusa cyangwa umwishingizi utanga serivisi insurance products must also make verbal disclosure, in the customer’s home language, of all the information contained in the policy summary.
(c) state that a dedicated microinsurer or insurer offering micro-insurance products has an obligation of notification to the assureur proposant des produits de micro-assurance doit également divulguer verbalement, dans la langue du client, toutes les informations contenues dans le résumé de la police.
1° imiterere n’ingingo z’isaba, mu gihe rireba abanyamigabane runaka, kugaragaraza abanyamigabane rireba;
1° the nature and terms of the offer, and if made to specified shareholders, to whom it will be made; and
Ingingo ya 2: ishyirwaho ry‟ abashinjacyaha ba gisirikare abasirikare bakurikira bagizwe abashinjacyaha ba gisirikare:
Article 2: appointment of military prosecutors the following soldiers are appointed as military prosecutors:
Ibicuruzwa n’icyo bitwawemo byafatiriwe, bigomba kujyanwa ku biro bya gasutamo bifite ibikoresho bya ngombwa bihagije. umuntu wafatanywe ibicuruzwa cyangwa icyo byari bitwawemo ubwo byafatirwaga, ahabwa kopi y’inyandiko igaragaza ku buryo burambuye ibicuruzwa byafatiriwe kandi iriho umukono w’umukozi wa gasutamo wabifatiriye n’uwanyir’ibicuruzwa.
All goods and means of transport seized must be conveyed as soon as possible to the most appropriate customs office. the customs officer in charge issues a receipt detailing the seized items, signed and dated by both the customs officer and the person in whose hands the goods in question were found.
Izindi nyungu cyangwa ibihombo
Other gains and losses
3° kwigisha abaguzi ku kiguzi cy’igicuruzwa n’uburyo bwo kubara ibiguzi; 4° gusobanura amasezerano mbere yo kuyashyiraho umukono; 5° guherekeza umuguzi wa serivisi y’imari mu bikorwa byose (mbere na nyuma yo gukoresha serivisi cyangwa igicuruzwa);
3° educating consumers on the cost of the product and cost computation methods; 4° explanations of the contract before signature; 5° accompany a financial service consumer throughout the whole process (before and after the consumption of service or product);
C. “konti yo mumahanga”: konti icungwa hanze y’u rwanda ifitwe n’umuntu utuye mu gihugu cyangwa ikigo gifite ubuzima gatozi gituye mu gihugu;
C. “overseas account”: account maintained outside of rwanda by a resident individual or legal entity;
Umutwe wa ii: inshingano, ububasha n’imikorere bya komite
Chapter ii: responsibilities, powers and functioning of committees
Inyigo y‟ingaruka ku bidukikije igizwe n‟imiterere ndetse n‟urutonde rw‟urusobe rw‟ibinyabuzima, inyamaswa zo mu gasozi n„ibimera, imiterere y‟umwuka, amazi yo mu kuzimu n‟ayo hejuru y‟ubutaka, ubutaka n‟ubutumburuke bw‟ubutaka chapter one: general provisions
An environmental impact assessment shall include a description and an inventory of ecosystems, fauna and flora, quality of air, underground and surface waters, soil and topography and shall be conducted prior to mining extraction and chapitre premier: dispositions generales
Icyiciro cya 3: igenzura ry’akarere ko mu mujyi wa kigali
Section 3: oversight of the functioning of the city of kigali
Umuryango rwanda union mission of the seventh-day adventist church (rum) ugizwe n‟ibibanza birindwi bya misiyoni bita field bikurikira : - ikibanza cya misiyoni y‟amajyaruguru y‟u rwanda igizwe n‟uturere dukurikira: musanze, burera, gakenke, rurindo n‟igice cya nyabihu. iki kibanza gifite icyicaro i musanze. - ikibanza cya misiyoni y‟amajyaruguru ashyira uburengerazuba bw‟u rwanda kigizwe n‟uturere dukurikira: rubavu, rutsiro, ngororero n‟igice cya nyabihu. fourth section: missionary fields and institutions of rwanda union mission of the seventh-day adventist church (rum)
- north rwanda field of mission consists of the following administrative districts: musanze, burera, gakenke, rulindo and a part of nyabihu. this field of mission has its headquarters at musanze. - north west rwanda field of mission consists of the administrative districts: rubavu, rutsiro, ngororero and a part of nyabihu. this field of mission has its quatrième section: des missions et des institutions de rwanda union mission of the seventh-day adventist church (rum)
Iteka rya perezida ryemeza burundu amasezerano y’impano nº 2100155023017 yashyiriweho umukono i kigali, mu rwanda kuwa 27 nyakanga 2012, hagati ya repubulika y’u rwanda n’ikigega nyafurika gitsura amajyambere (fad/adf), yerekeranye n’impano ingana na miliyoni enye n’ibihumbi magana atanu na makumyabiri na bitanu za «unités de compte/units of account» (4.525.000 uc/ua) agenewe umushinga mpuzabihugu wo kubaka imihanda (mugina-mabanda-nyanza lac na rubavu-gisiza) no korohereza ubwikorezi mu gice gihuza amajyepfo n’amajyaruguru - icyiciro cya iii…………………...53
The grant agreement nº 2100155023017 signed in kigali, rwanda on 27 july 2012, between the republic of rwanda and the african development fund (adf), relating to the grant of four million five hundred and twenty- five thousand of units of account (ua 4,525,000) for the multinational roads development project (mugina-mabanda-nyanza lake and rubavu- gisiza) and the facilitation of transportation on the north-south corridor - phase iii, is hereby authorised for ratification.
5° kwita ku isuku, umutekano no gufata ingamba zikumira indwara z’ibyorezo mu kigo kinyurwamo by’igihe gito;
5° to ensure hygiene, security and preventive measures against epidemic diseases in a transit center;
Ingingo ya 38: uburenganzira bwo kwisobanura ku mushinga w’inyandiko ikosora
Article 38: right to be heard on a draft rectification note
5° amasezerano y’igurishwa ry’inyandiko z’agaciro.
5° a contract for the sale of securities.
Mbere yo gutanga zimwe mu nshingano zivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, ucunga ikigega agomba:
Prior to delegating some of the functions referred to in paragraph one of this article, the operator must:
Iyo igice kimwe cy’akarere gishyizwe ku karere gashya, umutungo wako ugabanywa uturere dushya twombi hakurikijwe umubare w’abaturage bashyizwe muri buri karere. impaka zose ziturutse kuri iryo gabana zikemurwa na minisitiri ufite ubutegetsi bw’igihugu mu nshingano ze.
Where one part of a district becomes a new district, the assets formerly belonging to the mother-district are shared between the two newly created districts according to the number of the people put in each district. any disputes arising from that sharing shall be settled by the minister in charge of local government.
Nzeri 2008 rigenga imiryango itari iya leta;
September 2008 governing non governmental organisations ;
Ubuyobozi bukuru bufite inshingano zikurikira zirebana no kurengera umuguzi wa serivisi y’imari:
The senior management shall assume the following responsibilities with regard to financial service consumer protection:
4 º abagize komite nyobozi y’inama y’igihugu y’abagore ku rwego rw’uturere tugize ifasi y’itora;
4° members of the executive committee of the national women council at district level within electoral constituency;
1° iteka rya perezida n° 109/01 ryo ku wa 15/10/2015 rigenga ubutumwa bw’akazi imbere mu gihugu;
1° presidential order n° 109/01 of 15/10/2015 regulating official missions inside the country;
1° kwamamaza ubutumwa bwiza bwa yesu kristo no kwigisha ijambo ry'imana hashingiwe kuri bibiliya yera;
1º to preach the gospel of jesus christ and teach the word of god according to the holy bible;
Ubwinjiracyaha bw’icyaha cyoroheje ntibuhanirwa.
An attempt to commit a petty offence is not punishable.
6° andi makuru yose ya ngombwa.
6° dies.
N° 32/2015 ryo kuwa 11/06/2015
N° 32/2015 du 11/06/2015
11° gusaba kubika inyandiko mu buryo bunoze no gushyiraho amabwiriza agenga uburyo zigenzurwa.
11° require proper record keeping and make provisions for their inspection.
Nº181/03 ryo kuwa 21/12/2011
Nº181/03 du 21/12/2011
Ihuriro ry’inganda zitunganya umuceri mu rwanda (rfrm)………...36
Forum des usines du riz au rwanda (rfrm)………………………………….36
Kugabanyamo ishuri rikuru rya leta andi mashuri makuru ya leta abiri (2) cyangwa menshi cyangwa gukomatanya amashuri makuru ya leta abiri (2) cyangwa menshi akaba ishuri rikuru rimwe (1) rya leta bikorwa n’itegeko.
The split of a public institution of higher learning into two (2) or several other public institutions of higher learning or the merging of two (2) or several public institutions of higher learning into one (1) public institution of higher learning shall be done by a law.
We, the .rt. rev. dr. laurent mbanda, bishop of the shyira diocese,
We, the rt. rev. emmanuel ntazinda, bishop of kibungo diocese,
Ingingo ya 2: biro ya komite y’abunzi
Article 2: bureau of mediation committee
4° umusoro asabwa kwishyurwa;
4° le montant des redevances à verser;
Umucamanza cyangwa umukozi w’inkiko, agira dosiye y’akazi mu bunyamabanga nshingwabikorwa bw’inama nkuru y’ubucamanza.
A judge or member of judicial personnel has an administrative file kept in the executive secretariat of the high council of the judiciary.
2. ubwishyu bukurikira buzatangwa n’umukoresha, itariki y’ubwishyu bwa 1 [umubare w’amafaranga] itariki y’ubwishyu bwa 2 [umubare w’amafaranga] ......... [umubare w’amafaranga]
2. the following payments by the employer, date of payment 1 [nominal] date of payment 2 [nominal] ......... [nominal]
1° inshamake y’umushinga, harimo n’ibisobanuro by’uburyo na tekiniki bizakoreshwa, uretse inyubako iri mu cyiciro cya 1;
1° project brief including a description of methods and techniques applied, except for category 1;
Ingingo ya mbere: iyimurwa bwana nsengiyaremye christophe wari umuhuzabikorwa ushinzwe ibijyanye no kwegereza ingengo y’imari inzego z’ibanze yimuriwe ku mwanya w’umuyobozi w’ishami rishinzwe gucunga no gukurikirana imishinga muri minisiteri y’imari n’igenamigambi.
Article one: transfer mr. nsengiyaremye christophe, the coordinator of fiscal decentralisation unit is hereby transferred to the post of director of projects management and monitoring unit in the ministry of finance and economic planning.
Igazeti ya leta n° idasanzwe yo ku wa 12/07/2023
Official gazette n° special of 12/07/2023
5° kutagira indi nyungu akura mu murimo we uretse umushahara wemewe nk’uko biteganywa n’iri tegeko n’amabwiriza arishamikiyeho;
5° not make profits for his or her position except through the payment of remuneration permitted under regulations made under this law;
2° gutegura inama z’inama y’abakomiseri;
2° to prepare meetings of the council of commissioners;
2° isosiyete yari mu manza;
2° the company was a party to legal proceedings;
8° itangwa ry’umutungo: kwegurira burundu fondasiyo uburenganzira ku mutungo kugira ngo uwo mutungo uhinduke uwayo;
8° endowment: absolute transfer of the title of the property to a foundation so that the property becomes the property of the foundation;
1° ssp ruganji rene ufite nomero imuranga 12310;
1° ssp ruganji rene whose matriculation number is 12310;
(b) «uburyozwe busigaranwa» bivuga icyo umwishingizi asigarana kuri buri kishingirwa havuyemo uruhare rw’umwishingizi w’abishingizi;
(b) “net risk” means what the insurer is left with for each policy after deducting the reinsurer’s part;
Abatangije umuryamgo, n‟abagize uruhare mu ishyirwaho rya christian hope ministries, bagashyira umukono kuri aya mategeko- shingiro.
Founder members are those who participated in the setting up of the association christian hope ministries and who signed the present statutes.
1° umuhuza mu bucuruzi bw’ibicuruzwa by’ibanze n’amasezerano abikomokaho yananiwe gutanga raporo y’umugenzuzi w’imari;
1° the commodity exchange and related contracts market intermediary has failed to lodge an auditor's report;
11° kugura no kugurisha munsi y’igiciro kiri kw’isoko cyangwa gufata imyenda myinshi, gushyira impapuro mpeshamwenda kw’isoko cyangwa ubundi buryo bwose bubi bwo kubona amafaranga;
11° purchases and sells below market price or takes large amounts of loans, put negotiable instruments into circulation or adopt any other ruinous means of procuring funds;
Iyo ubwumvikane busesuye butabonetse ikibazo gishyikirizwa inama y’abaperezida ikagifataho umwanzuro bisabwe na perezida cyangwa umwe mu ba visi perezida.
If there is no consensus, the matter under consideration is referred to the conference of chairpersons for decision upon request by the president or by one of the vice presidents.
4° umuntu wese wakatiwe burundu kubera icyaha cy‟ubwicanyi, cy‟ubuhotozi cyangwa icyo gufata ku ngufu;
4° any person who has been definitively sentenced for murder, manslaughter or rape;
Umutwe wa iv: imiterere n’imikorere bya naeb
Chapter iv: organisation and functioning of naeb
5° icyiciro cya 5: umushinjacyaha cyangwa umukozi wunganira abashinjacyaha witwaye ku buryo budakwiye kwihanganirwa ahabwa inota (1) cyangwa zeru (0).
5° level 5: a prosecutor or an assistant of prosecutors who shows unacceptable skills and conduct shall score one (1) point or zero (0).
1° ahakorerwa ubucuruzi: ishami, agashami, ahantu hatangirwa serivisi z’imari zimwe na zimwe, ahatangirwa serivisi z’imari hagendanwa, imodoka itangirwamo serivisi z’imari, imashini yikoresha mu kubitsa no kubikuza mu buryo bw’ikoranabuhanga cyangwa ahandi hose ikigo cy’imari iciriritse cyakira amafaranga abitswa gikorera bimwe cyangwa byose mu bikorwa;
1° place of business: a branch, a sub- branch, outlet, mobile branch, mobile van, automated teller machine or any other place where a deposit- taking microfinance institution carries out some or all of its business;
Amadiyapozitifu n‟ibindi byerekanirwaho ibintu byerekeranye n‟imikoreshereze y‟ibitsina bikorewe ku bana, ahanishwa igifungo kirenze imyaka itanu (5) kugeza ku myaka irindwi (7) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva kuri miliyoni eshanu (5.000.000) kugeza kuri miliyoni makumyabiri (20.000.000).
Other pornographic materials involving children shall be liable to a term of imprisonment of more than five (5) years to seven (7) years and a fine of five million (5,000,000) to twenty million (20,000,000) rwandan francs.
Ikigo gishinzwe isuzuma n’iyishyurana kigomba gushyiraho abagenzuzi b’imari bigenga.
A clearing house must hire external auditors.
(vi) kuba umuntu atarimwe uburenganzira bwo gukora ubucuruzi, umurimo cyangwa umwuga bisaba uruhushya, kwiyandikisha cyangwa ubundi burenganzira, kubera ko yambuwe urwo ruhushya cyangwa icyemezo cyo kwiyandikisha cyangwa atahawe ubundi burenganzira bujyanye n’icyo gikorwa;
(vi) a person has not been refused the right to carry on a trade, business or profession requiring a license, registration or other authority, as a result of the removal of the relevant license, registration or other authority;
Hagati ya repubulika y’u rwanda na repubulika y’u burundi
Between the republic of rwanda and the united republic of tanzania
Y’iri tegeko, abagize inama y’ubutegetsi bakurikirana ko isosiyete igeza ku mwanditsi mukuru mu gihe kitarenze amezi arindwi (7) nyuma y’itariki fatizo y’ibaruramari mu gihe ari isosiyete idahamagarira rubanda kuyiguramo imigabane, no mu gihe kitarenze amezi ane (4) y’itariki fatizo y’ibaruramari ryayo mu gihe ari isosiyete ihamagarira rubanda kugura imigabane:
The directors of a company ensure that the company delivers to the registrar general not later than seven (7) months after its accounting reference date in the case of a private company and four (4) months after its accounting reference date in the case of a public company:
Mu gihe umuguzi wa serivisi y’imari yumva ko yakorewe ivangura nkuko risobanurwa muri aya mabwiriza rusange, ikibazo cye atabashije kucyumvikanaho n’utanga serivisi y’imari, ashyikiriza ikibazo cye akanama gashinzwe gukemura ibibazo by’abaguzi ba serivisi z’imari, mu gihe ikibazo kitakemuwe n’utanga serivisi y’imari mu buryo bumunyuze. the financial service provider including the following:
In case the financial service consumer believes he/ she has been subject to discrimination, as defined in this regulation, he/ she may file a complaint with the committee in charge of financial consumer’s complaints, if the complaint was not satisfactorily resolved by the financial provider. des clients au prestataire de service financier, y compris les éléments suivants :
(6) iyo gukubita cyangwa gukomeretsa byateye urupfu, igihano kiba igifungo kitari munsi y’imyaka 10 ariko kitarenze imyaka 20 n’ihazabu itari (3) if assault or battery results in an illness or non-permanent incapacity to work, the penalty is imprisonment for a term of not less than 3 years but not more than 5 years and a fine of not less than frw 500,000 but not more than frw 1,000,000.
(6) if assault or battery results in death, the penalty is imprisonment for a term of not less than 10 years but not more than 20 years and a fine of not less than (3) lorsque les coups ou blessures entraînent une maladie ou une incapacité de travail non permanente, la peine est portée à un emprisonnement d’au moins 3 ans mais n’excédant pas 5 ans et une amende d’au moins 500.000 frw mais n’excédant pas 1.000.000 frw.
I. amafaranga yinjira ava imbere mu gihugu 196 177 200 000
I. ressources interieures 196 177 200 000
Ingingo ya 292: igihano cyo kudatanga ibaruramari ry’umwaka, raporo y’abayobozi na raporo y’umugenzuzi w’imari
Article 292: penalty for failing to deliver annual accounts, directors’ report and auditor’s report
Ingingo ya 22: igenzura ry’ibikorwa bya komite z’ubutaka
Article 22: monitoring of activities of land committees
Kamere mu rwanda (rnra) rikanagena inshingano, imiterere n’imikorere byacyo;
Establishing rwanda governance board and determining its mission, organization and functioning;
Iteka rya minisitiri ryemera ihindurwa ry’amategeko agenga « itorero ry’ubwepiskopi mu rwanda diyosezi ya byumba »…………………………………………………………………………………...30
Ministerial order approving alterations made to the statutes of the “episcopal church of rwanda byumba diocese”…………………………………………………………………………………...30
1° iri ahantu habonetse inka igaragaza ibimenyetso by’indwara y’ibicurane by’inka; 2° nta minsi makumyabiri n’umwe (21) irashira iturutse ahantu habonetse iyo ndwara.
1° it is found in a place which is characterized by symptoms of bovine flu; 2° it has come from a place where bovine flu was identified and a period of twenty one (21) days has not yet elapsed.