kin
stringlengths 5
22.5k
| eng
stringlengths 6
6.85k
|
---|---|
Bikorwa iri teka | Code of conduct
|
Ingingo ya 5: ububasha bwa rnec | Article 5: powers of rnec
|
Nsar ikorera hose ku butaka bwa repubulika y’u rwanda, ikaba ariko ishobora kugaba ibikorwa byayo hanze yarwo, byemejwe n’inteko rusange. | The adepr church conducts its activities throughout the territory of the republic of rwanda. however, it can extend its activities elsewhere upon approval of the competent authorities.
|
3° kwirinda kubona inyungu ziturutse ku mutungo ucunzwe nabo ubwabo keretse mu gihe amasezarano yo gucunga iby’abandi abyemera; | 3° they do not personally benefit or profit from the trust except as the trust permits;
|
Ahacururizwa amabuye y’agaciro hagenwa n’ikigo cy’igihugu gishinzwe umutungo kamere mu rwanda, ishami rya jewoloji na mine. | The mineral trading centers are designated by the rwanda natural resources authority, geology and mines department.
|
4° imyenda ifite urwego rumwe n‟iyi. | 4° claims having the same rank as these.
|
Iyo uwakoze icyaha ari umukozi wa komisiyo, umukozi woherejwe na leta cyangwa se uhagarariye umutwe wa politiki, igihe cyo kwamburwa uburenganzira bwo gutora gishobora kugera ku myaka icumi (10). article 174: altering election results, violating the truth of elections and impeding voting operations | If the offender is an employee of the commission, a person assigned to represent the government or a representative of a political organisation, the court may deprive him/her of the voting right for a period up to ten (10) years. article 174: falsification des résultats du scrutin, violation de l’exactitude des élections et empêchement des opérations de vote
|
A) gushyiraho abakozi b‟ubunyamabanga buhoraho; | (a) recruit the permanent secretarial staff;
|
Ku masoko apiganirwa ku rwego mpuzamahanga, igitabo cyerekana uburyo ipiganwa rikorwa gitegurwa mu gifaransa no mu cyongereza. | For international tenders, the bidding document shall be prepared in both english and french.
|
Banki nkuru y’u rwanda isaba amabanki yose gushyiraho urwego ruhamye rw’imicungire y’ibyateza ingorane ku byateza ingorane ku gipimo cy’ivunjisha kugira ngo bishobore guhangana n’ibyateza ingorane by’ubu bwoko. | The national bank of rwanda urges all banks to establish a solid risk management framework for exchange rate risk in order to be able to deal with risks of this type.
|
Ariko, ku madosiye yerekeye icyaha cyakorewe gasutamo, igihe izo nyandiko zimara zibitse kivugwa mu gika kibanziriza iki, gitangira kubarwa uhereye ku itariki icyo cyaha cyakemuriweho ku bwumvikane cyangwa uhereye ku munsi urubanza rwaciriweho burundu. | However, in case of documents relating to a customs offence, the conservation period provided by the previous paragraph starts from the expiry of the year in which an amicable settlement or a final court judgment was reached with respect to the offence.
|
Ingingo ya 238: gushyiraho umugenzuzi w’imari | Article 238 : appointment of an auditor
|
Akiciro ka 4: imikorere ya komite nyobozi | Sub-section 4: functions of the executive committee
|
(e) afite uburambe buhagije n’ubunararibonye bukenewe mu gukora akazi ke neza. | (e) possesses the necessary experience and expertise to perform his tasks competently.
|
Iburanisha ry’ibirego bisaba kwemeza ko amasezerano mpuzamahanga anyuranyije n’itegeko nshinga cyangwa kuvanaho itegeko ngenga, itegeko, cyangwa itegeko - teka binyuranyije n’itegeko nshinga rikorwa mu ruhame hari n’uhagarariye leta. | Hearing of petitions seeking to declare unconstitutionality of a treaty or an international agreement or to repeal unconstitutional organic law, ordinary law or decree-law shall be conducted in an open court and in the presence of a government’s representative.
|
2 º ingano y’ibyanaguwe, iy’ibyatunganyijwe, ibyavuguruwe, cyangwa iy’ibyasenywe mu mwaka ubanza. | 2 º the quantities recovered, recycled, reclaimed or destroyed for the previous year.
|
Umutwe wa iii: ibyerekeye komisiyo ishinzwe iby’ubutaka ku rwego rw’umujyi wa kigali | Chapter iii: the land commission at the level of kigali city
|
N’amashyirahamwe yo kubitsa no kugurizanya (sca) mu buryo bwihariye, mu rwego rwo gusaba uruhushya, hatangwa inyandiko z’inyongera zikurikira: | (sca), the following additional documents are submitted for license application:
|
N° 20/29 ryo ku wa 18/04/2012 | N° 20/29 du 18/04/2012
|
11° gutegura umurongo ngenderwaho, amahame, amabwiriza n’igenamigambi ku mikoreshereze y’ubutaka mu gihugu cyose; | 11° to prepare guidelines, principles, regulations and strategic planning for land use throughout rwanda;
|
A) kwemeza amategeko shingiro, amabwiriza n’amategeko ngengamikorere y’umuryango n’amashami washyizeho ; | A) to adopt the statutes of the organization, the guidelines and its internal regulation order as well as its departments that it set up;
|
Madamu mbabazi odette agizwe umukuru w’ubuyobozi wa “energy utility company ltd“. | Mrs. mbabazi odette is hereby appointed a chief executive officer of energy utility company ltd.
|
Igihe umwana wakoreshejwe mu gusabiriza asanganywe ubumuga bw‟umubiri cyangwa bwo mu mutwe, igifungo kiba imyaka itatu (3). | When the child used in beggary has a physical or mental disability, the term of imprisonment shall be three (3) years.
|
1º top secret nyuma y’imyaka makumyabiri n’itanu (25) ; | 1º top secret after a period of twenty five (25) years,
|
Nyuma yo kugeza umushinga w‟ingengo y‟imari ku nama njyanama, umunyamabanga nshingwabikorwa ategura kandi agashyikiriza minisiteri, ashingiye ku mushinga w‟ingengo y‟imari, gahunda y‟agateganyo y‟amafaranga azakoreshwa ku mwaka, agaragaza uko biteye buri kwezi na buri gihembwe mu buryo buhura na gahunda y‟amasoko y‟urwego rw‟ibanze. | After the submission of draft budget to the council, the executive secretary shall prepare and submit to the ministry, on the basis of the draft budget, provisional annual expenditure plans broken down by month and quarter consistent with the decentralized entity procurement plan.
|
1° gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry‟inshingano za komisiyo; | 1° ensuring the implementation of the mission of the commission;
|
Rigena ingano y‟imishahara n‟ibindi bigenerwa abanyapolitiki bakuru b‟igihugu n‟uburyo bitangwa nk‟uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu hamwe n‟izindi ngingo zose z‟amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo bivanweho. | Determining the amount of salaries and other fringe benefits for state high political leaders and modalities of their allocation as modified and complemented to date and all other prior provisions contrary to this order are hereby repealed.
|
Ubutaka bwateguwe budafite ibikorwaremezo by’ibanze 100 kugeza ku 125 | Serviced land without basic infrastructure 100 to 125
|
13° perezida w’inteko iburanisha abaza ababuranyi niba hari icyo bongera ku miburanire yabo; | 13° the presiding judge asks the parties if they have any declarations to add to their pleadings;
|
Ingingo ya 61: raporo z’utunama twigenga tw’ubujurire | Article 61: reports of independent review panels
|
Komite y‟ubuyobozi n‟ubugenzuzi bw‟imari igizwe n‟abantu batatu (3) bashyirwaho n‟inama y‟ubuyobozi, kandi ifite inshingano zikurikira: | This committee shall consist of three (3) members and shall have the following responsibilities:
|
21° umuyobozi w’urwego rwa leta: umuyobozi uhuza imirimo yose y’urwego rwa leta; | 21° executive head: head who coordinates all the activities of a public entity;
|
1° «uberewemo umwenda»: umuntu gatozi cyangwa ikigo gifite ubuzima gatozi bifite uburenganzira bwo kwishyuza ugomba kwishyura, bwabayeho mbere cyangwa ku munsi w‟itangira ry‟ikurikirana ryerekeye igihombo; | 1° “creditor”: a natural or legal person that has the right to claim his/ her debt against a debtor that arose before or on the date of commencement of the insolvency proceedings;
|
Iyo ikirebwa n’iperereza kigizwe n’amakuru abitswe muri mudasobwa cyangwa mu rusobe rwa mudasobwa, ubitse ayo makuru asabwa kuyatanga cyangwa kwemerera kwinjira mu makuru mu buryo bushobora gutuma ayo amakuru ajyanwa, agaragara, kandi asomeka. | If a material to which an investigation consists of data stored in a computer or computer system, the request is considered to require the person to produce or give access to that data in a form in which it can be taken away and in which it is visible and legible.
|
N° 005/03 ryo ku wa 16/02/2021 | N° 005/03 of 16/02/2021
|
Ashingiye ku itegeko nº 04/2013 ryo kuwa 08/02/2013 ryerekeye kubona amakuru, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 10; | Pursuant to law n° 04/2013 of 08/02/2013 relating to access to information, especially in article 10;
|
Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igihano cy’imirimo y’inyungu rusange mu gihe kitarenze ukwezi kumwe (1). | Upon conviction, he/she is liable to community services for a period not more than one (1) month.
|
Ibiteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo ntibigira ingaruka ku gushyira ibyishyurwa mu byiciro mu buryo bwo gukurikirana igihombo buteganywa n’iri tegeko, kandi kwishyuza biturutse mu mahanga bishyirwa mu byiciro bimwe n’ibyishyurwa byo mu rwanda biteye kimwe. | The provisions of paragraph one of this article do not affect the ranking of claims in a proceeding under this law, foreign claims will be ranked as equivalent claims in rwanda.
|
Ingingo ya 7: ibishingirwaho mu kwemererwa ubuhungiro | Article 7: requirements for obtaining asylum
|
Banki, mu izina ry’umuntu ushaka kongera, guhabwa cyangwa gutanga imigabane ihwanye n’uruhare rugaragara mu migabane, isaba banki nkuru mu nyandiko isobanura birambuye imiterere y’iyongera, igura cyangwa ihererekanya ndetse n’andi makuru yose ashobora gusabwa na banki nkuru. | A bank shall, on behalf of a person who is seeking to increase, acquire or transfer shares equivalent to significant holdings or controlling interests, apply in writing to the central bank providing details on the nature of the increase, acquisition or transfer and any such information that may be requested by the central bank.
|
Mu ishakisha ry’ibimenyetso, isaka ryo ku mubiri cyangwa mu mubiri rishobora gukoreshwa n’umugenzacyaha cyangwa umushinjacyaha yifashishije umuntu ubifitiye ubumenyi cyangwa akoresheje ikoranabuhanga ryabugenewe. | During evidence collection, an investigator or a prosecutor may conduct a body search or body cavity search of a suspect with the help of a qualified person or through appropriate technology.
|
1º ari gukorwaho iperereza rijyanye no gukekwaho kugura cyangwa kugurisha ibikoresho by’amashanyarazi cyangwa iby’ikoranabuhanga byakoreshejwe byibwe; | 1º is under investigation of suspicions on buying or selling stolen used electrical or electronic equipment;
|
(2) amafaranga avugwa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo yunganirwa n’ibi bikurikira: | (2) the funds referred to in paragraph (1) of this article is supplemented by:
|
3° gufatira no gufata buri kintu cyose kigengwa n’iri tegeko igihe cyose ibona ko kitubahirije ibiteganywa n’iri tegeko; | 3 º seize and confiscate any product regulated under this law not conforming to the provisions of this law;
|
Ingingo ya 22: ukutabangikana kw’ibihano | Article 22: dissolution
|
Umucamanza afata icyemezo nyuma y’amasaha mirongo ine n’umunani (48) iburanisha risojwe. | The judge shall render his/her decision in forty-eight (48) hours after the closing of hearings.
|
Umwarimu afite uburenganzira bwo gushyiraho cyangwa kwinjira muri sendika yihitiyemo. | An apprentice is authorised to have access to the file free of charge.
|
5° izo manza zasomwe n’umucamanza utaraziburanishije, cyangwa iyo izo manza zitasomewe mu ruhame; | 5° were pronounced by a judge who did not take part in its hearing; or if such cases were not pronounced in public;
|
Kureka kuba umunyamuryango w’icyubahiro biba iyo : | The status as an effective member is lost when:
|
Keretse mu gihe gifite uruhushya rwa banki nkuru,ikigo gicuruza inyandiko z‟agaciro kigomba gukora gusa ibikorwa bikurikira: | Unless authorized by the central bank, the “discount house” shall restrict itself to the following activities:
|
9° gukora icyegeranyo cy’amagazeti ya leta ya repubulika y’u rwanda no kuyageza ku bo agenewe. | 9° to compile official gazettes of the republic of rwanda and distribute them to relevant authorities.
|
3. k’ufite inomero ya matirikire ibanziriza izindi kuri lisiti bahamagarirwaho ; | 3° put temporary signs on the boundaries of the area that was applied for;
|
Urwego ngenzuramikorere rw’imirimo ikorerwa ahantu hihariye mu by’ubukungu mu rwanda (sezar) ; | The rwanda special economic zones regulatory authority of rwanda (sezar) ;
|
Amabwiriza rusange no 04/2018 yo ku wa 24/01/ 2018 yerekeye imicungire y’ikomeza ry’imirimo n’ingingo zose z’amabwiriza abanziriza aya kandi zinyuranyije nayo zivanyweho. | Regulation n° 04/2018 of 24/01/ 2018 on business continuity management and all prior provisions contrary to this regulation are hereby repealed.
|
Icyahinduka icyo aricyo cyose muri politiki n‟imikorere by‟ikigo bigomba kugezwa kuri banki nkuru kugira ngo bisuzumwe mu gihe cy‟iminsi (7) irindwi uhereye ku itariki byahindukiyeho. | Any change in policies and systems of an institution shall be submitted to the central bank for review within seven (7) days from the date of change.
|
Umuyobozi mukuru wa polisi y’u rwanda asubiza mu nyandiko usaba icyemezo cyo kwiyandikisha mu gutanga serivisi article 9: requirements for becoming a security guard within private security services | The inspector general of rwanda national police responds in writing to the applicant for the certificate to provide private security article 9 : conditions pour être agent de sécurité au sein des services de sécurité privés
|
Igenzura kandi rishobora gukorwa n’igihe cyose bibaye ngombwa bisabwe na komite ngishwanama. | The audit may also be carried out whenever necessary upon request by the advisory committee.
|
Ashingiye ku kuba integrated electronic case management system ari bwo buryo bukoreshwa n’inzego zigize urwego rw’ubutabera n’abazigana mu gutanga, kwakira, gusuzuma, gucunga ibirego na dosiye hamwe no gushyira mu bikorwa ibyemezo by’inkiko mu gihugu hose; | Pursuant to the fact that integrated electronic case management system is the system used by organs of the justice sector and their clients to file, receive, examine, manage complaints and files as well as to implement court decisions nationwide;
|
2° gifite inyandiko y’ubwumvikane y’ishingwa ry’isosiyete n’amategeko shingiro nk’uko biteganywa n’itegeko rigenga amasosiyete y’ubucuruzi; | 2° have a memorandum and articles of association as provided for by the law governing companies;
|
Ibicuruzwa bifatwa ko byatumijwe mu mahanga iyo ibyo bicuruzwa bigomba gukorerwa imihango yo muri gasutamo, hakurikijwe itegeko rigenga imikorere ya gasutamo, ku itariki ibyo bicuruzwa byinjijwe mu rwanda. | Products shall be regarded as imported if such products require customs formalities in accordance with the customs system on the date such products were brought in rwanda.
|
K) gahunda y’ibikorwa n’imiterere y’ibaruramari y’imyaka nibura ibiri iri imbere; | K) business plan and projected financial statements for at least the next 2 years;
|
Ingingo ya 8: amafaranga yo gusaba uruhushya rwo gucukura kariyeri nto hacuruzwa ibiyivuyemo | Article 8: application fees for a commercial small-scale quarry license
|
Ingingo ya 3: umuryango ukorera imirimo yawo mu rwanda hose. ariko biremewe no gukorera mu mahanga. | Article 3: the organization shall carry out its activities all over the rwandan territory. it is allowed to carry out in abroad.
|
Umuntu wese ufite mu nshingano ze guha serivisi abantu, ufata icyemezo ashingiye ku itonesha, ku bucuti, ku rwango, ikimenyane cyangwa icyenewabo ku bamugana, aba akoze icyaha. | Any person in charge of providing service to people who makes a decision based on favoritism, friendship, hatred, acquaintances or nepotism to any person who seeks a service, commits an offence.
|
Ingingo ya 17: intwaro zitemerewe gutungwa n’abasiviri | Article 17 : attributions of the bursar
|
3 º kwiyandikisha mu buryo buteganywa organisations or issued as an obligation emanating from an international convention ratified by rwanda. | 3 º to register as provided by law; organisations reconnues ou délivré comme une obligation découlant d’une convention internationale ratifiée par le rwanda.
|
[igenewe abagize inama y’ubutegetsi, abayobozi bakuru cyangwa abanyamigabane abafite uruhare rugaragara b’umwishingizi/umwishingizi w’abishingizi cyangwa abateganyirizwa kuzaba bo] | [for individuals who are, or are proposing to become directors, managers or qualifying shareholders of an insurer/reinsurer]
|
33° umuntu ubifitiye ububasha: umuntu ufite ububasha bwo kugenza ibyaha mu by’amashyamba n’ibiyakomokaho; | 33° authorized person: person with the powers to investigate offences related to forests and forest products;
|
Ubuyobozi bw’inzego z’ibanze mu mujyi wa kigali n’abafatanyabikorwa bwabwo basabwe gufasha imiryango itishoboye cyane iy’abana birera batishoboye kubahiriza aya mabwiriza. | Local administration in kigali city and stakeholders shall assist poor families especially poor children without parents to implement these instructions.
|
Abakandida ku myanya ya perezida na visi perezida wa komisiyo batanga kandidatire zabo muri iyo nama. batorwa mu ibanga ku bwiganze burunduye bw’amajwi y’abaje muri iyo nama. iyo ubwo bwiganze burunduye butabonetse, itora risubirwamo ako kanya, bagatorwa hakurikijwe ubwiganze bw’amajwi mu bakandida babiri (2) barushije abandi 3° committee for the functioning of the national public prosecution authority. | Candidates for the posts of chairperson and deputy chairperson of a permanent committee submit their candidacy during that meeting. they are elected by secret ballot by an absolute majority of the members present. when the absolute majority is not obtained, the voting is immediately repeated in accordance with the simple majority from the first two (2) winning 3° la commission chargée du fonctionnement de l’organe national de poursuite judiciaire.
|
Utunganya amakuru abikora mu izina ry’umugenzuzi w’amakuru hashingiwe ku masezerano yanditse avugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo. | The data processor processes personal data on behalf of the data controller subject to a written contract referred to in paragraph one of this article.
|
Perezida wa repubulika ni we mukuru w‟igihugu. | The president of the republic is the head of state.
|
Inzego z’imitegekere y’igihugu zegerejwe abaturage zidafite ubuzimagatozi ni umurenge, akagari n’umudugudu. | Decentralised administrative entities without legal personality shall be the sector, the cell and the village.
|
Inyandiko mvugo y’inama rusange yo kuvugurura amategeko y’umuryango nathan restoration outreach ministries (nrom) no kuzuza inzego | Nathan restoration outreach ministries “nrom”
|
(2) icyakora, umukoresha ntashobora gusaba umukozi gukora amasaha atarakozwe, iyo atamuhaye uburenganzira bwo kuva ku kazi igihe habayeho guhagarara kw’imirimo. | (2) however, an employer cannot request an employee to compensate non-worked hours, when he or she did not authorise him or her to leave the workplace during the period of interruption.
|
Ingingo ya 4: umuryango ukorera imirimo yawo mu turere twose tw'u rwanda. | Article 4. its activities are carried out all over the rwandan territory.
|
Akiciro ka 4: imiterere y’igice cy’itegeko cy’ingingo zisoza | Sous-section 4 : structure d’une division des dispositions finales
|
(c) ubundi buryo bwo kugira imari shingiro ihagije bwashyirwaho n’urwego rw’ubugenzuzi hashingiwe ku igenzura rishingiye ku byateza ingorane. | (c) any other capital adequacy threshold that may be determined by the supervisory authority in line with the risk based capital supervision framework.
|
Ingingo ya 217 y’itegeko no 22/2018 ryo ku wa 29/04/2018 ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’imbonezamubano, iz’ubucuruzi, iz’umurimo n’iz’ubutegetsi ihinduwe ku buryo bukurikira: | Article 217 of law no 22/2018 of 29/04/2018 relating to the civil, commercial, labour and administrative procedure is amended as follows:
|
Umuyobozi mu ntara ufite mu nshingano ze ibyerekeye amategeko ni noteri, akorera imirimo ya notariya mu biro bya noteri by’intara. | The director in charge of legal affairs in the province is hereby designated to discharge his duties at the province’s notarial office.
|
Manda y’abakomiseri ni imyaka ine (4) ishobora kongerwa inshuro imwe (1) gusa mu buryo buteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo. muri iyo manda abakomiseri bakora ku buryo buhoraho. | The term of office of the commissioners is four (4) years, which may be renewed only once in a manner provided for in paragraph one of this article. in such a term of office, commissioners shall be employed on a permanent basis.
|
30. musanze 60 . ubushinjacyaha bwo ku rwego rw’ibanze bwa busogo 406. umurenge wa busogo 407. umurenge wa gataraga 408. umurenge wa nkotsi 409. umurenge wa muko 410. umurenge wa shingiro 27 | Optimum insurance brokers societe a responsabilite limitee au capital de 67.000.000 rwandan francs siege social : maxi station route des poids-lourds district de nyarugenge - kigali rccm 10104 kig
|
Abari mu nzego z’imirimo yabangamira igikorwa cyo kwiyamamariza hamwe n’abari mu mirimo ya leta, bahagarika by’agateganyo imirimo yabo mu gihe cyo kwiyamamaza“. | Persons in positions which may be prejudicial to campaign as well as those in public service shall temporarily suspend the exercise of their function during the campaign”.
|
Alarm rwanda ikurikiza amategeko yo mu rwanda kandi ikita no ku mimerere n’imikorere ya alarm mvamahanga ku isi yose. | Alarm rwanda shall respect the rwandan law and follows statement of the human resource manual of alarm international.
|
(2) ku mategeko avanaho cyangwa ahindura, igiteganywa kigaragaza inyito y’itegeko rivanyweho cyangwa rihindurwa. | (2) for repealing or amending legislation, the subject matter reflects the title of the repealed or amended legislation.
|
Urwego rw’ubugenzuzi rugenzura itsinda ry’amasosiyete mu buryo bukomatanyije. | The supervisory authority supervises each group of companies on a consolidated basis.
|
Dushingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 86, iya 112, iya 120, 122 n’iya 176; | Pursuant to the constitution of the republic of rwanda of 2003 revised in 2015, especially in articles 86, 112, 120, 122, and 176;
|
Kurahiza abemerewe kujya mu rugaga bikorwa nibura rimwe (1) mu mwaka. | Applicants who fulfill the requirements shall be sworn in at least once (1) a year.
|
Umutungo w’isosiyete ibumbye ibice birinzwe ushobora kugirwa n’umutungo w’igice cy’isosiyete n’uw’isosiyete remezo cyangwa ihuriro ry’umutungo w’igice cy’isosiyete n’uw’isosiyete remezo. | The assets of a protected cell company may comprise of cellular assets and that of the core or a combination of both cellular and that of the core.
|
4° kwishyura umugabane we hakurikijwe amategeko shingiro ya koperative; | 4° pay his or her share in accordance with the bylaws of the cooperative;
|
Banki nkuru ifite, igihe icyo ari cyo cyose, ububasha bwo kugena abagenzuramikorere, abagenzuzi bayo, cyangwa undi umuntu wese ubifitiye ubushobozi kugira ngo bakore igenzura mu kigo cyangwa ku ukorana na cyo. uwo muntu ashobora gufatira cyangwa gufata kopi y’inyandiko iyo ari yo yose igihe yumva provide sufficient documentation to the central bank evidencing that erasure. | The central bank has power to appoint at any time its own auditors or inspectors or any other competent person to carry out an on-site inspection of a credit bureau or a participant. such person may seize or take copies of any relevant documents as they deem necessary in the proper exercise of his/her function.
|
Bwana knani bunani utuye mu mudugudu wa kinkanga, akagari ka buhimba, umurenge wa rusatira, akarere ka huye, mu ntara y'amajyepfo yahinduye izina yitwaga rihinduka bonane jean emmanuel kuva none. | Ms mutamba bonnah domiciled at bukinanyana village, nyagatovu cell, kimironko sector, gasabo district, in the city of kigali changes her usual name to imena tamba bonnah from now on.
|
Ibyemezo by’inama ya komite y’imicungire bishyirwaho umukono n’abayigize ikimara gusoza imirimo yayo hanyuma kopi yayo igashyikirizwa minisitiri ureberera fonerwa mu gihe kitarenze iminsi itanu | Resolutions of the meeting of the committee are signed by its members present immediately after the meeting and a copy is submitted to the minister within five (5) working days.
|
Iyamburwa, ihagarikwa n’ivanwaho by’impushya bituma sezar ikoresha uburenganzira bwayo bwo gukuraho amasezerano yo gukodesha cyangwa designate the most competent applicant as the substitute licensee in conformity with the zones law and its implementing orders and publishes such designation in the official gazette. | The revocation, suspension, or cancellation of a license, results in the right of sezar to revoke the lease agreement or reclaim the zone lands and real properties in accordance with désigne le candidat le plus compétent comme remplaçant du titulaire de la licence en conformité avec la loi sur les zones et ses arrêtés d'application et publie cette désignation au journal officiel.
|
- kurengera inyungu z‟abanya- muryango no kubahagararira mu butegetsi bwa leta no mu bandi bakorana na bo mu gihu-gu no ku rwego mpuzama-hanga; | - to safeguard its members‟ interests and represent them before the public authorities and other partners, at both national and international levels; to enhance and encourage collaboration
|
Ivugururwa rya mbere ryo ku wa 11/11/2017 ry’amategeko shingiro agenga ishyaka ntangarugero muri demokarasi « pdi » | First revision of 11/11/2017 of the statutes of the ideal democratic party “pdi”
|
8. ahajya icyumba cy‟inama abaje gusura basobanurirwamo amateka ya jenoside y‟aho urwibutso ruri; | 8. a hall in which visitors shall receive explanations relating to the history of the genocide of a place where the memorial site is located;
|
5° gusuzuma no guhuza raporo ziva mu mirenge zijyanye no kwishyuza; | 5° to examine and consolidate loan recovery related reports from sectors;
|
4° gukoresha nabi, gusesagura, kwangiza, kunyereza cyangwa kwiba umutungo w'urugaga; | 4° misuse, waste, depletion, embezzlement or theft of the property of the association;
|
5 º umupaka wa rusizi i; | 5 º poste-frontière de rusizi i;
|
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.