kin
stringlengths
5
22.5k
eng
stringlengths
6
6.85k
Buri wese mu bagize inama y’abakomiseri afite ijwi rimwe gusa. ibyemezo bifatwa ku bwumvikane busesuye, byaba bidashobotse, bigafatwa ku bwiganze burunduye bw’amajwi y’abari mu nama.
Every member of the council of commissioners shall have only one vote. decisions shall be taken on consensus and if not possible, they shall be taken through an absolute majority vote of the members present.
2° uhagarariye komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu, visi- perezida;
2° a representative of the national commission for human rights, vice- chairperson;
Inyandiko iyo ari yo yose yohererezwa abanyamigabane ishobora gutangwa ku buryo bufatika cyangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga, igashyirwa cyangwa ikoherezwa kuri aderesi y’uwo munyamigabane igaragara mu gitabo cy’abanyamigabane.
Any document to be sent to shareholders may be delivered physically or by electronic means to the shareholder, posted or delivered to the address for that shareholder shown on the register of shareholders.
Ingingo ya 7: ububasha bw’inama y’ubuyobozi inama y‟ubuyobozi ya rgb ni rwo rwego ruyiyobora kandi rufata ibyemezo. ifite ububasha busesuye n‟inshingano byo gucunga rgb kugira ngo ishobore kugera ku nshingano zayo.
Article 14: regulatory board the regulatory board of rura shall be the supreme management and decision making organ. it shall have full powers and responsibilities to manage the property of rura in order for it to fulfil its mission.
6. garagaza uburyo bukurikizwa n’itsinda ry’ibigo mu guteza imbere uburyo bukoreshwa, kugura ibikoresho, kubikwirakwiza n’imicungire y’impinduka zikorwa mu itsinda ry’ibigo.
6. provide the group’s procedures for systems development, acquisitions and deployment and change management.
Ingingo ya 44 : amakuru yatangarijwe bose amakuru aba yatangarijwe abantu bose iyo :
Article 44: information made public information is made public if:
Umugereka wa i w’iteka rya minisitiri nº 001/moh/2019 ryo ku wa 04/03/2019 rigena urutonde rw’ibiyobyabwenge n’ibyiciro byabyo annex i to ministerial order nº001/moh/2019 of 04/03/2019
Establishing the list of narcotic drugs and their categorisation annexe i a l’arrêté ministériel nº001/moh/2019 du 04/03/2019
B. inomero yihariye y’imashini;
(d) a motorcycle;
Urwego rusaba umuntu wese usabwa kumenyekanisha umutungo gusubiramo imenyekanishamutungo iyo akoze aya makosa ku nshuro ya mbere.
The office shall request the person required to declare his/her property to make another declaration once the fault is committed for the first time.
Ingingo ya 23: umunyamabanga
Article 23. secretary
Guverineri w’intara akurikirana imikorere y’inzego z’ubuyobozi bw’akarere akurikije ububasha ahabwa n’amategeko.
The governor of the province supervises the functioning of the organs of the district in accordance with powers he or she is given by law.
1° yakomeje imirimo y’ubucuruzi cyangwa hari izindi mpamvu zatumye isosiyete ikomeza kubaho;
1° it was still carrying on business or other reason existed for the company to continue in existence;
1° gufunga ibikorwa byose kubera icyorezo;
1° lockdown due to pandemics;
Ingingo ya 50: izina ry’isosiyete ryanditse ku buryo butari bwo
Article 50: a company name incorrectly stated
Umuntu wese ufite ibikorwa cyangwa se uweguriwe imirimo yo gutanga amazi agenewe kunyobwa n‟abantu iyo atujuje ibisabwa n‟amabwiriza y‟ubuziranenge, ahanishwa igifungo kuva ku mwaka umwe (1) kugeza ku myaka itatu (3) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva kuri miliyoni imwe (.1000.000) kugeza kuri miliyoni eshanu (5.000.000) .
Any person who owns or is delegated to provide water for human consumption that does not conform to the prescribed drinking water quality standards shall be liable to a term of imprisonment of one (1) year to three (3) years and a fine of one million (1,000,000) to five million (5,000,000) rwandan francs.
Ashingiye ku itegeko n°16/2003 ryo ku wa 27 kamena 2003 rigenga imitwe ya politiki n’abanyapolitiki mu ngingo yaryo ya 56 ;
Given law n° 16/2003 of 27/06/2003 governing political organisations and politicians in its article 56;
(a) icyemezo cyo kudatambamirwa gitangwa n’ishyirahamwe ry’abishingizi mu rwanda cyemerera abishingizi b’abanyamahanga koroherezwa gutanga ubwishingizi hashingiwe ku bushobozi bw’isoko bitewe n’impamvu iyo ari yo yose ivugwa mu ngingo ya 20 y’aya mabwiriza rusange;
(a) a non-objection certificate issued by rwanda insurers association accepting the market capacity facilitation for foreign insurers due to any cause stated on article 20 of this regulation;
Nshingwabikorwa n‟inteko rusange akabika n‟inyandiko z‟ishyirahamwe. we na perezida bashyirira rimwe umukono ku nyandiko mvugo z‟amanama. ategura urutonde rw‟ibyigra na raporo ku ishyirwa mu bikorwa ry‟ibyemezo by‟inama yabanje bya komite nshingwabikorwa n‟inteko rusange ndetse akanategura raporo y‟ibikorwa izashyikirizwa inteko rusange mu nama isanzwe nyuma yo kwemezwa na komite nshingwabikorwa.
1. vérifier, sans les enlever, les livres, les liquidités et les actifs de l'association; general assembly and keep the records of the association. jointly with the president, the executive secretary signs the minutes of the meetings. he/she prepares the agenda and the matters arising from the previous meeting for both the executive committee and the general assembly and a report of activity to be submitted to the general assembly in its ordinary sessions after approval by the executive committee.
Abashyize umukono kuri aya mategeko bashinze umuryango witwa “action nord-sud rwanda (ans-rwanda)”, mu magambo ahinnye, ugengwa n‟aya mategeko shingiro hamwe n‟itegeko nº 20/2000
The undersigned people convene to create an organization named “action nord-sud rwanda (ans- rwanda)“, governed by the law nº 20/2000 of july 26
Umunyamabanga mukuru w‟umuryango wa bibiliya mu rwanda ashinzwe guhuza imirimo yose yerekeye ubuyobozi na tekiniki by‟inzego z‟imirimo z‟umuryango wa bibiliya mu rwanda. ni nawe ushinzwe gushyira mu bikorwa politiki y‟umuryango wa bibiliya mu rwanda kimwe does not belong to other organs.
The secretary general of the bible society of rwanda is responsible for co- ordination of all administrative and technical activities of the organ of the bible society of rwanda. he or she is in charge of implementation of the policies of the bible society of rwanda and its strategies and exclusivement réservée aux autres organes. le bureau se réunit tous les deux mois au moins et autant de fois que de besoin.
Ingingo ya 19: kudatanga amakuru, kutagira cyangwa kudatanga ibitabo n’inyandiko by’ubufatanye mu bucuruzi
Article 19: failure to disclose information, maintain or submit books and documents of a partnership
Iii) ifoto igaragaza ibyangijwe yafashwe aho byabereye nta kirahindurwaho ;
Iii) photograph showing the damaged property;
Ingingo ya 12: imiterere, imikorere n’inshingano by’inzego z’imirimo za rsb
Article 12: organization, functioning and responsibilities of the organs of rsb
Nº 114/01 ryo kuwa 08/12/2011
Nº 114/01 of 08/12/2011
4° imbwa n’injangwe byahuye n’irindi tungo byakorewe ibizamini bikagaragaza ko byanduye indwara y’ibisazi;
4° dogs and cats that got in contact with another animal which is rabies positive;
2. aho ubutumwa bujyanwa (niba hatandukanye n’icyicaro)
2. mailing address (if different)
(2) ikigo gifite ubuzima gatozi gikora nk’intumwa gishobora gutanga serivisi z’imari izo ari zo zose mu zikurikira kibyumvikanyeho n’ikigo cy’imari cyangwa umuhuza w’ihuriro ry’intumwa:
(2) the legal entity acting as agent may provide any of the following financial services as may be agreed with the financial institution or an agent network manager:
Ingingo ya 74: ishyirwaho ry‟umunyamabanaga mukuru n‟umunyamabanaga mukuru wungirije b‟umutwe w‟abadepite
Article 74: appointment of the clerk and the deputy clerk of the chamber of deputies
Ufite uruhushya rwo gucukura mine nini afite uburenganzira bwihariye bwo gukora ubushakashatsi no gucukura ibicukurwa by‟agaciro yaherewe uruhushya mu mbago ze, ashobora gucukura kugeza aho ashaka hose mu kuzimu.
A vast mining concession shall give its holder exclusive rights to research and exploit substances for which it has been issued in the full range of its area and indefinitely in depth.
Usaba uruhushya rw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro cyangwa urwa kariyeri yuzuza inyandiko zabugenewe zishyirwaho n’ikigo. izo nyandiko zigomba kuba nibura zikubiyemo ibi bikurikira: 1° umwirondoro w’usaba;
Any person who applies for a mineral or quarry license shall fill appropriate forms provided by the institution. these forms must contain at least the following information:
Ingingo ya 7: ivanwaho ry’ingingo zinyuranije n’iri teka ingingo ya 8: igihe iteka ritangira gukurikizwa ministerial order n°05/01
Article 8: commencement arrete ministeriel n°05/01
Inama idasanzwe y‟abanyamigabane ifite ububasha bwo gufata umwanzuro ku kibazo yagejejweho iyo:
A special meeting of shareholders entitled to vote on an issue put before it where :
A) uburozi, ku kiremwamuntu n’ibindi binyabuzima; b) gutera kanseri no guhinamisha; c) kugira ingaruka ku binyabuzima n’ibidukikije bitagambiriwe; d) kugira ibisigazwa by’umuti n’ifumbire mvaruganda bikoreshwa mu buhinzi n’ubworozi byangiza ibyo kurya n’ibidukikije;
4 º negative impact which may result from the following: a) human and other living organisms’ poisoning; b) cancer and paralysis; c) harmful to the health of living beings and to the environment; d) agrochemical residues which result into food and environment poisoning.
4 º kuzamura imyumvire y’abaturarwanda ku bijyanye n’isoko ry’imari n’imigabane, isoko ry’ibicuruzwa by’ibanze n’amasezerano abikomokaho, ibigega by’ishoramari by’abishyizehamwe n’ibijyanye n’inyemezabubiko;
4° to raise awareness of people living in rwanda on the capital market, commodity exchange and related contracts, collective investment schemes and warehouse receipts;
Umuryango ufite ibice bitatu by'abanyamuryango, aribo:
The association has three categories of member:
(m) inzugi cyangwa inzira zisohoka zigomba kumurikirwa kandi zigahora zimurikiwe hakoreshejwe urumuri rwitabazwa igihe cy’ibyago igihe ikigo gikora nijoro cyangwa igihe umuriro w’amashanyarazi wabuze;
(m) exit doors or exit routes must be fitted with emergency lighting and always be well maintained with luminous or illuminated exit signs if the institution is used at night or in case of electrical power failure;
C. guhindura cyangwa gutora amategeko shingiro y’isosiyete; d. gusesa isosiyete;
C. altering or adopting articles of association; d. dissolving the company;
Mbere yo gukosora imbibi cyangwa ubuso bw’ubutaka, umubitsi w’inyandikompamo z’ubutaka abimenyesha kandi akumva abanditse muri rejisitiri y’ubutaka bashobora kuba bafite inyungu cyangwa babangamirwa n’iryo kosora. icyakora, iyo badashobora kuboneka, umubitsi w’inyandikompamo z’ubutaka akosora ashingiye kuri raporo ya komite y’ubutaka.
Before the rectification of boundaries or surface area of the land, the registrar of land titles informs and hears from parties that appear in the land register and may be interested or affected by the rectification. however, if parties are not available, the registrar of land titles undertakes the rectification, on basis of the report of the land committee.
Izina ry’ubufatanye mu bucuruzi bufite uburyozwe budahinnye rigomba kuba rifite ku mpera yaryo amagambo “« general partnership » yanditse mu rurimi rw’icyongereza cyangwa impine. « gp ».
The name of a general partnership must end with the words “general partnership” or the abbreviation “gp”.
- visi-perezida ni umusimbura mu guhagararira umuryango ;
- the vice-president;
Rigena urwego rureberera ishuri rikuru ry’u rwanda ry’imyuga n’ubumenyingiro
Rwanda peace academy
Icyiciro cya mbere: ibikurikizwa mu ica ry’urubanza no mu itangwa ry’ibihano
Chapter one: execution of judicial decisions and acts
4° kwishyuza umwishingizi w’ikinyabiziga gifite moteri kigendera ku butaka cyateje impanuka kugira ngo ayisubize amafaranga yatanze kwa muganga mu kugoboka mu buvuzi buvugwa mu gace ka 3° k’ingingo ya 4
4° to request the insurance company of the automobile which caused the accident to reimburse medical expenses as referred to in sub- paragraph 3° of article 4 of this law;
Iyo amakimbirane avutse hagati y‟umuryango cyangwa abanyamuryango b‟ishyirahamwe ntibashobore kumvikana, ikibazo gishyikirizwa mu rwego rwa mbere urukiko rwisumbuye rw‟aho icyicaro gikuru cy‟ishyirahamwe kiri.
In case of conflicts between a member and the association and when they remain unsettled, such conflicts are submitted to the higher instance court where the head office is established.
Ingingo ya 11: ibipimo by’ibyapa biri ku nkuta
Article 11: measurements of posters on walls
Ingingo ya 12: inshingano za perezida w’inama y’ubuyobozi ya rbc
Article 12: duties of the chairperson of rbc board of directors
Uretse igihe banki nkuru ibiteganyije ukundi, ingorane zaturuka mu ivunjisha ry’amadovize mu ifaranga iryo ari ryo ryose hatitawe ku kureba niba amadovize arenze igipimo cyangwa adahagije, gishyirwaho na banki y’iterambere gipfa gusa kutarenga igipimo ntarengwa mbumbe cya +20%/-60% by’imari shingiro bwite nyayo ya banki.
Unless overwise provided by the central bank, the foreign exchange risk exposure in any single currency, irrespective of short or long position, shall be determined by the individual bank provided it remains within the overall exposure limit of +/- 20% of its core capital.
Ingingo ya 7: abanyamuryango buzuye biyemeza kuwukorera nta bihembo. baza mu nteko rusange kandi buri wese muribo aba afite ijwi rimwe mu gihe cyo gufata ibyemezo. bafite inshingano yo gutanga umusanzu wa buri mwaka ugenwa n’inteko rusange . ingingo ya 8: kureka kuba umunyamuryango biterwa n’urupfu, gusezera ku bushake, kwirukanwa cyangwa n’iseswa ry’umuryango. inteko rusange ishobora kwirukana umunyamuryango kubera impamvu zikurikira: -kumara imyaka ibiri ikurikirana utishyura imisanzu ; -gusiba incuro enye mu nama z’inteko rusange zikurikiranye kandi nta mpamvu ; -gutesha agaciro, gusebya cyangwa kugambanira umuryango ; -kutubahiriza amategeko shingiro n’amabwiriza mbonezamikorere.
Article 7: the effective members are committed to actively participate in the lifework of the association. they attend the general assembly meetings with only one deliberative vote. they must deposit an annual money contribution which is fixed by the general assembly. article 8: the membership is lost next to the death, voluntary resignation, dismissal or dissolution of the association. the general assembly can exclude a member for the reasons hereafter: -no payment of the contributions for successive two years period. -absence in four successive meetings of the general assembly without justification; -undermine the honor, the reputation and the safety of the association; -violation of the statutes and the association’s interior regulations.
 abayobozi b’amazone ya sendika;  uhagarariye ishami rya sendika mu kigo,uwo mubare ushobora kwiyongera ku buryo umubare w’abakozi 100 bari muri sendika bahagararirwa n’umuntu umwe;  abagenzuzi b’umutungo.
• heads of the union zones; • a representative from each local branch, this number may be increased at the rate of one person per 100 union workers;
Ingingo ya 17: igenzura ry‟umutungo w‟umuryango rikorwa n‟abagenzuzi b‟imari babiri batowe n‟inteko rusange mu gihe cy‟umwaka umwe gishobora kongerwa.
Article 17: two auditors appointed by the general assembly shall control the management of the assets of the organisation. they are appointed for a one year renewable term.
Bwana kabalisa vincent de paul agizwe umuyobozi mukuru wungirije ushinzwe ihuzwa ryo gucunga umutungo w’amazi mu kigo gishinzwe umutungo kamere mu rwanda (rnra).
Mr. kabalisa vincent de paul is hereby appointed deputy director general in charge of integrated water resources management in rwanda natural resources authority (rnra).
Ingingo ya 276: urwego rwishyura amafaranga y’ikurikirana n’igenzura
Article 276: organ to bear expenses incurred in the investigation
Dushingiye ku itegeko ngenga n° 10/2013/ol ryo kuwa 11 nyakanga 2013
Given the organic law n° 10/2013/ol of 11
Amaze kubona ko ari ngombwa gushyiraho amabwiriza afasha inkiko n’ababuranyi gukoresha neza ingingo z’itegeko ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’inshinjabyaha zerekeye ubwumvikane bushingiye ku kwemera icyaha;
Considering the necessity of issuing practice directions to enable the courts and litigants to better use provisions of the criminal procedure code related to plea-bargaining;
3º amasosiyete yanditse mu rwanda, iyo zitanga amasoko y’imirimo ifite agaciro katarengeje amafaranga y’u rwanda miliyoni magana atanu (500.000.000 frw).
3º companies registered in rwanda, when procuring works with the value not exceeding five hundred million rwandan francs (500,000,000 frw).
Incamake y’inyigishoshingiro z’ibanze z’ itorero methodiste unie mu rwanda:
Summary of basic doctrine of united methodist church in rwanda – umcr
Iteka rya perezida rishyiraho abagize komite itoranya abakandida ku mwanya w‟ubukomiseri muri komisiyo y‟igihugu y‟uburengazira bwa muntu……………………………………….4
Presidential order appointing members of the candidate selection committee to the post of commissioner of the national commission for human rights ………………………………4
1° kuyobora imirimo y’umutwe w’abadepite; 2° kubahiriza no gushyira mu bikorwa ibyemezo by’inteko rusange; 3° gukurikirana ubufatanye bw’umutwe w’abadepite n’izindi nzego; 4° gukemura ibibazo byihutirwa bigaragaye kandi byabangamira imikorere y’umutwe w’abadepite ariko bidateganyijwe n’iri tegeko ngenga; 5° gutegurira inama y’abaperezida imbanzirizamushinga ya gahunda y’ibizigwa mu gihembwe gisanzwe n’ikidasanzwe; 6° gukurikiranira hafi itegurwa ry’imbonerahamwe y’inzego z’imirimo y’umutwe w’abadepite kandi ikayishyikiriza inama y’abaperezida; 7° kwifashisha komisiyo ishinzwe abakozi ba leta mu gushaka abakozi b’umutwe w’abadepite babishoboye; 8° gukurikirana ibijyanye n’umutekano mu ngoro y’umutwe w’abadepite ; 9° gukora indi mirimo yose y’umutwe w’abadepite ariko idashinzwe urundi rwego rw’imirimo.
1° to supervise the activities of the chamber of deputies; 2° to respect and implement the decisions of the plenary sitting; 3° to oversee the relations between the chamber of deputies and other institutions; 4° to solve any urgent problems which are not provided for in this organic law that could hinder the effective functioning of the chamber of deputies; 5° to propose the draft agenda of the items to be debated in the ordinary and extraordinary sessions of the conference of the chairpersons; 6° to follow up the draft of organic structure of the administrative organs of the chamber of deputies and forwards it to the conference of the chairpersons; 7° to work hand in hand with the public service commission in recruitment of competent personnel for the chamber of deputies; 8° to oversee security related matters in the building of the chamber of deputies; 9° to perform any other functions of the chamber of deputies but which are not under the responsibility of any other authority.
Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu igazeti ya leta ya repubulika y‟u rwanda. agaciro karyo gahera kuwa 22/04/2010.
This order shall come into force on the date of its publication in the official gazette of the republic of rwanda. it takes effect as of 22/04/2010.
Ingingo ya 12: iyemezwa ry’igishushanyo cy’ikatwa ry’ibibanza n’uburenganzira bwo gukata, guhurizahamwe no gusubiramo ibibanza article 6: hierarchical alignment of urban planning documents
Article 12: approval of land subdivision plan and authorization to carry out land subdivision, urban re-plotting and plot restructuring article 6: alignement hiérarchique des documents d’urbanisme
Iyo bibaye ngombwa ko hari amakuru acukumburwa, urwego rw‟umuvunyi ruyakorera iperereza.
In case information necessitates deep analysis, the office of the ombudsman shall carry out an investigation.
Buri mufatanyabikorwa mu bufatanye mu bucuruzi ufite uburyozwe budahinnye ashinzwe imicungire y’ubucuruzi cyangwa ibikorwa by’ubufatanye mu bucuruzi bufite uburyozwe buhinnye n’ubudahinnye.
Each general partner is responsible for the management of the limited partnership business or affairs.
Mu nama yayo yo kuwa 01 ukwezi kwa gicurasi 2014,
In its meeting of the 01 day of may 2014,
Icyiciro cya 4: ingingo zihuriweho ku ibura n’izimira
Section 4: common provisions on disappearance and absence
4) amasoko yose ashobora gutangwaho ibiciro agomba kugaragazwa mu nyandiko ndangabikorwa.
4) all locations where bids may be lodged shall be specified in the information memorandum.
Ibyemezo byafashwe ku birego byihutirwa, birangizwa by`agateganyo kandi nta ngwate itanzwe n`iyo byasabirwa gusubirwamo cyangwa bikajuririrwa, keretse bitegetswe n’umucamanza.
Summary procedure orders shall be subject to provisional execution, notwithstanding any pending application for opposition or appeal and without any security unless the judge so orders.
Ingingo ya 8: biro y’inama njyanama y’umurenge n’iterana ryayo
Article 8: bureau of the sector council and its meeting
Ingingo ya 18 : amatora y’abagize inama nshingwabikorwa
Article 18 : composition du comité de direction
A. banki cyangwa ikigo cy’imari iciriritse; a. bank or micro finance institution;
Contributing bank or microfinance institution.
Zigifite agaciro. icyo gihe ntikigomba kurenga iminsi ijana na makumyabiri (120) keretse byemewe n’upiganwa.
One hundred and twenty (120) days unless accepted by the bidder.
Itorwa rya perezida wa komite nyobozi hamamajwe aba bakurikira:  madamu goretti ingabire na we arabyemera  madamu rwabuheka julienne na we arabyemera  madamu mukabaranga beatrice na we arabyemera  madamu judith katabarwa, ntiyabyemeye ahubwo yifuje ko amajwi ye yahabwa goretti ingabire itorwa rya perezida wa komite nyobozi ryakozwe hakoreshejwe inyandiko. madamu beatrice mukabaranga yabonye amajwi 5, madamu julienne rwabuheka agira amajwi 14
The former deputy legal representative, mr gasirabo claver has resigned from his position for personal reasons and his resignation has been approved by the general assembly as stated in article 8 of the organization constitution. members elected mrs abingeri anne to replace him and finish the mandate as provided for in article 22 of self help pro- active development constitution.
Umukozi w‟urwego asabwa gutanga serivisi nziza kandi yihuse, gusubiza ibyo abazwa n‟abagana urwego yubahiriza amategeko.
A member of staff of the office shall provide good and quick service, providing solutions to those seeking the services of the office in accordance with the law.
Ashingiye ku itegeko ngenga nº 07/2004
Note 2005 2004
Urwego ibisobanuro birambuye 1. ubwishingizi bw’igihe kirekire ubwoko bw’amasezerano y’ubwishingizi bw’igihe kirekire bwishingira umufatabwishingizi, ubuzima bwe bwose. kuko urupfu rw’umufatabwishingizi ari ntakumirwa, ubwishyu bw’ubwishingizi buhabwa abagenerwabwishingizi b’uwagiranye amasezerano y’ubwishingizi. ibi kandi binarimo uburyo bw’ishoramari, hakusanywa amafaranga umufatabwishingizi ashobora kubikuza cyangwa kuguza. 2. ubwishingizi bw’igihe kirekire bumara igihe kigenwe ubwishingizi bw’igihe kirekire bumara igihe kigenwe bwishyura umugenerwabwishingizi w’umufatabwishingizi iyo apfuye, amafaranga runaka mu gihe cyagenwe. iyi gahunda y’ubwishingizi igira igihe ntarengwa kigenwe mu gihe cy’ubwishingizi. iyo icyo gihe ntarengwa kigenwe kirangiye, umufatabwishingizi ni we ugena niba avugurura ubwishingizi bw’igihe kirekire bumara igihe kigenwe cyangwa akareka ubwishingizi bukarangira. 3. ubwishingizi butuma uwishingiwe cyangwa umufatabwishingizi ahabwa imbumbe y’amafaranga amasezerano y’ubwishingizi bw’igihe kirekire ateganya kwishyura amafaranga y’imbumbe nyuma y’igihe runaka (iyo kigeze) cyangwa habayeho urupfu. gahunda z’ubwishingizi zimwe na zimwe zishyura iyo habayeho kuremba guteye inkeke.
Class description 1. whole life type of long-term insurance contract that provides for insurance coverage of the policyholder for his/her entire life. upon the inevitable death of the policyholder, the insurance payout is made to the contract’s beneficiaries. these policies also include an investment component, which accumulates a cash value that the policyholder can withdraw or borrow against 2. term life term life insurance pays a set amount to the beneficiary if the insured dies within the policy term
Umukozi wa leta ahagarikwa by’agateganyo ku murimo kubera impamvu zikurikira:
A public servant shall be suspended from duties due to the following reasons:
(a) abahuza mu bwishingizi basanzwe; (b) abahuza mu bwishingizi bigenga;
(c) harmonious collaboration with the community; (d) being accountable to the community.
Uruhushya rwo gucukura mine nto rushobora gukodeshwa. icyo gihe, uwahawe uruhushya akomeza kwishingira amasezerano akomoka kuri urwo ruhushya.
A small mine exploitation licence may be leased. in that case, the licensee shall remain responsible for all obligations attached to the title.
Dushingiye ku itegeko n° 31/2005 ryo kuwa 24/12/2005 rigena imiterere n‟imikorere bya presindential order n°49/01 of 06/07/2010 specifying modalities for electing the mediation commitee members
Ingingo ya 3: amatora y’abagize komite y’abunzi presindential order n°49/01 of 06/07/2010 specifying modalities for electing the mediation commitee members
10º uhagarariye imiryango itari iya leta.
10º a representative of non governmental organisations.
F) organiser et développer une collaboration étroite avec les partenaires, le gouvernement ainsi que les services spécialisés. rwanda. d) kureba, kuganira no gukemura ibibazo byerekeye imibereho, idini n’umuco, umuryango w’abahindi baba mu rwanda ushobora guhura nabyo.
D) to consider, discuss and deal with social religious and cultural questions connected with or affecting indus living in rwanda.
(c) umutekano w’aho ushobora kuba intumwa akorera;
(e) the security of the derivative counterparty;
Iteka rya perezida rihindura kandi ryuzuza iteka rya perezida n˚36/01 ryo kuwa 07/09/2012
Presidential order modifying and complementing presidential order n˚36/01 of 07/09/2012
Umuyobozi wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage ashinzwe kandi gukurikirana imikorere ya za komite zishinzwe imikorere y’ibigo by’ubuzima n’iby’amashuri bikorera mu karere.
The vice mayor in charge of social affairs shall also be responsible for following up the activities of committees in charge of the functioning of health centres and schools located in the district.
Bikozwe ku wa ………………………….. ……………………………………... perezida, komite ishinzwe indishyi.
Dated the ………………………….. ……………………………………... chairman, compensation committee.
Abakomiseri, ba ofisiye bakuru na ba ofisiye bato bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru
Commissioners, senior officers and junior officers granted retirement
Iteka rya perezida rishyiraho ambasaderi w’u rwanda mu bwongereza…………………...56
Presidential order appointing a rwandan high commissioner to united kingdom………..56
Itariki, ahantu n‟ibizigwaho bimenyeshwa abayigize ukwezi kumwe (1) mbere yuko inama iterana.
The date, the venue and the agenda are communicated to participants one (1) month before the congress meeting.
Interuro ya ii: ibyerekeye urwego rw’igihugu rushinzwe imicungire ya za gereza
Title ii: the national prisons service
Iyi ngingo ntikurikizwa ku masosiyete y‟amanyamahanga afite amategeko shingiro ayagenga abuza guhamagarira rubanda gufata imigabane muri sosiyete.
This article shall not apply to foreign companies which by its articles of association prohibits an invitation to the public to subscribe for shares in the company.
Uwujuje ibisabwa yandikira umuvugizi w’umuryangoasaba kuba umunyamuryango nawe akabishyikiriza inteko rusange kugira ngo ibyemeze.
The prosecutor general prepares the letter requesting for authorisation to prosecute a deputy and submits it to the speaker of the chamber of deputies.
(4) banki nkuru igomba kumenyesha usaba mu nyandiko icyemezo cyo guhabwa uruhushya cyangwa impamvu zo kutaruhabwa.
(4) the central bank must notify in writing the applicant of its decision to grant the licence or reasons for refusal to grant the licence.
Iri teka na none rireba ibikoresho by‟uburobyi n‟ubworozi bwo mu mazi, inyongeramusaruro zose zikoreshwa mu burobyi n‟ubworozi bwo mu mazi nk‟amato y‟uburobyi, inshundura, ibihembo, indobane, amatara, ibiryo by‟amafi, imiti n‟izindi nyongeramusaruro z‟uburobyi n‟umusaruro w‟amafi. hereby orders:
This order also concerns aquaculture and fishery equipment and materials, all aquaculture and fishing inputs, in particular vessels, nets, bow nets, hooks, lamps, fish feeds, drugs and other fishing inputs and fish productions.
(3) umukiriya asabwa kubwira utanga serivisi zo kwishyurana amakuru yose akwiye arebana n’ikibazo uretse umubare we w’ibanga akoresha mu kwinjira muri konti.
(iii) it must inform a private client about any material difficulty relevant to the proper carrying out of order promptly upon becoming aware of that difficulty.
Gukoresha ibikoresho by’inganda, by’ubucuruzi, by’ubumenyi cyangwa gukoresha amakuru yatanzwe ku birebana n’ubuzobere mu by’inganda, mu by’ubucuruzi cyangwa mu by’ubumenyi cyangwa forumire;
Or scientific equipment or for using information concerning industrial, commercial or scientific knowledge or formula;
(d) no kwirinda kwangiza, kwanduza cyangwa gukoresha ku buryo budakwiye ibikoresho yahawe byagenewe kurinda indwara n’impanuka bikomoka ku kazi. of occupational safety and health for an enterprise which has at least 50
(d) avoid damaging, dirtying or improper use of occupational health and safety protective equipment availed to him or her.
Ingingo ya 28: gukurikirana ibikorwa
Article 28: conduct of proceedings
Icyakora, kunganira ikigega ntibihesha uwakorewe icyaha uburenganzira bwo guhabwa izo ndishyi kuko zikusanyirizwa mu kigega kugira ngo zitangweho inkunga yo gushyigikira no gutera inkunga abarokotse, nk’uko biteganywa n’iri tegeko.
However, such assistance to the fund shall not guarantee the survivor the right to damages for the assistance is gathered in the fund in order to be distributed to the survivors as provided for by this law.
Inama y’ubuyobozi igizwe n’abantu batanu barimo perezida, ariwe muvugizi w’umuryango, visi-perezida, akaba umuvugizi wungirije, umubitsi n’abajyanama babiri.
 the president  the vice-president,  a secretary,  a treasurer and  2 advisors.
D. ikigo cyose kigenzurwa mu buryo butaziguye cyangwa buziguye n’ikigo whereby policyholders contribute money into a pooling system in order to secure insurance against contingent risks;
D. any enterprise controlled directly or indirectly by the supervisory dans laquelle les souscripteurs d’assurance mettent en commun des contributions en argent afin de se trouver une assurance contre un risque éventuel ;
Amategeko shingiro y‟umuryango w‟ababikira b‟ababernardina b‟i oudenaarde(o.c.s.b.o)
Statutes for the organization of bernardine sisters of oudenaarde(o.c.s.b.o)