kin
stringlengths 5
22.5k
| eng
stringlengths 6
6.85k
|
---|---|
Ingingo ya 14: inshingano z’umuhuzabikorwa wungirije | Article 14: attributions du vice- coordinateur
|
Urwego rufite ubugenzacyaha mu nshingano rumenyesha ubushinjacyaha bukuru, ako kanya rukibimenya, icyaha gikomeye cyangwa cy’ubugome cyakozwe. | The organ in charge of criminal investigation reports immediately to the national public prosecution authority after learning of any felony or misdemeanour which has been committed.
|
(b) imiterere y’imiyoborere n’uko uburyo bwo kwishyurana bugenzurwa; | D) access controls and identity management ;
|
Ishingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u rwanda ryo ku wa 04 kamena 2003, nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 29, iya 62, iya 90, iya 93, 108, 118 n’iya 201; | Given the constitution of the republic of rwanda of june 4, 2003 as amended to date, especially in its articles 29, 62, 90, 93, 108, 118 and 201;
|
Komiseri mukuru ashobora kwemerera umusoreshwa kutiyandikisha ku musoro ku nyongeragaciro iyo ibicuruzwa bye byose cyangwa imirimo akora bisoreshwa ku ijanisha rya zero. | The commissioner general may exempt a taxpayer from registering for vat if, all his/her transactions are zerorated.
|
(3) icyakora, usora ugejeje ku mubare w’ibyacurujwe mu mwaka uvugwa mu gika cya (2) cy’iyi ngingo, ashobora gusaba ubuyobozi bw’imisoro gutanga imenyekanisha n’ibaruramari bye mu buryo bw’agateganyo no kwishyura umusoro bitarenze igihe kivugwa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo atabanje kunyuza ibaruramari ku munyamwuga wunganira abasora wemewe n’ubuyobozi bw’imisoro. iyo ubusabe bw’usora bwemewe, ashyikiriza ubuyobozi bw’imisoro imenyekanisha n’ibaruramari bye byemejwe n’umunyamwuga wunganira abasora bitarenze amezi atatu uhereye igihe cy’imenyekanisha ry’agateganyo. | (a) afite umubare w’ibyacurujwe uri munsi y’amafaranga y’u rwanda 2.000.000; (3) however, a taxpayer who meets the annual turnover referred to in paragraph (2) of this article, may apply to the tax administration for provisionally filing of the tax declaration accompanied by financial statements and paying the tax not later than the due date referred to in paragraph (1) of this article without prior submission of financial statements to the qualified professional approved by the tax administration. where the request of the taxpayer is approved, the taxpayer submits to the tax administration his or her annual tax declaration and financial statements certified by a qualified professional within three months from the date of the provisional tax declaration.
|
Inama nshingwabikorwa ishinzwe imirimo ikurikira : - gutegura inama y‟inteko-rusange ; - gutegura gahunda y‟ibikorwa n‟ingengo y‟imari ijyanye nabyo ; - gushyikiriza inteko-rusange ibyahinduka ku mategeko mboneza-mikorere; article 16 | - prepare the sessions of the general assembly; - prepare the action programmes and related budgets; - suggest amendments of the statutes and rules and regulations to the general assembly; article 16
|
Ingingo ya 9 : umutungo w‟umunyamuryango ugizwe nibi bikurikira: amaturo, kimwe cya cumi (1/10) impano n‟indagano, imirage, imfashanyo, n‟umusaruro ukomoka ku bikorwa byawo, bitanyuranije n‟intego z‟umuryango. | Article 34: the snic resources come from: member dues, grants, subscriptions, donations and legacy, products from its works, miscellaneous revenues.
|
Urukiko rufata icyemezo cy’igihombo cy’umuntu ku giti cye rushyiraho umucungamutungo w’uwahombye ugomba kuba ari ukora umwuga wo kuzahura ubucuruzi cyangwa gucunga igihombo. | The court makes a bankruptcy order in respect of an individual by the appointment of a trustee who must be an insolvency practitioner.
|
Abagize komite y’umudugudu batorwa n’inama y’umudugudu. batorerwa manda y’imyaka irindwi (7) ishobora kongerwa inshuro nyinshi. komite y’umudugudu iterana nibura rimwe mu mezi atatu (3) n’igihe cyose bibaye ngombwa. | The village council elects the members of village committee for a seven (7) years term renewable several times. the village committee meets at least every three (3) months and whenever required.
|
Ingingo ya 119: guhagarika akazi mu gihe kizwi | Article 119: repealing provision
|
6 º fotokopi y’ikarita y’itora ye; 7 º icyemezo cy’ubutabera kigaragaza ko umuntu atafunzwe cyangwa yafunzwe n’icyo yafungiwe, kitarengeje amezi atatu (3) gitangwa n’urwego rw’igihugu rubifitiye ububasha. | 6° a copy of his/her voter’s card; 7° a copy of criminal record issued within the previous three (3) months by a competent national authority;
|
(h) ubwishingizi bw’ubwikorezi. | (c) risk management framework.
|
Ingengo y‟imari y‟urwego yemezwa kandi igacungwa hakurikijwe amategeko abigenga. | The budget of kist shall be approved and managed in accordance with relevant laws.
|
Ingingo ya 190: igisobanuro cyo gusambanya umwana | Article 190: definition of child defilement
|
4º igenzura ry’ibiyobyabwenge: ibikorwa bigamije gukumira ikorwa, ikwirakwizwa n‟ikoreshwa ry‟ibiyobyabwenge n‟indi miti ikoreshwa nka byo, bigakoreshwa gusa nk‟imiti yo mu buvuzi no mu bushakashatsi; | 4º narcotic drugs control: activities aimed at limiting production, distribution and use of narcotic drugs and psychotropic substances for solely medical and scientific purposes;
|
Urwego rw'ubugenzuzi rwemerera umwishingizi wigenga mu bwishingizi bw’abishingizi w’umunyamahanga gukora ubuhuza mu bwishingizi bw'abishingizi abari mu nama y’ubutegetsi, abayobozi bakuru, abafite uruhare rugaragara mu migabane, ndetse n’umuntu wahawe inyandiko y’iheshabubasha bujuje ibisabwa byerekeye ubunyangamugayo n’ubushobozi. | The supervisory authority authorizes a foreign reinsurance broker not incorporated in rwanda to transact reinsurance brokerage if satisfied that the applicant satisfies the requirements and after assurance that directors, senior managers, significant shareholder, and a person given the power of attorney are fit and proper.
|
Inyandiko-mvugo z’inteko rusange zishyirwaho umukono na perezida w’inama hamwe n’umunyamabanga wa « dss humura psycho- health promotion ». | The minutes of the meetings of the general assembly are signed by the president and secretary of « dss humura psycho-health promotion ».
|
Ingingo ya 81: ishyirwaho ry‟amatsinda ku baberewemo imyenda | Article 81: formation of groups of creditors
|
Icyiciro cya mbere: inyandiko zikoreshwa mu ishakishwa ry’ibimenyetso | Section one: document used in the collection of evidence
|
1° rya perezida, visi-perezida n‟abacamanza b‟urukiko rw‟ikirenga, ba perezida na visi-perezida b‟urukiko rukuru n‟ab‟urukiko rukuru rw‟ubucuruzi, umushinjacyaha mukuru n‟umushinjacyaha mukuru wungirije; | 1° the president, the vice president and the judges of the supreme court, the president and vice president of the high court and of the commercial high court, the prosecutor general and the deputy prosecutor general;
|
6)gusuzuma ibibazo bituma uburezi bw‟abari n‟abategarugori budatera imbere bihagije, no kwiga ukuntu byakemuka; | 6)identify the main factors that affect the education of girls and women and design appropriate strategies and programs to redress them;
|
Iyo urwego rw’ubugenzuzi rusanze ubusabe bwujuje ibisabwa mu kubona uruhushya cyangwa kwemerarwa, rutanga uruhushya cyangwa rukemerera usaba mu gihe kitarenze iminsi mirongo itatu (30) ibarwa uhereye ku itariki dosiye y’ubusabe yuzuriyeho. | Where the supervisory authority is satisfied that the application fulfils the licensing, accreditation or approval requirements, it shall grant the license, accreditation or approval within thirty (30) days from the date a complete application file was submitted.
|
Urukiko rushobora gutegeka uruhande rutubahirije cyangwa rugiye kwica amasezerano gukora igisabwa mu masezerano. | The court may order a party who has breached or is about to breach the contract to perform contractual obligations.
|
Umwuga cyangwa umurimo umukoresha/umurimo igihe | Occupation or employment employer/function date
|
Ingingo ya 27: kumenyesha uwakoreweho ubushakashatsi ibyabuvuyemo | Article 27: to inform the research participant of research findings
|
Ryo kuwa 31/12/2007 rishyira ku myanya y’imirimo abayobozi b’amashami cyangwa ba serivisi mu bigo bya leta na za komisiyo; | Of 31/12/2007 appointing the directors of units or heads of services in public institutions and commissions;
|
Ingingo ya 15: kureka kuba umunyamuryango | Article 15: membership cessation
|
3° umutungo wimukanwa w‟umusoreshwa; | 3° assets are safeguarded;
|
4° gusaka no gufatira ; | 4° executing searches and seizures;
|
A) kwandikwa ku rutonde rw‟intwari z‟imena; b) kwandika amateka yayo mu gitabo cy‟intwari z‟imena; c) gushyingurwa ku gicumbi cy‟intwari z‟imena; d) kuba yakwitirirwa bimwe mu bikorwa birimo imbuga, amazu n‟imihanda; e) gushyira ishusho y‟intwari y‟imena ku mva yayo iyo itakiriho. | C) to be buried in the cemetery reserved for heroes; d) to give to certain works including institutes, parks, houses, streets/avenues/boulevards his/he r name; e) to erect his/her statue on a place that bears his/her name.
|
1° gukurikirana uko inguzanyo yishyurwa, maze yabona hakiri kare ko mu kwishyura harimo ibibazo, akaganira n’umuguzi wa serivisi y’imari ku bundi buryo bwakoreshwa mu kwishyura; | 1° monitor loan performance and upon early detection of repayment difficulties, engage the financial service consumer to discuss alternative repayment options;
|
Abisabwe na bwana bavugamenshi daniel utuye niboye, umurenge wa niboye, akarere ka kicukiro, umujyi wa kigali mu rwandiko rwe rwakiriwe kuwa 15/03/2010; | On request lodged by mr. bavugamenshi daniel domiciled in niboye, niboye sector, kicukiro district, in kigali city on 15/03/2010;
|
4º bwana uwayo théo principe, umuyobozi mukuru wungirije w’ikigo gishinzwe ubuzima mu rwanda. | 4º mr uwayo théo principe, deputy director general of rwanda biomedical centre.
|
3° abajyanama icyenda (9) baturuka muri buri karere ko mu mujyi wa kigali batorwa hakurikijwe itegeko rigenga amatora barimo nibura mirongo itatu ku ijana (30%) by’abagore. | 3° nine (9) members of the council from each district of the city of kigali elected in accordance with the law relating to elections, at least thirty per cent (30%) of whom are female;
|
Ntacyo inama ngenzuramikorere ishobora gukora cyangwa yasabwa gukora kibangamiye umutekano w'igihugu cyangwa umubano n'ibindi bihugu. | The regulatory board shall not do anything or be required to do anything which is prejudicial to the national security or affect relations with foreign countries.
|
Ingingo 30: uburyo bwo guhana umukozi watijwe indi serivisi ya leta | Article 30: modalities of sanctioning a public servant placed at another administration’s disposal
|
Ingingo ya 26: kanoni z‟itorero angilikani mu rwanda kanoni za provensi zikubiyemo amahame remezo agenga abangilikani mu rwanda, ikaba isobanura kuburyo buhagije ibyitwa ibyaha ku muyoboke w‟itorero angilikani mu rwanda, ikanateganya article 24: term for service of teams | The canons of the anglican church of rwanda contain the fundamental principals governing anglicans in rwanda, and clearly define what is called offenses for a member of the church and article 24: du mandat de chaque equipe
|
Umuryango uyoborwa na komite nyobozi yatowe n’inteko rusange ku bwiganze bw’amajwi y’abanyamuryango nyakuri, batorerwa imyaka ine (4) kandi bashobora kwongera gutorwa inshuro imwe gusa. | The organization is managed by an executive committee elected by a simple majority of actual members in the general assembly, with a four (4) year mandate, renewable once.
|
3° inimero y’ikarita ye y’itora n’aho yayifatiye; | 3° number of his/her voter’s card and where it was issued;
|
Icyiciro cya 3: abayobozi b’amashami, ab’amashuri, ab’ibigo byihariye bishamikiye kuri u.p n’abayobozi b’udushami | Section 3: deans of faculties, directors of schools, specialised centres of u.p and heads of departments
|
1° gusuzuma mu buryo buhoraho inyandiko na raporo; | 1° regular reviews of written materials and reports;
|
Bwana rwakunda christian agizwe umuyobozi mukuru ushinzwe guhuza politiki n„igenamigambi muri minisiteri y‟ibikorwa remezo. | Mr. rwakunda christian is appointed director general in charge of policy coordination and strategic planning in the ministry of infrastructure.
|
6° amategeko yerekeye kurinda igihugu n'umutekano ; | 6° laws relating to defence and security;
|
5° guhagarika by’agateganyo cyangwa kwambura uruhushya rwo gukoresha umutungo kamere w’amazi iyo uwaruhawe atubahiriza ibiteganywa n’amategeko; article 7: powers of rwb | 5° to suspend or revoke a water resources use permit in case the holder does not respect legal provisions;
|
Amafaranga ateganywa gukoreshwa n’ubutegetsi bwite bwa leta cyangwa inzego z’ibanze agomba kuba ashingiye kuri za politiki zisanzweho hakurikijwe ibyihutirwa ku rwego rw’igihugu byerekanwe mu ngamba z’igihe giciriritse giteganywa n’ibikorwa biteganywa muri icyo gihe. article 33: format of revenue budget appropriation | The expenditure estimates of the central government or decentralized entities shall be based on the existing policies according to national priorities indicated in the medium term strategy and action plan during that period.
|
3. ikomatanya: ikomatanya rya banki ebyiri cyangwa zirenze zemewe hakurikijwe itegeko rigena imitunganyirize y‟imirimo y‟amabanki; | 3. merger – the fusion of two or more banks licensed under the banking law;
|
African evangelistic enterprise“aee-rwanda” ntabwo ari itorero ryenda gushingwa. nta n‟ubwo ari itsinda ryigometse ku matorero, ahubwo ni umuryango wigenga ufasha amatorero mu gukora uko ashoboye ngo atere imbere, ari mu by‟umwuka cyangwa iby‟umubiri nta kuvangura amadini. | African evangelistic enterprise “aee-rwanda” isn‟t intended to turn into a church and isn‟t a group of people that have broken away from any church, but is rather an organization that facilitates churches of all denominations in their spiritual or moral development.
|
Umusoreshwa afite uburenganzira bwo kwandika agira icyo avuga ku nyandiko y’isoresha nta nteguza mu gihe cy’iminsi mirongo itatu (30).ashobora kandi gushyikiriza ubuyobozi bw'imisoro ubundi buhamya n’ibindi bimenyetso bigaragaza ko isoresha nta nteguza ritakozwe neza. umusoreshwa afite uburenganzira bwo kwisobanura mu magambo iyo yabisabye mu gisubizo yatanze. | The taxpayer shall have the right to give written observations and remarks to the notification of an assessment without notice within a period of thirty (30) days. he/she may also transmit additional evidence to the tax administration to prove that the assessment without notice was not properly conducted. the taxpayer shall have the right to a hearing if he/she requested for it in his/her reply.
|
(2) inyandiko koranabuhanga zose zandikwa, zoherezwa, zakirwa cyangwa zibikwa hakoreshejwe ikoranabuhanga mu masoko ya leta, zikoreshwa hakurikijwe ibiteganywa n’itegeko ryerekeye ubutumwa koranabuhanga, umukono koranabuhanga n’ihererekanya koranabuhanga. | (2) all electronic documents written, transmitted, received or stored using e- procurement are used in accordance with the law relating to electronic messages, electronic signatures and electronic transactions.
|
1° kwigisha abagize itsinda inyungu z’inguzanyo ihabwa itsinda n’ingorane ishobora kugira ; | 1° educate the group members about benefits and risks associated with group loan product;
|
133 35184 woii kanyeshuri cyprien 48 133 35184 woii kanyeshuri cyprien 48 133 35184 woii kanyeshuri cyprien 48 | Animal products export specialist 400 3.ii 1369 784,008
|
Mu butegetsi bwa leta, kugira ngo ingengo y’imari ya leta ikoreshwe neza, hashyizweho ikigega gihurizwamo amafaranga, gikubiyemo amafaranga yose yinjira n’andi mafaranga ya leta, harimo amafaranga yinjira y’ibigega bigenerwa amafaranga n’inguzanyo zo hanze n’impano zakiriwe muri rusange. | For effective management of the budget in the central government, a consolidated fund shall be established, which constitutes all revenues and other public monies, including earmarked revenues of extra budgetary funds and external loans and grants received in general.
|
15. nkunzumwami arthemon son of biramuka bernard and singirankabo gloriose born in bururi / burundi on 24 | 7. mauro podesta son of ferdinando and valantina born in genova/ italy on 15
|
Ukuvanaho kubera umubyeyi umwana utabyaye byanditswe mu gitabo cy’inyandiko zerekeye kwemera kubera umubyeyi umwana utabyaye bihagarika inkurikizi zo kubera umubyeyi umwana utabyaye kuva bicyandikwa. | Revocation of adoption recorded in register of adoption records halts effects of adoption from the date of its recording.
|
Icyakora, umutwe w’abadepite ushobora kwemeza, ku bwiganze burunduye bw’amajwi y’abawugize bitabiriye inama, ko inama ibera mu muhezo, iyo bisabwe na perezida wa repubulika, perezida w’umutwe w’abadepite cyangwa kimwe cya kane (1/4) cy’abawugize, cyangwa se na minisitiri w’intebe. | However, the chamber of deputies may approve upon the absolute majority votes of the members present that the session be held in camera, if requested by the president of the republic, the speaker or a quarter (1/4) of its members or the prime minister.
|
Buri mutwe w‟inteko ishinga amategeko ushobora guteganya, mu itegeko ngenga rigena imikorere yawo, amakosa akomeye atuma umwe mu bawugize akurwa ku mirimo byemejwe n‟abagize uwo mutwe. | Each chamber of parliament through the organic law determining its functioning may provide for gross misconduct which may lead to the removal from office of a member of that chamber upon approval of its members. in that
|
B) gutanga inguzanyo ku bayobozi cyangwa ku baturage muri rusange. | B) grant loan facilities to its directors or general public.
|
N° 153/03 ryo ku wa 20/11/2020 | N° 153/03 du 20/11/2020
|
2 º kugenzura ibikorwa byose bigendanye n’ubucuruzi bw’isoko ry’imari n’imigabane, ihererekanya ry’ibicuruzwa by’ibanze n’amasezerano yerekeranye na byo n’ay’ibijyanye n’inyandiko nyemezabubiko; | 2° to regulate all activities related to the capital market industry, capital market activities, commodity exchange and related contracts and warehouse receipts system;
|
Banki nkuru ishyiraho amabwiriza atandukanye hakurikijwe ibyiciro by‟ibigo by'imari iciriritse na kamere y‟amategeko abigenga. | The central bank shall issue various instructions in accordance with categories of micro finance institutions and the nature of the relevant laws.
|
Inama y’ubuyobozi y’ishuri rikuru ni yo yemeza burundu imyanzuro yerekeye isuzumamikorere ry’abarimu n’abashakashatsi. | The board of directors of sfb shall make a final decision as to the lecturers and researchers evaluation.
|
4° kuyobora ikigo cy’ubucuruzi cyangwa koperative. | 4º manage an income generating institution or a cooperative.
|
2º kumenyesha abayobozi b’inzego z’imitegekere y’igihugu zegerejwe abaturage cyangwa ubuyobozi bwa pariki igikorwa gishobora kugira ingaruka kuri pariki y’igihugu cyangwa ku cyanya kamere; | 2° to inform the decentralised entities authorities or park management any action that may have adverse impact on the national park or nature reserve;
|
(2) amafaranga yose yacurujwe ashingirwaho mu kubara umusoro w’ipatanti mu mbonerahamwe iri ku mugereka w’iri tegeko ni umubare w’ibyacurujwe mu mwaka uheruka. | (2) the turnover given as the basis for calculating the trading license in the table annexed to this law is that of the previous year.
|
“ihuriro ry’igihugu nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya politiki ririgenga mu micungire y’abakozi n’umutungo kandi rifite ubwisanzure mu bitekerezo no mu gufata ibyemezo hakurikijwe ibiteganywa n’amategeko. | “the national consultative forum of political organisations is independent in its administrative and financial management and enjoys freedom of expression and decision making in accordance with the law.
|
Ingingo ya 16: gukurikirana no kugenzura imirimo y‟ibarura rusange | Article 16: monitoring and evaluation of the general census activities
|
Inteko rusange y’abanyamigabane ishobora gufata umwanzuro yitwaje iyi ngingo igira ibyo isaba inama y’ubutegetsi y’isosiyete ku birebana n’ibibazo bigira ingaruka ku micungire y’isosiyete. | A shareholders’ general assembly may pass a resolution under this article which makes recommendations to the board of directors on matters affecting the management of the company.
|
Ingingo ya 1: icyemezo cyo guhindura amategeko shingiro y‟umuryango | Article one: decision of altering the legal statutes
|
Iteka rya minisitiri w‟intebe rishyiraho umuyobozi ushinzwe “system administration”…22 | Prime minister‟s order appointing a director in charge of system administration………..22
|
Abanyamuryango nyakuri biyemeza kugira uruhare mu bikorwa by‟umuryango batizigamye. baza mu nama z‟inteko rusange kandi bafite uburenganzira bwo gutora no gutorwa. bagomba gutanga umusanzu wa buri mwaka ugenwa n‟inteko rusange. | The effective members commit to unconditionally participate in the activities of the association. they attend the general assembly meetings with the right to vote and to be voted. they are compelled to give annual contribution which is determined by the general assembly.
|
Ingingo ya 123 : igikorwa iyo indwara y’ibicurane by’ibiguruka yafashe abantu | Article 123: actions taken when human beings are infected with bird flu
|
1º ku bintu bitumijwe mu mahanga, uwo mubare ugomba guhindurwa mu mafaranga y’u rwanda ku gipimo cy’ivunjisha gikoreshwa hakurikijwe amategeko agenga gasutamo hagamijwe kubara umusoro wa gasutamo wakwa ku bintu bitumijwe mu mahanga; | 1º in the case of importation of goods, the amount shall be converted into rwandan francs at the exchange rate applicable under the customs legislation for the purposes of computing the customs duty payable on the import;
|
5° kumenyesha mu nyandiko inama y’ubuyobozi imigendekere n’ibikorwa bya ogmr, nibura rimwe mu gihembwe. | 5° informing, in writing, the board of directors of the progress and the activities of the omgr at least once a term;
|
1° kuyobora no guhuza imirimo yose ya paruwase; | 1° leading and coordinating all activities of the land bureau;
|
Ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro rifite uburenganzira bwo kugurisha ibyakozwe n’abanyeshuri mu myitozongiro. | A school of technical and vocational education and training has the right to sell items produced by learners during training.
|
Umushahara ugomba kwishyurwa hakoreshejwe ifaranga ryemewe mu rwanda. umukoresha agomba kwishyura umukozi umushahara we wose afitiye uburenganzira ugashyirwa kuri nimero ya konti muri banki cyangwa mu bigo by’imari byemewe n’amategeko yatanzwe n’umukozi mu nyandiko. | Salary shall be paid using currency with legal tender in rwanda. the employer shall pay to the worker the whole salary to which he/she is entitled and deposit it in a bank or in financial institution on account given in writing by the employee.
|
Iryo genzura rishya rikorwa hubahirijwe uburyo buteganywa n‟iri tegeko. » | Such a new audit shall be conducted in compliance with the modalities provided under this law.”
|
2° inyubako z’ububiko z’ahatangirwa serivisi z’ubudandazi na sitasiyo zitanga ibikomoka kuri peteroli n’inganda zo gushyira mu macupa gazi isukika ituruka kuri peteroli ; | 2° storage facilities at retail service or filling stations and liquified petroleum gas plants;
|
Bikorewe i kigali, kuwa 23/05/2004 | Done in kigali, on 23rd may, 2006.
|
Amabwiriza rusange agena ibindi bibujijwe mu murimo w’ubuhuza mu bwishingizi. | The regulations determine other restrictions in insurance intermediary’s business.
|
Ingingo ya 3:igenwa ry‟umushahara | Article 3: salary payment
|
Abagenzuzi b’umutungo | Managing directors
|
Buri muntu ushyize ku isoko imigabane agomba kwifashisha impuguke mu by‘imari zikamugira inama niba ashobora cyangwa adashobora kwemera kwishingira igikorwa cyo guhamagarira rubanda kugura imigabane kandi amasezerano yose akozwe mu rwego rwo kwishingira ibicuruzwa byo ku isoko ry‘imari n‘imigabane agomba kubanza kwemererwa n‘ikigo. | Every issuer shall seek professional financial advice to determine whether or not underwriting of the public offer of securities is deemed necessary and any underwriting arrangement shall be subject to the prior approval of the authority.
|
Iteka rya perezida n° 59/01 ryo kuwa 03/10/2013 rishyiraho abagize inama y’ubuyobozi ya african management company | Presidential order n° 59/01 of 03/10/2013 appointing the members of the board of directors of african management company
|
Nº155/08.11 ryo kuwa 24/12/2009 | Nº155/08.11 of 24/12/2009
|
1° iyo hari ibimenyetso simusiga bigaragaza ruswa, ikimenyane cyangwa icyenewabo, byagize ingaruka ku mikirize y’urubanza bikaba bitarigeze bimenywa n’uwatsinzwe mu gihe cy’iburana; | 1° when there is unquestionable evidences of corruption, favoritism or nepotism that were relied upon in the judgment and that were unknown to the losing party during the course of the proceedings;
|
Umuntu utareze cyangwa ngo aregwe mu rubanza ariko arufitemo inyungu, ashobora gutambamira urwo rubanza rumurenganya chapter ii: extraordinary procedures of appeal | A person who was not a party to a case but who has an interest in it may make a third party opposition to set aside a judgement which is prejudicial to his or her rights and if neither chapitre ii: voies de recours extraordinaires
|
2° ibikoresho by’umutekano: ibikoresho byose bikoreshwa n’umukozi w’umwuga w’urwego mu kurinda umutekano w’igororero, uw’abantu bafunzwe, uw’abagana igororero, uwe ubwe n’uw’abayobozi be; | 2° security equipment: all equipment used by a professional officer of the organ to ensure the safety of the correctional facility, incarcerated persons, correctional facility visitors, his or her own protection and the protection of his or her superiors;
|
3° atangaza raporo y’ibikorwa by’umwaka ku mikorere rusange y’urwego rw’ubucamanza; | 3° publishes the annual activity report on the general functioning of the judicial organ;
|
Icyiciro cya 2: amakosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi article 129: removal of a cooperative from books or electronic system of cooperatives | Article 129: removal of a cooperative from books or electronic system of cooperatives
|
Haseguriwe ibiteganywa mu gitabo cy‟amategeko ahana, umuntu wese ukora cyangwa witwara nk‟ukora imirimo yerekeye isoko ry‟imari n`imigabane adafite icyemezo cyangwa atemerewe aba akoze icyaha kandi ahanishwa igihano cy‟igifungo kuva ku mezi atandatu (6) kugeza ku imyaka ibiri (2) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva kuri miliyoni cumi n‟eshanu auditor disqualified under this article. | Subject to the provisions of the penal code, any person who carries out or purports to carry out capital market business without a licence or approval commits an offence and shall be liable to imprisonment for six (6) months to two (2) years and a fine of fifteen million rwandan francs (rwf 15,000,000) to fifty million rwandan francs (rwf 50,000,000) or one of these penalties.
|
Ingingo ya 34: gusonerwa kongeraho amagambo “ltd” | Article 34: dispensation to add the abbreviation “ltd”
|
Ababerewemo umwenda bafite uburenganzira bwo gusaba kwishyurwa imyenda yafashwe n’abashyingiranywe mbere yo gusesa uburyo bw’ivangamutungo rusange. | Creditors have the right to claim payment for debts contracted by spouses before the dissolution of the marriage of the community of property regime.
|
Inteko rusange ifite uburenganzira busesuye bwo : | The general assembly has the power to:
|
Abanyamuryango b‟icyubahiro batangwa n‟abantu ku giti cyabo cyangwa imiryango bemerwa article 4: | The members of honor are all person physical or moral to which the general assembly will have article 4 :
|
1° impande zombi: uwatisha n’uwatishije bose hamwe; | 1° parties: both the sub-lessor and sub- lessee;
|
Imitungo yimukanwa, itimukanwa, imyenda n’amazina bya cma byagengwaga n’itegeko n° 11/2011 ryo ku wa 18/05/2011 rishyiraho ikigo gishinzwe isoko ry’imari n’imigabane (cma) rikanagena inshingano, ububasha, imiterere n’imikorere byacyo, byeguriwe cma ishyizweho n’iri tegeko. | Movable and immovable assets, liabilities and names of cma previously governed by law n° 11/2011 of 18/05/2011 establishing the capital market authority (cma) and determining its mission, powers, organization and functioning are transferred to cma established under this law.
|
Buri rwego rw‟ubuyobozi rw‟ishyaka rugira nibura mirongo itatu ku ijana (30%) by‟abagore. ingingo ya 58: | Each management organ of the party must comprise at least thirty percent (30%) of women. article 58:
|
Ingingo ya 17: uburenganzira bwo gushyingiranwa no kugira umuryango | Article 17: right to marry and found a family
|
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.