kin
stringlengths 5
22.5k
| eng
stringlengths 6
6.85k
|
---|---|
3° ba nyir’imigabane cyangwa icyiciro icyo ari cyo cyose cy’abanyamigabane b’isosiyete ibumbye ibice birinzwe; | 3° shareholders or any class of shareholders of the protected cell company;
|
“umusoreshwa wiyandikishije agomba gukora imenyekanisha ry‟umusoro ku nyongeragaciro hakurikijwe impapuro n‟uburyo bwabigenewe mu gihe kitarenze iminsi cumi n‟itanu (15) nyuma y‟igihe cy‟umusoro ku nyongeragaciro. | “a taxable person must furnish a vat tax declaration, in the prescribed form, for each vat period within fifteen (15) days after the end of the period of the value added tax.
|
Ingingo ya 164: | Article 164 :
|
03. umunyamabanga wa leta ushinzwe amazi na mine muri minisiteri y’ubutaka, ibidukikije, amashyamba, amazi na mine | 03. the minister of state in charge of water and mines in the ministry of lands, environment, forestry, water and mines
|
Itegeko n° 012/2023 ryo ku wa 13/03/2023 rigena imikoreshereze y’umubiri w’umuntu, ingingo, ingirangingo, uturemangingo n’ibikomoka mu mubiri.................................................2 | Law n° 012/2023 of 13/03/2023 regulating the use of the human body, organs, tissues, cells and products of the human body………………………………..……………………..………..2
|
Uburenganzira bwo gufatira no kugurisha mu cyamunara umutungo utimukanwa usoreshwa, bikorwa gusa nyuma y‟uko ubundi buryo bwo kubahiriza iri itegeko bwakoreshejwe kugira ngo ikibazo gishobore gukemuka kandi ntibishobora gukorwa mbere y‟uko hashira imyaka itatu (3) nyuma y‟itariki umusoro wagombaga gutangwaho. | The right to seize and sell the taxable fixed asset by public auction shall only be exercised after other enforcement mechanisms have been reasonably exhausted and not before a period of three (3) years from the due date of payment has lapsed.
|
Impamvu zo kwamburwa uburenganzira bwo kwigisha gusoma, kwandika no kubara ni izi zikurikira: | The following are the reasons for the withdrawal of literacy education operating license:
|
Ingingo ya 18: iyubahirizwa rya politiki yo kwakira abacuruzi | Article 18: compliance with the merchant onboarding policy
|
Gutangaza icyemezo cyo gusesa fondasiyo bikorwa iyo itangazo ryo gusesa fondasiyo ririho umukono w’abagize inama ya fondasiyo rishyikirijwe umwanditsi rikanatangazwa nibura muri kimwe mu bitangazamakuru kigera kuri benshi cyangwa ubundi buryo bw’ikoranabuhanga. | The publication of the decision for liquidation of a foundation is done when such a statement bearing the signatures of members of the foundation council is submitted to the registrar and is published through at least one of the largest written or audio media or any other electronic means.
|
Mu kugena abajya mu butumwa bw’akazi mu mahanga, hitabwa kuri ibi bikurikira: | When considering requests for missions abroad, the following points are considered:
|
Abakozi bunganira ni abakozi bakoreshwa na sfb batavugwa mu ngingo ya 48 n‟iya 52 z‟iri tegeko. | The support staff shall consist of employees of sfb that are not referred to in articles 48 and 52
|
Y’ubuyobozi ariko igihe cyo gufata ibyemezo we ntatora. | Directors but he or she has no right to vote in decision making.
|
Ingingo ya 35: kwemererwa kureka ubwenegihugu nyarwanda | Article 35: approval of renunciation of rwandan nationality
|
Abarimu n‟abashakashatsi bakorerwa buri mwaka n‟igihe cyose bibaye ngombwa, isuzumamikorere hashingiwe ku ndangagaciro zigenwa n‟inama y‟igihugu y‟amashuri makuru. organisation and functioning of higher education, the law establishing and determining the organisation and functioning of the high institute “umutara polytechnic” as well as its internal rules and regulations. | Evaluation of lecturers and researchers shall be carried out annually and whenever deemed necessary, basing on standards established by the national council for higher education. structure, organisation et fonctionnement de l'enseignement supérieur, la loi portant création, organisation et fonctionnement de l‟institut supérieur «umutara polytechnic» ainsi que son règlement d‟ordre intérieur.
|
4° kugeza raporo na gahunda y’ibikorwa ku nteko rusange; | 4° to present the report and action plan to the general assembly;
|
- gushyiraho urwego rwemewe rw‟amahugurwa y‟abakozi n‟urw‟ubushakashatsi bihuje n‟inyigisho zihatangirwa; | - to promote a formal frame of continuing training of workers and research in the domains of programmes taught in it;
|
11º kutagira ubwenegihugu. | 11° statelessness.
|
1º itumanaho uwandikiwe aha uwanditse, ubutumwa koranabuhanga bwiyohereza cyangwa ubundi buryo; | 1º a communication by the addressee to the originator, automated or otherwise;
|
Iteka rya perezida rishyiraho abagize inama y’ubuyobozi y’ikigo gishinzwe isoko ry’imari n’imigabane…………………………………………………………………………………..65 | Presidential order appointing members of the board of directors of the capital market authority……………………………………………………………………………………..65
|
Ingingo ya 36: ibyemewe mu gihe cy’ishora ry’umutungo w’ikigega | Article 36: permitted acts in the investment of scheme assets
|
“urwego rw'igihugu rushinzwe intwari z'igihugu, imidari n`impeta by'ishimwe ni urwego rw’igihugu rwigenga mu mikorere yarwo. rushinzwe kugaragaza, gushimira no kurata abanyarwanda cyangwa abanyamahanga baranzwe n’ubutwari n’ibindi bikorwa bihebuje byagiriye u rwanda akamaro ku buryo biba urugero rwiza. | “the chancellery for heroes, national orders and decorations of honour is an independent public institution. it is responsible for identifying, granting awards, honouring rwandans and foreigners who were characterized by heroism and other acts of bravery serving as good examples.
|
Ingingo ya 15: ifata ry‟ibyemezo | Article 15: décisions
|
Ingingo ya 630: gutanga inyungu zidafite ishingiro mu gihe cy‟ishyirwa mu bikorwa ry‟amasezerano | Article 630: award of unjustified advantages during the performance contract
|
Madadi nestor(sé) umuvugizi w’umuryango | Madadi nestor (sé) legal representative
|
Ingingo ya 23 : ibituma umuntu atakaza ubuyobozi: | Article 23: loss of leadership:
|
Ikigo kigomba kugira abakozi bakenewe kandi bahuguwe bihagije bo gukora akazi k‟umutekano ahantu hose ku kibuga cy‟indege za gisivili gikekwaho ko hashobora cyangwa habaye koko igikorwa kinyuranyije n‟amategeko. | The authority shall have a sufficient number of trained personnel required to ensure the security of the entire civil aviation airport where there are suspected or actual cases of unlawful acts.
|
9° bwana rwemangeyo manassé. | 8° gusesa ministeriya.
|
Urwego, umubare fatizo, agaciro k’umubare fatizo n’umushahara mbumbe bigendana na buri mwanya w’umurimo mu mutwe w’abadepite biri ku mugereka wa ii w’iri teka. | The level, index, index value and gross salary corresponding to each job position of the senate are in annex ii of this order.
|
Chuk ifite inshingano zikurikira: | Chuk has the following responsibilities:
|
Urwego rwa vp: uruhushya rwo gusura rw‟umuryango w‟afurika y‟iburasirazuba: ubuntu | Class vp: visitors pass for east african community : free
|
Ingingo ya 16: inzobere muri laboratwari y’amenyo | Article 16: dental laboratory technologist
|
Ingingo ya 107: ibisabwa kugira ngo umuntu abe umwanditsi mukuru cyangwa umwanditsi w’urukiko rw’ikirenga article 101: appointment of the executive secretary of the high council of the judiciary | Article 107: requirements to be appointed chief registrar or registrar of the supreme court article 101: nomination du secrétaire exécutif du conseil supérieur de la magistrature
|
Iteka rya perezida rizamura mu ntera ba ofisiye bakuru bo mu ngabo z‟igihugu..........................................16 | Presidential order governing modalities for the recruitment of public servants.......................2
|
Mu gusesengura inyandiko z’ipiganwa, inyandiko z’ipiganwa zujuje ibisabwa zishyirwa mu byiciro ku buryo bukurikira: | During evaluation of bids, the responsive bids are classified as follows:
|
13º inshinga mburabuzi: inshinga idakoreshwa muri ngenga n‟ibihe bimwe na bimwe by‟itondaguranshinga; | 13º defective verb: verb which is not used in some persons and tenses of conjugation;
|
Ukubangamirwa ku bigo bigenzurwa n’abandi bagira uruhare mu masoko guterwa n’ihagarikwa rikomeye ry’imirimo harimo: | Harm to regulated institutions and other market participants may rise from major operational disruption and includes:
|
Ingingo ya 94: imigabane itishyuwe mu mafaranga | Article 94: shares not paid for in cash
|
Iyo uwakoze imenyekanisha abisabye, ashingiye ku bimenyetso byerekana ko yibeshye arikora cyangwa se iyo isanze nta mpamvu zikiriho zatumye ibicuruzwa bihabwa icyo cyerekezo, gasutamo ishobora gufata icyemezo cyo kurivanaho. cyakora iyo gasutamo yamenyesheje uwakoze imenyekanisha ko iteganya gusuzuma ibicuruzwa, gusaba ko imenyekanisha rivanwaho ntibyemerwa kugeza igihe isuzumwa rirangiriye. | At the request of the declarant, customs invalidates a declaration already accepted where the declarant furnishes proof that goods were declared in error for the customs procedure covered by that declaration or that, as a result of special circumstances, the placing of the goods under the customs procedure for which they were declared is no longer justified. nevertheless, where customs has informed the declarant of its intention to examine the goods, a request for invalidation of the declaration is not accepted until after the examination has taken place.
|
10° isaba rishingiye ku cyaha cya politiki cyangwa ritewe n‟impamvu za politiki; | 10° the request is based on a political offence or motivated by political consideration;
|
Reaf ikora ibisabwe cyangwa ibyibwirije. | Reaf shall act either on request or on its own initiative.
|
N° 015/moj/ag/19 ryo ku wa 05/09/2019 | N° 015/moj/ag/19 of 05/09/2019
|
Iyo amafaranga avuye muri cyamunara adahagije, ibisigaye biryozwa uwatsindiye isoko. | If the money from the public auction is not sufficient the balance is borne by the successful bidder.
|
Umuyobozi wese ushyira inyungu z‟igihugu cy‟amahanga imbere y‟iz‟u rwanda, ahanishwa igifungo kuva ku myaka ibiri (2) kugeza ku myaka itanu (5) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva kuri miliyoni imwe (1.000.000) kugeza kuri miliyoni eshanu (5.000.000). | Any leader who gives priority to interests of a foreign country over rwanda‟s interests shall be liable to a term of imprisonment of two (2) years to five (5) years and a fine of one million (1,000,000) to five million (5,000,000) rwandan francs.
|
Ingingo ya 10: inzego z’ubuyobozi za rica | Article 10: management organs of rica
|
5º akatiwe n’urukiko ku buryo budasubirwaho igihano cy’igifungo kingana cyangwa kirenze amezi atandatu (6) kitahanaguwe n’imbabazi zitangwa n’itegeko cyangwa ihanagurabusembwa; | 5º he or she is definitively sentenced to a term of imprisonment equal to or exceeding six (6) months, and without having been granted amnesty in accordance with the law or rehabilitated;
|
(1) kuburira ni icyaha. | (1) tipping off is an offence.
|
Umudepite ufite ingingo nshya cyangwa ikibazo cyihutirwa bifite ingaruka iziguye cyangwa itaziguye ku buzima bw’abaturage, ashobora gusaba guhindura ibiri ku murongo w’ibyigwa. | A deputy who wishes to have a new item or an urgent issue having a direct or indirect impact on the citizens’ lives placed on the agenda may propose an amendment to the agenda.
|
Ingingo ya 73: ubwitabire bw’inama za komite y’ubugenzuzi | Article 73: attendance to the meetings of the audit committee
|
Uburenganzira bw’umushakashatsi ukora amoko y’ibihingwa bumara igihe cy’imyaka makumyabiri (20), ibarwa uhereye igihe bwatangiweho. | The plant breeder’s right is granted for a period of twenty (20) years from the date of the granting of the plant breeder’s right.
|
Amategeko shingiro n‟inzego by‟umuryango udaharanira inyungu witwa global salvation church, “gsc”, nk‟uko byashyizweho ku itariki 09/08/2002 | The constitution of the non for profit organization called „global salvation church, “gsc”, as adopted on 09/08/2002is hereby replaced by this constitution.
|
Itegeko ngenga n° 59/2007 ryo kuwa 16/12/2007 | The organic law n° 59/2007 of 16/12/2007
|
Exemples: - - rutayisire atuye i huye hafi ya cyarwa. official gazette nᵒ 41 bis of 13/10/2014. | E-mail: [email protected] official gazette nº41 of 14/10/2013
|
1° guhuza ibikorwa byose bishyigikira gahunda mbonezamikurire y’umwana muto kuva agisamwa; | 1° to coordinate all activities that support early childhood development program since the conception;
|
5º umunyamabanga mukuru mu rukiko rw’ikirenga; | 5º the secretary general in the supreme court;
|
Umwaka wa …………………., ukwezi kwa, …………………....., umunsi wa ……...…….………......; | Year of …………………., month of ……………............, date of ……………………………;
|
Uwiyamamariza umwanya w’abagize biro y’inama njyanama y’akarere cyangwa iy’umujyi wa kigali, agomba kuba: | The candidate for the position in the bureau of district or city of kigali council must:
|
4° gukangurira abaturage kwitabira ibikorwa by‟ibarura rusange; | 4° sensitize the population to participate in general census activities;
|
Iteka rya minisitiri w’intebe rishyiraho impuguke …………………………………………30 | Prime minister’s order appointing analysts …………………………………………….…30
|
Mu gihe cy’intambara, ibyago bigwiririye igihugu, amahugurwa cyangwa akandi kazi, abagize inkeragutabara bashobora guhamagarirwa kujya mu mitwe ikora akazi ka gisirikare, byemejwe n’umuyobozi ubifitiye ububasha. | During war, national disasters, training purposes or any other mission, reservists may be called up to join active units of rwanda defence forces, as may be directed by the competent authority.
|
Ishimwe rivugwa mu ngingo ya 6 y’iri teka ritangwa rimwe gusa mu mwaka. | The awards referred to in article 6 of this order shall be only once a year.
|
Komite nyobozi ifasha umuyobozi mukuru kuyobora no gucunga icyerekezo rusange cy’ibikorwa by’umwishingizi ikaba nk’umuhuza mu guhanahana amakuru no gukora ubuhuza hagati y’amashami y’ibikorwa n’inama y’ubutegetsi. | The executive committee assists the chief executive officer to guide and control the overall direction of the business of the insurer and acts as a link for communication and co- ordination between business units and the board.
|
12° gukangurira abakozi kurushaho kumenya iby’ubuzima n’umutekano ku kazi, guteza imbere umuco wo gukumira impanuka n’indwara zikomoka ku kazi no kurwanya meaning of occupational hazard; | 12° to sensitize workers on workplace health and safety related issues and develop a culture of prevention of occupational accidents and hazards and the fight against aids or any other expliquer le sens du risque professionnel;
|
Biro ya komisiyo ishinzwe : 1° gutegura ibikorwa byihutirwa bishyikirizwa inama y’abakomiseri; 2° gutegura ingingo zigwa mu nama y’abakomiseri; 3° gutegura no kugeza ku nama y'abakomiseri gahunda y'ibikorwa by'amatora. | 1° preparing urgent actions to be forwarded to the council of commissioners; 2° preparing points to be discussed in the council of commissioners; 3° preparing and forwarding to the council of commissioners the programme of the electoral activities.
|
1° izina ry‟ubucuruzi, n‟aho ibikorwa bibarizwa; | 1° the business name and the place of the commercial establishment;
|
2° amabwiriza rusange: inyandiko igamije gusobanura kurushaho ibigomba kubahirizwa bikubiye muri iri tegeko kugira ngo rishyirwe mu bikorwa; | 2° regulations: normative acts which are aimed to specify modalities of application of provisions of this law;
|
Ingingo ya 19: icuruzwa ry’inyandiko nyemezabubiko hatangwa ibicuruzwa by’ibanze | Article 19: negotiability of a warehouse receipt by delivery of commodities
|
Uburyo amashanyarazi yashyizwe mu nyubako zagenewe guturwamo n’ibikoresho kitchen and another at the opposite end of the facility; | Electrical installations in a family residential dwelling shall be inspected autre à l'extrémité opposée de l'installation ;
|
2° umuntu unyuranyije n’ibiteganywa n’iri tegeko, amabwiriza yatanzwe n’urwego rw’ubugenzuzi kandi hari ingamba zishoboka mu kubikosora; | 2° the person violates the provisions of this law, regulations or directives issued by the regulatory authority in case there are possible measures to remedy this violation;
|
Iyo igihugu cyangwa ibihugu byishyize hamwe bifashe ibicuruzwa bikomoka mu rwanda ku buryo bunyuranye n’ubwo bifatamo ibicuruzwa bituruka mu bindi bihugu, bubitesha agaciro ugereranyije n’ibikomoka mu bindi bihugu, cyangwa bigafata ibyemezo bibangamiye ubucuruzi bw’u rwanda n’amahanga, ibicuruzwa bikomoka muri icyo gihugu cyangwa muri ibyo bihugu byishyize hamwe, bishobora kongererwa amahoro bitangwaho muri gasutamo hakurikijwe amategeko yerekeye gukemura impaka ziteganywa n’amasezerano u rwanda rwagiranye n’ibindi bihugu cyangwa amasezerano mpuzamahanga u rwanda rwashizeho umukono. | Where a country or group of countries treats products originating in rwanda in a less favorable way than products originating in other countries, or takes measures likely to impede rwanda’s external trade, a surcharge in the form of increased customs duties may be applied to all or part of the goods that originate from that country or group of countries, subject to the provisions laid down to that effect in bilateral or multilateral agreements to which rwanda is a party.
|
(b) ba perezida na ba visi perezida ba komisiyo z’akarere; article 32: attributions of provincial and kigali city bureau | (b) the presidents and vice -presidents of - district commissions; article 32: attributions du bureau provincial et de la ville de kigali
|
Umuntu winjiye mu igororero amenyeshwa uburenganzira bwe mu rurimi yumva neza. chapter iv: management of an incarcerated person | A person admitted to a correctional facility is informed of his or her rights in a language he chapitre iv: gestion d’une personne incarcérée
|
1° ugize guverinoma, umuyobozi w’urwego rutanga isoko n’umukozi wa leta ugengwa na sitati rusange igenga abakozi ba leta, umukozi wa leta ugengwa n’amasezerano y’umurimo cyangwa ugengwa n’andi mategeko yihariye; | 1° a member of the cabinet, a head of the procuring entity and a civil servant governed by general statute governing public servants, a civil servant governed by employment contract or by other specific laws;
|
Ingingo ya 172: uburyo bwo gukurikirana abagize inteko ishinga amategeko article 166: loss of civil rights | Article 172: procedure for prosecuting members of parliament article 166 : dégradation civique
|
Ingingo ya 179: gusaba ko umutwe wa politiki ufatirwa icyemezo | Article 179: requesting corrective measures against a political organisation
|
Iyo imbago yashyizwe muri cyamunara ikabura uyegukana, imbago ishobora kwegurirwa leta cyangwa ikavanwaho. | If no bidder turns up for the concession auction sale, the concession may be transferred to the state or cancelled.
|
Ingingo ya 2: icyicaro cy‟umuryango gishyizwe mu karere ka musanze, intara y‟amajyaruguru. gishobora ariko official gazette n°25 of 21/06/2010 | Section 2: construction en milieu rural article 25 : plans indicatifs de construction des maisons d’habitation official gazette n° special of 12/07/2011
|
(1) icyicaro cya rtda kiri mu mujyi wa kigali. gishobora kwimurirwa ahandi mu rwanda, bibaye ngombwa, byemejwe n’inama y’abaminisitiri. | (1) the head office of rtda is located in the city of kigali. it may be relocated elsewhere on the territory of rwanda, if considered necessary, upon approval by the cabinet.
|
3 º mirongo itandatu ku ijana (60%) y’umusoro wagombaga kwishyurwa, iyo umusoreshwa arengeje ku gihe ntarengwa cyo kumenyekanisha no subsection 2: non-fixed administrative fine | 3 º sixty percent (60%) of due tax, if the taxpayer exceeds the time limit for declaration and payment by more than sixty (60) days. sous-section 2: amende administrative non-fixe
|
3° itanga uburenganzira ku miryango nyarwanda itari iya leta, imiryango mvamahanga itari iya leta amashyirahamwe n’abikorera bifuza kwigisha abantu bakuru ; | 3° grants authorisation to national non- governmental organisations, international non-governmental organizations, associations and private stakeholders wishing to offer adult education;
|
Birabujijwe guhindura uko umuhanda ukoreshwa, uretse iyo byatangiwe uruhushya na minisitiri ufite imihanda mu nshingano ze. | It is prohibited to change the usage of a road unless authorized by the minister in charge of roads.
|
Ingingo ya 67 : ifatwa ry’icyemezo cyihutirwa | Article 67 : urgent decision
|
3. gukoresha icyumba cy’isomero cy’ihuriro n’ubundi buryo bwafasha mu kubona amakuru anyuranye; | 3. using the documentation centre of the forum and any other means to get information;
|
Inama ya komite mpuzabikorwa y’intara itumizwa kandi ikayoborwa na guverineri w’intara. | The meeting of the coordination committee is convened and chaired by the governor of the province.
|
5° ihame ryo guhuza, risaba ko amafaranga ya leta yose acungirwa kuri konti imwe rukumbi y’ikigega cya leta; | 5° consolidation, which requires all public funds to be managed through the treasury single account;
|
2° asabye, yakiriye, atanze ruswa cyangwa indonke; | 2° solicits, receives or offers a bribe or illegal benefit;
|
Igiciro cy‟itangwa ry‟umugabane usanzwe ufite agaciro mu mafaranga ntikigomba kuba munsi y‟ayo mafaranga yanditswe. | The amount of consideration for which a share with par value , shall not be less than the par value.
|
5 º guhita rumenyesha minisitiri rukagenera kopi minisitiri ubifite mu nshingano ze ko rwananiwe n‟impamvu zabiteye. | 5 º to promptly report its inability together with reasons to the minister copied to the responsible line minister.
|
Iyo abonako guhabwa ibwiriza iri n’iri, gutegekwa ikintu iki n’iki cyangwa igikorwa nk’icyo ( cyitwa “igikorwa” muri aya mabwiriza) binyuranije n’aya mabwiriza cyangwa bitarebwa n’icyemezo yahawe cyo kubikira abandi imitungo cyangwa binyuranyije submitted by the custodian, be accompanied by a written document signed by two directors of the custodian, stating: | Where the custodian is of the opinion that an instruction, direction, transaction or similar activity (hereinafter “transaction”) is not permitted under this regulation or outside the scope of its custodian’s license, the terms of the pertinent examinées, le rapport doit, lorsqu’il est soumis par le fiduciaire, s’accompagner d’un document écrit signé par deux administrateurs du fiduciaire indiquant si:
|
kugira uruhare mw’iyubahirizwa ry’amategeko agenga umurimo n’amasezerano rusange y’umurimo; | to contribute to the enforcement of social legislation and respect of collective agreements;
|
Inteko rusange ingingo ya 18: inteko rusange nirwo rwego rw‟ikirenga rw‟umuryango ruterana rimwe mu mwaka mu buryo busanzwe. ingingo ya 19: uru rwego rushobora guterana mu nteko idasanzwe iyo bibaye ngombwa kandi bisabwe n‟abagize komite nkuru cyangwa n‟abandi banyamuryango. | Article 19: this organ may also be convened for an extraordinarily session when necessary if the executive committee or other member request.
|
Iyo mu kigo hari inzego zihagararira abakozi zirenze rumwe zishyira hamwe kugira ngo zikore imishyikirano rusange. icyakora, iyo kwishyira hamwe binaniranye, urwego ruhagararira abakozi rufite abanyamuryango benshi mu kigo kurusha izindi ni rwo rukora imishyikirano rusange mu izina ry’izindi nzego z’abahagararira abakozi. | If in an enterprise there are several employees’ organisations they team up to carry on collective negotiations. however, if they fail to team up, the employees’ organisation representing the majority of employees in an enterprise carries on the collective negotiations on behalf of other employees’ organisations.
|
4º gufasha ururembo gukora imishinga igamije imibereho myiza yo ku rwego rw’ururembo; | 4° to assist the region to introduce social welfare projects at the regional level;
|
Inama njyanama y’akarere ishobora guseswa n’iteka rya perezida bimaze gusuzumwa no kwemezwa n’inama y’abaminisitiri iyo: | The district council may be dissolved by an order of the president upon examination and approval by cabinet if:
|
Ingingo ya 90: inyungu yishingirwa mu yandi masezerano y’ubwishingizi | Article 90: insurable interest in other insurance contracts
|
A) ishoramari ritizewe ku muntu ku giti cye (sobanura) imbago: 5% by‘imari shingiro. b) ishoramari ritizewe ku muntu ku giti cye (sobanura) c) ishoramari ritizewe ku muntu ku giti cye (sobanura) d) ishoramari ritizewe ku muntu ku giti cye (sobanura) e) ayashowe mu bitizewe yose (teranya ishoramari ritizew ku bantu ku giti cyabo ryose) imbago: 25% by‘imarishingiro. | A) individual exposure ( specify) limit: 5% of total capital b) individual exposure (specify) c) individual exposure (specify) d) individual exposure (specify) e) aggregate exposure (add all individual exposures) limit: 25% of total capital
|
1° amasezerano yakorewe mu rwanda cyangwa inshingano zarashyiriweho mu rwanda cyangwa ahandi; | 1° the contract or obligation was entered into in rwanda or elsewhere;
|
Isuzumamikorere rya perezida na visi-perezida b’urukiko, rikorwa ku rwego rwa mbere na perezida w’urukiko ruri mu ntera yisumbuye. | The performance evaluation of the president and the vice president of a court shall be made at first instance by the president of the immediate superior court.
|
Ingingo ya 6: ibindi bigenerwa division manager uri ku rwego rwa “2.iii” | Article 6: fringe benefits for the head of division on 2.iii job level
|
(7) ikigo cyakira kimenyesha vuba umukiriya ibyavuye mu iperereza, hamwe n’impamvu zabyo iyo iperereza rirangiye. | (7) the receiving institution promptly advises the customer of the outcome of the investigation, together with reasons for the outcome upon completion of its investigation.
|
30˚ ipompo yoherezwa mu kigega cya peteroli: ipompo yoherezwa hakoreshejwe amashanyarazi imbere mu kigega kibitse ibikomoka kuri peteroli ; | 30˚ submersible pump: an electrically driven pump immersed in the liquid fuel storage tank;
|
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.