kin
stringlengths
5
22.5k
eng
stringlengths
6
6.85k
Imiterere n’imikoranire y’urwego rushinzwe gukemura amakimbirane ziteganijwe mu mategeko ngengamikorere by‘umuryango.
The composition and the functioning of the conflicts resolution organ are displayed in the internal regulations.
Uwaguze yishyura ako kanya, bitaba ibyo, akishyura mu gihe kitarenze umunsi umwe (1) w’akazi ukurikira cyamunara. umuhesha w’inkiko ahita yishyura uberewemo umwenda, agashyira ubwishyu kuri konti yamumenyesheje, itaboneka, agashyirwa kuri konti yagenwe na minisitiri ufite ubutabera mu nshingano ze, ari nayo ishyirwaho arenze kuyavuye muri iyo cyamunara.
The purchaser makes payment immediately or within one (1) working day after the auction. the court bailiff immediately pays the creditor's debt and the payment is made into a bank account given by the creditor if any, or the bank account determined by the minister in charge of justice. the balance is also deposited in the same bank account determined by the minister.
F) guhorana ingengabihe igaragaza neza uburyo n’igihe gahunda izageragerezwaho n’uburyo bwo guhorana iyo gahunda;
F) a maintenance schedule which specifies how and when the plan will be tested and the process for maintaining the plan;
Ingingo ya 13: ubusabe bw’iyandikishwa ry’ubutaka
Article 13: application for land registration
Ndemeza ko amakuru yose akubiye muri iyi nyandiko ndetse n’ayiherekeje, yuzuye kandi ko ari ukuri, nkurikije ibyo nzi, kandi ko nta bindi bisobanuro nanze gutanga ku bushake byerekeye ubu busabe.
I certify that all the information contained in and accompanying this form is complete and accurate to the best of my knowledge, and that there are no other facts relevant to this application that i have willingly denied to reveal.
7° ibinyabuzima byibasiwe: ubwoko bw’binyabuzima kavukire bishobora gushiraho mu bindi binyabuzima mu gihe cya vuba ariko bikaba bitari mu rwego rw’ibinyabuzima byibasiwe cyane;
7° endangered species: indigenous species facing a high risk of extinction in the wild in the immediate future, although they are not critically endangered species;
A. umusozi ni ahantu hatumburutse h’isi, hasumba ibibaya n’ibishanga; b. ikibaya ni ahantu harambuye harangwamo amazi make n’igabanuka ry’urusobe rw’ibinyabuzima; c. umubande ni ahantu hari hagati y’imisozi ibiri harangwa isoko y’amazi y’imusozi cyangwa y’ikuzimu; d. igishanga ni ahantu harambuye hagati y’imisozi harimo amazi menshi n’urusobe rw’ibinyabuzima hamera urufunzo cyangwa urukangaga cyangwa ibimera byo mu muryango wabyo; e. ahantu hahehereye ni ahantu hagizwe n’imibande, ibibaya n’ibishanga.
A. a mountain is an elevated part of the earth higher than the plainlands and swamps; b. plain land is a flat area with little water and less biodiversity; c. a valley is an area between two mountains characterised by a source of water above the ground or underground; d. a swamp is a flat area between mountains with much stagnant water and biodiversity, with papyrus,cypress or other vegetation of the same family; e. a wetland is a place made up of valleys, plainlands and swamps.
1º gukora gahunda rusange kandi ihamye ijyanye n’ibidukikije n’uburyo bwo kubirinda; 2º gufata ingamba za ngombwa zo kurinda no kwita ku nshingano zivugwa mu masezerano mpuzamanga yasinye ; 3º kubuza igikorwa cyose gikorwa mu izina ryayo cyangwa se mu bubasha bwayo, gishobora guhungabanya ibidukikije mu kindi gihugu cyangwa se mu turere turenze ububasha bwayo ; 4º gufatanya n’izindi leta mu gufata ibyemezo birwanya ubwandu burenga imipaka; 5° gushyiraho, ikoresheje ingamba zihamye, ubwiherero n’imicungire y’isuku ku nyubako n’ahantu hahurira abantu benshi, ku mihanda no mu ngo.
1° design a general and integrated policy on the environment and its protection; 2° take necessary measures to protect and respect the obligations stipulated in international agreements and conventions which it ratified; 3° prohibit any activity carried out on its behalf or in its capacity that may degrade the environment in another country or in regions beyond its national jurisdiction; 4° co-operate with other states in taking decisions to control transboundary pollution; 5° put in place through concrete policies, sanitary establishments and hygiene management in buildings and public places, on roadsides and in homes.
(1) nyuma yo kwemeza inyandiko mvugo y’inama y’inama njyanama y’akarere, perezida w’inama njyanama y’akarere article 15: council’s decision-making process
(1) after approval of the minutes of the district council meeting, the chairperson of the district council submits the minutes article 15: modalités de prise de décisions du conseil de district
(g) gukurikirana ibikorwa byose bijyanye n’iyandikwa ry’abaturage n’itangwa ry’ikarita ndangamuntu ku rwego rw’igihugu;
(g) to make a follow up of all activities relating to the population registration and issuance of the identity card at the national level;
2° komite y’ibitaro by’intara;
2° committee of a provincial hospital;
4° kwitwararika ko icyemezo kivugwa mu gace ka 3° k’iyi ngingo gishyikirizwa umuntu uyoboye cyangwa watumije inama.
4° to ensure that the certificate provided for under item 3° of this article is presented to the person chairing or convening the meeting.
23§1: umutungo ugizwe n‟ibiva mu bikorwa by‟abanyamuryango, impano n‟ imirage bihabwa umuryango.
23§1: heritage organization is formed by the benefits achieved by the initiatives and activities of its members as well as donations and legacies made to the organization.
Abagenzuzi bashobora kuva mu banyamuryango cyangwa hanze y‟umuryango. bashyirwaho n‟inteko rusange ibigiriwemo inama n‟inama y‟ubutegetsi, bakagira manda y‟umwaka umwe ishobora kongerwa.
The auditors are appointed by the general assembly among the members of the organization or independent persons on proposal of the board of directors for a period of one year renewable.
Ibyo bikorwa mu gihe cy’iminsi itanu (5) y’akazi nyuma yo gutangaza ilisiti y’agateganyo y’abakandida na mbere yo gutangaza ilisiti ntakuka.
This is done within five (5) working days after publication of the provisional list of candidates and before publication of the final list.
Umuntu wese ukoresha uburyo bw’ikoranahuhanga mu gutanga inyemezabuguzi asabwa kubahiriza inshingano zikurikira:
Any applicant for a warehouse receipt operator’s license applicant must fulfil the following requirements:
Ingingo ya 50: kwakira intumwa z’abakozi n’abasimbura bazo icya rimwe ingingo ya 51: igitabo cyandikwamo ibibazo n’ibitekerezo ingingo ya 52: ikurwaho ry’intumwa z’abakozi
Article 49: meetings with the company chief executive article 50: meeting collectively workers representatives and their alternates article 51: recording complaints and suggestions article 52: dismissal of workers representatives
10° uburyo bwo gukemura impaka;
10° dispute resolution;
(b) impano n’imirage bitanzwe n’abantu ku giti cyabo cyangwa n’imiryango cyangwa n’amashyirahamwe yemewe n’amategeko;
(b) donations and bequest from natural persons or legal entities;
Amashuri yihariye ashyirwaho hakurikijwe imiterere y’ubumuga cyangwa ubwoko bw’imbogamizi abo agenewe bafite.
Specialized schools shall be established on the basis of the nature of disability or the type of obstacles facing their beneficiaries.
(sé) 9. mukantwali léonille kicukiro/mvk 02598
Nsekanabo marcel 50569/s1/06
(3) urwego rw’ubugenzuzi rushobora gutangaza ibisabwa, ibigenderwaho cyangwa ibibujijwe byometse ku ruhushya. (m) “supervised institution” means the institution which falls within the scope of this regulation;
(3) the supervisory authority may publish the requirements, conditions or restrictions attached to the issued license. (m) « institution supervisée » signifie institution qui se retrouve dans le champ d’application du présent règlement ;
Ingingo ya 395: ibihano bijyanye no gusesagura umutungo w‟amazi
Article 395: penalties for abusive use of water
Umuryango ukorana n‟indi miryango cyangwa n‟amashyirahamwe ahuje nawo intego ukorera mu rwanda cyangwa mu mahanga.
The association operates in collaboration with other associations, ministries, and any other organization pursuing similar objectives operating in rwanda and abroad.]
Ishingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y‟u rwanda ryo kuwa 04 kamena 2003 nk‟uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 11, iya 33, iya 35, n‟ iya 36;
Pursuant to the constitution of the republic of rwanda of 04 june 2003 as amended to date, especially in articles 11, 33, 35 and 36;
Ingingo ya 25: kudashyira ikirango ku ipaki y’itabi n’ibirikomokaho bicururizwa mu rwanda umuntu wese utumiza itabi n’ibirikomokaho akabicururiza mu rwanda bitariho ikirango n’amagambo ari mu ndimi zemewe mu rwanda “ ricuruzwa mu rwanda/sold in rwanda/vendu au rwanda” nk’uko biteganywa n’iri tegeko, ahanishwa igihano cyo kwamburwa ibyo bicuruzwa n’ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi ingana na 100% by’agaciro k’ibicuruzwa byafatiriwe burundu. icyiciro cya kabiri: ibihano ku byaha bikorwa mu mikoreshereze y’itabi ingingo ya 26: kunywera itabi mu ruhame, kuriha cyangwa kurigurisha umwana, kurimushishikariza cyangwa kumukoresha mu icuruzwa ryaryo umuntu wese: 1º unywera itabi cyangwa ibirikomokaho mu ruhame; article 24: failure to label tobacco and tobacco products for sale in rwanda
Any person who imports tobacco and tobacco products and sells them in rwanda without a stamp and imprints written in languages recognised in rwanda “ricuruzwa mu rwanda/sold in rwanda/ vendu au rwanda” as provided for under this law, shall have such goods confiscated and be liable upon conviction to an administrative fine equal to 100% of the value of goods definitively confiscated.
Ingingo ya 75: uburenganzira bw’uwapfakaye ku izungurwa ry’uwo bari barashyingiranywe
Article 75: right of the surviving spouse to the succession of the deceased spouse
Igihe cy’ihagarikwa ry’imirimo ry’agateganyo kigomba kongerwa ku gihe cyo kurangiza imirimo giteganyijwe mu masezerano igihe cyose igihe cyo kurangiza imirimo kidahuriranye n’igihe hafatiwe icyemezo cyo guhagarika imirimo by’agateganyo.
The period during which the works are suspended shall result into the extension of the execution period of the contract as long as the contractual period did not coincide with the date the decision to temporarily suspend the works was taken.
Ingingo ya 27: amakimbirane hagati y’inzego z’imitegekere ibibazo byose bivutse hagati y‟inteko z‟ubutungane z‟imirenge ebyiri cyangwa nyinshi cyangwa hagati y‟abanyamuryango b‟imiryango baha‟i itandukanye, bibanza kugezwa ubwambere ku nteko y‟igihugu yo ifite uburenganzira bwo guca urubanza rw‟ibanze n‟urwa nyuma muri byose.
All questions arising between two or more local spiritual assemblies, or between members of different baha'i communities, shall be submitted in the first instance to the national assembly, which shall have original and final jurisdiction in all such matters.
Abagize komite y’ababerewemo imyenda baryozwa ibyo bangirije ababerewemo imyenda mu gihe bari mu mirimo yabo.
Members of the creditors’ committee are held liable for any of their actions that inflict damages to creditors while they were on their duties.
3° yanze gusinya amasezerano y’isoko nk’uko bisabwa cyangwa se akananirwa kuzuza inshingano yo gutanga ingwate yo kwishingira ko azarangiza neza ibikorwa.
3° refuses to enter into a written contract as required or fails to furnish any required performance security.
Ikigo gifite ububasha bwo kubuza nyir’indege cyangwa umupilote w’indege ya gisiviri kuyihagurutsa igihe:
The authority shall have powers to prevent a civil aircraft owner or pilot from flying the aircraft when:
Ingingo ya 157: ivanwaho ry’ingingo z’amategeko zinyuranyije n’iri tegeko ngenga
Article 157: repealing provision
Itegeko ryemerera kwemeza burundu amasezerano y’umuryango wa afurika y’iburasirazuba ku mahoro n’umutekano, yashyiriweho umukono i dar es salaam, muri tanzaniya ku wa 15/02/2013………………………………………………………………………………………...2
Law authorizing ratification of the east african community protocol on peace and security, signed in dar es salaam, tanzania on 15/02/2013……………………………………………….2
Umufatabuguzi afatwa ko yemeye icyemezo iyo atangaje cyangwa yemeye ko icyemezo gitangazwa ku muntu uwo ari we wese cyangwa gishyirwa mu bubiko.
A subscriber is deemed to have accepted a certificate where such a subscriber publishes or authorizes the publication of the certificate to any other person or in a repository.
Kuvanaho cyangwa guhindura uburenganzira bw’undi muntu ugenewe ibisabwa mu masezerano biturutse ku watanze isezeranya cyangwa ku bwumvikane bundi hagati y’uwatanze isezeranya n’ugenewe isezeranya, nta gaciro bigira mu gihe hari ingingo y’isezeranya ibibuza.
Revocation or modification of the rights of the third party beneficiary by the promisor or by an agreement between the promisor and the promisee is ineffective if a clause of the promise prohibits such an act.
3° ubunyamabanga nshingwabikorwa ni rwo rwego tekiniki, rukorera ku rwego rw’igihugu rushinzwe imikorere ya buri munsi, rugashyira mu bikorwa ibyemezo by’inama rusange na komite nyobozi ku rwego rw’igihugu.
3° the executive secretariat, is the organ operating at the national level responsible for the daily management of the council as well as the implementation of the decisions of the general assembly and the executive committee at national level.
(o) ishyiraho uburyo bwo gukurikirana ko ikigo cy’ubwishingizi gifite inyandiko zikwiye kandi zuzuye zerekeye ubwishingizi bw’abishingizi ku munsi wo kwemeza amasezerano
(o) establishes a process to ensure that an insurer has accurate and complete reinsurance documentation at, or shortly after,
(2) imodoka imwe yemewe na minisiteri y‟ububanyi n‟amahanga nk‟imodoka yatumijwe mu mahanga ngo isimbure imodoka yari yaratumijwe mbere hakurikijwe igika cya mbere ariko ikaba 4. diplomatic and first arrival privileges
(2) one motor vehicle which the ministry responsible for foreign affairs of a partner state is satisfied as having been imported as a replacement for a motor vehicle originally imported under paragraph (1) which has been 4.privilèges diplomatiques à la première arrivée
Ingingo ya 22: kuregera inkiko
Article 22: transmission du dossier
14. nta bagize inama y‟ubutegetsi, abakozi bakuru n‟abakozi basanzwe baba barakoresheje imyanya yabo mu kongera inyungu zabo bwite?
14) have directors, officers and staff members not used their positions to further their personal interests?
Gusuzuma ubusabe bw’ahakorerwa imirimo y’amabanki bigizwe no gusuzuma ubwo busabe ndetse n’inyandiko zibuherekeje harebwa ko zuzuye kandi zikwiye.
Assessment of application for each place of business consists of a review of the application and documents therein for completeness and adequacy.
12° kugena, gushyiraho no guteza imbere gahunda, politiki n’inzira bya ngombwa mu gushyira mu bikorwa igenamigambi na politiki y’iterambere ry’ubushakashatsi muri polisi y’u rwanda;
12° initiate, determine and develop systems, policies and procedures necessary for the implementation and execution of planning documentation and the development of research policy for the rwanda national police;
(c) urutonde rw’abantu bahujwe n’inyungu;
D) authority in charge of revenue;
Bikorewe i kigali, ku wa………………………. ………………………….. ……. (umukono+kashi) ……………………………………………………. (amazina ya minisitiri) minisitiri wa ……………………….
……………………………… (signature+ stamp) ……………..…………………………………………….……….… (names of the minister) minister of …………………………………………
2. gutanga ibitekerezo ku nsanganyamatsiko z’ibiganiro bikorwa mu nama z’inama rusange z’ihuriro n’ibiganiro bitambuka mu bitangazamakuru;
2. proposing recommendations on themes for discussions in the meetings of the general assembly of the forum and on topics to be put in public medias;
1° kongera umutungo w’amashyamba;
1° increasing in forest resources;
Ibiteganywa ku bijyanye n’ibanga ry’amakuru ntibikurikizwa iyo amakuru atangajwe n’umuntu mu gihe akora inshingano ze hakurikijwe iri tegeko cyangwa amabwiriza agenga uburyo bwagenwe mu kwishyurana.
The confidentiality of information provisions does not apply to any disclosure made by a person in the performance of his or her functions under the law or rules of a designated payment system.
Urwego nshingwabikorwa rwa loda rugizwe n’umuyobozi mukuru. rushobora kandi kugira umuyobozi mukuru wungirije bibaye ngombwa.
The executive organ of loda is composed of the director general. it may also have a deputy director general when considered necessary.
Umuyobozi w’inama y’ubuyobozi ni we utangiza akanasoza imirimo yayo. niwe kandi uyobora inama. mu nama areba ko amategeko yubahirizwa, agatanga uburenganzira bwo gufata ijambo, akagaragaza ibibazo, akayobora amatora, akanatangaza ibyemezo byafashwe.
The chairperson starts and closes the meeting. he/she shall also chair the meeting. during meetings, he/she ensures that rules are respected, gives floor, highlights issues, supervises the voting and pronounces the decisions taken.
Iyo ibyo gukosorwa muri dosiye bireba ubuyobozi bw‟umurenge, bugomba gukosora dosiye kandi bukayohereza mu buyobozi bw‟akarere mu gihe kitarenze iminsi itanu (5) y‟akazi.
If what is subject to correction concerns the authority of the sector, this authority shall correct the application and transmit it to the authority of the district in a period not exceeding five (5) working days.
Umuryango ushingiye ku idini: the church of pentecost international of rwanda (copirwa) ………………………………………………………………………..11
Organisation fondée sur la religion: the church of pentecost international of rwanda (copirwa) ……………………………………………………………………..…11
Banki isabwa kohereza banki nkuru mbere y’ukwezi kwa werurwe k’umwaka ukurikiyeho, kopi ya gahunda yacyo y’imicungire y’ibyateza ingorane yuzuye, harimo ibyagenderaho by’abagize komite y’imicungire y’ibyateza ingorane n’abashinzwe icunga ry’ibyateza ingorane.
A bank is required to send a copy of its complete risk management program, including the terms of reference of the members of the risk management committee and the risk managers, to the central bank of rwanda before march of the following calendar year.
3° umuntu washyizweho nk’uzaba umuyobozi, umukozi cyangwa uhagarariye isosiyete : 6° default;
3° a person appointed as a future director, employee or nominee of the company: 6° le manquement;
Abagize inama y’ubuyobozi ntibagomba kubarizwa mu buryo butaziguye cyangwa buziguye mu bikorwa birebana n’inshingano za fic.
Members of the board of directors must not engage, directly or indirectly, in activities related to the responsibilities of fic.
3° guhagarika konti bivugwa mu gace 2o birebana gusa n’umubare w’amafaranga yashyizwe kuri konti mu buryo bw’amakosa;
3° the freezing in 2o above shall be limited to the erroneous amount in question;
Umugenzuzi bwite agomba gushyira ibyo yakoze byose mu nyandiko y’umurimo w’ubugenzuzi igizwe n’idosiye ihoraho n’idosiye iri gukorwaho.
The internal auditor must include the entire audit process in audit working document, which consists of permanent file and current file.
Itabi ry’amasegereti 36% by’igicuruzo cy’ipaki y’amasegereti 20
Cigarettes 36% of retail price of a pack of 20
Iyo ubufatanye mu bucuruzi bw’ubunyamahanga bushyizwe mu gihe cy’ikusanya n’igabagabanya ry’umutungo cyangwa busheshwe mu gihugu bwashingiwemo, bugomba, mu gihe cy’ukwezi kumwe (1) nyuma yo gutangira gushyirwa mu ikusanya n’igabagabanya ry’umutungo cyangwa iseswa cyangwa mu kindi gihe umwanditsi mukuru ashobora kugena mu bihe byihariye, gushyikiriza umwanditsi mukuru ibi bikurikira:
If a foreign partnership goes into winding up or is dissolved in its country of registration, it must, within one (1) month after the commencement of the winding up or the dissolution or within such other period as the registrar general may determine in special circumstances, submit the following with the registrar general:
1° “ikigo gishora imari’’ bisobanura uruganda, umushinga cyangwa ikindi gikorwa kigengwa n’iri tegeko mu gihe ikigo giharanira inyungu kandi kigacungwa hakurikijwe amategeko ngengamwuga w’ubucuruzi;
1° “investment enterprise” means an industry, project or any other activity governed by this law, provided that the enterprise is profit-motivated and operated on commercial principles;
Hatirengagijwe ibiteganywa n’amategeko ahana icyaha cyo gutanga sheki itazigamiwe, uwatanze bene iyo sheki ntiyemerewe:
Without prejudice to the criminal provisions applicable to the offence of issuing bouncing cheque, a cheque defaulter shall not be allowed to:
3° kujya mu bikorwa binyuranye harimo nko kwegurirwa ibikorwa, kuvugurura, gukomatanya amasosiyete cyangwa kwemeza igurisha ry’umutungo cyangwa gutora umwanzuro cyangwa gukoresha uburenganzira afite cyangwa kugurisha impapuro z’agaciro iyo ishoramari ririmo ubwoko ubwo aribwo bwose bw’impapuro z’agaciro mu isosiyete cyangwa ubwizerane;
3° to concur in any scheme or arrangement including those relating to takeover, reconstruction, amalgamation or the approval of the sale of property or vote on a resolution or exercise any right or buy or sell any securities, if the investments include any form of securities in a body corporate or trust the trustee;
Ingingo ya 42: inshingano z’umuyobozi wungirije wa sfb ushinzwe ubuyobozi n’imari
Article 42: responsibilities of the vice rector of sfb in charge of administration and finance
Umutwe wa vi: indishyi z’akababaro, gutanga amakuru, imenyesha n’amabwiriza
Chapter vi: damages, information, notices, regulations
Inteko rusange y‟umuryango ifite ububasha budakuka bwo kwakira cyangwa guhakanira umuntu wese mu muryango byemejwe na bibiri bya gatatu by‟abanyamuryango.
The general assembly has the sole and absolute power to admit or refuse admission to any person as a member with the decision of two-third majority of members.
Ingingo ya 5: ishyirahamwe rigizwe n’abanyamuryango bawushinze, abanyamuryango bawinjiyemo n’abanyamuryango b’icyubahiro.
Article 5: the organization is composed of founder members, adherent members and honorary members.
Ingingo ya 26: ububasha bwimuriwe muri nlc
Article 26: powers transferred to nlc
Umuntu wese utesha agaciro, mu ruhame, igikorwa cyangwa icyemezo cy‟inzego z‟ubutabera mu buryo busagarira ububasha cyangwa ubwigenge bwazo, hakoreshejwe amagambo, ibyanditse, amashusho cyangwa ibikorwa ibyo ari byo byose, ahanishwa igifungo kuva ku mezi atandatu (6) kugeza ku myaka ibiri (2) n‟ihazabu y‟amafaranga y‟u rwanda kuva ku bihumbi ijana (100.000) kugeza kuri miliyoni imwe (1.000.000) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano.
Any person who publicly discredits an act or decision of judicial organs, in a condition likely to cause contempt or lack of independence of the judicial organ, using words, writings, images or any acts, shall be liable to a term of imprisonment of six (6) months to two (2) years and a fine of one hundred thousand (100,000) to one million (1,000,000) rwandan francs or one of these penalties.
Urwego cyangwa umuntu basabwe gutanga amakuru bagomba kuyatanga mu gihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) kuva bakiriye ubusabe.
The institution or person requested to provide information must do so within fifteen (15) days from receipt of the request.
Minisitiri w’ibidukikije n’ubutaka;
The minister of environment and lands;
(d) gutangaza ibyagaragaye mu mikorere mibi y’ikigo cy’imari;
(b) misreporting to the financial institution;
Ingingo ya 63: ububasha bw’umucungamutungo w’agateganyo cyangwa umucungamutungo
Article 63: powers of a provisional administrator or administrator
Ingingo ya 24: rejisitiri yandikwamo iyemeza ry’uko igikoresho cyujuje ibisabwa
Article 24: certificate of incorporation
Madamu ngamije winnie agizwe umuyobozi mukuru wungirije wʼurwego rwʼigihugu rushinzwe ibyʼindege za gisiviri.
Ms ngamije winnie is appointed the deputy director general of rwanda civil aviation authority.
E) akamaro k’igikorwa cy’ubucuruzi gishingwa undi muntu, nk’urugero hashingiwe ku ruhare kigira mu kwinjiza umutungo no ku nyungu;
E) importance of the business activity to be outsourced, for example, in terms of contribution to income and profit;
Ingingo ya 3: imbonerahamwe n’incamake y’imyanya y’imirimo imbonerahamwe n’incamake y’imyanya y’imirimo bya minisiteri y’urubyiruko, umuco na siporo biri ku mugereka wa i n’uwa ii y’iri teka. ingingo ya 4: abashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka minisitiri w’abakozi ba leta n’umurimo, minisitiri w’urubyiruko, siporo n’umuco na minisitiri w’imari n’igenamigambi basabwe kubahiriza iri teka.
Article 3: organizational structure and summary of job positions the organizational structure and summary of job positions of the ministry of youth, sports and culture are respectively in annexes i and ii of this order. article 4: authorities responsible for implementating this order the minister of public service and labour, the minister of youth, sports and culture and the minister of finance and economic planning are entrusted with implementating this order.
Bisabwe na minisitiri w’abakozi ba leta n’umurimo; prime minister’s order no 082/03
The minister of foreign affairs and cooperation, arrete du premier ministre n°270/03
3° kumena amabanga yamenye ari mu kazi ka gisirikare;
3° to breach confidential information acquired during his/her military services;
Ingingo ya 12: ihagarikwa cyangwa ivanwaho ry’uruhushya rwo mu rwego rw’igihugu
Article 12: suspension or revocation of a national licence
(d) ikigega cy’ubwishingizi bw’abishingizi cyateganyije uburyo bwo kumenya indishyi zitishyuwe mu nzego zose z’ubwishingizi bw’abishingizi.
(d) the reinsurance pool has provided for adequate reserving for any inwards reinsurance business.
Buri rwego rwa leta rugomba gukora ku buryo abakozi bashya babona amahugurwa yo kwimenyereza akazi gashya bashinzwe.
Every public institution must ensure that induction courses are provided to new public servants.
Ingingo ya 27: ububasha n’inshingano by’umuyobozi mukuru wa nrs
Article 27: powers and duties of the director general of nrs
Ingingo ya 68: ifatwa ry’icyemezo cyihutirwa
Article 68: urgent decision
2º kopi y’icyemezo cy’igeragezwa ry’imbuto gitangwa n’urwego rubifitiye ububasha;
2º a copy of seeds testing certificate issued by a competent authority;
Ingingo ya 117: imitegurire n’imigendekere y’itora ku banyarwanda baba mu mahanga
Article 117: organisation and conduct of election for rwandans residing abroad
Uretse mu gihe akora imirimo yo gusukura mu igororero no gutegura amafunguro, umuntu wakatiwe igihano cy’igifungo kirangirizwa mu igororero ntakora ku munsi w’ikiruhuko rusange kandi ahabwa umunsi umwe (1) wo kuruhuka mu cyumweru.
Except for the cleaning of the premises of a correctional facility and doing the cooking, a person convicted to a term of imprisonment served in a correctional facility does not work on official public holidays and he or she is entitled to one (1) day off per week.
Uwo mushinga uhinduka urubanza nyarwo iyo umaze gusomerwa mu ruhame.
The draft judgement takes its final form after its pronouncement in public.
Iteka rya minisitiri w‟intebe rigena imbonerahamwe y‟imyanya y‟imirimo, imishahara n‟ibindi bigenerwa abakozi muri komisiyo y‟igihugu ishinzwe ubumenyi n‟ikoranabuhanga (ncst) ………………………………………………………………………………………35
Prime minister‟s order determining organisational structure, salaries and fringe benefits for employees of the national commission of science and technology (ncst) ……………...35
Kugikemura.
It was resolved
Ingingoya 8:
Article 8:
Mu bufatanye n’ibindi bigo bigenzura, urwego rw’ubugenzuzi rufite inshingano zikurikira:
In terms of cooperation with other regulatory authorities, the regulatory authority has the following functions:
Nyakanga 2000 ryerekeye imiryango idaharanira inyungu hashinzwe ishyirahamwe ryitwa "ishyirahamwe nyarwanda rigamije iterambere n’imiturire myiza mu cyaro (a.d.h.r) mu magambo ahinnye a.d.h.r.
July 2000 relating to non-profit making organizations, it is hereby created an association regulated by the present statute: «international des facultes- rwanda» (i.f.r) asbl.
Ushinzwe gutanga amakuru asaba amakuru y’ibanze yerekeye ikigo gifite ubuzimagatozi cyangwa umuryango ushingiye ku masezerano, akubiyemo nibura amakuru ajyanye na ba nyir’umutungo nyabo, uko igenzura ryubatse muri icyo ikigo gifite ubuzimagatozi cyangwa uwo umuryango ushingiye ku masezerano.
The reporting person requires basic information about the legal person or legal arrangement, which, at minimum, includes information about the legal ownership and control structure of the legal person or the legal arrangement.
Ingingo ya 134: gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato
Article 149: sexual harassment
Umuntu ugurisha amakuru bwite mu buryo bunyuranyije n’iri tegeko aba akoze icyaha.
A person who sells personal data in a way that is contrary to this law, commits an offence.
Ingingo ya 178 : gukoresha igitinyiro mu masoko ya leta
Article 178: influence peddling in public procurement
Inyandiko yo guhagararira undi ntishobora gukoreshwa mu cyiciro cy‟imigabane nguzanyo kirenze kimwe.
The agency deed shall not cover more than one class of debentures.
Ingingo ya 96: igisobanuro cy’icyaha cy’intambara
Article 96: definition of a war crime
Mu gihe inama nkemura-mpaka yaba inaniwe gufasha abagiranye amakimbirane kuyakemura mu bwumvikane, abayagiranye bashobora kuregera urukiko rubifitiye ububasha.
In case the mediation council fails to help them resolve the conflict amicably, the concerned parties may file the case to the competent court.
Imiterere y’imikoranire, ni ukuvuga uri mu nama y’ubutegetsi , umukozi, umunyamigabane ufite…% ry’imigabane harimo itariki (ukwezi n’umwaka)
Nature of affiliation i.e. director, officer, share holder with…% holdings inclusive date(month and year)