kin
stringlengths 5
22.5k
| eng
stringlengths 6
6.85k
|
---|---|
2° abarimu babiri (2) batorwa na bagenzi babo, umwe akaba visi perezida, undi akaba umunyamabanga w’akanama; | 2° two (2) representatives of teachers elected by colleagues, one as the vice- chairperson the other as the secretary of the committee;
|
Ingingo ya 8: kwamamaza no kumurika ibiribwa | Article 8: advertisement and exhibition of food products
|
Ibikorwa by’isosiyete y’imari ibumbye izindi ni ibi bikurikira : | The activities of the financial holding company are the following:
|
Iyo urwego rutanga isoko rudasubije urwandiko rw’uwegukanye isoko rusaba iyakirwa burundu ry’imirimo, iryo yakirwa rifatwa nk’iryemewe nyuma y’iminsi makumyabiri (20) risabwe. | If the procuring entity does not respond to the successful bidder’s request for final acceptance of works, such final acceptance of works shall have be deemed to have taken place twenty (20) days after the request was made.
|
3° kwemerera uhagarariye umutungo w’umunyamahanga cyangwa undi muntu ugenwa n’urukiko gucunga cyangwa kugurisha umutungo wose uri mu rwanda cyangwa bimwe mu biwugize; | 3° entrusting the administration or realization of all or part of the debtor’s assets located in rwanda to the foreign representative or another person designated by the court;
|
3º kuba ari inyagamugayo; | 3º be a person of integrity;
|
Ingingo ya 11: umuryango ugenera umutungo wawo ibikorwa byose byatuma ugera ku ntego zawo ku buryo buziguye cyangwa butaziguye. nta munyamuryango ushobora kuwiyitirira cyangwa ngo agire umugabane asaba igihe asezeye ku bushake, yirukanywe cyangwa iyo umuryango usheshwe. | Article 11: the association distributes its resources to all that contribute directly or indirectly to the achievement of its objectives. no member can claim the right to possess them, nor demand to get part of it, in case of voluntary resignation, exclusion or dissolution of the association.
|
Bihuje intego. ingingo ya 28 : ibarura ry’umutungo w’umuryango rikorwa n’abo inteko rusange yashinze uwo murimo hakurikijwe ubwiganze bwa 2/3 by’amajwi. ingingo ya 29 : uburyo aya mategeko shingiro azubahirizwa kimwe n’ibindi bidateganyijwe nayo bizasobanurwa ku buryo burambuye mu mabwiriza ngengamikorere y’umuryango yemejwe n’inteko rusange ku bwiganze busesuye bw’amajwi. ingingo ya 30 : aya mategeko yemejwe kandi ashyizweho umukono n’abanyamuryango nyakuri bari ku ilisiti iyometseho. | Association having the same objectives. article 28 : liquidation takes place by the care of the liquidation committee appointed by the general assembly on the majority of 2/3 of present members. article 29 : the modalities of application of these statutes and all that is not stipulated in these ones will be largely explained by internal rules and regulations adopted by the general assembly on the absolute majority of votes.
|
2° ibikorwa by’ubucuruzi biciriritse: imirimo y’ubucuruzi ibyara amafaranga y’ibyacurujwe ari hagati ya miliyoni cumi n’ebyiri n’ifaranga rimwe (12.000.001frw) na miliyoni makumyabiri (20.000.000frw) z’amafaranga y’u rwanda kuri buri gihe cy’umusoro; | 2° small business: business activities which result into a turnover ranging between twelve million and one rwandan francs (frw 12,000,001) and twenty million rwandan francs (frw 20,000,000) per each tax period;
|
A. kuvanaho ibitanoze mu mategeko, gukuraho ingingo zitagikoreshwa cyangwa izidakenewe no koroshya imyandikire n’imyumvire by’amategeko; | A. the elimination of imperfections in laws, repealing obsolete or unnecessary legal provisions and simplification of the wording and understanding of laws;
|
Ingingo ya 3: inshingano yo gushyiraho inyandiko ikubiyemo amabwiriza ngengamikorere mu butegetsi bwa leta | Article 3: obligation to put in place a manual of administrative procedures in public service
|
Uburyo n’ibisabwa mu ipiganwa bigenwa n’amabwiriza ashyirwaho n’umuyobozi ubifitiye ububasha. | Modalities and requirements for tender are determined by regulations issued by the competent authority.
|
(d) kwinjiza ishoramari cyangwa imishinga mu ngengo y’imari izashorwa; | (d) fit the investments or projects in the capital budget;
|
Ryerekeranye n’itangazwa ry’inyandiko za leta z’inzego z’ubuyobozi bw’u rwanda n’izindi ngingo zose z’amategeko abanziriza iri kandi zinyuranyije naryo bivanyweho. | Establishing the job classification in rwanda public service and all other prior regulations contrary to this order are hereby repealed.
|
Ingingo ya 11: imenyesha ry’umwana wavutse apfuye cyangwa wapfuye akimara kuvuka | Article 11: declaration of birth of a stillborn or that of a child who dies immediately after birth
|
C. ivuka ry’umwenda, ivugurura ry’uburyo bwo kwishyura cyangwa kwishyura umwenda uwo ari wo wose bikozwe n’ubufatanye mu bucuruzi bufite uburyozwe buhinnye n’ubudahinnye; | C. the incurrence, renewal repayment or discharge of any debt by limited partnership;
|
11 º umuyobozi mukuru ushinzwe ingengo y‟imari y‟igihugu, muri minisiteri; | 11 º director general of national budget department, at the ministry;
|
Ingingo ya 3: iminsi y‟ikiruhuko | Section 3: congés
|
7° kugaragaza imbibi z’ububasha, uburyo buboneye bwo gutanga amakuru na raporo no kugaragaza abantu bagomba gukorana n’uwahawe isoko mu buryo butaziguye; | 7° to establish scope of authority, clear lines of communication and reporting and specific individuals to work directly with the contractor;
|
Minisitiri w’intebe na ministiri w’ubuzima bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka. | The prime minister and the minister of health are entrusted with the implementation of this order.
|
2° cyangwa iyo ugize komite, uwo bashyingiranywe, uwo akomokaho, umukomokaho, umuvandimwe cyangwa uwo bafitanye isano ishingiye ku ishyingiranwa kugeza ku gisanira cya kabiri, arebwa n’idosiye isuzumwa na komite y’ubutaka. | 2° if a member, his or her spouse, ascendant, descendant, collateral or in- law up to the second degree, has a personal interest on a file under consideration by the land committee.
|
Umutwe wa ix: ibibujijwe n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi | Chapter ix: prohibitions and administrative sanctions
|
18° adakurikiranye imyitwarire y’abanyeshuri ashinzwe mu gihe cy’amasomo cyangwa mu ngendo shuri; | 18º fails to monitor learners’ discipline while they are in classroom or in field trips;
|
(2) komite nyobozi ifite inshingano zikurikira: | (2) the executive committee has the following responsibilities:
|
12) uburyo bwo gukemura impaka hagati y’impande zifitanye amasezerano. | 12) the procedure of disputes resolution between the parties to the contract.
|
(1) ushinzwe gutanga amakuru waciwe ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi yishyura amafaranga yaciwe mu gihe cy’iminsi 15 y’indangaminsi ibarwa guhera igihe yayimenyesherejwe, akayashyira kuri konti y’ubuyobozi bw’imisoro. | (1) the reporting person who has been charged with an administrative fine shall pay the fine within 15 calendar days counted from the date of the notification of fine, by depositing it into the bank account of the tax administration.
|
1° imirimo n‟ibikorwa by‟ubuvuzi bigamije kwita ku barwayi basanzwe bari mu bitaro no mu mavuriro anyuranye; chapter ii: indispensable services | 1° activities and medical services aimed at treating admitted patients in different hospitals and dispensaries;
|
3°. kwiyemeza, mu byemezo bidasanzwe niba: | 3°. determining, by special resolution whether:
|
2º anyuranyije n’amategeko abigenga ariho; | 2º violates relevant laws in force;
|
Ingingo ya 37: uko ibicuruzwa bifatwa mu isoko | Article 37: goods handling at the marketplace
|
Akanama ko gukemura amakimbirane kagizwe n’abantu batatu: - perezida - vice perezida - umunyamabanga | The general assembly elects 3 representatives of council conflict resolution as follow: - president - vice president - secretary
|
Kutubahiriza inyandiko y‟amahame yashyizweho n‟ikigo ni impamvu yatuma hafatwa ibihano byo mu rwego ngengamyitwarire. ibihano byo mu rwego ngengamyitwarire byafatwa n‟ikigo ni ibi bikurikira: 1° gutanga inyandiko yihaniza; 2° gucibwa ihazabu; 3° gusaba icyemezo cy‟urukiko; 4° kwamburwa, guhagarikwa by‟agateganyo cyangwa kwamburwa burundu icyemezo; 5° gukurwa ku rutonde rw‟abemerewe gukora umwuga. | Failure to comply with a statement of principles issued by the authority shall give rise to disciplinary actions. the authority may impose the following disciplinary actions: 1° warning in writing; 2° a fine; 3° seeking an injunction from a court; 4° withdrawal, suspension or termination of a licence; 5° disqualification from the profession.
|
3° atarahamijwe burundu n’urukiko rwo mu rwanda cyangwa urw’ahandi kimwe muri ibi byaha bikurikira: | 3° have not been definitively convicted in rwanda or elsewhere of any of the following offences:
|
Imyanda ihumanya: ni imyanda yose yaba ikomeye, imyuka cyangwa itemba ishobora kugira ingaruka mbi ku binyabuzima. | Hazardous waste: any waste whether solid, gaseous or liquid which can be harmful to living organisms.
|
A. kugenzura imikorere, ubushobozi ndetse n’imicungire byazo; | A. supervision of their functioning, performance and management;
|
Mu byerekeye ubukungu cyangwa ibidukikije hamwe no gutangaza ikirego cyose kitaraburanishwa cyerekeye kunyuranya n’amabwiriza mbonezamubano cyangwa kwica amategeko yerekeye ubukungu n’ibidukikije ; k. kwemeza ko abakozi bo ku rwego rw’ubuyobozi bwa sosiyete y’usaba batigeze bahamwan’ibikorwa by’imbonezamubano cyangwa by’inshinjabyaha n’amakosa yo kunyuranya n’amategeko mu byerekeye ubukungu cyangwa ibidukikije hamwe no gutangaza ikirego cyose kitaraburanishwa cyerekeye kunyuranya n’amabwiriza mbonezamubano cyangwa y’inshinjabyaha kwica amategeko yerekeye ubukungu n’ibidukikije; concerning civil or criminal violations of economic or environmental laws; | To be true and correct and agree to notify the supervisory authority of any material alteration in the information supplied and in terms of any law in force in rwanda. i/we further declare that i/we: a) have not been adjudged bankrupt; b) have not compounded with creditors; c) have not been convicted by a court in any country of any offense involving corruption, fraud, tax evasion, money laundering, other economic and financial crimes, crime against humanity, and crime of genocide or terrorism; d) am/we not an administrator, director, auditor or employee of any insurance company or insurance broker.
|
Ibarura ry’impapuro zatoreweho n’iry’amajwi rihita rikorerwa imbere y’abasenateri rigakorwa justify their abstention in three (3) minutes if they wish to do so. there is no debate thereon. | Ballot papers are then counted before the senators by a representative of the bureau of the accorde aux sénateurs qui se sont abstenus, s’ils le demandent, l’opportunité d’exprimer en trois (3) minutes au maximum les motifs de leur abstention. ces motifs ne peuvent faire l’objet de débat.
|
15° gukora imirimo y’ubucuruzi no kubyaza umusaruro umutungo; | 15° to carry on a business and developing property;
|
11° gukurikirana ishyirwaho no gushyira mu bikorwa gahunda y’ikoranabuhanga ndetse no guhanga udushya mu rwego rwo kunoza 5° to prepare development strategies and supervise the adepr church development activities ; | 11° to monitor the establishment and implementation of technology and innovation programs in order to perform excellently ; 5º préparer les stratégies de développement et surveiller les activités de développement de l’eglise adepr ;
|
Ingingo ya 49: ibiro bikuru by’amategeko ibiro bikuru by’amategeko bishinzwe muri rusange ibijyanye n’amategeko mu buyobozi bukuru bw’ingabo, no kugira by’umw’hariko inama mu by’amategeko abayobozi bakuru b’ingabo, ndetse no guhuza ibikorwa by’abajyanama mu by’amategeko mu ngabo z’u rwanda. | The rwanda defence forces legal department shall be responsible, in general, for conducting legal affairs within rwanda defence forces headquarters and, in particular, for providing legal advice to the leadership of the armed forces as well as for supervising and coordinating activities of other military commanders’ legal advisers. article 47: le département des opérations de maintien de la paix
|
Tubirahiriye i kigali, kuri uyu munsi wa …………………………………………………………………………………………………………. 1. ………………………… ………………………………………………………………………………………………………………..……….. izina: icyo akora …………………………………………………………………………………………………………………………………………..……………… umukono itariki 2. ………………………… ………………………………………………………………………………………………………..………………... izina: icyo akora ……………………………………………………………………………………………………………………………………….…………………… ………………………………………………………………………………………………………………………………..……………………… umukono itariki ______________________________________________________________________________ urahiye asobanukiwe neza n‘ibikubiye muri iyi nyandiko y‘indahiro amaze gushyiraho umukono. | Sworn at kigali this …………………day of ……………………… 1. ………………………… ……………………………… name position held ………………………… ……………………………… signed date 2. ………………………… ……………………………… name position held ………………………… ……………………………… official gazette no. 01 of 07/01/2019
|
Ingingo ya 165: ukutaryozwa icyaha cyo gukuramo inda | Article 165: exemption from criminal liability for abortion
|
Ingingo ya 25: gushakisha amakuru | Article 25 : recherche des informations
|
Ingingo ya 285: ububasha bw’inkiko | Article 285: powers of court
|
(1) buri mezi atatu, umunoteri wikorera akora raporo y’imirimo y’ubunoteri yakoze akayishyikiriza minisitiri. | (1) every three months, a private notary produces a report of performed notarial activities and submits it to the minister.
|
Icyemezo cyo kwirukana abamunyamuryango banyuranije n‘aya mategeko n‘amabwiriza ngengamikorere y‘umuryango gifatwa kubwiganze bwa 2/3 bw‘amajwi y‘inteko rusange. | Exclusion of members who contravene this memorandum and articles of association and internal rules and regulations is effected by a two- thirds majority vote of the general assembly.
|
Amabwiriza rusange yerekeye ibisabwa birebana n’imari shingiro ku mabanki……………...3 | Regulation on capital requirements for banks………………………………………………….3
|
Kandi uwo munyamigabane yohereje amajwi yose ajyanye n’imigabane imwanditseho ifite uwayigenewe kugira ngo ibe iye utarakoresheje ububasha bwe kugira ngo hatorwe umwanzuro udasanzwe cyangwa utarashyize umukono ku mwanzuro udasanzwe, uwo munyamigabane afite uburenganzira bwo gusaba isosiyete kugura imigabane. | And the shareholder cast all the votes attached to shares registered in the shareholder’s name against the exercise of the power to pass the special resolution; or did not sign the special resolution, he/she is entitled to require the company to purchase the shares.
|
Abaregeye urwego rwa nyuma rwa komisiyo y'igihugu y'amatora batashimishijwe n’imyanzuro yafashwe, bafite uburenganzira, mu gihe kitarenze amasaha makumyabiri n’ane (24) icyemezo gifashwe, bwo kuregera inkiko zibifitiye ububasha nk’uko biteganywa n’amategeko. | Persons who file petitions at the last level of the national electoral commission and are not satisfied with decisions taken, are entitled, within a period that does not exceed twenty four (24) hours to file their case to competent courts, as provided for by the law.
|
Umutungo wanyanzwe uragabanwa. kugabana umutungo wanyazwe bikorwa mu gihe inzego zishinzwe kubahiriza amategeko z’igihugu cy’amahanga, cyangwa u rwanda zagize uruhare mu iperereza kuri icyo cyaha cyangwa mu manza mbonezamubano zatumye hanyagwa | Confiscated assets are subject to sharing. sharing of confiscated assets applies in circumstances where law enforcement authorities of a foreign country, or rwanda participated in the investigation of the offence or in civil proceedings that led to the
|
Umutwe wa iv: ingamba zo gukumira umutekano muke | Chapter iv: preventive security measures
|
Ingingo ya 75: igabanya ry‟igihano iyo habonetse impamvu zishingiye ku busemburwe bw‟uwakoze icyaha | Article 75: reduction of a penalty when provocation is proven
|
(sé) kalibata anaclet umuyobozi mukuru w’abinjira n’abasohoka mu gihugu | (sé) kalibata anaclet director general of immigration and emigration
|
(c) aho gukorera hahagije kandi hari icyumba cy’umutamenwa gikomeye; | B) a room with good ventilation and adequate lighting system ;
|
Umugaba w’ikirenga ashobora by’umwihariko gutumira mu nama nkuru y’ubuyobozi bw’ingabo z’u rwanda ba jenerali bakiri mu kazi n’abagiye mu kiruhuko cy’izabukuru, kugirango bige nko ku birebana na politiki, ingamba n’indangagaciro by’ingabo z’u rwanda. | Specifically, the commander-in-chief may invite to the high council retired and serving generals to look, inter alia, into matters of policy, strategy and doctrine of rdf.
|
Ingingo ya 8: ishyirwa mu bikorwa bitanyuranyije n’ibikubiye mu gishushanyombonera ku rwego rw’igihugu, buri karere gategura ibishushanyombonera byihariye by’imikoreshereze y’ubutaka bishingiye mu igenamigambi ry’iterambere ryako. buri karere kandi gategura igishushanyombonera cy’ahafatwa nk’umujyi kigakurikirwa n’ibishushanyo byihariye bya buri gice cy’umujyi, bigashyikirizwa inama njyanama y’akarere kugira ngo ibyemeze. | Article 8: enforcement without prejudice to what is stipulated in the master plan at the national level, every district shall prepare specific master plans based on the district development plan.
|
2° ubutaka bw‟inzira ihinjira bugomba kuba bukoteye ahantu hangana na metero imwe y‟ubugari kugera ku nzira nyabagendwa ; | 2° the floor in front of the entrance shall be paved to a width of at least one meter over the entire length of the facade;
|
2° guteza imbere amahirwe mu bukungu ku bantu cyangwa imiryango birenze uburyo busanzwe bwo guhanga imirimo mu bikorwa; | 2° promoting economic opportunity for individuals or communities beyond the creation of jobs in the normal course of business;
|
Hagomba nibura abatangabuhamya babiri mu bihe bikurikira: | The presence of at least two (2) witnesses shall be mandatory in the following cases:
|
By’umwihariko, utanga amakuru agomba: | Specifically, a data provider must:
|
Iyo umubare w‟abatowe utuma bishoboka, abahagarariye abakozi n‟abasimbura babo bateranira hamwe bagatora biro y‟abahagarariye abakozi mu kigo igizwe nibura na perezida n‟umunyabanga. abagize biro batorwa gusa mu bahagarariye abakozi. | As far as the number of elected persons allows it, workers representatives and their alternates together shall nominate their bureau composed by at least a chairperson and a secretary. members of the bureau shall be elected only from workers representatives.
|
Icyicaro cya inmr kiri mu mujyi wa kigali. gishobora kwimurirwa ahandi hose mu gihugu igihe bibaye ngombwa. | The head office of inmr shall be located in kigali city. it may be transferred elsewhere on the rwandan territory, if deemed necessary.
|
31° umutwaro winjiranwa mu ndege: ikintu umugenzi aba yemerewe kwinjirana mu ndege ku buryo kidashyirwa mu gice cy’indege cyihariye cyabugenewe. icyo kintu kiba kiri bugufi y’umugenzi igihe indege iri mu kirere; | 31° cabin baggage: baggage which a passenger is allowed to carry along in the cabin compartment of an aircraft instead of moving to the hold. it is accessible to the passenger during the flight;
|
39° umubare wihariye uranga isosiyete: umubare umwanditsi mukuru agenera isosiyete mu gihe cy’ishingwa ryayo; | 39° company’s registered code: a number that is allocated to a company by the registrar general upon its incorporation;
|
13° gukurikirana, kugenzura no gufata ibyemezo ku iyubahirizwa ry‟iri tegeko n‟amabwiriza ajyanye na ryo ndetse n‟iyubahirizwa ry‟itegeko rigenga isoko ry‟imari n‟imigabane mu rwanda n‟amabwiriza ajyanye na ryo; | 13. to monitor, supervise, and take actions with regard to the compliance with this law and regulations thereto related as well as with the law regulating capital market in rwanda and regulations thereto related;
|
(f) gushyiraho politiki n’amabwiriza bikurikizwa mu kigo mbere y’uko byemezwa n’inteko rusange; | (f) adopt internal policies and procedures before they are approved by the general assembly;
|
Umunyamuryango wa african evangelistic enterprise «aee» agomba kuba ari umuntu w‟inyangamugayo, utaregwa ko ari inkubaganyi, ikigande, umunyarugomo cyangwa uwifuza indamu mbi. ni umuntu ukomeza ijambo ryo kwizerwa nk‟uko yaryigishijwe. | The member of african evangelistic enterprise “aee-rwanda” must be aperson with integrity, without reputation of being wild, disobedient, violent or greedy for money. he/she must hold firmly to the message which can be trusted and which agrees with the doctrine.
|
Iyo isosiyete cyangwa umwe mu bagize inama y‟ubutegetsi bw‟isosiyete cyangwa uwo bafitanye isano wese bafite, ku bwabo cyangwa ku babahagarariye amajwi arenga mirongo itanu ku ijana (50%) mu matora y‟abagize inama y‟ubutegetsi icyo gihe baba bafitanye isano. | A related entity of a director means a company or corporation in which the director and any relative or relatives of the director between them hold, by themselves or through nominees, voting interests that exceed ( 50%) per cent of the board.
|
Abanyamuryango nyakuri: | The founder members:
|
Ingingo ya 39: inyungu zo mu rwego rw’imari | Article 39: revenu financier
|
Inyandiko cyangwa ibindi bisobanura amategeko bikurikira bigenga imisoro bitangazwa hifashishijwe ikinyamakuru gitangazwa mu gihugu hose, bikagezwa ku basoreshwa binyujijwe mu ruhame cyangwa ku biro by'ubuyobozi bw’imisoro: | The following guidelines and any other information concerning the tax laws are published in a nationwide newspaper and made available to the taxpayers in a public place or at the offices of the tax administration:
|
9° gufata icyemezo kirebana n’iyindi ngingo iyo ari yo yose haba mbere cyangwa nyuma y’itangizwa ry’igihombo, kandi cyemeza niba umucungamutungo w’uwahombye yarahagaritse imirimo ye cyangwa niba akiyikomeza igihe hasabwaga ko hafatwa icyo cyemezo. | 9° make an order relating to any other matter occurring either before or after the commencement of the bankruptcy, and whether or not the trustee has ceased to act as trustee when the application for such an order is made.
|
Amasezerano rusange akurikizwa nibura na bibiri bya gatatu (2/3) by’umubare w'abakozi cyangwa uw’abakoresha bahagarariye benshi by the two parties. | The collective convention applicable to at least two thirds (2/3) of the number of workers or employers representing the majority of the convention signée par les deux (2) parties.
|
Uburyo bwo gutanga ibihano no kubishyira mu bikorwa bigenwa n’amategeko ngengamikorere ya psp. | The mode of administration and application of sanctions is provided for by the psp’s internal rules and regulations.
|
Uwasabiwe kuba umugenzuzi agomba gutumiza inama y’ababerewemo imyenda kugira ngo isuzume ubwumvikane ku myishyurire y’umwenda buteganywa mu gihe kitarenze iminsi mirongo itatu (30) y’akazi ibarwa uhereye ku munsi icyemezo cy’agateganyo ku bwumvikane ku myishyurire y’umwenda cyafashwe. | The proposed supervisor must convene a creditor’s meeting to consider the proposed arrangement within thirty (30) working days from the day following the day on which the interim order for arrangement was made.
|
Ingingo ya 33: uburyo bwo kubika inyandiko mu gihe ushinzwe gutanga amakuru ahagaritse ibikorwa by’agateganyo cyangwa burundu | Article 33: modalities for record keeping when a reporting person suspends or ceases activities
|
Ingingo ya 27: iyandikisha ry’izina ndangarubuga ku buryo butemewe | Article 27:disposition abrogatoire
|
Inama njyanama y’akagari itora kandi abasimbura batatu (3) b’inyangamugayo. | The cell council shall also elect three (3) substitutes who are persons of integrity.
|
Abashobora gusaba ko urubanza rusubirwamo ni uregwa cyangwa urega cyangwa se uwo ari we wese mu nyungu z’ubutabera. | Persons entitled to lodge a review of the judgement are the defendant, the plaintiff or any other person acting in the interest of justice.
|
N° 142/15.00/06 ryo kuwa 30/08/2006 | 45ème année n° 12 bis 15 juin 2006
|
2° impushya n’ibyemezo by’inzego zose zibifitiye ububasha ; | 2° approvals and permits from all relevant authorities;
|
5º iteka rya perezida n° 91/10 ryo ku wa 11/05/1971 rishyiraho imbago ya luhondo kandi rigaha impushya zo kuyicukura bwana cardinael roger; | 5º presidential order n° 91/10 of 11/05/1971 establishing luhondo mining concession and attributing mining permit to mr. cardinael roger;
|
Ingingo ya 366: gutanga inyandiko itari iy’ukuri nkana | Article 366: knowingly furnishing a false document
|
7° igena ry’ingengo y’imari: ingingo mu itegeko rigena ingengo y’imari ya leta itorwa n’umutwe w’abadepite yemera umubare ntarengwa w’amafaranga urwego rwa leta rushobora gukoresha no kwishyura ku bintu bizwi mu gihe cy’amezi cumi n’abiri (12) gitangira ku itariki ya mbere nyakanga kikarangira kuya 30 kamena ya buri mwaka; | 7° appropriation: provision in the state finance law adopted by the chamber of deputies approving the maximum amount that a public entity may be allocated in making commitments and payments for specific purposes during a twelve (12) month period starting on july 1
|
Umuntu wese ufite ishakiro yobora, ku bw’ibisubizo by’ishakisha, utanga umuyoboro w’amakuru cyangwa uhitamo 4° interferes with the lawful use of the technology widely recognized and used in the cyberspace, to obtain data on the use of the information; | A search engine provider who, for search results, initiates the transmission or selects the receiver of the transmission but modifies 4° interfère avec l’utilisation légitime de la technologie largement reconnue et utilisée dans l’industrie, pour obtenir des données sur l’utilisation de l’information;
|
Ingingo ya 46 : igihe cy’ubuzime article 36: rights on natural resources | Article 36: rights on natural resources
|
-gushaka, gushyiraho no gusezerera abakozi bo nzego zinyuranye z‟umuryango. | - to recruit, appoint and remove the personnel of different departments of the association.
|
Ingingo ya 67: inyandiko y‟igabana | Article 67: distribution record
|
2º iyo urwego rw’ ubugenzuzi rwafashe icyemezo cyo kwemerera usaba, kumenyekanisha kwemererwa bibwirwa usaba mu ibaruwa yo kwemerewa kandi kwemererwa bigira agaciro uhereye ku munsi wo kumenyeshwa; | 2º where the supervisory authority decides to grant the accreditation, the notification for accreditation shall be provided to the applicant in the letter and the granted accreditation shall be valid right from the date of notification;
|
Ingingo ya 18: abagize sedimac | Article 18: members of sedimac
|
Urukiko rugomba, mu gihe rusuzuma ubusabe bwo guhanagura igihombo of another person to manage the estate, property or business. | The court must, while considering a bankrupt’s application for discharge, take d’une autre personne pour gérer la masse, les biens ou les activités commerciales.
|
Werurwe 2002 yemejwe n‟iteka rya minisitiri w‟ubutabera n° 108/11 yo ku wa 28 nzeri 2005. | March 2002 by the justice minister in law n°108/11 of 28 september 2005.
|
Ingingo ya 22: guha agaciro ibyakozwe mbere y’uko iri tegeko ritangazwa | Article 22: legal effect of acts performed before the publication of this law
|
Abanyamuryango bawujemo nyumani ababisabye kandi bakemererwa n’inteko rusange, bahujwe n’amaseserano ya mbere y’abihayimana asubirwamo muri monasteri, ariko batarirundurira umuryango. abanyamuryango bitoza ni abataragera ku masezerano y’abihay’imana muri monasteri , bahawe ibimenyetso by’umuryango, ndetse n’abavuye ahandi bakireba iby’umuryango bagengwa n’amategeko yihariye y’umuryango. abanyamuryango basezeranye burundu hamwe n’abawujemo nyuma basezeranye bwa mbere, bose ni abanyamuryango, ikinyuranyo ni amategeko yihariye y’umuryango. | Founding members are signatories to these statutes. associate members are individuals who on request are bound by the vows of religion in the monastery of sovu are approved by the general assembly. members are to test all those who are not yet bound by religious vows in the monastery of sovu novices, postulants. they are governed by the rules of their own.law.the founding members and associate members, are full members of the organization, they have the same rights and the same obligations towards the organization. remaining saves own right;
|
Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kirenze imyaka ibiri (2) ariko kitarenze imyaka itatu (3), iyo ari mu gihe cy’amahoro. iyo ari mu gihe cy’intambara, ahanishwa igifungo kirenze imyaka itatu (3) ariko kitarenze imyaka itanu (5). | If convicted, he/she is liable to imprisonment for a term of more than two (2) years and not more than three (3) years, in peacetime. if it is in wartime, he/she is liable to imprisonment for a term of more than three (3) years and not more than five (5) years.
|
(r) gusohoza indi nshingano ikubiye muri politiki n’amabwiriza bya koperative y’imari iciriritse yakira amafaranga abitswa. (q) adoption of major borrowing and investment projects before they are approved by the general assembly; | (r) assume any other responsibility as detailed in the policies and procedures of the deposit-taking microfinance cooperative. (q) adoption des grands projets d'emprunt et d'investissement avant leur approbation par l'assemblée générale;
|
Ingingo ya 153: koperative yahawe ubuzimagatozi mbere y’itangazwa ry’iri tegeko | Article 153: cooperative granted legal personality before publication of this law
|
Umwishingizi udatangariza igihe raporo z’imari atabanje kubyemererwa n’urwego rw’ubugenzuzi, ugaragaje isura itariyo ya raporo z’imari cyangwa utubahiriza ibikubiye muri aya mabwiriza rusange, afatirwa ibyemezo bikosora hamwe n’ibihano. | If an insurer fails to publish its financial statements on time without prior authorization of the supervisory authority, misrepresent its financial statements or fails to comply with the provisions of this regulation, it shall be subject to applicable corrective actions and sanctions.
|
Iyo umushinjacyaha mukuru cyangwa umushinjacyaha mukuru wungirije avuye ku kazi ke kubera ko manda ye irangiye, nta makosa yerekeye imirimo yari ashinzwe amuhama, akomeza guhabwa mu gihe cy‟amezi atandatu (6) umushahara n‟ibindi yari asanzwe ahabwa buri kwezi. muri icyo gihe, iyo abonye undi murimo muri leta umuhesha umushahara muto k‟uwo assigned in positions in accordance with the law establishing the general statute for rwanda public service. | A general prosecutor or a deputy general prosecutor who completes honourably his/her term of office without any disciplinary sanction for professional misconduct shall be paid his/her monthly salary and other benefits for six (6) months. where during that period he/she gets another employment allowing him/her to get a salary which is lower than the former salary, the nommés et affectés suivant la loi portant statut général de la fonction publique rwandaise.
|
Urwego rufite gushyiraho ibipimo by’ubuziranenge mu nshingano zarwo rutegura ibipimo ngenderwaho by’ubuziranenge bw’amavuta y’ibinyabiziga bikoreshwa mu rwanda. | The authority in charge of standards development shall develop standards applicable to fuels used by vehicles in rwanda.
|
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.