kin
stringlengths 5
22.5k
| eng
stringlengths 6
6.85k
|
---|---|
Ingingo ya 14: inzego z’ubuyobozi: - urwego rw’inteko rusange - urwego rw’inama y’ubutegetsi - urerwo rw’ivugabutumwa - urwego rw’ubugenzuzi bw’imari - urwego rukemura amakimbirane | Article 14: the organs are as follows: - the general assembly organ - executive committee organ - evangelism organ - internal auditing organ - conflicts resolution organ
|
Mbere yo guhindura, guhagarika by’agateganyo cyangwa kuvanaho burundu ibyemezo n’impushya bivugwa mu gika cya 2 cy’iyi ngingpo, ikigo kimenyesha ba nyira byo impamvu shingiro kugira ngo icyo cyemezo gifatwe kandi gihe abarebwa na cyo umwanya wo gutanga ibisobanuro bishobora kukivuguruza, keretse igihe byihutirwa. | Prior to modifying, suspending or revoking any of the licenses and certificates referred to in pragraph 2 of this article, the authority shall inform the holders as to the main reasons of such decision and give an opportunity to the concerned persons to provide explanations likely to challenge the decision, except in case of emergency.
|
N° 203/03 ryo ku wa 12/09/2019 | N° 203/03 du 12/09/2019
|
Imirongo ngenderwamo mu kuvugurura amasezerano y’inguzanyo hamwe n’uburenganzira n’inshingano by’umuguzi wa serivisi y’imari byerekeye ivugurura ry’amasezerano y’inguzanyo bimenyeshwa umuguzi wa serivisi y’imari hakurikijwe ibisabwa mu kumenyekanisha amakuru yerekeye ibicuruzwa na serivisi bivugwa muri aya mabwiriza rusange. | Credit restructuring guidelines as well as rights and obligations of a financial service consumer towards credit restructuring shall be disclosed to a financial service consumer in accordance with disclosure requirements for products and services provided for this regulation.
|
Itangazo: amabwiriza y’igihugu y’ubuziranenge……………………………………….90 | Notice: national standards ……………………………………….…………………….....90
|
Abayobozi bakuru bashinzwe gucunga imari ya leta b‟inzego za leta aho ifmis yashyizwe, ashinzwe kumenya ko ihura n‟ibikenewe n‟urwego rwa leta ku byerekeye imicungire y‟imari no gutanga raporo z' imari, kandi akanashaka ubufasha n‟inama by‟umubaruramari mukuru, aho biri ngombwa. system are adequate and in place. | All chief budget managers of public entities where ifmis has been deployed and installed, shall be responsible for ensuring that it meets the financial management and reporting needs of the public entity, and shall seek support, if necessary, from the accountant general.
|
Icyemezo cy’uko ijanisha ry’imisanzu [ndetse na/cyangwa] ubwishyu butangwa n’umukoresha mu bwiteganyirize hagamijwe gusubiza igipimo cy’ubwihaze mu mitungo ku 100% rikwiye ntibisobanura ko iryo janisha rikwiye mu gihe haba hagamijwe kwishyura ibyishyuzwa ubwiteganyirize hagurwa inyishyu, mu gihe ubwiteganyirize byaseswa. | The certification of the adequacy of the rates of contributions [and/or] payments by the employer to the scheme for the purpose of ensuring that the funding ratio is restored to 100%, is not a certification of their adequacy for the purpose of securing the scheme’s liabilities by the purchase of annuities, if the scheme were to be wound up.
|
4. kwemerera, guhagarika no kwirukana umunyamuryango ; 5. kwemeza buri mwaka imicungire y’imari ; 6. kwemera impano n’indagano ; 7. gusesa umuryango; 8. kwemeza gahunda y’ishyirahamwe; | 4. to approve, suspend or expel a member of the association; 5. to approve management and annual financial reports; 6. to accept donations and legacies; 7. dissolution of the association.
|
E. kwambura ku ngufu abantu bagize icyo gice urubyaro rwabo ukaruha abantu b’ikindi gice; | E. forcibly transferring children from the group to another group;
|
Ingingo ya 8: amasezerano yo gucunga parikingi | Article 8: agreement for the management of parking spaces
|
Ingingo ya 83: ahasabirwa uruhushya rwo kubaka | Article 83: constructions requiring building permit
|
Mu gihe inyandiko zivugwa mu gika kibanziriza iki zitari iz’ukuri cyangwa zitera urujijo, isosiyete ikaba yabikoze ku bushake, icyo gihe ihanishwa igihano kivugwa mu gika kibanziriza iki. | Where the documents referred to in the preceding paragraph are fraudulent or misleading, a company that intentionally provided them is liable to a penalty referred to in the preceding paragraph.
|
Iyo gukubita cyangwa gukomeretsa byateye urupfu, igihano kiba igifungo kitari munsi y’imyaka cumi n’itanu (15) ariko kitarenze imyaka makumyabiri (20) n’ihazabu y’amafaranga y’u rwanda atari munsi ya miliyoni eshanu (5.000.000 frw) ariko atarenze miliyoni zirindwi (7.000.000 | If assault or battery has caused death, the penalty is imprisonment for a term of not less than fifteen (15) years and not more than twenty (20) years and a fine of not less than five million rwandan francs (frw 5,000,000) and not more than seven million rwandan francs (frw 7,000,000).
|
4° mu gihe cy‟itanganzwa n‟ikwirakwizwa ry‟umushinga uvuguruye w‟ igishushanyo mbonera ku itunganya ry‟ ubutaka n‟ imijyi, umuntu wese ashobora gutanga ibitekerezo cyangwa gusaba ko uhindurwa akoresheje inyandiko, akayigeza ku buyobozi bw‟umurenge, ubw‟akarere, ubw‟umujyi wa kigali, cyangwa | 4° during the period of display and circulation of the update draft master plan for land management and urban planning , any person may submit observations and suggestions and request for any modification in writing, by addressing them to the sector, district, or city of kigali authorities, or the responsible government agency; consultations ;
|
Iteka rya perezida nº 91/01 ryo ku wa 09/06/2014 ryemeza burundu amasezerano y’ inguzanyo yashyiriweho umukono i tunis muri tunisiya ku wa 07 gicurasi 2014, hagati ya repubulika y’u rwanda n’ikigega nyafurika gitsura amajyambere, yerekeranye n’inguzanyo ingana na miliyoni mirongo ine n’icyenda za «units of account» (49.000.000 ua) agenewe gahunda y’ubumenyi, umurimo no kwihangira imirimo icyiciro cya ii | Presidential order nº 91/01 of 09/06/2014 on the ratification of the loan agreement signed in tunis, tunisia on 07 may 2014, between the republic of rwanda and the african development fund, relating to the loan of forty nine million units of account (ua 49,000,000) for the skills, employability and entrepreneurship programme - phase ii
|
Igenzura ry’umutungo wa komisiyo rikorwa na: | The auditing of the commission’s property shall be conducted by the following:
|
- corimu twizigame……………………………………………………………138 | - ctv mpa……..…………………………..………………………………………..113
|
Ingingo ya 30: igihe umuryango usheshwe, hamaze gukorwa ibarura ry’ibintu byimukanwa n’ibitimukanwa by’umuryango no kwishyura imyenda, umutungo usigaye uhabwa undi muryango bihuje intego. | Article 30: in case of dissolution, after inventory of personal properties and buildings of the organization and audit of debit, the assets of heritage will be given up to another organization following similar objectives.
|
(d) izina ry’umugenerwagikorwa; | (d) the name of the beneficiary;
|
Ingingo ya 387: itegurwa n’isuzumwa ry’iri tegeko | Article 387: drafting and consideration of this law
|
Ingingo ya 39: isezeranya ku nyungu yakiriwe | Article 39: promise for benefit received
|
Amakuru, inyandiko n’ibindi bikoresho bishobora guhungabanya umutekano w’igihugu mu gihe bitangajwe, bigomba gushyirwaho ibimenyetso by’urwego rw’ibanga biriho hashingiwe ku biteganywa n’iri teka. | Information, documents and other materials whose disclosure could be harmful to national security shall bear classification markings in accordance with the provisions of this order.
|
8 º inzego za leta zisubiramo ingengo y‟imari zari zatanze mu rwego rwo kuzihuza n‟imibare ntarengwa yatanzwe na minisitiri; | 8 º public entities shall revise their budget estimates to conform to the approved ceilings;
|
2° gukora kopi y‟izo nyandiko ndetse no gusaba umuntu wese uvugwa mu cyemezo gutanga ibisobanuro cyangwa kugaragaza aho ziri. | 2° make a copy of those documents and require any person mentioned in the decision to provide explanation or indicate their location.
|
Ingingo ya 32: kudatangaza igikorwa cy’ubucuruzi gikemangwa cyamenyeshejwe urwego no gusonerwa uburyozwe | Article 32: non-disclosure of a suspicious transaction reported to the centre and exemption from liability
|
Ingingo ya 16: inshingano z’inama ya rlea | Article 16: responsibilities of the council of rlea
|
B. inguzanyo z'ikigega cya leta 3.399.972.133 | B. net lending 3,399,972,133
|
Reb ni ikigo cya leta gikora imirimo itari iy’ubucuruzi. chapter one: general provisions | Reb is a non-commercial public institution. chapitre premier: dispositions générales
|
Inteko nkuru ya pdi igena uko imisanzu y‟abayoboke itangwa n‟uko yakirwa. | The board of governors of ur shall determine the sitting allowances for members of the academic senate.
|
Imisoro irebwa n’uburyo bw’isoresha buteganywa n’iri tegeko ni iyi ikurikira: | Taxes prescribed by the tax procedures provided for by this law are as follows:
|
1° amateka ya jenoside yakorewe abatutsi; | 1° the history of the genocide against the tutsi;
|
(c) kuba azi ibyerekeranye na serivisi zo kwishyurana zitangwa n’imiterere y’imikorere y’utanga serivisi zo kwishyurana n’ingorane zishobora kubonekamo. | (d) ability of the potential agent to control operational risks related to agent operations.
|
Ishingiye ku itegeko nº 54/2008 ryo kuwa 10/09/2008 | Pursuant to law n° 54 /2008 of 10/09/2008
|
Icyiciro cya iv: inama nkuru ya polisi ingingo ya 15: amategeko ngengamikorere y’inama nkuru ya polisi amategeko ngengamikorere y’inama nkuru ya polisi ashyirwaho na minisitiri ufite polisi mu nshingano ze abigiriwemo inama na ensipegiteri jenerali wa polisi. ingingo ya 16: abagize inama nkuru ya polisi inama nkuru ya polisi igizwe na ensipegiteri jenerali wa polisi, ensipegiteri jenerali wungirije wa polisi, abakomiseri, abayobozi, ba komanda b’intara n’ab’uturere bya polisi, “principal commandant” w’amashuri ya polisi, umuyobozi w’amavuriro n’abandi bapolisi bagenwa na ensipegiteri jenerali wa polisi. umutwe wa ii: umurimo icyiciro cya mbere: ipeti, urwego n’umurimo ingingo ya 17: igisobanuro cy’ipeti ipeti ni ubwitirire bushyira umupolisi mu ntera za polisi kandi bukamuha ububasha bwo gukora umurimo ukwiranye naryo. | Article 15: internal rules and regulations of police high council internal rules and regulations of police high council shall be determined by the minister in charge of police after consultation with the inspector general of police. article 16: composition of police high council the police high council shall be composed of inspector general of police, deputy inspector general of police, commissioners, directors, regional police commanders, district police commanders, principal commandant of police schools, commandant of medical services, and other police officers determined by the inspector general of police. chapter ii: service section one: rank, category and service article 17: definition of a rank a rank shall be a title which categorises any police officer in the police hierarchy and enables him/her to exercise a corresponding service.
|
2 º amashuri yisumbuye ku cyiciro cy’abofisiye iyo yujuje ibisabwa bigenwa na rdf; | 2 º secondary education for the category of officers upon fulfilment of conditions determined by rdf;
|
Icyiciro cy’imirimo yoroheje cyarekeranye n’imyanya y’akazi ba nyirayo bakora imirimo itajyanye no kuyobora cyangwa no kuba babitirizwa ububasha. | The junior category shall refer to any employment position whereby the incumbent performs simple duties without any supervisory role or possibilities of delegation.
|
Kagame paul perezida wa repubulika | Kagame paul president of republic
|
Iyo abantu bavugwa mu gika cya 2 cy’iyi ngingo batabonetse, iyandikisha ry’umwana rikorwa n’undi muntu wese wari uhari umwana avuka cyangwa uwo bafitanye isano ya hafi. | In the absence of the persons referred to in paragraph 2 of this article, the declaration is made by any other person present at the child’s birth or a close relative.
|
Director of unit n’abandi bakozi ba leta bari ku rwego rw’imirimo rwa “3.ii” bagenerwa buri wese ibindi bibafasha gutunganya imirimo bikurikira: | Director of unit and other public servants on “3.ii” job level are each entitled to fringe benefits as follows:
|
Ingingo ya 311: kumenya mu buryo section 4: armed robbery | Article 311: fraudulent decoding of section 4: vol à main armée
|
(a) gukora igenzura rishingiye ku ngorane k’ushinzwe gutanga amakuru ku rwego rw’ikigo n’itsinda; | (a) to conduct a risk-based supervision associated with a reporting person at institution level and group-level;
|
Umubare w‟amasasu yemererwa umugenzi ufite uruhushya rwo gukoresha cyangwa rwo kunyuza imbunda mu rwanda ugenwa n‟iteka rya perezida. | The quantity of ammunition authorized for a traveler with a license for firearm use and transit through rwanda shall be determined by a presidential order.
|
1° igihe byatera imbogamizi ku myororokere y’ibinyabuzima byo mu mazi rusange agira aho ahurira n’ubwo bworozi ; | 1° in case it may cause obstacles to reproduction of public water organisms which have a relationship with such reproduction;
|
Iteka rya minisitiri rishobora kugena ibindi bikorwa bishobora gukorerwa ku butaka bwa leta hashingiwe ku ntizo y’ubutaka. | An order of the minister may determine other activities which may be performed on the state lands on the basis of land concession.
|
E) gusuzuma, kwiga no gutanga raporo mu nteko rusange ku ibaruramari rusange ry’ikigo cyangwa urwego bikoresha imari n’umutungo bya leta; | C) consideration, analysis and tabling of the report on general accounts of institutions which use national budget and property;
|
(vv) «ubwato bwihuta» bivuga ubwato, bushobora kugenda ku muvuduko urenze ibirometero 40 | (vv) “high-speed vessel” means a vessel capable of sailing at a speed greater than 40 kilometres per hour (40 km/h);
|
Ingingo ya 10: guhitamo inteko isuzuma ikibazo cyerekeye komite y’abunzi cyangwa benshi mu bayigize | Article 10: selection of a panel to examine a dispute involving the mediation committee or the majority of its members
|
Iri tegeko rigena inshingano, imiterere, imikorere n’ububasha by’ikigo cy’igihugu cyo kubungabunga ibidukikije, cyitwa “rwanda environment management authority”, rema mu magambo ahinnye y’icyongereza. | This law determines the responsibilities, powers, organisation and the functioning of the national authority to manage environment known as rwanda environment management authority “rema”, in brief terms.
|
Ingingo ya 115: kutemera k’undi muntu ugenewe ibisabwa mu masezerano | Article 115: repealing provision
|
Ku nshuro ya gatatu (3), umutungo utezwa cyamunara wegukanwa n’uwatanze igiciro kinini. | At the third round, the auctioned property is given to the bidder who offered the highest price.
|
5° kumenyesha inama y’ubutegetsi ibyavuye mu isuzuma; | 5º to publish national examinations results;
|
5. gushyikiriza inteko rusange ingingo z’amategeko shingiro; 6. gutegura inama z’inteko rusange; 7. ibyemerewe n’inteko rusange ishobora kwakira, kugurisha, gutanga cyangwa kugurana umutungo w’umuryango waba uwimukanwa cyangwa utimukanwa. | 5. propose to the general assembly the modifications to the statute; 6. prepare the session of the general assembly; 7. with the endorsement of the general assembly, it can acquire, sell, alienate, borrow and exchange all movable and immovable property.
|
Buri muntu wese utanga cyangwa wemera ibicuruzwa, imizigo cyangwa imitwaro hagamijwe ubwikorezi bw’ibicuruzwa mu kirere, byaba ari ibikomotse cyangwa ibizanywe n’ingendo mpuzamahanga zo mu kirere bijya cyangwa biva mu rwanda, cyangwa mu ngendo zo mu rwanda, afite inshingano zo guha cyangwa kwakira ibyo bicuruzwa, imizigo cyangwa imitwaro hakurikijwe ibiteganywa n’umugereka wa 18 w’amasezerano mpuzamahanga mu by’indege za gisivili n’amabwiriza mu bya tekiniki y’umuryango mpuzamahanga mu by’indege za gisivili hagamijwe umutekano w’ubwikorezi bwo mu kirere ku bicuruzwa byangiza. | It is the duty of every person who offers or accepts shipments, cargo or baggage for commercial air transport, whether originating or arriving in international flights to or from rwanda, or for flights within rwanda, to offer or accept such shipments, cargo or baggage in accordance with the provisions of annex 18 to the convention on international civil aviation and the technical instructions for the safe transport of dangerous goods by air.
|
Ingengo y’imari ya hec yemezwa kandi igacungwa hakurikijwe amategeko abigenga. | The budget of hec shall be approved and managed in accordance with relevant legal provisions.
|
1. kugira ibikoresho byabugenewe byo gukusanya no gutwara ibyo bisigazwa, nk’uko biteganywa n’amabwiriza y’ubuziranenge ajyanye niyo mirimo; | 1. have adequate equipment for collection and transportation as specified in e-waste standard;
|
Ibyemezo byose bikubiye muri iri teka bishobora koroshywa cyangwa guhindurwa n’uwabifashe hakurikijwe imyifatire y’uwabifatiwe. | Decisions taken in accordance with this order may be eased or modified depending on the conduct of the concerned person.
|
Icyakora, ikigo gishyiraho amabwiriza nticyemerewe gutangaza amakuru yerekeranye n’uko imari ya buri bwiteganyirize bwa pansiyo ihagaze cyangwa ayerekeranye n’ubwiteganyirize bw’umuntu ku giti cye. | However, this publication may, in no case, refer to the financial situation of every pension scheme or personal pension scheme.
|
Ihamwa, icyemezo, itegeko cyangwa urubanza biri mu nyungu cyangwa bibangamiye ubufatanye mu bucuruzi bufite uburyozwe budahinnye, ubufatanye bufite uburyozwe buhinnye n’ubudahinnye cyangwa isosiyete y’ubucuruzi byanditswe nk’ubufatanye mu bucuzuzi bufite uburyozwe buhinnye bishobora gushyirwa mu bikorwa ku nyunyu cyangwa bibangamiye ubufatanye bufite uburyozwe buhinnye. | A conviction, a ruling, an order or a judgment in favour of or against a general partnership, limited partnership or a company registered as a limited liability partnership may be enforced for or against the limited liability partnership.
|
C) rifite amazi ahagije; d) ubwiherero buhagije kandi bugaragaza ah’abagore n’ah’ abagabo; e) imiyoboro y’amazi y’imvura yohereza mu miyoboro rusange yabugenewe; f) ibitebo by’imyanda byabugenewe; g) amashanyarazi ahagije; h) amafi agomba kugira uruhande rumwe acururizwamo kandi ruzwi n`ubuyobozi; | C) there must be sufficient water; d) sufficient and separate lavatories for women and men; e) rain water pipes connected to appropriate water drain system; f) appropriate waste containers; g) sufficient electricity; h) there must be a separate space where fish is sold, which is known to authorities;
|
2° ijambo «company», indi mpine iyo ari yo yose cyangwa indi miterere y’ijambo «company»; | 2° the word “company” or an abbreviation or any other form of the word “company”;
|
Ingingo ya 17 : inteko rusange idasanzwe iterana buri gihe bibaye ngombwa mu nama zisanzwe. ihamagarwa kandi ikayoborwa n‟umuvugizi w‟umuryango cyangwa umwungirije, abyibwirije, cyangwa abisabwe og n°11 0f 16/03/2009 | Article 16 : the extra ordinary general assembly is convened any time if necessary. it is convened and headed in the same with the ordinary official gazette nº11 of 14/03/2011
|
Ingingo ya 6: ikoreshwa ry’imiti ikoreshwa nk'ibiyobwabwenge | Article 6: access to medication
|
6° gufata ibyemezo ku bibazo byose biri mu nshingano za rbc. | 5º to decide on all matters falling within the responsibilities of rbc.
|
Ingingo ya 5: uburenganzira bungana ku buzima bw’imyororokere y’abantu | Article 5: equal rights to human reproductive health
|
Komite nyobozi iterana rimwe mu gihembwe n’ikindi gihe cyose bibaye ngombwa itumijwe na perezida kugira ngo yige ibibazo biri ku murongo w’ibyigwa. ifite ubushobozi bwo gusaba inama za komisiyo ndetse n’amatsinda y’akazi ahoraho cyangwa adasanzwe ku byerekeranye n’ibibazo byihariye. | The executive committee shall meet once a quarter and as many times as deemed necessary convened by the president in order to discuss matters listed on the agenda. it has the power to consult with commissions and permanent or ad hoc specialized working groups on specific matters.
|
Iyo umusoreshwa atiteguye igenzura, yandikira urwego rusoresha asaba ko ryimurwa. icyakora, iryo yimurwa ntirishobora kurenza iminsi cumi n’itanu (15) kandi rikorwa rimwe (1) gusa. | If the taxpayer is not ready for audit, he or she writes to the tax administration requesting for a postponement. however, the postponement cannot exceed fifteen (15) days and is only done once.
|
3° inyandiko zose zatanzwe cyangwa | 3° all documents issued or signed by or on déterminer.
|
Uretse aho aya mabwiriza abiteganya ukundi no mu nyandiko ya gihanga ikoreshwa mu mashuri no contains the subject and the predicate; | Unless otherwise provided in these intructions and in the scientific use in teaching and research as contenant le sujet et le prédicat ;
|
Ibiro bya minisitiri w‟intebe biyobora igfrf. | The prime minister‟s office shall chair igfrf.
|
3° avanyweho. | 3° is vacant.
|
Umuyobozi w’inama njyanama ashyikiriza inama njyanama ikibazo cyatanzwe na biro y’inama njyanama cyangwa cyatanzwe n’umujyanama kikagibwaho impaka. | The council president shall present to the council a question submitted by the council bureau or a councillor for discussion.
|
Ingingo ya 155 : | Article 155 :
|
Iyo umusoreshwa akuriweho umusoro cyangwa amahoro, inyungu z’ubukerererwe cyangwa ibihano n’icyemezo cy’ubutegetsi cyangwa cy’urukiko cyangwa iyo adasubijwe mu gihe giteganywa n’iri teka imisoro cyangwa amahoro y’ikirenga yishyuye, urwego rusoresha rugomba kwishyura inyungu ku mafaranga umusoreshwa agomba gusubizwa. | If the taxpayer is discharged from tax or fee, interests for late payment or penalties by an administrative or judicial decision or if no refund of excess taxes or fees paid is done in the time prescribed by this order, the tax administration must pay interest on the due refund.
|
Komisiyo irebana n’iby’amasezerano ishinzwe gutegura amasezerano akorwa hagati ya rssb article 17: responsibilities of heads of divisions | The commission relating to contracts shall be responsible for the negotiation and preparation of article 17: attributions des chefs de divisions
|
2° umuntu wahawe icyemezo cyo gukora ashobora kuba yanyereje amafaranga, yagaragayeho uburiganya, ibikorwa bitemewe n’amategeko cyangwa imyitwarire mibi mu bijyanye n’ubucuruzi bwe; | 2° a licenced person may have engaged in defalcation, fraud, unlawful acts or other misconduct in connection with his/her commodity exchange business;
|
4000 + 0.4% y’amafaranga ari hejuru ya 750 000 | 4000 + 0.4% of the amount over 750 000
|
Imihindukire y’amategeko, gusesa no kuvanaho umuryango | Modification of the constitution, dissolution and liquidation of the association
|
-kugenzura imikorere y’umuvugizi wa epr; | - to adopt the annual budget of epr;
|
(2) iyo umwe mu bagize inama y’ubuyobozi ya rppa avuye mu mwanya mbere y’uko manda ye perform his or her responsibilities due to illness or disability certified by a recognised medical doctor; | (2) in case a member of the board of directors of rppa ceases to be a member before the expiration of his or ses fonctions pour cause de maladie ou de handicap constaté par un médecin agréé;
|
(a) ibyago byishingiwe; | M) disasters;
|
Icyiciro cya 5: nyir’ubutumwa, ifungurwa ry’ubutumwa n’ibibujijwe | Section 5: mail ownership, mails unwrapping and prohibitions
|
Urwego rw’ubugenzuziishobora gushyiraho ibisabwa byihariye byerekeye kubika amakuru mu buryo w’iyakure. | The supervisory authority may issue specific requirement for cloud computing services.
|
Uwashyizweho nk’umuhanga mu bya banki, mu by’ibaruramari, mu by’ubwishingizi n’indi mirimo ijyanye n’imari agomba kuba – | A person appointed as an expert in banking, accounting, insurance and other financial services must –
|
9° ibyapa bito byimukanwa. | 9° small movable billboards.
|
Hagamijwe kubungabunga ibinyabuzima byo mu gasozi n’indiri zabyo, ibikorwa bikurikira birabujijwe: | For the purpose of conservation of wildlife species and their habitats, the following acts are prohibited:
|
Ingingo ya 66: uburyo bwo gukemura impaka iyo habayeho kugongana kw’ibikorwa byo kwiyamamaza | Article 66: modalities for resolving disputes in case of simultaneous campaign operations
|
Umuryango «abavandimwe bato ba yezu mu rwanda » ufite intego yo kwimakaza ubuzima bwo chapter i: | The organisation « fraternité des petites sœurs de jésus au rwanda » has the mission of lead a chapitre i :
|
Ibiro bikuru ni urwego rushinzwe: kubahiriza ibyemezo bya kongere y‟igihugu n‟iby‟inama nkuru ya sendika ; full time administrative and finance officer of syneduc; issue presses statements by representing the members on behalf of syneduc; | The national bureau has the following roles: to execute the decisions of national council of the trade union; plein administrative et comptable de syneduc;
|
Umutwe wa viii: amabanga | Chapter ii: responsibilities
|
Ingingo ya 75: raporo umucungamutungo w’agateganyo cyangwa umucungamutungo agenera umwanditsi mukuru | Article 75: provisional administrator’s or administrator’s report to registrar general
|
Mu ihuriro, mu mpuzamahuriro cyangwa mu rugaga, kuba umunyamuryango birangizwa no: | In a cooperative union, a federation or a confederation, membership ends with:
|
(i) gukusanya amafaranga agendanye n’ishoramari (gukusanya amafaranga aho uyatanze aba umunyamigabane, gukusanya amafaranga binyuze mu myenda, ku bicuruzwa bikomoka ku bindi, gutanga inyandiko z'agaciro ndetse n'ubundi buryo butandukanye bwo | (i) capital raising (equity crowdfunding, debt-based crowdfunding, derivatives, security token offering, and any other investment instrument-based crowdfunding);
|
Ibyemezo, bisobanurwa n‟amategeko ngenga mikorere. committee to make deliberations and decisions are delineated in the internal rules and regulations. délibération et des décisions dans les réunions du comité exécutif sont précisées par les règlements d‟ordre intérieur. ingingo ya 21: inyandiko zose zituma umuryango ugirana amasezerano n‟abandi zishyirwaho umukono n‟uhagarariye umuryango n‟umunyamabanga bamaze kubyumvikanaho n‟abagize inama nshingwabikorwa kandi babisobanuje inyandiko. article 21: all document related to agreements of the association are signed by legal representative after the consent of the executive committee and this must be done in a written form. article 21 : tous les documents officiels engageant l‟association sont signés par le représentant légal et le secrétaire après avis écrit et motivé du comité exécutif. ingingo ya 22: kubikuza amafaranga mu mabanki bikorwa n‟umuyobozi mukuru, umuyobozi wungirije n‟umubitsi. kubera ko umubitsi atajya asimburwa n‟umwe mu bagize inama nshingwabikorwa, iyo adahari hatorwa undi mu minsi cumi n‟itanu. (15) article 22: withdraw of money from the bank is only done by the president, vice president and treasurer. | Article 18: the executive committee is in charge of: - preparing meetings of the general assembly; - preparing plan of action and its budget; - proposing general assembly the amended internal rules and regulations; - good administration of the association and proper management of its property; - implementing and respecting decisions taken in the general: - submitting report of the achieved activities and that of finance to the concerned organs: - searching aids, donations, and legacies of the association. article 19: the members of executive committee are asked jointly by the general assembly how they fulfilled their duties; however, each member can be asked individually how he/she fulfilled his/her duties. in case of misappropriation or impropriety of using money found, whoever is found guilty is held responsible. no member of executive committee can misuse his position for personal interest. article 20: the procedures of calling for a meeting of executive committee to make deliberations and decisions are delineated in the internal rules and regulations. article 21: all documents related to agreements of the association are signed by legal representative after the consent of the executive committee and this must be done in a written form.
|
Ushyira imigabane ku isoko ashobora gusaba gushyirirwaho uburyo bwo kwirinda ibibazo byatuma inguzanyo itishyurwa, kandi uko kwirinda ibibazo byatuma inguzanyo itishyurwa gushobora gukorwa mu buryo bukurikira: | An issuer may seek credit enhancement of the issue, which enhancement may be in the form of:
|
Agenga umuryango. abikora iyo uhagarariye umuryango mu buryo bwemewe n'amategeko adahari, yeguye, yirukanywe cyangwa yapfuye. | He takes over when the legal representative is absent, has resigned, is fired or has died.
|
A. serivisi usaba icyemezo cyo gukora atanga kandi ashobora gutanga igihe ubusabe bwe bwemewe; | A. the services which the applicant provides or is able to provide if the application is allowed;
|
Ingingo ya 39: ibisabwa kugira ngo ubujurire bwakirwe | Article 39: conditions for admissibility of appeal
|
Buri wese uhagarariye abashoramari cyangwa sosiyete icunga ishoramari mu mutungo utimukanwa bafite ibikorwa biri gukorerwa igenzura cyangwa iperereza, buri wese mu bagize inama y’ubutegetsi, umuyobozi cyangwa umukozi babyo bafite ishingano zo kwereka umugenzuzi ibitabo, ibitabo by’ibaruramari ndetse n’izindi nyandiko bafite cyangwa bacunga no kumuha inyandiko n’amakuru bijyanye n’ibikorwa igihe ikigega cyangwa sosiyete icunga ishoramari mu mutungo utimukanwa cyangwa se umugenzuzi babisabye kandi bakabitanga mu gihe umugenzuzi ashobora kugena. | It shall be the duty of the every trustee or real estate investment management company whose affairs are being inspected or investigated, and of every director, officer and employee thereof, to produce such books, accounts, records, and other documents in its custody or control and furnish him such statements and information relating to the activities as trust or real estate investment management company, as the inspecting officer may require, within such reasonable period as the inspecting officer may specify.
|
Aya mabwiriza rusange aganije gushyiraho ibisabwa mu kwemerera n’ibindi bigomba gukurikizwa mu gutanga serivisi z’impuguke mu mibare y’ubwishingizi n’ubwiteganyirize bwa pansiyo. | This regulation aims at establishing requirements for granting accreditation and other conditions for carrying out actuarial services to insurers and pension schemes.
|
Njyewe, kalima jean malic, uhagarariye rwanda mining association (rma) mu mategeko, munyarugerero nsanza damien ,umuyobozi wa mbere wungirije na madamu mutesi jeannette, umuyobozi wa kabiri wungirije, abanyamuryango shingiro ba rwanda mining association (rma), nyuma y’inama rusange yateraniye ku muhima dutangaje ku mugaragaro ubutorwe bwacu nk’abunganizi mu mategeko, n’abunganizi bungirije ba rwanda mining association (rma). | I the undersigned mr. kalima jean malic, the legal representative of association mr. munyarugerero nsanza damien, first vice legal representative of association and mrs. mutesi jeannette, the second vice president of association, the founder members of rwanda mining association (rma), having convened at muhima in the general assembly we declare to have been elected by general assembly to be legal representative and deputy legal representative of rwanda mining association (rma).
|
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.