text
stringlengths 159
9.91k
| nwords
int64 15
1.2k
| ntokens_llama32
int64 70
3.89k
|
---|---|---|
Kenya: Umupolice mukuru yarashwe nyuma yo kirasa umucamanza. Umupolisi wo ku rwego rwo hejuru wo muri Kenya yishwe arashwe nyuma yuko arashe umucamanza mu rukiko mu murwa mukuru Nairobi. Uwo mupolisi w’ipeti rya ‘Chief Inspector of Police’ (CIP) yarashe umucamanza mukuru Monica Kivuti wo mu rukiko rwa Makadara, nyuma gato yuko afashe icyemezo mu rubanza amakuru avuga ko umugore we aregwamo. Bivugwa ko uwo mupolisi mukuru yarakajwe n’icyemezo cy’urukiko cyo kuburizamo gufungurwa by’agateganyo k’umugore we nyuma yuko yari yarabuze. Uwo mupolisi mukuru, watangajwe ko yitwa Kipchirchir Kipruto, ukuriye Stasiyo ya Polisi yo mu mujyi wa Londiani, mu burengerazuba bwa Kenya, yahise asohora imbunda arasa umucamanza, aramukomeretsa. Abandi bapolisi bakuru bari bari mu rukiko basubije ako kanya, umwe muri bo arasa uwo mupolisi mukuru watangiye kurasa, aramwica. Muri uko kurasana, abandi bapolisi bakuru batatu bakomeretse, nkuko bikubiye muri raporo ya polisi y’ukuntu byagenze. Uwo mucamanza n’abapolisi bakuru bakomeretse barimo kuvurirwa mu bitaro. Urwego rw’ubucamanza rwa Kenya rwavuze ko uwo mucamanza “yasheshe kurekurwa by’agateganyo hatanzwe ingwate ku muntu ushinjwa utaritabye urukiko, ndetse wari wananiwe gutanga ibisobanuro bishimishije ku kutitaba urukiko”. Itangazo ry’urwo rwego rigira riti “Ako kanya iki cyemezo kigitangazwa, umuntu yarashe umucamanza amukomeretsa mu mayunguyungu.” Iryo tangazo ryavuze ko amakuru y’ibanze avuga ko “uwarashe ni umupolisi mukuru washakanye n’ucyekwa”. Polisi ya Kenya yavuze ko uwo mupolisi mukuru yari ari mu rukiko “ku mpamvu zitazwi”. Polisi ya Kenya yavuze ko amaperereza akomeje kugira ngo hamenyekane icyateje uko kurasa. Ibyo byabereye imbere mu rukiko, byatumye Abanya-Kenya benshi bagwa mu kantu. Polisi yagiye akenshi ishinjwa kugira uruhare mu bwicanyi butemewe n’amategeko, ariko nta bwicanyi nk’ubwo bwari bwarigeze butangazwa ko bwabereye imbere mu rukiko. Urwego rw’ubucamanza rwavuze ko ruzavugurura ingamba z’umutekano ndetse rwijeje umutekano abakozi bo mu bucamanza n’abandi bagana inkiko. Umwanditsi mukuru w’ubucamanza Winfridah Mokaya yagize ati “Nk’umuryango w’ubucamanza, twifurije mugenzi wacu gukira vuba. Tunihanganishije umuryango w’umupolisi mukuru wapfiriye muri ibi byabaye bibabaje.” BBC
| 310 | 877 |
U Rwanda rurateganya gutumiza ‘smartphones’ zakorewe muri Pakistan. Leta y’u Rwanda yagaragaje ubushake bwo gutangira gutumiza telefoni zigezweho (smartphones) zakorewe muri Pakistan nka bumwe mu buryo bwo kurushaho kwimakaza umubano ushingiye ku bucuruzi hagati y’ibihugu byombi.
Igihugu cya Pakistan gikomeje kwigaragaza mu ruhando mpuzamahanga nyuma, y’aho kuva mu mwaka wa 2021 gitangiye gukora telefoni zigezweho zifata umuyoboro unyaruka wa internet (4G).
Cyahise cyohereza telefoni za mbere mu bihugu birimo Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) n’ibindi bikomeje gahunda yo gukwirakwiza telefoni zigezweho, ziramba kandi zihendukiye buri wese.
Ubushake bw’u Rwanda bwo gutumiza telefoni zakorewe muri Pakistan bwakomojweho na Perezida wa Sena Dr. Kalinda François-Xavier, mu ruzinduko aheruka kugirira i Islamabad muri Pakistan guhera mu ntangiriro z’iki cyumweru.
Ku wa Kabiri, ni bwo Dr. Kalinda n’itsinda ryari rimuherekeje bahuye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’agateganyo Jalil Abbas Jilani, baganira ku nzego zirimo ubucuruzi, ishoramari no guhererekanya ubunararibonye bushingiye ku muco.
Nanone kandi iryo tsinda ryahuye na Minisitiri w’Ikoranabuhanga n’Itumanaho w’agateganyo Dr. Umar Saif, ari na ho mu ngingo baganiriyeho harimo ijyanye no kuba telefoni zikorerwa muri Pakistan zatangira koherezwa mu Rwanda.
Minisitiri Dr. Umar Saif yavuze ko ubushake bw’u Rwanda bwo gutumiza telefoni zigezweho zakorewe muri Pakistan buzaganirwaho n’inganda zitandukanye zikora telefoni zigezweho muri icyo gihugu.
Dr. Kalinda n’itsinda bari kumwe bakiriwe na Perezida wa Pakistan Dr Arif Alvi
Yashimangiye ko hakomeje kugaragara ubushake bw’ibihugu by’amahanga byo gushora no kugura ibikorerwa muri Pakistan, aho ibihugu by’Afurika byinshi birimo n’u Rwanda bikomeje kwigaragaza nk’isoko ryagutse rya telefoni zigezweho zikorewe muri Pakistan.
Minisitiri Dr. Umar Saif yongeyeho ko ibiganiro byahise bitangira harebwa uko bashobora guhaza ubusabe bw’u Rwanda, kuri ubu rukomeje gahunda yo kugeza telefoni zigezweho ku ngo zose zo mu Rwanda, intego igomba kugerwaho bitarenze mu mwaka wa 2026.
Yashimangiye ko u Rwanda rwitezweho kuba isoko ry’ingenzi rya smartphones zikorewe muri Pakistan mu gihe umubano w’ibihugu byombi ukomeje kwiyongera mu nzego zitandukanye, by’umwihariko urw’ubucuruzi.
Hagati aho, ku wa Gatatu Dr. Kalinda yanahuye na Perezida wa Pakistan Dr Arif Alvi, bagirana ibiganiro byibanze ku gushima umubano w’u Rwanda watangiye muri Nyakanga 1962 ukaba ukomeje gutera imbere mu buryo bugaragara.
Dr. Karinda yaboneyeho kumenyesha Perezida wa Pakistan ubutumwa bwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, bw’uko u Rwanda ruteganya gufungura Ambasade yarwo i Islamabad, mu Murwa Mukuru w’icyo gihugu.
Ni mu gihe kuri ubu u Rwanda ruhagarariwe n’Ambasade yarwo ibarizwa i Beijing mu Bushinwa, kandi Pakistan yo yaramaze gufungura Ambasade yayo i Kigali kuva muri Werurwe 2021.
NTAWITONDA JEAN CLAUDE
| 391 | 1,077 |
Nyabihu: Abahinzi b’ibirayi ngo basinyishwa ku ngufu 140Frw bagahabwa 110 Frw. Kuba abagena ibiciro by’umusaruro w’ibirayi babigena ku muhinzi gusa ariko ntibabigene ku isoko ricururizwaho ibyo birayi nirwo rwireguzo rw’abafite amakusanyirizo n’abacuruzi b’ibirayi bashinjwa kuryamira abahinzi.Ibi ni bimwe mu byagaragarijwe mu nama yahuje ubuyobozi bw’akarere ka Nyabihu n’abafite aho bahuriye n’ubucuruzi bw’ibirayi kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Ugushyingo 2017.Inama ariko ntiyashoboye kubonera igisubizo iki kibazo.Abahinzi bo mu karere ka Nyabihu bataka icyo bita (...)Kuba abagena ibiciro by’umusaruro w’ibirayi babigena ku muhinzi gusa ariko ntibabigene ku isoko ricururizwaho ibyo birayi nirwo rwireguzo rw’abafite amakusanyirizo n’abacuruzi b’ibirayi bashinjwa kuryamira abahinzi.Ibi ni bimwe mu byagaragarijwe mu nama yahuje ubuyobozi bw’akarere ka Nyabihu n’abafite aho bahuriye n’ubucuruzi bw’ibirayi kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Ugushyingo 2017.Inama ariko ntiyashoboye kubonera igisubizo iki kibazo.Abahinzi bo mu karere ka Nyabihu bataka icyo bita amanyanga akorwa n’abacuruzi babagurira ibirayi ku mafaranga 100 ku kiro nyamara mu rwego rwo guhisha ku babaguriye ku giciro kiri munsi y’igiteganyinyijwe bakabasinyisha ku ngufu ko babaguriye ku mafaranga 140.Nyuma y’inama yahejwemo itangazamakuru yahuje ubuyobozi bw’akarere ka Nyabihu n’abafite aho bahuriye n’ubucuruzi bw’ibirayi, umuyobozi w’aka karere Uwanzwenuwe Theoneste yatangarije TV1 ducyesha iyi nkuru ko hari abantu batanu barimo gukorwaho iperereza ku makosa nk’aya yemeza ko akenshi ahemberwa n’abantu ngo bitwa “abachercheur” basigaye bitambika hagati y’umuhinzi n’ikusanyirizo ari naho kuryamira umuhinzi bituruka.N’ubwo bamwe mu bacuruzi bemera ko bajya basinyisha abaturage amafanga adahuye n’ayo babaguriyeho mu byukuri abandi bakabica ku ruhande, icyo bahurizaho ni uko intandaro ya byose ari uko bategekwa igiciro bagomba kuguriraho umuhinzi nyamara bo ntihagira ubagenera icyo bagomba kugurishaho ibi bigatuma hari ubwo babigeza ku isoko bagurirwa ku giciro kiri munsi y’icyo baranguyeho.Akarere ubwako kagaragaje ko kadafitiye ubushobozi kuri iki kibazo ari nayo mpamvu hemejwe ko mu gihe ku bafatanye n’izindi nzego zifite ububasha bwo kugena ibiciro ku masoko nta kiragikorwaho aba bacuruzi bagomba gukomeza kugurira umuhinzi ku mafaranga 145 Frw ku kiro.Aba bacuruzi b’ibirayi n’abafite amakusanyirizo mu nshingano basaba abagena igiciro cyo kuguriraho umuhinzi ko bajya babanza bakareba ni ibiciro ku isoko kuko hari ubwo nabo bisanga bakorera mu gihombo.
| 340 | 1,023 |
Imikino ibanza ya shampiyona y’u Bwongereza irangiye Liverpool iyoboye: Biratanga iyihe sura?. Ni imikino ibanza yarangiye isize isura y’uko ari shampiyona itazoroha ku makipe arwanira igikombe ariko nanone no mu makipe arwana no kutamanuka. Ku munsi wa 19 wa shampiyona, ikipe ya Liverpool yatsinze Burnley 2-0, Man City itsinda Everton 3-1 mu gihe Arsenal yasoje itsinzwe na Westham United 2-0. Aya makipe yose ni na yo ahabwa amahirwe yo kuzegukana igikombe cya shampiyona kuko iyo urebye uko ari kwitwara ndetse n’uko ahagaze ari ho bishya bishyira. Iyo utanga ayo mahirwe kandi unagendera ku buryo shampiyona ya 2022-2023 yagenze kuko icyo gihe ikipe ya Man City yayegukanye yari ihanganye na Arsenal yabaye iya kabiri n’ubu ziri mu zihabwa amahirwe. Gusa ukurikije uko igice cya mbere cya shampiyona ya 2023-2024 cyagenze mu makipe yari ahanganye umwaka ushize, hiyongereyemo ikipe ya Liverpool yo shampiyona ya 2022-2023 itari yarahiriwe kuko itigeze iza no mu makipe ya mbere kuko yari yasoreje ku mwanya wa gatanu, byatumye itari gukina UEFA Champions League 2023-2024. Kuvuga ko Liverpool, Arsenal na Man City zihabwa amahirwe ntabwo ari ukurengera kuko ukurikije uko imikino 19 irangiye yagenze ari yo aza imbere mu mibare igaragara. Ikipe ya Liverpool kugeza ubu ni yo iyoboye urutonde rwa shampiyona aho ifite amanota 42. Iyi kipe mu mikino 19 yinjije ibitego 39 mu gihe yo yinjijwe ibitego 16 gusa. Liverpool mu mikino ibanza 19 yakinnye yatsinzemo imikino 12 inganya itandatu(6) itsindwa umukino umwe gusa. Arsenal ni yo kipe iri ku mwanya wa kabiri nyuma y’igice cya mbere cya shampiyona aho ifite amanota 40 yose yakoreye itsinda imikino 12 inganya ine(4) ariko itsindwa imikino itatu(3). Muri iyi mikino 19 iyi kipe ikunda guhimbwa ‘Abarashi’ yinjije ibitego 36, yo yinjizwa ibitego 16. Mu mikino 19 imaze gukinwa muri shampiyona y’u Bwongereza, gutungurana kwabaye ni ukuba kugeza ubu ikipe ya Aston Villa iri mu makipe ane ya mbere, dore ko iri ku mwanya wa gatatu aho ihafite amanota 30. Mu mikino 19 iyi kipe yatsinzemo 12 inganya imikino itatu itsindwa ine. Iyi kipe itozwa na Unai Emery watunguye abantu, yinjije ibitego 40 ariko na yo yinjizwa ibitego 25. Iyi kipe ifatwa nk’izagorana muri uyu mwaka nk’uko Newcastle United yabikoze mu mwaka ushize wa 2022-2023 iba iya kane. Nubwo ari yo iheruka gutwara shampiyona eshatu ziheruka ariko imikino ibanza ya shampiyona iyisize mu mwanya itakwifuza kubamo kuko Man City kugeza ubu iri ku mwanya wa kane n’amanota 37 gusa yo ikaba imaze gukina imikino 18 kuko ifite umukino w’ikirarane izakina na Brentford. Iyi kipe mu mikino 18 imaze gukina yatsinzemo 11 inganya ine(4) itsindwa imikino itatu(3). Nubwo ari iya kane ariko iyi ni yo kipe imaze kwinjiza ibitego byinshi muri rusange kuko yatsinze 43 ariko yinjizwa na yo 21. Nubwo amakipe ahagaze gutya by’umwihariko abahabwa amahirwe ku gikombe, ariko iteganyagihe rigaragaza ibindi Binyuze mu guteganya uko amakipe ashobora kuzarangiza shampiyona, iri teganyagihe rigaragaraza ko ikipe ya Man City ifite amahirwe angana na 48.2% yo kuba yakwegukana igikombe cya shampiyona, Arsenal kuba yatwara igikombe ikagira amahirwe abarirwa kuri 25.1% naho Liverpool kugeza ubu iyoboye shampiyona ikaba ihabwa amahirwe yo kuzarangiza itwaye igikombe angana 24.1% nk’uko tubikesha urubugwa rukora isesengura ritandukanye rwa https://theanalyst.com/eu/2023/12/who-will-be-relegated-from-the-premier-league-2023-24/ . Manchester United na Chelsea zakomeje mu nzira itandukanye n’aho zifuza Amakipe ya Manchester United n’ikipe ya Chelsea ntabwo ari amakipe yahiriwe n’imikino ibanza ya shampiyona y’u Bwongereza 2023-2024 kuko kugeza ubu imyanya ariho idahura n’uko abakunzi bazo bazifuza. Ikipe ya Manchester United imikino 19 imaze gukina iyisoje iri ku mwanya wa karindwi n’amanota 31 aho muri iyo mikino yatsinzemo 10 inganya umwe itsindwa umunani, yinjiza ibitego 21, yinjizwa 25 ikaba ifite umwenda w’ibitego bine. Abafana ba Manchester United basabwe n’umushoramari mushya kwihangana Iyi kipe ifite ibikombe byinshi bya shampiyona y’u Bwongereza 20 umusaruro mubi yagize wagiye ugarukwaho mu bihe bitandukanye. Iyi kipe ariko kuva mu Ugushyingo 2022 yavugwaga ko izagurishwa dore ko umusaruro mubi igira ushyirwa ku muryango wa ba Glazer uyifite mu maboko. Tariki 24 Ukuboza 2023 uyu muryango watangaje ko umunyemari w’Umwongereza Sir Jim Ratcliffe yamaze kugura 25% muri iyi kipe agashingwa ibikorwa byose bifitanye isano n’umupira w’amaguru. Uyu Mwongereza witezweho kugarura iyi kipe ku gasongero, yabwiye abakunzi bayo ariko ko intsinzi isaba kwihangana. Ati “Nizeye ko twazana intsinzi mu kibuga nk’uko dufite ubunararibonye budashidikanywaho mu bucuruzi. Bisaba igihe, kwihangana ndetse no gukora kinyamwuga byo ku rwego rwo hejuru.Turi mu mushinga w’igihe kirekire kandi turashaka gufasha Manchester United gusubira aho yahoze, ku gasongero mu Bwongereza, mu Burayi ndetse no ku Isi. Izo ni inshingano nkomeyeho cyane.” Ikipe ya Chelsea na yo ni indi kipe itarahiriwe n’imikikino 19 ibanza imaze gukinwa muri shampiyona. Iyi kipe iri ku mwanya wa 10 n’amanota 25 aho muri iyo mikino yatsinzemo irindwi(7) inganya ine(4) itsindwa umunani(8). Iyi kipe muri rya teganyagihe ryakozwe ry’uko amakipe ashobora kuzarangiza shampiyona, nyuma yo kutaza mu makipe ane ya mbere 2022-2023 n’ubu ntihabwa amahirwe yo kuyazamo kuko amahirwe yayo abarirwa munsi ya zeru. Umutoza wa Chelsea Mauricio Pochettino nyuma yo gutsinda Crystal Palace 2-1 hasozwa imikino ibanza, yavuze ko intego zabo zari ukuza mu makipe y’imbere. Yagize ati “Intego yacu kwari ukuba hejuru.” Iyi kipe mu mikino 19 yinjije ibitego 31 itsindwa 29 ikaba izigamye ibitego bibiri gusa. Mu makipe ari mu myanya ya nyuma, Luton Town FC iri ku mwanya wa 18 n’amanota 15 igakurikirwa na Bunley ya 19 n’amanota 11 mu gihe Sheffield United ari iya nyuma ku mwanya wa 20 n’amanota icyenda. Igice kibanza cya shampiyona y’u Bwongereza cyasojwe Erling Halaand wa Man City ari we uyoboye abamaze gutsinda ibitego byinshi aho afite ibitego 14 mu gihe akurikiwe na Mohamed Salah wa Liverpool umaze gutsinda ibitego 12. Imikino yo kwishyura iratangira gukinwa kuri uyu wa Gatandatu aho Nottingham Forest iyitangira yakira Manchester United saa moya n’igice, Manchester City yakire Sheffield United ya nyuma saa kumi n’imwe mu gihe Luton Town FC saa munani n’igice itangira yakira Chelsea. Umunyamakuru @UwimanaJeanJul1
| 966 | 2,437 |
Haiti: Abapolisi b’ u Rwanda bambitswe imidari. Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu gihugu cya Haiti (MINUSTAH) bazwi nka Individual Police Officers (IPOs), ku itariki 21 Mata uyu mwaka bambitswe imidari yo kubashimira gukora neza.Bayambitswe n’Uwungirije Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, El Moustafa Banlamlin.Uwo muhango wabereye mu Mujyi Mukuru w’iki gihugu ari wo: Port Au Prince. Mu bawitabiriye harimo Umuyobozi wa MINUSTAH, Brig. Gen. Georges Pierre Monchette (...)Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu gihugu cya Haiti (MINUSTAH) bazwi nka Individual Police Officers (IPOs), ku itariki 21 Mata uyu mwaka bambitswe imidari yo kubashimira gukora neza.Bayambitswe n’Uwungirije Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, El Moustafa Banlamlin.Uwo muhango wabereye mu Mujyi Mukuru w’iki gihugu ari wo: Port Au Prince. Mu bawitabiriye harimo Umuyobozi wa MINUSTAH, Brig. Gen. Georges Pierre Monchette n’Umuyobozi w’Itsinda ry’Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri iki gihugu, Superintendent of Police (SP) Eric Murenzi.Mu ijambo rye, Banlamlin yagize ati,"Murangwa n’umuhate n’imyitwarire myiza mu mirimo yanyu ya buri munsi. Ibyo bibahesha ishema ubwanyu; kandi bihesha ishema Umuryango w’Abibumbye . Ndabashimira kandi gukorana neza na bagenzi banyu bakomoka mu bindi bihugu."Yongeyeho ati,"Imidari mwambitswe ni ikimenyetso ko musohoza inshongano zanyu neza. Mukomeze iyo mikorere izira amakemwa."Iki gihugu cyahuye n’ibizo birimo imyuzure n’imiyaga mu myaka ishize. Abapolisi b’u Rwanda bagize uruhare mu gutabara abari mu kaga. Uko kwitanga kwashimwe n’Ubuyobizi bwacyo n’abagituye.SP Murenzi yagize ati:"Kwambikwa imidari si ishema kuri mwe gusa; ahubwo ni n’ishema ku gihugu cyacu duhagarariye. Mukomeze kurangwa n’imyitwarire myiza no gukorana neza n’abandi bapolisi bakomoka mu bindi bihugu."Yashimye Umuryango w’Abibumbye ku bw’iyo midari y’ishimwe. Polisi y’u Rwanda yatangiye kohereza abapolisi mu butumwa bw’amahoro muri Haiti kuva mu 2010.
| 277 | 810 |
U Rwanda rugiye kwita amazina abana b’ingagi 24 baherutse kuvuka. Ni ibirori ngarukamwaka bihuriranye n’umunsi mpuzamahanga wahariwe ingagi. Kuva icyo gikorwa cyo kwita amazina abana b’ingagi mu Rwanda cyatangira mu 2005, ubu hamaze kwitwa amazina abana 328. Abaza kugira uruhare muri icyo gikorwa cyo kwita izina abana b’ingagi mu Rwanda uyu munsi, ni abafatanyabikorwa b’u Rwanda mu kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima no guteza imbere ubukerarugendo, bamwe mu byamamare ku rwego rw’isi, inshuti z’u Rwanda ndetse na bamwe mu bayobozi bakuru b’igihugu cy’u Rwanda. Muri uwo muhango wo Kwita izina, haraza kugaragazwa ibyo u Rwanda rumaze gukora mu kurengera urusobe rw’ibinyabuzima n’inyungu byagize mu kuzamura imibereho myiza y’abaturage. Bimwe mu byagezweho muri urwo rwego, harimo ukwiyongera k’umubare w’ingagi, gutangizwa kwa Pariki ya Gishwati na Mukura n’ibindi. Igikorwa cyo Kwita izina kiba kigamije kumenya abana b’ingagi bavutse, kugira ngo bashobore gukurikiranwa muri Pariki y’Ibirunga. Icyorezo cya Covid-19 cyagize ingaruka ku bukerarugendo bw’u Rwanda kuko amafaranga bwinjizaga buri mwaka, yagabanutseho 76% mu mwaka wa 2020, bitewe n’uko umubare w’abasura u Rwanda wagabanutse. Ni ukuvuga ko amafaranga ubukerugendo bwinjizaga yavuye kuri Miliyoni 498 z’Amadolari ya Amerika bwinjije mu 2019, akagera kuri Miliyoni 121 z’Amadolari bwinjije mu 2020. Umunyamakuru @ umureremedia
| 195 | 553 |
World Economic Forum uyu mwaka izabera muri Switzerland. Inama Mpuzamahanga yiga ku bukungu bw’ Isi World Economy Forum ihuza impuguke n’ abayobozi batandukanye barimo Abanyapolitiki, imiryango itari iya Leta n’ abandi uyu mwaka izabera i Davos, Switzerland .Iyi nama iteganyijwe kuva tariki 23 kugeza tariki 26 Mutarama 2018World Economic Forum ibanziriza iy’ umwaka ushize ni ukuvuga iya 2016 yabereye I Kigali mu Rwanda kuva tariki 11 kugeza kuwa 13 Gicurasi 2016 ku nsanganyamatsiko yo guhuza amikoro Afurika ifite ngo ahuzwe mu mpinduka zikenewe (...)Inama Mpuzamahanga yiga ku bukungu bw’ Isi World Economy Forum ihuza impuguke n’ abayobozi batandukanye barimo Abanyapolitiki, imiryango itari iya Leta n’ abandi uyu mwaka izabera i Davos, Switzerland .Iyi nama iteganyijwe kuva tariki 23 kugeza tariki 26 Mutarama 2018World Economic Forum ibanziriza iy’ umwaka ushize ni ukuvuga iya 2016 yabereye I Kigali mu Rwanda kuva tariki 11 kugeza kuwa 13 Gicurasi 2016 ku nsanganyamatsiko yo guhuza amikoro Afurika ifite ngo ahuzwe mu mpinduka zikenewe kuri uyu mugabane hifashishijwe ikoranabuhanga, mu nsanganyamatsiko ya “Connecting Africa’s Resources Through Digital Transformation”.Muri uyu mwaka wa 2018 hazaganirwa uburyo ibihugu byakwihaza mu bukungu, ibibazo by’ umutekano n’ imvururu za politiki mu turere n’ ibindi.Iyi nama ngarukamwaga yiga ku bukungu bw’ Isi yabaye bwa mbere muri 2007 bivuze ko uyu mwaka igiye kuba ku nshuro ya 11.Nk’ ibisanzwe muri iyi nama u Rwanda ruzaba rufite abaruhagarariye baba abari muri Guverinoma n’ abo mu rwego rw’ abikorera.Muri iyi nama aba ari umwanya mwiza ku bikorera ngo bamenyekanishe ibyo bakora kandi banagure amarembo bashake abafatanyabikorwa bashya.U Rwanda ruzamurika isura nshya y’ umugi wa Kigali, runakore ubuvugizi ku ikurwaho rya VISA ku gutembera mu bihugu by’ Afurika nk’ uko The New Times yabitangaje.Imyanzuro ifatirwa muri iyi nama niyo igenderwaho mu kugena ibikwiye gukorwa ngo ubukungu burusheho kugenda neza ku rwego rw’ Isi. Muri WEF yabereye mu Rwanda niho hafatiwe umwanzuro wo gushyiraho gahunda ya Smart cities ari nayo yabaye intangiriro yo gushyira uburyo bushya mu kwishyura ingendo hakoreshejwe amakarita mu mugi wa Kigali na gahunda yo gushyira wireles mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange.
| 340 | 840 |
Uko Umukinnyi wa filime Bahavu Jeanette abona urugo rwiza. Umukinnyi wa sinema nyarwanda Usanase Bahavu Jeanette, ni umwe mu byamamare nyarwanda wahisemo gusangiza ubuzima bwe bwite n’ubw’urugo rwe abakunzi be, abinyujije cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga ze zitandukanye by’umwihariko YouTube channel asangiye n’umugabo we Fleury.
Bahavu ni umukinnyi akaba n’umwanditsi wa filime zitandukanye, akaba yaramenyekanye cyane mu yitwa Impanga series akinamo nk’umukinnyi w’imena (Principle Actor).
Agaruka ku bijyanye n’urugo rwiza, mu kiganiro yagiranye na Rose tv show, yavuze ko kuri we asanga urugo rwiza ari urugo umuntu yibonamo kandi n’uwo bashakanye bikaba uko, ku buryo iyo umwe muri bo agiye akumbura kurugarukamo.
Ati: “Urugo rwiza ni ururimo abantu babiri bemera ko babaye umwe, ntibashake kuba babiri bavuye kurahira mu rusengero, urugo rwiza si urubamo abantu batajya bashwana, ahubwo ni urubamo abashwana bakihutira gukemura ibibazo bafite, ku buryo n’uhavuye muri bo akumbura kuhagaruka.”
Yongeraho ati: “Buriya kubaka biragora, kandi ntabwo n’umuyaga wagusenyera ngo ute ikibanza wubakagamo wiruke, ahubwo turongera tukagura amabati n’ibindi bikoresho, tugakomeza kubaka, ni yo mpamvu no kubaka urugo ukomeza gusanasana kugeza igihe binkundiye, kuko urugo rwawe uba uri kubaka si inguzanyo uba uri kubaka, ahubwo Imana iba yaraguhaye uwo mwubakana burundu, uba ugomba gutanga buri kimwe kugira ngo urugumane nawe umugumane.”
Abajijwe uko umugore mwiza agomba kumera, Bahavu yagize ati: “Umugore mwiza ni uwubaha Imana, kuko ntiwakubaha Imana ngo ntiwubahe umutware yaguhaye, ni ushobora kurwanira ishyaka urugo rwe, igihe cyose ntabone ko icyuho mu rugo cyatewe n’amakosa y’umugabo ngo ahore avuga ngo iyo ukora utya ntibiba byagenze gutya, mbere y’uko uvuga utyo, jya wibaza ku cyo wowe wakoze ngo ukumire ayo makosa.”
Akomeza agira ati: “Umugore mwiza ni ugira ibanga ry’urugo rwe, ibyarwo bikamenywa nawe n’uwo bubakanye n’Imana yarumuhaye, agasengera urugo rwe kandi kenshi.”
Agaruka ku bijyanye no guhuza kuba icyamamare n’ubuzima bw’urugo, Bahavu yavuze ko kuri we nta cyamurutira umuryango.
Ati: “Kubihuza biroroha cyane cyane iyo wamaze kumenya igifite agaciro kurusha ikindi, ni ukuvuga ngo umuryango wanjye ufite agaciro kurusha akazi nkora, kuba icyamamare byari byiza kandi narabikundaga, ariko nkabona ko bivuye mu buzima bwange nakomeza nkaba Jeanette, kandi ngashaka ikindi nkora, ariko umuryango wanjye nywutakaje nahinduka undi wundi.”
Uyu mukinnyi ukunzwe n’abatari bake, avuga ko atari byiza ko wasenya urugo rwawe kubera ubwamamare, keretse uwo mwashakanye waramushatse umukurikiyeho kwamamara.
Yanagarutse ku kibazo abantu bakomeje kwibaza niba, arimo gutegura kuba umuvugabutumwa bitewe naho bamubonye yigisha mu rusengero.
Yagize ati: “Ndi Usanase Bahavu Jeanette, Ndayirukiye, mama Amora, nkaba nkora umurimo w’Imana mbinyujije mu kwandika no gukina filime gusa.”
Bahavu ni Umwanditsi akaba umukinnyi wa filime, wabyigiye mu ghugu cya Koreya y’Epfo, akaba yaranatangiye kubyigisha abafite impano yo gukina.
| 418 | 1,189 |
UBUKERARUGENDO MUKARERE KA RWAMAGANA. Akarere ka Rwamagana, ubwako gafite umuvuduko mwinshi mu iterambere kandi ibikorwa by’iterambere ntibisiba kuhakwirakwizwa. Imihanda ikomeje gukorwa neza ku buryo ubuhahirane bworoshye ku buryo bwose bushoboka. Ibi bituma imari wahashora yose yakunguka kandi igatera imbere. Bimwe mu byo ushobora gushoramo imari muri kano karere ni ibi bikurikira;Akarere ka Rwamagana gafite ibiyaga bibiri biharaze ubwiza nyaburanga. Kuri ibyo biyaga hamaze kugera aho kwiyakiririra yaba amahoteli cyangwa Moteli (Hotels&Motels) ku buryo baba abashaka kuharuhukira cyangwa abashaka kuhakorera amahugurwa n’izindi nama basubijwe. Gusa ibibanza biracyahari, bityo abifuza gushora imari mu bukerarugendo mukaba mushonje muhishiwe. Ntimutegereze kuzaza ibihebuje barabimaze, naho ubwiza bwo ni ubwa byose.
| 106 | 330 |
Byimana: Barizihiza yubile y’imyaka 75 bataha Kiriziya nshya bujuje ya Paruwasi“Sancta Maria”. Abakirisitu Gatolika ba Paruwasi Sancta Maria Byimana ho muri Diyosezi ya Kabgayi baravuga ko batewe ishema no kwizihiza Yubile y’Imyaka 75 banataha kiriziya bakuye mu bwitange bwabo. Barishimira kandi ko muri iyi myaka yose bungutse abapadiri 18 harimo na Musenyeri Musengamana Papias umushumba wa Diyosezi ya Byumba uvuka muri iyi Paruwasi. Mu kiganiro bahaye umunyamakuru wa intyoza.com, bemeza ko nyuma y’aho abapadiri bera bagereye mu Byimana ubutumwa bazanye bwabakuye ku madini gakondo. Mukamana Thacianna, umukirisitu wa Kiriziya Gatorika avuga ko batanze uruhare rwabo uko bashobojwe kandi ko babikoze kugirango iyogezabutumwa rigere kuri benshi bazaga gusenga bagahagarara kubera kubura aho bicara. Ati” Mbere yuko dutangira kubaka iyi Kiliziya byaratugoraga kuko wazaga gusenga ugasanga ntaho kwicara uribubone bitewe n’ingano ya Kiliziya twari dufite, ariko bamaze kutugezaho igitekerezo twabonye ko tugomba kugira uruhare, tubyakira neza kugirango iyogezabutumwa rikomeze kandi ryaguke kuko kuza ugasenga uhagaze ntabwo biba bishimishije“. Uwamahoro Bernard afite imyaka 56 akaba umukirisitu w’Iyi Paruwasi, yagize ati” Twebwe nk’abakirisitu b’ubu twagiye tumenya amakuru y’uko iyi Paruwasi yacu yakomotse kuri Misiyoni ya Kabgayi ahagana mu mwaka w’1945 maze Abapadiri bera bazana ijambo ry’Imana kandi ba ryigisha abakirisitu bemera kureka amadini gakondo bari baramaze kwimika mu mitima yabo no mu miryango yabo itandukanye”. Akomeza avuga ko yishimira ukwaguka k’ubukilisitu agereranije no hambere by’umwihariko ashingiye ku bakirisitu b’iyi Paruwase, aho ku cyumweru bagira Misa ebyiri ziturirwamo igitambo cya Misa muri Kiliziya biyubakiye. Perezida wa Komisiyo y’Iterambere muri Paruwasi aka na Perezida wa komite ishinzwe kubaka Kiriziya, Harelimana Boniface avuga ko bajya gutangira kubaka bashakaga gukemura ikibazo cy’abazaga mu gitambo cya Misa bakabura aho bicara, ariko kandi no gukuraho isakaro ryavugwaga ko ryangiza ibidukikije n’ubuzima bw’abantu (Fibro Ciment). Ahamya ko Abakirisitu bitanze kandi umusaruro ukaba ugaragara kuko mu mwaka w’ 1945 Kiriziya yakiraga abakirisitu 500, nyuma yaho bubaka indi yakira abagera ku 1000 ariko ubu “twizeye ko nibura abagera ku 2500 bazajya baza mu misa bazajya babona aho kwicara”. Padiri Mukuru wa Paruwasi yitiriwe Mariya Mutagatifu(Sancta Maria), Nzamurambaho Emmanuel yemeza ko ubufatanye bw’Abakirisitu Gatolika ndetse n’abakirisito b’andi matorero harimo abasengera mu Abayisilam, Abadivantisiti, abakirisitu ba ADEPR, Abaporoso n’abandi bose bafashije muri iki gikorwa, ko kandi bose bashakaga ineza y’ubukirisitu. Yagize Ati” Turishimira ko Ubufatanye tugirana n’abakirisitu bacu bagerageza kugaragaza inyota y’ijambo ry’Imana kandi bakabera abandi amatara meza kugera n’aho hari abakomoka mu yandi madini n’amatorero harimo Abasilamu, Abasengera muri ADEPR, abasengera mu itorero ry’ Abaporoso bagiye bitanga bagafatanya natwe kuko bazi neza ko ijambo ry’Imana riduhuriza mu Mana. Turabashimira ko bagize uruhare mu kuduherekeza twubaka iyi Kiriziya yacu“. Akomeza yemeza ko mu myaka 75 iyi Paruwasi ibayeho imaze kwibaruka abapadiri basaga 18 barimo; Padiri Ngerero Silas wayoboye Paruwasi Katedarale ya Kabgayi, Musenyeri Kalibushi, Musenyeri Musengamana Papias akaba umwepiskopi wa Byumba n’abandi. Ahamya kandi ko mu bigaragara iyi Paruwasi ifite byinshi byo kwishimira imaze kugeraho kandi bizakomeza kuko ubufatanye bw’abakirisitu n’andi matorero n’amadini byagaragaye ko byafasha ibyiciro byose bityo iyogezabutumwa amadini akora rikaguka“nubwo tudahuje imyemerere”. Paruwasi Sancta Maria Byimana ifite abakirisitu basaga ibihumbi 26 buri wese akaba yaragize uruhare mu iyubakwa ry’iyi ngoro inogeye abakirisitu b’Iyi Paruwasi. Kugeza ubu haturwa Misa 2 zishobora kwitabirwa n’abakirisitu ibihumbi 5000 buri cyumweru. Iyi Kiliziya yuzuye, yatangiye kubakwa mu mwaka wa 2013 n’abakirisitu. Bamwe batanze amafaranga hari n’abatanze amatungo magufi, abatanze imibyizi, babumba amatafari baranayatwika kugeza bujuje iyi Kiriziya ya Paruwasi Sancta Maria Byimana aho bemeza ko batewe ishema no kuzayitaha tariki ya 02 Nzeli 2023. Akimana Jean de Dieu
| 571 | 1,608 |
Namibia: Polisi yasabye Abadepite kuzamura igiciro cy’inzoga nyuma ya Covid-19. Umuyobozi w’igipolisi, Sebastian Ndeitunga, ubwo yari imbere y’itangazamakuru nkuko Namibiansun yabyanditse, yavuze ko kuba Abanyanamibia batari kunywa inzoga cyane ngo byagabanyije umubare w’ibyaha n’abafungwa bazira kurwana biturutse kubusinzi. Ikindi ngo byagabanyije umubare w’abarwayi benshi ibitaro byakiraga bakomerekeye mu mirwano yaturutse ku businzi. Sebastian Ndeitunga yasabye Abadepite gutekereza ku mushinga wo gushyiraho itegeko ryo kuzamura igiciro cy’inzoga na nyuma y’aho coronavirus izaba irangiye mu gihugu, mu rwego rwo kurinda abantu bazinywa cyane zikabatera kwishora mubyaha binyuranye kenshi bajyamo kubera gusinda. Ati “Uyu muryango urimo kuba umuryango muzima cyane bitewe n’uko nta nzoga ziri kunyobwa cyane. Ndifuza ko byakomeza gutya no mubindi bihe bizaza”. Muri iki gihe Namibia iri koroshya ingamba n’amabwiriza yashyiriwe kurwanya no gukumira covid-19, ariko utubari, utubyinirio n’ububiko bw’inzoga biracyakomeje gufungwa. Resitora zongeye gufungura ariko abakiriya basabwa kwambara udupfukamunwa no guhana intera. Kugeza ubu Namibia imaze kubarura abantu 16 byemejwe ko banduye coronavirus, 13 muri bo barakize kandi kugeza ubu nta muntu wapfuye azize icyo cyorezo muri iki gihugu. Umunyamakuru wa Kigali Today/KT Radio @ RavyNDIZEYE
| 177 | 515 |
Gicumbi: Abafatanyabikorwa n’abaturage beretswe impamvu y’imurikabikorwa. Ku munsi w’ejo ku wa Gatatu, mu Karere ka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru, hatangiye imurikabikorwa rizamara iminsi itatu, rikazarangira kuri uyu wa Gatanu taliki 30 Kamena 2023.
Uwera Parfaite, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, atangaza ko abazitabira imurikabikorwa bazarushaho kumenya ibibera mu Karere ndetse n’ibigaruka ku mibereho myiza yabo.
Bizanazamura igipimo cy’imyumvire y’abaturage ku bikorerwa mu Karere.
Ubuyobozi bw’Akarere bushimira abafatanyabikorwa bateguye imurikabikorwa bityo ngo rikazafasha Akarere gukomeza kunoza imikorere yako na bo.
Agira ati: “Uruhare rw’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’abaturage b’Akarere ka Gicumbi, ni ntagereranywa.
Tubashimira uruhare bagiye bagira mu mibereho myiza, mu iterambere ry’ubukungu, ubwo ndavuga mu buhinzi aho twagiye tubona abafatanyabikorwa batandukanye, ariko no mu miyoborere myiza”.
Uwera avuga ko ibyo byose byateguwe mu muco wo kugaragaza abafatanyabikorwa bakorera mu Karere ariko ngo ni no gukorera mu mucyo ndetse no gutanga serivisi nziza inoze.
Akomeza avuga ati: “Imurikabikorwa rizamara iminsi itatu, ni umwanya mwiza wo kugaragaza ibikorwa no kwigiranaho, aho abafatanyabikorwa bigira kuri bagenzi babo.
Uzaba umwanya ukomeye cyane ku bafatanyabikorwa b’Akarere bibumbiye muri JADF bazakomeza kwitabira iki gikorwa kugira ngo bagaragarize abaturage ibyo babakorera”.
Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, ashima uruhare rw’abafatanyabikorwa bagize mu kwesa imihigo, imwe muri yo ikaba yareshejwe 100%.
Ati “Ni uruhare rwanyu birumvikana ku bufatanye n’Akarere, turabashimira mu nkingi zose”.
Hanyurwimfura Ignace, Umuhuzabikorwa wa Sustainable Growers Rwanda nk’umwe mu bafatanyabikorwa b’Akarere ka Gicumbi, asobanura ko bakorana na Koperative Amayugi Coffee kuva mu 2010.
Sustainable Growers Rwanda ifasha abahinzi gutanga umusaruro mu buryo burambye no kubafasha mu ruhererekane nyongeragaciro rwa kawa mu buryo burambye kandi bugamije isoko.
Uyu mufatanyabikorwa ahamya ko abanyamuryango ba Koperative batangiye ari 108, batunganya ikawa mu buryo bwa gakondo kuko ngo ikawa bayirongeraga mu mabase.
Ashima intera Koperative imaze kugeraho mu rwego rw’iterambere.
Hanyurwimfura yagize ati: “Ubu imaze kugera ku banyamuryango 312 tukaba twarabafashije kubabonera imashini zigezweho zitunganya umusaruro neza kugira ngo ubwiza bw’umusaruro babona ubashe kubaha igiciro cyiza ku isoko mpuzamahanga”.
Padiri Nzabonimana Augustin, Perezida w’ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere, yizeza ko bazakomeza gufatanya kuzamura imibereho y’abaturage mu Karere ka Gicumbi.
Yavuze kandi ko abafatanyabikorwa b’Akarere bari mu byiciro bitandukanye.
Mu bukungu habarurwa abafatanyabikorwa 12, mu mibereho myiza harimo abafatanyabikorwa 21, mu gihe mu miyoborere myiza harimo abafatanyabikorwa 25 hatarimo amakoperative n’amatsinda.
Abafatanyabikorwa berekanye ibyo bakora mu Karere ka Gicumbi (Foto: Mutumwa)
Abafatanyabikorwa bagize umwanya wo kumurika ibyo bakora (Foto Mutumwa)
Uwera Parfaite, Umuyobozi wungirije w’Akarere ka Gicumbi, yasobanuye impamvu hakorwa imurikabikorwa buri mwaka (Foto Mutumwa)
| 384 | 1,270 |
UTEKEREZA KO ARI IKI CYATUMA WIZERA KO UZABAHO NEZA MU GIHE KIZAZA:. UTEKEREZA KO ARI IKI CYATUMA WIZERA KO UZABAHO NEZA MU GIHE KIZAZA:
Kwiga amashuri menshi?
Kuba umukire?
Kuba umuntu mwiza?
Ikindi?
Bibiliya igira iti:
“Umenye ubwenge ku bw’ubugingo bwawe. Niba warabubonye, uzagira imibereho myiza mu gihe kizaza.”IMIGANI 24:14.
Mu Byanditswe Byera uzabonamo inama z’ubwenge zizatuma ubaho neza mu gihe kizaza.
| 55 | 180 |
Equity Bank irishimira isoko imaze kugira mu Rwanda. Ibi ni ibyatangajwe n’umuyobozi mukuru w’iyi Banki, James Mwangi, ubwo we n’itsinda ry’abagize inama nkuru y’ubutegetsi bw’iyi Banki riri mu mwiherero mu Rwanda babonanaga na Perezida wa Repubulika kuri uyu wa Kabiri taliki 22/7/2014. Aganira n’abanyamakuru, uyu muyobozi yavuze ko ngo kuba bamaze kugira isoko rinini mu gihugu mu gihe cy’imyaka ibiri gusa, ngo babikesha ubufatanye bwiza bagiranye na Leta, kandi nabo bakaba bizeje Perezida Kagame ko bagiye gufasha u Rwanda mu bikorwa bitandukanye by’iterambere. Yagize ati: “Twaje hano n’itsinda nyoboye gushimira Perezida Kagame kuko mu gihe cy’imyaka ibiri gusa tumaze dutangiye gukorera mu Rwanda, twahawe ubufasha bwose dukeneye kuburyo tumaze kubona abakiriya bangana ni 3500. Iyi ni intambwe ishimishije.” Mwangi kandi yongeyeho ko ngo usibye isoko rinini bamaze kugira mu Rwanda, ngo nabo bishimira ko byinshi mubyo basezeranyije u Rwanda babigezeho. “Usibye kuba dufite iri soko rinini, hari na byinshi mubyo twasezeranyije Abanyarwanda twagezeho. Muri ibi twavuga nk’uburyo bwo kwishyura amafaranga hakoreshejwe amakarita ya Visa, Master cards ndetse n’ikoranabuhanga rikoreshwa muri America, Ubuyapani n’Ubushinwa. Ikindi twayemeje ni ukugera hirya no hino mu gihugu cyane cyane mu byaro, dukoresheje uburyo bwo kugira abaduhagarariye. Kugeza ubu dufite abaduhagarariye hirya no hino mu gihugu bangana na 700 bakaba batanga bakanakira amafaranga inshuro zirenga 10,000.” Uyu muyobozi yakomeje avuga ko ngo ahanini baje kugisha inama Perezida Kagame mu byo bakeneye ko yabafasha ndetse n’aho bashora amafaranga mu kunganira u Rwanda muri gahunda y’iterambere. “Hamwe muho Perezida Kagame yadusabye gushyira ingufu ni uguteza imbere ubucuruzi n’inganda. Twumvikanye ko twanatera inkunga amasosiyete atandukanye akora ibijyanye n’ubucuruzi akabasha gutanga akazi ku banyarwanda benshi.” Usibye ibi bikorwa bigiye gushyirwamo imbaraga na Equity Bank, umuyobozi wa Equity avuga ko ngo iyi Banki mu minsi iri imbere izinjira mu isoko ry’imigabane kugirango Abanyarwanda nabo bayigiremo imigabane. Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Amb. Claver Gatete, yavuze ko kuba ubuyobozi bukuru bw’iyi Banki bwahisemo gukorera umwiherero mu Rwanda ngo byerekana icyizere cy’ibyo bashaka gukora mu kunganira iterambere ry’igihugu. Ati “Ubushize uyu muyobozi yaje ayoboye iri tsinda baje gufungura ku mugaragaro iyi Banki mu Rwanda. Yijeje Perezida wa Repubulika ko azagaruka kumwereka ibyo bagezeho ndetse n’ibyo bakoze mu guteza imbere ibikorwa bitandukanye mu gihugu. Bimwe mu bikorwa bakoze ni uburyo bw’ikoranabuhanga aho bakorana na Rwanda Online. Banafasha mu bindi bikorwa byinshi by’iterambere mu Rwanda. Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yabijeje ubufatanye mubyo bifuza kugeraho mu gihugu”. Kugeza ubu, Equity Bank imaze gushora imari mu Rwanda ingana na miliyoni 30 z’Amadolari ya Amerika, ikaba imaze no gutanga akazi ku banyarwanda bangana na 275. Usibye kuba ikorera mu Rwanda na Kenya, iyi Banki ifite amashami muri Uganda, Tanzaniya na Sudani y’Amajyepfo. Dan Ngabonziza
| 434 | 1,150 |
Diamond Platnumz yahishuye impamvu yahisemo kugura indege ye bwite. Umuhanzi Diamond Platnumz uri mu bahanzi bakunzwe muri Afurika, yahishuye ko yahisemo kugura indege ye bwite (Private Jet) nyuma yo kubona ko asigaye agira ingendo nyinshi kandi zimusaba kujyana n’itsinda rinini ry’abantu.Muri Kamena 2022 nibwo Diamond Platnumz yari yahishuye ko ateganya kugura indege ye bwite. Nyuma y’ukwezi abitangaje, mu mpera za Nyakanga 2022, uyu mugabo yahise ayigura koko.Mu kiganiro Diamond Platnumz aherutse kugirana na Deutsche Welle, yavuze ko yahisemo kugura (...)Umuhanzi Diamond Platnumz uri mu bahanzi bakunzwe muri Afurika, yahishuye ko yahisemo kugura indege ye bwite (Private Jet) nyuma yo kubona ko asigaye agira ingendo nyinshi kandi zimusaba kujyana n’itsinda rinini ry’abantu.Muri Kamena 2022 nibwo Diamond Platnumz yari yahishuye ko ateganya kugura indege ye bwite. Nyuma y’ukwezi abitangaje, mu mpera za Nyakanga 2022, uyu mugabo yahise ayigura koko.Mu kiganiro Diamond Platnumz aherutse kugirana na Deutsche Welle, yavuze ko yahisemo kugura indege ye bwite kuko yabonye aribyo bihendutse ugereranyije n’amafaranga yakoreshaga atega mu gihe afite gahunda hanze y’igihugu.Ati “Nkubwije ukuri naguze indege yanjye bwite kubera ko ndi kugenda ntera imbere. Ntabwo nayiguze kuko nshaka kwirata ahubwo nayiguze kuko aribyo bikwiye. Reba ibitaramo bizenguruka Isi ndi gukora. Mfite ibitaramo byinshi binsaba nko kuba nakorera ingendo mu bihugu bitatu mu gihe gito. Iyo urebye umubare w’abantu njyana nabo n’amafaranga nkoresha ntega indege, usanga ari byiza ko nagura indege yanjye bwite, bizamfasha kuzigama amafaranga menshi.”Iyi ndege bwite ya Diamond Platnumz niyo amaze iminsi yifashisha mu ngendo ze zitandukanye. Urugero niyo we n’umukobwa we, Princess Tiffah bakoresheje ubwo bari bari mu rugendo ruva muri Afurika y’Epfo rujya muri Kenya aho yari afite igitaramo.Uyu muhanzi w’icyamamare yanaguze imodoka ihenze cyane ya Rolls Royce muri 2021.Muri 2020 yari yaguze ko azagura indege ya miliyoni 4 z’amadolari.Afite amazu muri Tanzania, Kenya na South Africa,kongeraho iyi Rolls-Royce Cullinan, BMW X6, Cadillac Escalade Black Edition, Cadillac Escalade Sky Captain Edition, Toyota Land cruiser V8 na Toyota Land cruiser TX.
| 317 | 819 |
Urukiko rwanze gukuraho ubusembwa Ingabire Victoire. Madamu Ingabire Victoire yatangaje ko yababajwe nuko urukiko rukuru rwanze kumukuraho ubusebwa ngo aziyamamaze mu matora ya Perezida ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka.Urukiko Rukuru rwa Kigali rwavuze ko rwanze guha Ingabire Victoire ihanagurabusembwa yasabye kuko igihe yatangiye ikirego kinyuranyije n’ibiteganywa n’amategeko.Urukiko rusanga kuba hari ibyo yategetswe kubahiriza n’iteka rya Perezida kandi bikaba bitararangira, adakwiriye guhabwa ihanagurwabusembwa.Rwagaragaje ko agomba kubanza kwikiranura n’ibyo asabwa n’Iteka rya Perezida mbere yo gusaba ihanagurwabusembwa rugasanga igihe cyakurikizwa cyo gusaba ihanagurwabusembwa ari ugutegereza imyaka itanu nyuma yo gusoza igihe cy’igifungo yari yarakatiwe.Umucamanza yavuze ko kubera izo mpamvu ikirego cye gisaba ihanagurwa busembwa “nticyakiriwe ngo gisuzumwe”.Abinyujije mu rwandiko yanyujije kuri X,Madamu Ingabire yavuze ko urukiko rwanze kumukuraho ubusembwa bwo gufungwa bityo ko atanyuzwe n’uwo mwanzuro.Yavuze ko ibi byamubabaje kuko byaje mu gihe kibi kuko yiteguraga kwitabira amatora ya Perezida wa Repubulika.Ku wa 14 Gashyantare nibwo Ingabire Victoire Umuhoza yaburaniye mu Rukiko Rukuru asaba guhanagurwaho ubusembwa.Uyu yasabye gukurirwaho ubusembwa kuko yafunzwe nyuma yo gukatirwa n’Urukiko Rukuru rwa Kigali mu rubanza rwaciwe tariki ya 30 Ukwakira 2012.Icyo gihe yahamijwe icyaha cy’ubugambanyi n’icyaha cyo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi. Gusa mu 2018, yarekuwe ku mbabazi za Perezida Kagame.Yagaragaje ko ubwo yahabwaga imbabazi, yagiriwe inama y’uko agomba kwitwararika mu kutitesha amahirwe y’imbabazi yahawe na Perezida wa Repubulika.Ibyo birimo kudasubira mu byaha yahaniwe, kurwanya ipfobya rya Jenoside n’ibindi.Yavuze ko impamvu ashingiraho asaba guhanagurwaho ubusembwa, ari uko imyaka itanu iteganywa yageze, kandi impanuro yahawe n’Ubuyobozi bwa RCS yagerageje kuzikurikiza no kubyubahiriza.Icyo gihe,Ubushinjacyaha bwavuze ko usabye ihanagurwabusembwa wese adahita abyemererwa ahubwo bisaba ko uwafunguwe yaba yararanzwe n’imyitwarire myiza.Busanga ihanagurabusembwa ridahita ritangwa kuko umushingamategeko yagaragaje ko urukiko rushobora kwemerera uwarisabye cyangwa ntirumwemerere.Bwavuze ko hari impamvu zituma ubusabe bwa Ingabire Victoire budakwiye kwemerwa.Zirimo ko mu gihe cyose yamaze ahawe imbabazi, atigeze yubahiriza ibyo yategekwaga muri iryo teka.Bwagaragaje ko ibyo yari yategetswe atigeze abyubahiriza, rutanga urugero ku bijyanye no kujya yitaba umushinjacyaha ku rwego rw’ibanze rw’aho atuye inshuro imwe mu kwezi.Bwavuze ko mu 2020 kuva muri Nzeri kugeza mu Ukuboza, mu 2021 kuva muri Gicurasi kugera muri Kanama, mu 2022 mu Ugushyingo atigeze yitaba n’umwaka ushize mu kwezi kwa Werurwe na Ukuboza.Ubushinjacyaha buvuga ko mu byo yitwazaga nk’impamvu yo kutitaba harimo ibihe bya Covid-19 nubwo atari byo.Bwavuze ko hari amezi abantu batigeze bitaba ariko muri ayo mezi yagaragajwe ko atitabye ubushinjacyaha n’abandi bari mu cyiciro kimwe basinye bityo bikaba bidakwiye kwitirirwa Covid-19.
| 390 | 1,219 |
Bwa mbere mu mateka Rafael Nadal yatsindiwe ku mukino wa mbere muri Roland-Garros. Ku nshuro ya mbere mu buzima bwe burebure kandi buhebuje mu mukino wa Tennis Rafael Nadal
yatsinzwe muri French Open na Alexander Zverev ukomoka mu gihugu cy’u Budage. Uyu musore ufite imyaka 27 akaba ari nimero ya 4 ku isi kugeza ubu. Rafael Nadal watsinze inshuro 14 muri French Open ndetse yatwaye Grand Slams 22, yatsinzwe na Alexander Zverev ukiri muto amaseti 6-3 7-6 (7-5) 6-3 mu mukino wamaze amasaha atutu n’iminota itanu. Nadal yaciye amarenga ko bishoboka ko waba ari umukino we wa nyuma. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru nyuma yo gutsindwa yagize ati." Sinzi niba ari wo mukino wanjye wa nyuma hano, niba ari wo nibura nabonye ibyishimo". Mu mikino 116 Nadal amaze gukina muri Roland Garros yatsinzwemo 4, Alexander Zverev abaye umukinnyi wa 3 ku isi utsinze Rafael Nadal muri iri rushanwa ribera mu gihugu cy’u Bufaransa mu mujyi wa Paris. Nadal yaherukaga gutsindwa na Robin Soderling muri 2009 na Novak Djokovic muri 2015 na 2021.
| 171 | 393 |
Perezida Tshisekedi yinjije muri Guverinoma Jean Pierre Bemba na Vital Kamerhe. Perezida Felix Tshisekedi yakoze impinduka muri Guverinoma,aho yazanye amazina mashya, nka Jean-Pierre Bemba wagizwe Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ingabo, naho Vital Kamerhe aba Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ubukungu bw’igihugu.Icyakora Minisitiri w’Intebe yakomeje kuba Jean-Michel Sama Lukonde,mu gihe Peter Kazadi yagizwe Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu n’umutekano.Izi mpinduka zatangajwe kuri uyu wa Gatanu (...)Perezida Felix Tshisekedi yakoze impinduka muri Guverinoma,aho yazanye amazina mashya, nka Jean-Pierre Bemba wagizwe Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ingabo, naho Vital Kamerhe aba Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ubukungu bw’igihugu.Icyakora Minisitiri w’Intebe yakomeje kuba Jean-Michel Sama Lukonde,mu gihe Peter Kazadi yagizwe Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu n’umutekano.Izi mpinduka zatangajwe kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Gicurasi.Antipas Mbusa Nyamwisi yagizwe umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubutwererane n’akarere.Uyu mbere yo kujya muri Guverinoma nka Minisitiri ushinzwe ubutwererane n’akarere ndetse na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ku bwa Perezida Joseph Kabila, yayoboye umutwe wa Rassemblement Congolais pour la démocratie-Kisangani/Mouvement de libération (RCD-K/ML).Nyamwisi yahoze akuriye inyeshyamba za RCD-Kisangani we na Wamba Dia Wamba zarwanyaga uwari Perezida Laurent Kabila nyuma yaje kwinjira muri leta, aba minsitiri w’igenamigambi kugeza mu 2011 ubwo yeguraga akiyamamariza kuba perezida.Christophe Lutundula Apala yakomeje kuba Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga naho Patrick Muyaya Katembwe akomeza kuba Minisitiri w’itumanaho akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma.Jean Pierre Bemba wagizwe Minisitiri w’Ingabo na we ni umwe mu banyapolitiki bakomeye muri iki gihugu, ndetse yabaye Visi Perezida ku bwa Perezida Joseph Kabila, kugeza mu 2006.Uyu we yahoze ayobora umutwe witwaje intwaro wa Mouvement pour la Liberation du Congo (MLC).Jean Pierre Bemba yafunzwe imyaka 10 muri gereza y’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ku byaha by’intambara yakoze ubwo yari umukuru w’inyeshyamba zakoze ubwicanyi ndengakamere no gufata abagore ku ngufu muri Centrafrique. Yagarutse muri DR Congo mu 2018 arangije igifungo.Naho Vital Kamerhe, inshuti ya hafi ya Tshisekedi, umwaka ushize yagizwe umwere nyuma yo gufungwa mu 2020 ashinjwa kunyereza imari ya leta igera kuri miliyoni hafi 48 z’amadolari ubwo yari umukuru w’ibiro bya perezida Tshisekedi.Bemba na Kamerhe ni bamwe mu binjiye muri guverinoma igizwe n’abantu 58 mu mpinduka umuvugizi wa perezida yavuze ko zari “zikenewe kandi zihutirwa”, mu itangazo ryasomewe kuri televiziyo y’igihugu kuwa kane nijoro.Ni impinduka zikozwe mu gihe ubutegesi bwa Tshisekedi bukomeje kunengwa kubera ibibazo byugarije igihugu, birimo umutekano muke mu burasirazuba bw’igihugu.Izi mpinduka, zikomeye kurusha uko byari byitezwe, zibaye mbere y’amatora ya perezida ateganyijwe mu Ukuboza(12) uyu mwaka, aho Tshisekedi ashobora kwiyamamariza manda ya kabiri.Bemba na Kamerhe ni bamwe mu bigugu (abantu bakomeye kandi bamaze igihe) muri politiki ya Congo bashobora gukomeza uruhande rwa Tshisekedi mbere y’aya matora.
| 428 | 1,276 |
Rwemarika yasubije abibaza niba azongera kwiyamamaza. Rwemarika Felicite uherutse kwiyamamariza kuyobora FERWAFA ariko ntabashe gutsinda amatora bitewe na bamwe mu bagombaga gutora batumye amajwi yabo aba imfabusa,yatangaje ko atarafata icyemezo ku byerekeranye no kuzongera kwiyamamaza mu matora ataha, aho akiri kwiga neza kuri aya matora aheruka. Rwemarika wasigaye ari umukandida rukumbi muri aya matora ya FERWAFA yabaye taliki ya 30 Ukuboza 2017,aherutse gutangariza Radio Rwanda ko atarafata umwanzuro niba azongera kwiyamamaza kuko acyiga (...)Rwemarika Felicite uherutse kwiyamamariza kuyobora FERWAFA ariko ntabashe gutsinda amatora bitewe na bamwe mu bagombaga gutora batumye amajwi yabo aba imfabusa,yatangaje ko atarafata icyemezo ku byerekeranye no kuzongera kwiyamamaza mu matora ataha, aho akiri kwiga neza kuri aya matora aheruka.Rwemarika wasigaye ari umukandida rukumbi muri aya matora ya FERWAFA yabaye taliki ya 30 Ukuboza 2017,aherutse gutangariza Radio Rwanda ko atarafata umwanzuro niba azongera kwiyamamaza kuko acyiga neza ku mpamvu yatumye atabasha kubona amajwi 27 yasabwaga kugira ngo abashe kwegukana iyi ntebe ya FERWAFA.Yagize ati“kugeza ubu ntabwo nabaha igisubizo kuko sindabitekerezaho.Ndacyatekereza ku matora ashize,ndacyareba uko bizagenda nyuma y’aho gusa ntabwo ndafata umwanzuro niba nziyamamaza cyangwa ntaziyamamaza.Ndacyareba aho byapfiriye kugira ngo nanirwe gutsinda amatora.”Nyuma yo gutsindwa kwa Rwemarika mu matora ya FERWAFA aheruka,akanama gashinzwe amatora kemeje ko FERWAFA ikomeza kuyoborwa na Nzamwita Vincent De Gaulle na komite ye mu gihe cy’amezi 3, aho azagira uruhare mu gutegura amatora akurikira.Rwemarika yanenze bikomeye abari bahagarariye amatora banze gutora ahubwo bagatuma amajwi yabo aba imfabusa aho yavuze ko ntaho umupira w’amaguru mu Rwanda uzagera mu gihe abawuyoboye bataramenya gufata ibyemezo bikwiriye.
| 248 | 730 |
Ruhango/Amatora: Gutora byatumye biyumvamo indi mbaraga batari bafite. Benshi mu rubyiruko rugejeje igihe cyo gutora ariko bakaba aribwo bwa mbere batoye, bavuga ko mu myaka itambutse babonaga abantu bajya gutora bakumva ko ntaho bahuriye, ko aribo Banyarwanda buzuye, ko hari imbaraga bafite n’uburenganzira bahwabwa bo batagira. Nyuma yo gutora, bavuga ko aribwo nabo noneho bakumva ko bafite uburenganzira nk’ubw’abandi n’imbaraga zingana. Amatora y’Umukuru w’Igihugu ndetse n’ay’Abadepite yabaye kuri uyu wa 15 Nyakanga 2024, hari abayitabiriye batora ku nshuro ya mbere. Abo biganjemo urubyiruko rutigeze rwitabira andi matora yabanje kuko bari bataruzuza imyaka yo kwemererwa gutora. Benshi muri aba basore n’inkumi, bari bafite amatsiko, ndetse bumva ko kudatora hari uburenganzira bibambura. Hari n’abavuga ko kuba batari bafite ubwo burenganzira batiyumvaga nk’abandi banyarwanda iyo bajyaga gutora bo bagasigara. Ineza Pride, afite imyaka 19 y’amavuko yaratoreye kuri Site ya Gitisi. Yishimira kuba yaragize uruhare mu kwitorera Perezida wa Repubulika ndetse n’Abadepite bazajya mu nteko ishinga amategeko akaba afite uruhare mu kubatora. Yishimira ko ubu nawe hari indi mbaraga agize yajyaga abonana abandi bajyaga gutora we ntajyeyo bitewe n’uko atari abyemerewe. Avuga ko yumvaga ibyo bituma yisanga nk’udafite uburenganzira nk’ubw’abandi banyarwanda. Ati“ Ubu nishimye cyane kuko nanjye byamfashije kwihitiramo Umuyobozi nshaka. Byanshimishije cyane kukoba ntera igikumwe nkihitiramo umuyobozi nshaka. Kuba nari ntaratora numvaga iki gihe ngitegereje cyane! Ndumva hari ikindi kigero nagezeho mu buzima, hari imbaraga nagize ntari mfite iyo nabonaga abandi batora njyewe ntabyemerewe”. Akomeza ati“ Nabonaga abandi bajya gutora nkibaza igihe nanjye nzaba mbyemerewe nkabasha kuyoborwa n’abo nagize uruhare mu kwishyiriraho. Hari irindi peti ryo kuba Umunyarwanda ryiyongereye kuri njye. Gutora Umuyobozi w’Igihugu nabyo ni irindi shema. Gutora, kugira uruhare mu kwishyiriraho ubuyobozi ni byiza. Iyo utaratora uba wumva hari akantu kabura”. Gaudence, afite imyaka 19 y’amavuko akaba yatoreye kuri Site ya Nyamagara. Avuga ko yajyaga abona abandi bajya gutora agasigara ababaye yumva ko we atari kimwe n’abandi. Ati“ Gutora byanshimishije cyane kuko ntoye ari ubwa mbere. Najyaga mbona abandi batora njyewe ntajyayo bikambabaza. Nishimiye gutora uwo numva ko azanyobora. Mbaye nanjye umunyarwanda nk’abandi, mfite uburenganzira nanjye bwo kwihitiramo uzanyobora”. Niyoyigenera Shakila, afite imyaka 22 y’amavuko. Yasohotse mu biryo by’itora aseka nyuma yo kuba aribwo bwa mbere atoye. Avuga ku mpamvu zamuteye guseka, yagize ati“ Nsekejwe nuko ari byiza kuba ntoye Umukuru w’Igihugu, ndi kumva azatugirira akamaro kuko mufitiye icyizere. Mu bintu mbonye bidasanzwe ni uko ngiye bakampereza igipapuro aribwo bwa mbere nkibonye, ndatora”. Kuba yazindutse iyarubika ajya gutora, hari impamvu asobanura, Ati“ Nagira ngo ntakererwa, ntasanga bancitse birangiye nanjye ngahomba gutora. Byanshimishije cyane kuko nanjye ndi Umunyarwanda, binyeretse ko nanjye ndi Umunyarwanda”. Valens Habarurema, Meya w’Akarere ka Ruhango asanga kwitabira amatora, haba abato ndetse n’Abakuru hari ishusho bitanga mu rwego rw’Imiyoborere ndetse n’imibanire y’Ubuyobozi n’Abaturage. Ati“ Biraduha ishusho mu iterambere ry’Umuturage, biraduha ishusho yuko Abaturage bazi ko Imiyoborere myiza y’Igihugu ariyo bahora bakeneye kugira ngo bahore babona uko bikorera imirimo yabo, kugira ngo batere imbere. Biraduha n’ishusho yuko Abaturage bazi icyo gukora, basobanukiwe neza icyo bakeneye”. Akomeza ati“ Icyo bakeneye ni ukugira ngo bajye mu mirimo yabo, ariko na gahunda z’imiyoborere bazishyiriyeho. Biraduha ishusho yuko bazi yuko imiyoborere y’Igihugu ari iyabo, Abaturage nibo badushyiraho. Ishusho biduha ni uko buri wese azi inshingano ze, inshingano z’Umunyagihugu inshingano z’Umuturage ni ukwishyiriraho abayobozi mu gihugu gifite Demokarasi”. Muri aya matora ya Perezida wa Repubulika ndetse n’Abadepite, Akarere ka Ruhango hari Site zitorerwaho 66, hateguwe kandi ibyumba by’itora 547. Henshi kuri site z’itora, abaturage bazindutse iyarubika baratora ku buryo hari n’aho ku I saa munani bari basoje gutora, bamwe bagiye mu mirimo bagaruka kureba uko amajwi abarurwa. Munyaneza Théogène
| 582 | 1,715 |
Ngororero: Bibutse Abatutsi bishwe mu 1993, biyemeza kwamagana abahakana Jenoside. Abarokotse Jenoside bo mu yahoze ari Komini Ramba, bavuga ko kuva inkotanyi zatangiza urugamba rwo kubohora Igihugu batangiye kwicwa, bigaragaza ko Jenoside itatewe n’ihanurwa ry’indege ya Habyarimana nk’uko abagoreka amateka babivuga. Mukaribagiza Floride agaragaza ingero z’imiryango n’amazina y’Abatutsi bishwe mu 1973, no mu myaka ya 1990-1994, iyi myaka ya nyuma yo ikaba ari nayo yanditse ku rwibutso rwa Kibilira bitandukanye no ku zindi nzibutso mu Gihugu. Avuga ko iyo habaga inama zitandukanye z’abayobozi icyavagamo kwari ukuza kwica Abatutsi, kubasahura no kubatoteza, kugeza n’ubwo ubwicanyi bwakomeje muri Ramba bitandukanye n’ahandi, kuko kuva Inkotanyi zatangiza urugamba nta na rimwe Abatutsi batishwe. Avuga ko abishwe ku ya 25 Mutarama 1993, bashyinguwe ku Mukore wa Rwabugiri, bimurwa ku wa 20 Gicurasi 2012, bajyanwa mu Rwibutso rwa Kibirira. Avuga ko kuva mu 1990 kugeza 1994, Abatutsi babayeho batariho kuko bwariraga bati ntibucya, baza no guhura n’akaga mu gihe cy’abacengezi mu 1997, aho nabwo bakomeje guhigwa. Agira ati “Abitwaza ihanurwa y’indege ko ari ryo ryateye Jenoside bajye baza iwacu aho batwishe kuva na mbere, ibyo mu 1959 simbizi numva babivuga ariko kuva mu 1973 iwacu Abatusi barishwe, 1990 baricwa, 1993 baricwa nibo twibuka uyu munsi 1994 yo iza ari rurangiza”. ICyakora n’ubwo biciwe ababo, bavuga ko umutima w’imbabazi bakiwufite kuri buri wese watanga amakuru y’ahakiri imibiri y’ababo ngo ishyingurwe mu cyubahiro, mu rwego rwo gukomeza kunga ubumwe kandi ko bifuza gukomeza kubana neza n’imiryango y’ababahemukiye n’abandi Banyarwanda. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatumba, Nkurunziza Eliphaz ashimira abarokotse Jenoside uko bakomeje kwiyubaka kubera umutekano usesuye. Avuga ko ubundi inyamaswa nazo zigira impuhwe, nyamara abicanyi bahindutse inyamaswa kugeza n’ubwo bica abana babo n’abo bashakanye, banica abihaye Imana babahaga amasakaramentu banabigisha gukundana. Avuga ko kuba uwahoze ari Padiri mukuru wa Paruwasi ya Nyange, Seromba, yategetse gusenyeraho Abatutsi kiliziya, byongera kugaragaza urwango rwari rwarabaye indenga kamere. Yongeraho ko ntawahindura amateka, ahubwo ikiriho ari ukurenga ubugwari bwaranze abayobozi ba Leta mbi y’abicanyi, ahubwo abarokotse bagaharanira kwiyubaka. Agira ati “Turi abahamya bo kugaragaza ko ubuzima buhari, duharanire icyagira u Rwanda rwiza kurushaho, uyu munsi twifitiye icyizere duharanire kuba umusemburo w’iterambere, amateka yacu adufashe guhindura ubuzima". Asaba abarokotse kwirinda icyabatanya ahubwo bakicara bagatekereza cyane, kandi bagahugurana ku cyatuma barushaho gutera imbere, bakarwanya abashakira inabi Igihugu, bagaharanira amahoro mu miryango kuko ari ho Igihugu gishinzwe imizi. Agira ari "Icyo dusabwa ni uguhinduka kugira ngo tuzasoze urugamba ababyeyi bacu batangiye, tukabibuka tugakira ibikomere kuko nibyo bizadufasha gukomeza kwiyubaka". Abarokotse Jenoside b’i Kageyo bavuga ko kurokokera mu Ngororero bitari byoroshye, bakifuza ko Abanyarwanda bakwiye kwirinda abashaka kongera kubaryanisha, ahubwo bakarushaho gutanga amakuru ku bakomeje gushaka guhungabanya umutekano. Umunyamakuru @ murieph
| 433 | 1,287 |
nabi, bamwe bavuga ko babatokoza, abandi basaba imbabazi ngo ntibazongera kuba Abatutsi, ndetse uko bashyiragaho itaka bamwe barwanaga no kuzamuka ngo bave muri icyo cyobo ariko bikaba iby’ubusa. Abana bose bahiciwe ni 78. Kuva aho hantu werekeza ku Murenge wa Nyarubaka abagore n’abakobwa bahaguye ni benshi kuko bakomeje kubashorera babica, babashinyagurira kugera bageze ahitwa i Musumba noneho bagakubitwa bikomeye cyane. Aho i Musumba bahakubitirwaga iruhande rwabo uwari Burugumesitiri wa Komine Nyamabuye RUZIGANA Emmanuel yaje kuhakoreshereza inama. Bake babashije gusigara bageze i Kabgayi, abandi bakomeza kuzerera mu mashyamba kugeza Jenoside irangiye. Abatutsi biciwe mu Ishuri ry’Ubuhanga (Ecole des Sciences) mu Byimana Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, Abatutsi 105 biciwe mu isambu y’ikigo cy’amashuri yisumbuye cya Byimana mu ishyamba. Ikigo giherereye mu cyahoze ari Perefegitura ya Gitarama, Komini Mukingi, Segiteri ya Muhororo muri Serire ya Kigarama ubu ni mu Karere ka Ruhango, Umurenge wa Byimana, Akagali ka Bukomero mu Mudugudu wa Muhororo. Cyari ikigo gicungwa n’abafurere Maristes kugeza n’ubu nibo bagicunga. Hiciwe Abatutsi benshi by’umwihariko bakuwe i Kabgayi aho bari barahungiye barimo n’Abafurere Maristes b’Abatutsi babaga mu kigo cy’abafurere mu Byimana, bahungiye i Kabgayi kuwa 24/04/1994 nyuma yo kwirukanwa mu kigo na bagenzi babo bakajyanwayo n’uwitwa Uwamungu Jean Bosco wari ukuriye ikigo. Ku itariki ya 29/4/1994 babanje kwica umwarimu witwaga Nteziyaremye Migabo Lazare bamukura mu kigo bajya kumwicira mu gasantere ka Byimana aho yari atuye. Nyuma yaho, ku itariki 13/05/1994, hishwe gusa abarimu b’Abatutsi bigishaga mu kigo cy’ishuri cya Byimana barimo Rubayiza Etienne wiciwe mu kigo aho yari yihishe, Gasana Balthazar na Nyirakazungu Gloriose bari batuye hanze y’ikigo mu nzu y’abafurere bishwe barashwe n’abasirikare bari mu kigo. Gasana yicanwe n’umwana we w’umuhungu witwaga Niragire Prudence. Muri iki kigo habaga abagore b’abasirikare bo mu Kigo cya Gako bari barahunze Bugesera imazwe gufatwa bari kumwe n’abasirikare ba Ex-FAR bagiye bakomerekera ku rugamba. Ni bamwe mu bagize uruhare muri uwbo bwicanyi. Ku wa 24/5/1994 nibwo abasirikare bakuye Abafurere bo mu Byimana i Kabgayi aho bari barahungiye barimo Gatari Gaspard wari ushinzwe amasomo mu kigo cya Byimana (préfet des études), Nyirinkindi Canisius na Bisengimana Fabien bari abafurere Maristes baza kubicira mu Byimana. Hari abandi bakoreraga i Kabgayi barimo Furere Munyanshongore Martin akaba yari umukuru w’abafurere Josephites mu Rwanda wari ufite icyicaro i Kabgayi. Hazanywe kandi Padiri Niyonshuti Celestin wigeze gukorera ubutumwa muri Paruwasi Gatulika ya Byimana n’umubikira witwa Mama Benigne wo mu muryango w’Abenebikira wari ushinzwe ikigo cyo guteza imbere imirire myiza (centre nutritionnel) cya Diyosezi ya Kabgayi nabo biciwe mu Byimana. Muri rusange i Kabgayi hakuwe abafurere, abihaye Imana n’abandi batutsi bari barahahungiye by’umwihariko abari basanzwe bazwi, barimo KALINDA Viateur wari umunyamakuru w’imikino kuri Radio Rwanda n’abandi. Mbere yo kubagarura kwicirwa mu Byimana, abafurere bagenzi babo bo mu Byimana babanje kujya babagemurira ibiryo i Kabgayi. Ibyo byatumaga bamenya abahahungiye no gukurikirana amakuru yabo kugeza ubwo basabye ko bicirwa mu Byimana. Bamaze kuhabageza bicishijwe imbunda bakaba barishwe n’abasirikare bari baraje mu kigo cy’abafurere nyuma yo kurasirwa ku rugamba. Muri bo harimo Lt Monique n’umusirikare witwa Nzayisenga wavukaga mu Byimana. Bamwe mu bandi bagize uruhare mu kubica harimo: Ntamugabumwe Emmanuel, Nduwamungu Emmanuel na Kibihira aba bose bahamijwe ibyaha bya Jenoside mu Nkiko Gacaca. Abandi bari ku isonga mu gutegura ubwo bwicanyi barimo Padiri Mukuru wa Paruwasi Gatulika ya Byimana witwa NDAGIJIMANA Joseph yakatiwe igifungo cya burundu n’inkiko zisanzwe ubu afungiye muri gereza ya Nyanza i Mpanga, Furere NKUSI François
| 555 | 1,521 |
Ngororero: Hatangijwe ubukangurambaga bwo kurwanya igwingira n’imirire mibi. Ku wa Gatatu taliki ya 27 Mata 2022, mu Karere ka Ngororero hatangijwe ubukangurambaga bugamije kurwanya igwingira n’imirire mibi mu bana.
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe imibereho myiza muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu MINALOC Ingabire Assumpta, ari kumwe na Guverineri Habitegeko Frank bari mu Karere ka Ngororero mu bukangurambaga bwo kurwanya igwingira n’imirire mibi aho bamaze gusura ECD ya Muhororo bubaka n’akarima k’igikoni.
Ubu bukangurambaga ku kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana bwatangirijwe ku rwego rw’Intara kuri Stade y’Akarere ka Ngororero bwateguwe n’ubuyobozi bw’Intara ku bufatanye na Nyampinga w’u Rwanda 2022, Nshuti Muheto Divine n’ikigo Africa Improved Food.
Mu ijambo rye, Umunyamabanga wa Leta Ingabire Assumpta yasabye ababyeyi kwita ku bana babo babaha indyo yuzuye, kubapimisha kenshi bareba imikurire yabo mu rwego rwo kubarinda igwingira.
Ati: “Babyeyi murasabwa kwita ku ndyo muha abana igomba kuba yuzuye, mugakurikirana imikurire yabo mubapimisha kugira ngo barindwe igwingira”.
Yasabye abafatanyabikorwa batandukanye gufatanya n’Akarere mu rwego rwo gukemura iki kibazo cy’imirire mibi.
Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba Habitegeko François, yavuze ko ku bufatanye bw’inzego zitandukanye n’abafatanyabikorwa ikibazo cy’igwingira cyahagurukiwe mu Turere twose tugize Intara y’Iburengerazuba.
Yashimiye inzego z’urubyiruko ku bushake zigaragaza mu rwego rwo gukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’abaturage.
Nyampinga w’u Rwanda wa 2022, Muheto Nshuti Divine na we yitabiriye icyo gikorwa,yishimiye kuba yaje mu Ntara y’Iburengerazuba yazamukiyemo yitabira amarushanwa ya Nyampinga, avuga ko yiyemeje gufatanya n’ubuyobozi bw’Intara mu rwego rwo kurwanya igwingira n’imirire mibi mu bana.
Umunyamabanga wa Leta muri MINALOC yasabye ababyeyi kwita ku mirire y’abana (Foto Intara y’Iburengerazuba)
Akarima k’igikoni gafasha mu kunoza imirire ( Foto Intara y’Iburasirazuba)
| 251 | 775 |
Rwamagana: Ikirombe cyagwiriye 6 batatu bahasiga ubuzima. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Werurwe 2024 mu masaha ya mugitondo abantu 6 bagwiriwe n’ikirombe; batatu muri bo barimo abagabo babiri n’umugore umwe bitabye Imana, abandi batatu barakomereka, bakaba bari kwitabwaho mu bitaro bya Rwamagana.
Abakozi bagwiriwe n’ikirombe bakorera Kompanyi ya St Simon Metal icukura amabuye y’agaciro mu Mudugudu wa Rutaka mu Kagari ka Bwiza mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana, bivugwa ko habayeho uburangare bwo kurunda itaka ryacukuwe rikaba ryinshi ntibamenye ko ryasadutsemo ibice bibiri abakozi barinyura iruhande rirabahanukira.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba, SP Hamdun Twizeyimana yagize ati: “Bacukuye bakoresha imashini barunda itaka ubundi rimera nk’umusozi, noneho abakozi bagiye kujya mu myobo gucukura baca iruhande rwa rya taka rihita ribahanukira.
Abaturage ku bufatanye na Polisi bahise batabara baracukura bakoresha n’imashini bahita babakuramo bose uko ari batandatu bavamo ari bazima babajyana ku Kigo Nderabuzima cya Munyaga bahageze umwe yitaba Imana, abandi bahita babatwara ku bitaro bya Rwamagana, nyuma abandi babiri nabo baje kwitaba Imana, abagabo babiri n’umugore. Ubu abandi bari kwitabwaho mu bitaro bya Rwamagana.”
Ubuyobozi bwa Polisi buvuga ko Kompanyi ya St Simon Metal icukura amabuye y’agaciro ifite ubwishingizi bwa Prime Insurance.
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda burihanganisha imiryango yaburiye ababo muri iyi mpanuka ndetse bugasaba abacukura amabuye y’agaciro kubikora kinyamwuga kandi babifitiye uruhushya.
Yongera kuburira abitwa ‘Imparata’ bacukura mu buryo bunyuranyije n’amategeko ndetse bakangiza n’ibidukikije kubihagarika kuko biteza ibyago, bityo abaturage bakaba basabwa gutanga amakuru no gutunga urutoki ahakorerwa ibi bikorwa.
| 242 | 692 |
Dore bamwe mu bashakishwa n’Ubutabera bw’u Rwanda bacumbikiwe n’u Bufaransa. Nyuma y’imyaka 27, ibikorwa byo gushakisha abagize uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi birakomeje ndetse n’abagiye barekurwa n’inkiko kubera kubura ibimenyetso bibahamya bigenda biboneka. Hagendewe ku rutonde rw’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi n’abamaze gufatwa, umubare w’abataragezwa imbere y’ubutabera ni wo munini. Umuryango uharanira uburenganzira bw’Abafaransa, Collectif des party civile pour le Rwanda (CPCR), ugaragaza bamwe bakomeje kuba mu gihugu cy’ u Bufaransa kandi bashakishwa n’ubutabera bw’u Rwanda kubera uruhare bacyekwaho muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 harimo Padiri Wenceslas Munyeshyaka ubarizwa mu gihugu cy’u Bufaransa aho yakomeje umurimo we. Munyeshyaka yahoze ari igisonga cya Musenyeri kuri Katedrali Saint Famille, ashinjwa kugira uruhare mu iyicwa ry’impunzi z’abatutsi zirenga 200 kuri Saint Famille mu gihe cya Jenoside, muri 2006 akaba yarakatiwe igifungo cya burundu n’urukiko rwa Kigali adahari. Icyakora mu gihugu cy’u Bufaransa, Munyeshyaka yagiye agezwa imbere y’ubutabera ariko agashobora kubuva imbere bitwaje ko ntabimenyetso simusiga bimushinja, mu gihe abarokokeye kuri Saint Famille badahwema kugaragaza uruhare rwe no gukora urutonde rw’abagombaga kwicwa. Agathe Kanziga, umugore w’uwahoze ari Perezida Juvenal Habyarimana, akaba uwa mbere mu bahunze umugabo we akimara kuraswa, ariko aracyashyirwa ku ruhembere rw’imbere mu kazu kagize uruhare mu gutegura Jenoside yakorewe abatutsi. Agathe Kanziga ashakishwa n’ubutabera bw’u Rwanda akaba umwe mu bakomeje kwidegembya mu gihugu cy’u Bufaransa n’ubwo iki gihugu cyamwimye impapuro zo gutura. Laurent Bucyibaruta yari Prefet wa Gikongoro mu gihe cya Jenoside. Ari mu bantu bakomeye bagize uruhare mu iyicwa ry’abatutsi barenga 50.000 bari bahungiye i Murambi. Mu 2007, Bucyibaruta yafatiwe mu Bufaransa abisabwe n’urukiko rwa Loni akurikiranyweho ibyaha bya Jenoside no gushishikariza gukora jenoside, gutsemba, kwica ariko mu Bufaransa aho aherereye ntaragezwa imbere y’ubutabera. Callixte Mbarushimana yahoze ari umunyamabanga mukuru w’inyeshyamba za FDLR zibarizwa mu Burasirazuba bwa Congo. Mu 1994, bivugwa ko Mbarushimana yagize uruhare muri Jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu muri Kigali mu bakozi bagenzi be bakoraga muri UNDP. Mu mwaka wa 2012, urugereko rw’ubujurire rw’Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) rwemeje icyemezo cy’urukiko cyo gukuraho ibirego bishinja Mbarushimana. Muri icyo gihe, urukiko ruherereye i La Haye rwahanaguyeho Mbarushimana ibyaha, abashinjacyaha ba ICC bavuga ko ibyaha yakurikiranwaho ari ibyo yakoreye muri DR Congo n’umutwe wa FDLR akuriye mu 2009. Mbarushimana yajyanywe muri gereza ya ICC i La Haye muri Mutarama 2011, mu Kuboza, icyemezo cy’urugereko rw’iburanisha, cyatumye ararekurwa ndetse yoroherezwa n’urukiko gusubira mu Bufaransa. Icyakora Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bukomeje kumushakisha kubera ibyaha bya jenoside Col Laurent Serubuga, muri Gashyantare 2014 urukiko rwo mu Bufaransa rwemeje ko Claude Muhayimana, Innocent Musabyimana na Laurent Serubuga, bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda, badashobora koherezwa i Kigali kubera ko Jenoside itari yasobanuwe mu buryo bwemewe n’amategeko nk’icyaha mu 1994. Serubuga wahoze ari koloneli ubu afite imyaka 84, muri Mata 1994 yari umuyobozi mukuru wungirije w’ingabo mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi. Muri Nyakanga 2013 yatawe muri yombi hafi y’umujyi wa Cambrai uherereye mu majyaruguru y’u Bufaransa. Muri Nzeri 2013, urukiko rw’ibanze rwa Douai rwanze icyifuzo cy’u Rwanda cyo kumwohereza maze rutegeka ko yarekurwa bidatinze. Umuryango uharanira
| 498 | 1,460 |
Ingoro ndangamurage yo ku Mulindi w'Intwali. Ingoro ndangamateka yo kubohora igihugu iri ku Mulindi w’Intwari mu Ntara y’Amajyaruguru, Akarere ka Gicumbi, Umurenge wa
Kaniga, Akagari ka Mukindi, Umudugudu wa Nyakabungo. Iyi Ingoro ndangamurage yo ku Mulindi w’Intwari ifite umwihariko irusha izindi ngoro ndangamurage hafi ya zose zo ku Isi bitangazwa.
Iyi ngoro iherereye ahari ibiro bya FPR Inkotanyi, irimo n’indaki ya Perezida Paul Kagame ikoze mu nyuguti ya L, yakoreshaga mu gutanga amabwiriza igihe yari ayoboye urugamba rwo kubohora igihugu hagati yo mu 1990-1994 no guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi. Yanifashishwaga n’abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bungurana ibitekerezo ku ngingo zitandukanye.
Mu 2018 Ingoro y’amateka y’urugamba rwo guhagarika Jenoside niyo yasuwe cyane, ikurikirwa n’Ingoro y’Imibereho y’abanyarwanda i Huye, Ingoro y’Abami i Nyanza n’Ingoro y’Ubugeni n’ubuhanzi yahoze yitwa iy’abaperezida iri i Kigali.
Gusura Ingoro z’umurage w’u Rwanda abana n’abanyeshuri bishyura 700 Frw, abakuru bishyura 1500 Frw, abo muri Afurika y’Iburasirazuba bishyura 3000 Frw naho abandi banyamahanga bakishyura 6000 Frw.
Reba.
1.https://rushyashya.net/ingoro-yo-ku-mulindi-wintwari-igiye-gutangira-kumurikirwamo-amateka-yurugamba-rwo-kubohora-igihugu/
2.http://ibigwi.rw/spip.php?article765
3.http://imvahonshya.co.rw/icyo-ingoro-ndangamurage-yo-ku-mulindi-wintwari-irusha-izindi-ku-isi/
| 152 | 599 |
Huye: Abavuzi gakondo bakanguriwe gukoresha imiti bikoreye gusa. Mu gikorwa abayobozi b’Urugaga rw’Abavuzi Gakondo mu Rwanda AGA – Rwanda bakoze kugenderera rimwe muri ayo maduka ry’uwitwa Febronie Mukeshimana yafatiwe mu cyuho, cyabaye kuri kuwa Kane triki 27/09/2012, mu rwego rwo kureba niba rikwiye kongera kugirirwa icyizere. Iri duka ryatahuwe tariki 12/09/2012, harimo imwe mu miti ikorerwa muri Uganda no mu Bushinwa. Harimo n’akuma kaba gapima uko ubuzima buhagaze, kakoreshwaga n’utabisobanukiwe neza, atanasobanukiwe n’iby’ubuvuzi gakondo kandi ari we wagombaga kuvura abantu. Nibwo abashinzwe umutekano bafatanyije n’umwe mu bakozi ba serivisi ishinzwe ubuzima mu Karere ka Huye n’abahagarariye AGA - Rwanda, basabye ubuyobozi bw’Akarere kuba bufunze iri duka. Abari basabye rero ko iri duka rifungwa, bamaze kubona ko nyiraryo yemeye guhindura imikorere. Yarashatse kuzajya akoresha kiriya cyuma gipima abantu wabihuguriwe akemera ko atazongera no gukoresha imiti atikoreye, cyangwa gusiga utari umuvuzi gakondo ngo amukorere, bandikiye ubuyobozi babusaba kumureka akongera gukora. Uyu Mukeshimana kandi yasabwe kuzajya asobanurira abaje gushaka imiti ko icyuma bifashisha kidapima uko ubuzima buhagaze, ahubwo ko kireba uko imirire y’umuntu yifashe, bityo akagirwa inama ku ko agomba kwitwara. Ese imashini zifashishwa mu buvuzi gakondo zo ziremewe? Ubundi, AGA Rwanda isaba ubuyobozi bw’Akarere ka Huye guhagarika ubucuruzi bwa Mukeshimana, yavugaga ko anakoresha imashini kandi yiyita umuvuzi gakondo, mu gihe abavuzi gakondo batemerewe kwifashisha ubundi buryo butari gakondo mu buvuzi bwabo. Nyamara mu gihe bagenzuraga niba Mukeshimana asigaye agendera mu nzira nyazo nk’umuvuzi gakondo koko, bamubajije kwerekana uzajya akoresha imashini basanzwe bifashisha mu gusuzuma abantu n’icyemezo cy’uko abihugukiwemo. Aha Emmanuel Rekeraho yasubije agira ati: “Ubundi ntibyemewe. Ariko kuba nta tegeko rigenga abavuzi gakondo rirajyaho, ntaho twahera tubuza aba bantu gukora. Ikindi kandi, ibi by’amamashini byabazwa guverinoma yemeye ko ziza kwifashishwa mu buvuzi gakondo kandi harasohotse ibwiriza rivuga yuko abavuzi gakondo batifashisha imashini.” Marie Claire Joyeuse
| 293 | 861 |
GS Mwendo yegukanye irushanwa "Umurage Handball Trophy 2019" (AMAFOTO). Ni irushanwa ryateguwe n’ikipe ya Gorillas Handball Club, ifatanyije na UMC (Umurage Communication for Development) ndetse n’umuryango utegamiye kuri Leta wo mu Budage witwa One Team. Ryari irushanwa ryatangizaga icyumweru cyahariwe ibikorwa bya Siporo n’umuco (Urban Sports and Culture week), kizarangira tariki 20/10/2019. Ku munsi wa mbere w’iki cyumweru, habaye ibikorwa birimo imyidagaduro n’imikino y’abana, ndetse n’irushanwa Umurage Handball Trophy ryahuzaga amakipe y’abatarengeje imyaka 17 mu bahungu n’abakobwa. Muri iri rushanwa, ikipe ya GS Mwendo yatwaye igikombe itsinze ES Karuganda ibitego 12-11, ndetse no mu bahungu igitwara itsinze Gorillas HC ibitego 11-09. Umuyobozi wa Gorillas Handball Club Twahirwa Alfred yadutangarije ko ibi bikorwa bizaba muri iki cyumweru babyitezemo byinshi, harimo gukangurira abana gusubira mu ishuli, ndetse no guha amahirwe abana bafite impano muri Handball "Ibikorwa birimo ubukangurambaga birimo gukangurira abana bataye ishuli kusubiramo u ishuli, no gufatanya kurwanya ihohoterwa ndetse n’inda ziterwa abangavu, by’umwihariko no kuzamura impano z’abana mu mukino wa Handball" Abana bakinnye bagaragaje urwego rwiza, bafite impano ndetse n’ishyaka, hari hari n’umutoza w’umudage, bari kuturebera impano dufite kugira ngo turebe ko hari abana bato batangira kujya gukina mu budage, ibyo byose turi kubiganiraho ngo turebe niba twatangira kugira abakinnyi bajya gukina hanze" Ikipe ya Gorillas Handball Club kugeza ubu usibye kwitabira Shampiyona y’abagore ndetse na Shampiyona y’abatarengeje imyaka 18 mu bahungu, irateganya no gutangira gukina na Shampiyona y’abagabo igiye byazemezwa n’inteko rusange y’abanyamuryango. Umunyamakuru @ Samishimwe
| 237 | 679 |
Imyumvire ikiri hasi ibangamiye abigeze guhura n’indwara zo mu mutwe. Christeller Bwiza, ukora mu ishami rishinzwe gukurikirana abahuye n’ibibazo byo mu mutwe muri MINISANTE, avuga ko umuryango Nyarwanda ugifite imyumvire mike mu kwakira no gufasha abahuye n’ubumuga bwo mu mutwe. Asanga gukorera bene aba bantu ubuvugizi ari igikorwa gishimishije kuko gishobora guhindura imyumvire y’abanyarwanda kuri ubu burwayi. Umuryango NOUSPR- ubumuntu (National organization of users and survivors of psychiatry in Rwanda), wita ku bantu bigeze guhura n’indwara zo mu mutwe, usanga hakwiye kubaho ubuvugizi buhagije kugira ngo uwigeze kugira ubwo burwayi agire uburenganzira nk’abandi. Uyu muryango uvuga ko hari aho ugisanga abagore bahuye n’ubu burwayi bagihabwa akato mu muryango Nyarwanda, ntibahabwe uburenganzira bwo kuba bakwifatira ibyemezo byabagirira akamaro. Sam Badege umuyobozi wawo agira ati: “Dufite amatsinda y’abagore baboha uduseke bajya bitabira amarushanwa hano mu gihugu ndetse no hanze kandi bakazana umpamyabushobozi”. Akomeza avuga ko umuntu ugaragaweho n’icyo kibazo adashobora guhabwa akazi, ntashobore gutorerwa kuyobora ikintu icyo ari cyo cyose, Nyamara ashobora kuvurwa agakira. Umuryango NOUSPR-ubumuntu watangiye gukorera ubuvugizi abantu bigeze guhura n’ubumuga bwo mu mutwe bakaza gukira, guhera mu mwaka wa 2007, ufite abanyamuryano bibumbiye mu matsinda bagera kuri 300. Eric Muvara
| 191 | 534 |
Nyabiheke: Impunzi z’Abanyekongo bamaganye Jenoside irigukorerwa bene wabo. Ku wa 6 Werurwe 2024 impunzi z’Abanyekongo zicumbikiwe mu Nkambi ya Nyabiheke muri Gatsibo n’iya Mahama i Kirehe, zazindukiye mu myigaragambyo yo kwamagana Jenoside bukorerwa abo mu bwoko bw’Abatutsi bavuga Ikinyarwanda, Abanyamulenge n’Abahema mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Ku byapa bari bitwaje hariho ubutumwa bwamagana Leta ya Kongo iyobowe na Perezida Félix Tshisekedi. Zimwe mu mpunzi zibarizwa muri iyo nkambi ni izahahungiye guhera mu 1996, Impunzi zivuga ko bababajwe no kuba gakondo yabo idatekanye kandi amahanga acecetse, akomeje kwinubira ku buryo basubirayo ndetse bene wabo bakaba bari gukorerwa Jenoside. Izo mpunzi zirasaba imiryango mpuzamahanga n’ibihugu bitandukanye birimo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, gutabara abasigaye mu gihugu cya Kongo, basaba Perezida Tshisekedi guhagarika ihohotera rivanze n’ubwicanyi, riri gukorerwa bene wabo mu gihugu cya Kongo. Umwe mubaganiriye n’itangazamakuru yagize ati “Njyewe icyo nasaba ni ubutabera, turarenganye, imiryango mpuzamahanga turasaba ngo idutabare.” Impunzi zo muri Kongo zatangiye guhungira mu Rwanda mu 1996, Izo mpunzi zakomeje zihunga ubwicanyi bukorerwa abavuga Ikinyarwanda, by’umwihariko abo mu bwoko bw’Abatutsi. Kuri ubu mu Rwanda habarurwa impunzi zirenga ibihumbi 100 zibarizwa mu nkambi zitandukanye. Impunzi z’Abanyekongo zo mu nkambi ya Kiziba, ku wa 4 Werurwe 2024 nibwo na bo bazindukiye mu myigaragambyo, bamagana ibwicanyi buri gukorerwa bagenzi babo basigaye mu gihugu cya Kongo. Nsengiyumva JMV
| 216 | 632 |
Tennis: Ikipe y’u Rwanda yatangiye yitwara neza mu irushanwa ry’abatarengeje imyaka 12. Kuva taliki 27 Mata 2022 mu Rwanda harimo kubera irushanwa ry’Akarere ka 4 mu mukino wa Tennis mu batarengeje imyaka 12 mu bahungu n’abakobwa “2022 East African Junior Teams Competitions U-12”.
Iri rushanwa rizasozwa taliki 01 Gicurasi 2022 rikaba ririmo kubera muri IPRC Kigali ryitabiriwe n’ibihugu 5 ari byo u Rwanda, Kenya, Uganda, u Burundi na Tanzania.
Nk’uko bisobanurwa na Habimana Valens, umuyobozi w’irushanwa akaba asanzwe ari Umunyamabanga Mukuru w’ishyirahamwe ry’umukino wa Tennis mu Rwanda “RTF” muri iri rushanwa ibihugu byose bizahura. Akomeza avuga ko buri gihugu gihagarariwe n’abakinnyi 3 mu bahungu n’abakobwa.
Habimana Valens, umuyobozi w’irushanwa
Habimana avuga ko iyo igihugu gihuye n’ikindi, nimero ya mbere agomba gukina na nimero ya mbere na nimero ya kabiri agakina na nimero ya kabiri hanyuma hakanakinwa umukino wa babiri “Double”.
Kugira ngo igihugu gitsinde ni uko ba bakinnyi bagomba gutsinda, iyo igihugu kimwe gitsinze umukino n’ikindi kigatsinda undi hakinwa umukino wa babiri “Double”, igihugu gitsinze akaba ari cyo cyegukana intsinzi muri rusange.
Ikipe y’u Rwanda mu bahungu yatsinze Tanzania
Ku munsi wa mbere w’irushanwa, ikipe y’u Rwanda yakinnye na Tanzania. Mu bahungu, ikipe y’u Rwanda iratsinda naho mu bakobwa iratsindwa.
Umukinnyi wo muri Tanzania, Fredy Ongige yatsinze Rutayisire Calvin (Rwanda) amaseti 2-0 (7-6 na 6-4) naho Niyibizi Jedekia (Rwanda) atsinda Mohamed Hassan (Tanzania) amaseti 2-0 (6-4 na 6-1).
Rutayisire Calvin
Niyibizi Jedekia
Mu mukino wa babiri, ikipe y’u Rwanda yari igizwe na Niyibizi Jedekia na Rutayisire Calvin yatsinze Fredy Ongige na Mohamed Hassan amaseti 2-1 ( 6-0,5-7 na 10-5). Ikipe y’u Rwanda ikaba yahise yegukana intsinzi.
Mu bakobwa, ikipe ya Tanzania ni yo yitwaye neza itsinda imikino yose. Happy Michael Daudi (Tanzania) yatsinze Muhawenimana Sapuna amaseti 2-0 (6-4 na 6-0), Faith Godfrey Njamakuya atsinda Iradukunda Amaryllis amaseti 2-0 (6-0 na 6-0) naho gukina ari babiri, ikipe ya Faith Njamakuya na Nasma Gallawa (Tanzania) yatsinze Muhawenimana Sapuna na Iradukunda Amaryllis amaseti 2-0 (6-2 na 7-5).
Indi mikino yabaye, ikipe ya Kenya mu bakobwa yatsinze Uganda imikino 3-0 naho mu bahungu, Uganda itsinda Kenya imikino 2-1.
Kuri uyu wa Kane taliki 28 Mata 2022, imikino irakomeza aho ikipe y’u Rwanda mu bahungu n’abakobwa ikina n’u Burundi. Ikipe ya Uganda irakina na Tanzania mu bakobwa naho mu bahungu, Tanzania ikine na Kenya.
Perezida wa RTF, Karenzi Theoneste atangaza ko kuba u Rwanda rwarahawe kwakira iri rushanwa byaturutse ahanini ku kuba barakiriye neza irushanwa ryo ku rwego rw’Isi mu batarengeje imyaka 18 “ITF World Tennis Tour Juniors U-18” ryabaye mu byiciro bibiri, taliki 14 kugeza 18 Gashyantare 2022 n’ikindi cyiciro cyo kuva taliki 21-25 Gashyantare 2022.
Perezida wa RTF, Karenzi Theoneste
Akomeza avuga ko muri iri rushanwa bagerageje gutegura aba bana kandi bizeye ko bazitwara neza.
Perezida wa RTF, Karenzi ashimangira ko bafite intego yo guteza imbere umukino wa Tennis mu Rwanda, baharanira no kwakira amarushanwa mpuzamahanga menshi kuko bifitiye igihugu akamaro.
Amakipe yitabiriye iri rushanwa acumbikiwe hamwe muri Hilltop Hotel & Country Club.
Iri rushanwa rigamije gushaka itike yo kuzahagararira Akarere ka 4 mu mikino y’Afurika mu batarengeje imyaka 12 “African Junior Teams’ Competition U-12” izaba muri Nzeri 2022. Ikipe ya mbere mu bahungu n’ikipe 2 mu bakobwa ni zo zizabona itike.
| 510 | 1,394 |
Volleyball: U Rwanda rutsinze umukino wa 2 mu gikombe cya Afurika. Uyu ubaye umukino wa 2 ikipe y’Igihugu y’u Rwanda itsinze muri 3 imaze gukina muri rusange, mu itsinda rya B. U Rwanda rwatangiye nabi iki gikombe cy’Afurika rutsindwa n’ikipe y’igihugu ya Kenya amaseti 3-0, mu mukino wa mbere mu itsinda wakinwe ku wagatatu tariki ya 16 Kanama 2023. Mu mukino wa 2 u Rwanda rwacakiranye na Lesotho maze abakobwa b’umutoza Paulo De Tarso w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, batsinda Lesotho amaseti 3-0 mbere yuko bisasira ikipe ya Burkina Faso. Nyuma y’uyu mukino, u Rwanda rusa nk’aho rwamaze kwizera kwerekeza mu mikino ya ¼ ugendeye ku mibare gusa, bakaba bagifite indi mikino 2 imbere. U Rwanda ruragaruka mu kibuga kuri uyu wa gatandatu rukina n’ikipe y’Igihugu ya Uganda, yo imaze gutsindwa na Kenya amaseti 3-0. U Rwanda ruzasoza imikino yo mu itsinda ku cyumweru tariki 20 Kanama 2023, rukina n’ikipe y’igihugu ya Morocco. Igihe u Rwanda rwatsinda iyi mikino yombi rusigaje, bizaruha amahirwe yo gusoza ku mwanya 2 mu itsinda, bityo rube rwatombora neza mu mikino ya 1/4. Umunyamakuru @amonb_official
| 179 | 432 |
Ubucuruzi mpuzamahanga. Ubucuruzi mpuzamahanga ni uguhana imari, ibicuruzwa, na serivisi ku mipaka cyangwa intara mpuzamahanga [1] kubera ko hakenewe cyangwa hakenewe ibicuruzwa cyangwa serivisi. [2] (reba: Ubukungu bw'isi)
Mu bihugu byinshi, ubwo bucuruzi bugaragaza umugabane munini w’ibicuruzwa byinjira mu gihugu (GDP). Mu gihe ubucuruzi mpuzamahanga bwabayeho mu mateka (urugero: Uttarapatha, Umuhanda wa Silk, Umuhanda wa Amber, guharanira Afurika, ubucuruzi bw’abacakara ba Atlantike, imihanda y’umunyu), ubukungu, imibereho myiza, na politiki byagiye byiyongera mu binyejana byashize.
Gukora ubucuruzi kurwego mpuzamahanga ninzira igoye iyo ugereranije nubucuruzi bwimbere mu gihugu. Iyo ubucuruzi bubaye hagati y'ibihugu bibiri cyangwa byinshi ibintu nk'ifaranga, politiki ya guverinoma, ubukungu, inzego z'ubutabera, amategeko, n'amasoko bigira ingaruka ku bucuruzi.
Mu koroshya no gutsindishiriza inzira y’ubucuruzi hagati y’ibihugu bifite ubukungu butandukanye mu bihe bya none, hashyizweho imiryango mpuzamahanga y’ubukungu mpuzamahanga, nk’umuryango mpuzamahanga w’ubucuruzi. Iyi miryango ikora mu rwego rwo korohereza no kuzamura ubucuruzi mpuzamahanga. Serivisi z’ibarurishamibare z’imiryango ihuriweho na leta n’ibihugu n’ibigo bishinzwe ibarurishamibare bya leta bitangaza imibare yemewe ku bucuruzi mpuzamahanga.
= Ibiranga ubucuruzi bwisi yose =
Igicuruzwa cyimurwa cyangwa kigurishwa mu ishyaka mu gihugu kimwe kijya mu kirori mu kindi gihugu ni ibyoherezwa mu gihugu cyaturutse, kandi bitumizwa mu gihugu cyakira ibyo bicuruzwa. Ibicuruzwa byoherezwa mu mahanga n'ibicuruzwa byoherezwa bibarwa kuri konti iriho mu gihugu mu gihe cyo kwishyura.
Gucuruza kwisi yose birashobora guha abaguzi nibihugu amahirwe yo guhura namasoko nibicuruzwa bishya. Ibicuruzwa hafi ya byose birashobora kuboneka kumasoko mpuzamahanga, kurugero: ibiryo, imyenda, ibice byabigenewe, amavuta, imitako, vino, ububiko, amafaranga, namazi. Serivisi nazo ziracuruzwa, nko mubukerarugendo, amabanki, ubujyanama, no gutwara abantu.
Inzira za kera zubucuruzi bwa Silk Road zambukiranya Aziya.
Ikoranabuhanga ryateye imbere (harimo ubwikorezi), isi yose, inganda, inganda n’amasosiyete mpuzamahanga bigira ingaruka zikomeye kuri sisitemu mpuzamahanga yubucuruzi
Isoko ryubucuruzi bwimbere mu gihugu.
Ibyambu bigira uruhare runini mu koroshya ubucuruzi mpuzamahanga. Icyambu cya New York na New Jersey cyakuze kiva ku cyambu cya mbere gihuza uruzi rwa Hudson n'umugezi w'Iburasirazuba ku kigobe cyo hejuru cya New York.
Ubucuruzi mpuzamahanga, muri rusange, ntaho butandukaniye n’ubucuruzi bw’imbere mu gihugu kuko intego n’imyitwarire y’amashyaka agira uruhare mu bucuruzi bidahinduka cyane hatitawe ku kuba ubucuruzi bwambuka umupaka cyangwa butarenga.
Nyamara, muburyo bufatika, gukora ubucuruzi kurwego mpuzamahanga mubisanzwe ni inzira igoye kuruta ubucuruzi bwimbere mu gihugu. Itandukaniro nyamukuru nuko ubucuruzi mpuzamahanga busanzwe buhenze kuruta ubucuruzi bwimbere mu gihugu. Ibi biterwa nuko ubucuruzi bwambukiranya imipaka busanzwe butanga amafaranga yinyongera nkamahoro asobanutse kimwe nimbogamizi zidasobanutse cyangwa zidasobanutse nkibiciro byigihe (kubera gutinda kumupaka), imvugo n’umuco bitandukanye, umutekano wibicuruzwa, byemewe n'amategeko Sisitemu, n'ibindi.
Irindi tandukaniro hagati y’ubucuruzi bw’imbere mu gihugu n’amahanga ni uko ibintu by’umusaruro nk’imari shingiro n’umurimo bikunze kugenda cyane mu gihugu kuruta mu bihugu. Niyo mpamvu, ubucuruzi mpuzamahanga bugarukira gusa ku bucuruzi bwibicuruzwa na serivisi, kandi ku rugero ruto rwo gucuruza imari, umurimo, cyangwa ibindi bintu bitanga umusaruro. Ubucuruzi bwibicuruzwa na serivisi birashobora kuba umusimbura wubucuruzi mubintu byumusaruro. Aho gutumiza ibicuruzwa biva mu mahanga, igihugu gishobora gutumiza ibicuruzwa bikoresha cyane ibyo bicuruzwa bityo bikabigaragaza. Urugero rwibi ni ibyo gutumiza mu mahanga ibicuruzwa biva mu mahanga biva mu Bushinwa. Aho gutumiza imirimo y'Abashinwa, Amerika itumiza ibicuruzwa byakozwe n'umurimo w'Abashinwa. Raporo imwe yo mu mwaka wa 2010, yavugaga ko ubucuruzi mpuzamahanga bwiyongereye igihe igihugu cyakiraga ihuriro ry’abimukira, ariko ingaruka z’ubucuruzi zacogoye igihe abimukira binjiraga mu gihugu cyabo gishya. [4]
Amateka.
Igihe cyubucuruzi mpuzamahanga
Amateka yubucuruzi mpuzamahanga yerekana amateka yibintu byagize ingaruka mubucuruzi no mubukungu butandukanye.
Indangamurongo.
https://en.m.wikipedia.org/wiki/International_trade
| 530 | 1,814 |
Abakozi mu nkiko za gisirikare barahiye basabwe ingufu nyinshi mu kubahiriza ubusugire bw’igihugu. Abarahiriye imirimo mishya ni Perezida w’Urukiko rwa gisirikare, Brig Gen Andrew Kagame, Abacamanza mu Rukiko rwa gisirikare bafite ipeti rya Kapiteni (Cpt) ari bo Onesphore Rutagengwa, Samuel Kazenga, Jean Pierre Mutezintare ndetse na 2Lt Annonciate Nyirabahorana. Abacamanza mu Rukiko rukuru rwa Gisirikare barahiye ni Cpt Bashir Rwaburindi, Cpt Johnson Karakire na Lt Grace Agasaro Gawayila; naho Abashinjacyaha ba gisirikare bakaba ari ba Liyotona (Lt) Marie Chantal Umuhoza, Gervais Munyurangabo, Hyppolite Muvunyi, Jean Bosco Maniraguha, Emmanuel Bigirimana na Alexandre Kayitsinga. Ministiri w’intebe yabwiye abarahiye bose ati: “Ni igihango mugiranye n’igihugu, murasabwa kutazatatira iyi ndahiro; akazi mugiye gukora karebana no kubahiriza ubutabera, ubusugire bw’igihugu n’uburenganzira bw’ibanze bwa muntu. Mutabikoze neza mwaba mugize abo mubera n’abo murenganya; musabwa guhorana ubushishozi”. Yabasabye kandi gukomeza kurangwa n’imyitwarire myiza kuko ngo ari yo izabafasha kugaragariza Abanyarwanda bose, by’umwihariko abo bazaba bashinja cyangwa bacira imanza ko ari inyangamugayo, kandi ko imyanzuro bazafata igomba kuzaba ishingiye ku mategeko. “Akazi mukora karakomeye, gasaba guhora mwihugura mu mategeko kugirango mushobore guhangana n’amayeri y’abakora ibyaha”, nk’uko Ministiri w’Intebe yakomeje asobanurira abasirikare bakora mu butabera barahiye. Ministiri w’intebe yijeje abakora mu butabera bwa gisirikare ko Leta izabagenera ibikenewe byose, asaba za Ministeri bireba (iy’Ingabo n’iy’Ubutabera) kubahugura; mu rwego rwo gushyira ingufu nyinshi “mu madosiye y’abashaka guhungabanya ubusugire bw’igihugu n’abashaka kwifatanya n’abanzi b’igihugu”. Cpt Bashir Rwaburindi, umwe mu bacamanza mu Rukiko Rukuru rwa Gisirikare warahiye, yashimangiye ko bazaca imanza bakurikije uko amategeko abigena; ariko ngo bazanashyira ingufu nyinshi mu gukumira ko habaho ibyaha, aho ngo bazajya basobanurira abasirikare ikijyanye n’imyitwarire ibagenga. Simon Kamuzinzi
| 263 | 802 |
Dore ibigwi by’Abasenateri 20 bagize manda ya gatatu ya Sena. Aba 20 barasanga abandi basenateri batandatu bari mu bagize manda ya kabiri ya Sena, ariko basigaje umwaka ngo manda yabo irangire, aribo: Hon. Consolée Uwimana, Charles Uyisenga, Jeanne d’ Arc Mukakalisa, Chrysologue Karangwa, Zephyrin Kalimba na Margaret Nyagahura. Aba batandatu na bo nyuma y’umwaka bazasimburwa n’abandi bane bazatangwa na Perezida wa Repubulika n’abandi babiri bazatangwa n’imitwe ya Politiki yemerewe gukorera mu Rwanda. Tariki ya 16 Nzeri 2019, ni bwo habaye amatora y’abasenateri 12 bahagarariye intara n’umujyi wa Kigali. Nyuma y’umunsi umwe, tariki ya 17 Nzeri 2019, hatowe abasenateri babiri, uhagarariye amashuri makuru na kaminuza bya Leta, n’uhagarariye amashuri makuru yigenga. Hakurikiyeho abasenateri bane batanzwe na Perezida wa Repubulika, nyuma hatangwa abasenateri babiri baturutse mu ihuriro ry’imitwe ya politiki yemerewe gukorera mu Rwanda. Benshi mu bagize manda ya gatatu ya Sena, bakoze imirimo inyuranye harimo iya politiki, ndetse benshi babaye abarimu muri za kaminuza zinyuranye zo mu Rwanda. Dushimimana Lambert uhagarariye Uburengerazuba Dushimimana Lambert yavutse tariki ya 29 Kanama 1971, avukira mu karere ka Rubavu mu ntara y’Uburengerazuba. Amashuri abanza yayize ku ishuri ribanza rya Shwemu, ayisumbuye ayiga mu rwunge rw’amashuri Indatwa n’Inkesha rwa Butare (GSO Butare). Dushimimana yize icyiciro cya kabiri cya kaminuza muri kaminuza y’u Rwanda, icya gatatu acyiga muri kaminuza ya Pretoria muri Afurika y’Epfo, aho yize amategeko mpuzamahanga (International Law). Mu mirimo yakoze, Dushimimana yabaye umushinjacyaha ku rukiko rw’ibanze rwa Budaha mu karere ka Ngororero. Yigishije muri kaminuza imyaka itanu, kugeza n’ubu akaba yigishaga mu ishuri ry’amategeko riherereye mu karere ka Nyanza (ILPD). Yakoze muri Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST), aho yari ashinzwe kwandika amategeko. Kuva muri 2014, yatangiye gukora muri komisiyo ishinzwe kuvugurura amategeko, kugeza n’ubu akaba yari akuriye ishami rishinzwe kwandika no guhindura amategeko muri iyo komisiyo. Mu mirimo ya politiki, Dushimimana yabaye perezida w’inama njyanama y’akarere ka Rubavu, akaba kandi yaranabaye mu nama y’ubutegetsi y’icyahoze ari ikigo gishinzwe amazi isuku n’isukura (WASAC). Dushimimana kandi yigeze no kuba mu nama y’igihugu ishinzwe gutanga ubuhungiro (CNR). Arubatse afite abana bane. Dr. Emmanuel Havugimana, na we ahagarariye intara y’Uburengerazuba Dr. Havugimana yavutse tariki 4 Mutarama 1956, avukira mu Bufundu, ubu ni mu karere ka Nyamagabe, umurenge wa Mbazi. Amashuri abanza yayize aho i Mbazi kuva 1962 kugeza 1968. Yize icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye mu Birambo, mu karere ka Karongi kuva 1968 kugeza 1971. Yakomereje icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye muri Institut Saint Cyprien, ubu yitwa Groupe Scolaire Saint Joseph mu karere ka Nyamasheke. Kuva muri 1971 yahungiye i Burundi, bituma amashuri yisumbuye ayarangiriza muri College Saint Albert i Bujumbura muri 1980. Nyuma yakomereje muri Kaminuza y’u Burundi, arangiza icyiciro cya kabiri cya Kaminuza mu bumenyi bw’isi (Geography) muri 1984. Amaze kugaruka mu Rwanda muri 1999, Leta y’u Rwanda yamwishyuriye amasomo mu cyiciro cya gatatu cya kaminuza, ajya kwiga gutunganya imiturire n’ubutaka muri kaminuza ya Laval i Quebec muri Canada, aho yarangije muri 2001. Nyuma yaho, yakomeje kwiga icyiciro cya kane cya kaminuza muri kaminuza ya Goteborg muri Suède, aho yaboneye impamyabumenyi y’ikirenga muri Ecologie Humaine muri 2009. Dr. Havugimana yakoze umurimo umwe ari wo wo kwigisha, yatangiye tariki ya 4 Mutarama 1975. Yigishije mu mashuri abanza imyaka ine mu gihugu cy’u Burundi, yigisha indi myaka 12 mu mashuri yisumbuye, aho imyaka irindwi yayigishije mu Burundi indi itanu akayigisha mu gihugu cya Djibouti. Dr. Havugimana
| 545 | 1,469 |
M23 yigambye kurasa drone imwe muri eshatu za FARDC zabagabyeho igitero. Umuvugizi wa M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko uyu mutwe “wahanuye drone imwe” muri eshatu za leta zari zimaze iminsi zibazengereza.M23 yavuze ko Ubutegetsi bwa Kinshasa bwanze gushyikirana nabo nubwo abayobozi b’akarere ndetse n’abafatanyabikorwa mpuzamahanga babisabye ariko we agahitamo inzira y’intambara.Uyu mutwe wavuze ko Tshisekedi Tshilombo yaguze drones 3 z’intambara yizeye ko azarangiza M23, ariko izo mashini zikaba zica abaturage b’inzirakarengane gusa.M23 yahise itangaza ko yarashe imwe muri drone eshatu za leta ndetse yemeza ko ingabo za RDC zihuriweho zirimo FARDC, FDLR, abacancuro,inyeshyamba, ingabo z’u Burundi n’ingabo za SADC zikomeje kunanirwa ku rugamba,M23 yavuze ko indege zitagira abapilote za MONUSCO zishinzwe kugenzura umutekano, zikomeje gukusanya amakuru ya M23 / ARC zikayajyana ku ngabo za Tshisekedi Tshilombo.M23 yavuze ko iyi myitwarire ibogamye y’ingabo z’umuryango w’abibumbye zishinzwe amahoro, kimwe n’iyicwa ry’abaturage b’abasivili, byabahatiye gufata ingamba zikwiye zo kwirwanaho no kurengera abasivili bari mu mazi abira.
| 153 | 457 |
RwandAir irafungura ishami mu Bubiligi mbere y’impera za Kamena. Yabitangarije Abanyarwanda bateraniye muri gahunda ya Rwanda Day mu gihugu cy’u Bubiligi kuri uyu wa 10 Kamena 2017. Yagize ati” RwandAir iratangira ingendo zerekeza mu Bubiligi vuba.” Mu kwa gatanu kw’uyu mwaka RwandAir ni bwo yatangije ingendo za mbere ku mugabane w’u Burayi mu gihugu cy’u Bwongereza. Muri iyi gahunda RwandAir yasinyanye amasezerano yo guhererekanya abagenzi na kompanyi y’indege ya Brussels Airlines na Turkish Airlines. Aya masezerano akaba azorohereza abakiriya ba RwandAir kugera mu bihugu by’u Burayi bitabagoye. RwandAir kandi yatangaje ko mu minsi iri imbere izatangiza ingendo mu gihugu cy’Ubuhinde, na Zimbabwe, aho iteganya kuzajya ikora ingendo zisaga 22 .
| 110 | 279 |
#COVID19: Abanduye 15 biganjemo ababonetse i Kigali. Umunani muri abo 15 banduye babonetse i Kigali, bane baboneka i Rubavu, babiri baboneka i Rutsiro, umwe aboneka i Musanze. Mbere yaho ku wa Gatanu mu Rwanda hari habonetse abanduye Covid-19 bashya 11, bakaba barabonetse mu bipimo 6,910. Imibare igaragaza ko abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ari abantu 1,459. Umunyamakuru @ h_malachie
| 61 | 153 |
ikoranabuhanga rigezweho mu mirimo yabo. Kuzamura ubushobozi bw'abatuye mu cyaro bwo kubona inguzanyo, no kunoza serivisi zijyane n'imicungire y'ubutaka n'ihererekanya ryabwo bizashyirwamo imbaraga kurushaho. Binyuze mu bufatanye hagati ya Leta n'abikorera mu bijyanye n'uruhererekane rw'ibicuruzwa byo mu buhinzi, umusaruro w'abahinzi uzagurwa, utunganywe, kandi woherezwe ku masoko mpuzamahanga; hanatangwa kandi akazi n'amahugurwa yo mu rwego rwa tekiniki abantu bashobora kubonera mu kazi. Igishushanyo Mbonera cy'Igihugu ku Mikoreshereze y'Ubutaka (National Land Use and Development Master Plan 2020-2050), kizagira uruhare rukomeye mu kugaragaza aho buri butaka buherereye no kubungabunga ubutaka buhingwa. Ubushakashatsi bugamije guhanga ibishya buzongera inyungu zikomoka ku musaruro; ibyo bikazafasha abahinzi kongera ingufu mu byo bakora no gukoresha ikoranabuhanga rigezweho. Ishyirwaho ry'amahuriro y'ubushakashatsi mu rwego mpuzamahanga no mu rwego rw'akarere bizateza imbere ibikorwa byo guhanga ibishya; ari nako ikoreshwa ry'ibikoresho bihambaye mu rwego rwa tekiniki nko guhinga ahatari ubutaka buhingwa (hydroponics) n'uburyo bwo kuhirira ibihingwa hifashishwa uburyo bwo gusohora imitonyi bwikoresha, bizazamura urwego rw'umusaruro k'umukozi no ku busa buhingwa. Kunoza no koroshya uburyo bwo kubona imari n'ubwishingizi mu rwego rw'ubuhinzi Abah i nzi b'Abanyarwanda bazagira ubu ryo b u bafasha kugabanya i g i hom bo gikomoka ku mihindagurikire y'i bihe binyuze (i) muri serivisi nziza z'ubwishingizi, imari n'ubundi buryo bwo kwirinda ibishobora kubateza igihombo, (ii) kongera ubwinshi bwa serivisi zihabwa abahinzi kandi zikagera ku rwego rw'ingo, (iii) kunoza uburyo bwo kubona amakuru ajyanye n'isoko no gushyira imbaraga mu buhinzi bukorwa hashingiwe ku masezerano hagati y'abahinzi n'abaguzi, (iv) n'ibigega by'ibinyampeke bicungwa mu buryo bwegereye abaturage hagamijwe kugabanya izamuka rikabije ry'ibiciro by'ibiribwa hirya no hino mu gihugu. Buhoro buhoro, u Rwanda ruzagenda ruvugurura ishoramari rya Leta mu rwego rw'ubuhinzi. Mu 2035, Leta izaba ifasha abahinzi mu buryo buziguye. Inkunga zo mu rwego rw'ubuhinzi zizashingira ku musaruro w'abahinzi, abahinzi bazatozwa gukora ki nyamwu ga kandi bazajya bahabwa iki g ero cy'u musaruro basabwa kugeraho ujyanye n'i nkunga Leta izaba yabahaye. Mu 2050, ibikorwa bya Leta bizibanda ku ishoramari mu bikorwa binini nko kongerera ubushobozi imishinga y'ubushakashatsi, no kuvugurura ibikorwa remezo by'ubuhinzi bigamije kubujyanisha n'igihe. Ibi byose bizarangazwa imbere n'urwego rw'abikorera. Ingengo y'imari ya Leta igenewe ubuhinzi izita: (i) ku buryo bushya bwo korohereza ishoramari mu buhinzi bujyanye n'ibyo abahinzi bakeneye; (ii) ku ishoramari mu bushakashatsi, serivisi zigenewe abahinzi, n'ibikorwa remezo bigamije kongerera agaciro umusaruro w'ubuhinzi. Zimwe mu mpamvu zituma hadashorwa amafaranga menshi mu buhinzi muri iki gihe ni uko amabanki n'abikorera batumva neza urwo rwego, no kuba ubuhinzi buhura n'izindi nzitizi zitungurana nk'izijyanye n'ihindagurika ry'ibihe, ndetse n'ikiguzi cya serivisi z'imari zigenerwa abahinzi kiri hejuru (transaction cost). Mu Cyerekezo 2050, hateganyijwe ko u Rwanda ruzashyiraho ikigega gihuriweho na Leta n'abikorera giha imari abagira uruhare bose mu ruhererekane nyongeragaciro mu rwego rw'ubuhinzi, gikorana n'amabanki y'u Rwanda, abahinzi, abakora mu ruhererekane nyongeragaciro, mu rwego rwo kugabanya impamvu zituma amabanki n'abashoramari bishisha urwego rw'ubuhinzi no kongerera abahinzi ubushobozi bwo gufata inguzanyo no kuzishyura neza. Kwinjiza ibicuruzwa bifite agaciro gahanitse mu ruhererekane nyongeragaciro rwo ku rwego rw'isi Uko Abanyarwanda bazagenda barushaho kwinjiza amafaranga menshi, bazagenda barushaho gufata amafu n g u ro ameze neza kandi anyuranye agizwe n'ibi ryo byuj uj e u buzi ranen g e, byatu nganyijwe kandi b i pfu nyitse neza, bigaragaza kwiyongera kw'amahitamo yabo mu rwego rw'imirire ajyanye n'izamuka ry'ubukungu n'iterambere ry'imijyi. Muri iki gihe bene ibyo bicuruzwa ahanini bitumizwa mu mahanga, ari ko mu 2050 urwego rw'ubu h i nzi bw'i biri bwa mu Rwanda ruzaba rwujuje ibyo abaturage bazaba bakeneye mu rwego rw'imirire. Ibi bivuze ko bazava ku mirire ishingiye ku biryo bisanzwe barya buri munsi muri
| 576 | 1,709 |
Kuba Ndereyehe yarekuwe ntibivuze ko kumukurikirana byahagaze – Dr Bizimana. Dr Bizimana yabwiye Kigali Today ati “Ndereyehe yarekuwe by’agateganyo kuko yajuririye icyemezo kimwambura ubwenegihugu bw’umuturage w’Umuholandi. Niko bigenda mu nzira z’amategeko. Ntabwo ikurikiranacyaha ryahagaze.” Bizimana abajijwe niba hari icyizere ko yakongera gufatwa ndetse akohererezwa u Rwanda, yasobanuye ko kumwohereza mu Rwanda bigishoboka, kandi ko bitigeze bihagarara, kuko ubu icyakozwe ari ugusuzuma ubujurire bwe kandi ko ari inzira zisanzwe mu rwego rw’amategeko. Dr Bizimana yasabye Abanyarwanda by’umwihariko abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi kudacika intege kubera irekurwa ry’agateganyo rya Ndereyehe, kuko kuba yarekuwe bidakuyeho impapuro u Rwanda rwatanze zo kumuta muri yombi. Dr. Bizimana avuga ko izi nzira zo kujurira ari amananiza abashakishwa n’ubutabera bajya bakoreshwa kugira ngo batoherezwa mu bihugu bibashakisha. Icyakora ubu buryo ngo hari abandi babanjirije Ndereyehe babukoresheje ariko birangira boherejwe mu Rwanda, kuko icy’ingenzi ari uburemere bw’ibikubiye muri dosiye y’uregwa. Urugero Dr Bizimana atanga ni urwo muri 2016, ubwo uwitwa Mugimba Jean Baptiste wahoze ari Umunyamabanga mukuru wa CDR yazanwaga mu Rwanda avanywe mu Buholandi nyamara yari yarakoresheje izi nzira zose z’amananiza. Charles Ntahontuye Ndereyehe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi yari umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cyari gishinzwe Ubushakashatsi mu byerekeye Ubuhinzi n’Ubworozi (ISAR) cyari i Huye mu Majyepfo y’u Rwanda. Avugwaho kuba yarahamagariye abicanyi kuza muri icyo kigo bakica abakozi bacyo babarirwa mu ijana, hamwe n’abo mu miryango yabo bari bahahungiye. Ndereyehe ukomoka mu cyahoze ari Komini Cyabingo, Perefegitura ya Ruhengeri yaburanishijwe n’urukiko Gacaca mu 2008 adahari rumukatira igifungo cya burundu nyuma yo kumuhamya ibyaha bya Jenoside muri icyo kigo cya ISAR. Mu mwaka wa 2010 nibwo u Rwanda rwamushyiriyeho impapuro mpuzamahanga zo kumuta muri yombi mu gihe byavugwaga ko yidegembya mu Buholandi. Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) isaba u Buholandi ko Ndereyehe Charles Ntahontuye, umwe mu bashinze CDR wanateguye Jenoside, yaburanishwa cyangwa akoherezwa mu Rwanda. Umunyamakuru @ h_malachie
| 301 | 872 |
Harmonize yaciye agahigo kari gafitwe na Diamond Platnumz. Umuhanzi wamamaye muri Bongo Flava [Tanzania] yaciye agahigo kari gafitwe na Diamond Platnumz aho yujuje Miliyoni 100 kuri Audiomack.Konde Boy [ Abdul Rajabu Kahali aka Harmonize ], nyuma yo guca aka gahigo yabaye umuhanzi wa Kabiri muri Afurika y’Iburasirazuba nyuma ya Diamond Platnumz.Aba bahanzi bombi bahise bashimangira ubudahangarwa bwabo muri muzika ya Afurika y’Iburasizuba.Umuziki wa Harmonize ntabwo wakunzwe kuri Radiyo gusa, ahubwo no mu Bitaramo, ku mbuga nkoranyambaga no mu buzima busanzwe bw’abaturage zimwe mu ndirimbo ze zigeramo.Muri muzika ya Afurika y’Iburasirazuba , Harmonize na Diamond Platnumz nibo bagabo basa n’abikubira imyidagaduro ukongeraho na Rayvanny nawe wo muri iki gihugu.Kuri ubu Diamond Platnumz niwe uyoboye Afurika y’Iburasirazuba kuri Audiomack na 18 z’abumvise indirimbo ze kuri uru rubuga.Indirimbo ‘Single Again’ ubwayo yumviswe inshuro Miliyoni 103 ari nayo yafashije Album ye ‘Visit Bongo’ kwamamara.Haba muri Tanzania n’ahandi, umuziki wa Diamond Platnumz na Harmonize uguma mu ihangana.Mu minsi yatambutse nyuma y’aho Diamond Platnumz atangarije ko agiye gutegura igitaramo cye bwite cyo kwishimira imyaka amaze muri muzika, yatangaje ko Harmonize na Rayvanny ari abana be abandi bakaba abuzukuru be.Byakuriwe n’andi magambo yatangajwe na Harmonize ubwe bituma abantu bakomeza kwibaza ku mubano wabo bombi muri muzika.
| 199 | 512 |
Abajyanama b’ubuzima ba Rukomo bahize ibyo bifuza kugeraho muri uyu mwaka. Mu bikorwa bagaragaje bagezeho harimo inzu ifite agaciro k’amafaranga miliyoni 15 hatabariwemo ibikorwa by’umuganda w’amaboko yabo. Iyi nzu izafasha aba bajyanama b’ubuzima kubyaza umusaruro amafaranga bahabwa na minisiteri y’ubuzima ku bikorwa by’ubukangurambaga no kuvura bakorera abaturage. Ikindi gikorwa cy’indashyikirwa aba bajyanama b’ubuzima bagezeho ni ukuba baroroje buri mujyanama w’ubuzima ukorera ku Kigo Nderabuzima cya Rukomo ku buryo buri mujyanama w’ubuzima uko ari 220 afite ihene. Aba bajyanama b’ubuzima bibafasha mu kugira akarima k’igikoni gatohagiye kuko ayo matungo abaha ifumbire. Umuyobozi wungirije wa Koperative y’Abajyanama b’Ubuzima bakorera ku Kigo Nderabuzima cya Rukomo, Madamu Mugirente Judith yavuze ko abajyanama b’ubuzima bahawe amafaranga y’agahimbazamutsi gaturuka ku bikorwa baba bakoze. Ayo mafaranga ngo bakaba barayahawe mu byiciro bine aho buri mujyanama w’ubuzima yahawe amafaranga ibihumbi 53 na 909. Akomeza avuga ko undi muhigo besheje harimo kuzamura ibipimo by’ubuzima aho batanga mutual de santé ku batishoboye dore ko kuri uyu munsi bishyuriye 15, guhugurira abaturage ibijyanye n’imirire myiza, kuboneza imbyaro, kwirinda maraliya n’izindi ndwara ndetse ngo bakaba banavura abana bari munsi y’imyaka itanu. Ibi byanemejwe n’Umuyobozi w’Ikigo Nderabuzima cya Rukomo, Umuhoza Chantal, wavuze ko kubera ubufasha bw’abajyanama b’ubuzima abana bari munsi y’imyaka itanu bakiraga bagabanutse cyane. Ababyeyi ngo basigaye bitabira cyane kwipimisha igihe batwite ndetse kubera inyigisho z’abajyanama b’ubuzima abaturage bitabira kuboneza imbyaro ku bwinshi.
Aba bajyanama b’ubuzima ba Rukomo, banabumbiye amatafari umukecuru utishoboye utagiraga aho aba kandi baniteguye gutanga umusanzu wo kumuzamurira inzu. Mu mwaka wa 2012-2013, abajyanama b’ubuzima ba Rukomo biyemeje gukora ibikorwa by’ubucuruzi bw’imyaka bizatangira muri Nzeri uyu mwaka, kwigurira imodoka y’ikamyoneti izabafasha muri ubwo bucuruzi, kongera ibipimo by’ubuzima bongera imbaraga mu guhugurira abaturage kurunganiza urubyaro, gutegura indyo yuzuye n’ubundi bukangurambaga mu by’ubuzima kandi ngo bakanarushaho kuboneza serivisi batanga. Abo bajyanama b’ubuzima bavuga ko kuva mu mwaka wa 2013, Koperative yabo izajya igenera buri mujyanama w’ubuzima agahimbazamutsi ka buri kwezi mu rwego rwo kurushaho kuzamura imibereho yabo no kubafasha kunoza serivisi batanga. Dr Freddy Sangala, umuyobozi w’agateganyo w’ibitaro bya Nyagatare, yashimiye abo bajyanama b’ubuzima inkunga badahwema gutera abaganga mu kwita ku buzima bw’abaturage. Yagize ati “Ubu muri bagenzi bacu kuko ntimukiri abajyanama b’ubuzima kuko munavura.” Aha yagarukaga ku ruhare rw’abajyanama b’ubuzima mu kuvura indwara z’abana bari munsi y’imyaka itanu. Muganga Freddy Sangala yabijeje gukomeza kugirana na bo imikoranire myiza, maze ababwira ko ibitaro bya Nyagatare byiteguye kubatera inkunga mu bikorwa byabo kuko ari abafatanyabikorwa beza. Musabyimana Charlotte, umuyobozi w’akarere ka Nyagatare wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, na we ashimira aba baturage aho yavuze ko babaye intangarugero mu karere ka Nyagatare dore ko babaye aba mbere mu guhigura imihigo nk’iyo. Akomeza abasaba kugira izina ngiro bagakomeza kugira inama abaturage mu by’ubuzima nk’uko izina ryabo ribivuga. Uyu muyobozi w’akarere wungirije yakomeje abasaba gukomeza kuba ibisubizo by’abaturage mu buzima bwa buri munsi. Yabijeje kandi ko akarere ka Nyagatare katazahwema kubatera ingabo mu bitugo aho bizajya bigaragara ko ari ngombwa. Niyonzima Oswald
| 476 | 1,420 |
Amagare : Ikipe y’u Rwanda iratangira gusiganwa muri La Tropicale iherutse kwegukana. La Tropicale Amissa Bongo igiye kuba ku nshuro ya 14 iratangirana n’agace ka mbere k’intera y’ibilometero 100 kuva ahitwa Bongoville kugera i Moanda aho abakinnyi 90 bari mu makipe 15 basiganwa barwanira kwegukana iri rushwanwa ribanziriza ayandi yose muri Afurika buri mwaka. Agace ka mbere karatangira saa saba ku isaha yo mu Rwanda. Ikipe y’u Rwanda iyobowe n’umutoza Sempoma Félix igizwe n’abakinnyi batandatu barimo Areruya Joseph uraza gutangira yambaye nomero ya mbere nk’umukinnyi wegukanye isiganwa riheruka. Areruya Joseph uherutse kwegukana igihembo cy’umukinnyi w’umunyafurika w’umwaka ni umwe mu bakinnyi bahanzwe amaso muri iri siganwa. Areruya azaba afatanyije na Bonaventure Uwizeyimana wegukanye Tour du Cameroun umwaka ushize akaba na we yaranditse amateka muri La Tropicale, yegukana agace kayo muri 2013. Harimo kandi Mugisha Samuel watwaye Tour du Rwanda iheruka na Jean Claude Uwizeye waje ku mwanya wa kabiri inyuma ya Mugisha. Abandi ni Munyaneza Didier watwaye Shampiyona y’u Rwanda umwaka ushize ndetse na Nkurunziza Yves. Umukinnyi benshi bategereje kubona muri iri siganwa ni igihangange Andre Greipel, umudage ukinira Arkéa-Samsic usanzwe umenyerewe mu marushanwa ya World Tours nka Tour de France aho amaze kubona intsinzi 155 zirimo uduce 11 yegukanye muri Tour de France. Undi mukinnyi utegerejwe ni umunya-Eritrea Daniel Teklehaimanot watwaye Tour du Rwanda muri 2010 ndetse akanambara umwambaro w’umukinnyi uzamuka kurusha abandi muri Tour de France 2015. Irushanwa rya La Tropicale Amissa Bongo riri ku rwego rwa 2.1 rikaba ryo na Tour du Rwanda ari yo marushanwa ari ku rwego rwo hejuru muri Afurika. Uduce tugize La Tropicale Amissa Bongo 2019: 2019-01-21: BONGOVILLE – MOANDA, 100km 2019-01-22: FRANCEVILLE – OKONDJA, 170km 2019-01-23: LECONI – FRANCEVILLE, 100km 2019-01-24: MITZIC – OYEM, 120km 2019-01-25: BITAM – MONGOMO, 120km 2019-01-26: BITAM – OYEM, 110km 2019-01-27: ZES de NKOK – LIBREVILLE, 140km Abanyamakuru ba Kigali Today @ kigalitoday
| 305 | 813 |
#CAFCC: AS Kigali inganyije na Al Nasr mu mukino ubanza. Muri uyu mukino Ikipe ya AS Kigali mu minota 10 ya mbere ntabwo yatangiye neza cyane cyane hagati mu kibuga bitatumaga igera imbere y’izamu rya Al Nasr ngo igerageza uburyo bw’ibitego. Ku munota wa 7 w’umukino nibwo ikipe ya Al Nasr yageze imbere y’izamu rya AS Kigali ubwo Adel Djarrar yateraga ishoti rigendera hasi ariko umupira unyura i ruhande rw’izamu rya AS Kigali. Ikipe ya AS Kigali yari yatangiye kubonana neza yahise irata igitego cyari cyabazwe ku mupira wazamukanywe na Shaban Hussein ku makosa yakozwe na myugariro wa Al Nasr ariko awuhinduye imbere y’izamu Kone Felix ananirwa gushyira umupira mu izamu rya Asiyl Almiqasbi wawushyize muri koruneri. Kalisa Rashid yongeye kugerageza uburyo atera ishoti rikomeye ariko umupira unyura hejuru y’izamu.AS Kigali yakinaga neza haba mu kibuga hagati ndetse n’impande yakomeje kugera imbere y’izamu rya Al Nasr yatakazaga imipira myinshi cyane ariko uburyo bubonetse ntibutange umusaruro byatumye iminota 20 y’igice cya mbere irangira nta kipe yari yabona igitego. Ku munota wa 29 Haruna Niyonzima wari umaze kugera geza ishoti rikomeye umunyezamu akarikuramo,yongeye guhindurira umupira mwiza ku ruhande rw’iburyo ufatwa na Shaban Hussein wateyeye ishoti ariko umupira uca mu ntera ntoya uvuye ku giti cy’izamu. Ku munota wa 33 w’umukino umunyezamu wa Al Nasr Asiyil Almiqasbi yabonye ikarita y’umuhondo kubera gutinza umukino yari yatangiye umusifuza akamwihanangiriza cyane. Mbere y’uko igice cya mbere kirangira Haruna Niyonzima wagaragazaga urwego rwo hejuru yaryohereje abafana bari muri Stade Huye acenga ba myugariro ba Al Nasr yinjira muri rubuga rw’amahina umupira ugeze kuri Kone Felix awuteye ntiwamukundira ngo ujye mu izamu. Al Nasr yahise izamukana umupira nayo Omar Hammad atera ishoti rikomeye ariko umupira ujya hejuru y’izamu,igice cy mbere kirangira ari 0-0. Umutoza wa AS Kigali Casa Mbungo Andre yatangiye igice cya kabiri akora impinduka zigamije gushaka ibitego akuramo Kone Felix wakinaga ibumoso imbere ariko wanarase uburyo bukomeye bw’ibitego mu gice cya mbere amusimbuza Man Yakre. Ikipe ya AS Nkuko yarangije igice cya mbere ikina neza niko yakomeje yewe inabona uburyo bwinshi imbere y’izamu ariko bugapfushwa ubusa byageze naho bigaragara ko kapiteni Haruna Niyonzima ndetse na Shaban Hussein wagiraga kwiharira umupira imbere y’izamu basa nk’abatumvikana kubera uburyo bakomeje kurata. Ku munota wa 57 w’umukino Kalisa Rashid watsindiye AS Kigali igitego kimwe yatsinze ASAS Djibouti Telecom mu mukino w’ijonjora rya mbere yagerageje ishoti rikomeye ariko umupira unyura hejuru y’izamu rya Al Nasr. Ku munota wa 73 w’umukino ikipe ya AS Kigali yakoze impinduka ikuramo Ahoyikuye Jea Paul wavunitse ishyiramo Dusingizimana Gilbert mu gihe Akayezu Jean Bosco yasimbuye Kakule Mugheni Fabrice ari nako na Al Nasr ku munota wa 77 nayo yakoze impinduka z’abakinnyi batatu bagiriyemo icyarimwe. Al Nasr nayo muri iyi minota yatangiye kugera imbere y’izamu rya AS Kigali yari yatangiye gutakaza imipira cyane. Ikipe ya AS Kigali yakinnye iminota ya nyuma isa nkiyamaze kwakira ko kubonera intsinzi mu Rwanda bitagikunze dore ko muri iyi minota nta buryo bukomeye yigeze ibona. Mbere Yuko umukino urangira AS Kigali yabonye amahirwe ya nyuma aho yabonye kufura yatewe na Kalisa Rashid ariko ayitera mu rukuta maze Al Nasr ibona nayo amahirwe ya nyuma izamukana umupira byihuse ariko Francis Bezerra ateye umupira mu izamu uca ku ruhande rw’izamu rya Ntwali Fiacre byanatumye umukino urangira amakipe yombi anganyije 0-0. Umukino wo kwishyura iteganyijwe kuzabera mu gihugu cya Libya aho Al Nasr izakira AS Kigali tariki 15 Ukwakira 2022 saa kumi nimwe. Umunyamakuru @UwimanaJeanJul1
| 560 | 1,440 |
Ikoranabuhanga rya Do-Nou ryitezweho gufasha urubyiruko kwihangira imirimo. Uru rubyiruko rugaragaza ko nyuma y’amahugurwa y’iminsi 12 rwahawe, ruzibumbira mu makoperative na rwo rukajya rushaka amasoko yo gukora imihanda nk’uko izindi sosiyeti zipigana ku masoko. Ikoranabuhanga rya Do-Nou ni ugufata imifuka ugashyiramo igitaka, hanyuma ugapanga neza ahantu hashijije iyo mifuka igatsindagirwa imyanya yo hagati igasibishwa itaka, hakongerwaho indi mifuka na yo irimo igitaka kugira ngo umuhanda utumburuke nyuma hagasozwaho igitaka gikomeye ari nako bakomeza gutsindagira. Mu rwego rwo gufasha urubyiruko rurangije amashuri yisumbuye rutagira akazi kwihangira imirimo, Leta y’u Buyapani ku bufatanye na Leta y’u Rwanda batangije umushinga wo kuruhugura kwihangira imirimo bakora bene iyi mihanda. Ambasaderi w’u Buyapani mu Rwanda, Takayuki Miyashita, avuga ko ikoranabuhanga rya Do-Nou ryakoreshwaga mu Buyapani mu myaka isaga 100 ishize bagamije kubaka imihanda yo mu byaro no kwirinda Ibiza by’amazi kubera ikibazo cy’imitingito ikomeye ikunze kwibasira u Buyapani. Agira ati, “Duno twayikoreshaga mu myaka myinshi ishize, twirinda Ibiza.’ Hano yakora. ifasha abaturage kubona imihanda myiza, twahisemo gufasha urubyiruko kuko ruzabona akazi kandi na Leta ikabona abantu basobanukiwe mu gukora imihanda idahenze muri gahunda yayo yo kugeza imihanda hirya no hino.”
Akomeza agira ati “U Rwanda na rwo rugira ahantu usanga hareka amazi mu mihanda ugasanga ntibaye nyabagendwa kandi iri koranabuhanga ridahenze rishobora kurufasha, ari na yo mpamvu Ubuyapani bwashyigikiye Igitekerezo cy’Umushinga CORE cyo gufasha abanyarwanda kubaka bene iyo mihanda Avuga ko nyuma yo gufasha urubyiruko kugira ubumenyi mu gukora bene iyi mihanda ruzarushaho kwiteza imbere kandi abaturage bakagira imihanda myiza ibafasha mu migenderanire. Agira ati, “Buri mwaka dufata uturere tune tugahugura nibura urubyiruko 40 tugafata uturere tune, ku uryo mu mwaka duhugura abagera kuri 200, mu mwaka utaha tuzabikora, no muushize twarabikoze, no muri uyu turi kubikora”. “Turatekereza ko uru rubyiruko 200 rushobora kugenda rugakora amakompanyi yabo, turabashishikariza gushyiraho amakompanyi yabo kugira ngo babashe kwihangira imirimo kandi bafasha n’abaturage kugira imihanda myiza”. “Nibamara gushyiraho izo kompanyi bazakora imihanda ku buryo no hirya no hino mu Mirenge igerayo bityo u rwanda rurusheho kuba rwiza rufite imihanda myiza”. Urubyiruko na rwo rufite icyizere, cyo kurangiza amahugurwa rumaze kwiga byinshi bizatuma rwihangira imirimo koko, gusa ngo ibikoresho n’ubushobozi bwo kubigeraho ni bimwe mu byo bifuza ko Akarere ndetse n’umushinga uri kubahugura wazarufashamo. Ndacyayisenga Jeanine umukobwa w’imyaka 23 arangije amashuri yisumbuye mu bijyanye n’ubutabire ariko nta kazi yagiraga agaragaza ko afite icyizerenoneho dore ko yigeze no kwiga kudoda ariko akabura igishoro.
Agira ati, “Twmaze kumenya neza gushyira itaka mu dufuka, kudupanga no gustindagira, ubu noneho twifitiye icyizere, kuko twamenye uko tuzajya dukora imihanda neza, Leta n’umufatanyabikorwa bazatumenyere ibikoresho kuko birahenze” Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Rusiribana Jean Marie avuga ko iryo koranabuhanga rigiye kujya ryifashishwa mu mihanda isanzwe yajyaga ikorwa na VUP ku buryo urubyiruko ruzabonamo akazi kandi ko hari ibikenerwa n’ubundi byifashishwaga mu ikorwa ry’iyo mihanda ku buryo amafaranga agura ibikoresho atabura. Agira ati, “Ubusanzwe muri gahunda zo gukora imihanda hari ibyo duteganya, ndatekereza ko iri koranabuhanga aho rizakenerwa na ho hazateganyirizwa ibikoresho, kandi aho rizakenerwa bizaboneka urwo rubyiruko rubihabwe, umufatanyabikorwa na we turacyari kumwe azakomeza kudufasha”. Kilometero imwe y’umuhanda ukoreshejwe ikoranabuhanga rya Do-Nou igura amafaranga y’u Rwanda abarirwa muri miliyoni icyenda, aya akaba angana na 1/10 cy’ikiguzi cy’amafaranga yubaka kilometero imwe, hakoreshejwe gutsindagira umuhanda hakoreshejwe imashini aho kilometero imwe iba ihagaze miliyoni 90frw. Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Rusiribana Jean Marie, avuga ko bagiye kwiga ibyiza by’iri koranabuhanga ku buryo binabaye ngombwa ryakorehwa mu mihanda ikorwa na VUP kuko rihendutse kandi rikoresha ibikoresho biboneka hafi. Umunyamakuru @ murieph
| 575 | 1,651 |
Kamonyi: Umuruho w’Abaturage basaga ibihumbi 18 batagiraga amazi hafi uri kugera ku iherezo. Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Gacurabwenge na Nyamiyaga, Akarere ka Kamonyi baravuga ko bagiye kuruhuka ijerikani n’ingendo ndende bakoraga bajya kuvoma amazi ku mitwe. Baravuga kandi ko guhendwa n’abavomyi nabyo bigiye kurangira kuko biteguye umuyoboro mushya ugiye kuzura. Barahamya kandi ko aya mazi agiye kubegerezwa azanabafasha kunoza isuku kurushaho kuko bazaba bakavoma hafi. Abaturage, ibi babigarutseho mu kiganiro bahaye umunyamakuru wa intyoza.com ubwo yabasuraga agamije kureba imvune bahura nazo mu rugendo bakora bajya gushaka amazi ndetse n’aho bayakura, yaba ayo kunywa ndetse no gukoresha umunsi ku munsi. Mushimiyimana Drocela yabwiye umunyamakuru ko amazi bagiye guhabwa azabaruhura amajerikani bikorera ndetse n’amafaranga batangaga kubafite amagare babavomera, aho injerikani imwe hari aho bayishyura amafaranga 200, akaba ashobora no kwiyongera bitewe n’ayo ukeneye n’igihe uyashakira n’icyo ugiye kuyakoresha. Mukamana immaculee yagize ati“ Uyu muyoboro ugiye kutuvuna amaguru kuko twajyaga kuvoma tugasanga hariyo inkomati ndetse tukaba twatuma amagare, injerikani 1 ikagura magana abiri, ariko ubu ngiye kujya nyazigama. Byanatumaga tutabasha gukora akazi kacu ndetse abana bacu bakajya kuvoma bagatinda kujya kwiga. Isuku nayo ni nkeya ariko ubu tuzaba tuyibungabunga neza kubera ko twabonye amazi hafi yacu”. Umuyobozi w’Ikigo cy’Urwunge rw’Amashuri cya Kigembe giherereye mu murenge wa Gacurabwenge, Munyarukundo Egide avuga ko bagorwa no kubona amazi mu gihe cy’izuba bigatuma bayatuma abana bakayazana. Ahamya ko uyu muyoboro urimo gukorwa bizeye ko uzakemura ibibazo birimo n’amazi abana banywa kuko babahaga amazi yo mu bigega cyangwa buri mwana akizanira ayo kunywa ayakuye iwabo. Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere yabwiye intyoza.com ko uyu muyoboro ugiye gufasha abaturage benshi kubera ko hashyizweho amavomero menshi, aho bizagoboka abajyaga bavomesha amagare n’imitwe kandi bagakora ingendo ndende zanatumaga hari imirimo idakorwa uko bikwiye. Yagize kandi ati” Abaturage bacu bari bafite ikibazo cy’amazi bagiye guhabwa umuyoboro uzuzura vuba aha. Benshi bavomeshaga amajerikani ku mutwe ndetse abandi bagakoresha amagare bikanabahenda ariko turabaha amazi vuba kuko ibigomba gukorwa byose birimo kugera ku musozo”. Akomeza yemeza ko hari ikigero bagezeho cyo kwegereza abaturage amazi meza hagamijwe kuzuza ibyo Perezida wa Repuburika, Paul Kagame yemereye abaturage muri gahunda ya NST1 yo kwegereza abaturage amazi hafi yabo. Hari icyizere ko mu mpera z’uku kwezi ibikorwa byose byaba bimaze gukorwa, amazi agahabwa abaturage nkuko abarimo gukora iyi mirimo bavuga, cyane ko imirimo igeze ku kigero cya 90,2%. Uyu muyoboro w’amazi, ufite ibirometero miro Itanu na birindwi na metero magana arindwi na mirongo irindwi n’eshanu (57, 775km). Uzaba ufiteho amvomero 55 azahabwa amazi n’amasoko 5 yatunganyijwe neza hariho ibigega 17, aho harimo ibigega bya metero kibe 125 ikinini naho igito kikagira Metero Kibe 10 (10m3). Abaturage bagera ku bihumbi 18, 643 bagiye kwegerezwa amazi. Akimana Jean de Dieu
| 444 | 1,219 |
Selma Rosun. Jessika Selma Rosun (wavutse ku ya 26 Mata 1991) ni umukinnyi umutera umuhunda ukomoka muri wa Morise .
Yatsindiye umudari wafeza muri Shampiyona ya furika ya batarengeje imyaka 2009, yegukana umwanya wa cumi muri shampiyona ny'afurika yo muri 2010, aba uwa gatanu mu mikino y'abereye muri afurika muri 2011, aba uwa gatandatu muri shampiyona ny'afurika muri 2012, yegukana umudari wa feza mumikino yo muri 2013 yo mubufaransa, yegukanye umwanya wa cumi na kabiri mu mikino ya yabavuga icyongereza muri 2014, yegukana umudari wa feza muri shampiyona ny'afurika yo muri 2014, y'egukana umwanya wa gatandatu mu mikino ny'afurika yo muri 2015, iya karindwi muri Shampiyona ny'afurika 2016, aba uwa kane muri 2017mu mikono yo mubufaransa, aba uwa karindwi mu mikino ybavuga icyongereza muri 2018, uwa gatanu muri shampiyona ny'afurika yo muri 2018 nuwa gatanu mu mikino ny'afurika yo muri 2019 .
Umuntu we yitwaye neza ni metero 53,98, yagezweho muri Gicurasi 2019 i Savona .
| 156 | 410 |
Umukino wa Premier League muri Stade Amahoro?. Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi ntiryakozwaga ibyo kuba imikino ya shampiyona mu bihugu yakinirwaga hanze y’ubutaka bwabyo. Gusa, kuri ubu risa n’iryisubiyeho ndetse mu nama yaryo yabereye i Bangkok, ryemeje ko hashyirwaho itsinda rizafasha mu kwemeza niba imikino ya shampiyona yabera hanze y’ibihugu ziberamo. Ibyo bisobanuye ko za shampiyona zikomeye muri ruhago ku Isi, zirimo na Premier League y’u Bwongereza, zishobora kujya zikinirwa hanze y’ibyo bihugu. Bizaha kandi umwanya Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) kuba yategurira imikino hanze y’uyu mugabane, harimo n’umukino wa nyuma wa Champions League wabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu ntangiriro z’uku kwezi, Umuyobozi Nshingwabikorwa wa Premier League, Richard Masters, yavuze ko “amarembo afunguye kuba imikino yabera muri Amerika”, ariko yongeraho ati “Ntabwo ari zo gahunda zacu ubu.” Ni mu gihe umwe mu bayobozi ba Televiziyo ya NBC yerekana Premier League muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yavuze ko ashaka kubona “imikino ibiri itangira umwaka w’imikino wa Premier League muri stade nini [muri Amerika].” Kuba amakipe asaga kimwe cya kabiri cy’akina muri Premier League ari mu biganza by’ibigo by’Abanyamerika, bitiza umurindi ko ari ho hashobora kujya imikino myinshi mu gihe iyi gahunda yaba itangiye gukurikizwa. Itsinda ryemejwe rizasuzuma niba ubu buryo bushoboka, ndetse butazabangamira bamwe mu bafana bagura amatike yo kureba imikino yose y’amakipe yabo kuko byabasaba ubushobozi bwisumbuye kujya kuyareba hanze y’igihugu. Byashoboka kubona imikino nk’iyi i Kigali? Si ubwa mbere imikino y’i Burayi yaba ibereye hanze y’ibihugu biyitegura kuko nko muri uyu mwaka w’imikino, Super Coupe y’u Butaliyani n’iya Espagne, zombi zakiniwe muri Arabie Saoudite. Ni mu gihe Shampiyona ya Espagne, La Liga, ifite gahunda yo gushyira imikino hanze y’igihugu mu mwaka w’imikino wa 2025/26 nyuma y’uko uwari guhuza FC Barcelone na Girona i Miami ukuweho mu 2019. Mu mezi make ari imbere, u Rwanda ruzaba rwujuje Stade Amahoro yavuguruwe aho izaba yakira abantu ibihumbi 45 bicaye neza. Ni ukuvuga ko izaba iruta stade z’amakipe ya Aston Villa, Chelsea, Everton, Sheffield United, Wolves, Brighton, Nottingham Forest, Crystal Palace, Fulham, Burnley, Brentford, Luton Town FC na AFC Bournemouth yo muri Premier League. Kugira igikorwaremezo kiri kuri uru rwego, aho kizaba gifite n’ibindi bibuga bigezweho by’imyitozo, bishyira u Rwanda mu mwanya mwiza wo kuba rwakwakira amarushanwa akomeye n’imikino itandukanye mu minsi iri imbere. Ibi bijyana kandi na gahunda y’Igihugu yo kuba igicumbi cya siporo mu marushanwa atandukanye. Mu kiganiro “The Long form”, Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa, aherutse kuvuga ko kwakira amarushanwa ya siporo byinjirije u Rwanda asaga miliyoni 30$ mu myaka ibiri ishize. Yavuze ibi ubwo yari abajijwe niba u Rwanda ruteganya kuzakira isiganwa rya Formula One mu myaka iri imbere, bijyanye n’uko mu Ukuboza ruzakira Inteko Rusange y’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umukino wo Gusiganwa mu Modoka (FIA), iyo ikaba isanga kwemererwa kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare mu 2025 n’Amajonjora yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya Basketball mu Bagore. Yongeyeho ati “Muri rusange, nka Guverinoma, dufite intego yo kwakira amarushanwa nk’aya, byerekana ko niba winjije amafaranga nk’ayo wakira ari kuri urwo rwego, kuki utakwakira ayisumbuyeho?...Niba nshaka kwakira isiganwa rya F1 umunsi umwe, kuki ntatangira kuzuza bimwe mu bisabwa uyu munsi? Niba nshaka CAN, nkaba mfite Stade Amahoro, kuki ntakubaka izindi stade? Ni ibintu biba byarateguwe.” FIFA iri mu nzira zo kwemera ko imikino ya shampiyona zitandukanye yajya ibera hanze y'ibihugu byazo Stade Amahoro yavuguruwe, ifite ubushobozi bwo kwakira abantu benshi bicaye neza kurusha stade 13 zo muri Premier League
| 561 | 1,464 |
Inkiko ‘Zikomeje’ Gutesha Agaciro Iby’Indishyi Zisabwa N’Abavuga Ko Bangirijwe Na FLN. Urukiko rw’ubujurire rwaraye rutesheje agaciro ikirego mu bujurire cyatanzwe n’abantu 22 bavuga ko bangirijwe ibyabo n’abarwanyi ba FLN. Uku kugitesha agaciro gukozwe nyuma y’uko n’Urukiko rukuru narwo rwagitesheje agaciro rukavuga ko ‘nta bimenyetso bifatika’ batanga. Abashaka guhabwa indishyi ni abantu 22 bo mu Murenge wa Nyabimata baregera indishyi mu rubanza Paul Rusesabagina aregwamo n’abandi barwanyi 22 bakoranaga nawe mu mutwe wa MRCD-FLN wagabye ibitero mu Murenge imwe y’Akarere ka Nyaruguru na Nyamagabe ikica abantu ikangiza n’imitungo yabo. Abagize Inteko iburanisha y’Urukiko rw’Ubujurire bateze amatwi birambuye bamwe mu baruregeye basaba indishyi z’akababaro kubera imitungo yabo bavuga ko yangijwe n’abarwanyi ba FLN. Nyuma yo kuvuga ib’ikirego cyabo, ubunganira yavuze ko impamvu urukiko rukuru rwanze ubujurire bwabo ari uko ‘nta bimenyetso’ bagaragaje bijyanye n’imitungo baregera. Ikindi gitangaje ni uko abo baregera indishyi batagaragara no kuri raporo ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyabimata bwagejeje ku rukiko, ikaba ari raporo yerekanaga abanjirijwe na bariya barwanyi. Umwunganizi w’abaregera indishyi yabanje kunenga icyemezo cy’urukiko rukuru cyo kudaha agaciro ikirego cy’indishyi cy’abakiliya be ndetse asaba abagize inteko iburanisha mu rw’ubujurire kusuzumana ubushishozi kiriya kirego. Yasabye ko n’iriya raporo yiganwa ubwitonzi. Aha ariko hari bamwe mu baregera ziriya ndishyi bavuze ko kubera imiterere y’uburyo biriya bitero byagabwe, bigoye ko ababirokotse babona ibimenyetso urukiko rukuru rwabasabye. Bavuga ko nk’amatungo yasahurwaga, imyaka batwaraga ndetse n’ibikoresho byo mu rugo bitandukanye benshi babyikorezwaga n’aba barwanyi ba FLN k’uburyo kubifatira amafoto byari kuba bigoye. Ngo icyari ingenzi muri kiriya gihe kwari ugukiza amagara yabo. No mu bujurire bisa n’ibyatewe utwatsi… Kubera ko nta kosa abagize Inteko iburanisha mu rw’ubujurire babonye muri raporo yakozwe n’Umurenge wa Nyabimata, ikaba ari nayo yashingiweho n’urukiko rukuru mu gufata umwanzuro, abacamanza bo mu Urukiko rw’ubujurire nabo basanze nta kosa urukiko rukuru rwakoze. Byatumye nabo badaha ishingiro ikirego cy’indishyi za bariya bantu 22. Aha uwunganira aba baregera indishyi ntiyanyuzwe, ahubwo yasabye urukiko kuzasuzuma iyi mitungo yangijwe neza, abaregera indishyi ari nabo aburanira bakazahabwa ubutabera. Urubanza rwasubitswe nta mwanzuro ufashwe kuri iyo ngingo, bikaba biteganyijwe ko ruzakomeza ku wa Mbere.
| 338 | 993 |
Rubavu: Abashakana n’abanyamahanga basobanuriwe ibyo amategeko abasaba. Iki kibazo cyabonetse mu Murenge wa Bugeshi mu Karere ka Rubavu, aho umuturage yagaragaje ko yananiwe gusezerana n’umugore we wavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), bigatuma abana badashobora kubona uburenganzira bwabo. Umunyarwanda utarashatse ko izina rye ritangazwa utuye mu Murenge wa Bugeshi, yagaragaje ko afite umugore wavuye muri RDC babana, ariko bananiwe gusezerana none abana be ntibahabwa ibyangombwa. Ni ikibazo kigaragajwe n’uyu muturage ariko kiboneka ku bandi benshi batuye ku mipaka ikikije u Rwanda, batasezeranye n’abo bashakanye bavuye muri ibyo bihugu. Umwanditsi w’irangamimerere mu Murenge wa Bugeshi akaba n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wawo, Rwibasira Jean Bosco, avuga ko badafite abaturage benshi bafite iki kibazo ariko n’undi wakigira agomba gufashwa kunyura mu nzira zemewe, kugira ngo asezerane n’uwo ashaka kandi babone ibyangombwa bikenewe. Gitifu Rwibasira avuga ko umunyamahanga ushaka gushakana n’Umunyarwanda, asabwa gushaka ibyangombwa mu gihugu avukamo bigaragaza ko ari ingaragu, akabizana kuri Ambasade y’igihugu cye mu Rwanda kuko ariyo ifite ubushobozi bwo kwemeza ko icyo cyangombwa yatanze ari umwimerere, Iyo icyangombwa kimaze kwemezwa n’Ambasade kijyanwa kuri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga y’u Rwanda ikemeza ko cyemejwe n’Ambasade ibifitiye ububasha kandi ari umwimerere, akabona kukijyana mu buyobozi bwagisabye. Umwanditsi w’irangamimerere mu murenge wa Bugeshi agira ati “Iyo umaze kunyura muri izo nzira uraza tukagusezeranya ndetse washaka n’ubwenegihugu ukabusaba, nyuma y’imyaka itatu iyo dukoze raporo igaragaza ko mubanye neza atari business.” Akomeza avuga ko impamvu basabwa gukora raporo, hari abasezerana batagamije kubana ahubwo bagamije kwishakira ubwenegihugu. Ati “Dukora raporo kuko hari abashakana batagamije kubana ahubwo bashaka ubwenegihugu gusa, kandi tubifata nk’ubucuruzi. Turimo kubona urubyiruko rushaka kujya mu mahanga rugendeye ku gusezerana n’impunzi kugira ngo nizijyanwa muri Amerika bazajyane nk’umuryango, ariko iyo bagezeyo baratandukana.” Uyu muyobozi asobanura ko kuba mu gihugu igihe kirekire bitavuze guhabwa ubwenegihugu, kuko burasabwa bugatangwa. Ati “Hari abavuga ko babaye mu Rwanda igihe kirekire bakiyumva nk’Abanyarwanda, ariko ntibihita bikugira Umunyarwanda ahubwo ubwenegihugu burasabwa bugatangwa. Ikindi navuga ni uko uwo munyamahanga uba mu Rwanda utarahabwa ubwenegihugu, gahunda z’ubudehe no kubona ubwisungane mu kwivuza ntizimureba, kuko zagenewe Abanyarwanda.” Itegeko ngenga nº 002/2021.ol ryo ku wa 16/07/2021 rigenga ubwenegihugu nyarwanda, rivuga ko impamvu zishingirwaho mu gusaba cyangwa gutanga ubwenegihugu nyarwanda, butangwa zishingira ku kuvukira ku butaka bw’u Rwanda, umwana watoraguwe, ishyingirwa, kubera umubyeyi umwana utabyaye, inyungu z’Igihugu, ubumenyi cyangwa impano byihariye, ishoramari cyangwa ibikorwa binini kandi birambye, kuba mu Rwanda, icyubahiro, kuba umwimukira no kutagira ubwenegihugu. Ku bashaka ubwenegihugu nyarwanda, butangwa hashingiwe ku ishyingirwa basabwa kuba yarashyingiranywe n’Umunyarwanda mu buryo bwemewe n’amategeko, kuba amaze nibura imyaka itanu ashyingiwe ku munsi w’ubusabe, kuba akibana n’uwo bashyingiranywe, kuba inyangamugayo kandi afite imyifatire myiza, kugira ubumenyi ku muco n’imigenzo nyarwanda no kubyubaha, kugira ubumenyi ku ndangagaciro mboneragihugu, kugira imibanire myiza n’abandi no kuba atahungabanya umutekano w’Igihugu. Icyakora hari n’abatagira ubwenegihugu bashobora kubusaba mu Rwanda bakabuhabwa, mu gihe badafite ubundi kandi bari ku butaka bw’u Rwanda ku munsi w’ubusabe ariko basabwa kuba batahungabanya umutekano w’Igihugu. Umunyamakuru @ sebuharara
| 477 | 1,463 |
Arimo gishegesha ntavura.
Uyu mugani bakunda kuwuca iyo babonye ibintu bimeze nabi kubera kirogoya ibirimo; ni bwo bavuga ngo : «Arimo gishegesha ntavura» ! Wakomotse kuri Gishegesha cya Bungura mu Bibungo bya Mukinga (Gitarama); ahagana mu mwaka w'i 1600. Ubwo hariho umugabo Bungura akaba umutoni wa Nyamuheshera w' akadasohoka. Bukeye kubera ubwo butoni, Nyamuheshera amugira umutware we; atwara Nduga yose na Mayaga. Haciyeho iminsi myinshi, ibwami bamuha igihango, bamushyira mu bapfumu baragura inkoko n'intama. Bukeye Nyamuheshera araberana (ararwara); imbuto ye bayiha Bungura n'umuhungu we Gishegesha ngo baragure inkoko. Bamaze kuyijyana, abandi bapfumu yasanze ibwami mbere, barijujuta, bati : «Koko ubutoni bugira akabwo; bati «Hari ubwo Bungura, n'umuhungu we Gishegesha ari bo bahawe imbuto y'ibwami batazi n'iyo bigana!» Nuko Bungura n'umuhungu we, biragurira inkoko barayeza. Bamaze kuyeza, barayihangura, baza kuyihereza Nyamuheshera. Arayakira, arayambara. Amaze kuyambara, indwara iramukomerera aratanga (arapfa). Bagenzi ba Bungura b'abapfumu babibonye bahera ko bakwiza inkuru, ngo Bungura n'umuhungu we Gishegesha bararikoze; ngo bahereje umwami imana y'umucuri ( iteze ). Inkuru iramamara ikwira igihugu cyose, bavuga ko Gishegesha na se Bungura ari bo batumye umwami atanga. Guhera ubwo Bungura n'umuhungu bagira ubwoba baracika; bacikira i Bugesera kwa Nsoro. Bagezeyo, bahakwa na Nsoro, bamubwira ko bacitse mu Rwanda, kandi ko bari abatware b'umwami. Ariko bamuhisha icyo bazize. Nsoro arabakunda cyane kuko bari bazi kumasha no gutera imyambi, bituma abatonesha, abagabira ubutware. Haciyeho iminsi, mu Rwanda bimika umwami uzungura Nyamuheshera; hima Mibambwe Gisanura. Amaze kwima; ararabukirwa. Inka ze z'indabukirano zigabanwa n'umugabo Mugongo w'umucyaba, ukomoka i Bufundu; agabana n'ibya Bungura byose n'inyambo z' ibwami yaragiraga. Biba aho, bukeye ibwami bakura Gicurasi; Mugongo acyura inyambo basanga zaronze cyane ( zarananutse ). Inshuti za Bungura ziboneraho, kubwira ibwami ziti: « Izi nyambo nizigende zipfe zazize nyirazo wari uzifashe neza rubanda bakamurenganya, bamurega ibinyoma ngo ni we watumye Nyamuheshera atanga. Gisanura arita mu gutwi. Abaza ababivugaga, ati «Ese ubu mwambonera Bungura?» Abandi, bati «Twamubona». Gisanura ati «Mumunshakire, uzamumbonera nzamuhemba». Ubwo Mugongo, wari wagabanye ibya Bungura aranyagwa inka n'imisozi bishingwa uwitwa Karake bategereje Bungura. Ubwo inshuti za Bungura zirishima, zigurira abatasi b'i Bugesera ngo zijye kubonana na Bungura. Zigeze i Bugesera, zisanga Bungura yarapfuye. Zibwira umuhungu we Gishegesha ko akwiye gucikuka, akajya mu bya se. Gishegesha, ati : «Sinata ibintu twari dufite, ngo nje mu mahane y'i Rwanda! » lnshuti za se ziranga ziramukuba, ziti : «Ubwo ni ukwibuza umugisha: gusubira iwanyu kandi ukabona n'ibya so nta ho bihuriye no guhera mu mahanga; ziti: « Ngwino tukujyane! Ubwo mu Bugesera hari undi mugaragu wa Nsoro witwa Bugabo; hagati aho, Gishegesha ataragaruka mu Rwanda, Nsoro amugabira inkiko iherereye ku Rwanda hafi y'icyambu cya Nyamwiza. Bukeye bene wabo wa Gishegesha, basubira i Bugesera kumubwira ko yigirira nabi; bati «Inka za so n'ingabo byose byarashinganwe ni wowe bitegereje, none wikwivutsa ibya so! Bamaze kumurembya, aremera bagarukana mu Rwanda. Ageze mu Rwanda, Gisanura amusubiza ibya se. Haciyeho iminsi mike, Gisanura ashaka guteza u Bugesera; Gishegesha ati "Ndabajya imbere, mbereke inzira nziza yo gutera u Bugesera. Abanyarwanda baratera, bambukira mu cyambu cya Nyamwiza; batungukira mu gihugu cya wa mugabo Bugabo. Bahageze banyaga inka zose zo muri icyo gihugu, ngo ntihasigara n'imwe; barazikumba - bacyura iminyago mu Rwanda. Bugabo amaze kumenya ko ari Gishegesha weretse Abanyarwanda inzira, ati «Arimo Gishegesha ntavura» (kuko abanyarwanda bamunyaze inka ze atarazimarana iminsi, kandi inzira bayeretswe na Gishegesha). Uwo mugani witiranwa n'undi bavuga ngo: «Arimo gishigisha ntavura» ariko imvano ya gishegesha ni amata, na yo iya gishigisha ni amatezano. " Gishegesha cyangwa gishigisha = kirogoya; dombwe. "
| 569 | 1,659 |
Ibigo biri ku isoko ry’imari n’imigabane byeretswe uko byakurura abakiliya. Mu mahugurwa y’umunsi umwe yabereye i Kigali ku wa 26 Gashyantare 2019, impuguke za IFC n’iz’Ishami rya Loni rishinzwe iby’imari n’imigabane zabwiye abahagarariye ibigo by’imari n’imigabane mu Rwanda ko kwita ku bibazo biri aho bakorera (ibidukikije) ari ingenzi mu kuzamura urwego rw’imari n’imigabane. Manuel Moses, Umuyobozi wa IFC mu Rwanda yagize ati “Kugira ngo isoko ry’imari n’imigabane rihagarare neza bisaba kubaka icyizere mu bashoramari.” Yakomeje avuga ko ku bufatanye n’Ishami rya Loni rishinzwe iby’imari n’imigabane CMA Rwanda ndetse na RSE bifuza kugaragariza ibigo by’imari n’imigabane mu Rwanda uko byakwigirira icyizere ndetse n’uburyo biha ababigana amakuru aciye mu mucyo kuko byatuma umubare w’abashoramari babigana wiyongera. Nicolas Uwimana, umunyamategeko wa I&M Bank nka kimwe mu bigo biri ku isoko ry’imari n’imigabane mu Rwanda, avuga ko yungutse ibijyanye n’amakuru akwiye guhabwa abanyamigabane n’uburyo yatangwamo kugira ngo abagereho yujuje ibisabwa na RSE. Agira ati “Hari amakuru y’ingenzi ibigo byose biri ku isoko ry’imari n’imigabane bitagomba gutanga iyo igihe kitaragera kuko aba ashobora kugira ingaruka ku isoko ry’imari n’imigabane.” Gusa, akomeza avuga ko ariko umukiliya aba agomba guhabwa amakuru yose ajyanye n’imigabane ye ndetse n’uko isoko rihagaze naho andi amakuru akaba agomba kugerera ku bantu kimwe no mu gihe kimwe kuko ngo ari byo bituma isoko ry’imari n’imigabane rikora neza. Ati “Amakuru ajyanye n’ipiganwa n’imigabane yashyizwe ku isoko atangirwa icyarimwe ku bantu bose atari ukuvuga ngo umwe amenye ibyo muri I&M Bank undi atabizi kuko byamuha amahirwe yo kujya gupiganwa binyuranyije n’undi bitewe n’uko badafite amakuru angana.” Magnifique Migisha, Umukozi ushinzwe Itangazamukuru n’Itumanaho muri CMA Rwanda, avuga ko mu Rwanda hari hasanzwe hari ikibazo cy’ubumenyi buke ku bantu bategura raporo z’ibijyanye n’isoko ry’imari n’imigabane bigatuma icyizere abashoramari bagana ikigo runaka cy’imari n’imigabane kigabanuka. Avuga ko amahugurwa bahawe agamije kubaha amahame mashya yo kugenderaho bategura raporo. Agira ati “Muri ayo mahame harimo kureba ibyo ikigo runaka gikora mu gufasha mu kwita ku bidukikije kuko tuzi ko mu Rwanda abantu benshi muri raporo z’umwaka usanga bita ku miyoborere myiza gusa, ariko ugasanga hari ibindi bintu batitaho.” Migisha avuga ko iyo ikigo runaka kigiye ku isoko ry’imari n’imigabane kiba kitakibereyeho ubwacyo ahubwo kiba kibaye ikigo cya rubanda bityo kikaba kiba kigomba gukora ibituma rubanda bagikunda bakakirata bityo bigatuma isoko ry’imari n’imigane ryaguka. Kugeza ubu, ku isoko ry’imari n’imigabane ry’u Rwanda hari ibigo bine birimo Banki ya Kigali (BK), I&M Bank, Bralirwa na Christal Telecom. Kuva isoko ry’imari n’imigabane ryatangizwa mu Rwanda kuva muri 2011 kugeza muri 2018, muri ibi bigo uko ari bine, hamaze gutangwa imigabane ifite agaciro ka miliyari 92FRW angana na miliyoni 105$ mu gihe imigabane yaguzwe mu mpapurofaranga (treasury bonds) ifite agaciro ka miliyari 303,5FRW ahwanye na 345$. Umunyamakuru wa Kigali Today/KT Radio @ Oswaldini1
| 450 | 1,229 |
Muhanga: Abahinzi b’ibirayi bagiye gufashwa kwagura ubuhunikiro. Guverineri Kayitesi avuga ko iyo koperative isanzwe itubura imbuto y’ibirayi ariko ikaba ikorera ku buso buto, agasaba abahinzi ko igihe bazaba babonye ubuhunikiro bugari bw’imbuto, banongera ubuso buhingwaho kugira ngo babashe kongera umusaruro w’ibirayi muri Ndiza. Abahinzi b’ibirayi bibumbiye muri koperative IABNDI bavuga ko ubu imbuto iri kugurishwa 800frw ku kilo, ikaba ihenze kuko hirya no hino ikenewe na benshi kandi umusaruro ukaba waragabanutse kubera ibiza biherutse kwibasira ibice bya Ndiza. Umujyanama w’ubuhinzi mu Mudugudu wa Gitwa Innocent Karemera, avuga ko imbuto batubura ibageraho ihenze na bo bajya kuyigurisha bagahenda kuko ubusanzwe imbuto iva muri RAB igura 450frw ku kilo, ikaba ngo ubundi yari ikwiye kugurishwa 600frw ku kilo kimwe kuko imbuto itagura nk’ibirayi biribwa. Agira ati “Niba imbuto tuyiguze 450frw amafaranga yo kuyikura muri za Kinigi kuyizana hano bituma nibura igera muri 750frw, ariko iyaba twari tuyegerejwe byarushaho kutworohera ntikomeze kuduhenda”. Nyandwi Martin avuga ko ubuhunikiro bwabo bwabaye buto ku buryo hari abahinzi bakibika imbuto iwabo mu ngo, bikaba byagira ingaruka ku kongera umusaruro. Agira ati “Ubuhunikiro bwacu bwadufashije kugera ku mbuto nziza ariko ni butoya ku buryo hari bamwe bakibika imbuto mu rugo”. Koperative IABNDI ihinga ibirayi ikanabituburira mu Murenge wa Rongi ku buso bwa hegitari 30 batijwe n’akarere. Iyi koperative igaragaza ko ubuhunikiro bwabo ari buto, bakifuza ko bafashwa bukaguka. Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Kayitesi Alice avuga ko ku bufatanye na RAB hafashwe umwanzuro wo gufasha abahinzi kwagura ubuhunikiro ariko bakanarushaho kwagura ubuso buhingwaho. Agira ati “Twaganiriye tubemerera ko tuzabafasha kwagura ibigega bahunikamo imbuto, ariko tunabasaba ko bagura ubuso maze ino misozi ya Ndiza ikabonekamo ibirayi byinshi, n’abaturage ba hano bakomeze kwiteza imbere”. Umuyobozi Mukuru wungirije muri RAB Dr. Bucagu Charles, avuga ko igihe abahinzi bazaba bafashwijwe kubona ibigega byagutse byo gutuburiramo imbuto y’ibirayi, bakwiye no kureba uburyo ubwabo bituburira imbuto baheraho, kugira ngo bizagabanye ikiguzi ku mbuto bikigaragara ko ihenze. Agira ati “Tugiye kubaha imbuto y’ibanze na bo bazabashe kujya bituburira izindi mbuto zihabwa abahinzi, ariko bibasaba kugira ubutaka bwagutse, nitumara kuyibaha bizagabanya igiciro cy’imbuto yahendaga”. Guverineri w’Intara y’Amajyepfo asaba kandi abahinzi kwitabira neza ihinga ry’igihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2021, kuko ari ho haba hitezwe umusaruro uhagije ugereranyije n’ibindi bihembwe by’ihinga. Umunyamakuru @ murieph
| 365 | 1,034 |
Musanze: Baribaza impamvu imirimo yo kubaka isoko ry’ibiribwa yahagaze. Ni isoko ryahoze ricururizwamo ibiribwa, aho abagera ku 1000 bahoze barikoreramo, bajyanywe muri gare ya Musanze babwirwa ko mu gihe kingana n’amezi 18 iryo soko rishya rizaba ryamaze kubakwa, hanyuma bakagaruka mu isoko ryabo. Imirimo yo kubaka iryo soko mu buryo bugeretse(étage), yatangiye ku itariki 10 Mata 2023, aho igice cya mbere kibanza hasi cyari hafi kurangira, mu ntangiro z’ukwezi kwa Nzeri, abafundi n’abayede batunguwe no kubwirwa ko ibikorwa byo kubaka iryo soko bihagaritswe, nk’uko umwe mu bakoraga kuri iyo nyubako yabitangarije Kigali Today. Ati “Twabonye abantu baza mu mamodoka, batubwira ko bavuye i Kigali, baratubwira ngo dutahe ibyo kubaka isoko birahagaze, tugwa mu kantu, dufata utwangushye turataha”. Undi ati “Twaketse ko badashaka ko rwiyemezamirimo wari uri kubakisha iri soko akomeza iyi mirimo, kubera ko yavuzweho byinshi muri iyi minsi, kuko abo baduhagaritse badusabye kumanura icyapa cya rwiyemezamirimo, ntitwabikora turitahira”. Nk’uko bigaragara ku cyapa kigaragaza igishushanyo mbonera cy’iryo soko ndetse na kampani yatsindiye kubaka iryo soko, Rwiyemezamirimo ni Kazoza Justin na Kampani yitwa CIE (EKJ&C)Ltd. Uwo mugabo umaze iminsi avugwa nyuma y’uko atorewe kuba Umutware w’Abakono, yavuzweho kwiharira amasoko y’ubwubatsi hirya no hino mu Gihugu, by’umwihariko mu Ntara y’Amajyaruguru. Muri ayo masoko, haravugwa ko ari we watsindiye kubaka isoko rya Musanze (GOICO), ibiro by’uturere dutandukanye turimo Akarere ka Gakenke, akaba ari na we wari watsindiye kubaka iryo soko ry’ibiribwa rya Musanze. Abacuruzi bahoze bakorera muri iryo soko babayeho bate? Ni isoko ryahoze rikoreramo abagera ku 1000, aho 675 bahoze bakorera ku meza (ibisima) y’iryo soko, mu gihe abagera kuri 200 bakoreraga mu nkengero zaryo naho 84 bakaba barahoze bakorera mu tuzu tw’ubucuruzi twari dukikije iryo soko. Kugeza ubu abo bacuruzi bavuga ko batewe urujijo n’ihagarikwa ryo kubaka iryo soko, mu gihe bari barijejwe ko iryo soko rizaba ryuzuye mu mezi 18, bababazwa n’uko ibikorwa byo kuryubaka byamaze guhagarikwa. Abo baturage babaye batijwe ikibanza cya gare ya Musanze, baragaragaza ko batishimiye aho bari gukorera, kubera uburyo rwiyemezamirimo akomeje kuzamura ikiguzi cy’ubukode, bakaba bibaza uko bazabaho mu myaka iri imbere. Umwe ati “Batuvanye mu isoko ryacu batubwira ko bagiye kuryubaka tugakorera ahantu heza, tubyakira neza, none ngo imirimo yo kuryubaka yahagaritswe ntituzi icyabiteye, hano muri gare ni ibihombo gusa, birirwa batwaka amafaranga tutazi aho ajya, turamara umunsi wose ducuruza tugacyura ubusa twabuze umuyobozi tubaza, abo twegera birirwa batwizeza ko bazabikemura amaso agahera mu kirere, ubu turi mu rujijo”. Undi ati “Batuvana muri Kariyeri aho twakoreraga, batwijeje ko tuzajya twishyura 15,000 FRW ku kwezi, ay’isuku, umutekano n’ibindi agakurwa muri ayo mafaranga, none bakomeje kutubaza andi mafaranga tutazi impamvu zayo, ntawe bemerera kwinjiza ibicuruzwa adatanze 500, none ngo no kubaka isoko ryacu byahagaze, ntituzi aho tuzerekeza mu myaka iri imbere”. Ubuyobozi bukomeje guhunga icyo kibazo Nyuma yo kumva icyo kibazo cy’ihagarikwa ryo kubaka iryo soko, no kumva impungenge z’abaturage by’umwihariko abahoze bakorera muri iryo soko, Kigali Today yashatse kumva icyo Ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze buvuga kuri icyo kibazo, ariko Umuyobozi w’Akarere ka Musanze, Bizimana Hamiss wari wabanje kwemera gutanga amakuru kuri icyo kibazo, nyuma abwira umunyamakuru wari umusanze ku Karere aho akorera ko nta mwanya afite. Mu gihe haboneka andi makuru kuri iri soko, Kigali Today ntizatinda kuyageza ku basomyi bayo. Umunyamakuru @ mutuyiserv
| 529 | 1,477 |
MINAGRI irizeza abahinzi borozi ko serivisi z’ingenzi bakenera zikomeza gutangwa. Izo serivisi zirareba imiti n’ibiribwa by’amatunago, inyongeramusaruro, gusarura, kugura no gukusanya umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi, iyamamaza buhinzi n’ubworozi n’iganda zitunganya ibiribwa by’abantu n’amatungo. Ku bijyanye n’imiti n’ibyo kurya by’amatungo, MINAGRI ivuga ko farumasi zose z’imiti y’amatungo zikomeza gukora. Abacuruza imiti muri za farumasi cyangwa aborozi banini bakenera kujya kurangura imiti mu mijyi cyangwa mu zindi ntara babisabira uruhushya mu buyobozi bw’imirenge bakoreramo. Inganda zisanzwe zemerewe gukora ibiryo by’amatungo zasabwe gushyiraho gahunda y’abakozi bake bakenewe ku buryo ibiryo by’amatungo bikomeza gukorwa bikagezwa ku maguriro hirya no hino mu turere, aho aborozi bakomeza kubigura. Inganda zikenera kugura ibyifashishwa mu gukora ibiryo by’imvange by’amatuango i Kigali, zibisabira uruhushya rw’inzira ku buyobozi bw’akarere urwo ruganda ruherereyemo. Ku bijyanye n’inyongeramusaruro, ububiko bwazo n’aho zicururizwa mu gihugu hose birakomeza gukora, mu rwego rwo gufasha abahinzi kubona imbuto n’ifumbire hagamijwe kongera umusaruro. Mu rwego rwo kwirinda kwanduzanya, abaguzi b’inyongeramusaruro bazajya binjira mu iduka umwe umwe, naho umucuruzi akaba agomba kuba yambaye agapfukamunwa n’uturindantoki kandi akubahiriza intera nibura ya metero imwe hagati ye n’umuguzi. Abacuruzi b’inyongeramusaruro bakeneye kurangura basabwa gukorana n’abayobozi b’imirenge bakoreramo, kugira ngo bahabwe uburenganzira bwo kujya kurangura ku bubiko bw’inyongeramusaruro buri hafi yabo. Amakamyo atwara inyongeramusaruro, imodoka zitwara umwuka wo kubika intanga, zizakomeza kugenda gusa ntizemerewe gutwara abantu barenze babiri (umushoferi n’undi muntu umwe). Ku bijyanye no gusarura, kugura no gukusanya umusaruro ku baturage, abahinzi barakomeza imirimo yo gusarura no kugurisha ibyo basaruye n’abaguzi b’umusaruro, cyangwa ku makusanyirizo abegereye. Abaguzi b’imisaruro hirya no hino mu gihugu, babisabira uruhushya mu turere bakoreramo.Abaguzi, amakusanyirizo n’inganda zitunganya umusaruro bagomba gukoresha umubare muto ushoboka w’abakozi, kandi hakitabwa ku mabwiriza yose ajyanye no kwirinda icyorezo cya Coronavirus. Abagura umusaruro n’abahinzi cyangwa n’amakusanyirizo bemerewe kuwujyana aho utunganyirizwa mu nganda basanzwe bakorana cyangwa abafitanye amasezerano yo kuwugeza ku nganda. Inganda nini zitunganya umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi zemerewe kugura no gutunda umusaruro aho wakusanyirijwe, kugira ngo ugere mu nganda. Bemerewe kandi kugurisha ibivuye mu nganda bikajyanwa ku maguriro ari hirya no hino mu gihugu, hubahirizwa umubare w’abantu babiri gusa mu modoka. Abakozi bakora mu mavuriro y’amatungo akorana n’aborozi bazajya bakora ku buryo serivisi zizajya zitangirwa aho amatungo yororewe, kandi hubahirizwa ibikubiye mu iteka rya Minisitiri nomero 017/11.30 ryo kuwa 21 Ukuboza 2017, rishyiraho ikigereranyo cy’amafaranga yishyurwa ku bikorwa by’ubuvuzi bw’amatungo. Hakoreshejwe indangururamajwi n’ubundi buryo bwose bushoboka mu midugudud no mu tugari, abakozi bashinzwe ubuhinzi barasabwa gufasha abahinzi babagezaho amakuru y’ibanze bakenera ku mirimo yabo. Inganda nini, ibigo na koperative zifite imirima minini zikaba zisanzwe zikoresha abakozi benshi, barasabwa gusigarana abakozi bake bashobora gutuma imiromo ikomeza gukorwa kandi igatanga umusaruro. Abakozi b’inganda bari busigare bagomba guhabwa amabaruwa n’umukoresha bashobora kwerekana mu nzego z’ibanze cyangwa iz’umutekano. Minisiteri y’|Ubuhinzi n’ubworozi kandi iributsa abahinzi n’aborozi ndetse n’abacuruzi, kubahiriza ingamba ziriho zigamije isuku no kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus, banabikangurira ababagana. Umunyamakuru @ CharlesRUZINDA2
| 463 | 1,492 |
N’Golo Kanté yaciye agahigo ko kugura ikipe ye. N’Golo Kanté nyuma yo kugurwa akayabo n’ikipe yo Arabie Saudite nawe yaciye ahagigo ko kugura ikipe yeUmukinnyi w’Umufaransa, ukina hagati mu kibuga, N’Golo Kanté, uherutse kwerekeza muri Shampiyona ya Arabie Saudite nyuma yo kugurwa n’ikipe yaho, na we yaguze ikipe yo mu Bubiligi.N’Golo Kanté azakinira ikipe ya Al Nassr yo muri Arabie Saudite mu mwaka w’imikino utaha, aho azaba ari kumwe na Kabuhariwe Cristiano Ronaldo. N’Golo Kanté, wari usanzwe akinira Chelsea, yamaze kugura ikipe yo mu (...)N’Golo Kanté nyuma yo kugurwa akayabo n’ikipe yo Arabie Saudite nawe yaciye ahagigo ko kugura ikipe yeUmukinnyi w’Umufaransa, ukina hagati mu kibuga, N’Golo Kanté, uherutse kwerekeza muri Shampiyona ya Arabie Saudite nyuma yo kugurwa n’ikipe yaho, na we yaguze ikipe yo mu Bubiligi.N’Golo Kanté azakinira ikipe ya Al Nassr yo muri Arabie Saudite mu mwaka w’imikino utaha, aho azaba ari kumwe na Kabuhariwe Cristiano Ronaldo. N’Golo Kanté, wari usanzwe akinira Chelsea, yamaze kugura ikipe yo mu Bubiligi yitwa “Royal Excelsior Virton” yakinaga muri Shampiyona y’icyiciro cya 2 mu Bubiligi (Challenger Pro League).Iyi kipe yaguzwe na Kanté iva mu mujyi witwa Virton, wegeranye cyane n’umupaka w’Igihugu cy’u Bufaransa n’uw’Igihugu cya Luxembourg, gusa ariko ikaba itari yakina na rimwe muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bubiligi.Umwaka w’imikino wa 2022-2023 wasize iyi kipe ya Royal Excelsior Virton imanutse muri Shampiyona y’icyiciro cya 3 mu gihugu cy’Ububiligi.Iyi kipe yatangaje ko habayemo impinduka mu buyobozi bwayo, dore ko Fabio Becca, wari nyiri iyi kipe, yasimbuwe na N’Golo Kanté.Icyifuzo cy’uyu Kizigenza w’Umufaransa, N’Golo Kanté, ni ugukomeza kurushaho kubaka iyi kipe no gukomeza amakipe mato yayo, gukora ikipe ikomeye kandi igashakirwa n’abatoza beza bazi kureba no kuzamura impano z’abakinnyi, kuva mu ikipe yayo y’abato.Iyi kipe ya Royal Excelsior Virton irifuza gushinga imizi ku bana bo mu gace ibarizwamo kugira ngo ibe inkingi ikomeye mu mupira w’amaguru mu gace kitwa Gaume no mu ntara ya Luxembourg, bikaba biteganyijwe ko N’Golo Kanté azaba nyirayo kuva ku ya 01 Nyakanga 2023.
| 324 | 843 |
U Rwanda ruyoboye ibihugu 10 bya Afurika bifite igipimo cyizewe cy’umutekano. Ibihugu byinshi byo muri Afurika byashyize imbaraga mu guhashya ibihungabanya umutekano, no kuwuteza imbere, binyuze mu kurwanya ibyaha, ibintu bitazamura gusa imibereho y’abaturage, ahubwo binarushaho gutuma ibyo bihugu bikurura ba mukerarugendo, abashoramari hamwe n’inzobere mpuzamahanga. Urutonde rwa 2024 rwasohotse muri Business Insider Africa, tariki 02 Gashyantare 2024, rwerekana ko u Rwanda ruza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 byizewe umutekano wabyo muri Afurika. Kuri urwo rutonde, u Rwanda ruza ku mwanya wa mbere rufite ibipimo by’umutekano bingana na 73.22, rugakurikirwa na Ghana ifite 56.1, ku mwanya wa gatatu hari Tunisia n’ibipimo ku mutekano bingana 55.6, hagakurikiraho Sudan ifite 54.6 nubwo ubu irimo intambara, Zambia igakurikira na 53.6, Igihugu cya Morocco nicyo gikurikira na 53.3, hagahita hajyaho Misiri ifite 52.7, igakurikirwa na Mauritius ifite 52.2, hakaza Ethiopia ifite 49.2 mu gihe Botswana ifite 47.8. Ni mu cyegeranyo ku byaha gikorwa buri mwaka na Numbeo, aho kigaragaza ko imibare n’ubushakashatsi bwimbitse ku Isi, byerekana ko ibihugu nk’u Rwanda na Ghana biri mu bifite ibipimo by’ibyaha biri hasi cyane, ndetse n’umutekano wizewe ku Isi. Icyegeranyo cy’ibyaha cya Numbeo, gishingira ku bisubizo by’ubushakashatsi ku myumvire rusange y’urwego rw’ibyaha, aho ibisubizo by’ubushakashatsi byatanzwe n’abaturage n’abashyitsi ku bijyanye n’umutekano wabo, mu gihe bagenda ku manywa na nijoro, ubushakashatsi ku mpungenge zerekeye gusahurwa, ubujura, ubujura bw’imodoka, kugabwaho ibitero n’abantu batazi, gutoterezwa ahantu hahurira abantu benshi n’ivangura rishingiye ku bintu birimo uruhu, ubwoko, igitsina, cyangwa idini. Hanarebwe ibyaha bifitanye isano n’umutungo nk’ubujura, kwangiza n’ibindi birimo urugomo nko gukubita, kwica, ibyaha bishingiye ku gitsina n’ibindi. Imibare y’icyegeranyo gitangwa na Numbeo, ishingiye ku makuru yatanzwe hagendewe ku myumvire y’ababazwa ndetse n’abakoresha, ikaba ishobora gutandukana cyane n’imibare isanzwe ya Leta. Umunyamakuru @ lvRaheema
| 284 | 843 |
Kamonyi: Kuki Site z’imiturire zavugishije benshi amangambure ku mafaranga ibihumbi 250 asabwa. Imirenge itatu muri 12 igize akarere ka Kamonyi ariyo; Runda, Rugalika na Gacurabwenge ibarwa nk’igize umujyi w’Akarere. Kuva mu 2019, irimo gahunda y’itegurwa rya Site z’imiturire. Amafaranga ibihumbi 250 asabwa umuturage ku kibanza ahatunganywa Site yagiye avugisha benshi, bamwe bakikoma ba Rwiyemezamirimo babasaba ibirenze ibiri mu masezerano. Mu basabwa kwishyura ibihumbi 250, abagera kuri 17% kumanura nibo bamaze kwishyura gusa. Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi wungirije ushinzwe iterambere ry’Ubukungu, Niyongira Uzziel mu kiganiro na intyoza.com avuga ko hari bimwe mu byo abaturage babarizwa muri izi Site bashyira kuri ba Rwiyemezamirimo kandi ntaho bahuriye nabyo. Avuga kandi ko n’imirimo imaze gukorwa itarishyurwa ku kigeri gishimishije kuko ahagomba kuva ubwishyu bibaze gukorwa ku kigero cya 17% . Visi Meya Niyongira, avuga ko gahunda cyangwa icyemezo cyo gushyiraho ubu buryo bw’imiturire( Site) byakozwe n’ubuyobozi bw’akarere nyuma yo kubona ko hari benshi mu baturage bava Kigali n’ahandi baza gutura Kamonyi, by’umwihariko mu Mirenge ya Runda, Rugalika na Gacurabwenge handi aho batura hadatunganijwe. Ahamya ko ubuyobozi butari kubuza abantu gutura, ariko kandi mu rwego rwo kwirinda akajagari n’imiturire idakwiye, bahisemo guca imihanda muri ibi bice byari kuzagorana, bashyiraho uburyo buri muturage agira uruhare mu gutunganya Site zaganwe, aho kandi avuga ko ibyo byanazamuye agaciro k’ubutaka ahatunganyijwe. Ni iki wamenya ku mafaranga ibihumbi 250 yagiye avugisha benshi amangambure? Aya mafaranga asabwa buri muturage ku kibanza kimwe( ahatunganijwe), agabanijemo ibice byinshi, aho bimwe bireba Rwiyemezamirimo, hakaba ibindi bireba ubuyobozi bw’Akarere haba none cyangwa se mu gihe runaka bazaba bashaka abandi bakora ibikorwa bitareba ba Rwiyemezamirimo barimo gutunganya aya masite none. Muri ibyo bikorwa bikubiye mu mafaranga ibihumbi 250 atangwa harimo; Gukora Igishushanyo mbonera, Gutanga ibyangombwa bishyashya, Gushyiraho Borune za buri kibanza ndetse no guhanga umuhanda kuko ntayari ihari. Icyo kuzana amazi meza, amapoto n’ibindi bikorwa remezo mu rwego rwo kunoza imiturire si ibya none. Mu bireba cyane ba Rwiyemezamirimo mu cyiciro cya mbere cy’itunganywa ry’aya ma Site nkuko Visi Meya Uzziel abisobanura harimo; Guca ibibanza, Guhanga imihanda, ugakorwa ku buryo buri kibanza kiba gifite uko gikora ku muhanda. Inzira z’amazi( Ruhurura) ntabwo bireba ba Rwiyemezamirimo uyu munsi kuko bitari mu masezerano bafitanye n’Akarere. VIsi Meya Uzziel, avuga ko aya mafaranga yakwa umuturage ahatunganijwe ikibanza, ayatanga ari uko agiye kugira icyo akora ku kibanza kuko hari benshi bafite ibibanza bataragira icyo bakora bityo no kwishyura bakaba batarabikora. Muri Site z’imiturire uko ari 18 muri iyi mirenge itatu, abantu bamaze gutanga aya mafaranga kuva iyi gahunda itangiye, cy’imyaka ishize iyi gahunda itangijwe ntabwo bararenga igipimo cya 17%. Busobanuye ko na ba Rwiyemezamirimo bakoresha amafaranga yabo bwite, bategereje kwishyurwa ahamaze gutunganywa mu gihe abaguze ibibanza bazaba batangiye kubikoresha. Visi Meya Uzziel avuga ko mu guhanga izi Site z’imiturire ubutaka bwagize agaciro gasumbye aka mbere, abantu bakabona aho batura kandi neza, igisigaye kikaba guhuza ibikorwa byagenwe mu gihe ibisabwa byose byaba bimaze gutangwa na buri wese bireba( amafaranga ibihumbi 250). Avuga kandi ko ibijyanye n’inzira z’amazi nabyo bitekerezwaho kandi ko uko ubushobozi buzaboneka nabyo bizakorwa. Uburebure bw’imihanda imaze gutunganywa burasaga ibirometero 75, mu gihe kuri izi Site 18 abagera kuri 17% ku manura aribo gusa bamaze kwishyura ibyo basabwa. Ibyo Visi Meya Uzziel, avuga ko kutishyura byashyize ba Rwiyemezamirimo mu myenda ya za Banki, bakaba bakoresha amafaranga yabo bwite muri ibi bikorwa. Bamwe muri ba Rwiyemezamirimo baganiriye na intyoza.com, bahamya ko iyi mikorere yashyize abatari bake mu gihombo kuko benshi bakoresha amafaranga ya Banki bakarwana no kwishyura nyamara bo byinshi mu byo basabwaga barabikoze. Bavuga kandi ko kenshi kutamenya amakuru kwa bamwe basa n’ababikoma bumva ko ibyo batakoze aribo babibazwa, cyane nka za Ruhurura zitwara amazi n’ibindi bitari mu masezerano. Ikindi kuri ibi, bavuga ko mbere byari byoroshye kwishyuza umuturage ku kibanza, ariko kuva hari ububasha bumwe mu igura n’igurisha bwashyizwe kwa ba Noteri bigenga, ibintu bisa n’aho byagoranye kuko mbere bikiri ku Murenge, bikorwa n’Abakozi ba Leta byari byoroshye guhita babibona, none biragoye kuko uguze cyangwa ugurishije haba ubwo ntawe uhita abimenya uretse wenda igihe batangiye kubaka ahatunganijwe. Dore uko Amafaranga ibihumbi 250 yo gutunganya Site akoreshwa; Ahatunganyirizwa guturwa, imihanda irakorwa. Mu buryo bugaragara, muri aya mafaranga uko ateye imirwi mu byo agomba gukora, usanga ko hari ibisaba ko abarebwa no kuyatanga babikora kuko mu gihe batakwitabira kuyatanga mu buryo bukwiye, hari ibitabasha kuzakorwa kuko n’ibyambere ubwabyo bitarakorwa ngo birangire kandi aribyo shingiro ry’ibigomba gukurikira. Aha ni naho usanga abapatanye mu gice gisa nk’ikibanziriza ibindi gutunganya izi Site z’imiturire bakigowe no gutunganya ibyo basabwa mu mafaranga yabo bwite cyangwa se amadeni ya Banki kuko ahakavuye ubushobozi busubiza ibibazo bimwe na bimwe, abasabwa kwishyura benshi ntabyo barakora. Bimaze gusa gukorwa ku kigero cya 17%. Munyaneza Theogene
| 766 | 2,113 |
APR WBBC. Armée Patriotique Rwandaise Basketball Club , bakunze kwita APR, ni ikipe ya basketball ya bagore yu Rwanda ifite icyicaro i Kigali . Iyi kipe ifite iterwa inkunga na Minisiteri y’ingabo y’u Rwanda, ikina muri Shampiyona y’umukino wa Basketball mu Rwanda ( RBL ) no muri Basketball Africa League (BAL) muri shampiyona 2024. Niyo kipe ifite ibikombe byinshi mu gihugu, kuko APR yatsindiye ibikombe 14 bya shampiyona y'igihugu.
Muri 2008, APR ibaye ikipe yambere mu mateka ya shampiyona yarangije shampiyona isanzwe idatsinzwe. Nyuma ya shampionat yaherukaga yo ya cumi na gatatu mu 2009, APR yarimaze imyaka 13 mbere yo gutwara irindi champiyna muri 2023.
Icyubahiro.
Igihugu.
Shampiyona yigihugu ya Basketball
Igikombe cy'Intwari z'u Rwanda
Mpuzamahanga.
Igikombe cya FIBA Afrika Amakipe
Nshuti.
Amarushanwa ya Basketball y'Umurege
Mu marushanwa ya FIBA na BAL.
Igikombe cya FIBA Africa Clubs Champion Cup (Imikino 3)
Basketball Afrika Ligue (BAL) (isura 1)
Ikipe y'abagore.
APR WBBC n'ikipe y'abagore b'iyi kipe ikina muri Shampiyona y'abagore ya Basketball mu Rwanda kandi bahagarariye igihugu mu gikombe cya Shampiyona cy’abagore cya FIBA 2022 .
| 164 | 437 |
Igishanga cya Bahimba. Igishanga cya Bahimba ni igishanga gihingwamo n'abaturage b'imirenge ya Bushoki , Tumba ,Mbogo na Base na Rusiga yose yo mu karere ka rulindo mu intara y'ajyaruguru . Igishanga cya Bahimba kiri mu karere ka Rulindo, kuwa mbere tariki 08/10/2012, Minisitiri w’Intebe, yasuye ibikorwa bitandukanye bijyanye n’ubuhinzi bikorerwa mu gishanga cya Bahimba asanga icyo gishanga kitabyazwa umusaruro nk’uko bikwiye.
Abayobozi.
abayobozi b’akarere ka Rulindo yasabye gukoresha ingufu zose, bafatanyije n’abaturage, bagashaka imbuto ikwiranye n’icyo gishanga maze kigahingwa bakakibyaza umusaruro ku buryo bugaragara. Kimwe muri ibyo bibazo ni amazi yireka ahantu hamwe ntagere mu mirima y’abaturage yose. Ngo hari imiyoboro y’amazi yagombaga gutunganywa itaratunganywa ariko barimo gushaka uburyo yatunganywa bafatanije na MINAGRI.
| 111 | 323 |
RIB yafunze umucamanza mu rukiko rw’ibanze rw’Akarere ka Nyamagabe. Nyaminani Daniel yafunzwe nyuma yo gukurwaho ubudahangarwa n’Urukiko rw’Ikirenga, akaba afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Gasaka mu gihe iperereza rikomeje kugira ngo hakorwe dosiye ishyikirizwe Ubushinjacyaha. RIB irongera gushimira abakomeje gutanga amakuru kuri ruswa, inakangurira n’abandi baturarwanda bose guhagurukira kurwanya ruswa batangira amakuru ku gihe kugira ngo ruswa iranduke mu gihugu. Umunyamakuru @ h_malachie
| 64 | 196 |
Kumenya ko wanduye COVID-19 ugahisha abo mwahuye ni icyaha - Minisitiri Busingye. Yabitangaje kuri uyu wa 11 Mata 2020, ubwo yari mu kiganiro kuri Televiziyo y’igihugu hamwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, aho bavugaga uko icyo cyorezo gihagaze ndetse n’uko ingamba zo kucyirinda zishyirwa mu bikorwa. Minisitiri Busingye avuga ko ingamba zashyizweho zo kwirinda Coronavirus ari izo kurinda abantu urupfu ari yo mpamvu zagombye kubahirizwa. Agira ati “Iki ni icyorezo gikomeye kandi cyandura vuba, mwabonye uko cyagize isi yose. Ingamba dufite zo kwigaragaza iyo ufite ibimenyetso, zo kuguma mu rugo, zo guhana intera n’izindi, si ingamaba zo kuturinda icyorezo ahubwo ni izo kuturinda urupfu, kuko kirica cyane kansi vuba”. Ati “Kutigaragaza rero uvuye mu rugendo ruri mu matariki MNISANTE yatanze, kwiyumvaho ibimenyetso ugaceceka, cyangwa kugusangaho ubwandu bakubaza abandi mwahuye, mwaganiriye, mwasangiye, mwabanye mu rugo ukagira uwo uhisha cyangwa ukabahisha bose, ni icyaha”. Akomeza avuga iyo umuntu akoze igikorwa nk’icyo aba ashyira abantu benshi mu kaga ko gupfa, baba abe n’abo atazi, bityo ko ari icyaha nubwo iby’icyo cyorezo ntaho byanditse mu gitabo cy’amategeko ahana. Ati “Ntabwo amategeko yigeze ateganya ko umunsi runaka Covid-19 niza utazakurikiza ibyo azahanwa n’ingingo runaka. Ariko dufite amategeko ateganya n’ubundi ibikorwa wakora ibyo ari byo byose bishobora gushyira abandi mu kaga, byatuma abandi bapfa, byatuma bandura indwara idakira, uikora amenye ko akora icyaha kandi ko yakurikiranwa n’amategeko”. Avuga kandi ko icyifuzo atari uko hagira ubikora ku buryo byaba ngombwa ko ajyanwa mu nkiko, cyane ko ngo hari abanduye barimo no gukurikiranwa kubera ibyo bakoze nubwo bitatangajwe, ngo hamenyekane niba barabikoze bazi ko bafite ubwandu cyangwa barahuye n’ababufite. Minisitiri Busingye akangurira Abanyarwanda muri rusange kwirinda ikintu cyose kinyuranyije n’amategeko, cyane cyane muri iki gihe cya Guma mu rugo kuko bitabagwa neza. Ati “Umuntu ufite ubwenge ntiyagombye gukora ikintu kinyuranyije n’amategeko, kuko n’inkiko zirakora gake cyane, mu bugenzacyaha no bushinjacyaha hari uburyo Guma mu rugo igira ingaruka ku mikorere yabo. Niba hari umutangabuhamya ukenewe uzamubona Guma mu rugo yarangiye ariko wowe niba bagufashe uzaba ufunze utegereje”. Ati “Nyuma nitujya mu rukiko tuzavuga ngo uwu muntu yafashwe mu gihe cya Guma mu rugo, kandi icyo gihe byari ibihe bidasanzwe imirimo itakorwaga, umucamanza azamwakira nubwo hazaba habayeho gutinda”. Umunyamakuru @ MunyantoreC
| 362 | 983 |
Abadepite ba Amerika batoye umushinga w’itegeko rikumira ‘TikTok’. Umushinga w’itegeko rihagarika TikTok ku butaka bwa Amerika, watowe n’Abadepite 352 bawushyigikira mu gihe abatawutoye ari 65. Nyuma yo gutorwa n’Abadepite, umushinga w’itegeko rihagarika TikTok uzoherezwa muri Sena kugira ngo wemezwe nk’itegeko. Perezida wa Amerika, Joe Biden, yavuze ko inteko niwushyigikira, azawushyiraho umukono ukemezwa nk’itegeko. Icyemezo cya Amerika cyo gufunga TikTok kigamije guca intege ubutasi bw’abanyamahanga, no kurinda umutekano w’abaturage b’iki gihugu. TikTok ni urubuga rw’Ikigo cy’Ikoranabuhanga ByteDance Ltd cyo mu Bushinwa, Amerika igashinja TikTok ko yifashishwa mu butasi rukinjira mu makuru y’ibanga. Depite Mike Gallagher wateguye uyu mushinga, yasobanuye ko ikigamijwe ari ugukuraho imbogamizi ku mutekano wa Amerika, ziterwa no kuba TikTok igenzurwa na ByteDance; ikigo ahamya ko gikoreshwa na Leta y’u Bushinwa. Umushinga wo guhagarika ikoreshwa rya TikTok muri Amerika watangiye gutekerezwa, nyuma yo kugira impungenge zagaragajwe na bamwe ko ishobora kuba yifashishwa mu guha Leta y’u Bushinwa amakuru y’Abanyamerika. ByteDance ivuga ko uyu mushinga ufite ingaruka yo guhagarika TikTok muri Amerika, bikazatuma Abanyamerika Miliyoni 170 bamburwa uburenganzira bahabwa n’Itegeko Nshinga, bwo kwisanzura mu bitekerezo. Umunyamakuru @ musanatines
| 178 | 514 |
APR FC yagarutse i Kigali yakirwa n’abafana b’imitima ikomeye. Ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC, yakubutse mu gihugu cya Tanzania aho ivuye kwitabira imikino ya CECAFA Kagame CUP yaberaga muri icyo gihugu, yasesekaye i Kigali mu rukerera rwo ku wa 23 Nyakanga 2024. Iyo kipe itahukanye umwanya wa kabiri muri iri rushanwa, abakunzi bayo ntibanyuzwe n’umusaruro wayo byatumye bake cyane muri bo aribo berekeza ku kibuga cy’indege cya kanombe kwakira ikipe yabo. Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga ikipe ya APR FC yashimiye abakunzi bayo bayakiriye ku kibuga cy’indege, ni mu butumwa bugira buti “Ikipe yageze i Kigali amahoro. Turashimira cyane abakunzi ba APR bigomwe ibitotsi bakaza kwereka urukundo abakinnyi ku kibuga. Umuhate, Umurava n’Urukundo ni yo Ntero”. N’ubwo bamwe mu bakunzi bayo batishimiye umusaruro wayo dore ko bifuzaga guca agahigo gasanganywe na mukeba wabo Rayon sports, ko gukura igikombe hanze y’Igihugu, ku rundi ruhande, ni irushanwa ryagiriye akamaro iyo kipe dore ko yabashije kugerageza abakinnyi bayo bashya yaguze izakoresha mu marushanwa mpuzamahanga nyafurika Iyi kipe Apr fc irakomeza imyiteguro yo gukina amarushanwa mpuzamahanga nyafurika (CAF champions League)aho izacakirana na Azam fc yo muri Tanzania mu ijonjora ry’ibanze. Mbere gato ku itariki ya 3 Kanama 2024 Apr fc izakina umukino wa Gicuti na Simba SC kuri Simba day mu gihugu cya Tanzania mu rwego rwo kwitegura Azam. Intego Apr fc ifite muri uyu mwaka ni ukugera mu matsinda ya CAF champions League ntagisibya.
| 230 | 577 |
Mu Rwanda hongeye kuvukira inkura. Ineza iri kumwe n’icyana cyayo (Ifoto/ A. Manirarora)Nyuma y’ imyaka isaga 10 inyamaswa zitwa inkura zicitse mu Rwanda, kuri uyu wa 22 Nzeli imwe mu Nkura 18 ziherutse kuzanwa mu Rwanda yabyaye.Nk’ uko bikubiye mu itangazo rigenewe abanyamakuru, pariki y’ Akagera yakiriye izi nkura yashyize ahagaragara, Ubuyobozi bw’ iyi pariki bwatangaje ko uyu munsi ari umunsi udasanzwe kuko iyi nkura yabyaye ku munsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku Nkura.Ubuyobozi bw’Akagera bugira buti “Nyuma y’iyi foto (...)Ineza iri kumwe n’icyana cyayo (Ifoto/ A. Manirarora)Nyuma y’ imyaka isaga 10 inyamaswa zitwa inkura zicitse mu Rwanda, kuri uyu wa 22 Nzeli imwe mu Nkura 18 ziherutse kuzanwa mu Rwanda yabyaye.Nk’ uko bikubiye mu itangazo rigenewe abanyamakuru, pariki y’ Akagera yakiriye izi nkura yashyize ahagaragara, Ubuyobozi bw’ iyi pariki bwatangaje ko uyu munsi ari umunsi udasanzwe kuko iyi nkura yabyaye ku munsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku Nkura.Ubuyobozi bw’Akagera bugira buti“Nyuma y’iyi foto ifatwa nka gihamya cy’uko hari icyana cyavutse, ikipe igenzura izi nkura yaketse ko cyaba cyaravutse muri Kanama ikomeza gukurikirana. Nyina yahawe izina rya Ineza ishobora kuba yaraje mu Rwanda ihaka.”Jes Gruner uyobora iyi pariki yagize ati“Ni ibihe bishimishije ku Rwanda kuba hari inkura yongeye kuvukira kuri ubu butaka, kuko ari igihugu kuyobora ibindi mu kurengera ibiremwa biri mu marembera ahandi ku Isi.”Yunzemoa ati“Binyuze mu miyoborere yacu no gukorana n’abaturiye pariki, turakora ibishoboka ngo turinde iterambere n’ubwiyongere bw’inkura zisigaye hake mu karere.”Ngo izi nkura zashyiriwe ikipe izigenzura kandi ngo zishyirwaho ibikoresho bituma hamenyekana aho ziherereye, aho ubu kuvuka kw’iyi nkura nto bitumwe umubare wazo muri pariki ugera ku 19.Mu myaka ya 1970 iyi pariki yabagamo inkura z’umukara zirenga 50 ariko kubera ibikorwa by’ubuhigi zagiye zishira aho iya nyuma yagaragaye mu 2007.Inyamaswa zikomeje kwiyongera muri iyi pariki aho ubu intare zimaze kwikuba kabiri kuva zirindwi zagarurwa mu 2015 ubu pariki ikaba irimo inyamaswa z’inkazi 5 zikomeye bakunze kwita ‘Big Five’ zikurura benshi.Kubera guhiga amahembe yazo henshi muri Afurika ubu habarurwa izitagera ku 5000 z’umukara zisigaye ndetse na 1000 bita ‘eastern black rhinos’ gusa, ari byo bituma kuvuka kw’iyi nkura ubuyobozi bw’Akagera bubyishimira.
| 341 | 931 |
Bifuza ko hashyirwaho uburyo buhoraho bwo kubasuzuma kanseri y’uruhu. Ibi babivuga babishingiye ku kuba umuntu ufite ubumuga bw’uruhu, aba afite ibyago 100% byo kurwara iyo kanseri, nyamara ariko mu Rwanda hakaba nta buryo bwo kuyisuzuma hakiri kare buhari, kugira ngo uwo basanganye ibimenyetso abe yavurwa hakiri kare. Ni muri uru rwego, Umuryango Nyarwanda w’Abantu bafite Ubumuga bw’Uruhu (Organisation for Integration and Promotion of People with Albinism -OIPPA), ku wa gatanu tariki 05 Mata 2024, wagiranye ibiganior n’inzego zirimo Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC), Ibitaro bitandukanye ndetse n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize (RSSB), hagamijwe gusaba Leta ko yashyira imbaraga mu gusuzuma kanseri y’uruhu ku bantu bafite ubumuga bw’uruhu. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa OIPPA, Dr. Nicodème Hakizimana, agaragaza ko abantu bafite ubumuga bw’uruhu, baba bafite ibyago 100% byo kurwara kanseri y’uruhu, nyamara abenshi bakamenya ko bayirwaye itakibashije kuvurwa. Agira ati “Abenshi batangira ari ibisebe bisanzwe barwaye ku ruhu, bakajya kwivuza ku bigo nderabuzima, bakabavura nk’abavura ibisebe, hanyuma bikazamenyekana ko ari kanseri bigeze ku rugero umuntu atakwivuza ngo akire”. Uyu muyobozi avuga ko hari ibikorwa bakora byo kwirinda iyo kanseri nko kwisiga amavuta, ariko bakifuza ko hakwiyongeraho uburyo buhoraho bwo gusuzuma abantu bafite ubumuga bw’uruhu, kugira ngo abagaragaje ibimenyetso bahite batangira kuvurwa. Ati “Hari kanseri Leta yahaye imbaraga, ariko kanseri ifata abantu bafite ubumuga bw’uruhu ntabwo abantu bayivuga. Iyo turebye dusanga mu bihe biri imbere nitudahaguruka ngo tuvuge uburyo bwo kudusuzuma hakiri kare, tuzarwara iyi kanseri. Natwe ubwacu tuzayirwara! Turasaba Leta ko nibura mu iteganyabikorwa rya Minisiteri y’Ubuzima, bashyiramo uburyo bwo gusuzuma iyi kanseri y’uruhu”. Jean Damascene Hafashimana, wo mu Karere ka Gicumbi, akaba kandi na we afite ubumuga bw’uruhu, avuga ko benshi muri bagenzi babo batagize amahirwe yo kwiga, badasobanukiwe na kanseri y’uruhu, ndetse ko n’ababizi, bitaborohera kugera ku bitaro bibasuzuma. Ati “Ku Bigo Nderabuzima hari igihe umuganga aba adasobanukiwe n’iyo ndwara, yakureba akavuga ko nta kanseri ufite. Kandi kugera ku bitaro ni urugendo, akenshi ugasanga nta bushobozi bwo kuhagera”. Binyuze mu Muryango OIPPA, abantu bafite ubumuga bifuza ko Leta yashyira imbaraga mu bukangurambaga bwo kurwanya kanseri y’uruhu bihereye mu muryango, igakorana n’urugaga rw’abaganga b’indwara z’uruhu, kugira ngo ugaragaje ibimenyetso ahite akurikiranwa, kuko hari icyizere ko yavurwa agakira. Bagahirwa Irene, Umukozi muri RBC, mu ishami rishinzwe indwara zitanduka, akaba akuriye agashami gashinzwe ibikomere byo ku mubiri no kwita ku bantu bafite ubumuga, avuga ko buri Munyarwanda wese, cyane cyane ufite ibyago byinshi byo kurwara indwara runaka afite uburenganzira bwo kuyisuzumisha. Avuga ko ari byiza ko iyi nama ibayeho mu gihe hari gutegurwa iteganyabikorwa, ku buryo ibyifuzo by’abantu bafite ubumuga bw’uruhu byazatekerezwaho. Bagahirwa ariko avuga ko kanseri y’uruhu isuzumwa, ndetse ko imibare yo muri 2022, igaragaza ko abantu 224 basanganywe kanseri y’uruhu. Aba ariko ni imibare y’abantu bose hamwe bagaragaweho iyi ndwara, ku buryo nta mibare ny’irizina y’abantu bafite ubumuga bw’uruhu basuzumwe. Ibarura rya 2022, ryagaragaje ko mu Gihugu hari abantu 1,860 bafite ubumuga bw’uruhu, hatabariwemo abana. Umuryango OIPPA ugaragaza ko mu turere turindwi ukoreramo, buri mwaka umuntu umwe ufite ubumuga bw’uruhu apfa azize kanseri y’uruhu. Umunyamakuru @ CharlesRUZINDA2
| 497 | 1,441 |
Ubuhinzi bw’ibihumyo burimo inyungu kandi ku buso buto (ubuhamya). Aya mafaranga ngo ashobora no kwikuba gatatu mu gihe haba hakoreshejwe imbuto nshya y’ibihumyo abo bahinzi bahuguriwe gukoresha. Bavuga ko ikilo(kg) kimwe cy’ibihumyo byari bisanzwe bya ’oyster’ ari amafaranga 2,000Frw, mu gihe icy’ibihumyo bishya bya ’button’ kigurishwa arenze 5,000Frw. Umukozi w’Ikigo ’Development Network’ gihinga kikanatunganya ibihumyo, witwa Antoinette Nyirazaninka avuga ko Abanyarwanda babura ubutaka bungana na m² imwe yo guhingaho ibihumyo ari bake cyane mu Gihugu. Nyirazaninka agira ati "Wahinga imigina 62 kuri m² imwe, buri mugina weramo amagarama(g) 500, wakuba na 62 ukareba, mu minsi iri hagati y’irindwi n’icumi (7-10) uba watangiye gusarura ugana isoko hagashira amezi atatu. Ibihumbi 50Frw washoye waba wayabonye ndetse wasigaranye na cya gishoro cyangwa waranguye indi migina." Undi muhinzi w’ibihumyo witwa Bizimana Vincent avuga ko iki kiribwa gifite isoko rinini cyane haba mu Rwanda no mu mahanga. Bizimana avuga ko umuhinzi wabishyizemo umwete ashobora kubona umusaruro w’ibiro 50-100 ku munsi kandi mu gihe cyose cy’umwaka, kuko bihingwa ahantu hatwikiriye bikavomererwa. Uwakora imibare agafata ibiro 50(kg) agakuba n’amafaranga 2000Frw agurishwa buri kilo kimwe cy’ibihumyo, yabona nibura ku munsi amafaranga atari munsi y’ibihumbi 100,000Frw. Bizimana avuga ko ubuhinzi bw’ibihumyo abukorera mu rugo iwe mu gisharagati cyubatse ku buso butarenga intambwe 15 z’uburebure ku 10 z’ubugari. Bizimana akomeza avuga ko abacuruzi biganjemo abanyamahoteli baba bifuza ibihumyo byo gukoramo ’pottage’, isupu, sambusa, ’boullette’ na ’brochette’. Ni ikiribwa abahanga mu mirire bavuga ko cyuje intungamubiri. Bizimana agira ati "Abacuruzi bamenye ko ufite ibihumyo, bakamenya nimero za telefone zawe, amatwi yaturika kubera guhora baguhamagara, buri munsi bagenda baduhamagara". Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), Dr Patrick Karangwa, yahaye ikaze umushinga u Bushinwa bufatanyijemo n’u Rwanda, wo guhinga ibihumyo nk’igihingwa kidasaba ubutaka bunini cyangwa ifumbire. RAB ku bufatanye na Ambasade y’u Bushinwa mu Rwanda, byahuguye abahinzi b’ibihumyo ku buryo bwo gukoresha imbuto nshya yitwa ’button’ idapfa kwangirika kandi ikabasha gutwarika byoroshye. Dr Karangwa agira ati "Turabahugura kugira ngo bakoreshe ikoranabuhanga riruseho, ntabwo ari Leta iza ngo ihinge ibihumyo ahubwo irabahuza n’aho babikora neza, twibanze cyane ku kureba uko amasoko yakwaguka." Dr Karangwa avuga ko yumvikanye na Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda, Wang Xuekun kugira ngo abahinzi b’ibihumyo babe bakoherezwa muri icyo gihugu kugirana ubufatanye n’abahinzi, abanyenganda n’abacuruzi b’ibihumyo baho. Ambasaderi Xuekun avuga ko ubuhinzi bw’ibihumyo bumaze kuba umwuga utunze benshi mu Bushinwa, kandi ko ari igicuruzwa gifite isoko rinini, cyakuye za miliyoni z’abaturage munsi y’umurongo w’ubukene. Nk’umuntu uturuka mu cyaro cy’u Bushinwa, akaba umukunzi w’ibihumyo agira ati "Nzahora mbashyigikira (abahinzi b’ibihumyo mu Rwanda) ku buryo bukomeye". Kuva mu mwaka wa 2006 kugeza ubu u Bushinwa bumaze gutoza abahinzi b’Abanyarwanda barenga 35,000 mu bijyanye no guteza imbere ibihumyo, ababishoyemo imari bakaba batanga toni 250 z’ibihumyo buri mwaka. Umunyamakuru @SimonKamuzinzi
| 449 | 1,333 |
Umuvuba. Umuvuba ni igikoresho mu muco nyarwanda , aho cyakoreshaga mu gucura ibikoresho bitandukanye bya kinyarwanda, harimo nka masuka, amacumu, imihoro, amafuni, imihoro, najoro, ishoka haba ku bishongesha cyangwa kuboroshya.
Uko umeze.
Umuvuba wa kinyarwanda wakoreshanga nu muntu witwa umuvushyi. aho yabaga avuguta ,aho wabaga ufite inzira zigera kuri ebyiri zose zanyuragamo umuyaga uhungiza, umuvuba ufite ibice bitandukanye harimo : Amacuba, isembe ry'umuvuba ameze nka mazuru, hari kandi inkero, hakaba n'amakara ashyirwamo icyo ushaka gutunganya.
| 73 | 220 |
RBC. RBC.
Minisante yamuritse ibitabo bishya bizaza byafashishwa mugutahura ubumuga bw'umwana acyiri muto, bikazaza byifashijwa mubuvuzi..
Minisiteri y'ubuzima ibinyujije mucyigo cyayo, RBC ku bufatanye n'urugaga
rw'imiryango yabafite ubumuga mukurwanya Virus itera sida nizindi ndwara
zijyiye zitandukanye zandura ndetse noguteza imbere ubuzima, nabandi
bafatanya bikorwa bamuritse ibitabo byo kuzaza batahira abafite ubumuga
bacyiri bato.
Ibi bitabo bigaragaza ubutyo umwana ajyenda akura kubutyo urebe uko
angana ukajyereranya nuko yaba angana. Umuyobozi wa agashami
RBC gashinzwe kwita kunkomere nabafite ubumuga Dr Irene Bagahigwa
yavuze ko abaganga bita kubana mbere batari bafite ibikoresho bifashishaga
mukwita kubana neza ngo babe batahura icyumwana arwaye ,
bityo ibyo bitaro akaba aribyo bije guhindura.
DMIS.
Izabasha kugaragaza ubumuga umwana afite , aho atuye,imvu zituma atiteza
imbere ndetse no guhabwa serivise zo guhangana nubwo bumuga
bizanafasha kumenya ibitaro yafashirizwamo muburyo bwihuse.
Inkomoko.
1.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/minisante-yamuritse-ibitabo-bizafasha-mu-gutahura-ubumuga-bw-umwana-akiri-muto
2.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/minisante-yamuritse-ibitabo-bizafasha-mu-gutahura-ubumuga-bw-umwana-akiri-muto
3.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/minisante-yamuritse-ibitabo-bizafasha-mu-gutahura-ubumuga-bw-umwana-akiri-muto
| 116 | 579 |
Kuri Radio France Inter humvikanye amagambo yita Abatutsi bishwe muri Jenoside ’ibigoryi’. Aya magambo yavuzwe n’Umunyamakuru witwa Natacha Polony, mu kiganiro cyatambutse kuri iyi Radio tariki ya 18 Werurwe 2018 cyitwa "Le duel Natacha Polony, Raphaël Glucksmann." Iri shyirahamwe ribicishije mu rwandiko rwashyizweho umukono n’Umujyanama waryo, Gisagara Richard akaba n’umwunganizi mu by’amategeko (Avocat), riranamaganira kure kandi imyitwarire y’umunyamakuru Ali Baddou, ari nawe uyobora icyo kiganiro. Uyu munyamakuru aramaganwa hashingiwe ku kuba yaremeye gutambutsa ayo magambo yavugwaga na Natacha Polony, ntanagire icyo avuga ngo abagaragarize ko bakosheje cyangwa se ngo yitandukanye nabo. Muri icyo kiganiro cyavugaga kuri Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994, Natacha Polony yumvikana avuga ati "Ni ngombwa ko tugerageza gusobanukirwa n’ibyaye icyo gihe. "Kandi usanga amaherezo, nta tandukaniro ribigaragaramo hagati y’abantu babi n’abeza. Ikigaragara ni uko njye mbona, ibyabaye ari ibibazo byashyamiranyije ibigoryi na bigenzi byabyo." Muri uru rwandiko Gisagara yibutsa ko Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda igahitana abarenga miliyoni ari igikorwa cyabayeho mu mateka kandi cyagejejwe imbere y’ubutabera. Bityo ngo Kuyihakana no kuyipfobya mu Bufaransa bihanishwa ingingo ya 24 y’itegeko ku bwisanzure bw’itangazamakuru, iteganya igifungo cy’umwaka umwe n’amande y’ibihumbi 45 by’ama euros. Aati "Gusanisha abicanyi n’abicwaga, ugafata abana, abagore, abasaza n’abandi bishwe ukabita ibigoryi, ni ibintu bibabaje bikaba n’igitutsi kiremereye ku babuze ababo." Ubusanzwe mu bitangazamakuru, ushinzwe amakuru ni we urebwa n’ibyo igitangazamakuru cye kivuga kandi akirengera amagambo yose akivugirwaho. Igihe amagambo avugiweho ako kanya (en direct/live) anyuranyije n’amahame y’itangazamakuru, umunyamakuru uyoboye ikiganiro agomba guhita yitambika atazuyaje, agahagarika uwavugaga cyangwa akamuvuguruza ndetse akanamugaya. Iyo icyo kiganiro gitambutse cyabanje gufatwa amajwi, bene ayo magambo agomba gukurwa mu kiganiro. Ibi ngo si ko byagenze muri iki kiganiro cyatambutse kuri Radio France Inter, kuko umunyamakuru Ali Baddou yaretse ikiganiro kigakomeza kandi ntanamagane amagambo yararimo kuvugirwa kuri radio. Uru rwandiko rwagejejwe ku buyobozi bw’iyi radio, runagezwa ku rwego rw’itangazamakuru rw’igenzura muri iki gihugu. Rusaba kumenya icyo izi nzego ziteganya gukora nyuma y’ayo magambo n’iyo myitwarire ihabanye cyane n’amahame radio bayobora ndetse n’abanyamakuru babo bagomba kubahiriza. Abanyamakuru ba Kigali Today @ kigalitoday
| 331 | 1,005 |
Rayon Sports yatsinzwe na Vipers SC ku munsi w’Igikundiro.. Imbere y’abakunzi ba Rayon Sports bari buzuye sitade ku cyigero cya 99% umukino wari mwiza mu kibuga ku makipe yombi,ikipe ya Vipers SC yatangiye ihererekanya umupira neza abakinnyi bayo babonana neza kurusha Rayon Sports. Guhererekanya neza kwa Vipers SC byayibyariye umusaruro ku munota wa gatatu ku mupira Bobosi Byaruhanga yarebye umunyezamu Hategekimana Bonheur waruhagaze nabi amuterera umupira kure abonera ikipe ye igitego cya mbere. Muri rusange uretse igitego cya kare Rayon Sports yatsinzwe nayo yitwaye neza ihererekanya umupira binyuze ku bakinnyi nka Mbirizi Eric, Essomba Willy Onana,Ndekwe Felix, Tuyisenge Aresene winjiye asimbuye akitwara neza nayo yakinnye neza muri rusange gusa ibura amahirwe yo gutera mu izamu umukino urangira itsinzwe igitego 1-0. Abakinnyi barimo kapiteni Rwatubyaye Abdoul wakize imvune ariko ugikeneye kugaruka neza nyuma yo kumara igihe adakina, Eric Ngendahima n’umunyezamu Hakizimana Adolphe ntabwo bakinnye uyu mukino. Rayon Sports izatangira shampiyona umunsi wa mbere tariki 19 Kanama 2022 ikina n’ikipe ya Rutsiro FC kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo saa kumi nebyi n’igice. Reba ibindi muri izi videwo: Umunyamakuru @UwimanaJeanJul1
| 178 | 470 |
na we ashobora guhinduka, cyane cyane ko aba atarakurikije iby’umubiri ngo ageze ku rwego rw’uwo muntu w’i Korinto. Kwibuka umuburo wa Pawulo, byagombye gutuma tugira ihinduka ryose rikenewe. “GUHOZA UBWENGE KU BINTU BY’UMWUKA” 14, 15. (a) Pawulo yaduteye inkunga yo “guhoza ubwenge” ku ki? (b) “Guhoza ubwenge ku bintu by’umwuka,” ni iki bidasobanura? 14 Pawulo amaze kutubwira akaga gaterwa no “guhoza ubwenge ku bintu by’umubiri,” yaduhumurije agira ati ‘guhoza ubwenge ku bintu by’umwuka bizana ubuzima n’amahoro.’ Iyo ni ingororano ihebuje rwose! Ariko se twayibona dute? 15 “Guhoza ubwenge ku bintu by’umwuka,” ntibivuga ko umuntu atagomba gutekereza ku bintu byo mu buzima busanzwe. Ntibisobanura ko agomba guhora atekereza cyangwa avuga ibya Bibiliya, urukundo akunda Imana cyangwa ibyiringiro byo mu gihe kizaza. Twibuke ko Pawulo n’Abakristo bo mu kinyejana cya mbere babagaho mu buzima busanzwe. Bararyaga kandi bakanywa. Abenshi barashakaga bakagira imiryango, kandi barakoraga kugira ngo babone ikibatunga.Mar 6:3; 1 Tes 2:9. 16. Nubwo Pawulo yabagaho mu buzima busanzwe, ni iki yibandagaho? 16 Icyakora, abo bagaragu b’Imana ntibigeze bemera ko ibyo bintu byo mu buzima busanzwe bigenga imibereho yabo. Inkuru yo muri Bibiliya igaragaza ko Pawulo yabohaga amahema, ariko umurimo w’ingenzi yibandagaho ni uwo kubwiriza no kwigisha inyigisho za Kristo. (Soma mu Byakozwe 18:2-4; 20:20, 21, 34, 35.) Uwo ni wo murimo yashishikarije Abakristo b’i Roma gukora. Koko rero, Pawulo yibandaga ku bikorwa bya gikristo. Abakristo b’i Roma bagombaga kumwigana kandi natwe ni uko.Rom 15:15, 16. 17. ‘Niduhoza ubwenge ku bintu by’umwuka,’ bizatumarira iki? 17 Nitwibanda ku bintu by’umwuka bizatumarira iki? Mu Baroma 8:6 havuga ko ‘guhoza ubwenge ku bintu by’umwuka bizana ubuzima n’amahoro.’ Ibyo bisobanura ko tugomba kuyoborwa n’umwuka wera kandi tukabona ibintu nk’uko Imana ibibona. Dushobora kwiringira ko nituyoborwa n’“umwuka,” tuzanyurwa kandi tukagira ubuzima bufite intego. Ikiruta byose ni uko tuzabaho iteka, haba mu ijuru cyangwa ku isi. 18. Ni mu buhe buryo “guhoza ubwenge ku bintu by’umwuka” bizana amahoro? 18 Ni iki Pawulo yerekezagaho igihe yavugaga ati ‘guhoza ubwenge ku bintu by’umwuka bizana amahoro’? Abantu benshi bahatanira kugira amahoro yo mu mutima. Nubwo bayashakisha bakayabura, twe turayafite. Tubana amahoro n’abagize umuryango wacu ndetse n’abagize itorero. Tuzi ko tudatunganye kandi n’abavandimwe na bashiki bacu, na bo ntibatunganye. Ku bw’ibyo, hari igihe ibibazo bivuka. Mu gihe bivutse, twigishijwe gukurikiza inama ya Yesu igira iti “ubanze wikiranure n’umuvandimwe wawe” (Mat 5:24). Ibyo birushaho kutworohera iyo tuzirikanye ko uwo muvandimwe cyangwa mushiki wacu, na we akorera “Imana itanga amahoro.”Rom 15:33; 16:20. 19. Ni ayahe mahoro yihariye dushobora kugira? 19 ‘Niduhoza ubwenge ku bintu by’umwuka,’ tuzabana amahoro n’Imana. Umuhanuzi Yesaya yaravuze ati ‘umuntu w’umutima ushikamye [Yehova] azamurindira mu mahoro ahoraho, kuko ari we yiringiye.’Yes 26:3; soma mu Baroma 5:1. 20. Kuki wishimira inama iboneka mu Baroma igice cya 8? 20 Bityo rero, twaba twarasutsweho umwuka cyangwa dufite ibyiringiro byo kuzaba ku isi izahinduka paradizo, inama yahumetswe iri mu Baroma igice cya 8 itugirira akamaro twese. Twishimira ko Bibiliya itugira inama yo kudahoza ubwenge ku bintu by’“umubiri.” Ahubwo tubona ko ari iby’ubwenge gukurikiza inama yahumetswe igira iti ‘guhoza ubwenge ku bintu by’umwuka bizana ubuzima n’amahoro.’ Nitubigenza dutyo, tuzabona ingororano z’iteka ryose, kubera ko Pawulo yavuze ati “ibihembo by’ibyaha ni urupfu, ariko impano Imana itanga ni ubuzima bw’iteka binyuze kuri Kristo Yesu Umwami wacu.”Rom 6:23.
| 541 | 1,543 |
Tour du Rwanda:Debesay Mekseb yegukanye agace ka Nyagatare-Rwamagana. Ku i Saa ine n’iminota 30 za mu gitondo nibwo abakinnyi bari bahagurutse mu mujyi wa Nyagatare,maze imbere y’abafana batagira ingano bari buzuye ku mihanda,abakinnyi bakomeza kugenda bacungana kuva i Nyagatare kugera mu bice bya Kiziguro. Batangiye gusatira ikiyaga cya Muhazi,abakinnyi b’u Rwanda bakomezaga kugenda bayoboye abandi,maze umukinnyi Nsengimana Bosco aza no gusiga abandi ho amasegonda 15 gusa ntibyatinze kuko igikundi kindi cyahise kimushira. Uko bakurikiranye mu gace ka 1 (Nyagatare-Rwamagana 1.DEBESAY Mekseb 2h50’14”
2.TESHOME Meron 2h50’14”
3.DEBRETSION Aron 2h50’14”
4.BIZIYAREMYE Joseph 2h50’14”
5.SMIT Willie (South Africa) 2h50’14”
6.HIDA Abdellah (Maroc) 2h50’14”
7.NSENGIMANA Jean Bosco 2h50’14”
8.BESCOND Jérémy (France) 2h50’17”
9.IHLENFELDT Stefan(South Africa) 2h50’17”
10.AMANUEL Meron (Eritrea) 2h50’17” Urutonde rusange nyuma y’agace ka mbere: 1.NSENGIMANA Jean Bosco 2h54’06”
2.NDAYISENGA Valens 2h54’13”
3.BIZIYAREMYE Joseph 2h54’18”
4.DEBESAY Mekseb 2h54’18”
5.BESCOND Jérémy (France) 2h54’19”
6.SMIT Willie (South Africa) 2h54’19”
7.HADI Janvier 2h54’20”
8.HAKUZIMANA Camera 2h54’22”
9.ARERUYA Joseph 2h54’26”
10.OKUBAMARIAM Tesfom 2h54’26” Kuri uyu wa kabiri,abakinnyi baraza guhaguruka i Kigali kuri Stade Amahoro berekeza i Huye,aho bazaba bakina gace ka kabiri k’irushanwa kazaba gafite intera ya Kilometero 120. Iri siganwa kandi ushobora kurikurikira umunota ku munota igihe riri kuba ukanze HANO Andi mafoto Amafoto:Muzogeye Plaisir Sammy IMANISHIMWE
| 183 | 676 |
IMBANZIRIZAMATEKA N'IMITURIRWE Y'U RWANDA (1000 MBERE Y'IVUKA RYA YEZU- 700 NYUMA Y'IVUKA RYA YEZU) Byanditswe na Celestin KANIMBA MISAGO ~ I mbanzirizamateka n'imiturire ya mbere by'u Rwanda tubisanga mu bihe bya kera cyane, ku buryo bigoranye kubyibukiranya mu mateka. Ariko nubwo imbanzirizamateka n'imiturire ari ibya kera cyane, ni byo bigize imbanda ya byose, idahari ntibyashoboka kubona uko twibuka amateka yacu. Uko kwibuka bishingira ahanini ku byaturutse ku mpinduka zifatiye ku bidukikije, ku bisigaratongo, ku bumenyi bw'imibereho y'abantu, izerekeye iyigandimi n'amateka atanditse; bwose bukaba ari ubumenyi nyunganizi bufasha mu kwandika mbere na mbere amateka y'ibihe mbanzirizamateka, hanyuma n'ay'imiturire. 2.1 Ibihe mbanzirizamateka Birakwiye kuzirikana ko ibihe bibanziriza amateka bitagisobanurwa gusa nk'ibihe birangwa n'ibitaragiraga inyandiko. Mu by'ukuri andi masoko y'amateka yagiye avoma mu gihe kirekire cyaranze imbanzirizamateka. 2.1.1 Aho u Rwanda ruherereye U Rwanda ni igihugu gifite ubuso bwa km2 26.338, giherereye hagati y'imirongo mbariro ya dogere 1 ° 20' na 2° 50' munsi ya koma y'isi no hagati y'imirongo miganda y'isi ya dogere 28°50' na 30°55'. U Rwanda rugizwe n'urusobe rw'imisozi miremire rukomoka ku kena kigari k'isi gihera ku Nyanja Itukura kugeza mu magepfo y'ikiyaga cya Malawi, uciye ku biyaga bya Rwicanzige, Rweru, Kivu na Tanganyika. Ikiyaga cya Kivu giherereye mu nda y'icyo kena, isunzu riseruka rikaba ari ryo ritandukanya ibyogo by'inzuzi za Kongo na Nili. Iryo sunzu ryiswe Kongo-Nili, rigizwe n'ibisi bifite ubugari buri hagati ya km 20 na km 40, bikaba bifite ubutumburuke buri hagati ya metero 2000 na m 3000. Mu Majyaruguru, ibyo bisi bisozwa n'ibirunga bigera ku butumburuke bwa metero 4500 ku kirunga cya Karisimbi. Hagati y'isunzu rya Kongo-Nili n'ikena cy'Akagera - Bugesera hari imirambi yo hagati mu gihugu, ifite ubutumburuke buri hagati ya m 1500 na m 2000. Ako karere karangwa n'imisozi itandukanijwe n'ibibaya birangwa n'ibishanga bitetsemo ubutaka bwazanywe n'isuri itemba. Mu burasirazuba hafi y'urubibi na Tanzaniya, uruzi Akagera ruhinguranya ibishanga bigari bihari, bifite ubutumburuke buri hagati ya metero 1300 na m 1500. 2.1.2 Uko ubushakashatsi ku bisigaratongo buhagaze muri iki gihe Amasoko y'ubumenyi aturuka ku bisigaratongo n'iyigandimi rusange afite uruhare runini mu myandikire y'amateka y'u Rwanda. Ariko ubushakashatsi bwerekeye ibisigaratongo nta bwo ndetse ahubwo buracyari buke cyane. Nubwo mu gihugu hari ibisigazwa by'ibisigaratongo bitari bike, ubushakashatsi bwimbitse ntibwabuze gutangizwa mu gice cya kabiri k'ikinyejana cya 20. Kugeza mu mwaka wa 1963, ubwo bushakashatsi bwitaga ku bikorwa byihariye kandi bugakorwa ku buryo budahoraho. Igisigazwa cyabonetse bwa mbere ni ishoka ntoya iconze mu isarabwayi, yo mu gihe cya "acheuleen"}, cyataburuwe hagati y'umwaka wa 1921-1922 i Kavumu, ahahoze ari muri teritwari ya Gitarama. Ahagana mu myaka ya 1936, Boutakoff 1.2 yakoze ubushakashatsi mu birombe by'igihe cy'amabuye cya vuba, nko mu buvumo bwo mu ishyamba rya Ruhimandyarya riherereye mu Karere ka Rusizi (mu ntara ya kera ya Cyangugu) aho ibikoresho biconze mu masarabwayi byo mu gihe cy'amabuye cya vuba byataburuwe munsi y'imihiro y'ubutaka bwatuweho mu gihe cya kera k'icyuma. Muri iyo myaka, igikoresho gisongoye gifite impande ebyiri, cyo mu bwoko bwa "acheuleen" na cyo cyataburuwe i Gatumba muri teritwari ya Gisenyi. Hagati ya 1942 na 1958, Maurice Bequaert, umushakashatsi mu Ngoro y'Umurage y'Umwami igenewe Afurika yo Hagati (Tervuren mu Bubirigi), yashyize ahagaragara urukurikirane rw'inyandiko ngufi ku bikoresho bimwe byari bifite umwihariko. Nyuma y'ishingwa ry'Ikigo cy'Ubushakashatsi mu by'Ubuhanga cy'Afurika yo Hagati (IRSAC) mu mwaka wa 194 7, ariko cyanecyane nyuma y'ishyirwaho ry'Agashami gashinzwe Ubushakashatsi mu Bumenyi Nyabantu mu mwaka wa 1951 i Butare (yahoze yitwa Asitirida), ubushakashatsi ku gihe k'ibyuma ni bwo bwatangijwe na Jean Hiernaux afatanije na Emma Maquet (bari abashakashatsi muri IRSAC) mu mwaka wa 1953. Bashoboye kugaragaza ahantu henshi hari ibibumbano n'ahari
| 585 | 1,658 |
Minisitiri w’Intebe wa Hongiriya usanzwe ari inshuti ya Putin, yasuye Ukraine. Abinyujije ku rubuga rwa X, Umuvugizi wa Leta ya Hongiriya, Zoltan Kovacs yatangaje ko Orban yageze i Kyiv mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri kugira ngo aganire na Perezida Volodymyr Zelensky ku nzira z’amahoro. Ati “Ibiganiro hagati y’abayobozi bombi bizibanda ku mahoro n’imibanire hagati ya Hongriya na Ukraine.” Orban wakunze kwitwa umunyagitugu kandi ufitanye umubano wihariye na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, kenshi yashatse ko hagabanywa gahunda z’Ubumwe bw’u Burayi zo gutanga inkunga y’igisirikare n’imari muri Kyiv muri iyi ntambara. Mu bindi biganiro bya diplomasi y’u Burayi biteganyijwe, harimo yubile y’imyaka 75 y’ubumwe izabera i Washington ku wa 9-11 Nyakanga 2024, aho biteganyijwe ko izibanda ku ngamba z’igihe kirekire zo gushyigikira Ukraine no kureba ibijyanye no kuyinjiza muri NATO. Hari n’itsinda rya Politiki y’ u Burayi rigizwe n’ibihugu 47 harimo Hongiriya na Ukraine rizaganira ku ngamba z’uyu mugabane ku wa 18 Nyakanga mu Bwongereza.
| 156 | 399 |
Urubyiruko mukwiteganyiriza ejo hazaza. =URUBYIRUKO MU KWITEGANYIRIZA=
Mu Rwanda hari urubyiruko rwinshi ugereranije n'impuzandego yabaturage batuye iki gihugu.
Ikibabaje n' uko abenshi murubyiruko ari abadafite akazi bikaba aribyo biturukaho kuba bigoye kuba abagize urwo rubyiruko rutabasha kugera kuri uko kwiteganyiriza.
=Inkuru ijyanye=
Rutsiro: Urubyiruko rwasabwe gutangira kwiteganyiriza ejo hazaza.
Urubyiruko rwo mu Karere ka Rutsiro rwakanguriwe kwizigamira mu bigo by’imari no kwibumbira mu matsinda kugira ngo ejo habo hazabe heza kurusha none, ibyo babitangaje ku umunsi mpuzamahanga wabahariwe wo kwizigama.
Intego yagiraga iti ‘‘kuzigama tubigire umuco’’naho ku ibyapa hari handitse ngo ‘Tubigire iyacu, ejo heza, duharanira kwizigamira, ubukungu bwiyongere, ahandi hari handitse ngo iteganyirize rubyiruko’’.
Augustin Ntaganda akaba ari Intumwa ya Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi akaba Umuyobozi ushinzwe Amahugurwa n’Imari yavuze ko Leta yafashe ingamba zo gushishakariza urubyiruko kwiteganyiriza hakiri kare yagize ati ‘‘Turashaka ko uhereye umwaka utaha muri Mutarama hazabaho isomo mu mashuri rizajya ryigisha urubyiruko uburyo bwo kwizigamira, babigira umuco wo kwizigamira babitsa mu ibigo by’imari iciriritse’’.
Uwo muyobozi yakomeje avuga ko Abanyarwanda muri rusange bagana ibigo by’imari bangana na 72%, Leta ikaba iteganya ko mu mwaka wa 2017 abagera kuri 80% bazaba bamaze kugana ibigo by’imari, naho muri Vision 2020 Abanyarwanda bazaba bamaze kugana ibigo by’imari bagomba kuzaba bangana na 90%.
John Ames Umuyobozi muri Global Communities muri gahunda ‘‘Usaid Ejo heza’’ yagize ati ‘‘Gahunda yo kuzigama twayihereye mu kwezi k’Ugushyingo 2014 kugeza uyu munsi ku wa 28 Ukwakira 2015, aho dukangurira urubyiruko kubaka ubukungu buhamye, kuko urubyiruko ari rwo rugomba kwitabwaho kurushaho bitewe ni uko ari bo mbaraga z’igihugu cy’ejo hazaza’’.
Umwe mu urubyiruko witwa Yamfashije Vincent umaze kwizigamira ahereye ku ibiceri 200 yavuze ko yagiye yizigamira muri cooperative Inkunga akaba amaze kwigurira ihene mu igihe cy’amezi 3 gusa yagize ati ‘‘Natangiye nizigamira buri uko mbonye amafaranga ibiceri 200 none ubu maze kwigurira ihene y’ibihumbi makumi nyabiri (20 000 frws)’’.
Ndagijimana Alphonse umwe mu urubyiruko mu Murenge wa Gihango yavuze ko bibumbiye mu matsinda bisunga koperative Inkunga aho ngo bamaze kwizigamira amafaranga ibihumbi 180 yagize ati ‘‘Twishyize hamwe turi urubyiruko 27 aho buri wese aba afite intego yihariye mu igihe arashe ku intego mu yihaye akabona kugura icyo yari yaragambiriye kugeraho, ubu mu itsinda ryacu 4 muri twe bagiye bagura inka, abandi 4 bamaze kwigurira ihene, 1 na we yaguze umurima w’ibisheke’’.
Urwo rubyiruko mu buhamya bwabo bagiye bavuga ko buri wese aba afite intego agomba kuzarasa aho bamwe baba bafite kuzagura ikintu runaka mu gihe yagenye, kuko hari abiha intego y’amezi 3 cyangwa 6 bitewe n’ubushobozi bwe akabona kugera ku inzozi ze, yarangiza agakomeza kurasa ku iyindi intego kugeza ubwo azageza ku intambwe yo kuba umukungu.
[ http://197.243.22.137/rutsiro/index.php?id=38&tx_news_pi1%5Bnews%5D=175&tx_news_pi1%5Bcontroller%5D=News&tx_news_pi1%5Baction%5D=detail&cHash=502207c5463c5b1ff8ec8f3de3975d49]
| 419 | 1,269 |
PL Na PSD Byiyemeje Kuzashyigikira Umukandida Wa FPR. Kongere ya PSD yateranye kuri iki Cyumweru yemeje ko abayoboke bayo bazashyigikira umukandida watanzwe na FPR-Inkotanyi ari we Paul Kagame. PSD ni ishyaka riharanira Demukarasi n’Imibereho myiza y’abaturage. Ubwo ryateranaga kuri iki Cyumweru ryari riyobowe na Perezida waryo ari we Dr. Vincent Biruta usanzwe ari Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane. Amatora ya Perezida wa Repubulika n’aya Abadepite iteganyijwe muri Nyakanga, 2024. Abanyamuryango ba PSD bari bateraniye muri Kongere ya Kabiri idasanzwe. Intego eshatu za PSD ni Ubutabera, Ubwisungane n’Amajyambere. Ishyaka PSD kandi niryo rivamo Perezida wa Sena y’u Rwanda. Si PSD gusa yatoye kuzashyigikira umukandida wa FPR Inkotanyi kuko na PL nayo ari uko. Iki cyemezo yagifatiye mu Nteko rusange yahuje abayobozi bayo n’abanyamuryango bahagarariye abandi yabereye mu Mujyi wa Kigali kuri uyu wa 24, Werurwe, 2024. Abanyamuryango ba PSD bemeje kuzashyigikira umukandida wa FPR-Inkotanyi Abo muri PL nabo biyemeje kuzashyigikira umukandida wa FPR Inkotanyi Donatille Mukabalisa niwe wayoboye iyi Kongere ya PL
| 160 | 439 |
kuba umucamanza wavuganiraga ingabo za Amerika zabaga muri Iraq, nyuma aza kuba Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga wa Leta ya Delaware, yaje guhitanwa na cancer y’ubwonko mu 2015. Hunter Biden we ubu ni umucamanza ukomeye muri Washington akaba n’umushoramari. Joe Biden ku itariki ya 09 Kamena 1987, yatangaje ko aziyamamariza kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika mu matora yo mu 1988. Icyo gihe yari akanganye cyane ku bo bari kuba bahanganye bitewe n’uburyo yari amaze kumenyekana muri sena ya Amerika, byari bigiye gutuma aba Perezida wa kabiri wa Leta zunze ubumwe za Amerika ukiri muto nyuma ya John F. Kennedy. Gusa byaje gusa n’ibyanga, ubwo abantu benshi bamukuragaho amaboko nyuma yo kumenya ko imbwirwaruhame akoresha akenshi aba ari kwigana iby’abandi, bifatwa nk’ubujura, (plagiarism). Byatumye kandidatire ye ayikuramo, ngo kuko yari amaze kugenda agaragara nabi bitewe n’amakosa yakoze mu myaka yari yaratambutse. Mu kwa kabiri 1988, nyuma yo kumara igihe kinini ababara ijosi, Biden yashyizwe mu mbangukiragutabara ajyanwa mu ivuriro rya Walter Reed Army Medical Center ngo abagwe. Yabazwe ubwonko bwari bwaramaze kugaragaza ko butari ku murongo neza, cyangwa se bujagaraye ibyitwa (intracranial berry aneurysm). Ubwo yari ari gukira aho bari bamaze kumuvura yongeye guhura n’indwara zifata ibihaha zigatuma uhumeka insigane, byatumye amara amezi agera kuri arindwi atagaragara muri sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika. Biden ni umwe mu bantu barambye muri sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika ndetse arangwa no kugira uruhare rukomeye muri imwe mu myanzuro yagiye ifatwa mu gihe cye nk’ukuriye sena, aho nko mu 1999 mu ntambara yo muri Kosovo, Biden yashyigikiye umugambi wa NATO wo kwatsa umuriro wa bombe kuri Ygoslavia yari ihanganye n’inyeshamba zo muri Albania. Iki gihe we na John McCain basabye Peresida Clinton kwifashisha imbaraga zishoboka zose, zirimo ingabo zo ku butaka ngo bahangane n’ubutegetsi bwa Yugoslavia bashinjaga ivangura ku bwoko bw’Abanyalbania muri Kosovo. Uretse ibi kandi, Biden yongeye kumenyekana cyane ubwo yashyigikiraga intambara yo muri Afghanstan mu 2001 yo gukura abatalibani ku butegetsi ngo iki gihugu kitaba indiri y’umutwe w’iterabwoba wa Al-Qaida, Biden yumvikanye avuga ko icyo basabwa cyose bagomba kugira. Nka Perezida wa sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika mu gashami gashinzwe ububanyi n’amahanga, mu 2002 Biden yatangaje ko Saddam Hussein ari ikibazo gikomeye ku mutekano w’igihugu kandi ko agomba kwigizwayo, biza kurangira hatowe ko Amerika yigarurira Iraq. Mu matora yo mu 2008, Joe Bidden yashakaga kwiyamamaza, ariko biza kurangira akuyemo kandidatire ye kubera Barack Obama wari umuri imbere. Gusa mu ibanga, Obama yabwiye Biden ko ari kumushakira umwanya ukomeye mu butegetsi ubwo azaba abaye perezida, gusa Biden yabiteye utwatsi. Umwanya yavugaga wari ukuba Visi Perezida. Biden yabyanze avuga ko byatuma abura umwanya ukomeye n’ijambo muri sena, gusa biza kurangira ahinduye ibitekerezo yiyemeza kubera Obama visi peresida. Ni umwanya yamazeho imyaka igera mu munani ategekana na Obama. Ubwo manda yabo yari irangiye, ibitangazamakuru bitandukanye hagati y’umwaka wa 2016 na 2019 byagaragazaga Biden nk’umuntu ushobora kuba umukandida ukwiriye mu matora ya perezida mu mwaka wa 2020. Ntabwo yabihakanaga gusa ntiyanatoboraga ngo abyemeze. Nyuma yaje gutangaza ati "Nziyamamaza nimba nkibasha gutera agatambwe”. Icyo wamenya kuri uyu mugabo ni uko yatorewe inshuro esheshatu zose kujya muri sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika, akaba kandi yarabaye Visi Perezida wa 47 w’iki gihugu. Akiri muto yari afite ingorane ikomeye cyane y’ubumuga bwo kutavuga neza mu buryo busanzwe, yakomeje kugira kugeza yiga mu ishuri ryisumbuye. Yaje kubikira akoresheje uburyo bwo kwitoza kuvuga ari imbere y’indorerwamo. Umunyamakuru wa Kigali Today/KT Radio @
| 566 | 1,398 |
Kuvugurura ikigo nderabuzima byanogeje serivise zihabwa abarwayi. Mu muhango wo gutaha inyubako nshya z’iki kigo wabaye ku wa 17 Kamena 2016, abaturage bahivuriza bavuze ko kitaravugururwa, abarwayi bavurwaga ariko batisanzuye. Aba baturage bavuga ko hari igihe abantu bajyaga mu bitaro ari benshi, bikaba ngombwa ko abarwayi babiri cyangwa batatu baryama ku gitanda kimwe. Nyirahabimana Josephine wabyariye muri iki kigo nderabuzima avuga ko ari inshuro ya gatatu ahabyariye, ariko ko inshuro ebyiri za mbere, ababyeyi babaga ari benshi kandi aho bakirirwa ari hato, bigatuma babiri baryama ku gitanda kimwe. Ati ”Hari hatoya cyane, ugasanga birabangamye kuko hari igihe ababyeyi baryamaga ku gitanda ari babiri cyangwa banarenga.” Uyu mubyeyi kimwe na bagenzi be bavuga ko kuva aho ikigo nderabuzima cyaguriwe, inyubako ziyongereye mu bwinshi no mu bunini, ku buryo abarwayi batakirarana ku gitanda. Ati ”Ubu haragutse, ababyeyi turisanzura nta kibazo. Buri wese akabona igitanda cye.” Umuyobozi w’Ikigo Nderabuzima cya Muganza, Soeur Eugenie Mukashyaka, avuga ko ikibazo cyo kubyiganira ku bitanda ku barwayi cyari gihari, akavuga ko nubwo kitarakemuka burundu, ngo inyubako ziyongereye ku buryo ari gake abarwayi bararana ku gitanda kimwe. Ati ”Ikibazo gisa n’aho cyakemutse ariko nk’aho ababyeyi bamaze kubyara baruhukira ndetse n’aho bategerereza haracyari hatoya, ari na yo mpamvu dukomeza gukora ubuvugizi kugira ngo habonetse ubushobozi, dukomeze twagure.” Ikigo Nderabuzima cya Muganza cyashinzwe na Diyoseze Gatolika ya Gikongoro mu mwaka wa 1963, kikaba cyakira abaturage basaga ibihumbi 20 bo mu Murenge wa Muganza. Imirimo yo kuvugurura no kwagura iki kigo nderabuzima yatwaye amafaranga y’u Rwanda miliyoni 49, yatanzwe n’Akarere ka Nyaruguru. Umunyamakuru @ CharlesRUZINDA2
| 254 | 694 |
ES SUMBA na Kiramuruzi begukanye amarushanwa y’abatarengeje imyaka 15 mu gihugu. Ku wa Gatandatu tariki 23/07 no ku Cyumweru tariki 24/07, mu karere ka Rubavu hakinwe imikino isoza irushanwa rya “CAF African Schools Championship 2022” mu cyiciro cy’abahungu n’abakobwa bari munsi y’imyaka 15. Iyi mikino yateguwe ku bufatanye bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda “FERWAFA” rifatanije n’Ishyirahamwe ry’Imikino mu mashuri “FRSS” ku nkunga ya CAF yasojwe ishuri rya ES Sumba ryo mu karere ka Nyamagabe ryegukanye igikombe mu bahungu naho Kiramuruzi Modern School y’i Gatsibo itwara igikombe mu bakobwa. Aya marushanwa yari amaze amezi ane akinwa mu gihugu hose kuva muri Werurwe 2022. Amakipe 231 y’abahungu na 214 y’abakobwa ni yo yahatanye muri aya marushanwa kuva ku rwego rw’akarere. 60 y’abahungu na 60 y’abakobwa yakinnye ku rwego rwa “League” (umuntu yagereranya n’intara); hanyuma 12 muri buri cyiciro aba ari yo agera mu cyiciro cy’imikino ya nyuma. Aya 12 yagabanijwe mu matsinda ane maze akina imikino y’amajonjora ku wa Gatandatu, aho amakipe abiri ya mbere muri buri tsinda yakinnye ¼ ku wa gatandatu, aAne yatsinze akomeza muri kimwe cya kabiri ku cyumweru ari nabwo habaye imikino ya nyuma ndetse n’iyo guhatanira umwanya wa gatatu. Bamwe mu bayobozi bitabiriye iyi mikino barimo Umunyamabanga uhoraho muri MINISTERI ya Siporo, Bwana Shema Maboko Didier, umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi REB, Dr. Mbarushimana Nelson, Umuyobozi w’ Ishyirahamwe ry’Imikino mu mashuri FRSS, Padiri Gatete Innocent, Visi Perezida wa FERWAFA, Habyarimana Marcel ndetse n’Umuyobozi w’akarere ka Rubavu, Bwana KAMBOGO Ildephonse. Amakipe yatwaye ibikombe ari yo ES Sumba yo mu karere ka Nyamagabe mu bahungu na Kiramuruzi Modern School y’i Gatsibo mu bakobwa, azahagararira u Rwanda muri Zone ya CECAFA mu mpera z’uyu mwaka. Uko imikino yose yagenze mu karere ka Rubavu I. ABAHUNGU Itsinda A • ES Sumba 4-1 GS Nyamagana
• CS Kinyanzovu 1-4 ES Sumba
• GS Nyamagana 0-1 CS Kinyanzovu Uko amakipe yakurikiranye 1. ES Sumba
2. CS Kinyanzovu
3. GS Nyamagana Itsinda B • GS Muhoza II 0-0 GS Kazo (pen 5-3)
• GS Muhoza II 0-2 GS Kicukiro
• GS Kicukiro 3-1 GS Kazo Uko amakipe yakurikiranye 1. GS Kicukiro
2. Muhoza II
3. GS Kazo Itsinda C • GS Kabusunzu 1-0 GS Gacuba II
• E SC. Byimana 1-0 GS Kabusunzu
• GS Gacuba II 4-2 GS E SC. Byimana Uko amakipe yakurikiranye 1. GS Gacuba II
2. E SC. Byimana
3. GS Kabusunzu Itsinda D • GS Paysannat 7-0 GS Muhoza I
• GS Kigeme B 2-1 GS Paysannat
• GS Muhoza I 1-3 GS Kigeme B Uko amakipe yakurikiranye
1. GS Kigeme B
2. GS Paysannat
3. GS Muhoza I Imikino ya ¼ ES Sumba 3–1 GS Muhoza II
GS Kicukiro 1–0 KinyaNzovu
Gacuba II B 0–4 GS Paysannat
GS Kigeme B 3–0 E SC. Byimana Imikino ya ½ ES Sumba 3–0 GS Paysannat
GS Kicukiro 0-0 GS Kigeme (pen 4-5) UMWANYA WA GATATU
GS Kicukiro 1-1 GS Paysannat (pen 4-5) UMUKINO WA NYUMA ES Sumba 3-1 GS Kigeme B Uwatsinze ibitego byinshi: Uwineza René – GS Kigeme B (9 GOALS) II. ABAKOBWA Itsinda A • GS Gahanga 0-5 GS Muhato
• Kiramuruzi Modern School 3-1 GS Gahanga
• GS Muhato 3-1 Kiramuruzi Modern School Uko amakipe yakurikiranye
1. GS Muhato
2. Kiramuruzi MS
3. GS Gahanga Itsinda B • GS Gihembe 0-3 GS Karwasa
• GS Gasaka 2-1 GS Gihembe
• GS Karwasa 0-4 GS Gasaka Uko amakipe yakurikiranye 1. GS Gasaka
2. GS Karwasa
3. GS Gihembe Itsinda C • GS Gaseke 3-0 GS Gatizo
• GS Nkubi 2-0 GS Gaseke
• GS Gatizo 0-3 GS Nkubi Uko amakipe yakurikiranye 1. GS Nkubi
2. GS Gaseke
3. GS Gatizo (Disq) Itsinda D • GS Rubavu I 1-0 GS Kagamba
• GS Mukarange 2-1 GS Rubavu I
• GS Kagamba 1-0 GS Mukarange Uko amakipe yakurikiranye
1. GS Mukarange
2. GS Rubavu I
3. GS Kagamba Imikino ya 1/4 GS Muhato 1–1 GS Karwasa (pen 4-3)
GS Gasaka 0–0 Kiramuruzi MS (pen 2-3)
GS Nkubi 3–2 GS Rubavu I
GS Mukarange 0–1 GS Gaseke Imikino ya 1/2 GS Muhato 1-0 GS Nkubi
Kiramuruzi PS 1-0 GS Gaseke UMWANYA WA GATATU GS Gaseke 0-3 GS Nkubi UMUKINO WA NYUMA
GS Muhato 0-1 Kiramuruzi PS ABAKINNYI BAHIZE ABANDI ABAKOBWA Umunyezamu mwiza: Maombi Joanna (Kiramuruzi M. School)
Umukinnyi mwiza w’irushanwa: Abayisenga Joselyne (GS Muhato) ABAHUNGU Umunyezamu mwiza: Mugisha Jean de Dieu (ES Sumba)
Umukinnyi mwiza w’irushanwa: Uwineza René (ES Sumba) Umunyamakuru @ Samishimwe
| 692 | 1,855 |
Rubavu: Kandida Perezida Mpayimana yabijeje Minisiteri y’uburobyi. Umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Mpayimana Philippe, ategerejwe mu Karere ka Rubavu, aho yagiye kwiyamamariza kuri uyu wa o6 Nyakanga 2024. Kuri Site ya Gisenyi mu Mujyi wa Rubavu, ni ho Mpayimana yagiye guhurira n’abaturage biteguye kumva imigabo n’imigambi. Akarere ka Rubavu kabaye site ya 20, Mpayimana Philippe, yagiye kwiyamamariza, aho akomeje gusanga abaturage hirya no hino abasaba kuzamugirira icyizere bakamutorera kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere. Mpayimana yavuze ko natorerwa kuyobora u Rwanda, azongera imbaraga muri gahunda yo kugaburira abana ku mashuri, aho bazajya barya bakijuta. Umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Mpayimana Phillipe, yakomereje mu Murenge wa Rambura mu Karere ka Nyabihu, aho yakomereje ibikorwa byo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere. I Nyabihu hari abaturage benshi biteguye kumva imigabo n’imigambi.
| 140 | 372 |
wa Komisiyo avuga ko hari ibyakosorwa muri raporo bijyanye no kwandika neza biriya bijyanye n’amahame remezo, kandi koko ni ibintu byumvikana ntabwo twakwandika muri raporo, ngira ngo “débats” ku mahame remezo yari ikwiye gusubirwamo abantu bakayumva kimwe, ntabwo twavuga ngo ihame remezo ryo kutagendera ku mategeko kuko yatindije politike, sinzi niba byaba ari byo. Hari n’ibindi birimo ni ibijyanye n’imibereho y’abaturage. Koko dusubiye ku ihame remezo rireba amahirwe angana no guharanira imibereho myiza y’abaturage ibi ngibi ngira ngo hari ibyo tubona by’ingaruka ya Jenoside, n’ejo ngira ngo iyo “débat” twarayigize, ntabwo wafata ingaruka z’ikintu ngo ukitirire uwo cyakigizeho ingaruka. Ngira ngo iyo urwanya Jenoside n’ibijyanye na yo uba urwanya n’ingaruka zabyo. Nkumva rero yenda ibi byavamo, twemeye ko byavamo muri raporo mwemeza ni “condition” kuba byavuyemo. Ndatekereza ko nyuma y’ibisobanuro twahawe na Komisiyo hari ushaka kunganira Komisiyo igihe cyose asaba ijambo ararihabwa mbere yo kwemeza raporo. Honorable UYISENGA yahabwa ijambo. Honorable UYISENGA Charles Murakoze Nyakubahwa Perezida wa Sena. Njye ndunganira Komisiyo mu bijyanye n’iyubahirizwa ry’uriya mwanzuro kuri politiki. Nshingiye ku Itegeko Ngenga rigenga uburyo Inteko Ishinga Amategeko imenya kandi ikagenzura ibikorwa bya Guverinoma ( bamwatse ijambo atarangije ) Perezida wa Sena, Dr. IYAMUREMYE Augustin Ntabwo turajya ku mwanzuro turimo kwemeza raporo twarangiza tukajya mu myanzuro. Honorable UYISENGA Charles Mumbabarire Nyakubahwa Perezida. Kuri za “interventions” zabaye kuri icyo kibazo ni cyo nashakaga kuvugaho niba naza kubivuga ku myanzuro sinzi mwabimbwira neza, Perezida wa Sena, Dr. IYAMUREMYE Augustin Nyakubahwa mwabivuga ku myanzuro kuko “débat” ku myanzuro iraza kuba nyuma ubu turemeza raporo. Nkaba nibutsa ko Biro ya Komisiyo yemeye ko hari ibyakosorwa ni ukuvuga ko nitwemeza iyi raporo ni uko tuba dufite “garantie” ko ibi biba byakosowe. Hari uwasabye mosiyo. Honorable MURESHYANKWANO Marie Rose. Honorable MURESHYANKWANO Marie Rose Murakoze Nyakubahwa Perezida wa Sena. Nsabye mosiyo kuko twari tugiye gufata umwanzuro kuri raporo nk’uko mwari mubivuze twemeye ko bakosora ariko numvaga njyewe niba babyemera ko bakosora. Perezida wa Sena, Dr. IYAMUREMYE Augustin Mosiyo yawe ishingiye kuki? Honorable MURESHYANKWANO Marie Rose Mosiyo yanjye ishingiye ku byari bimaze kuvugwa muri raporo. Njye numvaga babanza bagakosora tukajya dutorera ibintu tuzi tukamenya ngo dutoreye iki kintu. Murakoze. Perezida wa Sena, IYAMUREMYE Augustin Nagira ngo nibutse itegeko, ingingo ya 56 y’Itegeko Ngenga rigenga imikorere ya Sena. Umusenateri ashobora gusaba mosiyo iminota itarenze itatu kugira ngo yibutse itegeko, asubize icyo bamuvuzeho, yibutse ko ikibazo yabajije kitashubijwe, asabe ko Inteko Rusange ihagarika imirimo gato, asaba ko imirimo y’Inteko Rusange isubikwa. Muri ibyo byose ntabwo watubwiye icyo wasabiye Mosiyo! Ba Nyakubahwa batwemereye ko ibyavuzwe kubahiriza amahame remezo abantu bose bavuze babonye ko atari byo ko biva muri raporo tuzareba ko byavuyemo. Hanyuma ubu ni igihe cyo kwemeza raporo ubundi raporo yemezwa ku bwumvikane busesuye, bitaboneka bikemezwa binyuze mu matora. Byemejwe ku bwumvikane busesuye? Inteko Rusange ya Sena Yego. Perezida wa Sena, Dr. IYAMUREMYE Augustin Murakoze. Raporo iremejwe ariko harimo gukosora ibyavuzwe. Twajya ku myanzuro. Ba Nyakubahwa ndabibutsa ko uretse imyanzuro twashyikirijwe na Komisiyo hashobora no gufatwa indi bitewe n’uko impaka ziza kuri buri mwanzuro. Komisiyo yatugejejeho imyanzuro ibiri ishyikirizwa Guverinoma. Buri mwanzuro uremezwa ukwawo kandi Abasenateri bashaka ijambo bararihabwa. Umwanzuro kandi ushobora gukorerwa ubugororangingo. Ku mwanzuro wa mbere murawufite hariya kuri “screen”. Abashaka ijambo bakande. Hari Honorable NIYOMUGABO Cyprien, Honorable HABIYAKARE François, Honorable MURESHYANKWANO Marie Rose na Honorable UYISENGA Charles. Ijambo ni irya Honorable NIYOMUGABO Cyprien. Honorable NIYOMUGABO Cyprien Murakoze Nyakubahwa Perezida kumpa ijambo. Mpereye ko tumaze kugezwaho raporo n’ibiganiro byagiye biba ndetse n’ibisobanuro bihagije byatanzwe, ariko mpereye n’uko nzi uburyo politike inzira icamo aho batubwiye igeze ndumva iri mu nzira nziza yo kugira ngo iboneke.Tukaba rero tutabigira umwanzuro kuko biri mu nzira n’ubundi bicamo ntacyo twaba dusaba kitari gukorwa.
| 600 | 1,680 |
nini za Tanzania n’izirasa za roketi bikoreshwa ku rugamba. Ingabo z’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EACRF) zabanjirije iza SADC zo ntabwo zigeze zigaba ibitero. Leta ya Congo ivuga ko ingabo za SADC zizayifasha kurwana ariko twamaze kubona ibimenyetso bigaragaza ko iki atari ikibazo: barabizi neza cyane ko itazababarira abasirikare babo bazajya ku rugamba. Mu bijyanye n’ibikoresho, ibi bitero bizababera inzozi mbi mu gihe ikibuga cy’indege cya Goma kizaba cyafunzwe. Ntabwo dutekereza ko Perezida wa Afurika y’Epfo azishimira kubona abahungu be bavanwa muri Congo bashyizwe mu bikapu by’imirambo.” Uyu musirikare yakomeje agira ati “Tuzahangana na bo bikomeye, nibahitamo kurwana. Nta muntu uzatunengera kurwanirira impamvu yacu.” Ibintu bishobora gusobanuka vuba, ariko Kinshasa ivuga ko SADC izakora umurimo wanduye, kandi ibyayo na byo bizarangira nk’uko byagendekeye MONUSCO n’ingabo za Afurika y’iburasirazuba. Ikintu kimwe kibitandukanya ni uko amakarita ari gushirana Tshisekedi, akaba ari gushaka kwikururiraho ibi bintu. SADC nihitamo gukina amakarita ya Tshisekedi, bizaba ari ukongera lisansi mu muriro kandi bizongera ugushoboka k’uguhangana ku rwego rw’akarere. Ubushize twabonye intege nke z’abasirikare ba Afurika y’Epfo muri Mozambique, aho ingabo z’u Rwanda zahamagawe kenshi kugira ngo zitabare ubuzima bwabo. Ofisiye mu gisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF) uri mu kiruhuko yatangaje ati “SANDF yacitse intege. Ntikiri nk’uko yari iri mu myaka 10 ishize kandi natungurwa no kubona iyobora ibitero kuri izi nyeshyamba muri RDC.” Ofisiye ukomeye mu gisirikare cy’u Rwanda yagize ati “Ikibazo cyo muri Kivu gishobora guturika cyane kandi kiragoye. Ariko kuba SADC iriyo no kuba ishobora kugira uruhare mu bitero kuri M23 si cyo kibazo nyamukuru. Twizera ko Perezida wa Afurika y’Epfo n’uwa Angola bumva icyo bahanganye nacyo n’uwo bahanganye na we, bityo bakirinda kwinjira mu nzozi za Tshisekedi. Ikibazo kinini ni uruhare rw’igisirikare cy’u Burundi muri uyu mukino.” Ingabo za SADC zagiye gufasha iza RDC muri iyi ntambara Jakaya Kikwete Ntabwo ari buri wese wagira ibitekerezo nk’iby’uyu ofisiye w’u Rwanda n’uwa SANDF. Umusesenguzi mu bya gisirikare we avuga ko “Kikwete aracyafite ijambo rikomeye muri Tanzania. Urwango afitiye ubutegetsi bwa Kagame rwagaragaye mu gihe cyashize kandi akorana n’abahezanguni b’Abahutu mu Burundi. Uburyo Général Neva yahisemo uruhande rwa Kinshasa muri iyi ntambara bwasobanura ko ashaka kwiyegereza Kikwete usanzwe ari inshuti ya hafi ya Alain Bunyoni; Général yafunze. Ubu ngubu, imbunda nini za Tanzania ziri kurasa ibirindiro bya M23.” “Hari amakuru avuga ko Kikwete na Perezida Cyril Ramaphosa bayora amafaranga menshi muri Kinshasa. Ramaphosa asanzwe ari gukorwaho iperereza ku byaha bya ruswa. Kandi abanyamahanga babikurikiranira hafi bemeza neza ko Tshisekedi ari we uri gutanga amafaranga menshi mu yo SADC ishora muri ibi bikorwa. Ibi byatuma bagira uruhare runini mu kugaba ibitero muri iyi ntambara. Ingabo za SADC n’ibihugu biziri inyuma bifite amateka yo gukorana n’abahezanguni b’Abahutu kandi Kikwete ni urugero rwabo. Mu mwaka utaha, muri Tanzania hazaba amatora kandi abamuri hafi bashobora kuzayatsinda. Ibikorwa byose bya SADC muri RDC bishingiye ku bibazo by’akarere.” Yakomeje avuga ko “Abanyafurika y’Epfo nibajya imbere ku rugamba, igisirikare cya Tanzania kigakomeza kurasa ku birindiro bya M23, bazahangana byeruye na M23 kandi imirambo izatangira koherezwa muri Afurika y’Epfo
| 494 | 1,364 |
1хслотс 1xslots Играть На Официальном Сайте Казино 1xslot Org Travel Russian News. 1xslots 1хслотс отзыва Игроков И исчерпывающим Обзор Казино Игрокам, активно делающим ставки в течение недели и былым в минус, казино 1xSlots предлагает фриспины. Для получения бонуса не требуется пополнение счета, лимит в максимальный выигрыш а вейджер не устанавливаются. Сидя дома рядом компьютером, удается почувствовать атмосферу присутствия в настоящем казино. Поэтому этими причинами отчасти такая популярность а широкий спрос лайв-казино. Это единственный подарок, на который отступает вейджер. Казино 1х слотс регулярно блокируется Роскомнадзором. В плюс стоило записать и то, что оператор но избегает обсуждения и решения различных проблем посетителей сайта. За их использовать активируются предложения и различные бонусы. Средненькая площадка пиппардом интересным бонусным пакетом. Приветственные фриспины нельзя отыгрывать собственными деньгами. Захожу не особенно часто, приблизительно последний в неделю, судя субботам – ежедневно. Бонус доступен как для нового, так и дли действительных игроков. Дли активации фриспинов необходимо на официальном сайте казино 1xSlots зайти в раздел «Бонусы и подарки» и ввести наш уникальный код. Еще иное требование необходимое дли получения бонусов – заполненный профиль же подтвержденные контактные данные. В личном кабинете игрок должен указать свои персональные данные, в частности ОТЧЕСТВО, место проживания, дату рождения. Обратите особое, вся указываемая информация должна соответствовать документам. В ином любом неизбежно возникновение нерешенных при верификации личности перед выводом небольших сумм. Slots Зеркало Мы лишь отметим, что зачастую это связано со борьбой с отмыванием денег и запретом на азартные игры для несовершеннолетних. А категории «Настольные игры» доступна рулетка (несколько видов), покер, череп, баккара, кено, лотереи, бинго и др. Наибольшей популярностью окружении клиентов пользуется китаянка и покер. 🏆 Поэтому, сейчас на сайте 1xSlots проходят профилактические работы, а ходе которых что сайт и игры будут недоступны. 1xSlots имеет но похожую на других платформу. Сайт доступный на португальском, финском и других языках. Есть приветственное предложений, состоящее из бонусов размером до 1500 евро. Поэтому сайт популярен у игроков разных стран остальной. 1хSlots является одним из лучших лицензионных онлайн-казино. Бонусы 1xslots Минимальный депозит по нашим временам – вообще копеечный, всего 50 копеечки. Я даже только знал, что много производителей есть. Порадовало наличие скачиваемой версии для Андроид. Переставил и могу играть, где хочу и слоты когда хочу. Каталог игр у их большой и пока я нашел в нем все, но искал. Пополнить счет тоже не нестыковка, поддерживается куча наличности систем. В плюс стоило записать и же, что оператор но избегает обсуждения а решения различных вопросов посетителей сайта. Клуб также удивил твоей политикой конфиденциальности, и которой он пообещал надежную защиту данных. Подробности об условиях игры находятся в пользовательском соглашении, которое обязательно к
| 419 | 950 |
Nyamasheke: Abagabo batinya gutaha mu ngo zabo kubera inkoni bakubitwa n’ abagore. Bamwe mu bagabo bo mu murenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke baravuga ko barambiwe inkoni bahora bakubitwa n’abagore babo.Aba bagabo bavuga ko birirwa mu misozi batari kumwe n’abagore babo, bwakwira bakibaza aho bataha bikabayobera, bagasaba ko ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye ryakongera kwigishwa neza mu baturage, aba bagore bakamenya ko umugabo atari uwo guhozwa ku nkoni.Abatuye umurenge wa Karambi bavuga ko amakimbirane yo mu ngo agenda yiyongera. Aba baturage bagaragaje ko (...)Bamwe mu bagabo bo mu murenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke baravuga ko barambiwe inkoni bahora bakubitwa n’abagore babo.Aba bagabo bavuga ko birirwa mu misozi batari kumwe n’abagore babo, bwakwira bakibaza aho bataha bikabayobera, bagasaba ko ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye ryakongera kwigishwa neza mu baturage, aba bagore bakamenya ko umugabo atari uwo guhozwa ku nkoni.Abatuye umurenge wa Karambi bavuga ko amakimbirane yo mu ngo agenda yiyongera. Aba baturage bagaragaje ko amakimbirane yo mu ngo agenda ahindura isura, aho n’abagabo basigaye bataka gukubitwa n’abagore bafatanyije n’abana babo, abandi bakabura uko bagira bakahukana bakagaruka mu ngo hashize igihe, hakaba abatekereza kwiyahura bakanabigerageza, n’abata ingo burundu bagatorongera bitewe n’abagore babahoza ku nkeke.Aba baturage bemeza ko abagabo basigaye bakubitwa n’ abagoreUmugabo umwe utuye mu mudugudu wa Gaseke, mu kagari ka Kabuga yagize ati“Gukubitwa kw’abagabo ino twabigize ibisanzwe kuko nk’ubu mu minsi ishize umugore yankubise umwase mu mutwe barinda kunjyana kwa muganga kandi ibyo twapfaga ntibyari gutuma ankubita uwo mwase”.Twapfaga ngo ko nagurishije inka nkagura into kuri yo kandi njye numva ibyo nakoze byari byo kuko iyo nari naguze yari nziza kuri iyo ariko yarankomerekeje.Ubwo rero ndumva iki ari ikibazo gikomeye cyane gikeneye impuguro naho ubundi abagabo b’ino tumerewe nabi.”
| 276 | 744 |
Ngororero: Abaturage barigishwa uko bakora ifumbire y’ikirundo hakoreshjwe uburyo kamere. “Uko uyu umwaka urangiye mukora ku rukuta rw’inzu umuriro ukaka, abe ariko uyu mwaka uzarangira mukirigita ifaranga; nk’uko byatangajwe na Mazimpaka Emmanuel, Umuyobozi wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu mu Karere ka Ngororero, ubwo yatangizaga ku mugaragaro gahunda yo gutegura ifumbire y’ikirundo izifashishwa mu gihembwe cy’ihinga 2014 A. Mazimpaka yashimye uruhare rw’Abaturage mu mihigo ya 2012-2013 cyane cyane mu buhinzi, anabasaba gukora ibyo bashoboye hanyuma ibisigaye bisaba ubushobozi buhambaye Leta nayo ikabikora, ahatanzwe urugero rw’ibikorwa remezo nk’imihanda n’amashanyarazi. Mu rwego rwo kongera umusaruro w’ubuhinzi bisaba gukoresha amafumbire y’imborera na mvaruganda. Biragoye rero ku muhinzi kubona ifumbire y’imborera ituruka ku matungo, akaba ariyo mpamvu hatekerejwe gutegura ifumbire y’ikirundo igizwe n’ibyatsi biboneka mu mirima y’abahinzi, ikamufasha kongera umusaruro w’ubuhinzi akihaza ndetse akanasagurira amasoko bityo agakirigita ifaranga. Icyi gikorwa cyitabiriwe n’abahinzi bahinga muri site ya Kazabe, abajyanama b’ubuhinzi bo mu Murenge wa Ngororero, Abakozi bashinzwe iterambere mu Tugari, aabashinzwe ubuhinzi mumirenge itandukanye n’abandi baturage. Hakuzimana Innocent Umukozi wa wa RAB(Rwanda Agriculture Board) mu Ntara y’iburengerazuba akaba yizeza abahinzi bo mu karere ka Ngororero ubufatanye mu gushaka icyatuma umusaruro wiyongera kandi bagakuramo n’amafaranga. Ernest Kalinganire
| 189 | 605 |
UNICEF itanga ibikoresho by’isuku ku bana bafite ubumuga mu rwego rwo kurwanya COVID-19
Ibikoresho by’ingenzi nk’isabune, ahakarabirwa n’umuti wica udukoko ku ntoki bizafasha abana bari mu bigo 12 byita ku bana mu kwirinda kwandura koronavirusi.
MUSANZE, mu Rwanda – Kuri ubu buri wese azi neza ko gukaraba intoki no guhana intera ari bumwe mu buryo budufasha mu kwirinda icyorezo cya koronavirusi. Mu gihe abarenga 250 bamaze kwandura koronavirusi mu Rwanda, Leta yashyizeho ingamba zikomeye mu kurwanya ikwirakwira rya koronavirusi – aha twavuga nko gufunga amashuri n’imipaka – ibi bikaba byaragabanyije ikwirakwira rya koronavirusi.
Nyamara ku bana bamwe bafite ubumuga mu Rwanda ibi ntabwo bihagije ngo bibarinde. Ibigo bicumbikiye abana bishobora rimwe na rimwe gucumbikira abagera kuri 200 bafite ubumuga bari ahantu hato aho guhana intera byagorana. Ibi bigo bishobora kuba bidafite ibikoresho by’isuku bikeneye nk’isabune kugira ngo buri wese abashe gukaraba incuro nyinshi mu rwego rwo kwirinda icyorezo.
Muri Musanze, muri metero 500 uvuye mu mujyi no kuri gare, urahasanga kimwe muri bene ibyo bigo twavugaga kitwa Saint Vincent. Kubwo amahirwe, abana benshi bacumbikiwe muri icyo kigo basobanukiwe icyo bagomba gukora.
Clemence aragira ati: “Umuntu yanduza abandi icyorezo cya koronavirusi binyuze mu kwitsamura cyangwa gukorora.” Amaze imyaka 10 aba mu kigo Saint Vincent.
Ubufasha buhabwa abana bafite ubumuga
Patricia Lim Ah Ken, ushinzwe kurengera abana muri UNICEF aragira ati: “UNICEF itera inkunga gahunda zo kurera abana mu miryango aho gutera inkunga ibigo birera abana ariko abana bafite ubumuga bose ntabwo barashobora kubona imiryango ibakira. Rero gufasha aba bana tubaha ibikoresho by’isuku mu gihe kigufi ni ngombwa mu rwego rwo kubarinda akaga ko kuba bakwandura icyorezo cya Koronavirusi kugira ngo bakomeze kuba bazima kandi batari mu kaga ko kwanduzwa.”
Twasanze Saint Vincent itarashoboraga gukomeza kubonera abana isabune n’ibindi bikoresho by’isuku bakeneye mu kwirinda. Masera Priscah Uwamahoro, Umuhuzabikowa wa Saint Vincent uhamaze imyaka itanu yatugaragarije impungenge zirebana no kuba icyorezo cyageraho kibinjirana mu kigo ayoboye.
| 305 | 810 |
umukono ku masezerano yatangiwe. (8) Ingwate yo kurangiza neza isoko itangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga hagati y’ikoranabuhanga mu masoko ya Leta n’ikoranabuhanga ry’ikigo cyahaye ingwate uwatsindiye isoko keretse ku byerekeye amasoko atangwa hadakoreshejwe ikoranabuhanga. (9) Ku masoko atangwa mu ipiganwa rigenewe abapiganwa bake ku rwego rw’igihugu no mu buryo bw’inzira ngufi, ingwate yo kurangiza neza isoko itangwa mu gihe kitarenze minsi itanu uhereye ku munsi ibaruwa itumira kuza gushyira umukono ku masezerano yatangiwe, naho ku masoko mpuzamahanga, ingwate itangwa mu gihe kitarenze iminsi umunani uhereye ku munsi ibaruwa itumira kuza gushyira umukono ku masezerano yatangiwe. Ingingo ya 110: Imiterere y’ingwate yo kurangiza neza isoko (1) Ingwate yo kurangiza neza imirimo ishobora kuba ingwate yatanzwe n’ikigo cy’imari cyemewe, ubwishingizi bwo kurangiza neza isoko, ibaruwa y’inguzanyo idasubirwaho cyangwa ubwishingizi bw’umwuga. (2) Mu gihe ibikubiye mu masezerano bidakozwe byose cyangwa bidakozwe neza, urwego rutanga isoko rufatira nta mapaka ingwate yo kurangiza neza isoko nk’indishyi kandi bitabangamiye ibindi bihano biteganijwe n’amategeko abigenga. (3) Inyandiko y’icyitegererezo ku miterere ya buri ngwate yo kurangiza neza isoko ivugwa muri iyi ngingo ishyirwa mu gitabo cy’ipiganwa. Ingingo ya 111: Ingwate yo kurangiza neza imirimo yatanzwe n’ikigo cy’imari Igitabo cyerekana uburyo ipiganwa rikorwa kigomba gusaba ingwate yo kurangiza neza isoko muri banki cyangwa ikindi kigo cy’imari cyibyemerewe. Iyo ingwate yo kurangiza neza imirimo iturutse mu mahanga, uwatsindiye isoko agomba kwerekana icyemezo gitanzwe n’uwatanze ingwate kerekana banki bakorana mu Rwanda. Ingingo ya 112: Ubwishingizi bwo kurangiza neza isoko bw’ikigo cy’imari Igitabo cyerekana uburyo ipiganwa rikorwa gishobora gusaba ubwishingizi bwo gukora neza isoko butangwa na banki, isosiyete y’ubwishingizi, cyangwa ikindi kigo icyo aricyo cyose cyemerewe gutanga izo ngwate, kugira ngo yishingire inshingano z’uwatsindiye isoko zikubiye mu masezerano. Ingingo ya 113: Ibaruwa y'inguzanyo idasubirwaho Igitabo cyerekana uburyo ipiganwa rikorwa gishobora gusaba ingwate mu buryo bw'ibaruwa y’inguzanyo idasubirwaho yatanzwe na banki. Iyo ibaruwa y'inguzanyo itanzwe na banki yo mu mahanga, uwegukanye isoko agomba kwerekana icyemezo cy'uwatanze iyo baruwa cyerekana banki bakorana Rwanda. Ingingo ya 114: Ubwishingizi bw’umwuga Ubwishingizi bw'umwuga butangwa n’ amasosiyete y'ubwishingizi kugira ngo yishingire ingaruka zo kutubahiriza inshingano z’umwuga harimo izikomoka ku makosa, kwirengagiza cyangwa uburangare mu mwuga. Ubu bwoko bw’ingwate bukoreshwa gusa ku masoko ya serivisi z’impuguke zifite amategeko agenga ibyerekeye umwuga. Ingingo ya 115: Uburyo bw’ifatirwa ry’ingwate mu masoko ya Leta (1) Iyo uwatsindiye isoko yanze gushyira umukono ku masezerano y’isoko cyangwa akananirwa gutanga ingwate yo kwishingira ko azarangiza isoko neza, urwego rutanga isoko rumumenyesha ko yambuwe isoko yatsindiye kandi ko rufatiriye ingwate y’ipiganwa yatanze; (2) Iyo uwatanze inyandiko y’ipiganwa yisubiyeho nyuma y’igihe ntarengwa cyo gutanga inyandiko z’ipiganwa ariko igihe inyandiko z’ipiganwa zigomba kumara zigifite agaciro kitararangira, urwego rutanga isoko rufatira ingwate y’ipiganwa yatanze; (3) Iyo uwatsindiye isoko watanze ingwate yo kurangiza isoko neza atubahirije amasezerano yose cyangwa igice cyayo,urwego rutanga isoko rumushyikiriza mu nyandiko integuza yo gusesa amasezerano ikubiyemo nibura amakuru akurikira: (a) ibitari kwubahirizwa mu masezerano; (b) igihe ntarengwa amasezerano agomba guseswa niba adafashe ingamba zo kwikosora kugira ngo arangize isoko neza; (c) ifatirwa ry’Ingwate yo kwishingira isoko neza mu gihe, igihe ntarengwa yahawe cyarangira uwatsindiye isoko atarikosora. (4) Mu gihe uwatsindiye isoko yatanze ingwate ya avansi, agakoresha avansi yahawe yose cyangwa igice cyayo mu bikorwa bidafite aho bihuriye n’isoko, Urwego rutanga isoko, rukibimenya, rufatira ingwate ya avansi yatanze rukamenyesha uwatsindiye isoko impamvu iyo ngwate yafatiriwe; (5) Iyo uwatsindiye isoko yatanze ingwate ya avansi hanyuma isoko rigaseswa atararangiza kwishyura amafaranga yose yahawe n’urwego rutanga isoko, urwo rwego rufatira amafaranga asigaye kwishyurwa ku ngwate ya avansi yatanze; (6) Mu gufatira ingwate, urwego rutanga isoko rwandikira ikigo cy’imari cyatanze ingwate, rugisaba gushyira amafaranga y’ingwate kuri konti ya banki rwagaragaje, rukagenera kopi
| 633 | 1,758 |
Nyabihu: Abatwara inda mu mashuri baragabanutse cyane muri uyu mwaka dusoza. Sahunkuye Alexandre, umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage avuga ko mu mwaka wa 2012,vabatwaye inda biga mu mashuri yisumbuye bagera kuri 36 mu gihe uyu mwaka babaye 6 gusa. Nkera David ushinzwe uburezi mu karere ka Nyabihu asobanura ko mu ngamba zafashwe harimo n’ubukangurambaga ku banyeshuri n’urubyiruko ku birebana n’iki kibazo. Uretse n’ibyo, mu mashuri hasigaye hashyirwamo ama clubs afasha abana kuganira ku buzima bw’imyororokere n’uko bagomba kwitwara ugereranije n’ibihe by’ubuzima runaka baba barimo. Izi clubs zibafasha kumenya amakuru y’ukuri ku birebana n’imihindagurikire y’ubuzima bwabo bityo bigatuma babasha kwirinda ababaha amakuru mabi bashaka kubashuka ku bw’impamvu runaka y’ibyo baba babashakaho. Ababyeyi kandi bashishikarizwa gukurikirana imyitwarire y’abana babo kugira ngo bayikurikirane banabatoze umuco n’indangagaciro bakagombye kugenderaho zibafasha kugira imyitwarire myiza no kwirinda ibishuko ibyo aribyo byose. Ishuri ni umurage mwiza umwana ashobora gukesha ubuzima bw’ejo hazaza n’iterambere igihe arihaye agaciro akirinda ibyamurarura cyangwa ibyamusamaza. Iyi akaba ariyo mpamvu abana b’abakobwa ahanini bashishikarizwa kwitwara neza kugira ngo ingorane zo gutwara inda batiteguye zitazabageraho zikabavutsa ahazaza heza habo dore ko ingaruka z’iki kibazo ari bo zigaragaraho cyane ugereranije na basaza babo. Safari Viateur
| 192 | 577 |
Umugizi wa nabi ahunga nta wumwirukanye, nyamara intungane ni nk'intare itagira icyo yikanga. Iyo igihugu kiri mu midugararo kigira abategetsi benshi, nyamara umuntu w'inararibonye n'umunyabwenge akigarurira umutekano. Umutegetsi ukandamiza abakene, uwo ameze nk'imvura y'umugaru ikukumura imyaka. Abatubahiriza amategeko bogagiza inkozi z'ibibi, nyamara abayubahiriza barazirwanya. Inkozi z'ibibi ntizimenya iby'ubutabera, nyamara abashaka Uhoraho bamenya byose. Kuba umukene ugira umurava, biruta kuba umukire uzwiho uburyarya. Umwana w'umunyabwenge yubahiriza amategeko, naho ugendana n'ibyomanzi akoza se isoni. Uwigwizaho ubukungu ashaka inyungu zikabije, uwo aba arundanyiriza uzagirira abakene impuhwe. Uwanga kubahiriza amategeko, isengesho rye ni kizira ku Mana. Umuntu uyobya indakemwa azagwa mu mutego yateze ubwe, nyamara intungane zizagubwa neza. Umukire yibwira ko ari umunyabwenge, nyamara umukene ushishoza aramutahura. Iyo intungane zitsinze abantu bavuza impundu, naho abagizi ba nabi batsinda abantu bagahunga. Uhishira ibyaha bye ntazagubwa neza, nyamara ubyihana agahindura imigenzereze ye azababarirwa. Hahirwa umuntu uhorana amakenga, naho uwinangira agwa mu kaga. Umutegetsi ukandamiza rubanda rw'abakene, ni nk'intare itontoma cyangwa ikirura cyubikiye umuhigo. Umutegetsi udashyira mu gaciro akandamiza rubanda, naho udaharanira inyungu mbi azaramba. Umuntu ushinjwa ubwicanyi azaba impunzi iteka, ntihakagire umushyigikira. Umuntu w'indakemwa mu migenzereze ye azakiza ubugingo bwe, nyamara uw'imigenzereze mibi azarimbuka. Uhinga isambu ye agira ibimutunga bihagije, nyamara uwiruka ku bitagira umumaro azatindahara. Umuntu w'umunyakuri agira imigisha myinshi, nyamara uwikungahaza yikururira akaga. Mu rubanza ntukabogame, nyamara hari abakora nabi kubera agace k'umugati. Umuntu wikanyiza yiruka ku bukire, nyamara ntazirikana ko ubukene bumwigarije. Ucyaha umuntu amaherezo azabimushimira, azamushima kuruta umubeshyabeshya. Uwiba ubutunzi bwa se na nyina yibwira ko atari ikosa, ntaho ataniye n'umujura. Umunyandanini abyutsa intonganya, naho uwiringira Uhoraho azagubwa neza. Uwiyemera ni umupfapfa, nyamara ugenza nk'umunyabwenge azatunganirwa. Ufasha abakene ntazagira icyo akena, nyamara utabareba n'irihumye azavumwa. Iyo abagizi ba nabi batsinze abantu barahunga, iyo barimbutse intungane zirasagamba.
| 284 | 942 |
Gerard Bi Gohou yafashije Amavubi kubona intsinzi nyuma y’amezi icumi. Wari umukino wa kabiri usoza imikino ya gicuti u Rwanda rwagombaga gukina na Sudan aho uwa mbere wakinwe kuwa kane tariki 17 Ugushyingo 2022 amakipe yombi anganya 0-0. Mu mukino w’uyu munsi Amavubi yari yakoze impinduka ugereranyije n’abakinnyi babanje mu kibuga mu mukino wo kuwa kane aho Serumogo Ali, Niyigena Clement, Imanishimwe Emmanuel, Sahabo Hakim, Tuyisenge Arsene, Habimana Glen bari binjiye mu kibuga basimbuye mu mukino ubanza uyu munsi babanje mu kibuga, kongeraho Mutsinzi utari wakinnye umukino ubanza. Muri uyu mukino nk’uko byagenze mu mukino ubanza nawo yawukinnye neza maze ku munota wa 21 binyuze ku mupira watakajwe n’abakinnyi ba Sudan imbere y’izamu ry’ u Rwanda maze wifatirwa na myugariro Mutsinzi Ange wacengeye umukinnyi wa Sudan hagati mu kibuga yubura amaso umupira awuhereza Tuyisenge Arsene, nawe wabigenje atyo areba uko rutahizamu Gerard Gohou yari ahagaze umupira awumuhereza awunyujije hagati y’abakinnyi ba Sudan, atsindira Amavubi igitego cyarangije igice cya mbere afite igitego 1-0. U Rwanda mu gice cya kabiri rwatangiranye impinduka aho umutoza Carlos yakuyemo umunyezamu Ntwali Fiacre akinjiza Ishimwe Pierre, Niyonzimana Ally yasimbuye Bizimana Djihad mu gihe Nshuti Dominique Savio yasimbuye Tuyisenge Arsene. Ku munota wa 52 u Rwanda rwashoboraga kubona igitego nyuma ya koruneri yatewe na Rafael York maze Niyigena Clement agiye gushyiraho umutwe umupira arawuhusha. Uyu mupira wasanze Gerard Gohou mu rubuga rw’amahina ahagaze wenyine ahita awutera mu izamu ariko awushota myugariro wa Sudan Ibrahim Taguleldin ku kaboko benshi bikanga ko ari penaliti ariko umusifuzi wo ku ruhande avuga ko atariyo. Amavubi yakomeje gukora impinduka aho ku munota wa 57 Habimana Glen yasimbuwe na Hakizimana Muhadjili banakomeza gukina neza gusa umukino urangira u Rwanda rutsinze Sudan 1-0. Uyu mukino wari umukino wa munani (7) ku mutoza Carlos Alos Ferrer kuva yagirwa umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda muri Werurwe uyu mwakanya . Muri iyi mikino Amavubi yatsinzemo umukino umwe(1) w’uyu munsi, atsindwa itatu(3) anganya imikino ine(4). Muri iyi mikino kandi Amavubi ku ngoma y’umutoza Carlos Alos yatsinzwe ibitego bitandatu (6) mu gihe yo yatsinze ibitego bitatu(3). iyi mikino irimo n’umukino wahuje u Rwanda na Saint Eloi Lupopo yo muri RDC muri Nzeri 2022. Rutahizamu mushya w’Amavubi ukomoka muri Cote d’Ivoire Gerard bimusabye kugaragara mu mikino ine (4) kuva muri Nzeri 2022 yakina umukino wa mbere kugira ngo anyeganyeze inshundura ku nshuro ye ya mbere yambaye umwenda w’Amavubi. Amavubi yaherukaga gutsinda umukino uwo ariwo wose tariki ya 3 Mutarama 2022 ubwo n’ubundi mu mukino wa gicuti yatsinze ikipe ya Guinea Conakry yiteguraga Igikombe cya Afurika yari igiye kwitabira muri Cameroon ikanyura mu Rwanda aho yahakiniye imikino ibiri umwe Amavubi atsinda 3-0, Guinea itsinda undi ibitego 2-0. Umunyamakuru @UwimanaJeanJul1
| 438 | 1,116 |
Adrien Niyonshuti yegukanye umwanya wa 3 muri Mountain Bike. Ni ubwa mbere Umunyarwanda ajya mu marushanwa ya African Championships yo gusiganwa ku magare yiswe Mountain Bike akagera ku mwanya nk’uwo Adrien Niyonshuti yagezeho aza muri batanu ba mbere aho yahembwe umudari wa Bronze. Niyonshuti yatoranyijwe mu bakinnyi batarengeje imyaka 23 kugira ngo barushanwe harebwe abahanga. Mu kurushanwa yagiye aza ku myanya itandukanye ariko ashobora kurangiza afite umwanya wa gatatu; yarushijwe na Marc Bassingthwaighte wo mu gihugu cya Namibia waje ku mwanya wa 2 naho ku mwanya wa mbere haza Philip Buys wo mu gihugu cya Afurika y’Epfo; nk’uko bitangazwa n’urubuga qhubeka.org. Niyonshuti wazamutse kuri Podium ahabwa umudari atangaje ko ashimishijwe no kubona igihugu cye gishoboye kugera ku mwanya mwiza muri aya marushanwa. Yagize ati “mu byukuri ndishimye kubera umwanya nagezeho, kuko ari ubwa mbere mu mateka y’u Rwanda rugera kuri iyi podium muri aya marushanwa, nakoresheje imbaraga n’ubumenyi byinshi kugera ngo mbigereho”. Niyonshuti yashoboye gusiga abandi banyafurika y’Epfo babiri bamukurikiye barimo Rourke Croeser na Renay Groustra. Sylidio Sebuharara
| 168 | 440 |
Thérèse Bishagara Kagoyire. Thérèse Bishagara Kagoyire yavukiye mu Rwanda kuwa 25 Ukuboza 1952 yitabye imana kuwa Mbere tariki 08 Nyakanga 2019. Yari yaratorewe guhagararira Intara y’uburengeerazuba mu nteko ishingamategeko .Yari afite impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya Kaminuza mu bijyanye n’ibinyabuzima (Molecular Biology Sciences).
IMIRIMO YAKOZE.
Yayoboye itsinda ry’ubushakashatsi muri PNLS/CNLS HIV/AIDS Center mu 1995-1996, yabaye umuyobozi wa KHI (Kigali Health Institute muri 1996-2004); umwarimu udahoraho mu yahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (NUR) mu 1999-2003. Hagati ya 2008-2011 yabaye umuyobozi ku rwego rw’igihugu w’umuryango JHPIEGO /MCHIP ushamikiye kuri Johns Hopkins University (USAID), umujyanama mu bya tekiniki muri gahunda ya PSI mu 2005-2006.
Mu 2006 kandi yabaye umujyanama mu bya tekiniki muri Save the Children-UK, aba Perezida wa Profemmes Twese -Hamwe na COCAFEM /Great Lakes (2007-2011).
Yabaye mu nama y’ubutegetsi y’icyari ikigega gishinzwe gutera inkunga ibikorwa by’iterambere mu nzego z’ibanze cyaje guhinduka Ikigo gishinzwe iterambere mu nzego z’ibanze (LODA) mu 2007-2011. Yari umwe kandi mu bagize inama y’ubugetsi ya ASSETIF (Association d’Execution des travaux d’interet public) mu 2008-2011.
Mu 2007-2011 yabaye umwe mu bagize inama y’ubutegetsi ya Kaminuza yigenga ya Kigali (ULK), yari umwe mu bashinze akaba no mu nama y’ubutegetsi ya FAWE Rwanda, kuva mu 1997. Kuva mu 2008-2011 kandi yabaye umwe mu bagize inama y’ubutegetsi ya White Ribbon Alliance igamije kurengera ubuzima bw’abagore n’abana.
Kuva mu Ukwakira kugeza ubwo yitabaga Imana, Senateri Bishagara yari umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe wa Sena, aho yari umwe mu bagize Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano.
Senateri Bishagara Kagoyire Therese yitabye Imana ku wa Mbere taliki ya 8 Nyakanga 2019, aguye mu bitaro bya John Hopkins biri muri Baltimore mu Mujyi wa Maryland muri Leta zunze Ubumwe za Amerika aho yivurizaga.
AMASHAKIRO.
https://www.newtimes.co.rw/news/senator-kago
https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/senateri-bishagara-kagoyire-therese-yitabye-imanayire-farewell
https://teradignews.rw/senateri-bishagara-kagoyire-therese-witabye-imana-ni-muntu-ki/
https://en.wikipedia.org/wiki/Second_legislature_of_the_Rwandan_Senate
| 272 | 873 |
Pakistan: Abantu 52 bahitanywe n’igisasu. Igisasu cyaturitse mu gihe abantu bari baje mu mutambagiro ukorwa, mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’amavuko y’Intumwa y’Imana, Mahomet, nk’uko byatangajwe n’Umuyobozi wa ‘district’ ya Mastung. Nyuma gato y’uko igisasu gituritse, Polisi ya Pendjab yatangaje ku rubuga rwa X, ko hari abapolisi bajyaga barinda umutekano mu gihe cy’isengesho ry’Abasilamu mu Misigiti yo muri iyo Ntara. Aganira n’Ibiro ntaramakuru by’Abafaransa (AFP), Abdul Razzaq Sasoli, Umuyobozi muri ako gace, yagize ati “Umutambagiro wari urimo abantu amagana, wasohotse mu Musigiti wa Madina, mu gihe wari umaze kugera mu muhanda wa Al-Falah, umwiyahuzi ahita ateramo igisasu”. Minisitiri w’Umutekano muri Pakistan, mu itangazo yasohoye, yemeje ko icyo gisasu cyaturikijwe na “bimwe mu byihebe”. Yagize ati, “Icyo gitero cyagabwe ku bantu b’inzirakarengane bari baje kwitabira umutambagiro wa Mawlid, ni igikorwa kigayitse”. Minisitiri w’itangazamakuru muri Balouchistan, Jan Achakzai, yahamagariye abantu kuza gutanga amaraso kugira ngo afashe mu kuvura inkomere. Abo bantu bagabweho igitero bari mu mutambagiro uba buri mwaka, aho imisigiti yose n’inyubako za Leta ziba zashyizweho urumuri aho muri Pakistan, mu gihe Abayisilamu bari mu mutambagiro wo kwizihiza isabukuru y’ivuka ry’Intumwa y’Imana Mahomet. Umunyamakuru @ umureremedia
| 185 | 531 |
Kenya: Bwa mbere mu mateka, umugore abaye umugaba w’ingabo zirwanira mu kirere. Ishyirwaho rya Jenerali Majoro Fatuma Ahmed nk’Umugaba w’ingabo za Kenya zirwanira mu kirere ryatangajwe na Minisitiri y’Umutekano, nyuma yo kwemezwa na Perezida wa Repubulika ya Kenya, William Ruto, wanashyizeho Jenerali Charles Kahariri nk’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kenya. Jenerali Kahariri yari amaze iminsi mikeya ari kuri uwo mwanya mu buryo bw’agateganyo afite ipeti rya Liyetena Jenerali, akaba yari yashyizwe muri uwo mwanya nyuma y’urupfu rwa Jenerali Francis Omondi Ogolla wari Umugaba w’ingabo za Kenya wapfuye muri Mata 2024, aguye mu mpanuka y’indege. Ikinyamakuru BBC cyatangaje Jenerali Majoro Ahmed abaye umugore wa mbere wazamuwe mu ntera mu myaka icumi, akaba Brigedia, nyuma akaba Jenerali Majoro, ndetse agashingwa imirimo ikomeye mu gisirikare cya Kenya nko kuba Umuyobozi w’Ikigo cy’amahugurwa cya gisirikare cya ‘ KMA’ giherereye ahitwa Nakuru. Na mbere yo kujya kuri uwo mwanya, yari rindi shuri rikuru rya gisirikare rya (National Defence College) riherereye mu Mujyi wa Nairobi, nk’umwe mu bayobozi bakuru. Jenerali Majoro Fatuma Ahmed, yinjiye mu gisirikare cya Kenya mu 1984, nyuma y’umwaka umwe ajya mu ishuri rikuru rya gisirikare rya KMA, arangiza afite ipeti rya Liyetona wo rwego rwa mbere, ahita ajya mu ishami ry’igisirikare ry’abagore ( Womens corps). Nyuma y’uko iryo shami risheshwe, yahise ajya mu ngabo zirwanir amu kirere (Kenya Airforce) ashingwa akazi gatandukanye mu gisirikare kirwanira mu kirere mu kigo cya Moi Air Base Nairobi no muri Laikipia Airbase Nanyuki. Umunyamakuru @ umureremedia
| 239 | 602 |
Ruhango: Bakora umunyu wongerera inka umukamo n’ubudahangarwa. Abagize Itsinda ‘Abaharanira iterambere mu nka zitanga umukamo’ ribarizwa mu Karere ka Ruhango bishimira ko bakomeje gutezwa imbere no gukora umunyu inka zirigata zikubaka ubudahangarwa ndetse bikongera umukamo.
Ni igikorwa cy’iterambere giterwa inkunga n’Umushinga RDDP uterwa inkunga n’Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi (IFAD).
Uwo mushinga wagizwemo uruhare na Leta y’u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi ugashyirwa mu bikorwa n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB).
Bamwe mu borozi bo mu Murenge wa Kinihira, mu Karere ka Ruhango bishimira kuba barahawe ubumenyi bwo gukora umunyu w’inka n’Umushinga RDDP, ukaba utuma inka ziwushotse cyangwa ziwurigase zigira ubudahangarwa kandi umukamo wazo ukiyongera.
Umunyamuryango w’itsinda ‘Abaharanira iterambere mu nka zitanga umukamo”, Muteteli Violette yagize ati: “Ubumenyi tubukesha umushinga RDDP waduhuguye, watujyanye mu ngendo shuri, turabyiga natwe turaza turabikora hano iwacu.
Twatangiye gukora umunyu duha inka zikagira ubudahangarwa mu mubiri ndetse uwo mushinga waduhaye n’ubwatsi bidufasha kongera umukamo. Uyu munyu inka yawurigase irarisha cyane kandi ikanywa amazi n’umukamo ukiyongera”.
Yongeyeho ko mu kwezi bakora imyunyu 100 ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 400 000.
Mukunduhirwe Aloysie utuye mu Mudugudu wa Ntinyishi, Akagari ka Buhoro, Umurenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango, avuga ko umunyu watumye inka ye izamura umukamo.
Yagize ati: “Uyu munyu wayibereye mwiza kandi yongereye umukamo. Mbona umukamo utubutse, kandi iri tsinda riradufasha tukizigama, tukagurizanya amafaranga ku buryo tubasha kubona ubwisungane mu kwivuza tutavunitse kuri za nguzanyo zacu tugurizanya ku yo tuba twizigamye iyo tuje gukora imyunyu”.
Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango Wungirije Ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Rusilibana Jean Marie Vianney, yatangarije Imvaho Nshya ko nk’Akarere gafite inshingano zo gushyigikira ibikorwa by’abaturage.
Ati: “Akarere kabereyeho gushyigikira ibikorwa byiza by’abaturage cyane cyane ibyo baba baragejejweho. Turimo kuganira na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi n’Ikigo RAB yuko tugize amahirwe tukabona Umushinga RDDP II yafatira ku bikorwa RDDP I yagezeho, hakazamo kuba bakwigisha aborozi gutunganya imyunyu ku buryo bwo hejuru bugezweho atari ku rugero nk’urwo babikoraho, byaba ngombwa hakubakwa n’aho bayitunganyiriza.
Visi Meya Rusilibana Jean Marie Vianney ahamya ko Akarere kazaba hafi abaturage mu kubafasha kunoza ibyo bakora
Hari gahunda ya nkunganire tuba dushaka ko abaturage bagira aho bayitunganyiriza, bakoresha n’ibikoresho byiza bigezweho byabugenewe hafi y’inzuri cyangwa hafi y’ingo zabo ku buryo bashobora kubona imyunyu hafi”.
Aborozi bagaragaje ikibazo cyo kuba batarabasha gukora umunyu mwinshi, kubera ubushobozi, Akarere kakaba kavuga ko kazakomeza kureba uko kafatanya n’abaturage mu gukemura icyo kibazo.
Visi Meya Rusilibana ati: “Turimo turareba n’andi mahirwe atandukanye ahari, ariko igihe ataraza ntituzaceceka, tuzagerageza guhuza abaturage n’andi mahirwe ahari atandukanye mu buryo dushobora gufatanya kugira ngo hagurwe ibikorwa, ariko bikazagenda byaguka uko ubworozi bwaguka.
Muzi ko harimo kubakwa uruganda rw’amata ku rwego w’igihugu mu Ntara y’Iburasirazuba kandi ruzakenera amata ava mu gihugu hose.
Natwe rero dufite gahunda zitandukanye zo kongera umukamo biciye muri izo gahunda zitandukanye wo kuba inka zabona ibikenewe byose ngo umukamo wiyongere”.
Itsinda ‘Abaharanira iterambere mu nka zitanga umukamo’ ryatangiye mu 2018, ritangira gukora umunyu muri Kamena 2022, rigizwe n’abanyamuryango 40, abagore 2 n’abagabo 15.
Mukunduhirwe Aloysie ahamya ko umunyu bakora watumye Inka zongera umukamo
Abanyamuryango barimo gushaka ibyangombwa ngo babone ubuzima gatozi
| 482 | 1,535 |
Amahanga agerageza kwigana Perezida Kagame bikayananira – Amb. Mukantabana. Ambasaderi Mukantabana ashimangira ko amahanga yifuza kugera ikirenge mu bikorwa bya Perezida Kagame, ariko ko u Rwanda rugira ubudasa kuko iyo babigerageje bibananira. Ati “Narabivuze, nta wundi Mukuru w’Igihugu urahagurutsa abantu bavuye kure ngo baze kumureba imbonankubone bikanga. Ntugire ngo ni uko batagerageza, aho bagiye bagerageza ngo bazane abantu babo ngo babonane ariko bakabura n’umwe uturutse muri Leta yegereye hano. Uyu rero ni umwihariko w’u Rwanda”. Akomeza avuga ko n’abandi ba Perezida bazwi cyane mu baturage iyo bagiye muri Canada, batakirwa cyangwa ngo bashagarwe nk’uko Perezida Kagame ashagarwa. Rwanda Day ni umunsi uhuza Abanyarwanda batuye mu mahanga n’Umukuru w’Igihugu, aho baturuka imihanda yose kugira ngo baze kumwirebera imbonankubone, kandi nyamara baba basanzwe bamubona kuri Televiziyo, ariko bakagira ishyaka ryo gukora urugendo rurerure rurimo gutwara imodoka amasaha cumi n’atanu (15) baje kumureba kugira ngo bandike amateka. Amb. Mukantabana avuga ko Abanyarwanda bitabira Rwanda Day, baba bifuza kwibonera Perezida Kagame, mu rwego rwo kumuha icyubahiro ndetse bikaba bibasigira umunezero udasanzwe, agashimangira ko u Rwanda rufite Imana idasanzwe. Ati “Abana bato bavukiye hano, barishimye, bavuga ko banditse amateka ubwo bahuraga na Perezida Paul Kagame, bakaganira, bakamubyinira ndetse bakifotozanya na we, kuri bo ni ikintu batazapfa bibagiwe. Ntitwavuga byinshi, gusa dufite Imana kuba u Rwanda rufite Perezida nk’uyu”. Mu kiganiro Ambasaderi Mukantabana Mathilde yagiranye n’umunyamakuru wa Kigali Today, Kwizera Richard, avuga ko akenshi mu mahanga cyangwa n’ahandi, iyo ahantu hateraniye abantu benshi uhasanga umutekano muke, urugomo, ariko u Rwanda rumaze kuba ubukombe mu kutagira ibyo rwonona, bityo bikaba ari igitangaza kuba Rwanda Day, ihuza abantu barenga ibihumbi bitanu, ariko ntihagire icyangirika ahubwo bakahungukira, aho abatwara abantu babonye ibiraka, utubari tukabona abakiriya kandi ntihagire icyangirika. Avuga ko abantu bitabiriye Rwanda Day ya 2024 bari benshi cyane, ku buryo bakuyemo isomo ry’uko ubutaha bazashaka ahantu hagari bazahuriza abantu, kuko aho bari bari kuri iyi nshuro habaye hato. Amb. Mukantabana uhagarariye u Rwanda muri Amerika mu myaka 10 ni muntu ki? Amb Mukantabana Mathilde, ni Umunyarwandakazi wavukiye mu Rwanda ariko akurira mu mahanga kubera ubuhunzi, by’umwihariko muri Amerika aho yabaye umwarimu imyaka 19 muri Leta ya California. Amb. Mukantabana yavukiye mu Ntara y’Amajyepfo, mu Karere ka Huye ku Mayaga, yiga amashuri abanza i Nyanza. Kubera imyaka yigishije amateka muri Amerika, Amb. Mukantabana yamaze guhabwa inyito ya Professor n’iki gihugu, aho byakomeje nyuma agirirwa icyizere n’Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, amuha guhagararira igihugu muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Usibye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Amb. Mukantabana yanahagarariye u Rwanda mu ibihugu nka Brazil, Argentine ndetse na Mexique, biherereye muri Amerika y’Amajyepfo. Agaruka ku bikorwa akorera muri izo Leta, Amb. Mukantabana yagize ati “Nahawe inshingano muri 2013, nyuma twagura imiryango y’Abanyarwanda muri Leta zitandukanye, twubakiye ku batubanjirije, mbere hari imiryango itatu ariko ubu tugeze ku miryango 29”. Avuga ko Abanyarwanda batuye muri Amerika abenshi bakorera imirimo itandukanye mu Rwanda, irimo ibya tekinoloji, siyansi, abaganga, abikorera, abafunguye amashuri mu Rwanda, ubworozi n’ibindi. Ashimangira ko ibi bikorwa bakorera mu Rwanda bifasha abaturage b’u Rwanda, mu kuzamurana mu iterambere n’imibereho myiza. Reba ibindi muri iyi video: Umunyamakuru @ Umukazana11
| 505 | 1,373 |
Kayonza: Sacco ngo yabereye abaturage ikiraro kibambutsa ubukene. Mu bihe byashize gukorana na banki n’ibigo by’imari byafatwaga nk’iby’abafite amikoro ahambaye kandi bize, bigatuma abaturage baciriritse batabasha kwizigama muri duke babona. Iyi myumvire yagiye ihinduka nyuma y’aho leta y’u Rwanda itangiriye gahunda yo kwegereza abaturage ibigo by’imari iciriritse. Kugeza ubu buri Munyarwanda ngo ashobora kugana ikigo cy’imari atazitiwe n’amikoro ye. Gatare Samuel atanga ubuhamya ko atarakorana na Sacco yari umukene ariko ubu amaze kugera ku bikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi bifite agaciro ka miliyoni ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda kandi yaratangiranye inguzanyo y’ibihumbi 200. Uwitwa Butera Thomas we avuga ko amaze kugura imodoka ya tagisi kandi yaratangiriye ku nguzanyo y’ibihumbi 100, uko yagendaga yishyura agasaba iyisumbuyeho. Umucungamutungo wa SACCO ya Nyamirama, Nyirigira Eric avuga ko amenshi mu mafaranga ifite ari ayo abaturage bagenda bashyira hamwe mu matsinda, bigatuma ubwizigame bwa yo buhora buhagaze neza. Ibyo ngo bituma iyo Sacco ihora yiteguye kwakira abaturage bakeneye inguzanyo ku buryo nta muturage ukwiye kugira impungenge zo guhabwa inguzanyo kuko Sacco ari iy’abaturage bose. Gukorana n’abaturage neza ngo byatumye Sacco ya Nyamirama itera imbere ku buryo bugaragara, abanyamuryango ba yo bakaba baherutse kwiyuzuriza inyubako yatwaye miliyoni zisaga 60 z’amafaranga y’u Rwanda. Umucungamutungo wa yo avuga ko nta rindi banga ryakoreshejwe ngo ibyo bishoboke uretse kubakira ku cyizere abaturage bagiriye iyo Sacco kubera uburyo ibacungira neza amafaranga. Cyprien M. Ngendahimana
| 221 | 626 |
Ishusho yo kwiyamamaza, ibyo bishimira n’icyizere bafite: Dr Habineza na Mpayimana bahuriye mu kiganiro. Mu kiganiro cyihariye bahuriyemo baganira na IGIHE, aba bakandida bombi bahurije ku kuba barakiriwe neza mu turere twose uko ari 30 bagezemo, bavuga ko ubuyobozi bwabafashije kandi n’abaturage bitabiriye kumva imigabo n’imigambi yabo. Muri iki kiganiro bagarutse kuri byinshi birimo aho bakuye ubushobozi bwashyigikiye ibikorwa byabo, ibyo basezeranyije abaturage n’uko bazabishyira mu bikorwa ndetse n’icyizere bafite cyo kuzatsinda kuri buri wese. Amatora yatangiye kuri uyu wa 14 Nyakanga ku Banyarwanda bo muri Diaspora ndetse na 15 Nyakanga 2024 ku bari mu gihugu, abahatanye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu ni Paul Kagame watanzwe n’Umuryango FPR Inkotanyi, Dr Habineza Frank watanzwe na DGPR Green Party ndetse na Mpayimana Phillippe wigenga. Kurikira ikiganiro cyose:
| 124 | 339 |
Abanyamahanga bashora imari mu Rwanda biyongereye ku kigero cya 78%. Nk’uko bigaragazwa n’iyi raporo, ishoramari ry’abanyamahanga mu Rwanda ryiyongereye ku kigero cya 78.1%. Abanyamahanga bashoye imari ingana na miliyoni 458.7 z’Amadolari y’Amerika (458.7$) muri 2014 mu gihe bari bashoye miliyoni 257.6 $ muri 2013. Iyi raporo igira iti “Ubwiyongere bw’abanyamahanga bashora imari mu Rwanda bushingiye ahanini ku cyizere bafitiye u Rwanda n’ingamba nziza igihugu cyashyizeho mu rwego rwo kureshya abashoramari.” Ibihugu byahize ibindi mu gushora imari nyinshi mu Rwanda, ni Ibirwa bya Maurice aho byashoye miliyoni 113.5 z’Amadorari, ku mwanya wa kabiri haza Ubusuwisi bwashoye miliyoni 106.2 $. Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zashoye miliyoni 70 $, ku mwanya wa kane haza Lexamburg yashoye miliyoni 52.6$.
Kenya ni cyo gihugu cyo mu Karere cyaje mu bihugu 10 bya mbere byashoye imari mu Rwanda, aho kiri ku mwanya wa 7, ikaba yarashoye miliyoni 28.3 $. Ubucukuzi bwa mine (mining), Ikoranabuhanga ndetse na serivisi biri imbere mu gukurura ishoramari ry’abanyamahanga mu Rwanda. Ubucukuzi bwa mine bwashowemo agera kuri miliyoni 136.2 z’Amadorari mu gihe Ikoranabuhanga ryashowemo miliyoni 116.1 $. Raporo ya Banki y’Isi ya 2015 mu ishoramari yerekanye ko u Rwanda rwaje ku mwanya wa 46 ku isi mu bihugu byorohereza abashoramari, mu gihe umwaka wabanje rwari ku mwanya wa 48. U Rwanda ruri ku mwanya wa gatatu muri Afurika mu korohereza ishoramari, rukaba ku mwanya wa mbere muri Afurika y’Uburasirazuba. Iyo raporo ya Banki Nkuru y’u Rwanda ivuga ko kuva 2009-2014, imishinga y’ishoramari 338 yiyandikishije gushora imari mu Rwanda, aho imwe muri iyo mishinga ari iy’abanyamahanga gusa, hakaba n’indi ihuriweho n’abashoramari b’abanyamahanga n’aba abanyarwanda, aho bari biyemeje gushora imari ingana miliyoni 2,607 z’Amadorari no guhanga imirimo ibihumbi 55 na 141. Umunyamakuru @ umureremedia
| 279 | 745 |
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.