text
stringlengths 159
9.91k
| nwords
int64 15
1.2k
| ntokens_llama32
int64 70
3.89k
|
---|---|---|
Kwivuga ku bagore ugashyiraho “madamu” ntibivugwaho rumwe. Urwego rwa madamu ruhabwa umukobwa wateye intambwe akava mu cyiciro cy’abakobwa akinjira mu bashatse mu buryo bwubahirije amategeko ni bwo bavuga bati: “uriya ni madamu kanaka”. Ni urwego, ibyo twakita mu rurimi rw’igifaransa titre y’ishema cyangwa y’icyubahiro bitewe n’uko ubifata kwitwa umugore. Abantu batandukanye baganiriye na Kigali Today ntibabyumva kimwe kandi ntibabivugaho kimwe. Hari abavuga ko ari byiza kwivuga ko uri madamu mu ruhame cyangwa uganira n’umunyamakuru kuko biguha agaciro abantu ntibagusuzugure n’ibyo uvuze bigahabwa agaciro. Uwamaliya yagize ati: “Yego birakimaze kuko akenshi iyo uri mu ruhame hari ubwo abantu bashobora kugusuzugura bitewe n’igihagararo bakagira ngo uri nkumi bakaba bakubwira ibyo biboneye nyamara iyo bamaze kumenya title yawe barakubaha bakakubahira n’icyo uricyo kuko birakenwe muri societe”.
Minani Lambert yunzemo ati: “Mbona ari ngombwa cyane kubera ko abantu bamwumva bamuha agaciro bitewe n’urwego arimo”. Ku bavuga ko ari ngombwa kuvuga madamu basanga bikuraho urujijo niba akiri inkumi cyangwa yarashatse n’ushaka kuba yasaba umubano amenye uko yakwitwara cyangwa niba yasubiza amerwe mu isaho. Ku rundi ruhande, hari abantu bashimangira ko atari ngombwa, impamvu batanga ni uko madamu itaza imbere y’amazina ngo wabivuga gusa igihe usabwe kwivuga ku buryo burambuye. Evariste Mukiza ati: “Self-Introduction: ikiba gikenewe n’amazina, icyo umuntu akora na academic qualification [impamyabumenyi afite] kuba uri ingaragu, umugabo, umugore, n’ibindi nta gaciro bifite. Byagira agaciro usabye umuntu gutangaza uwo ariwe wese (full presentation).” “Ndabona byaterwa n’urwego ubimubajijemo: niba uri umunyamakuru ukeneye interview, si mbona impamvu uwo mugore yagusubiza ko ari madamu kanaka... ubundi yakagombye kuvuga izina rye nta bindi byinshi agakurikizaho ibijyanye n’icyo umubajije…” uko ni ko Bosco Ryagaragaye abisobanura. Kuri ibi, Hakizimana Theogene we, avuga ko atari ngombwa ariko n’uwabishyiraho byaba ari ubusirimu ibyo yise civilisation, aho yagize ati: “Ku bwanjye numva atari ngombwa gushyira madamu cyangwa bwana imbere y’amazina igihe umuntu yivuga. Gusa kubishyiraho nabwo numva ntacyo bitwaye, nabifata nka une sorte de civilisation [ ubusirimu] ku muntu ubikoze.” Madamu ni titre y’icyubahiro uhabwa n’abandi by’umwihariko bitewe n’inshingano z’ubuyobozi, urugero madamu muyobozi w’akarere ariko umuyobozi w’akarere ubwe ntazivuga mu ruhame maze ngo aterure agira ati: “madamu umuyobozi w’akarere.” Ibi bivuze ko abantu nibo baguha iyo titre bijyanye n’inshingano zawe. Ikindi, kuba wavuga ko uri madamu hari abantu bishobora kubangamira cyane cyane nk’abakobwa babyaye ibinyendaro cyangwa ababuze ababakura ku ishyiga bishobora kubatera ipfunwe mu gihe kandi utabivuze wambaye impeta dore ko abagore bakunda kuzambara ubwayo irabyivugira. Nshimiyimana Leonard
| 393 | 1,088 |
Kuririmba wambaye agapfukamunwa hari ikibazo byateza ku buzima?. Icyakora abaririmbyi bo mu makorari yagombaga gutuma amateraniro agenda neza bo ngo batashye bananiwe cyane kubera ko kuririmbira mu dupfukamunwa binaniza, hakaba n’abatekereza ko umuntu atarebye neza byamuviramo indwara. Emmanuel Kayesu usengera mu itorero ryAbangirikani, nyuma y’iteraniro yagize ati “Nongeye kunezezwa no kuba mu nzu y’Imana, nongera kubasha gusabana n’Imana n’abantu. Na Bibiliya ivuga ko guterana kwera no guhura kw’abantu byongera ubusabane hagati y’abantu n’Imana”. Nk’umuririmbyi ariko, ngo yananijwe cyane no kuririmbira mu gapfukamunwa. Ati “Iyo uririmbira mu gapfukamunwa ijwi ryo rirasohoka, ikibazo ni uko uba urwana na ryo urizamura unarimanura, ari na ko urwana no gusohora ndetse no kwinjiza umwuka, kuko umunwa n’amazuru biba bipfutse”. Uwimana w’umuririmbyi muri korari y’Abagaturika, na we ati “Iyo uririmba uba wumva nta mwuka kubera agapfukamunwa. Byaba byiza hashyizwe intera ihagije hagati y’abaririmba ariko umuririmbyi akemererwa gukuraho agapfukamunwa, naho ubundi hari uwakwitura hasi”. Hari n’abaririmbyi bahera ku ko biyumvaga baririmba, bakibaza niba kuririmba umuntu akambaye bitamugiraho ingaruka, mu myanya y’ubuhumekero. Claude Nizeyimana w’umugatulika ati “Iyo umuntu aririmba asohora akaninjiza umwuka mwinshi. Mu gapfukamunwa, umwuka umuntu asohora asa n’uwongera kuwinjiza mu bihaha. Ntekereza ko byatera umuntu ibibazo mu myanya y’ubuhumekero, igihe abikoze igihe kirekire, no mu buryo bwikurikiranyije. Kandi mu misa umuririmbyi ashobora kuririmba mu gihe cy’iminota nka 30”. Muri rusange, abaririmbyi bifuza ko intera basiga hagati yabo yakongerwa ariko bakemererwa kuririmba bakuyeho udupfukamunwa. Hari n’abatekereza ko ibyo bitemewe, abahagarariye amadini n’amatorero bakwemera mu mwanya wa korari hagashyirwaho indirimbo zafashwe amajwi. Nizeyimana ati “Hashyirwa indangururamajwi zihagije mu nsengero, noneho mu gihe cyo kuririmba hagashyirwamo indirimbo ijyanye n’igice kigezwemo. Icyo gihe misa yagenda neza, ariko n’ubuzima bw’umuririmbyi bukabungwabungwa”. Ibi na byo bitemewe, Nizeyimana atanga igitekerezo cy’uko mu rusengero hashyirwaho umuntu umwe uririmbira ahitaruye, atambaye agapfukamunwa, akaririmba indirimbo zizwi na benshi hanyuma abayoboke bandi bakamukurikira. Kuririmba kw’abayoboke muri rusange byo ngo ntibinaniza, kuko umuntu aririmba akurikije uko imbaraga ze zingana. Ese koko kuririmba umuntu yambaye agapfukamunwa byagira ingaruka ku buzima bwe? Dr. Augustin Sendegeya, umuganga w’impuguke mu bijyanye n’indwara zo mu muhogo, mu matwi no mu mazuru, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB), avuga ko ntawukwiye kugira impungenge zo kuririmbira mu gapfukamunwa kuko nta ngaruka bigira ku buzima. Ati “Ubushakashatsi bwarakozwe ku baririmba mu makorari akomeye ku isi, bareba niba kuririmba bambaye agapfukamunwa nta ngaruka byagira ku bihaha, basanga ntazo. Ni yo mpamvu nubwo umuririmbyi yakumva kamubangamiye, akwiye kubyihanganira, kuko impamvu abantu bakambara ikomeye kurusha ibindi byose”. Asobanura kandi ko iyo umuntu aririmba asohora umwuka mwinshi kandi mu gihe kinini, hanyuma amatembabuzi asohoka mu munwa we akagera kure cyane ugereranyije n’asohoka iyo umuntu akoroye. Ni na yo mpamvu rero ngo n’ubwo abaririmba baba bumva udupfukamunwa tutabamereye neza, ari ngombwa ko batwambara mu rwego rwo kwirinda Coronavirus. Umunyamakuru @ JoyeuseC
| 453 | 1,361 |
Nyabihu: Uwatemewe imyaka mu mirima itatu aratabaza. Umubyeyi utuye mu Kagari Ruheshi, Umurenge wa Mukamira, Akarere ka Nyabihu, aratabaza ubuyobozi nyuma yo gutemerwa imyaka n’abantu atazi.
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 2 Kamena, uyu mubyeyi yatunguwe no gusanga ibigori yahinze mu isambu ye iri munsi y’urugo, no mu yindi mirima ye.
Avuga ko ubuzima bwe buri mu kaga kuko akomeje kwibasirwa n’abantu atari yamenya bamutemera imyaka itarakura.
Uyu mukecuru avuga ko kumutemera imyaka bimaze kuba akamenyero kuko bibaye inshuro eshatu zikurikiranya, aho bitwikira ijoro bakayitema, yabyuka agasanga umurima umeze nk’utarigeze guhingwa, akabura uwo yabaza.
Uyu mubyeyi yabwiye Imvaho Nshya ko mbere yajyaga asarura imyaka myinshi, ariko aho atangiye kwibasirwa ubuzima bwe bwagiye mu kangaratete.
Ati: “Aha hantu bakunda kuhaza bakantemera imyaka, kenshi mba nahinzemo ibigori. Mbere narahahingaga ngo mbone amafaranga nanjye mbeho ariko nyuma baza gutuma ndambirwa, ubundi nkajya mpinga ncungana na bo nkabigurisha bitarera, none dore ubu bongeye kuntera agahinda nk’uko ubibona. Babirayemo mbyutse mu gitondo nsanga bameze nk’abasaruye.”
Yavuze ko ari mu gihombo gikomeye kuko guhingisha, kuruga imbuto no kwita ku byo ahinga ubundi bimutwara amafaranga menshi.
Ati: “Aha hantu hantwara amafaranga atari make, kuko ndahingisha, nkagura n’imbuto nk’abagaza ndetse hajyamo n’ifumbire itandukanye.”
Avuga ko iki kibazo yakigejeje ku buyobozi inshuro nyinshi, ariko ngo nta gihinguka kuko abagizi ba nabi bakomeje kumwibasira banyura mu mirima ye yose bagatemera hasi ibyo yahinze.
Nanone kandi ngo yagerageje gushyiraho abarinzi ariko biba iby’ubusa kuko byarangiye bahakuwe.
Abaturanyi be na bo bavuga ko bitumvikana uburyo uyu mukecuru yibasirwa cyane kuko iyo bamugendereye badatema umurima umwe gusa ahubwo banyura mu mirima ye yose uko ari itatu.
Umwe mu baturanyi be yagize ati: “Ntabwo natwe tuzi icyo bamuhora ariko ubuyobozi nibumufashe kuko arababaye. Aragira ngo ahinze ibigori bakabitema…”
Gatama Samuel, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Ruheshi, avuga ko iki kibazo ntacyo yari azi cyakora ashimangira ko agiye ku gikurikirana kigashakirwa umuti na nyiri myaka akaba yabasha gufashwa mu gihe basanga ari ngombwa.
Ati: “Umuturage agomba gufashwa rwose ariko ntabwo narinzi icyo kibazo pe. Ni ubwa mbere nakimenya ariko kuva mbimenye ngiye gukora iyo bwabaga, mbikurikirane nibiba ngombwa twifashishe n’abafatanyabikorwa b’Umurenge abe yagira icyo ahabwa. “
Gitifu Gatama Samuel yavuze kandi ko bategura inama, bagakora iperereza rigamije gushaka abitwikira ijoro bagatema imyaka ya Mukayuhi Ancilla.
| 356 | 1,046 |
Congo, Uganda na MONUSCO basinye amasezerano yo kurwanya ADF NALU. Gen Didier Etumba ukuriye ingabo za Congo avuga ko batazemera ko imitwe yitwaza intwaro ikomeza guhungabanya umutekano w’igihugu cya Congo, abajijwe impamvu Congo ifatanya na Uganda mu gihe Gen Makenga wayoboraga M23 ari mu gihugu cya Uganda, avuga ko ikibazo cye kirebana na politiki naho igisirikare cyarangiye. Gen Aronda Nyakairima wok u ruhande rwa Uganda avuga ko nta kibazo Uganda ifitanye na Congo ahubwo ngo abarwanyi ba M23 bahungiye Uganda bayobowe na Makenga ikibazo cyabo kijyanye n’amasezerano kandi kugeza ubu hagitegerejwe umwanzuro wa nyuma. Gen Didier Etumba abajijwe niba Gen Makenga yazashyirwa mu ngabo za Congo ahakana yivuye inyuma yo nta Makenga mu ngabo za Congo, cyakora ngo ikiraje inshinga ingabo za Congo ni ukurwanya imitwe yitwaza intwaro ihungabanya umutekano w’Abanyecongo harimo ADF NALU hamwe na FDLR. Nubwo abayobozi b’ingabo batagaragaza igihe iki gikorwa kizatangirira, bavuga ko kizaba mu minsi ya vuba, nyuma yo kurwanya ADF NALU ifite ubuyobozi bukuru k’umusozi wa Rwenzori muri Kivu y’amajyaruguru mu gace ka Beni hakazakurikiraho umutwe wa FDLR uri mu gace ka Rutshuro na Masisi ahitwa Walikare na Tongo. Gusa igikomeje kwibazwaho ni uburyo ingabo za Congo zizarwanya FDLR ikomeje gukorana nayo nkuko byemezwa na bamwe mu barwanyi bitandukanya na FDLR bavuga ko bafatanya na FARDC kurwanya indi mitwe ndetse ngo n’ibikoresho FDLR byinshi ifite yabihawe n’ingabo za Congo. Hari amakuru avuga ko ubu abarwanyi ba FDLR batangiye igikorwa cyo kwegereza ibikoresho bya gisirikare hafi y’umupaka w’u Rwanda aho bimwe bibitswe muri Karisimbi naho ibindi ngo bihishe muri Nyiragongo. Ibi bikoresho bicunzwe n’abarwanyi ba FDLR bagizwe na Batayo idasanzwe yitwa CRAP iyobowe na Col Ruhinda ubu uri ahitwa ku Mwalo hafi ya paliki y’ibirunga ujya Kibumba, mu gihe capt Kayitana umwungirije ari hafi y’ikirunga cya Mikeno. Sylidio Sebuharara
| 294 | 744 |
U Rwanda n’u Burundi mu biganiro bigamije kugarura umubano (Video). Dr Vincent Biruta yavuze ko uku guhura ari umusaruro wavuye mu biganiro byabaye hagati y’ibihugu byombi ku busabe bwa Leta y’u Burundi, byari bigamije gukuraho inzitizi ku mubano hagati y’ibihugu byombi, akaba yavuze ko u rwanda rwiteguye gukora ibyo rusabwa. Bibaye kandi nyuma y’uko Perezida wa Repubulika y’u rwanda Paul Kagame, yari aherutse kuvuga ko u Rwanda rwiteguye gukorana n’u Burundi mu gukemura imbogamizi zahungabanyije umubano w’ibihugu byombi kuva muri 2015. Mu ijambo rye, Ambasaderi Shingiro Albert, yavuze ko u Rwanda n’u Burunndi bisangiye amateka atapfa gusenywa, kandi ko ibihugu byombi bidakeneye umuhuza mu gukemura ibibazo by’imibanire hagati yabyo. Umubano hagati y’u Rwanda n’u Burundi watangiye guhungabana cyane mu 2015, ubwo uwari Perezida Pierre Nkurunziza yiyamamarizaga manda ya gatatu, bigateza imvururu zatumye abaturage benshi bahunga, barimo benshi bahungiye mu Rwanda. Nyuma y’umugambi wo guhirika ubutegetsi waje kuburizwamo, u Burundi bwakunze gushinja u Rwanda gushyigikira abashatse guhirika ubutegetsi, mu gihe u Rwanda na rwo rwakomeje gushinja u Burundi gushyigikira imitwe yitwaje intwaro igamije guhungabanya umutekano warwo, yakunze kugaba ibitero mu rwanda inyuze mu ishyamba rya Nyungwe, rifatanye n’iry’Ikibira mu Burundi. Mu minsi ishize humvikanye amajwi y’Umuvugizi wa Minisiteri y’Umutekano w’u Burundi, Pierre Nkurikiye, asaba abaturage ko igihe babonye umuntu wese uvuga Ikinyarwanda bagomba guhita batungira ubuyobozi agatoki. Reba HANO amafoto yose y’iyi nama yahuje abahagarariye ibihugu byombi. Amafoto: Plaisir Muzogeye Video: Richard Kwizera Umunyamakuru @ CharlesRUZINDA2
| 235 | 644 |
Bwa mbere mu mateka umunyarwanda agiye gukina UEFA Champions League. Uyu munyezamu yabigezeho nyuma yaho ikipe ya Union Saint-Gilloise isoje imikino ya shampiyona( Regular season) iyoboye ku manota 70, Ikurikiwe n’amakipe arimo Anderlect, Royal Antwerp, Club Brugge, Cercle Brugge na Genk. Aya amakipe ni yo yahise abona itike yo gukina imikino ya nyuma (Championship round) aho iyi kipe ya Union Saint-Gilloise yasoje ku mwanya wa kabiri n’amanota 49, aho yasoje irushwa inota rimwe n’ikipe ya Club Brugge yasoje ifite amanota 50. Iyi kipe yahise ibona itike iyerekeza mu matsinda ya UEFA Champions League, mu gihe ikipe ya Union Saint-Gilloise izabanza igakina imikino yo guhatanira kujya mu matsinda ya Champions league izatangira mu matariki arimo 9/10 na 16/17 Nyakanga muri uyu mwaka. Maxime Wenssens ukiri muto ku myaka 22, afite akazi katoroshye ko guhanganira umwanya wa mbere muri iyi kipe, dore ko iyi kipe isanzwe ifite abandi banyezamu bagera kuri batatu barimo: Antony Moris ukomoka mu gihugu cya Luxembourg, akaba ari nawe kapiteni w’iyi kipe, Heinz Lindner ukomoka mu gihugu cya Austria ndetse na Joachim Imbrechts ukomoka mu gihugu cya Sweden. Uyu mukinnyi amaze guhamagarwa n’ikipe y’igihugu Amavubi inshuro eshatu, zirimo imikino yo guhatanira itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’isi kizaba mu mwaka wa 2026, ndetse n’imikino ya gicuti ibiri. Uyu munyezamu ategereje kureba ko yazakoreshwa mu mikino ibiri u Rwanda rufite muri iyi mpeshyi aho ruzakina n’ikipe ya Benin na Lesotho. Abandi banyarwanda bakinnye amarushanwa akomeye harimo nyakwigendera Hamad Ndikumana Katauti aho yakiniraga ikipe ya APOP Kinyras Peyias FC mu gihugu cya Cyprus wakinnye EUROPA League mu mwaka wa 2009, Undi uzakina irushanwa rikomeye ni captain w’ikipe y’igihugu Amavubi Bizimana Djihad ukinira ikipe ya Kryvbas Kryvyi rih yo mu gihugu cya Ukraine uzakina imikino ya EUROPA League.
| 290 | 691 |
Jeannette Kagame Yasabye Ubufatanye Mu Gukuraho Inzitizi Ku Iterambere Ry’Umugore. Madamu Jeannette Kagame yavuze ko hari intambwe zikomeye zimaze guterwa mu kwimakaza uburinganire, ariko agaragaza ko hari n’inzitizi zigituma umugore adakoresha ubushobozi bwose afite. Ni ijambo yagejeje ku nama ya gatanu ku buringanire yiswe Gender Equality, Wellness and Leadership Summit (GEWAL Summit), yateguwe na Motsepe Foundation, umuryango washinzwe na Dr Precious Moloi-Motsepe – umugore w’umuherwe Patrice Motsepe wo muri Afurika y’Epfo. Muri iyo nama haganirwaga ku “Gushimangira Uruhare rw’Abagore mu izahuka ry’ibikorwa nyuma y’icyorezo”. Yahujwe n’Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore wizihizwa buri mwaka ku wa 8 Werurwe. Madamu Jeannette Kagame yavuze ko icyorezo cya COVID-19 cyagize ingaruka nyinshi ku mireho n’ubukungu, biba umwihariko ku bagore n’abakobwa haba mu miryango yabo no mu bikorwa byo kwita ku banduye. Uko ingaruka z’icyorezo zagiye zigera ku nzego zinyuranye by’umwihariko nk’uburezi, byahungabanyije abagore kurusha abagabo, binagabanya amahirwe yabo mu bukungu kugira ngo babashe kwita ku miryango yabo. Madame Jeannette Kagame ariko yavuze ko mu Rwanda abagore bakomeje guhangana n’ibihe bikomeye, guhera ubwo nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 imibare yerekanaga ko abagore n’abakobwa bari bihariye 80% by’abaturage bari barokotse. Ni ibintu byabasabaga kuziba icyuho mu nzego zose, kandi babyitwayemo neza kuko mu Rwanda hashyizweho amategeko ahamye, aha amahirwe umugore mu nzego zose. Yakomeje ati “Nshimishijwe no kuvuga ko kuva mu 2003 u Rwanda rwakomeje kugira umubare munini ku isi w’abagore mu nzego zirimo inteko ishinga amategeko kuko ubu ni 61.3% mu mutwe w’abadepite, ndetse imyanya 53.3% muri guverinoma irimo abagore.” Madamu Jeannette Kagame yavuze ko uko abagore bagendaga bajya mu myanya ikomeye umusaruro baba bitezweho wahindutse, kuko kubona abagore bajya mu myanya ikomeye byahaye icyizere n’ishema ku bandi bagore n’abakobwa. Yagarutse ku ijambo rya Perezida Kagame wavuze ko bidashoboka kujya mu rugendo rw’iterambere, ngo uheze abagore kandi bagize hejuru ya kimwe cya kabiri cy’abaturage bose. Yakomeje ati “Nubwo hari intambwe zimaze guterwa, guhindura imyumvire ya bose ntabwo byakorwa mu ijoro rimwe. Ibijyanye n’uburinganire mu miryango ntabwo iteka bihindukira ku muvuduko umwe na gahunda za leta. Imbaraga zose umugore ashobora kugira igihe hari mu bandi, hari ubwo zirangirira ku muryango wo mu rugo.” “Tugomba rero kwibaza ngo ni iyihe ntambwe ikurikira ikwiye guterwa mu guteza imbere uburinganire? Ni gute twakwinjiza abagabo n’abahungu mu kwimakaza ihame ry’uburinganire duhereye mu bato? Ni gute ababyeyi, abarimu n’abayobozi bakuraho amahame abangamiye impinduka nyakuri mu miryango yacu no muri sosiyete muri rusange?”
Madamu Jeannette Kagame yagarutse ku cyorezo cya COVID-19 cyibasiye muri iki gihe, asaba ibihugu kudatakaza amasomo byabonye ahubwo bigaharanira ko “abagore n’abakobwa bakoresha imbaraga zabo mu ngo, ibihugu byabo n’isi yose muri rusange.” Dr Precious Moloi-Motsepe yavuze yavuze ko nyuma y’inama iheruka ku itariki nk’iyi mu mwaka ushize hari byinshi byahindutse, harimo icyorezo cya COVID-19 cyatumye ibikorwa byinshi bihagarikwa, ndetse hari n’abitabiriye inama iheruka ubu batakiriho. Yavuze ko iki ari igihe cyo kongera kubaka ubukungu bw’isi, kandi butagira n’umwe buheza. Yakomeje ati “Dukeneye gufata uyu mwanya nko kwitandukanya n’ibihe byashize, n’amahirwe yo kubaka impinduka zirambye. Uburinganire ni ihame ry’ingenzi mu mibereho no mu bikorwa bibyara inyungu. Uburinganire ntabwo ari ikibazo cy’uburenganzira bwa muntu gusa, ahubwo ni n’ishingiro ry’iterambere ry’ubukungu.” Yavuze ko mu bushakashatsi baheruka gukora basanze nubwo hari intambwe yatewe mu buringanire guhera mu 2015, hari byinshi bikeneye gukorwa kugira ngo abagore n’urubyiruko babone amahirwe angana n’ay’abagabo. Ati “Ibipimo by’abadafite akazi bikomeje kuba hejuru mu bagabo n’abagore muri rusange, ariko biri hejuru cyane ku bagore, by’umwihariko abagore b’abirabura – kuri 36%.” “Mu 2020 abagore miliyoni 3 b’abanyafurika bashakaga akazi ntako babonye, naho miliyoni 1.3 bahise bakura amaso ku gushaka akazi. Ibyo bisobanuye ababa batakigira uruhare mu bikorwa bizamura ubukungu, aho hatitawe ku bumenyi n’amashuri bize, badafite inzira zabageza ku mahirwe y’imirimo.” Ibyo ngo byiyongeraho ko usanga n’ababonye akazi bajya mu rwego rwa serivisi, ariko mu bafite ibigo by’ubucuruzi cyangwa ababona inguzanyo muri banki ugasanga abagore bakiri hasi cyane. Raporo mpuzamahanga ya 2020 Global Gender Gap Index yasohote mu Ukuboza 2020 yashyize u Rwanda ku mwanya wa 9, aho ari cyo gihugu rukumbi cya Afurika kiza mu myanya 10 ya mbere mu kubahiriza amahame y’uburinganire bw’abagabo n’abagore.
| 665 | 1,829 |
Umutoza wa APR FC ntiyemera imisifurire yatumye anganya na Kiyovu sport. Nyuma y’umukino waranzwe n’amahane menshi, APR FC yanganyijemo na Kiyovu Sports igitego 1-1, Umutoza w’Ikipe y’Ingabo, Ben Moussa yatangaje ko uyu mwaka ikipe ye iri kurenganywa n’abasifuzi cyane.APR FC yanganyije na Kiyovu Sports igitego 1-1, mu mukino ubanza wa ½ cy’Igikombe cy’Amahoro, wabereye kuri Stade ya Bugesera, kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 10 Gicurasi 2023.Ikipe y’Ingabo yatsindiwe na Kwitonda Alain Bacca mu gihe Urucaca rwishyuriwe na Mugiraneza Frodouard.Nyuma y’uyu mukino, Ben Moussa mu kiganiro n’itangazamakuru, yagarutse ku gitego cya kabiri cyatsinzwe na Kwitonda Alain ku munota wa 90, umusifuzi w’igitambaro akavuga ko hari habayeho kurarira, agaragaza ko icyemezo cyafashwe kitari gikwiye.Abajijwe niba ikipe ye iri kurenganywa cyane n’abasifuzi, Ben Moussa yavuze ko uyu mwaka abasifuzi bari kugenda kuri APR FC cyane.Muri uyu mukino, APR FC yatakarijemo abakinnyi babiri ari bo Ruboneka Jean Bosco n’umunyezamu Ishimwe Pierre bagize imvune.Umutoza Ben Moussa yavuze ko yugarijwe n’imvune cyane ariko atekereza ko ziri guterwa n’imikino myinshi abakinnyi bari gukina muri iyi minsi.Yakomeje avuga ko abakinnyi be bagowe n’imikino myinshi bari gukina mu gihe gito.Umukino wo kwishyura hagati ya Kiyovu Sports na APR FC uteganyijwe ku Cyumweru, tariki 14 Gicurasi 2023, saa Cyenda kuri Kigali Pelé Stadium.
| 204 | 559 |
Gatsibo: Bifuza ko ubwanikiro bafite bw’umusaruro bwakubwa kabiri. Ku wa Gatatu tariki ya 27 Werurwe 2024, Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Musafiri Ildephonse, yasuye bimwe mu bikorwa byubatswe bifasha abahinzi kumisha no guhunika umusaruro, nk’ubuhunikiro bwa kijyambere buri mu Murenge wa Kiramuruzi. Yanarebaga kandi uko abahinzi basarura n’uko bafata umusaruro, hagamijwe kurwanya iyangirika ryawo, cyane indwara y’uruhumbu (Aflatoxin). Ni ubuhunikiro bufite ubushobozi bwo kubika toni hagati ya 40 na 50, ndetse bukaba bunifashishwa mu kumisha neza umusaruro w’ibigori. Ubu ubuhunikiro kandi bwifashishwa n’amakoperative y’abahinzi b’ibigori begereye aho bwubatswe. Ariko nanone ngo haracyari ikibazo cy’ubwanikiro, ku buryo hakwiye kubakwa ibindi bikorwa remezo byo kumisha nibura bikubye kabiri ibihari. Meya Gasana ati “Ubwanikiro dufite tubara ko bushobora kudufasha kumisha umusaruro dufite ugera kuri 30%, naho 70% abaturage birwanaho, baranika bagatwikira n’amashitingi, bakubaka ubwanikiro bw’igihe gito ariko dukeneye kongeramo imbaraga nibura ibikorwa remezo byo kwanikaho dufite tukaba twabikuba nka kabiri, kugira ngo ikibazo dufite gikemuke burundu.” Akarere ka Gatsibo kari mu Turere dukunze kubona umusaruro mwinshi w’ibigori, kuko igihembwe cy’ihinga gishize kabihinze ku buso burenga hegitari 23,000. Umunyamakuru @ SEBASAZAGEmman1
| 176 | 550 |
Rwamagana: Abafite ibibanza mu cyanya cy’inganda basabwe kwirinda kubigurisha. Yabibasabye ku wa Gatanu tariki ya 22 Nzeri 2023, mu nama yamuhuje n’abashoramari bafite inganda mu cyanya cyazo cya Rwamagana, Ubuyobozi bw’Akarere ndetse n’Imirenge ya Munyiginya na Mwurire iki cyanya giherereyemo. Iyi nama ikaba yari igamije kuganira ku iterambere ry’inganda, no kurebera hamwe uburyo icyanya cy’inganda cya Rwamagana cyarushaho gukoreshwa neza no kubyazwa umusaruro mu buryo burambye. Icyanya cy’inganda cya Rwamagana kiri ku buso bwa hegitari hafi 80, kikaba kimaze kubakwamo inganda 13 zikora, ndetse n’izindi 12 zitaruzura. Minisitiri Ngabitsinze yasabye abashoramari kurushaho gukora ibicuruzwa byiza kugira ngo barusheho guhangana n’amasoko yo mu Gihugu ndetse no hanze yacyo. Yabasabye kandi kubaka inganda mu buryo bukurikije amategeko birinda icyateza impanuka, gukora bujuje ibyangombwa byose bisabwa, guharanira gukora ibyujuje ubuziranenge no gukoresha abakozi bigiye ibikorerwa mu nganda zabo, no guha abakozi babo amasezerano y’akazi nk’uko amategeko agenga umurimo abiteganya. By’umwihariko yabasabye kwirinda amakosa ajya agaragara, aho Leta iba yarabahaye aho bubaka inganda ku giciro kiri hasi, hagashyirwamo ibikorwa remezo bibafasha gukora neza, nyamara nyuma bakahagurisha abandi ku giciro gihanitse mu buryo butazwi. Ati “Urebye Rwamagana aho igana n’ukuntu yegereye Kigali, dufite abantu benshi bashakamo ubutaka, ugasanga ababufashe ku mafaranga makeya barashaka kububaha ku mafaranga menshi kandi bitemewe. Iyo bukunaniye wowe ubwawe, ubusubiza Leta, ikagusubiza ayawe wayihaye makeya hanyuma ikabugenera undi ugiye gukora igikorwa cyahateganyirijwe.” Twagirayezu Emile wari uhagarariye Kompanyi Agashinguracumu Ltd, itunganya umusaruro ukomoka ku rutoki, avuga ko muri iyi minsi bafite ikibazo cy’isoko kubera itegeko ryasohotse muri Kamena 2023, riteganya umusoro ku binyobwa by’inzagwa aho basabwe kongeraho 30% ku wari usanzwe. Avuga ko ibi byabateje ikibazo kubera guhurira ku isoko n’abatarubahirije iryo tegeko, kuko ibiciro byabo biri hejuru. Yagize ati “Kubera ko twebwe twashyizeho wa musoro, ugasanga ibicuruzwa byacu ibiciro byabyo biri hejuru cyane, iza ba bandi ziri hasi. Imikorere yacu yagiye hasi cyane kandi twese twakabaye turi muri uwo murongo.” Minisitiri Ngabitsinze yavuze ko uwo musoro ku nzoga utazavaho, ariko ko baza gufatanya na Rwanda FDA ku buryo ikibazo cy’abakora inzoga batujuje ibisabwa byose cyakemurwa. Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana, Mbonyumuvunyi Radjab, yasabye abashoramari kurushaho gukora cyane no gukora ibicuruzwa byinshi, kuko mu Karere isoko rihari kandi kiteguye gukorana nabo. Yabizeje ko bazakomeza kubafasha kugira ngo barusheho gukomeza kubaka inyubako zabo babaha ibyangombwa ku basabye uburenganzira no kubakorera ubuvugizi kugira ngo babashe gukora bubahirije ibisabwa. Umunyamakuru @ SEBASAZAGEmman1
| 386 | 1,134 |
U Rwanda na Saudi Arabia byasinyiye guteza imbere ikoranabuhanga. Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Ikoranabuhanga mu Itumanaho n’Isakazabumenyi (RISA) cyasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’Ikigo cya Saudi Arabia gishinzwe Ikoranabuhanga, agamije guteza imbere ikoranabuhanga mu bihugu byombi.
Ni amasezerano yashyizweho umukono ubwo habaga Inama ya 3 y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Ubutwererane mu by’Ikoranabuhanga (DCO), i Manama mu Bwami bwa Bahrain.
Ikigo RISA kibona ayo masezerano nk’intambwe ikomeye mu bufatanye bw’u Rwanda na Saudi Arabia bugamije impinduramatwara mu by’ikoranabuhanga.
Iyi nama yasoje ku wa Gatatu tariki ya 31 Mutarama 2024 hatangizwa gahunda zitandukanye mu by’ikoranabuhanga hagati y’ibihugu bihuriye muri uwo Muryango.
Yayobowe na Minisitiri w’Ubwikorezi n’Ikoranabuhanga mu Bwami bwa Bahrain Mohamed bin Thamir Al Kaabi, ikaba yitabiriwe n’intumwa z’ibihugu 16 biburiye muri uyu Muryango harimo n’u Rwanda.
Ibyo bihugu bifite Umusaruro Mbumbe (GDP) ukomatanyije wa tiriyari 3.5 z’amadolari y’Amerika, byaganiriye ku guteza imbere isoko ryambukiranya imipaka, agaciro k’amakuru abikwa mu buryo bw’ikoranabuhanga, ubukungu bwa muntu burambye bwifashisha ikoranabuhanga ndetse n’ubutwererane mpuzamahanga butanga umusaruro muri urwo rwego.
Baganiriye kandi ku iterambere ry’ubucuruzi bwifashisha ikoranabuhanga, ishoramari no guhanga imirimo byose bigamije kwihutisha icyerekezo cy’iterambere rishingiye ku ikoranabuhanga.
U Rwanda n’ibindi bihugu bihuriye muri uwo Muryango byongeye gushimangira ukwiyemeza kwa byo mu kubaka no gushyigikira imikorere ya DCO, bizirikana ko byose bihuriye ku ntego y’iterambere rishingiye ku ikoranabuhanga.
Abahagarariye ibihugu byabo bashimangiye akamaro k’ubutwererane mpuzamahanga mu by’ikoranabuhanga no kwihutisha iterambere rirambye kandi ritagira n’umwe riheza ku Isi yose.
Nanone kandi ibihugu bihuriye muri uyu Muryango byiyemeje gukumira ko icyuho mu mikoreshereze y’ikoranabuhanga cyaba imbigamizi aho kubaka ikiraro hagati y’abakire n’abakene ngo bose baryoherwe n’amahirwe ritanga.
Ibyo bihugu bisanga kugira ngo Ikoranabuhanga rifashe mu rugendo rwo kugera ku Ntego z’Iterambere Rirambye (SDGs) bisaba ubutwererane budacogora bw’inzego zishinzwe kwimakaza ikoranabuhanga muri buri gihugu, mu bigo by’ubucuruzi no hagati y’abantu ubwabo.
Ibihugu bihuriye muri uyu Muryango kandi byatangije gahunda nshya yo kubaka Ibigo by’Icyitegererezo by’Ikiranabuhanga ry’Ubwenge Muntu Buhangano (DCO GenAI Center of Excellence Initiative) bizajyana no kubihuza hifashishijwe ikoranabuhanga rigezweho.
Izindi gahunda zatangajwe mu kwimakaza ubutwererane mu by’ikoranabuhanga harimo iyo Gushinga Ambasade y’Amakuru abikwa ku Ikoranabuhanga, ndetse na Gahunda yimakaza ubusugire n’ubuziranenge bw’umutungo mu by’ubwenge buri kuri murandasi.
Nanone kandi Inteko Rusange ya DCO yatangarijwemo abemerewe guhagararira ibihugu byabo n’indorerezi 17 baturutse mu nzego n’ibihugu bitandukanye, byose bishimangira ukwiyemeza mu kwimakaza ubutwererane mu by’ikoranabuhanga, no kuziba icyuho mu mikoreshereze yaryo.
Umunyamabanga Mukuru wa DCO Deemah AlYahya, yashimiye Guverinoma ya Bahrain yakiriye inama y’Inteko Rusange y’uyu mwaka n’ibihugu byayitabiriye bikaba byaranataze inkunga ishoboka mu mwaka wose.
Yavuze ko uyu munsi hakenewe ubufatanye n’ubutwererane buhamye mu bafatanyabikorwa bose, mu gihe Isi ihanganye n’ubusumbane bushingiye ku ikoranabuhanga rigezweho nka AI.
Yagize ati: “Mu bufatanye, dushobora guharanira ko iterambere nta n’umwe riheza kandi rikaba rirambye tubihisemo, atari amahirwe. Dufite ibisabwa n’impano byadufasha kubaka ikiraro kiziba icyuho cy’ubusumbane mu ikoranabuhanga, duharura amayira y’aho nta n’umwe usigara inyuma.”
Umuryango DCO washinzwe mu mwaka wa 2020, kuri ubu uhuriza hamwe Minisiteri z’Ikoranabuhanga n’Itumanaho zo mu bihugu 16 ari byo Bahrain, Bangladesh, Cyprus, Djibouti, Gambia, Ghana, Greece, Ubwami bwa Yorodaniya, Kuwait, Morocco, Nigeria, Oman, Pakistan, Qatar, u Rwanda, na Saudi Arabia.
Ni Umuryango wibanda ku guteza imbere urubyiruko, abagore na ba rwiyemezamirimo basogongezwa ku mbaraga zo kwihutisha iterambere ry’ubukungu bushingiye ku ikoranabuhanga.
Biteganyijwe ko Inteko Rusange y’Umwaka utaha izabera mu Bwami bwa Hashemite bwa Yirodaniya muri Gashyantare 2025, nk’Igihugu cyahawe kuyobora uyu Muryango muri uyu mwaka.
| 527 | 1,696 |
Abafite akaboko kamwe babonewe agakingirizo gafungurwa n’ikiganza kimwe. Uretse abafite akaboko kamwe, Ben Pawle anavuga ko hari abantu benshi bizorohereza kuko azi neza ko hari abagabo igihe cyo gufungura agakingirizo kibabangamira cyane cyane ko bibasaba kurekura abakinzi babo bagiye gukorana imibonano mpuzabitsina. Ako gakingirizo kitwa “One Handed Condom” gafunguka iyo umuntu agafashe mu ntoki afashe imbere n’inyuma ku gifuniko karimo nkuko bigargara ku ifoto, ubundi agasa nukuba za mpande akoresheje intoki maze agakingirizo kakisohora. Uyu mushinga yawigiye mu ishuli ry’ubugeni ry’ahitwa Glasgow ku nsanganyamatsiko ivuga ngo “ni gute wakorohereza ubuzima ababana n’ubumuga?”. Gusa ntawabura kwibaza niba bizoroha kwambara ako gakingirizo umuntu akoresheje ikiganza kimwe mu gihe utundi bitoroha cyangwa ntibinashoboke kutwambaza akaboko kamwe. Ernest Kalinganire
| 115 | 321 |
Bamwe mu banyarwanda bari kwamagana igitaramo cya Koffi Olomide I Kigali. Bamwe mu Banyarwanda bari gusaba ko igitaramo cya Koffi Olomide giteganyijwe kubera i Kigali gihagarikwa kubera ibirego ari kuburana mu nkiko byo guhohotera abagore.Mu kwezi gushize, Olomide w’imyaka 65, yasabiwe n’abamushinja gufungwa imyaka umunani mu rukiko rw’ubujurire rwa Versailles i Paris."Le Grand Mopao", icyamamare muri DR Congo no muri Africa, aregwa n’abagore bane bahoze ari ababyinnyi be ihohotera rishingiye ku gitsina no gufatira abantu. Ibirego we yakomeje guhakana.Juliette (...)Bamwe mu Banyarwanda bari gusaba ko igitaramo cya Koffi Olomide giteganyijwe kubera i Kigali gihagarikwa kubera ibirego ari kuburana mu nkiko byo guhohotera abagore.Mu kwezi gushize, Olomide w’imyaka 65, yasabiwe n’abamushinja gufungwa imyaka umunani mu rukiko rw’ubujurire rwa Versailles i Paris."Le Grand Mopao", icyamamare muri DR Congo no muri Africa, aregwa n’abagore bane bahoze ari ababyinnyi be ihohotera rishingiye ku gitsina no gufatira abantu. Ibirego we yakomeje guhakana.Juliette Karitanyi, impirimbanyi y’uburenganzira bw’abagore mu Rwanda, yabwiye BBC ko kuzana Koffi kuririmbira mu Rwanda "ntabwo twaba turi kubwiriza ibyo dukora".BBC yavuganye n’abateguye iki gitaramo ariko ntibasubiza kuri ibi bivugwa n’abatifuza ko Koffi ataramira mu Rwanda.Iyi ingingo yazanywe na bamwe mu mpirimbanyi ni imwe mu ziri kuvugwaho cyane mu Rwanda mu bazi iby’iki gitaramo giteganyijwe tariki 04 Ukuboza (ukwa 12) muri Kigali Arena.Ku mbuga nkoranyambaga bamwe bagaragaza ko ibyo Koffi ashinjwa bidakwiye kumubuza gutaramira i Kigali kuko bitaramuhama burundu mu nkiko.Abandi bakabona ko ibyo ashinjwa bidakwiye gutuma aririmbira mu gihugu "kivuga ko gishyira imbere umugore", nk’uko Emma Uwingabire yabibwiye BBC.Guhera uyu munsi tariki 25 Ugushyingo, mu burasirazuba bw’u Rwanda hatangirijwe ubukangurambaga mpuzamahanga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina.Karitanyi agira ati:"Kumwemerera [Koffi Olomide] gutaramira hano, cyane cyane muri iyi minsi, ni nkaho tuba twimye agaciro aba bahohoterwa…ni nkaho tuba tuvuze tuti ’aaaaa ntitubyitayeho.’"Gusa hari abagaragaza ko Koffi ahawe ikaze mu Rwanda bashingira ku kuba ibyo aregwa akiri kubiburanaho.Asubiza ku mashusho Koffi yatangaje kuri Twitter yemeza igitaramo cye i Kigali, Vincent Karega, ambasaderi w’u Rwanda muri DR Congo, yanditse ko "ikaze ry’ubwuzu rimutegereje" mu Rwanda.Ariko Karitanyi avuga ko kwemerera Koffi gutaramira mu Rwanda akiri kuregwa biriya byaha ari "nko kwerekana ko nyine adakorwaho kuko ari igihangange…"Ati:"Muri iyi minsi turi kurwanya ihohoterwa kwakira igitaramo cy’umuntu uri mu rukiko aregwa ibi byaha, ntabwo twaba turi kubwiriza ibyo dukora... Icyo twifuza ni uko igitaramo cyahagarikwa."Urubanza mu bujurire Koffi Olomide ari kuburana i Paris ruzasomwa tariki 13 z’ukwezi gutaha.BBC
| 390 | 1,120 |
Bahangayikishijwe n’impanuka ziterwa n’ibyobo bidapfundikiye ku muhanda. Urujya n’uruza rw’abantu bakoresha uyu muhanda wo ku isoko ry’ibiribwa rya Musanze, bavuga ko ibyobo biri impande z’umuhanda wa kaburimbo bikunda guteza impanuka yaba ku binyabiziga cyangwa ku bantu bitewe nuko hadapfundikiye. Amakuru atangwa n’abatuye mu karere ka Musanze bakunze gukoresha uyu muhanda wo muri carriere, bavuga ko bino byobo bimaze imyaka irenga itatu bidapfundikiye, ku buryo hari abakunze kugwamo bagakomereka bakanajyanwa kwa muganga, bagasaba ko byapfundikirwa. Kazungu ukora akazi ku ubwikorezi muri aka gace, avuga ko bahangayikishijwe n’ibyo byobo, kuko bikunze guteza inpanuka kubinyabiziga n’abantu. Agira ati “Njyewe hari igihe mba mpagaze nkabona imodoka ije guhaha hano mu isoko yakata mbega kubera abatabibonye avuye nko muri parikingi imodoka ikaba iguye muri kiriya cyobo bikaba ngombwa ko batwifashisha ngo tuyikuremo. Abantu nabo hari igihe baza bakagwamo kuburyo bakomereka bakajyanwa no kubitaro hari n’uwaguyemo ashinzemo umutwe yarakomeretse haza imodoka imujyana ku bitaro.” Nyiragusenga Oliva ukunda gukoresha uyu muhanda agiye guhaha, avuga ko kuba ibyobo byo muri bidapfundikiye bikunda guteza impanuka, agasaba ko harebwa uburyo byatwikirwa cyangwa hagashirwa ibyapa. Ati “Impamvu bibangamye nta cyapa kiriho ikindi nta kimenyetso kigaragaza ko hari ibyobo, rwose birabangamye badufashije babipfuka.” Umuyobozi w’Akarere ka Musanze Musabyimana Jean Claude, asobanura ko byari byashizweho ngo bijye binyuramo amazi gusa ngo hari icyo bateganya. Ati “Kubera ko uriya muhanda barimo kuwusana biriya byobo rero birajyana kuko ugeze no hepfo ntabwo ari hariya gusa biri bamaze gusubiranya na hariya naho buriya nuko bagikora umuhanda ariko ubundi bigomba gusubiranwa.” Biteganyijwe ko mu mezi nk’abiri imihanda irimo gukorwa mu Mujyi wa Musanze izaba yamaze kurangira arinabwo bivugwa ko nta cyobo kizaba kigaragara kidapfutse. Umunyamakuru @ lvRaheema
| 270 | 746 |
Nta mukurambere w’umuzungu wandutira umukurambere wanjye - Bamporiki. Yabibwiye urubyiruko rwo mu Ntara y’Amajyepfo, mu kiganiro ku butwari rwagiriwe tariki 31 Mutarama 2019, kuri Sitade Huye. Yasubizaga ikibazo cya Richard Simbikangwa, umunyeshuri wiga muri IPRC Kitabi, wabajije ati “Bamporiki hari ijambo ajya akunda gukoresha, abakurambere. Hari igihe iyo turi kwiga mu rusengero baba bavuga abakurambere bakavuga abadayimoni, imyuka n’ibindi. Ndashaka kumenya abo bakurambere Bamporiki ahora avuga.” Hon. Bamporiki yamusubije ko yemera Imana. N’ikimenyimenyi ngo yabaye umugaturika, arabatizwa, ahabwa ukaristiya aranakomezwa, hanyuma aza no kuba umurokore w’umupantekote. Ati “iyo mvugo y’uko uvuze abakurambere abantu bumva abadayimoni, njyewe n’ubwo ndi umupantekoti ndi mu bayirwanya. Ntabwo Musa na Yozefu b’Abisiraheri bashobora kuba abatagatifu, ngo Mwitende na Majangwe nkomokaho babe abazimu.” Yunzemo ati “Intwari zarwaniye u Rwanda, zigapfa zikaduha igihugu, zahinduka abazimu, abantu baje mu bikapu by’abakoroni, twasomye muri Bibiliya, bakaba abakurambere beza, abacu bakaba abazimu? Ubu na bwo ni ubukoroni!” Yakomeje avuga ko abigisha ivanjiri bigisha ko nta mumarayika w’umwirabura ubaho, ko bose ari abazungu. Ibyo ariko ngo ntibishoboka, cyane ko n’Imana itagira uruhu, ntigire n’ibara kuko itambaye umubiri. Ati “iby’abazimu n’abadayimoni n’abamarayika n’imyuka mibi n’ibitari imyuka mibi simbizi neza, ariko icyo nzi ni kimwe: nta mukurambere w’umuzungu wandutira umukurambere wanjye!” Kandi ngo nta mukurambere uruta undi. Ngo icyo umwe yarusha undi ni ubutwari yagize akiriho, butunze abariho n’abazaza. Rero ngo abirabura ntibakwiye gutekereza ko abakurambere babo ari imyuka mibi, kandi ngo no kubarota bikwiye kubashimisha aho kubatera ubwoba. Aha yatanze urugero rw’uko umwirabura ashobora guhura n’umuzungu ku manywa, nijoro yamurota akishima avuga ko yasuwe na marayika, nyamara yarota sekuru wamuhaye ubuzima “akamutokesha ngo kwa Jina la Yesu!” Bamporiki kandi ngo yumva atakwishimira kuzajya mu ijuru akazasangayo abantu atazi, akaburayo se, nyina, sekuru n’abandi. Ati “njye niringira ko abo nkomokaho niba bataranarikoreye nzarikorera ndibasabire ariko tuzahurireyo. Naho ubundi iryo juru wageramo ukaburamo abantu uzi ryagusiteresa (ryakongerera umunaniro)!” Yasoje avuga ko abazimu n’abadayimoni biramutse biri mu Kinyarwanda, washaka kubishyira mu ndimi z’amahanga bakaba abamarayika nta cyo byaba bitwaye. Ati “ariko kuvuga ko abakurambere bacu ari babi byo si byo, kuko ntabwo bagirwa babi no kuba ari bo dukomokaho.” Umunyamakuru @ JoyeuseC
| 347 | 1,052 |
Perezida wa Korea y’ Epfo wari umaze amezi atatu yegujwe by’ agateganyo yegujwe bidasubirwaho. Perezida wa Koreya w’ Epfo Madamu Park Geun-hye wegujwe kuri uwo mwanya abaye Perezida wa mbere wegujwe mu buryo bwa demukarasi.Urukiko rw’ ikirenga rwashyigikiye umwanzuro wari wafashwe n’ inteko ishinga amategeko y’ icyo gihugu mu Ukuboza kwa 2016 wo kweguza Perezida Geun –hye ukekwaho ibyaha bya ruswa.Kuri ubu yamaze kwamburwa ubudahangarwa yahabwaga n’ uko yari umukuru w’ igihugu ubu inkiko zishobora kumukurirana nk’ umuturage usanzwe.Urukiko rwavuze ko hagomba gutorwa undi mukuru w’ (...)Perezida wa Koreya w’ Epfo Madamu Park Geun-hye wegujwe kuri uwo mwanya abaye Perezida wa mbere wegujwe mu buryo bwa demukarasi.Urukiko rw’ ikirenga rwashyigikiye umwanzuro wari wafashwe n’ inteko ishinga amategeko y’ icyo gihugu mu Ukuboza kwa 2016 wo kweguza Perezida Geun –hye ukekwaho ibyaha bya ruswa.Kuri ubu yamaze kwamburwa ubudahangarwa yahabwaga n’ uko yari umukuru w’ igihugu ubu inkiko zishobora kumukurirana nk’ umuturage usanzwe.Urukiko rwavuze ko hagomba gutorwa undi mukuru w’ igihugu bitarenze iminsi 60.Kuva muri Ukuboza tariki 9, 2016, Perezida Geun –hye yari yaregujwe by’ agateganyo tariki 10 nibwo byamenyekanye ko yamaze kweguzwa bidasubirwaho. Inshingano za Perezida muri icyo gihugu zakorwaga na Minisitiri w’ Intebe kuva mu Ukuboza kwa 2016Ibyaha Perezida Geun –hye akurikiranyweho yabifatanyije n’ inshuti ye Choi Soon-sil.Uko ikibazo giteyeKampani ikomeye ikora ibikoresho by’ ikoranabuhanga birimo mudasobwa na telefone ibinyujije kuri Choi yahaye ruswa Perezida Geun- hye.Uko abaturage bakiriye iyeguzwa rya Perezida waboAbaturage benshi b’ icyo gihugu nyuma y’ uko bari basanzwe bakora imyigaragarambyo yo gusaba ko Perezida Geun - hye yakweguzwa, bakimara kumva ko urukiko rwamweguje bidasubirwaho, basubiye mu mihanda mu myigaragarambyo yo kwishimira ko ibyo basabaga byakozwe.
| 268 | 757 |
M23 yagabweho igitero ikimara kuva i Kibumba. Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 buvuga ko kuri uyu wa Gatatu abarwanyi bawo bavuye i Kibumba mu rwego rwo kubahiriza imyanzuro y’Abakuru b’Ibihugu bya EAC, bari mu nzira bagabwaho igitero n’ingabo za Leta n’imitwe izishyigikiye. Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa yavuze ko abarwanyi be bavuye i Kibumba mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu. Ati “Ingabo za Leta n’abazifasha bateye ingabo zacu, imirwano irakomeje.” Iyi mirwano yemejwe n’umwe mu Banyamakuru bari mu Burasirazuba bwa Congo, wavuze ko umuntu ukora muri sosiyete sivile yamutangarije ko umutwe wa M23 mu gitondo kuri uyu wa Gatatu wateye ingabo za Leta ahitwa kuri 3 Antennes, Kibumba, na Buhumba ni muri Teritwari ya Nyiragongo. Ubuyobozi bwa gisirikare bwa Kivu ya Ruguru ntacyo buravuga kuri iyi mirwano. Radio Okapi ku wa Kabiri yari yatangaje ko umutwe wa M23 ukomeje kuva mu bice wari warafashe muri Chefferie ya Bwito, muri Teritwari ya Rutshuru. Izi nyeshyamba mbere yahoo zari zavuye mu bice bya Kibirizi, muri Gurupema ya Mutanda, Bambo na Kishishe, ndetse no muri Gurupema ya Bambo, na Tongo. Mu bice aba barwanyi bari barafashe, bakabivamo biteganyijwe ko ingabo za Kenya n’iza Sudani y’Epfo ari zo zihita zihacungira umutekano. Hashize igihe gito ingabo za Uganda zitangaje ko ari zo zigenzura agace ka Bunagana nyuma y’uko M23 ikarekuye. M23 zanavuye muri Teritwari ya Masisi, mu duce twa Kilolirwe na Kitshanga nk’uko Radio Okapi yabitangaje. Intumwa Nkuru ya Perezida Tshisekedi, Serge Tshibangu aherutse kubwira Radio Okapi ko kuba M23 iva mu bice byose yafashe atari impamvu y’imishyikirano na yo, ko ahubwo byategetswe n’inama y’Abakuru b’Ibihugu bya EAC. Yavuze ko harimo gutegurwa ibiganiro bya 4 bya Nairobi, ariko noneho bikazabera muri Congo. Gusa avuga ko M23 nimara kuva aho yafashe, “Abanyarwanda” bayirimo bazasabwa gutaha iwabo, hagasigara Abanye-Congo, bazaba bafite amahirwe yo guhitamo ubuzima bwabo. Muri icyo kiganiro Serge Tshibangu yagize ati “Nagira ngo nsobanure neza ibintu bibiri: Icya mbere, ntabwo twatangiye imishyikirano na M23. Icya kabiri, icyo kwibuka ni uko byose byagenwe mu itangazo ry’ibyemezo by’i Luanda ryo ku wa 23 Ugushyingo, 2022. Iryo tangazo risaba ko habaho guhagarika imirwano nta yandi mananiza M23 ishyizeho, kuva mu bice bafashe, ndetse bakajyana ibirindiro byabo ku kirunga cya Sabyinyo, kugira ngo babe ariho barindirwa, ndetse bamburwe intwaro, noneho hakurikireho indi ntambwe.” Yakomeje agira ati “Dutegereje itsinda ribishinwe (mécanisme de vérification ad hoc), nib o bazagaragaza ibyo babonye, bakemeza niba koko M23 yarasubiye ku Kirunga cya Sabinyo. Aho hazakorwa ibarura. Kubera ko abo bazarindirwa umutekano ni Abanye-Congo gusa. Abanyarwanda bari muri M23 bagomba gusubira iwabo.” Gushakira amahoro Congo birakomeje, ibihugu byose byemeye kohereza ingabo zabyo ari byo Uganda, u Burundi, Kenya na Sudan y’Epfo byamaze kubikora
| 435 | 1,137 |
Minisitiri wo muri Afurika y’Epfo yabaye iciro ry’imigani nyuma yo kuvuga ko yagiye I Genève atagiye mu Busuwisi. Minisitiri w’itangazamakuru muri Afurika y’Epfo,Madamu Stella Ndabeni-Abrahams,yahindutse iciro ry’imigani nyuma yaho ururimi runyereye bikagaragara nkaho uyu mugore w’imyaka 42 y’amavuko atazi ko Genève ari umujyi ukomeye mu Busuwisi.Madamu Ndabeni-Abrahams wabonwaga nk’amaraso mashya yinjiye muri leta ubwo Perezida Cyril Ramaphosa yamugiraga Minisitiri mu mwaka wa 2018, akomeje kunengwa bikomeye nyuma yaho ibitangazamakuru byo muri Afurika y’Epfo mu kwezi kwa mbere bitangaje ibirego byuko yajyanye n’umugabo we mu Busuwisi kwizihiza isabukuru yo gushakana kwabo, kandi ari mu rugendo rw’akazi.Asubiza kuri ibyo birego mu kiganiro na televiziyo ya eNCA itegamiye kuri leta ya Afurika y’Epfo, Minisitiri Ndabeni-Abrahams yagize ati:"Ubitekerezaho iki?...Utekereza ko ndi umuntu wo kujyana umugabo wanjye mu kwizihiriza mu Busuwisi isabukuru y’igihe tumaze tubana nk’abashakanye?""Kuri iki kibazo navuze ko ntigeze na rimwe njya mu Busuwisi. Umugabo wanjye ntaragera mu Busuwisi na rimwe"."Twagiye i Genève n’i New York, birumvikana, gukora akazi ntegekwa gukora. Ni ikinyoma cyambaye ubusa [kuvuga ko nagiye mu Busuwisi]".
| 167 | 485 |
Ururimi
N'ubwo ururimi rw'Ikinyagisaka rugenda ruzimira gahoro gahoro, haracyari amagambo amwe n'amwe agikoreshwa na ba kavukire. Dore zimwe mu ngero z'Ikinyagisaka kitavangiye: amazomab: ise (acne); amatetu: amaganura; impita: icyunzwe; nanjoro: akayuya; igikaju (ikigusha): igisheke; amatetu: amaganura; umunenu (umunene): umuhama; agasakusaku: akananwa; gukonkoma: gukorora; kwiyayamura: kwayura; ingemu: insina; urwema: amatende; guhika kw'imvura: gukuba; gushemba: gupfunyika; gushomba: gutunda; igitereza: ibuye rinini, n'ibindi. Ururimi rw'Ikirashi narwo ruracyakoreshwa. Uru rurimi usanga rujya gusa n'ikinyambo cyangwa ikinyankore.Nk'uko tubikesha Mutuyimana (2014), dore ingero z'amwe mu mazina y'amagenurano y'abanyagisaka ari mu rurimi rw'Ikirashi.Tindamanyire: Sinamenye; Rugumire: Rurakomeye (urupfu,urugamba, urubanza); Bayijurenda:Yuzuye inda (amagambo); Rukayijakare: Rwajekare; Tirukayizire: Ntiruraza; Tirukenzire: Ntirurashaka (urupfu); Bagazora: Barayakanuye (amaso); Tigahwa: Ntashira (amagambo); Tibarekwa: Ntibarekwa; Tibenderana: Ntibakundana; Byenaku: Nyiribyago; Tihabyona: Ntihabose. Akandi karango gasa n'umwihariko w'ahahoze ari i Gisaka ni imyotso cyangwa se imanzi zo ku matama. Bamwe bavuga ko ababyeyi baba barashyiraga iyi myotso ku bana kuko hari ari indwara y'amaso abana bakundaga kuvukana bitewe n'uburwayi bwafataga ababyeyi batwite. Noneho iyo umwana yavukanaga ubwo burwayi, ababyeyi bahitaga bamwotsa, maze ngo agahita akira. Nyuma yaho noneho byaje kuba nk'umugenzo, abantu babona ari byiza; umwana wese uvutse—kabone n'ubwo yaba atarwaye amaso—bakamwotsa. Ikindi kivugwa ngo ni uko guca imanzi (imyotso) cyari ikimenyetso cyakoreshwaga mu ntambara y'i Gisaka n'u Rwanda kugira ngo abanyagisaka babashe gutandukanya abaturage babo n'abanyarwanda (Mutuyimana, 2014).
| 212 | 749 |
kamaro? 8 Kwiyigisha ni ukwerekeza ubwenge ku byo usoma, kugira ngo uvanemo ibintu byakugirira akamaro. Kwiyigisha si ugusoma wihitira, ugamije kurangiza ibyo usabwa gusoma, ugenda uca umurongo ahari ibisubizo. Urugero, mu gihe utegura Umunara w’Umurinzi, jya ubanza ufate umwanya usome inshamake ibanziriza igice. Hanyuma, usuzume umutwe mukuru, udutwe duto n’ibibazo by’isubiramo, nurangiza, usome igice cyose witonze. Jya wibanda ku nteruro itangira buri paragarafu, kuko akenshi iba igaragaza ibigiye kuvugwamo. Mu gihe usoma icyo gice, jya ureba isano buri paragarafu ifitanye n’agatwe gato ndetse n’umutwe mukuru. Jya wandika amagambo utamenyereye n’ibindi bintu wifuza gukoraho ubushakashatsi. 9. (a) Kuki tugomba kwita cyane ku mirongo y’Ibyanditswe mu gihe twiga Umunara w’Umurinzi, kandi se twabikora dute? (b) Nk’uko bivugwa muri Yosuwa 1:8, ni iki kindi tugomba gukora mu gihe dusoma imirongo y’Ibyanditswe? 9 Iyo twiga Umunara w’Umurinzi, tuba twiga Bibiliya. Bityo rero, mu gihe tuwiga mu materaniro, jya wita ku mirongo ya Bibiliya, cyanecyane igomba gusomwa. Jya usuzuma witonze ukuntu amagambo y’ingenzi ari muri iyo mirongo, ashyigikira igitekerezo kiri muri paragarafu. Byongeye kandi, jya ufata akanya utekereze kuri iyo mirongo n’uko washyira mu bikorwa ibivugwamo.Soma muri Yosuwa 1:8. Babyeyi, muge mutoza abana banyu kwiyigisha (Reba paragarafu ya 10) 10. Ukurikije ibivugwa mu Baheburayo 5:14, kuki muri gahunda y’iby’umwuka ababyeyi bagombye kwigisha abana babo uko bakwiyigisha n’uko bakora ubushakashatsi? 10 Ababyeyi baba bifuza ko Gahunda y’iby’Umwuka mu Muryango ya buri cyumweru yashimisha abana babo. Ababyeyi bagomba gutegura ibyo baziga, ariko si ngombwa ko buri cyumweru bakora ikintu kidasanzwe. Mushobora kureba ikiganiro cya buri kwezi cya Tereviziyo ya JW cyangwa mugakora ibintu byihariye, urugero nko kubaka inkuge ya Nowa. Ariko nanone, ni iby’ingenzi ko muri gahunda y’iby’umwuka mugena igihe cyo gutoza abana banyu kwiyigisha. Urugero, bagomba kumenya uko bategura amateraniro, cyangwa uko bakora ubushakashatsi ku bibazo bahura na byo ku ishuri. (Soma mu Baheburayo 5:14.) Niba bashobora kumara igihe biga Bibiliya bari mu rugo, bazashobora no gukurikira mu materaniro no mu makoraniro, nubwo nta videwo yaba yakoreshejwe. Birumvikana ko igihe gahunda y’iby’umwuka imara, giterwa n’imyaka abana bafite ndetse n’ubushobozi bwabo. 11. Kuki ari iby’ingenzi ko dutoza abo twigisha Bibiliya uko bakwiyigisha mu buryo bufite ireme? 11 Abantu twigisha Bibiliya na bo bagomba kumenya uko bakwiyigisha. Iyo bagitangira kwiga, twishimira ko baca imirongo ku gisubizo mu gihe bategura ibyo bari bwige cyangwa mu gihe bategura amateraniro. Ariko tugomba no kubigisha uko bakora ubushakashatsi n’uko bakwiyigisha mu buryo bufite ireme. Ibyo bizabatoza gukora ubushakashatsi mu bitabo byacu, bityo nibahura n’ikibazo bazamenye icyo bakora, aho kubaza abagize itorero. JYA WIYIGISHA UFITE INTEGO 12. Ni izihe ntego dushobora kuba dufite mu gihe twiyigisha? 12 Niba udakunda kwiga, ushobora gutekereza ko kwiyigisha bitazigera bigushimisha. Ariko bishobora kugushimisha. Ushobora gutangira umara igihe gito wiyigisha, hanyuma ukagenda ucyongera buhorobuhoro. Jya uzirikana intego ufite. Birumvikana ko intego y’ingenzi tuba dufite ari ukurushaho kwegera Yehova. Ariko dushobora no kuba dufite intego yo gusubiza ikibazo batubajije cyangwa gukora ubushakashatsi ku kibazo duhanganye na cyo. 13. (a) Ni iki umunyeshuri yakora kugira ngo asobanurire bagenzi be imyizerere ye? (b) Wakurikiza ute inama iboneka mu Bakolosayi 4:6? 13 Urugero,
| 513 | 1,464 |
Runyankore-Rukiga. Runyankore-Rukiga
Runyankore-Rukiga, byanditswe mw'ijambo rimwe ritandukanijwe n'akarongo. Icyabiteye ni ukubera ko uru rurimi ari ururimi rumwe koko! Kano karongo hamwe n'amagambo abiri Runyankore na Rukiga birerekana na none ko n'ubwo ari ururimi rumwe, rutavugwa n'abantu bamwe. Abanyankore rero n'Abakiga iyo bavuga nabo barumvikana neza n'ubwo umwe amenya ko uwo bavugana ari umukiga cyangwa umunyankore. Mbese ni kimwe n'ikinyarwanda n'ikirundi. Dukurikije amategeko y'isesengurandimi, ikinyarwanda n'ikirundi ntabwo ari indimi ebyiri zitandukanye, ahubwo ni ururimi rumwe, rufite amazina abiri kubera ko abaruvuga badatuye hamwe. Urunyankore n'urukiga nabyo ni cyo kimwe, kubera ko bamwe batuye ukwabo abandi bakaba batuye ukwabo, ariko ubundi barumvikana neza usibye utuntu duke duke nk'uko amagambo avugwa, ateye cyangwa icyo asobanura. Hano rero turerekana ko uru rurimi rusangiye n'ikinyarwanda ibintu byinshi. Icyambere kubera ko izi ndimi zitwegereye, icya kabiri kubera ko ziri mu muryango umwe witwa uw'Abantu.
| 137 | 420 |
“Nta myaka ibaho kugira ngo umuntu abe yakorera igihugu cye”. Si abantu bakuru bonyine cyangwa se urubyiruko gusa bashobora kubaka igihugu. Kugira ngo iterambere rigerweho hagomba ubufatanye bwa bose, hakabaho guhuza imbaraga n’ibitekerezo, abantu bagafatanya guhuza ibikorwa bizamura igihugu n’abagituye ntawe usigaye inyuma. Ntawakwihanukira ngo avuge ko hari imyaka runaka igenwe kugira ngo umuntu abe yakorera igihugu cye. Aya magambo ni asubirwamo na Kanangire Ngabo Christian, umusore muto cyane w’imyaka 24 y’amavuko. Amashuri abanza yayigiye mu ishuri rya Pigeonnier i Butare, ayisumbuye icyiciro cya mbere acyigira muri GSO Butare, akomereza muri IFAK ku Kimihurura i Kigali, aho yakurikiye amasomo y’Ubumenyi bw’Ibinyabuzima n’Ubutabire. Amashuri makuru yayize muri Kenya aho yakurikiye ibijyanye na Politiki, amaze umwaka umwe n’igice agarutse mu Rwanda, arikorera. Uyu musore ukiri muto cyane, iyo muganiriye ntumubonamo iyo myaka. Aratuje kandi ibitekerezo bye bigaragaza ko akuze n’ubwo itoto ry’umubiri we rikwereka imyaka mike ku yo we yivugira. Ntasetswa n’ubusa, ariko indoro ye iroroshye. Aberewe cyane n’uko yambaye, bihita biguha isura y’uko na we ubwe yiyumvamo umuyobozi ugomba kwiha icyubahiro. Amagambo avuga arabaze, kuko arasa ku cyo muganiraho gusa, kandi ntahuzagurika mu bitekerezo. Iyo umubajije, kugusubiza abanza gutekereza gato ariko abanje kukwitegereza mu maso. Ntashobora kureba hasi cyangwa hirya no hino, kandi ntiyagutumbira. Ibitekerezo bye abitondeka akurikije uko umubajije, yirinda cyane ko ushobora kumutanisha. Mu kiganiro n’umunyamakuru wa IGIHE aho yamubajije impamvu yize amasomo ajyanye n’ubumenyi (Ibinyabuzima n’ubutabire), ntabe ari byo akomeza kandi urubyiruko rushishikarizwa kwiga amasomo y’ubumenyi n’ikoranabuhanga, ahubwo we agahitamo politiki; Kanangire yasubije atuje cyane, ati “Numvaga kwiga amasomo ya Politiki ari byo byanyura; numvaga kuva kera mbifitemo impano, kuko mbona ari n’uburyo bwiza bwo kuyobora abantu kugira ngo babashe kugera ku iterambere.” Kanangire akomeza avuga ko kuva yajya mu ishuri, igihe kinini yagiye yisanga mu buyobozi bw’abanyeshuri. Ibyo ngo byatumye ageze mu mashuri yisumbuye ari umwana muto ugeze mu mwaka wa kabiri, yatorewe kuyobora Club Rugali yo muri GSO Butare, amahirwe atarabonwaga n’umunyeshuri utaragera mu cyiciro cya kabiri. Ati “Kuva ntorewe kuyobora iyo Club, nabonye ko bagenzi banjye n’ubundi bambonamo ubushobozi. Nanjye ubwanjye nabishyizemo ubushake ndetse bigera n’aho ubuyobozi bw’ikigo bunshima imbere y’abandi banyeshuri. Icyo kintu mu buzima bwanjye sinzakibagirwa.” Arangije icyiciro rusange nk’uko abyivugira, ntiyatereye iyo, kuko yageze muri IFAK agahita ahatangiza ya Club Rugali, anatangiza indi nyuma yaje gukomera ubu ikaba ari na yo itegura urugendo rugamije kwibuka “Walk to remember”. Avuga ko icyizere imbere ya bagenzi be cyakomeje kuko ageze mu mwaka wa gatanu, yatorewe kuba umuyobozi w’abanyeshuri mu kigo yigagamo. Ati “Ubwo natangiye guhinduka, niyumvamo politiki cyane, ndetse ntangira no kujya nsoma ibitabo byanditswe n’abanyapolitiki, gukurikirana amakuru, ibyo bituma numva ngomba kwiga politiki uko byagenda kose.” Mu banyapolitiki, Kanangire avuga ko Perezida Kagame amubera urugero rusumba izindi. Ati “Iyo ntekereje ingabo zabohoje u Rwanda, nkareba amateka yabo ko bacyitangiye ari bato nanjye ubwanjye bintera ishema. Untera ishema kurusha abandi ni Perezida Kagame. Iyo urebye igihugu cyacu uko cyihuta mu iterambere n’amateka mabi cyanyuzemo, usanga ari umuyobozi w’igitangaza.” Mu masomo yize Kanangire avuga ko iryamunyuze cyane ari iry’amateka y’u Rwanda, na ho mu mirimo yakoze uwamushimishije ni ukuba umuyobozi wa Rugali ari umwana muto cyane, n’igihe nabaye Umuyobozi w’abanyeshuri muri IFAK. Ati “Icyo gihe muri IFAK twashyizeho ikigega cy’ubufatanye gifasha abanyeshuri batishoboye, kandi byatanze umusaruro mwiza cyane ndetse birushaho guhuza abanyeshuri no kwiyumvamo kwishakamo ibisubizo.” Muri Kaminuza Kanangire Ngabo Christian avuga ko yashimishijwe n’isomo rijyanye no kutagira undi ushamikiraho n’iterambere ry’ibihugu. We asanga iryo somo ryigisha abantu kwigira bakareka kugengwa n’abandi, cyane cyane mu bukungu. Asanga urubyiruko rw’u Rwanda umwanya rufite muri politiki rudakwiye kuwupfusha ubusa. Asanga ayo mahirwe bakwiye kuyakoresha batekereza ku gihugu cyabo, baharanira kugira ishema ryo kwitwa Abanyarwanda, kandi ibiganiro byabo bikagusha ku miyoborere myiza y’igihugu, bitabira cyane ibiganiro bya Politiki kandi batangamo ibitekerezo. [email protected]
| 614 | 1,770 |
Uburezi mu Rwanda. Mbere yo Mu mwaka 1900. Uburezi mu Rwanda ntabwo bwari busanzwe kandi bwatangwaga ahanini binyuze mumuryango . Amasomo yatangwaga kandi binyuze mu matorero. aho bigaga ibya gisirikare, ibijyanye n'intambara, gucura ibyuma, ibisigo, kuboha ibitebo, n'ibindi Ubumenyi bwabo mubuzima. Mu mwaka 1960 kugeza mu mwaka 1994. Nyuma y'ubwigenge, hibanzwe ku kuvugurura gahunda y'uburezi no guteza imbere integanyanyigisho z'igihugu. Intego nyamukuru kwari ukugera ku bana benshi bo mu Rwanda cyane cyane kunoza uburyo bwo kwiga mu cyaro. Gahunda yigihugu no guhinduranya igitondo n'ikigorobabyatangijwe mu mwaka 1966. Kuva mu mwaka 1977 ,amashuri abanza yari imyaka 8 mu Kinyarwanda, mugihe amashuli yisumbuye yigishijwaga mugifaransa. Kuva Mu mwaka 1994 kugeza Mu mwaka 2012. Imyaka ya jenoside yakorewe abatutsi yibanze ku gushora imari kwabantu no kongera umubare w’abanyeshuri.mu mwaka 1996 hashyizweho amashuri abanza yimyaka 6, ikiciro rusange cyayisumbuye cyimyaka 3, nayisumbuye yimyaka 3, aho Kinyarwanda yari ururimi rwo kwigisha kugeza kumyaka 6 y'ibanze, mugihe ayisumbuye , yahindutse igifaransa nicyongereza . Mu mwaka wa 2006, Gahunda ya 4 y’Ingamba z’Uburezi (ESSP 2006–2010) yashyizeho amashuri atishyurwa -9 Yibanze - harimo abanza na tatu yisumbuye. Mugihe igipimo cyo kwiyandikisha cyazamutse, ibiciro bijyanye nishuri byakomeje kuba inzitizi kuri benshi. Mu mwaka wa 2008, mu rwego rwo gushimangira kwinjira ku Rwanda m'umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba (EAC), icyongereza cyemejwe nkururimi rw’igihugu rwigisha, imyaka 3 gusa yambere y’amashuli abanza niyo yigishwa mu Kinyarwanda. Hashyizweho abayobozi benshi bashya: Kuva Mu mwaka 2012 kugeza Mu mwaka 2016. Kuva mu mwaka wa 2012, muri gahunda nshya y’ingamba z’uburezi (ESSP 2013-2015), intego yavuye mu kongera umubare w'abinjira n'abiyandikisha mu myaka 9 y'ibanze igera ku kuzamura ireme n’akamaro k’ishuri ndetse no kongera amahirwe yo kwiga amashuri yisumbuye hatangijwe imyaka 12 y’ibanze. Politiki yuburezi (12YBE), ituma amafaranga yishuri atishyurwa kugeza mumashuri yisumbuye. Minisiteri y'Uburezi. Minisitiri w’uburezi Dr. Valentine Uwamariya yasimbuye Dr Eugene Mutimura mu mwaka 2020 aba minisitiri w’uburezi Ubutumwa n'Intego. "Kurwanya ubujiji no kutamenya gusoma." "Gutanga abakozi bafite akamaro mu iterambere ry'ubukungu n'umuryango by'u Rwanda binyuze mu burezi n'amahugurwa" Amafaranga yuburezi. Uburezi bufite 15% byingengo yigihugu muriyo 9.5% ahabwa HE Mu 2003 amafaranga leta yakoresheje mu burezi yari Miliyari 48 z'amafaranga y'u Rwanda (nukuvuga miliyoni 48.6 z'amapound cyangwa miliyoni 86 z'Amanyamerika). Hagati ya 1996 na 2001 amafaranga rusange yakoreshejwe ava kuri 3.2% agera kuri 5.5%. Icyakora ibyinshi muribi byakoreshejwe mumashuri yisumbuye. Ibipimo byuburezi. Inzego zikurikira zigenzura ibipimo byuburezi - Urwego rw'ubwubatsi n'ibikoresho - Inama y’igihugu ishinzwe ibizamini Ishami rishinzwe igenamigambi - Ubugenzuzi Bukuru bw’Uburezi Ikoranabuhanga n'itumanaho(ICT) mu burezi. Guverinoma y'u Rwanda yashyizeho ingamba z'igihugu mu ikoranabuhanga n'itumanaho (ICT). Ibi bihuzwa n’ikigo cy’ikoranabuhanga mu itumanaho ry’u Rwanda (RITA) cyari kigamije kuba urwego rw’igihugu mu rwego rwo gushyigikira iterambere no gushyira mu bikorwa ibikorwa remezo by’itangazamakuru n’itumanaho mu nzego za Leta n’abikorera. Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) igira uruhare runini mu guteza imbere ikoreshwa rya ICT mu mashuri kandi
| 465 | 1,407 |
izo ntego 3. Jya umushimira ibyo agenda ageraho 5. Nk’uko bigaragara muri Mariko 10:17-22, Yesu yasabye umugabo w’umukire gukora iki kandi se kuki yabimusabye? 5 Fasha uwo wigisha kugira ibyo ahindura. (Soma muri Mariko 10:17-22.) Yesu yari azi ko bitari korohera uwo muntu wari umukire kugurisha ibyo yari atunze byose (Mar 10:23). Icyakora ibyo ntibyabujije Yesu kumusaba icyo kintu gikomeye. Kubera iki? Ni ukubera ko Yesu yari yamukunze. Hari igihe dushobora gutinda kubwira uwo twigisha kugira ibyo ahindura, twibwira ko hakiri kare. Kandi koko hari abantu bisaba igihe kwiyambura kamere ya kera, bakambara kamere nshya (Kolo 3:9, 10). Ariko iyo ubwiye uwo wigisha Bibiliya hakiri kare ibyo akwiriye guhindura udaciye ku ruhande, bishobora gutuma ahita atangira guhinduka. Iyo ubikoze uba ugaragaje ko umukunda.Zab 141:5; Imig 27:17. 6. Kuki twagombye gukoresha ibibazo bisaba umwigishwa kuvuga icyo atekereza? 6 Byaba byiza ubajije uwo wigisha Bibiliya ikibazo gituma avuga ibyo atekereza ku byo mwiga. Ibyo bizatuma umenya uko yumva ibintu n’ibyo yizera. Nujya umubaza ibibazo nk’ibyo kenshi, bizakorohera kuganira na we ku ngingo zishobora kumugora. Mu gitabo Ishimire Ubuzima Iteka Ryose, harimo ibibazo byinshi bifasha abantu kuvuga ibyo batekereza. Urugero, mu isomo rya 4 harimo ikibazo kibaza ngo: “Yehova yumva ameze ate iyo ukoresheje izina rye?” No mu isomo rya 9 harimo ikibazo kibaza ngo: “Ni iki wifuza kubwira Yehova mu isengesho?” Mu mizo ya mbere bishobora kugora umwigishwa gusubiza ibyo bibazo. Icyo gihe ushobora kumufasha, umutoza gutekereza ku mirongo y’Ibyanditswe n’amafoto bifitanye isano n’ingingo muganiraho. 7. Wakoresha neza ute inkuru z’ibyabaye? 7 Umwigishwa namara kumenya icyo akwiriye gukora, uzakoreshe ingero z’abantu bagize icyo bahindura mu buzima kugira ngo umutere inkunga yo kugira icyo akora. Urugero niba kuza mu materaniro bimugora, ushobora kumwereka videwo ifite umutwe uvuga ngo: “Yehova ntiyigeze antererana” iri mu isomo rya 14 ahanditse ngo: “Ahandi wabona ibisobanuro.” Inkuru nk’izo uzazisanga mu gitabo Ishimire Ubuzima Iteka Ryose ahanditse ngo: “Ibindi wamenya” n’ahanditse ngo: “Ahandi wabona ibisobanuro.” Gusa uge wirinda kugereranya umwigishwa wawe n’undi muntu, wenda umubwira uti: “Ubwo uyu yabishoboye nawe ushobora kubikora.” Ahubwo uge ureka umwigishwa abe ari we ubyivugira. Wowe jya umwereka ibintu by’ingenzi byafashije uwo muntu uvuzwe muri videwo, agashyira mu bikorwa ibyo yize muri Bibiliya. Urugero ushobora kumwereka umurongo w’Ibyanditswe wamufashije cyangwa ikintu yakoze. Igihe cyose bishoboka uge wereka umwigishwa ukuntu Yehova yafashije uwo muntu. 8. Twafasha dute uwo twigisha Bibiliya gukunda Yehova? 8 Fasha uwo wigisha gukunda Yehova. Wabikora ute? Jya ushaka uko wamufasha gutekereza ku mico ya Yehova. Jya ufasha umwigishwa kubona ko Yehova ari Imana igira ibyishimo kandi ifasha abayikunda (1 Tim 1:11; Heb 11:6). Jya ufasha umwigishwa kubona ko nakurikiza ibyo Yehova amusaba, bizatuma abona imigisha kandi umusobanurire ko iyo migisha igaragaza ko Yehova amukunda (Yes 48:17, 18). Uko umwigishwa azarushaho gukunda Yehova, ni na ko azarushaho kugira ikifuzo cyo kugira ibyo ahindura.1 Yoh 5:3. JYA UFASHA UMWIGISHWA KUMENYANA N’ABANDI BAKRISTO 9. Dukurikije ibivugwa muri Mariko 10:29, 30, ni iki cyafasha umwigishwa kugira ibyo yigomwa ngo abatizwe? 9 Hari
| 499 | 1,396 |
Itorero rya RBCR(Reformed Baptist Convention in Rwanda) ryimitse Rev.Dominique Ndagijimana nk’Umushumba mukuru mushya. Rev Dominique Ndagijimana yimitswe nk’umushumba mukuru mushya w’Itorero rya RBCR(Reformed Baptist Convention in Rwanda), rifite ikicaro gikuru mu karere ka Gasabo mu mugi wa Kigali.Ni mu birori byabaye kuri iki Cyumweru tariki 04/02/2024, bibera ku kicaro gikuru cy’ Itorero RBCR(Reformed Baptist Convention in Rwanda) giherereye mu murenge wa KinyinyaKwimika uyu muvugizi mushya byitabiriwe n’Abakristu b’Itorero baturutse mu turere twose tw’u Rwanda,wabonaga ko bizihiwe bikomeye binyuze mu mpanuro z’iyobokamana bahabwaga ndetse no mu ndirimbo z’amakorali anyuranye.Mu ijambo rye, Rev.Dominique Ndagijimana wimitswe yagarutse ahanini ku gusaba lmana ubwenge bwo kubasha kuyobora Umukumbi ndetse n’iyerekwa lmana yatanze.Ati”Bakristu mwese muri rusange, ndabasaba ubufatanye ndetse no kuguma cyane kugicaniro cy’ lmana , kuko amasengesho ariyo agize umukristu n’ itorero muri Rusange. Ndashimira byimazeyo Bishop Dr. Bashaka Faustin wari umuvugizi mukuru ku bw’umuhate n’ urukundo akunda umurimo w’ lmana. ndamwizeza ko ngiye gukomereza aho yari agejeje kandi neza”Yasoreje ku ijambo dusanga muri Amosi 9:11 “Uwo munsi nzegura ihema rya Dawidi ryaguye nice ibyuho byaryo, kandi nzasana ahasenyutse haryo, nzaryubaka rimere nk’uko ryahoze kera”.Rev.Dominique Ndagijimana wahawe inshingano z’ubushumba,yize amashuri makuru kugeza kucyiciro cya Masters.Uyu yatangiranye n’ itorero RBCR,yageze igihe arasengerwa kubushumba ahita anashingwa gushumba itorero rya RBCR Paroise ya Gatunda, iherereye mu ntara y’Uburasirazuba mu karere ka Nyagatare.Mu mwaka wa 2009, Rev.Dominique yabaye umuyobozi mukuru w’Amatorero yose ya RBCR mu ntara yuburasirazuba ku rwego rw’intara, muri 2015 yasengewe ku mwanya wo kuba umuyobozi mukuru w’amatorero yose y’Uburasirazuba ku rwego rw’ Igihugu, muri 2018 yasengewe kumwanya wo Kuba Assistant Bishop wa 2 (Umuvugizi wungirije wa 2) aho yaranashinzwe cyane cyane kureberera iterambere ry’ itorero muri rusange.Muri iki gihe cyose, Rev.Dominique yabashije kwitabira Inama zerekeye iyobokamana ku migabane itandukanye yisi irimo Asia, Europe, America ndetse no mu bindi bihugu bitandukanye muri Africa.Kuri ubu asengewe Kuba umuvugizi mu kuru w’ itorero RBCR, akazabifatanya n’inshingano asanganwe zo kuba umubitsi wa Department y’Abagabo b’Aba Baptiste mu bihugu by’Afurika y’Uburasirazuba, igizwe n’ibihugu 13.Rev.Dominique Ndagijimana wimitswe yasimbuye Bishop Dr Bashaka Fauste wari umaze imyika 18 muri izi nshingano.Bishop Dr Bashaka Faustin azasigara ayoboye Board(inama y’ ubutegetsi) y’ Itorero RBCR, kandi azakomeza Kuba umuyobozi mukuru w’ ubumwe bw’ Ababaptista mu bihugu bine aribyo u Rwanda, Burundi, Uganda na South SudanNi inshingano abamuzi bavuga ko azikwiriye kuko Bishop Bashaka Faustin acyuye igihe yujuje Imyaka 50 ku murimo w’ ubushumba, n’ Imyaka 18 ayoboye RBCR.Bishop Dr Bashaka Fauste yabwiye Rev.Dominique Ndagijimana wamusimbuye ko roho nzima itura mu mubiri muzima, kuba ahawe izi nshingano azibanda ku ivuga butumwa ariko rigamije kuzamura no kwita ku mibereho myiza y’Abakristu n’iterambere ry’igihugu muri rusange.Yongeye ho ko Rev.Dominique atatowe ku bwimpanuka, ahubwo yatowe n’Imana n’Abakirisitu bamugiriye ikizere kubera ibyo babona azabagezaho.Abakristu nabo bishimiye abashumba bashya bahawe, biyemeza gutanga umusanzu wabo ushingiye ku kubatera ingabo mu bitugu binyuze mu gufatanya n’aba Bashumba mu guteza imbere itorero.Rev.Dominique Ndagijimana wahawe ku mugaragaro inshingano zo kuba Umuvugizi mushya w’itorero RBCR, yahawe abavugizi bashya bungirije aribo, Rev. Joseph Habineza wagizwe umuvugizi wambere wungirije na Rev. Masika Joseph wagizwe umuvugizi wa kabiri wungirije.Itorero RBCR ryatangiye tariki ya 18/12/2005, ubu rikaba rimaze kugira amatorero 48 hirya no hino mu Rwanda
| 514 | 1,465 |
Huye: Batatu bapfuye bagwiriwe n’inzu kubera imvura. Iyo yabagwiriye isenywe n’imvura nyinshi yaguye muri iryo joro. Abo ni Jean Claude Hategekimana, w’imyaka 43, n’umugore we Alphonsine ndetse n’umwana wabo wari ufite imyaka ibiri. Bari batuye mu Mudugudu wa Karambo mu Kagari ka Sovu, Umurenge wa Huye. Muri iyi nzu bari kumwe n’umwana wabo Fidele w’imyaka itanu ariko we ntiyapfuye kuko abaturanyi batabaye atarahwana : ibinonko by’inzu byari byamutsikamiye ku gihimba ariko ntibyamupfuka umutwe, bituma abasha kurira. Kurira kwe ni na ko kwakuruye abamutabaye. Vestine Nzamukosha, mushiki wa nyakwigendera agira ati “Umugore wo mu muryango wacu utuye hariya [yerekanaga inzu iri ruguru gato yo kwa Hategekimana] ni we wasohotse hanze saa sita z’ijoro, yumva Fidele arira ajya kureba. Ni we watabaje abamukuye munsi y’ibinonko n’amategura. Abandi bo basanze bamaze kunogoka.” Abaturanyi bababajwe cyane n’urupfu rw’umuturanyi wabo. Olive Musabyimana yagize ati “Rwose tubuze umuntu w’imfura. Yari umukene, ariko iyo hagiraga utabaza ni we wahageraga mbere.” N’ikiniga ati “Iyo tuza kubasha kumutabarira igihe nk’uko na we yajyaga abigenza”. Iyi mvura yanasenye indi nzu mu Rwabuye ho mu Murenge wa Mbazi, ndetse n’urugo rw’inzu y’umuntu umwe utuye ahitwa mu Gahenerezo na ho mu Murenge wa Huye. Uretse gusenya, mu Karere ka Huye iyi mvura yanangije imirima y’imiceri tutaramenya uko bingana byosea kandi isenya n’ikiraro kiri hagati y’Umurenge wa Mbazi n’uwa Huye uturutse ku muhanda wa kaburimbo ahitwa mu Gahenerezo werekeza i Kabuga. Umunyamakuru @ JoyeuseC
| 231 | 635 |
Umwuzure w'umugezi w'Umuhondo mu wa 1887. Umwuzure w’umugezi w’Umuhondo mu mwaka wa 1887 muri Qing China watangiye muri Nzeri 1887 uhitana byibuze abantu 930,000. Niwo mwuzure umwe wahitanye abantu benshi mu Ubushinwa, bituma uba umwe mu biza byibasiye abantu benshi mu Ubushinwa .
Amateka.
Mu binyejana byinshi, abahinzi batuye hafi y'umugezi w'Umuhondo bari barubatse inkuta zitangira amazi yo mu migezi, uko igihe cyagiye kiza amazi yakomeje kujya hejuru kuri rwa rukuta, mu buryo bwo kwirinda umwuzure, bagombaga gushyira imyanda yabo ku ruzi. Mu 1887, umugezi wariyongereye, ugenda ukura kubera imvura yarimaze iminsi igwa kandi ikabije, nuko ruhita rwangiza inkombe ahagana ku ya 28 Nzeri, rutera umwuzure mwinshi. Kubera ko nta shyirahamwe mpuzamahanga ripima imbaraga z’umwuzure ubusanzwe rishyirwa mu byiciro by’ibyangiritse, ubujyakuzimu bw’amazi, n’umubare w’abapfuye.
Amazi yo mu mugezi w'umuhondo muri rusange atekerezwa ko yaciye mu ruzi rwa Huayuankou, hafi y'umujyi wa Zhengzhou mu ntara ya Henan . Bitewe n'ibibaya biri hafi y’akarere, umwuzure ukwirakwira vuba mu majyaruguru y’Ubushinwa, ureshya na kilometero kare 50,000 (130,000 km), igishanga cy'imiturire y'ubuhinzi n'ibigo by'ubucuruzi. Nyuma y'umwuzure, miliyoni ebyiri zasizwe iheruheru . Icyorezo cyavuyeho no kubura iby'ingenzi byahitanye abantu benshi nkabazize umwuzure. Wari umwe mu myuzure ikabije yabayeho mu mateka, nubwo nyuma ya 1931 umwuzure wa Yangtze-Huai ushobora kuba warahitanye miliyoni enye. Umubare munini w'abantu bapfuye ni 3.000.000.
| 210 | 635 |
Basanga kugera ku ntego ibihugu byihaye yo kurandura Malariya bishoboka. Ibyo ni bimwe mu byagarutsweho ku wa Kane tariki 25 Mata 2024, ubwo u Rwanda rwifatanyanga n’Isi muri gahunda yo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kwirinda no kurwanya Malariya, wahuriranye n’Inama ya 8 mpuzamahanga ku mugabane wa Afurika yiga kuri Malariya irimo kubera mu Rwanda. Mu kiganiro yatanze muri iyo nama yitabiriwe n’abarenga 2500 baturutse hirya no hino ku Isi, Umuyobozi Mukuru ushinzwe gahunda yo kurwanya Malariya ku Isi, Dr. Daniel Ngamije, yavuze ko kurandura iyo ndwara bishoboka kuko hari byinshi bimaze gukorwa kandi bitanga icyizere, kuko hari ubuzima bwa benshi bwarengewe bukarindwa kurwara Malariya. Yagize ati “Mu myaka irindwi cyangwa icumi ishize hari byinshi byasubiye inyuma, ku buryo dukomeje gutya tutagera ku ntego twihaye mu mwaka wa 2050, hakenewe kongerwa imbaraga mu rugamba rwo kurwanya Malariya, kuko n’indwara ishobora kwirindwa kandi ikira, ikindi kandi ni indwara yica.” Yongeraho ati “Hari byinshi kandi byiza twagiye twumva byagezweho haba mu Rwanda cyangwa mu bindi bihugu, ibyo bitwereka ko kugera ku ntego ibihugu byihaye byo kuyirandura burundu bishoboka, kuko niba kuri ubu u Rwanda ruhagaze neza muri 2024, hakaba hari n’ibindi bihugu birimo Cape Verde byashoboye kurandukara Malariya, bivuze ko bishoboka kuyirandura kandi tukayitsinda.” Ubuyobozi bukuru bwa gahunda ishinzwe kurwanya Malariya buvuga ko uretse Cape Verde, hari n’ibindi bihugu byamaze gutanga dosiye kugira ngo byemerwe nk’ibyashoboye kurandura Malariya, gusa ngo hakaba hari amahirwe ahari atandukanye yafasha mu kurandura iyo ndwara, harimo inzitiramubu zigezweho n’imiti iterwa yica imibu. Ngo kugeza ubu hari ibihugu bigera ku munani byatangiye gutanga inkingo za Malariya, birimo Cameroon, hamwe n’ibindi bigera kuri 20 byamaze gutanga ubusabe kugira ngo bishobore gutanga izo nkingo. Nubwo Malariya ari indwara ifata abantu bose, ariko ngo abana bari munsi y’imyaka itanu y’amavuko ni bo bugarijwe cyane mu bihugu byo munsi y’Ubutayu bwa Sahara. U Rwanda ni kimwe mu bihugu byagaragaje ko rwashoboye kugabanya Malariya ku kigero cya 90%, bigizwemo uruhare n’abajyanama b’ubuzima, kuko umubare w’abazahazwaga n’iyo ndwara wavuye ku bantu bihumbi umunani mu 2016, bagera ku 1300 muri 2023. Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), Prof. Claude Mambo Muvunyi, avuga ko umubare munini w’abarwara Malariya mu Rwanda, bitabwaho ndetse bakavurwa n’abajyanama b’ubuzima. Ati “60% by’abayirwara bavurirwa mu bajyanama batarinze kujya kwa muganga, ibi byadufashije kugabanya umubare w’abarwara Malaria no kubasha gutanga ubufasha bwihuse ku baturage. Ikindi ni uko dufite inzego z’ubuzima zifite uruhare muri iyi gahunda, zirimo amavuriro y’ibanze na yo aba afite ubushobozi bwo kuvura no kwita ku baturage muri rusange, yiyongeraho ibigo nderabuzima, ibitaro by’Akarere n’ibitaro bikuru, byose ni mu rwego rwo gukomeza kurwanya no kurandura Malaria.” Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya Malariya, ubaye mu gihe hishimirwa ibimaze kugerwaho mu rugamba rwo guhangana no kurandura Malariya, harebwa imbogamizi zihari, haniyemezwa kurushaho gukora cyane kugira ngo abaturage babeho mu buzima buzira Malariya. Umunyamakuru @ lvRaheema
| 461 | 1,248 |
Sena y’Ubwongereza yatambamiye umushinga w’abimukira mu Rwanda. Inteko ishinga amategeko y’Ubwongereza , umutwe mukuru [Upper house ] ufatwa nka Senat , watambamiye ikemezo cyo kohereza abimukira b’abongereza mu Rwanda ku majwi 214 kuri 171. nyuma yuko urukiko rukuru mu Bwongereza ruteye utwatsi umushinga w’Ubwongereza wo kohereza abimukira mu Rwanda, Ministiri w’intebe w’Ubwongereza Rish Sunak yahise afata icyemezo cyo gucisha uyu mishinga mu nteko ishinga amategeko imitwe yombi. inteko ishinga amategeko umutwe ufatwa nka Sena [House of Lords] ukaba watoye ku bwiganze utambamira icyi cyemezo kuko abagera kuri 214 batoye oya naho 171 bagatora yego. umusenateri wahoze ari umushinjacyaha mukuru Goldsimith niwe wayoboye komisiyo ishinzwe amasezerano mpuzamahanga muri Sena, akaba yazamuye igitekerezo cyo gutambamira iyoherezwa mu Rwanda ry’abimukira. Ino komisiyo ikaba yabwiye inteko ko umutekano w’u Rwanda utizewe, ku bwibyo ibona inteko itatorera kohereza abimukira mu Rwanda. Iyi komisiyo ishinzwe kwiga amasezerano mpuzamaganga mu nteko ishinga amategeko y’Ubwongereza ikaba yavuze ko idatambamiye icyi cyemezo burundu ahubwo isaba Leta kubanza kunononsora neza uyu mushinga , cyane cyane bita ku mutekano w’u Rwanda Iiri tambamirwa ry’umushinga w’abimuikira mu Rwanda rije mu gihe inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite [House of Commons] muri iki gihugu mu cyumweru gishize watoreye icyemezo cyo kohereza abimukira mu mu Rwanda ku majwi 320 kuri 276, abataratoreye uyu mushinga muri House of Commons bo bakaba batarigeze bavuga cyane ku mutekano w’u Rwanda ahubwo baravuze ko Ubwongereza uri gukoresha amafaranga y’umurengera. Uyu mushinga mu gihe washyirwa mu bikorwa, Ubwongereza buzagenera u Rwanda asaga miliyoni 290 z’amapawundi akaba asaga hafi miliyari 450.5 z’amafaranga y’u Rwanda. Ku ikubitiriro Ubwongereza bwari bwahaye u Rwanda Miliyoni 140 z’amayero zo gutangira kubaka no gutegura ibikorwa remezo bizafasha uyu mushinga w’abimukira mu Rwanda gushyirwa mu bikorwa.
| 279 | 793 |
Gatsibo: Bagiye kubona ishuli ry’intangarugero mu gihugu. Iri shuri ryubatse mu Mudugudu wa Bihinga, Akagali ka Kabarore, Umurenge wa Kabarore, ryatangiye kubakwa uyu mwaka ku nkunga ya Plan International Rwanda rikaba rigomba kuzura ritwaye amafaranga angana na miliyoni 400 y’u Rwanda. Habarurema Isaie, Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo wungirije ushinzwe ubukungu, avuga ko iri shuri rizagirira abaturage b’Akarere ka Gatsibo akamaro kanini n’igihugu muri rusange mu buryo butandukanye. Icya mbere ngo kubera urwego iri shuri rizaba ririho, ngo hazaba hari n’abarezi bafite ubumenyi buhagije cyane mu masomo ya Siyansi, nyamara ubundi hari abafataga urugendo bajya gushaka aho bigira aya masomo kandi naho rimwe na rimwe ugasanga aho bagiye nta bikoresho bya Laboratoire bihari bihagije kandi banatwaye ababyeyi babo amafaranga menshi. Nubwo nta mubare w’amafaranga wari wagaragazwa ku munyeshuli uzemererwa kwigira muri ishuli, ngo rizakira abana baturutse mu byiciro byose by’Abanyarwanda bigendeye kuri politiki y’igihugu y’uko buri mwana afite uburenganzira bwo kwiga. Iri shuri riri ku buso bwa hegitari 5, imiryango 12 yari ihatuye ikaba yarahawe ingurane ku butaka bwayo ndetse n’ibikorwa bahakoreye bingana n’amafaranga y’u Rwanda miliyoni 47 nabo barekura ubutaka bungana na hegitari 6.9. Gatsibo Model School izigwamo n’abanyeshuri b’abahungu n’abakobwa bose bazaba bagaragara ko bashoboye amasomo ya siyansi. Ni ishuri rigaragara neza haba inyuma n’imbere kuko ari inzu 2 zigerekeranye. Muri gahunda ngo rizakomeza kwagurwa mu rwego rwo kongera umubare w’abanyeshuri biga amasomo ya siyansi. Biteganijwe ko rizatangira kwakira abanyeshuri mu mwaka w’amashuri utaha wa 2015. Benjamin Nyandwi
| 239 | 654 |
Tour du Rwanda: Pelletier yasize abandi mu gusiganwa kilometero 3,5. Minisitiri w’intebe, Dr Pierre Damien Habumuremyi, ni we watangije ku mugaragaro iryo siganwa rizamara iminsi umunani, rikaba ryitabiriwe n’abakinnyi 66 baturutsemu makipe 12 yo mu bihugu 10. Mu gace ka mbere, abasiganwa bahagurukiye kuri stade Amahoro, banyura kuri KIE, Kimironko, FERWAFA bakagaruka kuri stade Amahoro. Pelletier Roy Remi yahakoresheje iminota 4 amasegonda 3 n’ibice 25, akaba yakurikiwe na mugenzi we Langlois Bruno bakinana mu ikipe ya Quebecor Garneau we akaba yakoresheje iminota 4 amasegonda 8 n’ibice 82. Niyonshuti Adrien yaje ku mwanya wa gatatu akoresheje iminota 4 amasegonda 9 n’ibice 26; uwamuje imbere yamurushije isegonda rimwe gusa. Nyuma yo kwegukana umwanya wa mbere, Pelletier Roy Remi ukinnye bwa mbere ‘Tour du Rwanda’ yavuze ko yizeye ko we na bagenzi be bazitwara neza no muasiganwa yo mu ntara, bakazavamo uzegukana isiganwa ryose, gusa avuga ko imisozi yo mu Rwanda ishobora kuzabagora. Pelletier Roy Remi yahawe igihembo cy’umukinnyi wegukanye umwanya wa mbere kingana n’amadolari 300, ahita anambikwa umwambaro w’umuhondo ugaragaza umukinnyi uba ari imbere mu isiganwa ry’amagare, ndetse yambikwa n’undi mwambaro uhabwa umukinnyi witwaye neza akiri mutoya. Adrien Niyonshuti nawe yegukanye imyambaro ibiri, harimo uw’Umunyafurika witwaye neza kurusha abandi, ndetse n’Umunyarwanda waje ku mwanya wa mbere muri iryo siganwa. Abandi bakinnyi b’Abanyarwanda ntabwo bitwaye neza mu gusiganwa iyo ntera ngufi (prologue) kuko nka Hadi Janvier yaje ku mwanya wa 21, Rudahunga Emmanuel ku mwanya wa 30, Habiyambere Nicodem ku mwanya wa 39, Hategeka Gasore ku mwanya wa 46, naho Nathan Byukusenge na Abraham Ruhumuriza baza ku myanya ya 56 na 57. Isiganwa ryo kuzenguruka u Rwanda nyirizina ryatangiye kuri uyu wa mbere tariki 19/11/2012, aho abasiganwa berekeje i Nyagatare, urugendo rungana na kilometero 149,7. Abasiganwa nibagerayo, baragaruka mu modoka badasiganwa, bakaza kuba bitegura agace (etape) ka kabiri aho ku wa kabiri tariki 21 abasigana bazava i Kigali berekeza i Muhanga, ku gicamunsi bakazahava barekeza i Huye mu gace ka gatatu k’isiganwa. Theoneste Nisingizwe
| 321 | 846 |
Nyamasheke: Aho kwigira heza hateye urubyiruko kwitabira amasomo y’imyuga. Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Urubyiruko cya Nyamasheke buravuga ko aho Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ikigo cy’uBubiligi gishinzwe iterambere (Enabel) yubakiye inyubako nziza urubyiruko rwigiramo imyuga, rwiyongereye kuko mbere ngo rwazaga biguru ntege, kubera kutabona aho rwigira heza.
Mu kiganiro n’ibitangazamakuru bitandukanye, umuhuzabikorwa w’iki kigo, Uwumugisha Marie Claire Salomé, yavuze ko muri 2012 ari bwo cyatangiye, gitangirira mu nyubako nke z’ibiro cyubakiwe na Leta ibinyujije muri Minisiteri y’Urubyiruko, zafashaga urubyiruko muri serivisi z’ubuzima.
Avuga ko ubuyobozi bw’icyo kigo bwariho icyo gihe, bumaze kubona ko n’aya masomo y’imyuga y’igihe gito akenewe kandi nta nyubako zo kuyigiramo zihari, bwishatsemo ibisubizo, rwubaka inzu z’imbaho n’ibibati, zimeze nk’ibihangari, urubyiruko rutangira kwigiramo imyuga ariko hakaza ruke kubera ko hatari hameze neza.
Ati: “Kuko ubushobozi bw’ikigo bwari buke, kandi ayo masomo akenewe, ibyo bibaho n’ibibati ntitwavuga ko zari inyubako mu by’ukuri, kuko abana bigiraga mu ivumbi, hari impungenge z’uko
imbaragasa zabinjirana, umutekano w’ibikoresho utizewe kuko nk’umujura yashoboraga kuza nijoro agakuraho urubaho agatwara imashini. Imvura yagwa amahuhwezi akinjiramo, bigasaba ko bihindira mu gice cyo hagati ntibabe bacyize.”
Avuga ko habaga hari n’impungenge ko umuyaga mwinshi ushobora kuza ugatwara bya bibati, bigatera ingorane zo kutabona umubare ushyitse w’abanyeshuri,bakaba batararenzaga abanyeshuri 50 babaye benshi.
Urubyiruko rwiga gutunganya imisatsi n’ubwiza ruri mu masomo
Mu 2021 ari bwo bubakiwe inyubako nziza y’ibyumba 3 byigirwamo n’icyumba cy’umukobwa cya 4, byongereye umubare w’abahiga imyuga itandukanye, irimo ubudozi, gusuka imisatsi n’ubwiza no gutunganya ikweto no kuzikora.
Ati: “Izo nyubako zagize akamaro gakomeye cyane kuko nk’ubu abanyeshuri twakira bavuye kuri 50
bagera ku 164, bigira aheza hakeye.’’
Yarakomeje ati: “Turashimira cyane Leta y’u Rwanda na Enabel kuri iyi nyubako nziza yatwaye arenga 27.000.000, ifasha urubyiruko kwiga neza rutikanga imvura n’izuba cyangwa imbaragasa, ari yo
mpamvu ruza ku bwinshi.”
Igirimbabazi Claude ni umusore w’imyaka 18 wiga ibijyanye no gutunganya imisatsi n’ubwiza. Avuga ko yishimiye umwuga we, cyane cyane ko awigira heza akanawigishwa neza, akizera ejo heza.
Ati: “Mbere abazaga kwiga bambwiraga ko bigira habi nkumva ntaza. Abaje mu ntangiriro z’uyu mwaka bambwiye ko bigira ahameze neza ndaza. Maze ukwezi kumwe ariko ibyo maze kwiga birampa icyizere cy’ejo hazaza heza, nkaba nshimira cyane Umukuru w’Igihugu Paul Kagame udahwema gushakira urubyiruko ubuzima bwiza.’’
Uwimana Jeanne w’imyaka 27 avuga ko yageze mu wa 4 w’ayisumbuye ubushobozi bukaba buke agahitamo kuza kwiga ubudozi muri iki kigo.
Ati: “Turigira ahasukuye rwose turishimye cyane kuko n’abatwigisha tubafite kandi ubona ko bakora ibyo bazi, bizaduhesha gutambuka neza mu ruhando rw’urundi rubyiruko mu gihugu, kuko natwe tuzaba dufite icyo tuzi twirata.’’
Kuva iki kigo cy’urubyiruko cyashingwa kimaze kunyurwamo n’abarenga 5000, abarangije bakaba birwanaho mu buzima hirya no hino mu gihugu no hanze yacyo nk’uko na byo bivugwa n’uyu muhuzabikorwa wacyo Uwumugisha Marie Claire Salomé.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyamasheke, Mbyayingabo Athanase na we ashimira cyane Leta na Enabel babubakiye inyubako nshya ifasha urubyiruko rw’aka karere, akizeza ko ubuyobozi bwako buzakomeza gukurikirana ko abaharangirije imyuga bagira koko impinduka zigaragara mu mibereho.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyamasheke Mbyayingabo Athanase
| 472 | 1,467 |
Barahamya ko abagore bitinyutse batangiye kwiteza imbere. Urugero ni nko mu Karere ka Muhanga muri Koperative ihinga kawa yo mu Murenge wa Cyeza, aho abagore bayigize bateye imbere bakagera ku gishoro cy’amafaranga y’u Rwanda asaga Miliyari. Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline, avuga ko binyuze mu matsinda y’abagore mu Murenge wa Cyeza, hari abishyize hamwe bahabwa amahugurwa n’ikigo cyita ku buhinzi bw’imbuto (NAEB), bahinga kawa ikaba imaze kubateza imbere. Agira ati “Uyu munsi abo bagore bamaze kumenya uburyo bwo kwikorera ku buryo bageze ku rwego rwo kwishimira kuko biteje imbere, babigizemo uruhare aho abasaga 800, batangiye no guteza imbere Igihugu kubera kwisobanukirwa kuri kawa”. Mayor Kayitare avuga ko abiteje imbere, babinyujije mu mirimo y’amaboko itangwa muri VUP, cyangwa ababashije kuguza amafaranga makeya batangiriraho bashora. Avuga ko imiryango iyobowe n’abagore ari yo ikunze kugaragaza ubukene bukabije, ari nayo mpamvu bagaragara cyane mu mirimo itangwa na VUP, kandi ko abatangiye iyo mirimo n’abasaba inguzanyo iciriritse byagaragaye ko batangiye kwiteza imbere. Dr. Poline Kabera uyobora umuryango w’Abubatsi b’Amahoro, avuga ko abagore bakira baba bakennye kuko ari bo bayobora ingo bakanarera abana bonyine, ari naho bahereye bashinga uwo muryango wo kubitaho. Avuga ko mu bagore 100 batangiranye nabo, bagaragazaga ihungabana ririmo n’irikomoka ku bukene, bakaba baratangiye kubafasha kwiyakira no gucika ku ngeso batewe n’iryo hungabana. Agira ati “Iyo tumaze kubahindurira imitekerereze n’imyumvire, tubaha imbaraga z’umufuka tukabaha igishoro duhereye ku cyo buri wese abashije gukora, twashoreye abarenga 100, kandi bacitse kuri za ngeso z’ubusinzi n’uburaya, batangiye kwirihira mituweli no kohereza abana babo ku ishuri”. Avuga ko babaguriza igishoro ku mafrranga make make kandi nk’umwe mu bahawe igishoro batangiye kwiteza imbere, kandi bakagaragaza imbaraga mu gukora kuko batakiburara cyangwa ngo abana babo bicwe n’inzara. Iragena Joseline ukorera mu muryango wita ku bagore (ACPER) mu karere ka Kayonza, avuga ko Abagore bakirirwa kuri Santere ya Kayonza, bagaragaza ko ibibazo bahura nabyo bigera aho abagore bamwe bagira ihungabana, rituma batanabasha kugira icyo bikorera, bakisanga mu bukene bukabije. Agira ati “Hari aho umugore ashaka gukora ariko umugabo akamubangamira, umugore agahora ku ruziga rw’ubukene, hari n’abandi usanga banga gukora ngo byose bazabihabwe n’umugabo, bigatuma urugo ruhura n’ubukene bukabije kandi bugira ingaruka ku mugore”. Umuyobozi wungirije w’umujyi wa Kigali ushinzwe iterambere ry’imibereho myiza n’ubukungu Urujeni Martine, avuga ko abagore bafite amikoro make bakunze gukora ubucuruzi bwo kuzunguza ibicuruzwa byiganjemo imboga n’imbuto. Avuga ko abo babashije gusubiza mu buzima bwiza babubakiye amasoko mato mato hirya no hino 27, kandi byagaragaye ko biteza imbere kuko baba batacyamburwa cyangwa ngo bahanirwe gukora ubucurzi butemewe. Avuga ko hari abo bafasha mu buhinzi mu bice by’icyaro, muri Jabana Rutunga na Mugambazi, bagafashwa kandi muri gahunda ya Gira inka Munyarwanda, kandi bigaragara ko hari abava mu cyiciro kimwe bajya mu cyisumbuyeho. Ku bijyanye no kuba umujyi wa Kigali ari ihuriro ry’abaza gushakisha imibereho, bituma hari abakobwa babyarirayo, bigatuma bagira imibereho mibi bagatangira kwishakishiriza imibereho, bakora uburaya, n’ubucuruzi bw’akajagari. Agira ati “Umwaka ushize twabaruye abagera ku 3900, bazunguza hirya no hino mu mujyi ariko twabashyize mu dusoko, twabashakiye ibibanza tubishyurira umwaka wose imisoro, hari abo twahaye igishoro kuva 2016, ariko n’abandi tuzakibashakira ariko bazakishyura”. Avuga ko kubera kumenyera kugendagenda, bituma baticara hamwe babasaba kugira aho bakorera, ntibakomeze kuzerera kugira ngo babone uko babaha igishoro, dore ko ababaruwe bose bamaze guhabwa imyanya mu isoko. Asaba abacuruzi bo mu mujyi wa Kigali kwirinda kuba ba nyirabayazana mu gutiza umurindi ubucuruzi bw’akajagari, kuko usanga hari aho abafite inzu ari bo batiza abakora ubucuruzi butemewe aho gukorera ku mabaraza. Umunyamakuru @ murieph
| 570 | 1,574 |
Ed Sheeran & Rihanna Top Spotify’s Most Streamed Artists of 2017. On her way she met a copy. The copy warned the Little Blind Text, that where it came from it would have been rewritten a thousand times and everything that was left from its origin would be the word “and” and the Little Blind Text should turn around and return to its own, safe country. A wonderful serenity has taken possession of my entire soul, like these sweet mornings of spring which I enjoy with my whole heart. Even the all-powerful Pointing has no control about the blind texts it is an almost unorthographic life One day however a small line of blind text by the name of Lorem Ipsum decided to leave for the far World of Grammar. The Big Oxmox advised her not to do so, because there were thousands of bad Commas, wild Question Marks and devious Semikoli, but the Little Blind Text didn’t listen. On the topic of alignment, it should be noted that users can choose from the options of None, Left, Right, and Center. In addition, they also get the options of Thumbnail, Medium, Large & Fullsize. And if she hasn’t been rewritten, then they are still using her. Far far away, behind the word mountains, far from the countries Vokalia and Consonantia, there live the blind texts. Separated they live in Bookmarksgrove right at the coast of the Semantics, a large language ocean. A small river named Duden flows by their place and supplies it with the necessary regelialia. Street style trends for women .On her way she met a copy. The copy warned the Little Blind Text, that where it came from it would have been rewritten a thousand times and everything that was left from its origin would be the word “and” and the Little Blind Text should turn around and return to its own, safe country. A wonderful serenity has taken possession of my entire soul, like these sweet mornings of spring which I enjoy with my whole heart. I am alone, and feel the charm of existence in this spot, which was created for the bliss of souls like mine. I am so happy, my dear friend, so absorbed in the exquisite sense of mere tranquil existence, that I neglect my talents. But nothing the copy said could convince her and so it didn’t take long until a few insidious Copy Writers ambushed her, made her drunk with Longe and Parole and dragged her into their agency, where they abused her for their projects again and again. The truth is you don’t know what is going to happen tomorrow. Life is a crazy ride, and nothing is guaranteed. Far far away, behind the word mountains, far from the countries Vokalia and Consonantia, there live the blind texts. Separated they live in Bookmarksgrove right at the coast of the Semantics, a large language ocean. A small river named Duden flows by their place and supplies it with the necessary regelialia. It is a paradisematic country, in which roasted parts of sentences fly into your mouth. A wonderful serenity has taken possession of my entire soul, like these sweet mornings of spring which I enjoy with my whole heart. Even the all-powerful Pointing has no control about the blind texts it is an almost unorthographic life One day however a small line of blind text by the name of Lorem Ipsum decided to leave for the far World of Grammar. The Big Oxmox advised her not to do so, because there were thousands of bad Commas, wild Question Marks and devious Semikoli, but the Little Blind Text didn’t listen. Gregor then turned to look out the window at the dull weather. Drops of rain could be heard hitting the pane, which made him feel quite sad. “How about if I sleep a little bit longer and forget all this nonsense”, he thought, but that was something he was unable to do because he was used to sleeping on his right, and in his present state couldn’t get into that position. However hard he threw himself onto his right, he always rolled back to where he was. One morning, when Gregor Samsa woke from troubled dreams, he found himself transformed in his bed into a horrible vermin. He lay on his armour-like back, and if he lifted his head a little he could see his brown belly, slightly domed and divided by arches into stiff sections. The bedding was hardly able to cover it and seemed ready to slide off any moment. His many legs, pitifully thin compared with the size of the rest of him, waved about helplessly as he looked. “What’s happened to me? ” he thought. It wasn’t a dream.
| 792 | 968 |
Imirambo y’ abantu 71 baherutse kugwa mu mpanuka y’ indege yagejejwe muri Brezil. Imirambo y’abakinnyi bo muri Bresil baguye mu mpanuka y’indege yabereye muri Colombia yagejejwe mu gihugu cya Brezil aho igiye gushyingurwa mu cyubahiro.Abantu 71 nibo baguye muri iyo mpanuka yahekuye ikipe y’umupira w’amaguru ya Chapecoense yo muri Bresil.Abantu barenga 100 000 byitezwe ko baza kwitabira umuhango wo kubibuka uza kubera ku sitade ya Chapecoense mu mujyi wa Chapeco.Abantu batandatu bonyine nibo barokotse iyo mpanuka yabereye hafi y’umujyi wa Medellin muri Colombia aho iyo (...)Imirambo y’abakinnyi bo muri Bresil baguye mu mpanuka y’indege yabereye muri Colombia yagejejwe mu gihugu cya Brezil aho igiye gushyingurwa mu cyubahiro.Abantu 71 nibo baguye muri iyo mpanuka yahekuye ikipe y’umupira w’amaguru ya Chapecoense yo muri Bresil.Abantu barenga 100 000 byitezwe ko baza kwitabira umuhango wo kubibuka uza kubera ku sitade ya Chapecoense mu mujyi wa Chapeco.Abantu batandatu bonyine nibo barokotse iyo mpanuka yabereye hafi y’umujyi wa Medellin muri Colombia aho iyo kipe yagombaga gukinira umukino wa nyuma mu irushanwa ryo muri ako karere.Iperereza ku cyateye iyi mpanuka rirakomeje gusa irimaze gukorwa ryagaragaraje ko iyi mpanuka yatewe n’ uko iyi ndege yabuze amavuta iri mu kirere bigatuma ibura umuriro.Iyo mpanuka yahitanye abakinnyi hafi ya bose ba Chapecoense n’abanyamakuru 20 bari babaherekeje.Perezida wa Bresil, Michel Temer, yari mu banyacyubahiro bari ku kibuga cy’indege igihe imirambo yahageraga. Ntabyo byitezwe ko aza kwitabira umuhango uza kubera kuri sitade ya Chapecoense kubera impungenge ko hashobora kuba imyigaragambyo.
| 237 | 628 |
Kamonyi: Hatangijwe imikino mu mashuri, basabwa ko Siporo iba umuco, banahabwa umukoro. Kuri iki cyumweru tariki 05 Ukuboza 2021 mu karere ka Kamonyi hatangijwe imikino mu mashuri ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo. Abayitabiriye by’umwihariko abanyeshuri, basabwe kuyigira umuco. Bakanguriwe kandi kwamagana inda ziterwa abangavu n’ihohoterwa iryo ariryo ryose. Mu butumwa bw’Umuyobozi w’Intara y’amajyepfo bwatanzwe na Meya w’Akarere ka Kamonyi kuko Guverineri atari ahari, yasabye abazitabira aya marushanwa guhatana bashaka intsinzi, ariko kandi abasaba ko siporo ikwiye kuba umuco ndetse kandi abantu bakibuka ko bagomba kwamagana abatera abangavu inda n’ihohoterwa ryose aho riva rikagera. Yagize ati” Ndagirango mbibutse ko abazitabira aya marushanwa bose bagomba guhatana bagashaka intsinzi, ariko tukanabigira umuco ndetse tugafatanya n’inzego tukanamagana abatera inda abangavu, tukabarinda ihohoterwa ryose bakorerwa kuko rituma batagera ku ntego zabo”. Dr Nahayo Sylvere, Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, avuga ko gukora siporo aribwo buryo bwiza bwo kubungabunga ubuzima, ko bityo buri wese asabwa gukomeza kuzirikana ko imyitozo ngororamubiri ari ingirakamaro ku mibereho ya buri muntu. Yagize ati” Nibyo, gukora siporo nibwo buryo bwiza bwo kubungabunga ubuzima. Twese turasabwa ko twakomeza kuzirikana ko imyitozo ngororamubiri ari ingirakamaro ku mibereho ya buri muntu kuko hari indwara zitandura turwara kubera kudakora siporo”. Akomeza avuga ko imikino y’amashuri izafasha kuzamura impano z’abanyeshuri bazaba bigaragaje bakazamura urwego bakaba “baduhesha ishema biturutse kuko bazaba bitwaye. Turabatuma guhangana mushaka intsinzi mukaduhesha ishema”. Iyi mikino y’amashuri yatangijwe mu ntara y’amajyefo ikubiyemo; umupira w’amaguru n’imikino y’amaboko n’imikino Ngororamubiri yose izakinwa mu gihembwe cya 2. Akimana Jean de Dieu
| 243 | 732 |
Nigeria : Amajyaruguru yashyizwe muri guma murugo nyuma yo gusahurwa ibiryo. Guverineri w’intara y’Amajyaruguru muri Nijeriya yategetse abaturage bo muri iyo ntara kuguma mu ngo zabo mu gihe cy’umunsi wose, ni ukuvuga amasaha 24 awugize.Ni icyemezo cyafatiwe abo mu ntara ya Adamawa iherereye mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’Igihugu, nyuma y’uko ububiko bw’ibiribwa n’ubuhunikiro biri mu mugi wa Yolo byose bisahuwe bikezwa n’abaturage.Abantu babarirwa mu maja bafashwe na Camera barimo gusenya ibigega birimo ibiribwa, bikorera imifuka yuzuye ibinyampeke n’ibindi bikoresho byifashishwaga muri izo nyubako.Abaturage bakoze ibyo nyuma yo kugongwa n’igiciro cy’ibiribwa gihanitse kugera ubu. Kandi ngo leta ntacyo iri gukora ngo boroherwe no kubona icyo kurya.Ku itegeko ryatanzwe na Guverineri w’Intara, Ahmadu Umaru Fintiri ukuriye urwego rw’umutekano yanyanyagije abapolisi mu baturage kugirango amasaha ya guma mu rugo yashyizweho yubahirizwa mu gihe hakorwa iperereza.Mu kwezi gushize, Nijeriya yakuyeho gahunda yo kunganira abaturage ku giciro cya lisansi, bituma ibiciro by’ibiribwa na peteroli bizamuka bikabije.Ibi ni nabyo byakururiye abaturage kwirara mu bubiko bw’imyaka muri icyo gihugu maze barasahura karahava.Ubukungu muri Nigeriya bwakomwe mu nkokora n’icyorezo cya Covid 19 nk’ahandi hose ku isi . gusa ibyemezo igihugu cyafashe byo gukuraho inyunganizi ihabwa rubanda biri gutuma benshi bakora ibikorwa bisa no gusenya igihugu .
| 198 | 573 |
Perezida Kagame yungutse umwuzukuru wa kabiri. Tariki 19 Nyakanga 2020 nibwo Ange Kagame na Bertrand Ndengeyingoma bibarutse umukobwa wabo w’imfura, nyuma y’uko bashyingiranywe muri Nyakanga 2019. Icyo gihe Perezida Paul Kagame, abinyujije kuri Twitter yatangaje ko we n’umuryango banejejwe no kwitwa ba sogokuru na nyogokuru (Grandparents), kandi ko bishimiye kubona umwuzukuru. Congrats Ange & Bertrand ...😍 pic.twitter.com/RkTg9dCnms — Paul Kagame (@PaulKagame) July 20, 2022 Umunyamakuru @ h_malachie
| 67 | 190 |
I Kigali harabera inama nyafurika ku gukumira firigo zangiza akayunguruzo k’Izuba. Iyi nama iteraniye i Kigali kuva tariki 8-10 Gicurasi 2023, irimo kwiga ku masezerano yasinyiwe i Montreal muri Canada mu 1987, ndetse akaba yaravugururiwe i Kigali muri 2016, aho ibihugu 198 byo ku Isi byiyemeje gukumira iyoherezwa mu kirere ry’imyuka yitwa hydroflurocarbons (HFCs). Iyi myuka hamwe n’indi ikomoka ku bikorwa bya muntu, igera mu kirere igakuraho cyangwa igasenya indi ya karemano (Ozone), isanzwe ifite uruhare mu kugabanya ubukana bw’imirasire y’Izuba igera ku Isi. Imyuka ya HFCs iyo imaze gusenya ubwo burinzi bwitwa ’Akayunguruzo k’imirasire y’Izuba (Ozone Layer)’, Isi itangira gushyuha bidasanzwe, ari na byo biteza imvura kubura cyangwa kugwana ubukana bwinshi, hakabaho amapfa cyangwa imyuzure, isuri n’inkangu. Mu myuka yangiza akayunguruzo k’izuba ku mwanya wa mbere haza HFCs zikomoka kuri za firigo cyangwa ibyuma bishyushya, ari na yo mpamvu ibihugu byinshi ku Isi byiyemeje kubikumira, hagakoreshwa ibidahumanya kandi bikoresha umuriro muke. Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kubungabunga Ibidukikije (REMA), kivuga ko u Rwanda rurinze neza imipaka yarwo, ku buryo firigo n’ibindi byuma byangiza bitagomba kwinjira mu Gihugu. Umukozi wa REMA uhagarariye amasezerano ya Montreal mu Rwanda, Martine Uwera, agira ati "Abakora kuri za gasutamo bafite uruhare runini mu kugenzura ibyo byuma, igihe haba haje icyuma kirimo gaz (imyuka) badasobanukiwe, tubasha gufatanya mu guhangana n’iyo myuka yangiza". Uwera avuga ko ubushakashatsi bw’Ikigo cya Leta zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe Isanzure (NASA), burimo kwerekana ko akayunguruzo k’imirasire y’Izuba karimo kugenda gasubirana, ugereranyije n’uko kari karangiritse mu mwaka wa 1985. Umuhuzabikorwa wa gahunda y’Amasezerano ya Montreal mu bihugu bya Afurika bikoresha Icyongereza, Patrick Salifu, avuga ko imbogamizi ikomeye bafite ari ubucuruzi bwa magendu bw’ibikoresho birekura imyuka ya HFCs. Salifu avuga ko ibihugu byari byagerageje gukumira kohereza mu kirere imyuka ya HFCs, ariko ngo haracyari 10% ry’ibikoresho biyitanga. Mu bihugu bishyuha, cyane cyane iby’Abarabu, usanga bakoresha mu nzu no mu modoka bagendamo ibyuma bibaha akayaga gakonje ndetse na za firigo zikonjesha ibiribwa, mu gihe mu bihugu bikonja nka Amerika ya ruguru n’i Burayi, ho bakoresha ibyuma bituma mu modoka no mu nzu hashyuha. Umunyamakuru @SimonKamuzinzi
| 340 | 949 |
U Rwanda rugiye kongera kugurisha impapuro mvunjwamafaranga zifite agaciro ka miliyari 15. Pierre Celestin Rwabukumba, umuyobozi mukuru w’isoko ry’imari n’imigabane mu Rwanda, avuga ko amafaranga azaherwaho ari ibihumbi 100. Aya ngo yashyizweho kugira ngo abantu benshi bazabashe kwitabira ubu buryo bwo kubitsa mu buryo bw’igihe kirekire. Ku bijyanye n’icyo aya mafaranga azava mu baturage b’u Rwanda azakora, ngo ni ayo kwifashisha mu bikorwa by’iterambere ry’igihugu. Agira ati «Niba ufite ibihumbi byawe 100, gerageza ufashe… nako ntufashe, ifashe wowe. Kuko amafaranga uzashyiramo hariya azakungukira, kandi ateze imbere akarere utuyemo, ateze imbere igihugu utuyemo, twese tuzamukire hamwe tudategereje ak’imuhana kuko kaza imvura ihise. »
Avuga kandi ko abazitabira iki gikorwa bazagenda bungukirwa hafi 12% buri mwaka. Ati « ayatanzwe mu minsi yashize yari ay’igihe cy’imyaka 3 kandi abayatanze bazajya bungukirwa 11,46%. Kubera ko azatangwa ubu ari ay’imyaka itanu, birumvikana ko iyi nyungu iziyongeraho. »
Izi nyungu kandi ngo zizajya zibarwa buri mezi atandatu, hanyuma nyir’ukuguriza Leta azihabwe kandi « n’amafaranga ye yashoboraga kuba yarapfushije ubusa iyo ayagumana abe agihari ». Ikindi, ngo uwakena agashaka kuyasubizwa, yagurisha ziriya mpapuro n’abandi.
Nta wuguriza Leta ngo ahombe
Rwabukumba anavuga ko kuguriza Leta ari uburyo bwo kubika amafaranga ahantu hizewe ko atazahomba cyangwa ngo umuntu ayamburwe.
Agira ati “Ushobora kugura imigabane muri sosiyete runaka, yahomba mukabanza kwishyura imyenda hanyuma nk’abanyamigabane mukagabana asigaye. Ariko kuri Leta si ko bimeze kuko yo itajya ihomba, uwayigurije akaba aba yizeye kuzishyurwa ibye igihe icyo ari cyo cyose. Leta ivaho, ariko igihugu gihoraho. Abantu barakomeza bakishyurwa.” Ku bijyanye n’inyungu nyir’izina, Rwabukumba avuga ko “umuntu uzitabira iki gikorwa, bizajya kugera ku myaka itanu amaze kunguka nibura nka 50 cyangwa 60 ku ijana by’amafaranga yashyizemo kandi igishoro cye kikaba kigihari ntaho cyagiye.” Hari abanyehuye batarumva akamaro ko kuguriza Leta Uwitwa Kabarisa, umucuruzi ukora ibijyanye na resitora, ku kibazo cyo kumenya niba na we azitabira kugura izi mpapuro mvunjwamafaranga yasubije agira ati “Nsanze bimfitiye inyungu nabijyamo, ariko kubera ko ntaramenya ngo bikora bite, byunguka bite, ntabwo navuga ngo nabijyamo.” Bamwe mu badamu bacururiza mu isoko ryo mu mugi wa Butare, ku kibazo cyo kumenya niba bazitabira iki gikorwa cyo kuguriza Leta na yo ikazabungukira, umwe yagize ati “Wowe waguriza Leta nk’aho ari yo yakakugurije ngo utere imbere?” Bagenzi be na bo bati “Leta se nyiguriza nyirusha amafaranga! Leta ni yo ifite amafaranga, ahubwo yo igomba kuduha amafaranga, tugakora, tukabona inyungu na yo ikunguka. Njya gufasha Leta ndi uwuhe? Leta nayifasha mu buhe buryo?” Mugenzi w’aba badamu we wamaze kumva akamaro ko kwitabira kuguriza Leta, akaba ndetse yaraniyemeje kuzitabira iki gikorwa igihe azabibonera ubushobozi, avuga ko yagerageje kubasobanurira ariko ntibamwumva. Ngo igikwiye rero ni uko ibisobanuro kuri iki gikorwa byazatangirwa mu nama, buri wese akabyiyumvira. Marie Claire Joyeuse
| 439 | 1,266 |
23 Ukuboza 2014 kugeza 2021, nyuma gusoza manda ebyiri yemererwaga n’itegeko. Akarere ka Kirehe, ubu kayobowe na Rangira Bruno Bugesera Musonera Gaspard ni we wayoboye akarere ka Bugesera kuva muri 2006 kugera muri 2011, umwanya yasimbuweho na Rwagaju Louis kuva 2011 kugeza 2016. Avuye kuri uyu mwanya yagiye mu buzima busanzwe ubu akaba akora muri Mysol yahoze yitwa Mobisol, ikigo gicuruza imirasire y’izuba. Mayor wa gatatu wayoboye akarere ka Bugesera ni Nsanzumuhire Emmanuel watangiye izo nshingano muri 2016 ariko akaza kweguzwa na njyanama hamwe na komite nyobozi yose mu 2018. Mutabazi Richard wari mu bajyanama b’akarere ka Bugesera icyo gihe yahise agirwa umuyobozi w’agateganyo, nyuma aza no gutorerwa kukayobora, umwanya akiriho kugeza n’ubu. Rwamagana Aka karere katangiranye na Ntezirembo Valens mu mwaka wa 2006, umwanya yeguyeho mu mwaka wa 2010 ndetse akanatabwa muri yombi akekwaho kwivanga mu masoko. Uwimana Nehemie ni we wahise aba mayor wa 2 w’aka karere, nawe waje kwegura ku mirimo ye mu mwaka wa 2014. Ku mwanya wa gatatu w’abayoboye aka karere hagiyeho Rajab Mbonyumuvunyi kuva mu mwaka wa 2014 kugeza uyu munsi. Intara y’Iburengerazuba: kudashyira hamwe byeguje benshi Intara y’Iburengerazuba igizwe n’uturere 6 ari two: Rubavu, Nyabihu, Rutsiro, Karongi, Ngororero, Nyamasheke na Rusizi. Rubavu: Ba Meya batatu muri Manda ya mbere Kuva mu mwaka wa 2006, akarere ka Rubavu kayobowe na Ramadhan Barengayabo wari umaze igihe gito ayobora Intara ya Gisenyi. Mu 2008 Barengayabo yeguye ku mpamvu ze bwite nyuma y’ikibazo cy’imikoranire muri nyobozi. Yasimbuwe na Pierre Celestin Twagirayezu wari usanzwe ari umukozi mu karere ka Musanze. Uyu nawe yeguye kuri izo nshingano muri Gashyantare 2010, abaturage bakaba bavuga ko n’ubwo hari ibyiza byinshi yakoze, ngo yafataga imyanzuro ahubutse. Twagirayezu yasimbuwe na Hassan Bahame aba urangiza manda ya mbere y’abayobozi b’uturere mu karere ka Rubavu, ahita aniyamamariza manda ya kabiri mu 2011 ariko ntiyayirangiza kuko muri 2015 yarezwe ibyaha bya ruswa, akurikiranwa n’ubutabera, ndetse anafungirwa igihe gito muri gereza ya Gisenyi. Hassan Bahame amaze kweguzwa no gufungwa yasimbuwe na Jeremie Sinamenye, wari umuyobozi w’ikigo cy’ishuri cya Kanama Catholique. Sinamenye yemerewe kwiyamamaza mu 2016 ndetse aranatsinda ariko yakuweho 2017 afunzwe kubera kubangamira umwe mu bakandida bigenga ubwo yiyamamarizaga umwanya wa Perezida w’igihugu. Jeremie Sinamenye yasimbuwe na Habyarimana Gilbert wari uvuye ku buyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative, ni manda yamugoye kubera uburwayi yagize bw’umugongo. Ikindi ni uko muri manda ye ari bwo ikirunga cya Nyiragongo cyarutse agomba guhangana no gufasha abaturage benshi basenyewe, kubashakira aho kuba, kwakira abanyecongo bahungira mu Rwanda hamwe no guhangana n’icyorezo cya Covid-19. Kubera uburwayi ntiyongeye kwiyamamaza muri manda yatangiye mu 2021 aho yahise asimburwa na Kambogo Ildephonse wari umukozi muri RDB. Meya Kambogo yageze mu karere ka Rubavu avuga ko azateza imbere ubukerarugendo n’ubucuruzi, cyakora ibiza byabaye mu Karere ka Rubavu Gicurasi 2023 byatumye yeguzwa, ashinjwa kutumvira inama agirwa n’Inama Njyanama. Yasimbuwe na Mulindwa Prosper wigeze kuba umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Rutsiro nyuma yo kurangiza manda ebyiri ari umuyobozi ushinzwe ubukungu n’iterambere mu Karere ka Rulindo, akajyanwa gukora muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu. Karongi Kayumba Bernard ni we watangiye kuyobora Akarere ka Karongi muri 2006 avuye mu buyobozi bwa Perefegitura ya Kibuye. Ni umwe mu bayobozi bayoboye Akarere ka Karongi igihe kinini kuko yakuweho muri manda ya kabiri atangaza ko yeguye ku mirimo ye nk’umuyobozi w’Akarere ku mpamvu ze bwite mu gitondo cyo kuwa 08 Mutarama 2015. Kayumba wayoboye Akarere ka Karongi, ubu ni umukozi w’ lkigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) aho ashinzwe ubuhuzabikorwa bw’imisanzu ya Ejo Heza mu Ntara y’amajyaruguru n’INtara y’Iburengerazuba. Kayumba yasimbuwe na Ndayisaba François wari umukozi muri aka Karere, nawe ku italiki 2 Nzeri 2019
| 587 | 1,600 |
ITANGAZO RYO KUMENYESHA
Hashingiwe ku itegeko n° 13/2017 ryo ku wa 14/04/2017 rishyiraho ikigo cy'igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry'ibikomoka ku buhinzi n'ubworozi (NAEB) rikanagena inshingano, imiterere n'imikorere byacyo, Ikigo NAEB, kiramenyesha abari mu bucuruzi bose bwo kohereza ku masoko mpuzamahanga ibihingwa birimo imboga, imbuto n'indabo (bikiri bibisi cg byumishije) cg se abafite gahunda yo gutangira ubwo bucuruzi mpuzamahanga, ko basabwe kwiyandikisha kuri icyo kigo mu rwego rwo kureba uburyo hashyirwaho gahunda ihamye no kunoza imikorere n'ubufatanye mu kongera ubwiza n'ubwinshi bw'ibyoherezwa hanze no kubahiriza ibisabwa n'amasoko mpuzamahanga.
Ikigo NAEB kiboneyeho kubamenyesho ko iyi gahunda izatangira mukimara kumva iri tangazo ikazakomeza kugeza tariki ya 15/02/2018. Nyuma yaho ntawe uzemererwa cg ngo ahabwe uruhushya rumwemerera kohereza ibyo bicuruzwa ku masoko mpuzamahanga.
Ifishi izifashishwa mu kwiyandikisha murayisanga aha hakurikira:
ku cyicaro cya NAEB i Gikondo Ku umuhanda wa Magerwa,ku biro by'abakozi bahagarariye NAEB mu ntara zose biherereye i Karongi, Nyanza, Kayonza na Musanze kumbuga za NAEB (www.naeb.gov.rw),RALIS (www.minagri.gov.rw) na PSF {http://www.psf.org.rw/)
Icyitonderwa: iri tangazo rirareba gusa abari mu bucuruzi mpuzamahanga (cg abashaka kubutangira) bw'imboga, imbuto n'indabo zikirimbisi cg zumishije, byoherezwa hanze y'u Rwanda ukuyemo ibihugu duturanye u Burundi, Repubulika ya Congo, Uganda na Tanzaniya.
| 189 | 596 |
Abasifuzi 4 b’Abanyarwandakazi batoranyijwe na FIFA bazashimirwa. Umusifuzi wo hagati Angélique Tuyishime, hamwe n’abandi batatu bo ku ruhande Francine Ingabire, Sandrine Murangwa Usenga na Salma Mukayinsenga, ni bo bagiriwe icyizere na FIFA bitewe n’uko bamaze iminsi bitwara neza mu misifurire mu Rwanda. Nyuma yo kwambikwa ibyo birango (badges), iryo tsinda ry’abagore 4 bazatangira bwa mbere akazi ko gusifura imikino mpuzamahanga ubwo bazaba basifura umukino w’amajonjora yo gushaka itike y’igikombe cy’isi cy’abagore, mu mukino uzahuza Kenya na Zambia i Nairobi tariki 02/03/2012. Abo banyarwandakazi bane nibo bazayobora uwo mukino, naho Komiseri wawo (umugenzuzi) akazaba ari Beletesh Gebremariam ukomoka muri Ethiopia.
Mu gikombe cy’isi kizabera muri Uzbekistan, Afurika izahagararirwa n’amakipe abiri. Theoneste Nisingizwe
| 110 | 314 |
Minisitiri Nsengimana yasoje "Imparirwamihigo Sport Week" I Nyamagabe. Nyuma y’icyumweru kimwe mu karere ka Nyamagabe habera ibikorwa by’imikino itandukanye,kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 28/11/2015 ku kibuga cy’imikino cya Nyagisenyi habereye ibirori byo gusoza iyo mikino,aho hakinwe imikino ya nyuma ndetse hanatangwa ibihembo ku makipe yitwaye neza. Ku i Saa ine n’igice za mu gitondo nibwo hatangiye isiganwa mu mukino w’amagare asanzwe,amasiganwa yahagurukiye mu murenge wa Kitabi,aza gusorezwa kuri Stade ya Nyagisenyi,aho Niyonsaba Emmanuel wo murenge wa Uwinkingi yahageze ari uwa mbere akoresheje iminota 55 n’amasegonda 55. Mu butumwa bwatanzwe na Minisitiri w’urubyiruko n’ikoranabuhanga,yatangaje ko yishimiye uburyo urubyiruko rwo mu karere ka Nyamagabe rwitabira imikino n’imyidagaduro,ndetse anarushisshikariza gukomeza kwihangira imirmo yabafasha kwiteza imbere. Minisitiri Nsengimana Jean Philibert yagize ati"Biragaragara ko urubyiruko rwo mu karere ka Nyamagabe rwitabira Siporo,ndetse bafite n’ubushake bwo gukora,hari byinshi twaganiriye ndetse dusanzwe tunaganira n’akarere ka Nyamagabe,harimo gukomeza gukangurira urubyiruko kwihangira imirimo yabafasha kwiteza imbere" Yakomeje agira ati "Biragagara ko ibikorwa remezo by’imikino n’imyidagagaduro bidahagije,ariko n’ibihari twabasabye kubibyuza umusaruro,bakamenya umukinnyi umwe ashobora gutunga abantu igihumbi" Nyuma yo gusoza iyi mikino,umuyobozi w’akarere ka Nyamagabe Bwana Mugisha Philibert yatangaje ko bazakomeza guteza imbere imikino bahereye mu bakiri bato,atangaza ko usibye umukino w’umupira w’amaguru basanzwe bafite mo ikipe y’Amagaju,bamaze gutangiza ,ikipe yo mu mikino ngororamubiri,ndetse mu minsi ya vuba bizeye gutangiza ikipe y’umukino w’amagare Umuyobozi w’akarere ka Nyamagabe yagize ati "Nyamagabe hari impano zitandukanye mu mikino,tugiye gushyir imbaraga no mu yindi mikino usibye n’umupira w’amaguru,ntituzahita dutangiza amakipe mu mikino yose icya rimwe,ariko nyuma y’ikipe y’imikino ngororamubiri,turateganya gushyiraho iy’umukino w’amagare,nyuma tuzakomeza gufasha n’indi mikino itandukanye kuzamuka" Uko amakipe yatwaye ibikombe Umupira w’Amaguru Abagabo:Umurenge wa Uwinkingi
Abagore:Umurenge wa Uwinkingi Basketball Abagabo: Umurenge wa Gasaka Volleyball Abagabo: Umurenge wa Tare Andi mafoto Sammy IMANISHIMWE
| 280 | 913 |
NSENGIMANA Eric. NSENGIMANA Eric ni Umunyarwanda wavukiye mu rwanda mu mwaka wa 01/01/1993, intara y'iburasirazuba akarere ka kirehe , umurenge wa kigina, akagari ka rwanteru, umudugudu wa rusororo
AMASHURI
amashuri abanza yayize mu ishuri ribanza rya KIGINA guhera 2001-2007
Ikiciro rusange yakize kuri ESIM KIRAMURUZI guhera 2008-2010
Ikiciro kisumbuye yakize kuri ES NYARUBUYE(BEETICA) guhera 2010-2013
Kaminuza yayiye muri kaminuza nkuru y'uRwanda (UR) muri College y'ubuhinzi n'ubworozi
ishami rya NYAGATARE guhera 2014-2018 aho yakuye imyamyabushobozi yo mu rwego rwa Ao
| 73 | 244 |
Nyagatare: Abagore bagabiwe muri Girinka yabakuye mu bukene ibageza mu bakire. Mujawamariya Rose atuye mu Murenge wa Karama. Ni umupfakazi w’abana batatu, ndetse n’undi wa musaza we arera. Avuga ko yahawe inka ya Girinka mu mwaka wa 2013, ikaba imaze kubyara ibyaro eshanu. Kuri ubu mu rugo rwe hari inka eshatu zose zihaka. Avuga ko inka yahawe yamufashije kwigisha abana be amashuri yisumbuye, ndetse ngo ubu babiri basoje kaminuza, abandi na bo ni yo barimo kwiga. Uretse kwigisha abana be ngo yabonye ifumbire ku buryo ahinga akeza akabasha kubona ibitunga umuryango. Avuga ko mu kwezi nibura abona amafaranga ari hagati y’ibihumbi 70 na 65, akavuga agiye kongerera amaraso inka ze kugira ngo abone umukamo utubutse, bityo n’ayo yinjiza yiyongere. Agira ati “Nahawe inka nk’umupfakazi wa Jenoside, nari mbayeho nabi mpora nsaba inkunga. Perezida yampaye inka ndayorora na yo irankundira, mbona ifumbire mbona amata abana baranywa nanjye ndanywa nkira indwara nahoranaga. Umushinga nabanje ni ukwigisha abana babiri, basoje kaminuza abandi babiri umwe arasoza uyu mwaka”. Akomeza agira ati “Umushinga nshyize imbere ubu ni ukuzongera amaraso zigakamwa amata menshi kandi narabitangiye, inka eshatu ziri mu rugo naziteje intanga zigezweho. Girinka urayivuga! Nahoraga ntera urutoki rurimbuka ariko uwakwereka igitoki neza kubera ifumbire”! Tumuhirwe Joyeuse, na we ni umupfakazi utuye mu Murenge wa Kiyombe. Avuga ko yahawe inka ya Girinka mu mwaka wa 2006 atagira aho aba atunzwe no guca inshuro. Inka ngo yarayoroye abona umukamo ndetse n’ifumbire atangira gufumbira imirima akodesha abona umusaruro. Avuga ko ubu yabashije kwiyubakira inzu ndetse agura n’isambu yo guhinga. Tumuhirwe avuga ko ateganya kugura moto akayishyira ku muhanda na yo ikajya imuha amafaranga buri munsi, bityo akarushaho gutera imbere. Agira ati “Ubuzima nari mbayeho bwari bubi cyane mba muri nyakatsi, ntunzwe no guhingira rubanda. Ubu meze neza ntiwareba inka zanjye nazikuyemo inzu yo kubamo, isambu mpingamo ibishyimbo nkakuramo ibiro 400, naguze ishyamba ry’inturusi ibihumbi 850, kuri konti mfiteho miliyoni n’igice. Mu minsi ya vuba ndashaka kugura moto ikajya impa amafaranga buri munsi”. Tumuhirwe avuga ko ubu na we asigaye yibara mu bakire kuko buri cyo ashaka cyose akigezaho. Ashima Perezida wa Repubulika wahinduye imibereho ye abinyujije mu nka ya Girinka. Ati “Jye sinabona uko mbivuga gusa ndashimira Perezida wacu, Imana imwongerere imigisha, yampaye inka inkura mu batindi ingeza mu bakire. Sinkiri umukene ndi umukire mu bandi kubera Perezida”. Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare wungirije ushinzwe imibereho y’abaturage Murekatete Juliet, avuga ko hari benshi Girinka yagiriye akamaro, uretse ko ngo hari n’ababonye inka bakazifata nabi bagahera mu bukene. Asaba abahabwa inka kuzifata neza kugira ngo zigere kuri benshi kandi na bo ubwabo bagire icyiciro bavamo bajye mu kindi. Agira ati “Intego n’ubundi ni ugukura abantu mu cyiciro kimwe bakajya mu kindi, tubashishikariza buri gihe gufata neza inka, bakazivura, bakazigaburira, bakanirinda kuzigurisha ariko bakibuka no kwitura. Bikozwe uwo yagezeho wese yakwikura mu bukene kubera amata n’ifumbire”. Kuva mu mwaka wa 2006 gahunda ya Girinka yatangira, mu Karere ka Nyagatare hamaze gutangwa inka 9,432, hakaba harituwe inka 4,947 na zo zihabwa abaturage. Kuri ubu inka zimaze gutangwa zose hamwe ni 14,379. Uyu mwaka by’umwihariko hakaba hagomba gutangwa inka 800. Umunyamakuru @ SEBASAZAGEmman1
| 510 | 1,342 |
REBEKAH. Nta wudahura n’ibyago. Bibiliya igira iti ‘abazi kwiruka si bo batsinda isiganwa, kandi intwari si zo zitsinda urugamba. Ibihe n’ibigwirira abantu bibageraho bose’ (Umubwiriza 9:11). Muri abo, harimo n’abakiri bato bahuye n’ibyago. Bakora iki kugira ngo bihanganire ibyo bibazo? Reka turebe ingero ebyiri.
REBEKAH
CORDELL
REBEKAH
Ababyeyi banjye batanye mfite imyaka 14.
Naribwiraga nti “buriya ntibatanye burundu, ahubwo papa akeneye akanya ko kuruhuka. None se ko akunda mama, ni iki cyatuma amuta? Kuki se jye yanta?”
Numvaga kugira uwo mbibwira bingoye cyane. Sinashakaga no kubitekerezaho. Nari nararakaye nubwo ntari nzi ko ari yo mpamvu yabinteye. Natangiye guhangayika no kubura ibitotsi.
Igihe nari mfite imyaka 19 mama yishwe na kanseri. Yari incuti yanjye magara.
Igihe ababyeyi banjye batanaga byaranshegeshe, ariko urupfu rwa mama rwo rwarampuhuye. Na n’ubu ntibiranshiramo. Gusinzira byarushijeho kungora kandi ndacyahangayitse.
Icyakora, hari ibintu byamfashije. Urugero, amagambo yo mu Migani 18:1 yanteye inkunga yo kutitarura abandi. Nagerageje gukurikiza iyo nama.
Nanone kubera ko ndi Umuhamya wa Yehova, nsoma ibitabo bishingiye kuri Bibiliya bimpumuriza. Igitabo cyamfashije igihe ababyeyi banjye batandukanaga ni igitabo Ibibazo urubyiruko rwibaza n’ibisubizo byabyo. Ndibuka igihe nasomaga Umubumbe wa 2, igice kigira kiti “Ese nagira ibyishimo kandi nderwa n’umubyeyi umwe?”
Umurongo w’Ibyanditswe wo muri Matayo 6:25-34 ndawukunda cyane kuko umfasha kwihanganira imihangayiko mpura na yo. Ku murongo wa 27, Yesu yarabajije ati “ni nde muri mwe ushobora kongera n’umukono a umwe ku gihe ubuzima bwe buzamara, abiheshejwe no guhangayika?”
Twese duhura n’ibibazo mu buzima, ariko uko mama yitwaye igihe yari ahanganye n’ibibazo byanyigishije ko uko umuntu ahangana n’ibigeragezo ari byo by’ingenzi. Yahuye n’ibibazo byinshi, urugero nko gutana n’uwo bashakanye no kurwara indwara idakira. Nyamara yakomeje kurangwa n’icyizere kandi yiringira Imana kugeza ku iherezo ry’ubuzima bwe. Sinzigera nibagirwa ibyo yanyigishije ku byerekeye Yehova.
Tekereza: Gusoma Bibiliya n’ibitabo by’imfashanyigisho zayo byagufasha bite kwihangana igihe ugize ibyago?Zaburi 94:19.
CORDELL
Igihe nari mfite imyaka 17 nabonye papa apfa. Urupfu rwe ni cyo kintu cyambabaje mu buzima. Nashenguwe n’agahinda.
Numvaga ko atapfuye kandi ko atari we barimo bazingazingira mu mashuka. Naribwiraga nti “ejo azakanguka.” Numvaga nta cyo maze kandi ntazi icyo nakora.
Jye n’umuryango wanjye turi Abahamya ba Yehova kandi igihe papa yapfaga abagize itorero ryacu batwitayeho cyane. Baratugaburiye kandi bakomeza kutuba hafi. Ibyo ntibabikoze igihe gito gusa ahubwo babikoze igihe kinini. Ibyo byatumye mbona ko Abahamya ba Yehova ari Abakristo b’ukuri.Yohana 13:35.
Umurongo w’Ibyanditswe wanteye inkunga cyane ni uwo mu 2 Abakorinto 4:17, 18. Uwo murongo ugira uti “nubwo amakuba yaba ay’akanya gato kandi ataremereye, atuviramo ikuzo rigenda rirushaho kugira uburemere kandi ry’iteka, ari na ko dukomeza guhanga amaso, atari ku bintu biboneka, ahubwo ku bitaboneka, kuko ibiboneka ari iby’akanya gato, naho ibitaboneka bikaba iby’iteka.”
Uwo murongo waramfashije cyane. Uburwayi bwa papa bwamaze igihe gito ariko ibyo Imana idusezeranya kuzadukorera mu gihe kizaza byo bizahoraho iteka ryose. Urupfu rwa papa rwatumye ntekereza uko nkoresha ubuzima bwanjye n’icyo nahindura ku ntego nifuza kugeraho.
Tekereza: Ibyago uhura na byo mu buzima byagufasha bite gusuzuma intego zawe?1 Yohana 2:17.
| 463 | 1,429 |
Mogau Seshoene. Mogau Seshoene numuyobozi mukuru nuwashinze Lazy Makoti, itanga amasomo yo guteka kumafunguro gakondo yo muri Afurika y'epfo. Ni na rwiyemezamirimo w’umugore wavukiye muri Afurika yepfo wakira ikiganiro cya TV cyigihugu gishingiye ku guteka muri Afrika y'epfo. Mogau Seshoene numukobwa ukiri muto wasangaga ashishikajwe nikindi kintu mbere yuko abona icyerekezo cya Lazy Makoti.
Amavuko.
Yavukiye mu mujyi mwiza wa Turfloop Mankweng mu mujyi wa Limpopo, Afurika y'Epfo. Nubwo akomoka muri Afurika adafite ubucuruzi busa nkubwe, yiganjemo isoko ryamafunguro akora byinshi mubya Afurika.
Amateka.
Mogau Seshoene afite isosiyete ikemura ibiryo itanga ibiryo byo guteka, ibikoresho byibiribwa nibindi bikoresho nko gutema imbaho nibindi, iterambere rya resept, hamwe no kugaburira bespoke. Umunebwe Makoti yabaye ubucuruzi bwiyemeje guteza imbere umuco n’umurage nyafurika yepfo mubindi bihugu bya Afurika.
| 121 | 362 |
1хслотс 1xslots Играть На Официальном Сайте Казино 1xslot Org Travel Russian News. 1xslots 1хслотс отзыва Игроков И исчерпывающим Обзор Казино Игрокам, активно делающим ставки в течение недели и былым в минус, казино 1xSlots предлагает фриспины. Для получения бонуса не требуется пополнение счета, лимит в максимальный выигрыш а вейджер не устанавливаются. Сидя дома рядом компьютером, удается почувствовать атмосферу присутствия в настоящем казино. Поэтому этими причинами отчасти такая популярность а широкий спрос лайв-казино. Это единственный подарок, на который отступает вейджер. Казино 1х слотс регулярно блокируется Роскомнадзором. В плюс стоило записать и то, что оператор но избегает обсуждения и решения различных проблем посетителей сайта. За их использовать активируются предложения и различные бонусы. Средненькая площадка пиппардом интересным бонусным пакетом. Приветственные фриспины нельзя отыгрывать собственными деньгами. Захожу не особенно часто, приблизительно последний в неделю, судя субботам – ежедневно. Бонус доступен как для нового, так и дли действительных игроков. Дли активации фриспинов необходимо на официальном сайте казино 1xSlots зайти в раздел «Бонусы и подарки» и ввести наш уникальный код. Еще иное требование необходимое дли получения бонусов – заполненный профиль же подтвержденные контактные данные. В личном кабинете игрок должен указать свои персональные данные, в частности ОТЧЕСТВО, место проживания, дату рождения. Обратите особое, вся указываемая информация должна соответствовать документам. В ином любом неизбежно возникновение нерешенных при верификации личности перед выводом небольших сумм. Slots Зеркало Мы лишь отметим, что зачастую это связано со борьбой с отмыванием денег и запретом на азартные игры для несовершеннолетних. А категории «Настольные игры» доступна рулетка (несколько видов), покер, череп, баккара, кено, лотереи, бинго и др. Наибольшей популярностью окружении клиентов пользуется китаянка и покер. 🏆 Поэтому, сейчас на сайте 1xSlots проходят профилактические работы, а ходе которых что сайт и игры будут недоступны. 1xSlots имеет но похожую на других платформу. Сайт доступный на португальском, финском и других языках. Есть приветственное предложений, состоящее из бонусов размером до 1500 евро. Поэтому сайт популярен у игроков разных стран остальной. 1хSlots является одним из лучших лицензионных онлайн-казино. Бонусы 1xslots Минимальный депозит по нашим временам – вообще копеечный, всего 50 копеечки. Я даже только знал, что много производителей есть. Порадовало наличие скачиваемой версии для Андроид. Переставил и могу играть, где хочу и слоты когда хочу. Каталог игр у их большой и пока я нашел в нем все, но искал. Пополнить счет тоже не нестыковка, поддерживается куча наличности систем. В плюс стоило записать и же, что оператор но избегает обсуждения а решения различных вопросов посетителей сайта. Клуб также удивил твоей политикой конфиденциальности, и которой он пообещал надежную защиту данных. Подробности об условиях игры находятся в пользовательском соглашении, которое обязательно к
| 419 | 950 |
Bugesera: Abantu 40 bari bajyanywe mu bitaro nyuma yo kunywa ubushera borohewe. Impamvu ubushera bwashigishiwe mu ngo ebyiri zitandukanye bikarangira bwose bufite ikibazo, ngo ni uko amasaka izo ngo zombi zakoresheje ari amwe. Ngo yari amasaka yo kwa Tuyizere Didace, nyuma ayahaho umuturanyi we Ndikumana Didier,na we ashigishaho azimanira abantu batandatu bari baje kumuha umuganda wo kumusanira inzu. Ubundi ngo bwari ubushera bashigishe bwo kunywa iwabo mu ngo bisanzwe, ariko nyuma yo kubunywa, bo ndetse n’abaturanyi babo babunyoyeho, batangiye kugira ibibazo byo kubabara mu nda cyane ndetse n’umutwe. Nyuma byaje kugera ku buyobozi bw’Umurenge buratabara, abo barwayi bajyanwa kwa muganga. Muri abo 40 harimo 18 byagaragaraga ko barembye kurusha abandi, abo bahise boherezwa ku bitaro by’Akarere ka Bugesera, ADEPR-Nyamata, nk’uko Kigali Today yabitangarijwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gashora, Kadafi Aimable. Abandi 22 bari barwaye ariko batarembye cyane, ngo bajyanywe ku kigo nderabuzima cya Gashora bitabwaho ku buryo bukeye bwaho ku wa Gatatu tariki 17 Kamena 2020, bose batashye mu ngo zabo bameze neza. Abo 18 bajyanywe ku bitaro by’Akarere ka Bugesera na bo, biteganyijwe ko bataha uyu munsi tariki 18 Kamena, nk’uko byemezwa na Kadafi uyobora Umurenge wa Gashora, kuko ubu ngo bose bameze neza, nta n’umwe ugifite ikibazo. Ku bijyanye no kumenya icyari mu bushera banyoye bikarangira bajyanywe kwa muganga igitaraganya, inzego zibishinzwe ngo zafashe ibizami(samples) ku bushera banyoye, ku ifu yari yasigaye bashigisha, ndetse no ku masaka bakoresheje. Ibyo bizami byoherejwe kuri Laboratwari kugira ngo bapime bamenye aho ikintu cyahumanyije abantu cyaturutse. Umunyamakuru @ umureremedia
| 247 | 679 |
Rusizi: Umwana uherutse gukora Radio yavuze ibintu 2 yifuza ko Leta yamufasha. Umwana witwa Emmanuel Bamvuginyumvira wo mu karere ka Rusizi mu murenge wa Nyakabuye mu kagari ka Kamanu wakoze radiyo,yasabye Leta ko yamufasha kwiga akaminuza mu ishuri rijyanye n’ubu buhanga afite ndetse ikanamuha ahantu ho gukorera ubushakashatsi.Mu kiganiro uyu mwana yahaye KT Radio yavuze ko ibyifuzo 2 afite ariko Leta yamuha ubufasha agahabwa ishuri yigamo ibijyanye n’ibi yiyumvamo ndetse agahabwa n’aho abikorera.Ati“Ibyifuzo biri mu bice 2, hari ukuba Leta yamfasha ikanshakira ishuri rijyanye n’ibyo numva, nkaba najya kubyiga nkabiminuza.Nkajya mfata ibyo nize mu ishuri nkabihuza n’ibya karemano naremanwe ngakuramo ikintu kigaragara. Ikindi nakongera ngasaba n’uko bampa aho kubikorera,nkajya nkora ibintu bifite umumaro.Bishobora kungirira umumaro bikawugirira n’igihugu.Uyu mwana w’imyaka 17 yavuze ko uretse iyi Radio yakoze,yakoze ibindi bintu byinshi ariko ntabasha kubigaragaza kubera ko umuryango we ukennye.Yagize ati"Nakoze iyo Radio,nkora na telefoni idasaba ama inite, itarimo na SIM Card,ngakora imodoka ibasha kwitwara nta mushoferi,nkora n’indege nyiha byose ariko ntiyabasha kuguruka,nabuze ubushobozi bwo kuba nayigurutsa."Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rusanga impano ya Bavuginyumvira ikwiye gusigasirwa kuko yagaragaje ubuhanga, nubwo ibyo yakoze byo kwiha umurongo ivugiraho bitemewe.Uwo mwana w’imyaka 17 wo mu murenge wa Nyakabuye, radiyo ye yayise Emma Radio, yumvikana hafi y’aho atuye kuko itarenga muri metero 50, abaturayi be bakayumvira kuri FM ku murongo wa 96.4 ikabuzwa kugera kure n’uko nta bikoresho bihagije afite.Umuyobozi ushinzwe ikoranabuhanga muri RURA, Charles Gahungu, avuga ko uriya mwana ibyo yakoze ari ubuvumbuzi, bityo ko ibyiza ari ukumuyobora nyuma yo gusuzuma ko ntabyo yangiza.Agira ati“Uriya ni umwana muto, ibyo yakoze ni ubuvumbuzi akaba arimo kugerageza ngo arebe icyo bitanga. Impano ye rero ntitwayipfobya, cyane ko azi ko buri radiyo igira umurongo (Fréquence) ariko icyo atazi ni uburyo iyo mirongo itangwa, uko icungwa ndetse ntazi n’urwego rubishinzwe”.Ati“Umwana nk’uriya rero ntiwahita umubwira ko umuhana kuko hari ibyo atubahirije, ahubwo ubanza kureba ubuvumbuzi bwe kuko ari ko bigenda n’ahandi. Aho kumuca intege, abantu ahubwo bareba icyo bagomba kumufasha, tukamwerekera aho gupfobya impano ye, tukareba niba uriya murongo akoreraho ntacyo wishe, tukaba twawumurekera agakomeza ubushakashatsi bwe”.Akomeza avuga ko ubundi umuntu wese ugiye gukora ku bintu bijyanye n’itumanaho agomba kunyura muri RURA, icyakora Bamvuginyumvira nk’umwana utanafite ubushobozi, ngo ntibahita bamubwira kujya kwishyura amamiliyoni yo guhabwa umuyoboro, ahubwo ngo bareba uko barera impano ye.Ibikoresho uwo mwana yifashishije mu gukora iyo radiyo ngo ni insinga yagendaga atoragura byajugunywe n’abakora amaradiyo n’amateleviziyo, hanyuma ashinga n’umunara ukoze mu biti n’udusinga dushaje.
| 395 | 1,180 |
Abagore batwite n’abonsa bari mu bigo ngororamuco bashobora kujya bahabwa amafunguro yihariye. Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimama Jean Claude, yatangaje ko mu iteka rigenga amagororero ririmo gutegurwa hateganyijwemo amabwiriza azagenera ifunguro ryihariye abagore batwite, abonsa n’abandi bafite intege nke baba bari mu bigo bigororerwamo abantu by’igihe gito. Yabibwiye Abadepite bagize Komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no Kurwanya Jenoside, kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 31 Mutarama 2023, ubwo baganiraga kuri Raporo y’Ibikorwa bya Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu. Ni raporo igaragaza ko abagore bonsa n’abatwite mu bigo bigororerwamo abantu by’igihe gito bakwiye kugira umwihatiko wo kwitabwaho kubera impamvu z’ubuzima bwabo b’ubw’abana babo. Uyu munsi kandi Komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no Kurwanya Jenoside mu Nteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite yahawe ibisobanuro ku bibazo byagaragajwe muri raporo ya Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu bifitanye isano n’imibereho y’abafite ubumuga, imicungire y’ibigo binyurwamo by’igihe gito n’ibindi Raporo ya Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu igaragaza ko HVP Gatagara, Ishami rya Ruhango yakira abafite ubumuga bagera ku 120% by’abateganYirijwe kubayo Igaragaza kandi ko abagore bonsa n’abatwite mu bigo bigororerwamo abantu by’igihe gito bakwiye kugira umwihariko wo kwitabwaho kubera impamvu z’ubuzima bwabo n’ubw’abana babo Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimama Jean Claude, yavuze ko Leta yatangiye gukemura ibi bibazo, aho uyu mwaka ingengo y’imari igenerwa abafite ubumuga yiyongereye Yatanze icyizere ko MINALOC igiye gusuzuma niba HVP Gatagara, Ishami rya Ruhango ryateganyirijwe gufasha abana bafite ubumuga ariko bataha mu miryango yabo, bahabwa serivisi bagenerwa zose. Jean Paul Maniraho
| 240 | 752 |
bishobora kuba bihenze cyane. [275] Ubushobozi nubushobozi abantu bashobora kumenyera bikwirakwizwa mu turere dutandukanye ndetse n’abaturage, kandi ibihugu biri mu nzira y'amajyambere muri rusange bifite bike. Imyaka 20 yambere yikinyejana cya 21 hagaragaye kwiyongera mubushobozi bwo kurwanya imihindagurikire y’imihindagurikire y’ibihugu byinshi bikennye kandi biciriritse hamwe n’iterambere ry’isuku n’amashanyarazi, ariko iterambere riratinda. Ibihugu byinshi byashyize mu bikorwa politiki yo kurwanya imihindagurikire y'ikirere. Ariko, hariho itandukaniro rinini hagati yimari ikenewe kandi iboneka. [277] Kumenyera kuzamuka kwinyanja bigizwe no kwirinda ahantu hashobora kwibasirwa n’akaga, kwiga kubana n’umwuzure wiyongereye no kurindwa. Niba ibyo binaniwe, umwiherero ucungwa urashobora gukenerwa. Hano hari inzitizi zubukungu mugukemura ingaruka zubushyuhe. Kwirinda akazi gakomeye cyangwa kugira ubukonje ntibishoboka kuri bose. [279] Mu buhinzi, uburyo bwo kurwanya imihindagurikire y’ikirere burimo guhinduranya indyo irambye, gutandukana, kurwanya isuri no kunoza imiterere y’imiterere hagamijwe kwihanganira imihindagurikire y’ikirere. [280] Ubwishingizi butanga kugabana ibyago, ariko akenshi biragoye kubona kubantu binjiza amafaranga make. Uburezi, abimukira hamwe na sisitemu yo kuburira hakiri kare birashobora kugabanya ingaruka z’ikirere. [282] Gutera mangrove cyangwa gutera inkunga ibindi bimera byo ku nkombe birashobora guhagarika umuyaga. Urusobe rw'ibinyabuzima ruhuza n'imihindagurikire y'ikirere, inzira ishobora gushyigikirwa n'abantu. Mugukomeza guhuza urusobe rwibinyabuzima, amoko arashobora kwimuka mubihe byiza byikirere. Ubwoko burashobora kandi kwerekanwa mubice bifite ikirere cyiza . Kurinda no gusana ahantu nyaburanga nigice cya kamere bifasha kubaka imbaraga, byorohereza urusobe rwibinyabuzima guhinduka. Byinshi mubikorwa biteza imbere imihindagurikire y’ibinyabuzima, bifasha kandi abantu kumenyera binyuze mu kurwanya ibidukikije . Kurugero, kugarura gahunda yumuriro karemano bituma umuriro wibiza udashoboka, kandi bikagabanya guhura kwabantu. Guha inzuzi umwanya munini bituma habaho kubika amazi muri sisitemu karemano, kugabanya ibyago byumwuzure. Amashyamba yagaruwe akora nk'icyuzi cya karubone, ariko gutera ibiti mu turere tudakwiye birashobora kongera ingaruka z’ikirere. Hariho imikoranire hamwe nubucuruzi hagati yo kurwanya no kugabanya ibicuruzwa. Kurwanya imihindagurikire y'ikirere akenshi bitanga inyungu z'igihe gito, mu gihe kugabanuka bifite inyungu z'igihe kirekire. Kongera imikoreshereze yumuyaga bituma abantu barushaho guhangana nubushyuhe, ariko byongera ingufu zikenewe. Iterambere ryimijyi irashobora gutuma imyuka igabanuka mu bwikorezi no kubaka. Muri icyo gihe, irashobora kongera ingaruka zo mu birwa byo mu mujyi, biganisha ku bushyuhe bwo hejuru no kwiyongera. Kongera umusaruro w'ibiribwa bifite inyungu nini haba mu kurwanya no kugabanya. Ingamba na politiki. Ibihugu byibasirwa cyane n’imihindagurikire y’ikirere ubusanzwe byashinzwe uruhare ruto rw’ibyuka bihumanya ikirere. Ibi bitera kwibaza kubyerekeye ubutabera nubutabera. Imihindagurikire y’ibihe ifitanye isano n’iterambere rirambye. Kugabanya ubushyuhe bw’isi byoroha kugera ku ntego z’iterambere rirambye, nko kurandura ubukene no kugabanya ubusumbane. Ihuriro ryemewe mu ntego zirambye z’iterambere 13 ari "gufata ingamba zihutirwa zo kurwanya imihindagurikire y’ikirere n'ingaruka zayo". Intego ku biribwa, amazi meza no kurengera ibidukikije bifite aho bihurira no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere. [291] Geopolitike y’imihindagurikire y’ikirere iragoye. Byakunze gushyirwaho nkikibazo cyo gutwara abantu ku buntu, aho ibihugu byose byungukira mu kugabanya ibicuruzwa byakozwe n’ibindi bihugu, ariko ibihugu bitandukanye byatakaza kuva mu bukungu buke bwa karubone ubwabyo. Uku gushiraho kwamaganwe. Kurugero, inyungu zamakara ziva mubuzima rusange nibidukikije byaho birenze ibiciro hafi yakarere kose. Byongeye kandi, abatumiza mu mahanga ibicuruzwa biva mu kirere batsindira mu bukungu kuva mu guhindura ingufu zisukuye, bigatuma abatumiza ibicuruzwa mu mahanga bahura n’umutungo wangiritse : ibicanwa bidashobora kugurisha. Amahitamo ya politiki. Politiki, amabwiriza, n'amategeko menshi birakoreshwa mukugabanya ibyuka bihumanya ikirere. Kugeza muri 2019, ibiciro bya karubone bikubiyemo hafi 20% byuka bihumanya ikirere ku isi. Carbone irashobora kugurwa imisoro ya karubone hamwe na sisitemu yubucuruzi bwangiza . Inkunga ya peteroli y’ibinyabuzima ku isi yageze kuri miliyari 319 z'amadolari muri 2017, na tiriyari 5.2 z'amadolari igihe ibiciro nko guhumanya ikirere biguzwe. Kurangiza ibyo birashobora gutuma igabanuka rya 28% byangiza imyuka y’ikirere no kugabanuka kwa 46% by’impfu z’ikirere. Amafaranga yazigamiwe ku nkunga y’ibinyabuzima ashobora
| 591 | 1,893 |
Nuko numva Uhoraho avuga aranguruye ati: “Igihano cy'umujyi kiregereje. Yemwe abashinzwe guhana uyu mujyi, nimwigire hafi buri wese azane intwaro ye yo kurimbura!” Hanyuma mbona abantu batandatu baturutse mu muryango w'Ingoro werekera mu majyaruguru, buri wese afite intwaro ye yo kurimbura. Muri bo hari umuntu wambaye imyambaro yera , akenyeje umukandara uriho igikoresho cyo kwandikisha cyagenewe umwanditsi. Binjira mu Ngoro bahagarara hafi y'urutambiro rw'umuringa. Nuko ikuzo ry'Imana y'Abisiraheli ryari ku bakerubi rijya ku muryango w'Ingoro. Uhoraho ahamagara wa muntu wambaye imyambaro yera, akenyeje umukandara uriho igikoresho cyo kwandikisha. Aramubwira ati: “Zenguruka umujyi wa Yeruzalemu, ushyire ikimenyetso ku ruhanga rw'abantu bababajwe kandi barizwa n'ibizira byose biwukorerwamo.” Hanyuma numva Imana ibwira abandi bantu iti: “Nimumukurikire mugende mwica, ntimugire uwo mwitaho cyangwa ngo mumubabarire. Mutsembe abasaza n'abasore n'inkumi, n'abana n'abagore. Nyamara umuntu washyizweho ikimenyetso ntimumwice, kandi muhere ku bari mu Ngoro.” Nuko bahera ku bakuru b'imiryango bari imbere y'Ingoro. Uhoraho arababwira ati: “Ngaho nimugende muhumanye Ingoro, urugo rwayo murwuzuze intumbi.” Nuko baragenda bica abatuye umujyi. Igihe bariho bica nari jyenyine, nikubita hasi nubamye ndavuga nti: “Nyagasani Uhoraho, ese ugiye kurimbura itsinda ryose ry'Abisiraheli basigaye, usuke uburakari bwawe kuri Yeruzalemu?” Uhoraho aransubiza ati: “Ibicumuro by'Abisiraheli n'iby'Abayuda birenze urugero. Dore igihugu cyuzuye amaraso, na Yeruzalemu yuzuye ubugome. Abantu baravuga bati: ‘Uhoraho yatereranye iki gihugu ntatwitayeho.’ Bityo nanjye sinzigera mbitaho cyangwa ngo mbababarire, ahubwo nzabaryoza ibihwanye n'imigenzereze yabo.” Nuko wa muntu wambaye imyambaro yera, akenyeje umukandara uriho igikoresho cyo kwandikisha agaruka avuga ati: “Uhoraho, nakoze uko wantegetse.”
| 241 | 755 |
Ese koko gushimira bituma ugira ubuzima bwiza?. Ese koko gushimira bituma ugira ubuzima bwiza?
Hari inyandiko ivuga iby’ubuzima yagize iti “buri gihe, gushimira bitera ibyishimo. Bituma umuntu arangwa n’icyizere, akishimira ibyiza yagezeho, akagira ubuzima bwiza, bikamufasha kwihanganira ibibazo, kandi bigashimangira ubucuti afitanye n’abandi.”
Bibiliya itugira inama yo kwitoza gushimira. Intumwa Pawulo wadusigiye urugero rwiza mu birebana no gushimira, yaravuze ati “mujye muba abantu bashimira.” Urugero, ‘yashimiraga Imana ubudacogora,’ kuko abantu yagejejeho ubutumwa bwiza babwakiriye neza (Abakolosayi 3:15; 1 Abatesalonike 2:13). Ubwo rero, umuntu ugira ibyishimo ni ufite akamenyero ko gushimira; si ubikora rimwe na rimwe. Biturinda kwiyemera, kurarikira iby’abandi no kubarakarira, kuko ibyo byatuma baducikaho, bikanatubuza ibyishimo.
Umuremyi wacu yaduhaye urugero rwiza mu birebana no gushimira abantu buntu. Mu Baheburayo 6:10 hagira hati “Imana ntikiranirwa ngo yibagirwe imirimo yanyu n’urukundo mwagaragaje ko mukunze izina ryayo.” Koko rero, Umuremyi wacu aramutse yibagiwe kudushimira yaba akiranirwa cyangwa atagira ubutabera.
“Mujye mwishima buri gihe. Mujye mushimira ku bw’ibintu byose.”1 Abatesalonike 5:16, 18.
Gushimira bidufasha bite gushimangira ubucuti dufitanye n’abandi?
Gushimira tubikuye ku mutima, urugero nk’igihe baduhaye impano, batubwiye amagambo meza, cyangwa hari ikindi kintu cyiza badukoreye, bishimisha ubidukoreye kandi akumva afite agaciro. Iyo umuntu akugiriye neza, wenda agukinguriye urugi ukamushimira n’iyo mwaba mutaziranye, arishima.
Yesu Kristo yaravuze ati “mugire akamenyero ko gutanga, namwe muzahabwa. Bazabasukira mu binyita by’imyenda yanyu urugero rukwiriye, rutsindagiye, rucugushije kandi rusesekaye” (Luka 6:38). Reka dufate urugero rw’ibyabaye kuri Rose ufite ubumuga bwo kutumva, utuye ku kirwa cya Vanuwatu kiri muri Pasifika y’Epfo.
Rose yajyaga mu materaniro y’Abahamya ba Yehova, ariko ntagire icyo atoramo kuko atari azi ururimi rw’amarenga, kandi muri iryo torero nta wundi wari uruzi. Hari umugabo n’umugore we bazi urwo rurimi baje gusura iryo torero, bamaze kumenya ko afite icyo kibazo, batangira kwigisha abantu amarenga. Rose yarabashimiye cyane. Yaravuze ati “nshimishwa n’uko mfite incuti nyinshi zinkunda.” Igihe yabashimiraga na bo bakabona ukuntu agira uruhare mu materaniro, barishimye bumva ko ari imigisha. Nanone yishimiye uko abandi bize ururimi rw’amarenga bashyizeho umwete, kugira ngo bajye bamuganiriza.Ibyakozwe 20:35.
“Untambira ishimwe ni we unsingiza.”Zaburi 50:23.
Wakwitoza ute umuco wo gushimira?
Burya akuzuye umutima gasesekara ku munwa. Dawidi yasenze Imana agira ati “natekereje ku byo wakoze byose; nakomeje kuzirikana imirimo y’amaboko yawe mbikunze” (Zaburi 143:5). Dawidi yari umuntu wita ku bintu kandi akazirikana abandi. Yatekerezaga ku byo Imana yakoze akayishimira, kandi ibyo ni byo byamuranze mu buzima bwe bwose.Zaburi 71:5, 17.
Bibiliya itugira inama nziza igira iti “iby’ukuri byose, ibikwiriye gukundwa byose, ibivugwa neza byose, ingeso nziza zose n’ibishimwa byose, ibyo abe ari byo mukomeza gutekerezaho” (Abafilipi 4:8). Amagambo ngo ‘mukomeze kubitekerezaho,’ atwibutsa ko kugira ngo tugire umuco wo gushimira, tugomba kuzirikana ibyo abandi badukoreye.
“Ibyo umutima wanjye utekereza ni ibintu by’ubuhanga.”Zaburi 49:3.
| 424 | 1,360 |
Impanuka ikomeye yabereye i Beirut muri Libani. Impanuka ikomeye yabereye ku cyambu k’i Beirut ku itariki ya 4 Kanama 2020, yangije ibintu byinshi kandi ikomeretsa abantu babarirwa mu bihumbi. Amazu menshi y’abavandimwe na bashiki bacu yarasenyutse. Hari abavandimwe na bashiki bacu bakomeretse bikabije, ariko nta wapfuye. Tuzi neza ko Imana yacu igira ubuntu izakomeza gufasha abo bagaragu bayo.—2 Samweli 22:3.
| 58 | 166 |
Sukuma wiki. Iriburiro.
Sukuma wiki ni imboga zizwi zo mu muryango w’amashu (Brassica oleracea).
Sukuma wiki ni izina ryahawe izo mboga risobanura ko “ zisunika iminsi”, zigatuma abantu baramuka kuko ziboneka kandi zidahenze ku badafite amafaranga menshi. Ni imboga ziboneka cyane cyane mu guhugu cya Kenya na Tanzaniya. Sukumawiki zikize ku ntungamubirikandi zikungahaye kuri Vitamini ( A, B6, C na K), imyunyungugu nka Kalisiyumu, Manganeze, Umuringa, Potasiyumu na Manyeziyumu. Sukumawiki zifitemo ibinure bike cyane ariko igice kinini cyabyo ni icyitwa Omega-3 bifitiye umubiri akamaro kanini.
Amoko ya sukumawuki.
Habaho amoko menshi ya Sukumawiki. Amababi yazo ashobora kugira ibara ry’icyatsi kibisi cyangwa idoma, akaba arambuye cyangwa yihinahinnye ku mpande. Ubwoko bumenyerewe cyane ni ni ubufite amababi yihinahinnye ku mpande bwitwa Scots Kale ( Soma “Sikotsi Kale”) zifite amababi y’icyatsi kibisi yihinahinnye ku mpande. n’igihimba gikomeye, "Sukumawiki yo mu bwoko bwa Sikotsi."
Guhumbika.
Umurima ugomba guhingwa bwa mbere bageza hasi kugira ngo imizi izabashe gukura neza igere hasi. Ibyatsi bibi byimeza mu murima bigomba kuvanwamo. Gutegura umurima mbere ni byiza kugira ngo ibyonnyi byaba birimo byanikwe ku zuba cyangwa inyoni zibirye. Umurima ugomba kuba wumutse kugira ngo ubutaka budahinduka icyondo. Gutaba ibisigazwa by’ibihingwa byongera uburumbuke. Bongeramo ifumbire y’imborera ingana na Toni 10-30/ha mu gihe cyo gusanza ( guhinga bwa kabiri).
Kwita ku gihingwa cya Sukuma wiki.
Ifumbire n’inyongeramusaruro.
Mu buhinzi bwa Sukumawiki, hakoreshwa ifumbire y’imborera (Toni 10-30/Ha), ishyirwamo mu gihe cyo guhinga bwa kabiri, na 130 /ha za Ire izifasha gukura neza. Ire yagombye gushyirwamo nyuma y’iminsi 30 hashyizwemo inyongeramusaruro ku nshuro ya mbere.
Kubagara no gusasira.
Kubagara Sukumawiki bigomba gukorwa mu buryo buhoraho kugira ngo umurima utazamo ibyatsi bibi bityo igihingwa ntigicuranwe n’ibyo byatsi bibi ibigitunga, urumuri n’amazi.
Gusasira Sukumawiki ni ngombwa mu rwego rwo kurwanya isuri, gufasha ubutaka kugira igipimo kidahinduka cy’ubushyuhe no kugumana ubuhehere mu butaka. Gusukira byagombye gukorwa nyuma y’ibyumweru 2-3 nyuma yo kugemura. Gusukira binafasha mu gukuramo ibyatsi bibi.
Kuhira.
Ni ngombwa cyane kuhira Sukumawiki. Kuhira ukarenza urugero cyangwa kuhiriza utuzi duke cyane byombi bishobora kwangiza Sukumawiki. Ni yo mpamvu ari ngombwa cyane ko kuvomerera bikorwa mu bihe byabugenewe. Kuvomerera kenshi n’amazi atari menshi bikenewe mu butaka bw’urusenyi. Naho kuvomerera n’amazi menshi mu bihe bitandukanyijwe n’intera nini bikenerwa mu butaka burimo ibumba.
Mu gihe hategurwa gahunda yo kuvomerera ni ngombwa kumenya uko imizi ingana bikagenderwaho. Muri rusange ingano y’imizi igereranywa n’imikurire y’igihingwa kigaragara hejuru. Imizi yinjira mu butaka ku rugero rumwe igihingwa gikura kijya ejuru.
Ruyongobezamimero (Rhizoctonia solani).
Ni indwara iterwa n’agahumyo ko mu butaka. Iyi ndwara ifata imbuto n’ingemwe. Imbuto zishobora kurwara mbere yo kuterwa cyangwa zageze mu butaka. Akenshi ingemwe ziba ikigina hanyuma zikuma. Uduhumyo dushobora kugaragara ku butaka hujeru dusa n’ikigina. Ibigundu byanduye bishobora kwanduza ibindi.
Ibimenyetso by’indwara ya Ruyongobezamimero ku rugemwe rwa Sukumawiki.
Kuyirwanya.
Randura ibigundu byamaze kwandura. Irinde ko ibisigazwa bya Sukumawiki cyangwa imboga zo mu bwoko bumwe bisigara mu murima. Simburanya ibihingwa buri myaka 4. Ubutaka bugomba guhora bukamuwemo amazi kandi bukanyuramo akayaga.
Ububore bw'umukara Xanthomonas campestris pv. Campestris).
Ububore bw’umukara ni indwara ikomeye ifata amashu mu gihe cy’imvura nyinshi n’ikime. Udukoko twa bagiteri dutera ububore bw’umukara dushobora kurenza igihembwe cy’ihinga twihishe mu mbuto, mu byatsi bibi bigira indabo byimeza mu mirima y’amashu n’ibindi bihingwa byo mu muryango umwe cyangwa se mu bihingwa byafashwe bitabye mu butaka. Iyi ndwara ikunda gukara mu gihe hatose n’ubushyihe bwinshi.
Gusarura suKuma wiki.
Sarura Sukumawiki mu gitondo kare hakiriho amafu. Iyo ubushyuhe buzamutse biba bisaba ko imboga
Sukumawiki zishyirwa mu mifuka ya pulasitiki hanyuma zikabikwa mu byuma bikonjesha mu gihe cy’ icyumweru cyose.
Gupakira.
Iyo umusaruro wa Sukumawiki upakiwe neza bifasha kuwufata neza, kuwurinda no kongera igihe umara utangiritse kandi bikawufasha kugumana ubwiza bwawo. Sukumawiki zigomba gupakirwa neza zitsindagiye mu kintu gishashemo isashi ya pulasitiki kugira ngo zigumane ubuhehere, ntizitakaze amazi menshi ngo zirabe, bityo bikazifasha kugumana ubwiza bwazo.
| 597 | 1,803 |
Dr. Tugilimana yiyemeje gutaha agatanga umusanzu we mu buvuzi nyuma yo kubona aho igihugu kigana. Dr. Tugilimana wari umaze imyaka igera kuri 45 akorera ubuvuzi bwo kubaga indwara zirimo na kanseri mu Bubiligi no mu Bufaransa, yafashe iki cyemezo nyuma y’ingendo yagiye akorera mu Rwanda guhera mu 2007, zari zigamije kubaga abadafite ubushobozi. Icyo gihe yakoranaga n’umuryango w’Abazungu witwa Medecin sans Vacance, aho yazaga mu Rwanda kabiri mu mwaka. Kuva icyo gihe yazaga mu kwa Gatatu no mu kwa Cumi aho yavuraga ibyumweru bibiri uko aje, akabagira mu bitaro bya Kabwayi Kibagabaga. Uko yakomezaga kuza kuvura mu Rwanda niko yabonaga ko Abanyarwanda bakeneye ubufasha bwe ari bacye ugereranyije n’umwanya muto yabaga afite, nk’uko yabitangaje mu kiganiro kihariye yagiranye na Kigali Today. Agira ati: “Natangiye muri 2007 hanyuma mbona ko ntashobora kuvura abantu bose kuko iyo mvuze ko nza kabiri mu mwaka ni ibyumweru bibiri. Ni ukuvuga no ku bantu baza kwisuzumisha ababagwa ni bacye cyane. Ku buryo naravuze nti noneho abazungu narabavuye, narabakoreye kandi n’ubu ndacyabakorera ariko ntago bakeneye abaganga nka hano mu Rwanda cyangwa se muri Afurika hose.” Dr. Tugirimana uvuga ko afite ubwenegihugu bw’u Rwanda n’ubw’u Bubiligi, yemeza ko kuri we yumva yagasabye imbabazi Abanyarwanda kubera yatinze kugaruka mu Rwanda gusangira no gufasha Abanyarwanda ubumenyi igihugu cyamuhesheje. Uyu mugabo usheshe akanguhe, yemeza ko afite impamyabushobozi zihanitse zitandukanye mu byo kubaga indwara zirimo amara, amagufa, igifu n’umwingo akavura impyiko n’imiyoboro yayo, na kanseri. Akemeza ko ubushobozi n’ubumenyi afite buzafasha Abanyarwanda ku nzego zitandukanye bakeneye ubufasha bwe bari basanzwe bajya kwivuriza hanze, kuko yamaze kugaruka gukorera mu Rwanda aho azajya avura mu mezi icyenda buri mwaka. Igitekerezo cyo kugaruka mu Rwanda yagikomeje ubwo yageraga ku ivuriro rya La Croix du Sud rixwi nko kwa “Nyirinkwaya,” kuko yasanze rifite buri kimwe yari afite agikorera ubuvuzi bwe i Burayi. Avuga ko kuba iri vuriro riri ku rwego mpuzamahanga n’abarikoramo byamuteye ingabo mu bitugu, akiyemeza kwimurira ubuvuzi bwe mu Rwanda. Mu buvuzi bwe mu bice bibiri, harimo igice cyo gufasha abatishoboye n’abadafite ubushobozi, aho akorana n’umuryango w’abaganga w’Ababiligi batagira ikiruhuko (Medecins sans Vacances). Ubwo buvuzi abukora mu bitaro bya Leta aho abagira ubuntu abarwaye indwara zitandukanye. Ubundi buvuzi akora ni ubw;umuntu ku giti cye wishoboye kandi udakeneye kujya kwivuriza hanze, aho afitanye amasezerano y’ubufatanya n’ivuriro rya La Croix du Sud. Muri ibi bitaro niho yasanze uburyo bwo kubaga ibice byo mu nda badasatuye umuntu. Dr. Tugilimana yizera ko buri Munyarwanda wese uba hanze ari cyo gihe cyo kugira umusanzu atanga ku gihugu cye, niyo waba atari uwo kugaruka burundu ariko agashaka umwanya wo kujya afasha Abanyarwanda. Dr. Tugirimana wemeza ko u Rwanda ruhagaze neza mu rwego rw’isi mu buvuzi, kubera ubwisungane mu buvuzi (Mituel de Sante), yemeza ko Abanyarwanda bakwiye kwishimira igihugu cyabo kuko hari ibyo yasanze mu buvuzi atatekerezaga ko byaba bihakorerwa. Emmanuel N. Hitimana
| 463 | 1,221 |
Gahunda y'ibikorwa by'abayisilamu y'imyaka irindwi ku bijyanye n'imihindagurikire y'ikirere. Gahunda y’ibikorwa by’abayisilamu y'imyaka irindwi ku bijyanye n’imihindagurikire y’ikirere ni gahunda y’ibikorwa by’umuryango w’abayisilamu ku isi, yatangijwe guhera mu 2010 kugeza 2017. Yakozwe na British Earth Mates Dialogue Centre na Minisiteri ya Koweti ya Awqaf n’ibikorwa bya kisilamu . Ni imwe muri gahunda z’imyaka myinshi y’ibikorwa by’ikirere byateguwe n’imiryango minini y’amadini, yateguwe ku bufatanye n’umuryango w’amadini no kubungabunga ibidukikije na gahunda y’umuryango w’abibumbye ishinzwe iterambere .
Ihuriro ry’amadini rivuga ko gahunda isaba "gukora ubushakashatsi ku nzego zose z’ibikorwa by’abayisilamu kuva mu buzima bwa buri munsi kugeza ku ngendo ngarukamwaka, kuva mu mijyi yera kugeza ku mahugurwa azaza ya Imamu," "guteza imbere imijyi minini y’abayisilamu nkicyitegererezo cy’umujyi w’icyatsi ku bandi Bayisilamu mijyi, "na" guteza imbere ikirango cya kisilamu kubicuruzwa na serivisi byangiza ibidukikije. " Ibyifuzo byagombaga gucungwa nitsinda ryiswe ishyirahamwe ryabayisilamu rishinzwe ibikorwa by’imihindagurikire y’ibihe (MACCA, amagambo ahinnye yashakaga kumvikana nka " Maka ").
Inama ya 2009 ya Istanbul.
Mu nama yabereye i Istanbul muri Nyakanga 2009, intiti n’abayobozi b’abayisilamu bagera kuri magana abiri, abayobozi, n’abayobozi ba leta bemeje iyo gahunda maze bashiraho MACCA. Abashyigikiye barimo Mufti Mukuru wa Egiputa, Sheikh Ali Goma'a, Mufti wa Palesitine, Dr. Ekrama Sabri, Umujyanama w’igikomangoma cya Maka na Madina, n’umuryango w’uburezi, ubumenyi n’umuco bya kisilamu.
imurika rya 2009 muri Windsor.
Gahunda yatangijwe mu birori bya Windsor mu Gushyingo 2009.
2010 Inama y’imihindagurikire y’ibihe yabereye i Bogor.
Nk’uko "Islamu oday" ibivuga, Inama mpuzamahanga y’abayisilamu yo muri Mata 2010 ku bibazo by’imihindagurikire y’ibihe yabereye i Bogor, muri Indoneziya harimo kuganira ku bitekerezo bitandukanye bya politiki, ariko inanirwa gushyiraho ishyirahamwe ry’abayisilamu ryashyizweho ku bikorwa by’imihindagurikire y’ibihe (MACCA) nk'itsinda ry’umuryango shyira mu bikorwa itangazo rya Bogor. "
| 275 | 877 |
Volleyball: Amakipe ya APR na REG yabonye itike yo gukina imikino ya ¼. Ayo makipe ni APR women Volleyball Club na Rwanda Energy Group Volleyball Club abitse ibikombe bya shampiyona y’u Rwanda umwaka ushize w’imikino.
Ikipe ya APR WVC yaraye yerekeje muri ¼ nyuma yo gutsinda ikipe ya Nigeria Customs yo mugihugu cya Nigeria amaseti 3-1 (25-19, 25-13, 25-11 na 25-8). Ku ruhande rw’ikipe ya REG VC yo yaraye ibijyezeho nyuma yo guhigika ikipe ya Olympique Montagne Goyaves volleyball yo mugihugu cya Mauritius nayo iyitsinze amaseti 3-1 (25-20,20-25,25-22,25-19). Nyuma yo gukatisha itike ku makipe yombi, ikipe ya APR WVC iragaruka mu kibuga kuri uyu munsi ikina imikino ya ¼ aho iri bucakirane n’ikipe ya Asac Saltigue yo mugihugu cya Senegal. Ikipe ya REG VC nayo nyuma yo gukomeza muri ¼, iraza kwesurana n’ikipe ya JSCOA volleyball Club yo mugihugu cya Algeria umukino nawo uteganyijwe kuri uyu wa kane mu gihugu cya Tunisia. Umunyamakuru @amonb_official
| 153 | 355 |
Maj Gen Aloys Ntiwiragabo ushakishwa n’ubutabera yarabutswe mu Bufaransa. Ntiwiragabo w’imyaka 72 abonetse mu gihugu cy’Ubufaransa nyuma yo kuburirwa irengero imyaka irenga 20. Mediapart ivuga ko yashoboye kumugeraho bakamukurikirana bagendeye ku mugore we Catherine Nikuze wageze mu Bufaransa tariki 3 werurwe 1998, akabona ubuhungiro tariki 22 Nzeri 1999, naho mu mwaka wa 2005 agahindura amazina akitwa Tibot. Mediapart ikomeza ivuga ko bamubonye ubwo yarimo agana ku rusengero muri Gashyntare 2020, ariko bakaba baramubonye inshuro zigera muri esheshatu mu Mujyi wa Orléans, hagati y’Ukuboza 2019 kugera muri Werurwe 2020. Amwe mu mafoto yafashwe n’iki kinyamakuru yemejwe na Richard Mugenzi bakoranye mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi, aho Ntiwiragabo yari akuriye ibikorwa by’ubutasi. Gen Maj Aloys Ntiwiragabo wakunze kumenyekana ku mazi nka Vita na Ba Omaar, avuka mu Murenge wa Hindiro, Akarere ka Ngororero mu cyahoze ari Komini Satinsyi, Perefegitura ya Gisenyi. Ari mubanyamuryango bashinze umutwe wa FDLR umaze imyaka uhungabanya umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, mu bikorwa byo guhungabanya umutekano. Mu mwaka wa 2007, umuryango wa African Rights watangaje ko uyu musirikare wari mu bafite amapeti akomeye mu mutwe wa FDLR yaba yaratangiye gukorana n’umutwe wa RUD urunana witandukanyije na FDLR, yayoborwaga na Lt Gen Sylvestre Mudacumura. Uyu muryango ukaba waratangaje ko Ntiwiragabo yinjiye muri RUD yinjijwe na Brig Gen Faustin Ntirikina wavuye mu Rwanda afite ipeti rya Majoro. Inzira yanyuzemo agana mu gihugu cy’u Bufaransa nyuma yo kuva mu Rwanda mu 1994, yabaye muri RDC, Sudan, Congo- Brazzaville na Cameroon, abona kwerekeza mu gihugu cy’u Bufaransa aho yasanze umugore we Catherine Nikuze n’abana babiri. Maj Gen Ntiwiragabo bivugwa ko yavuye mu gihugu cya Sudani nyuma y’uko ingabo z’u Rwanda zitangiye kujya mu butumwa bw’amahoro i Darfur, aho yatinye ko zishobora kumenya amakuru ye akaba yatabwa muri yombi. Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yari afite ipeti rya Colonel ndetse ari umuyobozi ushinzwe iperereza mu buyobozi bukuru bw’igisirikare cya FAR. Yize amashuri abanza ku ishuri rya Muramba, ahava akomereza amashuri yisumbuye muri Koleji ya Christ Roi i Nyanza, aho yavuye akomeza mu ishuri rya gisirikare mu gihugu cy’u Bubiligi no mu Bufaransa, arangiza ari ku rwego rwa BEMS (Breveté d’Etat Major Spécial). Mu bikorwa bye mu gisirikare, Ntiwirigabo yabaye muri Jandarumori ari umuyobozi mu Mujyi wa Kigali, ndetse aza kuyobora ibikorwa byayo mu Mujyi wa Kigali. Ashunjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse akaba n’umwe mu bahagarariye ibikorwa bya Jenoside mu Mujyi wa Kigali akorana n’uwari umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Col. Tharcisse Renzaho. Ashinjwa kubiba urwango hagati y’Abahutu n’Abatutsi, kuba yarahaye uruhushya interahamwe rwo gukoresha ibiro bya Polisi i Nyamirambo mu kwica abatutsi, ndetse hakorerwa ibikorwa byo kwica urubozo Abatutsi no gufata ku ngufu abagore. Maj Gen Ntiwiragabo yabaye umuyobozi w’igisirikare cya Ex-FAR muri Kivu y’Amajyepfo afite ibirindiro byari i Panzi na Bukavu, aho yavuye ajya kuyobora igisirikare mu nkambi ya Tingi Tingi. Amakuru agaragaza ko Ntiwirigabo na Renzaho bagiye muri Sudani mu 1997, ariko bakomeza gukorana n’umutwe wa ALIR bagize uruhare mu gushinga batawurimo. Mu mwka wa 1999, Ntiwirigabo, Renzaho na Hyacinthe Nsengiyumva Rafiki, batanze inama yo guhindura izina rya ALIR igihe Leta zunze ubumwe za Amerika zari zimaze kuwushyira ku rutonde rw’imitwe yiterabwoba, Ntiwirigabo ahita ayibera perezida, naho muri 2001 aza gusimburwa na Murwanashyaka. Umunyamakuru @ sebuharara
| 534 | 1,443 |
Santrafurika: Ingabo z’u Rwanda zahaye abaturage serivisi z’ubuvuzi ku buntu. Mu gikorwa cyabaye ku wa Kabiri tariki 28 Gicurasi 2024, serivisi z’ubuvuzi zatanzwe zibanze ku kugusuzuma no kuvura indwara nka malariya, indwara zo mu myanya y’ubuhumekero ndetse n’abafite ibibazo byo mu nda. Abaturage kandi bapimwe n’indwara zitandura zirimo umuvuduko wamaraso hamwe no kubapima ibiro, hanatanzwe na serivisi z’ubuvuzi bw’amenyo n’ubw’amaso. Umuyobozi w’umujyi wa Bria, Bwana Maurice Balekouzou, yashimye umubano mwiza n’ubushuti bukomeye hagati y’abanyarwanda n’abanya-Santrafurika. Yashimiye kandi Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa MINUSCA ku nkunga ikomeye mu gutanga ubuvuzi ku baturage, ibyo bikaba byongera imibereho myiza y’abaturage muri rusange. Lt Col Tharcisse MPFIZI, Umuyobozi w’itsinda rya Battle Group VI, yavuze ko usibye kurinda abasivili, ingabo z’u Rwanda zishinzwe kubungabunga amahoro muri Santrafurika ziyemeje guteza imbere imibereho myiza y’abaturage bashinzwe kurinda. Ibi bikubiyemo gutanga serivisi z’ingenzi z’ubuvuzi kugirango ubuzima bw’abaturage ba Santrafurika burusheho kuba bwiza. Yashimangiye kandi ko bazakomeza gufatanya n’abaturage mu kubahiriza inshingano zo gushyigikira no kubungabunga amahoro n’umutekano muri Repubulika ya Santrafurika. Umunyamakuru @ Umukazana11
| 168 | 513 |
Cameroun: Bibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu muhango wabereye muri Palais de Congrès, witabiriwe kandi n’abayobozi bakuru muri Guverinoma ya Cameroun barimo Minisitiri ufite mu nshingano ze amazi n’ingufu, Bwana Gaston ELOUNDOU ESSOMBA. Muri uyu muhango, hafashwe umunota wo kwibuka inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi, hanacanwa buji zisobanura urumuri rw’icyizere cy’ubu n’ejo hazaza, n’ubudaheranwa bw’Abanyarwanda. Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye uyu muhango, Ambasaderi Mutsindashyaka Théoneste, yashimiye abaje kwifatanya n’Abanyarwanda mu muhango wo kwibuka, abasobanurira ko ari umuhango w’ingenzi ku Banyarwanda ndetse no kuri buri muntu wese. Yibukije ko mu 1994 u Rwanda rwaciye mu bihe by’agahinda n’umubabaro, mu gihe amahanga yareberaga, ati “Kugeza n’uyu munsi, nubwo hashize imyaka 30, ibikomere ntibirakira,ari na yo mpamvu Abanyarwanda bakomeje guharanira kudaheranwa n’agahinda, no kwimakaza amahoro kugira ngo ibyabaye mu Rwanda bitazongera kubaho. Yakomeje avuga ko nubwo bimeze bityo, Leta y’u Rwanda irangajwe imbere na Nyakubahwa Paul Kagame, Perezida w’u Rwanda, yiyemeje kubaka Igihugu, himakazwa politiki y’ubumwe n’ubwiyunge, ari yo yabaye umusingi w’iterambere Igihugu gifite ubu. Yagaragaje kandi ko hirya no hino hakomeje kugaragara ipfobya ndetse n’ingengabitekerezo ya Jenoside, bikorwa ahanini n’abanyapolitiki ndetse n’abandi bazwi nk’intiti n’impuguke, akomoza ku mvugo zihembera urwango zibasira Abatutsi, zikomeje kumvikana mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo zatumye habaho itotezwa n’ubwicanyi bubakorerwa. Ibi bikaba ari ibimenyetso bishobora kuganisha kuri Jenoside igihe nta ngamba zafatwa zo kubihagarika. Ambasaderi Mutsindashyaka yasabye abitabiriye uyu muhango cyane cyane urubyiruko gushyira imbaraga mu bikorwa bibiba amahoro n’ubumwe, birinda ivangura iryo ari ryo ryose, yibutsa ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ari inshingano za buri wese mu rwego rwo kwirinda ko ibyabaye mu Rwanda byakongera kuba ahandi aho ari ho hose ku Isi. Mu buhamya bwatanzwe na Uwera Marie Claire warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, yagarutse ku nzira y’umusaraba we na musaza we baciyemo kugira ngo barokoke, anashimira RPF Inkotanyi yabohoye u Rwanda, ndetse n’abandi bagize uruhare mu kurokoka kwabo. Muri ubu buhamya yagaragaje ko nubwo banyuze mu bihe biteye ubwoba, bakabura ababo, bataheranywe n’agahinda, ko ahubwo bahisemo kwiyubakamo icyizere cyatumye bakomeza kubaho, anasaba ko abantu bakwirinda guhohotera abacitse ku icumu ndetse bakirinda gupfobya Jenoside yatsembye imiryango y’Abatutsi mu Rwanda. Madamu Aissata De, wari uhagarariye umuyobozi w’ibiro by’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye muri Cameroun, mu ijambo yagejeje ku bitabiriye uyu muhango, na we yagarutse ku butumwa bw’Umunyamabanga Mukuru wa ONU, Antonio Guterres, aho asaba amahanga kwirinda amacakubiri n’ivangura, ahubwo bakimakaza umuco w’amahoro no kubana neza n’abandi. Anavuga ko gushyira hamwe, gusenyera umugozi umwe, ari ingenzi mu rugendo rwo kwimakaza amahoro. Abitabiriye uyu muhango banarebye filime mbarankuru yitwa “Du désespoir à l’espoir” aho u Rwanda rugeze nyuma y’imyaka mirongo itatu Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe. Umunyamakuru @ h_malachie
| 438 | 1,284 |
Angell Mutoni ari mu myiteguro ya album ye ya mbere (Video). Uyu mukobwa yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na IGIHE, aho yavuze ko nyuma y’igihe kinini amaze mu muziki yatekereje kuba yashyira hanze album izaba ari na yo ye ya mbere. Ati “Ndi kwitegura gushyira hanze album yanjye ya mbere. Hari igihe kigera ukareba ukabona bikwiriye. Igihe nikigera nzababwira izina. Izina ni nk’aho ndifite ariko ntarifite.’’ “Ino myaka 10 mu rugendo rwanjye rw’ubuhanzi ndi kugenda mba umuntu mukuru nk’umuhanzi. Nahuye na byinshi yaba muri studio cyangwa kuririmba ku rubyiniro. Ubu ni bwo akazi kari gutangira kuri njye.” Angell Mutoni watangiye aririmba cyane mu rurimi rw’Icyongereza, yabajijwe niba atarabangamiwe na byo, avuga atari rwo rwagiye rumuzitira ahubwo icyo gihe yari akiri kwiga uruganda. Agaragaza ko gukora Hip Hop ari umukobwa byo ari kimwe mu bintu byagiye bimuzitira, kuko akenshi mu ruganda abantu benshi bagendaga babimwibutsa. Ati “Ntabwo nabigiyemo mvuga ngo ngiyemo ndi umukobwa kuko ibyo ni abandi babikwibutsa. Wibuka iyo ubigezemo, ni bwo wibuka ko utandukanye. Hari ukuntu mu muziki usanga abaraperikazi ari bake [...] ugenda uhura n’ibyo bintu bakakwibutsa ko uri umukobwa ariko nagize amahirwe kuko abo twakoranaga bo batari bafite iyo myumvire.’’ Angell Mutoni yari aherutse gushyira hanze Extended Play [EP] yise ‘For Now’. Yayikoranyeho na Dr. Nganji wo muri Green Ferry Music, iri mu nzu zitunganya imiziki zafashije benshi barimo Bushali, B-Threy n’abandi batandukanye bamaze kubaka amazina. Igizwe n’indirimbo eshanu zirimo Iby’ejo ni iby’ejo, Step in Like, Hit It yakoranye na Lagum The Rapper, Get Low ye na E.T Ndahigwa na Pale Pale yakoranye n’uwitwa Mazo. Angell Mutoni asanzwe ari umuraperi akaba n’umuririmbyi wandika indirimbo. Aririmba Afro-Hiphop, RnB na Pop. Uyu mukobwa afite mixtape eshatu ndetse na EP ebyiri. Ari mu bahanzi 10 bitabiriye RFI Prix Découvertes, mu 2016. Yagiye kandi agaragara mu maserukiramuco atandukanye muri Afurika y’Iburasirazuba arimo Blankets & Wine, Kigali Up, Amani Festival, Bayimba n’ayandi. Reba indirimbo Angell Mutoni aheruka gushyira hanze yise “Bounce’’ yahuriyemo na Kivumbi Angell Mutoni avuga ko yagiye ahura n'imbogamizi mu muziki zirimo n’amashuri Angell Mutoni ni umwe mu bakobwa bisangije kuririmba hip hop mu ndimi ziganjemo Icyongereza
| 346 | 887 |
Ruhango: abanyeshuri 2 batawe muri yombi bibye ibikoresho bya bagenzi babo. Tariki 27/02/2012, aba banyeshuri bombi bacunze bagenzi babo bavuye mu macumbi bararamo, bahita bajya kwibamo batwara igikapu cy’umunyeshuri kirimo amakaye n’imwenda ndetse n’amafaranga 23800; nk’uko bitanganzwa n’umukangurambaga w’abanyeshuri kuri icyi kigo, Havugimana Denny. Imyenda n’amakaye aba banyeshuri bari bibye bagiye kubishakira isoko mu baturage baturiye iki kigo, nyuma haza kubaho ubwumvikane buke hagati y’abagura n’abagurisha biba ngombwa ko baza kubatanga mu kigo bigamo. Ubuyobozi bw’iri shuri buvuga ko ibyari byibwe byose babibonye uretse ariya mafaranga ataraboneka. Ubu buyobozi buvuga kandi ko bugiye gushakira aba banyeshuri ibihano bikomeye kugira ngo ingeso y’ubujura icike muri iki kigo. Ubwo twandikaga iyi nkuru twashatse kumenya ibihano aba banyeshuri bateganyirijwe, tuvugana na Usengumuremyi Jean Marie Vianey uhagarariye iri shuri imbere y’amategeko “represent legal” kuri telephone, avuga ko we ibyo bibazo byabereye mu kigo cye atabizi. Muvara Eric
| 143 | 411 |
U Rwanda n’u Bwongereza bikomeje kunoza amasezerano yerekeranye n’abimukira. Minisitiri Biruta ku wa Gatatu tariki 18 Gicurasi 2022, nibwo yatangiye uruzinduko rwe mu Bwongereza. Ibiganiro yagiranye na Priti Patel byibanze ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yashyiriweho umukono i Kigali mu Rwanda agamije ubufatanye mu gushyiraho ingamba nshya zo gukemura ikibazo cy’abimukira. Minisitiri Priti Patel abinyujije kuri Twitter, yavuze ko yishimiye kwakira Minisitiri Dr Biruta i Londres. Yakomeje avuga ko bari gukora ibishoboka byose kugira ngo gahunda yo guhererekanya abimukira itangire gushyirwa mu bikorwa, ndetse ko bategereje ibiganiro n’ibigo by’imiryango mpuzamahanga i Genève mu rwego rwo kuyisobanurira ibijyanye na gahunda y’amasezerano y’ubufatanye mu by’abimukira yasinywe hagati y’ibihugu byombi mu guhangana n’iki kibazo. Ati “Turi gushyiramo imbaraga kugira ngo ubufatanye bwacu bwa mbere ku Isi bugamije guca icuruzwa ry’abantu no kwita ku buzima bw’abari mu kaga.” Mu bandi bayobozi Minisitiri Biruta yahuye na bo barimo Victoria Grace Ford, Umudepite wo mu ishyaka ry’Aba-Conservateurs mu Bwongereza. Grace Ford yashimiye Biruta, ndetse avuga ko baganiriye ku bintu byinshi birimo n’imyiteguro ya CHOGM. Ati: “Ndashimira Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Vincent Biruta kuba twahuye uyu munsi. Twaganiriye ku bintu byinshi byihutirwa birimo abimukira, imihindagurikire y’ikirere, uburenganzira bwa muntu, umutekano mu Karere ndetse n’imyiteguro ya CHOGM mu kwezi gutaha.” Mu cyumweru gishize nibwo icyiciro cya mbere cy’abimukira bari mu Bwongereza binyuranyije n’amategeko, cyamenyeshejwe gahunda yo kwimurirwa mu Rwanda bijyanye n’amasezerano yasinywe hagati y’ibihugu byombi. Mu kiganiro n’ikinyamakuru Daily Mail, Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Boris Johnson yatangaje iby’icyo cyiciro kizoherezwa, avuga ko hari benshi nubwo hari abatarabyakira bashobora kugana inzira z’ubutabera, ariko ashimangira ko Leta izakomeza uru rugamba. Amasezerano y’u Rwanda n’u Bwongereza yerekeranye n’abimukira yasinywe ku wa 14 Mata 2022, aho u Bwongereza bwatangaje ko buzatanga inkunga yo kwifashisha mu bikorwa by’iterambere bigirira akamaro abo bimukira n’abaturwanda muri rusange. Umunyamakuru @RuzindanaJunior
| 295 | 868 |
Musanze: Abanyeshuri ba Wisdom School basobanuriwe imikorere y’inteko ishinga amategeko. Ibi biganiro byabaye nyuma y’aho abanyeshuri bagaragaje inyota bari bafite yo kumenya imikorere n’itandukaniro riri hagati y’inteko ishinga amategeko umutwe w’Abadepite na Sena y’u Rwanda, nk’uko umuyobozi w’ishuri Wisdom School Nduwayesu Elie abivuga. Yagize ati “Buri mwaka abanyeshuri n’abarezi b’ishuri Wisdom School dusura ingoro y’inteko ishinga amategeko, kugira ngo bamenye imikorere yayo n’icyo imariye Abaturarwanda. Kubihuza n’amasomo biga umunsi ku wundi bibafasha gusobanukirwa bakiri bato imiyoborere y’igihugu cyabo no kubatera ishyaka rishingiye ku myitwarire myiza itegura umuyobozi nyawe”. Ni ibiganiro byibanze ku kubasobanurira amwe mu mahame y’inteko ishinga amategeko, inshingano zayo, icyo imariye abaturage, uruhare mu gutora amategeko, gukora ubugenzuzi mu nzego zitandukanye n’ibindi. Senateri Musabeyezu Narcisse yabwiye aba banyeshuri ko nubwo bakiri bato bafite uburenganzira bwo kugira ubumenyi kuri politiki y’igihugu n’uko yubatse, kugira ngo bibafashe gukurana umuco w’ubunyangamugayo no kugira umurava biranga umuyobozi mwiza. Yagize ati “Twemera ko abana ari bo maboko y’igihugu, tugomba kubasobanurira ibyo dukora, n’uko bigenda kugira ngo duhabwe izo nshingano. Iyo bamenye hakiri kare bibafasha kwiga bafite umwete, bagafata ingamba zubakiye ku buzima bufite intego. Izi ni inshingano zacu dufatanyije n’abarezi babo kubakangura, no kubaha ubwo bumenyi kuko mu myaka iri imbere ari bo bazaba bayoboye igihugu cyacu mu nzego zitandukanye”. Abanyeshuri biga muri Wisdom School banabwiwe ko umuntu adashobora kuba umudepite cyangwa umusenateri adafite ubunararibonye mu mirimo runaka, ubudakemwa mu mico n’imyifatire n’ibindi biranga inyangamugayo. Agendeye kuri ibi, Nzayisenga Naima, umwe muri aba banyeshuri yagize ati “Numvise ko imiyoborere cyangwa iterambere ry’igihugu bitareba gusa abayobozi. Nshimishijwe no kumenya ko umuntu abitegura hakiri kare, akabiharanira. Binteye imbaraga zo kwiga cyane kugira ngo nanjye nzabe umuyobozi w’intangarugero, uharanira gufasha igihugu cye”. Ibi biganiro kuri iyi ngingo bibaye mu gihe hari hashize amezi atatu abiga mu ishuri Wisdom School basuye ingoro y’inteko ishinga amategeko iri ku Kimihurura mu mujyi wa Kigali. Nyuma y’urwo rugendoshuri, aba banyeshuri bari bagaragarije inteko ishinga amategeko inyota bagifite yo gusobanukirwa mu buryo bwimbitse imikorere yayo, ari na bwo hafashwe umwanzuro wo kohereza intumwa ku cyicaro cy’ishuri Wisdom School kiri mu karere ka Musanze, mu rwego rw’ibiganiro nyunguranabitekerezo ku mikorere y’inteko ishinga amategeko imitwe yombi. Umunyamakuru
| 354 | 1,031 |
Barebeye hamwe uko injyana ya Hip Hop yasigasirwa. Ni mu gikorwa cy’iminsi itatu cyiswe ‘Hip Hop Cypher’ kikaba cyabereye mu kigo cya Centre Culturel Francophone, ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali ahakunze kubera ibitaramo n’imyidagaduro itandukanye. Iki gikorwa cyabaye tariki 05 Nyakanga 2023 kibanziriza ibindi bikorwa by’iserukiramuco Ubumuntu Arts Festival, iri rikaba ari iserukiramuco mpuzamahanga ryibanda ku buhanzi n’ubugeni hagamijwe impinduka mu mibereho y’abantu. Umuyobozi wa Ubumuntu Arts Festival, Hope Azeda, avuga ko impamvu bahisemo gutegura amasomo agamije gusigasira iyi njyana ari ukubera ko ikunzwe n’abiganjemo urubyiruko, kandi ikaba ari injyana itanga ubutumwa iyo ikoreshejwe neza. Ati “Hip Hop ni injyana ifite amateka akomeye. Twahisemo rero guhuriza hamwe abahanzi b’iyi njyana tukabaha amahugurwa, tukabahuza n’abarimu ba Hip Hop baturutse i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iki ni cyo gikorwa kibanjirije ibindi bikorwa by’iri serukiramuco.” “Ikintu cya mbere dukora muri Ubumuntu ni uguhuza abahanzi bo mu bihugu bitandukanye, bagahura bakungurana ibitekerezo ku ngingo runaka. Intero tugenderaho ijyanye n’iyi gahunda yo gusigasira Hip Hop igira iti ‘Music is Humanity’ ugenekereje mu Kinyarwanda, bivuze ngo ‘Umuziki ni Ubumuntu’”. Hope Azeda yongeyeho ati “Kuko buriya umuziki ugomba kutwubaka, umuziki ugomba kubaka Igihugu, ukubaka na wa muntu urimo kuririmba uwo muziki. Kubera ko urubyiruko rwinshi rukunda iyi njyana, twashatse kubafasha gusobanukirwa n’icyo uyu muziki uvuze. Akenshi wasangaga babikora nta bumenyi buhagije babifiteho, ni yo mpamvu twabazaniye abarimu b’inzobere muri Hip Hop kugira ngo babafashe kumenya ibyo bakurikiza mu gukora ibihangano byabo.” Abajijwe icyo avuga ku bafata Hip Hop nk’injyana y’ibirara, Hope Azeda yavuze ko ibyo atari byo, ati “Hip Hop si injyana y’ibirara ahubwo ni injyana ibamo ukuri kwinshi, aho abayikoramo umuziki baba bashaka gutanga ubutumwa runaka. Hip Hop ni umuziki wubaka. Akenshi uba ugizwe n’amagambo. Iyo akoreshejwe neza yubaka abantu ku giti cyabo, ndetse na sosiyete muri rusange. Iki gikorwa cyiswe ‘Hip Hop Cypher’ cyo gufasha abakora indirimbo muri iyi njyana kugira ubumenyi bwisumbuyeho, cyabaye tariki 05 Nyakanga 2023, mu gihe imyiteguro y’iserukiramuco nyirizina ikomeje. Biteganyijwe ko iserukiramuco Ubumuntu Arts Festival rizatangira tariki 14 Nyakanga 2023 rikazarangira tariki 16 Nyakanga 2023. Reba ibindi muri iyi Video: Umunyamakuru @ h_malachie
| 348 | 957 |
Amakipe ya IPRC Huye na REG BBC yegukanye igikombe cy’Intwari. Ku cyumweru tariki 02 Gashyantare 2020 muri Sitade nto i Remera nibwo hasozwaga imikino y’Intwari muri Basketball. Mu bagore amakipe 5 yose yarahuye, IPRC Huye na The Hoops ni zo zagombaga gukina umukino utanga igikombe kuko ntayari yagatsinzwe muri iri rushanwa. Saa kumi n’ebyiri nibwo uyu mukino watangiye agace ka mbere karangira The Hoops itsinzemo amanota 09 kuri 18 ya IPRC Huye. Agace ka kabiri kabaye umwanya mwiza wo kuzamura amanota aho The Hoops yatsinzemo amanota 18 kuri 13 ya IPRC Huye. Ikiruhuko cyabaye umwanya mwiza wo kongera kuganira hagati y’amakipe yombi. Ibiganiro byavuye muri iki kiruhuko byatumye IPRC Huye itsinda agace ka gatatu amanota 23 kuri 12 ya The Hoops. Agace kane IPRC Huye yerekanye inyota ko yari ikeneye iki gikombe itsinda amanota 16 ku 10 ya The hoops. Umukino warangiye IPRC Huye itsinze amanota 70 kuri 49 ya The Hoops yegukana igikombe cyayo cya kabiri cy’Intwari , dore ko icya mbere yacyegukanye muri 2018. Nyuma y’umukino umutoza wa IPRC Huye, Muhirwa Jean Claude, yavuze ko ryari irushanwa rikomeye cyane kuko byasabaga ko amakipe ahura hagati yayo.Yakomeje avuga ko ibanga kuri bo kwari ukumvikana hagati yabo mu kibuga. Umutoza wa The Hoops, Mutokambali Moise, yavuze ko babuze abakinnyi banini muri iyi mikino kuko nyuma yo kugenda kwa Butera Hope byabagoye kubona umusimbura. Yakomeje avuga ko igisubizo cy’iki kibazo cyamaze kuboneka dore ko yamaze kuzana abakinnyi 2 bagomba kuziba iki cyuho. Nyuma y’uyu mukino hakurikiyeho umukino wa nyuma mu bagabo wahuje ikipe ya REG BBC na APR BBC. REG yatangiye umukino neza aho mu gace ka mbere yatsinzemo amanota 21 ku manota 15 ya APR BBC. Agace ka kabiri REG yakomeje kuyobora aho karangiye ifite amanota 46 kuri 32 ya APR BBC. Mu gace ka gatatu ikipe ya APR yazamuye amanota gusa imbaraga z’abakinnyi ba REG zakomeje kugaragara mu mukino maze gasozwa REG ifite amanota 57 kuri 48 ya APR BBC. Agace ka kane ikipe ya APR BBC yakomeje kwerekana imbaraga zikomeye cyane mu mukino binyuze ku basore nka SANGWE Armel , Niyonsaba Bienvenue , bagabanyije ikinyuranyo kiva ku manota 16 kijya ku manota 11. Umukio warangiye REG BBC ifite amanota 71 kuri 62 ya APR BBC, REG yegukana igikombe cy’intwari ku nshuro ya gatatu yikurikiranya. Nyuma y’umukino Umutoza wungirije wa REG Mwiseneza Maxime yavuze ko wari umukino ukomeye, gusa yavuze ko hari aho bafashijwe n’amatara yazimye bakavugisha abakinnyi bidasabye kwaka akaruhuko. Nkusi Aimé Karim utoza APR BBC yavuze ko bari biteguye gutwara igikombe ariko binjiye mu mukino batinze. REG imaze kwegukana igikombe cy’intwari inshuro eshatu yikurikiranya: 2018: REG BBC (vs Patriots BBC 54-51) 2019: REG BBC (vs Patriots BBC 92-72) 2020: REG BBC (vs APR BBC 71-62) Uko imikino muri rusange yagenze: FT: REG BBC 71-62 APR BBC FT: THE HOOPS 49-70 RP IPRC HUYE FT: UBUMWE 58-41 APR Ibihembo mu bagabo: 1. REG BBC - 500,000 FRW
2. APR Men - 300,000 FRW Ibihembo mu bagore: 1. IPRC-HUYE Women - 500,000 FRW 2. THE HOOPS RWANDA - 300,000 FRW Umunyamakuru wa Kigali Today/KT Radio @ KuradusengIsaac
| 507 | 1,210 |
Nta gihugu cya Afurika kiracira urubanza uwakoze Jenoside: Minisitiri Bizimana. Yongeyeho ati “Ubungubu nta gihugu cya Afurika na kimwe cyari cyacira urubanza umuntu wakoze Jenoside. Ariko dufite ibyagiye bibatwoherereza nka Uganda, RDC, Malawi gutyo. Turifuza ko ibihugu bya Afurika nabyo byakubahiriza ibiteganywa n’amasezerano mpuzamahanga bigacira imanza abantu bari ku butaka bwabo cyangwa bikabohereza mu Rwanda.” U Rwanda rukora ibishoboka byose birimo ngo abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi aho baba bari hose babiryozwe binyuze mu kugirana umubano n’ibihugu ndetse n’amasezerano y’imikoranire agamije guhanahana abanyabyaha. Kugeza ubu ku mugabane w’u Burayi igihugu kirimo impapuro nyinshi ni u Bufaransa bwohererejwe 47, igihugu cyanihaye intego nibura ko buri mwaka hazajya haburanishwa abakoze Jenoside babiri, u Bubiligi bwoherejwemo impapuro 40, u Buholandi 26, Canada 14 n’ahandi. Muri rusange aboherejwe mu Rwanda baturutse mu mahanga ni 26, uheruka ni Jean Paul Micomyiza uzwi nka Mico, woherejwe na Suède kugira ngo akurikiranwe n’ubutabera bw’u Rwanda ku byaha bya Jenoside akekwaho gusa hari n’abandi baburaniye mu bihugu bitandukanye.
| 161 | 446 |
BK Group yamuritse irushanwa ‘Rap City’ ryo kuzamura impano z’abakiri bato. Igitaramo cy’urukurikirane rwa Rap rwiswe ‘Rap City’ Season 1; ni ubwa mbere kizaba kibereye mu Rwanda ndetse ni kimwe mu bitaramo bikomeye bizabera mu nyubako y’imyidagaduro ya BK Arena guhera 17 Nzeri 2022. Rap City Season 1 iteguwe ku bufatanye hagati ya QA Venue Solutions na BK Group, nyuma y’amasezerano akomeye yo kugura uburenganzira bwo kwitirirwa iyi nyubako y’imyidagaduro yahoze yitwa Kigali Arena, kuri miliyari 7 Frw, muri Gicurasi 2022. Iki gitaramo kizarangwa n’abahanzi bo mu Rwanda bakora injyana nka Kinyatrap, Trappish zose ziri mu murongo wa Hip Hop, Old School n’izindi. BK Group yabwiye itangazamakuru ko bizaba ari ku nshuro ya mbere, ibirori byuzuye bya hip-hop biri kuri uru rwego bibereye mu Rwanda, kandi kugira ngo buri wese abashe kubyishimira, amatike azagabanywa 100% ku bantu bafite ikarita ya BK Arena Pre Paid Card.”. Banki ya Kigali (BK) Plc iherutse gushyira ahagaragara Ikarita y’ikoranabuhanga “BK Arena Prepaid Card”, izafasha urubyiruko rudafite konti koroherwa no gutwara amafaranga kuri iyo karita ishobora gukoreshwa nk’izindi za banki, ndetse ikaba yanakwinjirirwaho mu mikino n’ibikorwa by’imyidagaduro bibera muri BK Arena. Usibye kurushaho kumenyekanisha ikarita ya BK Arena PrePaid, BK group yavuze ko ikiciro cya mbere cya ‘Rap City’ ari indi nkingi igize amasezerano y’uburenganzira ku izina BK Arena hamwe BK Group, ishishikariza abantu kugendana amafaranga mu buryo bw’ikoranabuhanga, kandi igaha urubyiruko ibisubizo byoroshye byo kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga. Bitewe n’ibitaramo bikomeye byabereye muri iyi nyubako aho abantu ibihumbi n’ibihumbi bagiye bagaragaza ko bashimira cyane abaraperi, BK Arena yahisemo kubatumira no kubateza imbere hashyirwaho amarushanwa yiswe ‘Rap City’ mu rwego rwo kumenyekanisha impano. Umuntu wese wifuza kwitabira iri rushanwa arasabwa gukurikira imbuga nkoranyambaga za BK Arena kuri Twitter na Instagram. Yifata amashusho ari hagati y’amasegonda 30’ na 45’ aririmba arapa, hanyuma akayashyira kuri murandasi. Aya mashusho ayashyira kuri konti ye, agakora ‘Tag’ cyangwa se (Kumenyesha) kuri BK Arena, hanyuma agakoresha Hashatg ya #BKARENARAPCITY, #BKARENANIIYAWE ndetse na #BKARENAISYOURS. Uhatana kandi asabwa kubwira inshuti ze n’abandi bamukurikira gukanda ‘Like’ kuri iyo video yashyizeho, gutangaho ibitekerezo no gusangiza abandi iyo video mu rwego rwo kugira ngo irebwe n’abantu benshi. Batanu ba mbere bazatumirwa mu kiganiro ‘The Versus Show’ cyo kuri Televiziyo Rwanda, hanyuma havemo batatu bazaririmba muri ibi birori bya ‘Rap City’ bizaba ku wa 17 Nzeri 2022. Abahanzi bo mu Rwanda bemejwe kugeza ubu barimo abaraperi n’abakora injyana ya Hip-Pop nka Bulldog, Bushali, Fireman, Ish Kevin, Riderman n’abandi benshi ba hip-hop bashyizwe ku rutonde. BK Group ikomeza ivuga ko bifashishije imbuga nkoranyambaga za BK Arena, bazakomeza gutangaza abahanzi bazaririmba muri iki gitaramo n’abandi bazagiramo uruhare. BK Group yavuze ko hari uburyo bushya buzongerwa ku ikarita ya BK Arena PrePaid, ishobora kwemerera umuntu kwinjira muri BK Arena mu buryo bworoshye, kandi budasaba kugendana amafaranga. Kugira ngo ubone Ikarita ya BK Arena, ntibikeneye kuba ufite konti muri BK, icyo usabwa ni ukuba ufite imyaka 18 kuzamura, ufite indangamuntu cyangwa pasiporo n’amafaranga ibihumbi bitanu (5000Frw). Iyi karita yemewe na Visa kuko ishobora gukoreshwa ahantu hose Visa yemerwa kw’Isi yose. BK Arena PrePaid Card iboneka ku mashami yose ya BK no kuri BK Arena. Umunyamakuru @RuzindanaJunior
| 514 | 1,347 |
Imboga za Kayote. Kayote Ifasha kurinda Kanseri zitandukanye mu mubiri :Kayote igira ibyo bita apigenin and luteolin bigafsha gusohora imyanda(free radicals) itera Kanseri mu mubiri.Ni isoko ry’imbaraga:Kayote igira Potasiyumu,igira uruhare rukomeye mu gutuma umubiri ugira ingufu.Muri Miligarama 100 za Kayote,habamo Milligarama 125 za Potasiyumu.
Tumenye Imboga za Kayote.
Kayote Irinda gusaza vuba : Kayote ni imboga zigira ibyo bita Flavonoids zifasha umubiri mu guhangana n’ibiwangiza,bityo bigatuma umuntu adasaza vuba ndetse no kurwaragurika.Ivura utubuye two mu mpyiko (Kidney Stones) : Kayote cyane cyane amababi yazo,akoreshwa mu kuvura utubuye two mu mpyiko.Ibi byagaragajwe n’ubushakashatsi bwakorewe muri universite yo muri Amerika bita University of North Florida.Amababi kandi ya Kayoti afasha mu kugabanya umuvuduko w’amaraso.Ifasha gutakaza ibiro : Kayote kimwe n’ubundi bwoko bw’ibihaza,ntibigira ibivumbikisho (Calories),urugimbu ndeste n’ibinure.Ni byiza rero niba ushaka kuringaniza ibiro,ko wajya ukunda kwirira Kayote ku mafunguro yawe.Ifasha abagore batwite kubyara abana badafite ubumuga : Kayote igiramo vitamin bita Folate,iyi rero ifasha kwirema k’uturemangingo tw’urusoro mu nda ku bagore batwite,bityo bigatuma umwana avuka ameze neza.Twababwira ko umugore utwite akenera 23% bya Folate,ari nayo iboneka muri Kayote.Ifasha kugabanya urugimbu mu mitsi y’amaraso (Cholesterol) : Kayote ntabwo igiramo amavuta,ku bantu rero bafite urugimbu rwinshi ndetse n’abashaka kwirinda urugimbu rwinshi,ni byiza gukoresha Kayote.
Ibindi wamenya kuri Kayote.
Kayote Irinda Impatwe (Constipation) : Kayote igiramo ibyo bita Fibers bifasha igogorwa ry’ibiryo kugenda neza.Bityo bigatuma wirinda impatwe,kujya ku musarani bikagenda neza.Igabanya umuvuduko w’amaraso : Kurya Kayote bigabanya umuvuduko w’amaraso.Ibi byemejwe n’ubushakashatsi bwakorewe muri universite yitwa Purdue University muri Amerika.Irinda indwara z’umutima : Kayote zigira amavitamini y’ingenzi mu gukora neza k’umubiri, nkuko urubuga healthbenefits dukesha iyi nkuru ruvuga ko imwe muri ayo mavitamini ni C, Ikaba ifasha mu gusukura umubiri bigatuma bikurinda indwara zitandukanye zibasira umutima.Irinda kubura amaraso (Anemia) : Kubura Vitamini B12 na Fer bituma umuntu abura amaraso, Kayote rero ikungahaye kuri ibyo bintu bibiri, kuyikoresha rero ni byiza ku bantu bafite ikibazo cy’amaraso make.
| 304 | 878 |
BDF yananiwe gukoresha amafaranga arenga Miliyoni 800 ihitamo kuyasubiza. Ni amafaranga yari yatanzwe mu mushinga w’inguzanyo hagati ya Leta y’u Rwanda na IFAD wari ugamije gukura abantu mu bukene binyuze muri Post Harvest Resilient uzwi nka PASS, aho batanze amafaranga angana na Miliyoni 817 yahawe BDF yagombaga gukoreshwa muri uwo mushinga ufatanyije na AGRA ariko akaza gusubizwa umuterankunga kuko atabashije gukoreshwa icyo yari agenewe. Ni ikibazo cyagaragajwe muri raporo y’umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, aho ku wa Kane tariki 09 Gicurasi 2024, ubuyobozi bukuru bwa BDF bwitabye Komisiyo ishinzwe imikoreshereze y’imari n’umutungo w’Igihugu (PAC), kugira ngo butange ibisobanuro kuri bimwe mu bibazo byagaragajwe muri iyo raporo. Ubuyobozi bwa BDF buvuga ko bwagize ibibazo bibiri byo gusubiza amafaranga, birimo ay’umufatanyabikorwa witwa AGRA, wazanye Miliyoni 500 z’amafaranga y’u Rwanda, kugira ngo afashe mu bikorwa by’ubuhinzi, ariko ngo bikaba ari ubufatanye bagiyemo badasesenguye kuko iyo basesengura neza batari kubijyamo. Imwe mu mpamvu bashingiraho bavuga ko batari kujya muri ubwo bufatanye ni uko ari umushinga wateguwe n’abaterankunga gusa, baganira n’amabanki uko byari gukorwa, aho banki zari gutanga inguzanyo hanyuma BDF igatanga ingwate. Asubiza ikibazo kijyanye n’isubizwa ry’amafaranga yagombaga kugirira akamaro Abanyarwanda, Umuyobozi Mukuru wa BDF Vincent Munyeshyaka yavuze ko ibibazo byo gusubiza amafaranga bananiwe gukoresha byatewe n’amabanki yari yemeye gukorana na AGRA ataratanze inguzanyo. Yagize ati “Amabanki yagombaga gutanga inguzanyo ntayo yigeze atanga, kandi BDF kugira ngo itange ingwate ni uko inguzanyo iba yatanzwe, ndetse AGRA nayo ubwayo yikoreye raporo yo gusuzuma uyu mushinga bawusangamo inenge zigera kuri eshatu.” Yongeraho ati “Uyu mushinga wari wateguwe ntabwo amabanki yigeze yishimira gukoresha uko byateguwe, ntabwo umushinga wari wateguwe neza, hanyuma n’igihe cy’ishyirwa mu bikorwa ryawo cyari gito cyane, byari amezi 11, ku buryo amabanki kuba atanze inguzanyo ndetse no kuba BDF itanze ingwate bitashobotse, natwe icyo kibazo twarakibonye ko dukeneye igihe kinini cyo kugira ngo tube twakongera igihe cyo gukorana n’amabanki puroguramu irangira gutyo, badusaba gusubiza amafaranga, turayasubiza, urebye ni umushinga utari uteguye neza.” Hon. Germaine Mukabalisa yababajije impamvu bagiye mu mushinga bavuga ko utari uteguye neza kugera aho bafata amafaranga y’umuterankunga arenga Miliyoni 800 bakananirwa kuyakoresha. Yagize ati “Turababaza ngo kuki mutagiye mu mushinga uteguye neza, tugafata amafaranga y’umuterankunga Miliyoni 800 koko, akatunanira kuyakoresha, yari agamije kugabanya ubukene, gukemura ibibazo biterwa n’imihindagurikire y’ikirere kugira ngo mugihe cy’isarura ba bandi basarura imyaka yabo ntiyangirike n’iyo imvura yagwa cyangwa n’ibindi biza.” Yongeraho ati “Icyo si ikibazo mu Rwanda dufite, ntitwari tubonye Miliyoni 800, ntibyatunaniye se, none se ubwo igisubizo cyatunyura twagikura he?, cyeretse niba utubwira ko rubanda nta kibazo cy’imihindagurikire y’ikirere bafite, kandi kirahari mu bigomba kwitabwaho, tukabona Miliyoni 800 zigasubirayo, ahubwo twakozwe n’isoni hagati y’abaterankunga, kuba tuzi gukoresha amafaranga neza, tuba twagaragaje ko tuyakeneye, tukayabona, akatugera mu ntoki, ariko Miliyoni 800 zigasubirayo kuko tutabashije gukora icyo tugomba gukora.” Ubuyobozi bwa BDF buvuga ko uretse mu mushinga wa AGRA ariko muri rusange mu mushinga wa PASS bashoboye gutangamo amafaranga angana na Miriyali 6 mu gihugu hose. Ubuyobozi bwa BDF buvuga ko amafaranga batanze batubahirije amabwiriza ya Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) ari bo bayishyura, ariko kandi ngo iyo abaturage batayakoresheje kubera ko na bo batabashije kubahiriza amabwiriza, asubizwa MINAGRI, ari nayo muri rusange yasubijwe umuterankunga, nubwo BDF ivuga ko ari MINAGRI yayasubije. PAC ntiyigeze ishimishwa n’uko BDF yitwaye muri icyo kibazo kubera ko bavuga ko nubwo byitwa ko amafaranga yasubijwe umuterankunga ariko Leta izayishyura kubera ko yari yatanzwe nk’inguzanyo, ibintu bafashe nko guhombya Leta. Umunyamakuru @ lvRaheema
| 559 | 1,649 |
Amavuriro mato (Postes de Santé) agiye kongererwa ubushobozi. Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko bimwe mu bikubiye mu mabwiriza mashya harimo ko za Postes de Santé zigomba kongererwa ubushobozi mu bikorwa by’ubuvuzi kugira ngo barusheho gutanga serivisi nziza ku bazigana, nk’uko umuyobozi mukuru ushinzwe ibikorwa by’ubuvuzi muri Minisiteri y’Ubuzima Dr. Coloneille Ntihabose abisobanura. Ati “Biraza bisubiza ibyo abaturage basabaga, ndababwira nk’urugero, bifuzaga ko gupima ibizamini bikoresheje Mikorosikope (microscope), bishyirwa mu mavuriro y’ibanze, mu mabwiriza mashya bizaba birimo, bifuzaga ko ikizamini cy’inkari, umusarani, ikizamini cya Malaria bishobora kuba byakorerwa ku ivuriro ry’ibanze”. Akomeza agira ati “Hari no kudoda bisanzwe umuntu yakomeretse, urugero nk’abana bari barimo gukina akabuye kagakubita umwe ku mutwe agakomereka, akajya ku ivuriro ry’ibanze bakamudoda, n’ibikorwa byo kuboneza urubyaro”. Kuri ubu ayo mavuriro harimo acungwa na Leta hakaba n’andi yeguriwe ba rwiyemezamirimo kugira ngo babe ari bo bayakurikirana aho kugeza ubu umuryango SFH Rwanda wahawe za Postes de Santé 189. Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko muri aya mavuriro harimo adakora ndetse n’andi adakora iminsi yose, gusa ngo hari ibyahinduwe bikubiye mu mabwiriza mashya kugira ngo arusheho gutanga serivisi nziza. Dr. Ntihabose ati “Mbere umuforomo ni we wari wemewe ko aza agafatanya na Leta mu mikoreshereze ya rya vuriro ry’ibanze, ariko ubu twabonye ko bisaba gufungura buri wese ufite ubushobozi bw’amafaranga n’ubumenyi bwo gucunga ya mavuriro, ni ukuvunga ngo umuryango ushobora kuza ugakorana na Leta, ukavuga ngo ndashaka ivuriro ry’ibanze kuba narikoresha”. Akomeza agira ati “Icyo tumusaba ni uko ashyiraho umuforomo uyobora rya vuriro, ariko we akazana ubushobozi bw’amafaranga, n’ubumenyi agakoresha wa muforomo akaba ari umukozi we, ikindi ni uko ibigo by’abikorera byemerewe kuza bigakorana na Leta mu gucunga rya vuriro. Mbere umuntu yari yemerewe ivuriro rimwe, ubu umuntu ashobora kuba yafata amavuriro arenze rimwe, akayacunga mu gihe afite ubushobozi n’ubumenyi”. Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko kugira ngo Leta ifate amavuriro y’ibanze yose byasabaga abakozi bagera ku bihumbi bitandatu, bangana hafi na 1/3 cy’abakozi bari mu rwego rw’ubuzima, uhereye ku kigo nderabuzima, ibitaro, kugera kuri CHUK byose bisanzwe bifite abakozi bagera hafi ku bihumbi 20. Abaturage bavuga ko kuba hari amavuriro y’ibanze adakorana n’ubwisungane mu kwivuza (mutuelle de Santé) bibagiraho ingaruka, ari na ho bahera basaba ko aya mavuriro yose yajya akorana na mituweli. Ni mu gihe Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) ruvuga ko kugeza ubu rukorana n’amavuriro y’ibanze 430 gusa, avura abafite mituweli. Imibare itangazwa na Minisiteri y’Ubuzima yerekana ko nyuma yo gushyiraho amavuriro y’ibanze, abayagana bagenda biyongera kuko mu mwaka wa 2016- 2017 bavuye ku 71,212 bagera kuri 4,425,855 hagati y’umwaka wa 2020-2021. Nubwo ibi byagabanyije abaganaga ibigo nderabuzima ndetse n’abavurwaga n’abajyanama b’ubuzima, ngo haracyakenewe ko hubakwa andi mavuriro y’ibanze, kuko hari utugari tugera kuri 200 tudafite ivuriro na rimwe, mu gihe kuri ubu mu Rwanda habarirwa amavuriro y’ibanze agera ku 1,157 yo mu rwego rwa mbere n’andi 21 yo mu rwego rwa kabiri atanga ubuvuzi burimo ubw’amaso, ubw’amenyo no kubyaza. Umunyamakuru @ lvRaheema
| 472 | 1,333 |
Afurika y’Epfo: Amb. Hategeka yatanze ubutumwa kuri Perezida Ramaphosa. Ambasaderi w’u Rwanda muri Afurika y’Epfo, Emmanuel Hategeka, yashyikirije Perezida Cyril Ramaphosa impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu. Amb. Hategeka yaboneyeho gushyikiriza Perezida Ramaphosa ubutumwa yohererejwe na mugenzi we, bushimira Perezida Paul Kagame, kuba yarifatanyije n’u Rwanda mu kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ambasaderi Hategeka yiyemeje gushyira imbaraga mu kunoza umubano mwiza hagati y’ibihugu byombi. Perezida Ramaphosa ni umwe mu banyacyubahiro wifatanyije n’Abanyarwanda, mu bikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mbere yo gusubira Pretoria, Perezida Ramaphosa yakomoje ku mibanire y’ibihugu byombi, aho atatinye kuvuga ko hajemo agatotsi. Gusa yavuze ko mu biganiro yagiranye na mugenzi we w’ u Rwanda, hamwe n’abandi bayobozi ku kibazo cy’umutekano muke cyo mu Burasirazuba bwa Kongo, basanze kidakwiye gukemurwa n’inzira y’intambara ahubwo ko inzira z’ibiganiro bya politiki, ari wo ushobora kuba umuti w’iki kibazo. Mu kiganiro yahaye itangazamakuru ku wa 08 Mata 2024, Perezida Paul Kagame na we yavuze ko afite icyizere cy’ibiganiro yagiranye na mugenzi we Cyril Ramaphosa, ku bijyanye no gushaka umuti w’ikibazo cy’umutekano muke n’ubwicanyi bwibasira abaturage b’inzirakarengane muri icyo gihugu.
| 191 | 542 |
imihindagurikire y’ikirere kuva 1850–1900 kugeza 2010–2019. Nta ntererano ihambaye yatanzwe kuva imbere imbere cyangwa abashoferi b'izuba n'ibirunga. Imiterere y’ikirere ihura n’ibihe bitandukanye byonyine bishobora kumara imyaka (nka El Niño - Oscillation y’Amajyepfo (ENSO)), imyaka mirongo cyangwa ibinyejana. Izindi mpinduka ziterwa n'ubusumbane bw'ingufu "ziva hanze" kuri gahunda y'ikirere, ariko ntabwo buri gihe zituruka ku isi. Ingero z’agahato ko hanze zirimo impinduka ziterwa nubushyuhe bwa gaze ya parike, urumuri rwizuba, kuruka kwikirunga, hamwe nuburyo butandukanye mubuzenguruka isi izenguruka izuba. [54] Kugirango hamenyekane uruhare rwabantu mu mihindagurikire y’ikirere, hagomba kuvaho imihindagurikire y’ikirere imbere n’imihindagurikire y’ikirere. Uburyo bw'ingenzi ni ukumenya "igikumwe" kidasanzwe ku mpamvu zose zishobora gutera, hanyuma ugereranye ibyo bitoki hamwe nuburyo bugaragara bw’imihindagurikire y’ikirere. Kurugero, guhatira izuba birashobora kuvaho nkimpamvu ikomeye. Urutoki rwacyo rwaba rushyushye mu kirere cyose. Nyamara, ikirere cyo hasi gusa cyarashyushye, gihuza na parike ya parike. Uruhare rw’imihindagurikire y’ikirere ruheruka kwerekana ko umushoferi nyamukuru azamura imyuka ihumanya ikirere, hamwe na aerosole igira ingaruka mbi. Imyuka ya parike Ingingo z'ingenzi: Gazi ya parike, ibyuka bihumanya ikirere, ingaruka za parike, na karuboni ya karuboni mu kirere cy'isi Imyunyungugu ya CO2 mu myaka 800.000 ishize nkuko bipimye ku rubura rwa barafu [58] [59] [60] [61] (ubururu / icyatsi) kandi mu buryo butaziguye [62] (umukara) Imyuka ya parike ibonerana ku zuba, bityo ikayemerera kunyura mu kirere kugira ngo ishyushya isi. Isi irabagirana nkubushyuhe, kandi imyuka ya parike ikurura igice cyayo. Uku kwinjiza bidindiza umuvuduko ubushyuhe bwinjira mu kirere, ugafata ubushyuhe hafi y’isi kandi ukabushuha mu gihe runaka. Mbere y’Impinduramatwara y’inganda, ubwinshi bwa gaze ya parike yatumaga ikirere cyegereye hejuru yubushyuhe bugera kuri 33 ° C kurenza uko byari kugenda iyo badahari. [64] Mugihe imyuka y'amazi (~ 50%) n'ibicu (~ 25%) aribyo bigira uruhare runini mu ngaruka za parike, byiyongera nkibikorwa byubushyuhe bityo bikaba ibisubizo. Ku rundi ruhande, imyuka ya gaze nka CO2 (~ 20%), ozone tropospheric, [66] CFCs na okiside ya nitrous ntabwo iterwa n'ubushyuhe, bityo rero ni imbaraga zo hanze. [67] Ibikorwa byabantu kuva Revolisiyo yinganda, cyane cyane gukuramo no gutwika ibicanwa biva mu kirere (amakara, peteroli, na gaze gasanzwe), [68] byongereye imyuka ya parike mu kirere, bivamo ubusumbane bukabije. Muri 2019, ingufu za CO2 na metani zariyongereyeho hafi 48% na 160%, kuva mu 1750. [69] Izi nzego za CO2 ziri hejuru kurenza uko zigeze mugihe cyimyaka miriyoni 2 ishize. Ihuriro rya metani riri hejuru cyane kuruta uko byari bimeze mu myaka 800.000 ishize. Umushinga wa Carbone Global werekana uburyo kwiyongera kuri CO2 kuva 1880 byatewe ninkomoko zitandukanye zigenda ziyongera. Ibyuka bihumanya ikirere ku isi hose muri 2019 byari bihwanye na toni miliyari 59 za CO2. Muri ibyo byuka bihumanya, 75% ni CO2, 18% ni metani, 4% ni oxyde ya nitrous, naho 2% ni gaze ya fluor. Imyuka ya CO2 ituruka ahanini ku gutwika ibicanwa kugira ngo bitange ingufu mu gutwara, gukora, gushyushya, n'amashanyarazi. Ibindi byuka bihumanya ikirere biva mu gutema amashyamba no mu nganda, birimo CO2 yarekuwe n’imiti yo gukora sima, ibyuma, aluminium, n’ifumbire. Ibyuka bya metani biva mu bworozi, ifumbire, guhinga umuceri, imyanda, amazi mabi, no gucukura amakara, ndetse no gucukura peteroli na gaze. Umwuka wa azote uva ahanini muri mikorobe yangirika y'ifumbire. N’ubwo uruhare rwo gutema amashyamba mu byuka bihumanya ikirere, ubutaka bw’isi, cyane cyane amashyamba yabwo, bukomeje kuba imyanda ikomeye ya CO2. Uburyo bwo kurohama ku butaka, nko gutunganya karubone mu butaka na fotosintezeza, bikuraho hafi 29% by’imyuka ihumanya ikirere ku isi ku isi. Inyanja nayo ikora nka karubone ikomeye ikoresheje inzira ebyiri. Ubwa mbere, CO2 ishonga mumazi yo hejuru. Nyuma yaho, kuzenguruka kwinyanja gukwirakwira mu nyanja imbere, aho ikusanyiriza hamwe
| 583 | 1,644 |
Bitunguranye, Fally Ipupa ntagitaramiye i Kigali. Mu gihe haburaga amasaha make ngo igitaramo kibe, Fally ashyize ubutumwa kuri Twitter ye mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere, yihanganisha abari bamutegereje avuga ko atakije kuririmbira i Kigali. Yagize ati "Ku bakunzi banjye ba Kigali, Bujumbura na Goma, mbabajwe no kubamenyesha ko ntabashije kuza mu bitaramo nari narabamenyesheje. Andi matariki azakurikiraho muzayamenyeshwa bidatinze. Ndiseguye ku bw’izo mpamvu". Impamvu z’urugendo ni zo Fally Ipupa atanze mu gusubika iki gitaramo Ibi bibaye mu gihe nta byumweru bibiri byari bishize n’ubundi uyu muhanzi asubitse igitaramo kinini yari yatumiwemo muri Uganda ahitwa Lugogo, nabwo avuga ko batewe n’impamvu z’urugendo rutamworoheye kandi nabwo yabimenyesheje habura amasaha make ngo igitaramo gitangire. Iki gihe asubika igitaramo cya Lugogo, byaje kumenyekana ko abari bamutumiye batari bamwishyuye amafaranga yose bari bavuganye, ndetse ngo ntibari banamaze kumwishyurira amatike yose y’indege yagombaga kumuzana hamwe n’ikipe ye. Ubuyobozi bwa Rwanda Events yari yateguye iki gitaramo, bwahise busohora itangazo ryemeza ko impamvu itumye Fally Ipupa ataza mu Rwanda ari ukubera uburwayi yagiriye i Abidjan muri Côte d’Ivoire, kuri ubu ngo akaba ari mu bitaro akurikiranwa n’abaganga. Rwanda Events yavuze ko abaguze amatike bashobora kuyagumana kugeza igihe uyu muhanzi azakirira agasubukura iki gitaramo, ariko inashyiraho umurongo wakoreshwa ku bashaka gusubizwa amafaranga baguze amatike yabo. Umunyamakuru wa Kigali Today/KT Radio @ gentil_gedeon
| 215 | 589 |
Rubavu: UTB VC yasinyishije Mukunzi Christophe, inashimira abakinnyi uko bitwaye uyu mwaka (AMAFOTO). Mu rwego rwo kubashimira uko bitwaye mu mwaka w’imikino urangiye, ubuyobozi bwa Kaminuza ya UTB bwakiriye amakipe yabwo ya Volleyball (Abagabo n’abagore), mu gikorwa cyabereye mu karere ka Rubavu aho banafite inyubako nshya y’iryo shuri. Iki gikorwa cyakorewe mu mwiherero w’iminsi ibiri wabereye mu karere ka Rubavu, ahao abakinnyi bari bahagaurutse mu mujyi wa Kigali mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki 05/12/2020, banafata umwanya wo kwishimira ibikombe begukanye muri uyu mwaka Umuyobozi wa Kaminuza ya UTB akaba na Perezida w’ikipe ya UTB VC. V/C Dr KABERA Calixte yashimiye byimazeyo abakinnyi bose ba UTB Volleyball (Abagabo n’abagore) uguhatana bagaragaje muri uyu mwaka w’imikino utambutse. Kuri we avuga ko abagore besheje imihigo ku kigero cya 80% kuko mu bikombe 5 byakiniwe batwayemo 4 harimo harimo n’icya Shampiyona, naho ku bagabo avuga ko bo ari 60% kuko mu bikombe 5 byakiniwe bo batwayemo 3. UTB yanasinyishije kapiteni w’ikipe y’igihugu Mukunzi Christophe Ikipe ya UTB kandi muri uyu mwiherero wabereye I Rubavu, ni bwo iyi kipe yasinyishije kandi inerekana ku mugaragaro Mukunzi Christophe wari umaze imyaka akinira ikipe ya REG Volleyball Club, avuga ko ari umwanzuro yatekerejeho kuko ibyo yahawe yabishimye. Yagize ati ”Ndishimye kuza mu ikipe y’umuhondo n’icyatsi, nk’uko musanzwe mubizi ku mukinnyi ushaka kureba imbere ye hari ibintu byinshi akurikiza kugira ngo ave mu ikipe ahindure ajye mu yindi ” Ni ikipe irimo abakinnyi bakuru twagiye duhura mu makipe menshi, nkeka ko niba nongeye guhura n’abantu twatwaranye igikombe muri Gisagara (Nelson, Madison na Dada) nkongera ngahura n’abandi twatwaranye igikombe muri REG (Olivier Ntagengwa), birumvikana biroroshye niduhuza bwa bushobozi n’ubunararibonye bizoroha gutwara igikombe.” Umutoza wa UTB VC Nyirimana Fidele, avuga ko Mukunzi yanatoje mu ikipe ya Gisagara azabafasha byinshi agendeye ku bunararibonye bwe bushobora gufasha ikipe kwegukana igikombe, anavuga ko ari umukinnyi uzi kumva amabwiriza n’amayeri y’umutoza kandi akayashyira mu bikorwa Andi mafoto yaranze uyu mwiherero w’amakipe ya UTB Umunyamakuru @ Samishimwe
| 323 | 874 |
Ngororero: Hakenewe asaga Miliyari ebyiri ngo abasenyewe n’ibiza bubakirwe. Umuyobozi wa ko Godefroid Ndayambaje abivuga ko n’ubwo Leta yatanze inkunga yo kubakira abaturage bangirijwe n’ibiza, hari na bamwe batangiye kwitanga ngo aya mazu aboneke. Anonngeraho kohagikenewe imbaraga za buri wese ubishoboye kugira ngo nibura iyi mpeshyi izarangire abasenyewe bamaze kubona aho kuba. Agira ati, « Hakenewe amafaranga asaga Miliyali ebyiri, turi gufatanya n’inzego zitandukanye ngo turebe ko aya mazu azaba yuzuye mbere y’uko imvura yongera kugwa, kandi hari icyizere dufatanyije » Abafatanya bikorwa b’Akarere ka Ngororero ku ikubitiro abagore bibumbiye mu rugaga rushamikiye ku muryango FPR Inkotanyi batangije igikorwa cyo kubakira bamwe mu basenyewe n’ibiza, kugira ngo batange umusanzu wabo ahateganyijwe kubaka inzu 12 ni ukuvuga imwe muri buri murenge, ariko bakazajya bafatanya n’abaturage n’Akarere. Perezidante w’urugaga rw’abagore rushamikiye kuri FPR Inkotanyi mu Karere ka Ngororero Nyiransenimana Donatile avuga ko hazubakwa amazu 12. Agira ati “Twebwe uruhare rwacu ruzagera nko muri Miliyoni 10 frw, tuzafatanya n’imiganda y’abaturage kubaka inzu imwe muri buri Murenge twahereye kuri Mutima w’urugo mugenzi wacu udafite ubushobozi bwo kwiyubakira”. Mukamana Alphonsine ubu ucumbitse ku baturanyi nyuma yo gusenyerwa n’ibiza avuga ko ashimira abagore bibumbiye mu rugaga rw’abagore rushamikiye kuri FPR Inkotanyi kubera urukundo bamugaragarije bamwubakira inzu. Agira ati, “Ndashimira FPR N’urugaga rw’abagore ruyishamikiye ho nari nshumbitse none ngiye kubona inzu rwose Imana ibampere umugisha”. Umuyobozi w’Akarere ka Ngororero wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Ngororero Kuradusenge Janvier, avuga ko kugeza ubu abantu 298 batangiye kubakirwa mu bibanza byabo. Abandi 159 bazagurirwa ibibanza kuko nta bushobozi na mba bafite, hanabeho no gusaranganya ubutaka ku bantu 328 kugira ngo na bo bubakirwe. Inama Njyanama ikaba izaba yamaze kugaragaza no kwemeza agaciro k’ibibanza bizagurwa bitarenze iki cyumweru, bigatangira kugurwa no kubakwa hakoreshejwe amafaranga ya Leta. Hagati aho abaturage bakomeje gucumbikirwa mu miryango y’ababaturanyi, aho bafashishwa inkunga z’ibiribwa birimo ibishyimbo n’ibigori. Umunyamakuru @ murieph
| 306 | 899 |
Kamonyi: Imva zishyinguyemo imibiri y’abazize Jenoside zitangiye kononekara. Imva ishyinguyemo imibiri y’abazize Jenoside iherereye kuri Paruwasi ya Musambira, igaragara nk’ishaje ndetse no kuruhande rumwe yatangiye kurigita. Abafite ababo bashyinguyemo, barasaba IBUKA ko yabafasha kuvugurura no kwita kuri iyo mva. Mugabo Eugene ni umwe mu barokokeye Jenoside kuri Paruwasi ya Musambira. Avuga ko bafite impungenge z’umutekano w’imibiri ishyinguwe mu mva yo kuri Paruwasi bitewe n’imvura ihora inyagira iyo mva. Shyaka Hassan, uturiye imva ya Kayumbu, nayo ishyinguyemo imibiri y’abishwe umugenda bava i Musambira berekeza i Kabyayi, atangaza ko iyo mva yubatswe mu 1996, imaze gusaza kandi itangiye no gusenyuka. Nawe arasaba ko hashyirwaho umukozi uhoraho wo gukorera iyo mva, kugira ngo imibiri ishyinguwemo idakomeza kononekara. Perezida wa IBUKA mu karere ka Kamonyi, Murenzi Pacifique, avuga ko inyinshi mu mva zashyinguwemo imibiri y’abazize Jenoside zitameze neza. Murenzi kandi avuga ko muri gahunda ya Leta hateganyijwe ko habaho urwibutso rumwe cyangwa ebyiri mu karere kugira ngo zibashe kwitabwaho no gucungirwa umutekano. Iyo mibiri ishyinguye mu mva z’i Musambira nayo izimurirwa mu rwibutso rw’akarere ruri mu Kibuza, ho mu kagari ka Nkingo, umurenge wa Gacurabwenge. Murenzi yemeza ko ahazajya himurwa imibiri, hazashyirwa ikimenyetso cy’urwibutso ku buryo amateka yaho atazibagirana. Marie Josee Uwiringira
| 198 | 559 |
Sandrine Isheja, Platini P, Tonzi na Ziggy55 mu byamamare byavutse mu kwezi kwa Nzeri. Bamwe mu byamamare mu myidagaduro y’u Rwanda byavutse muri uku kwezi kwa Nzeri harimo abafite amazina akomeye nka Sandrine Isheja, Nemeye Platini wamamaye nka Platini P,Ziggy55,TMC n’abandi benshi. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe bamwe mu byamamare byavutse mu kwezi kwa Nzeri twamaze kwinjiramo ndetse iminsi ine yako imaze kwirenga. Mike Karangwa Umunyamakuru Mike Karangwa wubatse izina mu myidagaduro y’u Rwanda ni umwe mu bizihiza isabukuru ye y’amavuko muri Nzeri cyane ko yavutse tariki ya mbere yako ari nawo munsi yakoreyeho ibi birori. Uyu mugabo yamenyekanye cyane ubwo yakoraga kuri Radio Salus, Isango Star, Radio na TV10 ndetse n’ahandi henshi yagiye anyura. Sandrine Isheja Umunyamakuru Sandrine Isheja uri mu bagore bafite izina rikomeye mu myidagaduro y’u Rwanda ari mu myiteguro yo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko. Isheja usanzwe wizihiza isabukuru ye y’amavuko ku wa 5 Nzeri yamenyekanye cyane mu bitangazamakuru bitandukanye nka Radio Salus, Isango Star na Kiss FM yakozeho imyaka myinshi mbere yuko mu minsi ishize yahawe inshingano zo kujya kuba umuyobozi wungirije w’Ikigo cy’Igihugu cy’itangazamakuru RBA. Gilbert The Benjamin Gilbert The Benjamin ni umugabo wubatse izina mu bijyanye no gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi batandukanye hano mu Rwanda. Uyu mugabo wubatse izina mu ndirimbo nyinshi z’abahanzi batandukanye yavutse ku wa 14 Nzeri ari nawo munsi yizihirizaho isabukuru ye y’amavuko. Pacento Izina Pacento si rishya mu matwi y’abakunzi b’umuziki hano mu Rwanda, hari nyinshi mu ndirimbo benshi babyinnye zarambitsweho ibiganza n’uyu mugabo ufite impano mu gutunganyiriza abahanzi ibihangano. Pacento wamamaye ubwo yakoraga muri Narrow Road Records studio yari iherereye i Gikondo yanakoranaga na TBB, yizihiza isabukuru y’amavuko ye ku wa 15 Nzeri. Tonzi Tonzi uri mu bagore bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, ari mu myiteguro yo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko isanzwe iba ku wa 17 Nzeri 2024. Uyu muhanzi uherutse kumurika album ye nshya yise ‘Respect’ yakoreye igitaramo kuri Pasika y’uyu mwaka, yashimishije abakunzi be yongera guhuriza ku rubyiniro itsinda rya The Sisters aho yari yanatumiye Liliane Kabaganza. TMC Mujyanama Claude benshi bamenye nka TMC akaba yarubatse izina mu itsinda rya Dream Boys, ni umwe mu bizihiza isabukuru ye y’amavuko mu kwezi kwa Nzeri cyane ko yavutse ku wa 25. Uyu muhanzi wamamaye mu itsinda rya Dream Boys ryubatse izina rikomeye mu muziki w’u Rwanda, kuri ubu asigaye yibera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yagiye ahamya ko agiye ku masomo. Nemeye Platini P Nemeye Platini P wamamaye mu itsinda rya Dream Boys ndetse nyuma agatangira kwikorana ibijyanye na muzika, ni umwe mu bafite izina bizihiza ibirori by’isabukuru yabo mu kwezi kwa Nzeri. Uyu muhanzi witegura kwizihiza isabukuru y’amavuko ku wa 26 Nzeri, akunzwe cyane mu ndirimbo nka Icupa,Shumuleta,Jojo,Atansiyo n’izindi. Ziggy55 Ziggy55 uri mu bahanzi bubatse izina ubwo yari mu itsinda rya The Brothers, ari mu myiteguro yo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko ubusanzwe ku wa 27 Nzeri. Uyu muhanzi yamamaye mu itsinda rya The Brothers, icyakora nyuma y’uko ribaye nk’irisenyutse yatangiye kwikorana umuziki ku giti cye nubwo byagiye bimugora kubera izindi nshingano ze zirimo n’iz’akazi. Asinah Erra Asinah Erra usanzwe yizihiza isabukuru y’amavuko ku wa 27 Nzeri, ni umwe mu byamamare byitegura kuryoherwa bikomeye n’uku kwezi. Uyu muhanzikazi wamenyekanye mu myaka yashize ubwo yakundanaga na Riderman, yaje kwinjira mu muziki akora nyinshi mu ndirimbo zamenyekanye icyakora aza gucika intege kugeza uyu munsi.
| 551 | 1,388 |
BPR iranyomoza amakuru avuga y’uko yaba iri mu gihombo. Muri iyo nama hari hatumiwemo abakiriya b’imena ba BPR ishami rya Nyanza bayibitsamo kandi bakayibikuzamo ndetse bakaba bayisabamo n’inguzanyo mu rwego rwo kwiteza imbere. Mbere yo kugira ibindi byose bikorwa ubuyobozi bwa Banki y’abaturage y’u Rwanda ishami rya Nyanza bwabanje guhumuriza abo bakiriya bubasobanurira ko amakuru arimo acicikana ari ibihuha. Mu kubibumvisha ndetse rimwe na rimwe bakanifashisha imibare igaragaza uko bahagaze mu birebana n’umutungo bagiye bagaragaza ko amashami ya Banki y’abaturage mu Rwanda ahagaze neza ndetse akaba yunguka mu buryo bubashimishije. Bifashishije urugero bagize bati: “Mu mwaka ushize wa 2011 Banki y’abaturage y’u Rwanda ishami rya Nyanza yungutse miliyoni 215 mu gihe hari hitezwe miliyoni 134 z’amafaranga y’u Rwanda”. Ubuyobozi bwa BPR ishami rya Nyanza busobanura ko bitangaje cyane kubona bunguka ariko abantu babifitemo inyungu zabo bwite bagakwirakwiza ibihuha ngo yarahombye abandi ngo yaribwe kandi nta makuru na mba bafite ku nyungu bagenda babona. Abavuga muri rusange ko ibintu bitameze neza mu mashami ya BPR ngo buririye ku igabanuka ry’umuvuduko wabayeho mu mitangire y’inguzanyo.
Iryo gabanuka naryo ryasobanuriwe bakiriya muri ubu buryo: “Twari tumaze igihe kinini dutanga inguzanyo hanyuma tugabanya umuvuduko ariko ubundi nta bibazo by’igihombo twagize cyangwa kwibwa kwabayeho”. Habayeho kandi ihindagurika mu buyobozi bukuru bwa BPR ariko ntibwagize icyo buhungabanya ku mikorerere; nk’uko Aimable Mumararungu ushinzwe iterambere ry’amashami n’udushami twa BPR yabihamirije abakiriya bayo bo mu karere ka Nyanza. Nyuma y’ibisobanuro byinshi byahawe, abakiriya ba BPR ishami rya Nyanza bari bamaze iminsi bakurwa imitima n’ibihuha bagaragaje ko imitima yabo noneho yongeye gusubira mu gitereko bakaba biteguye gukomeza gukorana n’iyo banki nk’uko byari bisanzwe. Murekezi Olivier ni umwe muri abo bakiriya avuga ko yiteguye kugeza ku bandi amakuru y’impamo ashingiye ku bisobanuro bahawe n’ubuyobozi bukuru bwa Banki z’abaturage mu Rwanda. Yagize ati: “Iyo nza kuba uwo kwikuriramo akange karenge mba naragiye kera ariko twategereje ko ubuyobozi bwa Banki y’abaurage y’u Rwanda igira icyo ibivugaho hanyuma natwe tukabona kugira icyo dukora” . Icyakora ku rundi ruhande banenze uburyo amashami ya BPR atangamo servisi mu gihe cyo kwaka inguzanyo cyane cyane muri aya mezi ashize yabanjirije ibyo bita ko ari ibihuha. Umwe muri abo bakiriya yagize ati: “hari amakosa bagira yo kudahakanira umuntu ngo amenye ko yimwe inguzanyo ahubwo bakagusiragiza bagenda bagutuma impapuro zitandukanye wajya kubona ugasanga ku munota wanyuma bakwimye inguzanyo”. Umuyobozi w’akarere ka Nyanza, Murenzi abdallah nawe wari muri iyo nama yishimiye ibyo Banki y’abaturage y’u Rwanda imaze kugeraho bijyanye no guteza imbere imibereho myiza y’abaturage izamura ubukungu bwabo. Yagize ati: “Izina mufite rituma abaturage babibonamo kuko abandi biyita andi mazina ariko mwe kuba mwariyise Banki y’abaturage y’u Rwanda bifite icyo bisubanuye kuri bo”. Banki y’abaturage y’u Rwanda kugeza ubu ifite abakiriya bangana na miliyoni imwe n’ibihumbi 500 barimo abakoresha amakarita y’ibyuma bya ATM bangana n’ibihumbi 150 n’abandi bangana n’ibihumbi 160 bakoresha uburyo bwa Mobile Banking. Muri rusange amashami yayo ni 190 akaba ari hirya no hino mu guhugu cyose cy’ u Rwanda mu buryo bwegereye abaturage. Jean Pierre Twizeyeyezu
| 490 | 1,322 |
Imihanda mibi ibangamiye imikorere y’uruganda rw’icyayi rwa Mata. Umuyobozi w’uru ruganda, Joseph Barayagwiza, yagaragarije iyi mbogamizi abayobozi bitabiriye umunsi w’umuhinzi w’icyayi tariki 8 Ukuboza 2023, aho abahizi ndetse n’abasoromyi bakorana n’uru ruganda bahawe umwanya wo kwishimira umurimo bakora, n’ab’indashyikirwa bakabiherwa ibihembo. Barayagwiza yagize ati “Umuhanda Kibeho-Rwamiko-Mata umeze nabi cyane, amakamyo ntabasha kuwunyuramo. Iyo ikamyo ije gutwara icyayi, kandi itwara toni zirenga 30 buri munsi, bisaba ko dufata amamodoka y’uruganda abasha kwihanganira uwo muhanda, akayisanga i Kibeho.” Akomeza agira ati “Byibuze kugira ngo iyo kamyo yuzure bisaba ko twifashisha amadaihatsu 12. Ubwo rero kubera ko uwo muhanda ufite ibilometero birenga 15, bisaba amafaranga ya essence kandi no gucuranura icyayi bishobora gutuma cyangirika. Yego kiba kiri mu mifuka, ariko mu gupakurura no kongera gupakira gishobora kwangirika. Gishobora no kwibwa. Ni imbogamizi ikomeye.” Uretse umuhanda munini utwara icyayi cyamaze gutunganywa ku isoko, ikibazo cy’ububi bw’imihanda, cyane cyane muri iki gihe hagwa imvura nyinshi, kibangamira n’abahinga icyayi, kuko usanga hari igihe biba ngombwa ko bakikorera ku mitwe bakijyana aho imodoka zitabasha kurenga. Ibi ngo bituma icyayi cyakirwa bitinze ku buryo hari n’igihe byagira ingaruka ku bwiza bw’amajyane azakivamo. Uwitwa Justin Nambajimana ati “Nshobora gusoroma icyayi saa kumi n’ebyiri za mu gitondo, kigomba kuza gupimwa saa sita wenda ni urugero. Ugasanga kubera umuhanda wapfuye gipimwe nka saa kumi n’ebyiri za nimugoroba cyangwa nyuma yaho.” Yungamo ati “N’umuhinzi ugasanga atinze kuri hangari, abana bavuye ku ishuri babuze ubakira, itungo wasize mu rugo ribuze uryakira”. Umuyobozi wungirije w’Akarere ka Nyaruguru ushinzwe iterambere ry’Ubukungu, Janvier Gashema, avuga ko hakiri gushakwa amikoro yo kugira ngo imihanda ijya mu byayi ikorwe. Agira ati “Murabizi ko ibikorwa remezo bitagerera hose icyarimwe. N’i Kibeho babigeza ubu kaburimbo ihageze vuba. Turatekereza ko n’indi mihanda ikenewe cyane izagera aho igatunganywa.” Tugarutse ku bihembo bijyanye no kwizihiza umunsi w’umuhinzi w’icyayi, ukorwa buri mwaka n’inganda za Rwanda Mountain Tea, hatanzwe inka esheshatu, ihene 22, amagare icyenda na telefone eshanu. Hanatanzwe mituweli 300 ziyongera kuri 300 bari batanze mbere, zagenewe abatishoboye bo mu Mirenge ihingwamo icyayi gitunganyirizwa mu ruganda rwa Mata. Umunyamakuru @ JoyeuseC
| 337 | 979 |
Abahamya ba Yehova bahawe ibihembo. SANTA CRUZ, muri Boliviya—Kuva ku itariki ya 27-29 Ukwakira 2017, abantu nka 17.000 baturutse mu bihugu 20 bitabiriye ikoraniro ry’Abahamya ba Yehova ryabereye mu mugi wa Cochabamba, muri Boliviya. Hari imishinga ibiri yo muri Boliviya yahembye Abahamya kuko yari yatangajwe n’ukuntu Abahamya bari batunganyije umuhanda ndetse n’imurika rigaragaza umuco gakondo wo muri Boliviya bari bateguye. Amakoraniryo ngarukamwaka y’Abahamya ba Yehova abera mu kibuga cya Fundación para la Feria Internacional de Cochabamba (FEICOBOL) kuva mu mwaka wa 2012. Ubusanzwe Abahamya barabanza bagasukura aho hantu mbere yo kuhakorera ikoraniro. Icyakora ubu bwo, Abahamya basaga 4.900 baritanze bamara iminsi 15 basukura kandi basana imbere n’inyuma y’inyubako bari guteraniramo. Basize amarangi, bakora ibijyanye n’amazi kandi bashyiramo insinga zisakaza amajwi n’amashusho. Nanone hari imirimo yo hanze y’inyubako bakoze, urugero nko gutera ubusitani, gusana intebe n’amatara yo ku muhanda. Igihembo FEICOBOL yahaye Abahamya ba Yehova. Abahamya bo muri ako karere bubatse inzu ndangamurage kugira ngo bafashe abantu basaga 1.800 batumiwe mu ikoraniro kumenya umuco gakondo wa Boliviya. Muri iryo murika bashyizemo ibihingwa n’ibishushanyo bimanitse ku nkuta. Nanone ryarimo inzu ndangamurage eshatu zubatse mu buryo bwa gakondo bwo muri Boliviya kandi Abahamya bazihaye sosiyete ya FEICOBOL. Igihembo urwego rushinzwe kubungabunga umuco rwo muri Cochabamba rwahaye Abahamya. Aldo Vacaflores, perezida wa sosiyeti ya FEICOBOL, akaba ari na we washyikirije Abahamya igihembo yaravuze ati: “Twashimishijwe cyane no kubona ukuntu abayoboke banyu bakorana umwete. Mwakoranye ishyaka n’ubwitange kugira ngo mutume abantu bose bazitabira iri koraniro bishima. Mwadusigiye urugero rwiza.” Urwego rw’igihugu rushinzwe kubungabunga umuco rukorera muri Cochabamba rwishimiye cyane imurika ryateguwe n’Abahamya ku buryo rwabahaye igihembo. Sdenka Fuentes, perezida w’urwo rwego, yashimiye Abahamya kuba barahisemo gukorera ikoraniro ryabo mu mugi wa Cochabamba kandi avuga ko imurika bateguye ari ryo ryonyine rigaragaza imico myinshi yo muri Boliviya. Abahamya bubatse inzu ndangamurage igaragaza umuco gakondo wo muri Boliviya. Garth Goodman, umuvugizi w’Abahamya ba Yehova muri Boliviya, yagize ati: “Abantu bose bateraniye hamwe, ubariyemo n’abari mu yindi migi itandatu bari 49.320. Abaturage bo muri Boliviya bishimiye ibyo twakoze bigaragaza ko twubaha umuco gakondo w’igihugu cyabo.” Abahamya ba Yehova batangiye kwigisha Bibiliya abantu bo muri Boliviya kuva mu 1924. Mu ntagiriro z’umwaka wa 2017 basohoye igice cya Bibiliya k’Ibyanditswe by’Ikigiriki bya gikristo mu ndimi ebyiri ari zo Ayimara n’Igikecuwa. Ushinzwe amakuru: Ku rwego mpuzamahanga: David A. Semonian, Ibiro Bishinzwe Amakuru, +1-845-524-3000 Muri Boliviya: Garth Goodman, +591-3-342-3442
| 386 | 1,140 |
imbaga y'abantu irazicecekesha. Abanyankore bibutse guhunga birananirana. Abanyarwanda babarindimurira mu kibande kitwa mu Ruhumba rwa Ruyojo, babakukana hakurya nta mu nyankore ugishobora no guhindukira ngo arebe inyuma ye. Uwakubeshya yavuga ko Abanyankore bashoboye kurokokamo abantu bageze kuri mirongo itatu abagerageje kurwana akanya hafi y'ingando ni umurari umwe wari waciye indi nzira akarasukira ku ngando y'Abashakamba n'iya Ndushabandi. Abo ni bo bahunze bwa nyuma, barokoka icyo cyorezo, kuko bari bateye baturutse inzira yabo ukwabo. Abanyarwanda bazwi bahaguye ni Sebwayi bwa Nyamushanja wa Rwakagara na Rujunga na Kabeba ka Rutihunza wo mu itorero ry'Abaganwa rya Nyaruguru na Bihekenya w'umusyete wo mu Ngangurarugo. Abahakomerekeye ni Sahaha wa Bukwege na Rurinda rwa Rushema na Nterarubango ya Mbungira na Nkeramiheto ya Rushenyi na Rwabigwi rwa Bitinganyi. Abanyankore bo ntiwakwirirwa ubaza abapfuye. Bahagiriye icyorezo kitigeze kiboneka. Ab'ingenzi bashobora kumenywa ni abatasi. Uwambere ni Rumukwe wa Ntare. yari afite imbunda ya kizungu ihambiriyeho idarubindi ikarasa kure cyane. Rwabugili yarayenze aba ari yo arashisha kugeza amasasu yayo arangira. Iyo mbunda yabitswe ibwami iza guhira ku Rucunshu mu ipfa rya Mibambwe IV Rutarindwa. Undi ni Rwarangira, yishwe na Rwangampuhwe rwa Mutazibiza wo mu Barasa. Abandi Banyankore bahaguye bagashobora kumenywa n'abatasi ni Rwishunda rwa Mwendo wishwe na Biganda bya Rwamuhunga, Bikangu Ruregeya Rutasharara(Ruutagwikinya), Ngurube ya Mukabasinga, Ruberera Irabiro rya Gahuta Rutarindimuka, ka Murase ka Bwishike, Rudakangarana, ka Mugundo ka Bishike ihebuza makungu, Gaturu ka Kigaraga Rupfu bya, Gatuka ka Rujuga Rujumera, (mwibuke ko n'Abahima bitirirwa banyina n'andi benshi). Indunduro y'igitero mu ruhande rw'Abanyarwanda Bageze ku ruzi rwa Gashara basanga rwuzuye. Rwabugili yanga kurindira ko rwuzuruka. Ategeka ko bamuheka bakamwambukiriza mu ngobyi. Abantu bose bagira ubwoba, baranga, bati: "Kwiyambutsa ubwacu biraruhije none uragira ngo twambutse ingobyi?" Ariko aranga baramuheka, abarebare bogana ingobyi ye iri mu mazi, bakagera n'aho barengerwa. Si bo babonye bamugeza hakuno y'uruzi, abantu bose bari bafite impungenge! Bamaze kugandika, abatasi bamumenyesha ko umuzungu w'umwongereza ari hafi aje gutabara Ntare. (Rwabugili ntiyari azi ko yavuye mu gihugu ke cyagenzurwaga n'abadage, agatera mu cy'abongereza bo bari bamaze imyaka mu Buganda). Rwabugili amaze kubyumva ati: "Mwumvise ko abazungu ari intwari cyane. Ntarwanye na bo sinaba ndi intwari." Abatware baramubuza: bibukaga urwo babonye i Kageyo igihe cya bwana Voni Gotseni (Von Goetzen). Rwabugili ariko yanga kuva mu ngando. Abatware barategeka barazitwika. Umwotsi umaze gukorana aremera arahaguruka, barahumeka. Bataha kwa Ruromba bukeye ku Rufuha, hanyuma i Karwera, bukeye Rukungwa na Nyamikamba, bukeye ku Muvumba, bukeye i Bugamba kwa Rwamwaga n'umugaragu wa Rwatangabo, bukeye mu Rugarama rwa Gatsibo. Mu gitondo Rwabugili agera i Gatsibo. Umugaba w'ingabo ariyereka, agororerwa inka ebyiri. Barara bahigira Nyiramibambwe. Bukeye Rwabugili ajya ku Kambanda ati: "Rubaanda rwange, narabashimye. Ndabasezeye nimutahe." Asigara i Gatsibo na Kabare na Ruhinankiko na Bisangwa, abandi baratabaruka. Ngibyo igitero k'igogo. Indunduro y'igitero mu ruhande rw'Abanyankore Wa muzungu w'umwongereza, bivugwa ko yaje akagera i Nyagakoni akahasanga amahanga ya za ntumbi; ngo akaba yaravuze ati: "Abantu bashoboye kwica abangana gutya bagomba kuba bafite intwaro zikomeye zitari iz'abirabura zisanzwe!" Ni uko ngo aravunura yisubirirayo. Ku birebana na cya gitekerezo twabanjije kuvuga Ehururu ya Rwanda, uretse gusoza kivuga imitwe y'Abanyankore bashiriye i Nyagakoni cyongeraho kiti: "Abatware ba Ntare barashize, imitwe ya Ntare irashira, abasigaye bakijijwe n'uko bwari bwije, baragenda bagera aho Ntare yari ari, bati: "Uko utureba uku ni ko tuje ntugire undi utegereza! Abatware bawe hashize, imitwe yawe yashize!" Ntare ahamagara Kinyamakara, azana inzoga ati: "Abanyarwanda ndabashimiye cyane muri abagabo. Watubujije kurwana na Rwabugili, turakunanira n'abatware bange; none uko Rwabugili namubwiwe ni ko mubonye! Rwabugili yazanywe no kunyikisha irungu!" Nuko
| 571 | 1,671 |
Iserukiramuco ‘Ubumuntu’ rizibanda ku bibazo byugarije Afurika. Iri serukiramuco ry’iminsi ine rigiye kuba ku nshuro ya kabiri, rizatangira tariki 14-18 Nyakanga 2016. Rizitabirwa n’ibihugu 18 byo bitandukanye byo ku isi, bizahurira ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi. Hope Azeda yabwiye Kigali Today ko kuri iyi nshuro ko bongereye iminsi ine ivuye kuri ibiri n’umubare w’abantu ukaziyongera ugereranyije n’umwaka ushize, bitewe n’uko ibihugu byiyongereye kuva kuri 11 kugera kuri 18. Yagize ati “Umunsi wa mbere twawuhariye abana aho bazigishwa amateka ndetse bakamenya n’uruhare bagira mu gukemura ibibazo byugarije umugabe wacu.” Yavuze ko iri serukiramuco rihuriranye n’uko Akarere u Rwanda ruherereyemo kugarijwe n’intambara akaba ari umwanya mwiza wo kuzatanga ubutumwa bugamije kwimakaza amahoro n’urukundo. Ati “Urebye ibizavugirwa muri iriya nama ya Afurika yunze Ubumwe nibyo natwe tuzagarukaho ariko mu buryo bwa gihanzi.” Hope usanzwe ari umuyobozi wa Mashirika ari nayo itegura iri serukiramuco, yizeje Abanyarwanda kuzabona imikino myiza ya gihanzi yigisha abantu kubana neza mu rukundo n’ubworoherane, gufashanya no kwiga kwikemurira ibibazo. Ati “Imyiteguro irarimbanyije birasa nk’ibigeze ku musozo ndetse n’imyitozo ya Mashirika igeze kure. Dutegereje ko iminsi igera kandi Abanyarwanda bashonje bahishiwe.” Mu bihugu 18 bizitabira iri serukiramuco, Cambodia niyo ifite itsinda rinini ry’abantu bazerekana imikino iganisha ku kwigisha ubumuntu. Ati “Abo muri Cambodia navuga ko dufite amateka ajya kumera kimwe kuko nabo iwabo habayeyo Jenoside. Bifuje ko bazava mu Rwanda banasuye inkambi za Mahama na Kigeme, ni ibintu byiza twarabyishimiye.” Insanganyamatsiko y’uyu mwaka iragira iti ‘Ndiho kuko uriho, uriho kuko ndiho’. Ubumuntu Arts Festival izahuza ibihugu birimo Kenya, Uganda, Sudan, Cambodia, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Ireland, u Budage, Iraq, u Bubiligi, Gabon, Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Busuwisi, Afurika y’Epfo, u Bwongereza, u Buholandi , u Burundi, Syria n’u Rwanda.
| 285 | 788 |
U Rwanda rwahagaritse ibikorwa byo kohereza hanze amabuye ya beryllium. Ikigo Gishinzwe Mine, Peteroli na Gaz (RMB) cyahagaritse ibikorwa byo kohereza hanze mabuye y’agaciro azwi nka beryllium. Itangazo rya RMB rigaragaza ko iki cyemezo cyafashwe kubera ubucukuzi n’ubucuruzi butemewe bw’aya mabuye ndetse n’amakimbirane ya hato na hato ayashingiyeho. Muri 2023 Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Peteroli na Gaz, RMB, rwatangaje ko amabuye y’agaciro yoherejwe mu mahanga mu 2023 yinjirije u Rwanda asaga miliyari 1.1$, avuye kuri miliyoni 772 z’Amadorali ya Amerika, bigaragaza izamuka rya 43.0%. Raporo ya RMB igaragaza ko umusaruro w’amabuye y’agaciro mu gihembwe cya kane cya 2023, wageze kuri $252.99, bigaragaza ko wiyongereye ku ijanisha rya 34.9% ugereranyije n’igihembwe nk’icyo cya 2022. Ubushakatsi bwakozwe mu 2017, bwagaragaje ko mu Rwanda hari uduce 52 turimo amabuye y’agaciro, aho utugera kuri 37 twamaze gutangwamo impushya z’ubucukuzi, uduce 10 tukaba tutaratangira gukorerwamo ubwo bucukuzi mu buryo bwemewe mu gihe dutanu turi ahari ibyanya bikomye bya pariki. U Rwanda rugaragaza ko amabuye y’agaciro ari munsi y’ubutaka afite agaciro ka miliyari miliyari $154.
| 169 | 485 |
Karate: FERWAKA yashyikirijwe impano z’ibibuga yemerewe na Ambasade y’u Buyapani. Umuhango wo gushyikiriza FERWAKA ibi bibuga, warahuriranye n’isozwa ry’amahugurwa ya KARATE yari ari gutangwa n’impuguke muri uyu mukino zaturutse mu ishyirahamwe ry’umukino wa Karate mu Buyapani (JKA). Ambasaderi w’u Buyapani mu Rwanda, Takayuki Miyoshita, akaba yaratangaje ko bishimiye kugira uruhare mu iterambere ry’umukino wa Karate mu Rwanda, bakaba bizera ko ibi bibuga bizafasha abakarateka bo mu Rwanda kuzamura urwego rwabo. yagize ati" Umukino wa Karate ni umukino mwiza wubaka umubiri umuntu akagira ubuzima buzira umuze, kandi ukanamwubakamo ikinyabupfura gituma aba intangarugero muri sosiyete. Turizera ko ibi bibuga bizafasha Karate yo mu Rwanda mu iterambere, kuburyo twizera ko izahagararirwa no mu mikilo Olympic iteganyijwe mu Mujyi wa Tokyo muri 2020." Perezida wa FERWAKA, Uwayo Theogene, yakina izi mpano yatangaje ko Umuryango mugari wa Karate mu Rwanda, ushimira u Buyapani mu nkunga budahwema kugeza ku Rwanda igamije guteza imbere umukino wa Karate mu Rwanda. yavuze ko ubusanzwe tatami ari cyo gikoresho abakarateka bakenera cyane kugira ngo bitoze mu buryo bwiza kandi mpuzamahanga, kikaba gihenze kuburyo FERWAKA itari ifite ibihagije. Ubu ngo bigiye gufasha abakarateka benshi kuzamura u rwego kuburyo bazatera imbere ku buryo bwihuse. Ati " Izi tatami zirafasha abakarateka benshi kuzamura urwego rwabo, kuko baraba bitoreza ahantu heza. Mu marushanwa Nyafurika aheruka twabashije gutwara umudari wa Zahabu n’ibiri ya feza, turizera ko uko dukomeza kubona ibikoresho nk’ibi bizadufasha kongera umubare w’imidali twegukana mu marushanwa mpuzamahanga" Amasezerano y’iyi nkunga yasinywe tariki ya 26 Mutarama 2018. Akaba yarasinywe mu rwego rw’ubufatanye ndetse n’ihererekanya muco hagati y’ibihugu byombi, dore ko Karate ari umukino ukomoka mu gihugu cy’u Buyapani. Iyi nkunga y’ibibuga ikaba yazanye n’iyibibaho bibiri bizajya byandikwaho amanota y’abaruahanwa, ndetse n’amabendera 30 azajya yifashishwa mu gusifura. Abanyamakuru ba Kigali Today @ kigalitoday
| 288 | 793 |
Bamwe mu bakunzi ba muzika bahamya ko Jay Polly atagaragaye muri PGGSS 3 kubera ikibazo yagiranye n’abanyamakuru... Mu mwaka ushize wa 2012, umuhanzi Jay Polly uririmba injyana ya Hip Hop yatutse bamwe mu banyamakuru ngo ni amadebe bitewe n’inkuru bari bamukozeho y’uko yafunzwe nyamara we akabihakana akanavuga ko ibyo bavuga batabifitiye gihamya. Ibi byababaje abanyamakuru benshi. Ba nyiri ugutukwa bamwe bamutwaye mu rukiko ndetse anasabwa gusaba imbabazi.
N’ubwo ibi benshi bemeza ko byaba bitarakemuka, hari abemeza ko kuba umuhanzi Jay Polly, Uncle Austin na Dream Boys barasezeye muri Salax Awards byaba aribyo byatumye Jay Polly na Uncle Austin batabona amahirwe yo kugaragara ku rutonde rw’abahanzi 11 bazahatanira PGGSS 3. Hari uwagize ati: “Abanyamakuru namwe murabarenganya. Niba aribo batoye abahanzi bajya muri Salax Awards maze bo bakabivamo urumva bari kongera kubagirira ikizere ngo bongere babatore? Buriya baketse ko iby’amarushanwa batakibikunda...” Undi yagize ati: “...gusa icya mbere siwe wenyine byatunguye ahubwo ukoze analyse y’uko byagenze abahanzi nibareke kujya bihenura ngo ntawishyira hejuru y’umwana w’umunyarwanda ...lol. Urebye Austin, Mani Martin, Jay Polly abo ni abahanzi abanyamakuru bahaye ikizere babashyira muri Salax Awards ngira ngo iki kibazo cya Jay Polly cyari cyarabaye ariko yaratowe kandi n’ejo bundi nibo bongeye gutora... "Bivuze ko bari kumutora ahubwo bazize ko bishyize hejuru bakabasuzugura ngo barasezeye muri iri rushanwa bakabereka ko babaciye amazi ...ese barusha iki abandi bagumyemo? Ni uko rero umuntu wari wamutoye ntiyari kongera kumutora kuko byateje ikibazo kandi ni agasuzuguro...ubutaha bajye bamenya kureba kure nicyo cyabakozeho naho ubundi mureke kumuvugira uwiyishe ntaririrwa...” N’ubwo hari n’abandi babona ko koko byaba bifitanye isano n’uko aba bahanzi basezeye mu marushanwa ya Salax Awards siko bose babibona kuko Dream Boys ariyo yahamagawe bwa mbere nk’iyarushije abandi amanota.
Tugarutse kuri Jay Polly, hariho abavuga ko atahaye itangazamakuru agaciro kandi ariryo ryamugejeje aho yari ageze bityo kuba bataramutoye bikaba bidakanganye.
Uwitwa Emmy yagize ati: “Oya, oya rwose sindi umunyamakuru ariko nari kugaya abanyamakuru iyo bamutora n’ukuntu yabise amadebe. Ni gute ufata abagize uruhare mu kukuzamura ukabita amadebe, warangiza ukabagarukaho tena ngo ntimwantoye...!!!??? Najye kubaza Mr Nice muri Tanzania ingaruka zo gusuzugura abanyamakuru." Ibi nanone byatumye hari abibaza niba bitazangiriza Bralirwa bityo bikaba byanatuma Primus Guma Guma ihindura isura. Hari uwagize ati: “Sha ngiye kwandikira ibaruwa ndende Bralirwa mbasobanurira ndetse mbasabe no kongera bagashishoza. Mu by’ukuri ibi ntibikwiye. Urarenganye mwa Polly.” Ese koko kuba Jay Polly ataragaragaye muri PGGSS 3 byaba byaratewe n’ikibazo yagiranye n’abanyamakuru? Marie Clemence CYIZA UWIMANIMPAYE
| 393 | 1,072 |
Evode Imena uregwa itonesha yasabiwe gufungwa imyaka 7. Ubushinjacyaha bwasabiye igifungo cy’imyaka irindwi Imena Evode wahoze wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Umutungo Kamere, bushinja ibyaha birimo itonesha mu itangwa ry’amasoko.Urukiko rwisumbuye rw’ Akarere ka Nyarugenge kuri uyu wa 8 Ugushyingo 2017 rwatangiye kuburanisha mu mizi urubanza ruregwamo Evode Imena wahoze Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’umutungo Kamere (MINIRENA) ushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.Evode Imena yatawe muri yombi tariki 27 Mutarama 2017 aregwa (...)Ubushinjacyaha bwasabiye igifungo cy’imyaka irindwi Imena Evode wahoze wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Umutungo Kamere, bushinja ibyaha birimo itonesha mu itangwa ry’amasoko.Urukiko rwisumbuye rw’ Akarere ka Nyarugenge kuri uyu wa 8 Ugushyingo 2017 rwatangiye kuburanisha mu mizi urubanza ruregwamo Evode Imena wahoze Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’umutungo Kamere (MINIRENA) ushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.Evode Imena yatawe muri yombi tariki 27 Mutarama 2017 aregwa ibyaha birimo gukoresha inyandiko mpimbano, itonesha n’ibindi.Ubushinjacyaha bwabwiye urukiko ko Evode akwiye gufungwa imyaka irindwi akanishyura ibihumbi 500 by’ amagarama y’ urubanza kuko yasuzuguye icyemezo cy’akanama gatanga amasoko, akima uruhushya uwari urikwiye akariha undi; byongeye n’urihawe akaba na we hari ibyo atujuje.Uwitwa Straton nyiri Nyaruguru Mining Company ashinja Evode kumwima nkana icyemezo cyo gucukura.Straton yari afite icyangombwa kimwemerera gucukura amabuye y’ agaciro yahawe n’ ikigo cy’ igihugu cy’ umutungo kamere RNRA.Nubwo RNRA yari yahaye kampani ya Straton icyemezo cyo gucukura amabuye y’ agaciro mu karere ka Nyaruguru, iyo kampani yageze kuri Evode Imena ayima ubwo burenganzira ahubwo abuha undi.Evode Imena yavuze ko iyo kampani yanditse isaba igihe Minisitiri Stanislas Kamanzi wari Minisitiri w’ Umutungo kamere. Ngo Kamanzi yangiye Nyaruguru Mining Company kuko yavugwagaho ubucukuzi butemewe n’amategeko, ikaza gusabwa no kwishyura imisoro yose y’ibirarane irimo Leta.Evode yigeze kuvuga ko yamutunguye n’ uburyo RNRA yatanze icyemezo kandi izi neza ko iyo kampani yari yarahakaniwe.Nyuma yo kwangira iyo kampani Evode ngo yahise aha uburengazira indi yabonaga ngo yararenganyijwe na RNRA yitwa Mwashamba Mining Ltd, aho ubushinjacyaha buvuga ko yatanze icyo cyemezo iyo kampani itazwi muri RDB.Tariki 20 Gashyantare 2017 nibwo urukiko rwategetse ko Evode Imena afungurwa by’ agateganyo urubanza rugakomeza ari hanze. Ubushinjacyaha bwajuririye icyemezo cyo kurekura by’ agateganyo Evode Imena, mu isomwa ry’ urubanza rw’ ubujurire tariki 16 Werurwe 2017 urukuko rwongera gutegeka ko Evode Imena aburana ari hanze.
| 362 | 1,073 |
Nyamagabe: Abacamanza n’abashinjacya bibukijwe guha uburemere ibyaha bya Jenoside. Kuri uyu wa 5 Kamena 2015, abacamanza n’abashinjacyaha bari bayobowe n’umucamanza mukuru n’umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y’ubutabera, basuye urwibutso rwa Murambi mu gikorwa ngaruka mwaka cyo kwibuka by’umwihariko nk’urwego rw’ubutabera. Umucamanza mukuru Richard Muhumuza wari umushyitsi mukuru muri iki gikorwa yasabye abacamanza n’abashinjacyaha kujya bafata ibyemezo habayeho kwiga bihagije cyane kubyaha bya jenoside yakorewe abatutsi. Yagize ati “Nk’abacamanza n’abashinjacyaha, nyamuna nidushidikanya ku byemezo tugiye gufata, ntitugahite dufata umwanzuro wo kurengera uwo dukekaho icyaha, tudashishoje ngo dutere intambwe yindi yo gucukumbura birenzeho kugira ngo tudatoneka uwakorewe icyaha.” Buri wese akwiye kugira uruhare mu kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside aho iva ikagera nk’abacamanza n’abashinjacyaha bagahora babizirikana haba mu Rwanda cyangwa n’ahandi. Ibi byagarutsweho n’umunyabanga uhoraho muri minisiteri y’ubutabera madamu Isabelle Kalihangabo wari uhagarariye minisitiri w’ubutabera. Ati “Kubera ko twese dukwiye gusenyera umugozi umwe kugira ngo turwanye ingengabitekerezo ya jenoside ndetse n’abapfobya jenoside yakorewe abatutsi, uko twahuriye hano, dufite inshingano yo kugira icyo dukora kugira ngo jenoside ntizongere kuba ukundi.” Muri iki gikorwa abacamanza n’abashinjacyaha bahawe urubuga rwo gutanga ibitekerezo ku byo biboneye n’amaso, abenshi bakaba bagarutse kuko badakwiye kwimakaza amacakubiri kuko ntacyo yigeze amarira Abanyarwanda. Pio Mugabo umucamanza mu rukiko rukuru yagize ati “Iyo tuyi aha twese tuba turi abanyarwa turira, dukundanye, ariko iyo tugeze mu ngo zacu, umwe aba avuga iki? Bariya batutsi ziriya nzoka undi ati bariya bicanyi baratumaze, twaretse ibyo bintu bidusenya mu ngo zacu?” Iki gikorwa kikaba cyari cy’itabiriwe n’inzego zose z’ubutabera ndetse n’imiryango itandukanye itegamiye kuri leta. Caissy Christine Nakure
| 251 | 804 |
No title found. YESU yahanuye ko muri iyi minsi y’imperuka, ibisarurwa byari kuzaba byinshi (Mat 9:37; 24:14). Reka turebe uko ubwo buhanuzi bwasohoye mu buryo bwihariye mu karere ka Transcarpathia, muri Ukraine. Mu migi itatu gusa yo muri ako karere, hari amatorero 50 afite ababwiriza basaga 5.400. Muri iyo migi, mu baturage bane, umwe aba ari Umuhamya wa Yehova!
Kubwiriza muri iyo fasi biba bimeze bite? Umuvandimwe waho witwa Vasile agira ati: “Abantu b’ino aha bubaha cyane Bibiliya kandi bakunda ubutabera. Abagize imiryango barakundana kandi rwose barafashanya.” Yongeraho ati: “Si ko buri gihe bemera ibyo twizera. Ariko iyo tubasomeye Bibiliya, batega amatwi bitonze.”
Birumvikana ko iyo abavandimwe na bashiki bacu babwiriza mu gace nk’ako karimo ababwiriza benshi, bahura n’ibibazo byihariye. Urugero, hari itorero rifite ababwiriza 134 ariko ifasi yaryo ikaba irimo ingo 50 gusa! Ubwo se babwiriza bate?
Abavandimwe na bashiki bacu benshi, bitangira kujya kubwiriza mu mafasi akeneye ababwiriza benshi. Umuvandimwe witwa Ionash ufite imyaka 90 agira ati: “Mu itorero ryacu, ugereranyije umubwiriza yahabwa ifasi y’ingo ebyiri. Mbere nabwirizaga mu ifasi yitaruye iri ku birometero 160, irimo abantu bavuga Igihongiriya. Ariko kubera iza bukuru, nsigaye mbwiriza ino aha.” Ababwiriza baba bagomba kwigomwa bakajya gufasha mu yandi mafasi. Ionash akomeza agira ati: “Nabyukaga saa kumi za mu gitondo kugira ngo nshobore gutega gari ya moshi. Narabwirizaga nkageza saa kumi n’ebyiri za nimugoroba, nkazana na gari ya moshi itashye. Najyagayo inshuro ebyiri cyangwa eshatu mu cyumweru.” Ese yumva hari icyo yagezeho? Agira ati: “Kubwiriza muri iyo fasi byaranshimishije cyane. Nishimiye ko hari umuryango wo muri iyo fasi yitaruye nafashije kumenya ukuri.”
Birumvikana ko ababwiriza bo muri ako gace atari ko bose baba bashoboye kujya kubwiriza kure. Ariko ababwiriza bose, hakubiyemo n’abageze mu za bukuru, bihatira kubwiriza ifasi yabo yose bakayirangiza. Ibyo byatumye mu mwaka wa 2017, umubare w’abateranye ku Rwibutso muri iyo migi uko ari itatu, wikuba hafi inshuro ebyiri umubare w’ababwiriza. Ni ukuvuga ko hateranye kimwe cya kabiri cy’abaturage b’iyo migi yose. Mu by’ukuri, aho twaba tubwiriza hose, turacyafite “byinshi byo gukora mu murimo w’Umwami.”1 Kor 15:58.
| 332 | 924 |
Kamonyi: Umugore yashatse gutanga 100 000 ngo afunguze umugabo we nawe arafungwa. Umugore witwa Kabarima Kankumburwa Everiane w’imyaka 48 y’amavuko ukomoka mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Mugina akurikiranyweho guha ruswa umupolisi kugirango amufashe gufunguza umugabo we ufungiye kuri stasiyo ya Polisi ya Mukingo aho akurikiranyweho icyaha gucuruza ibiyobyabwenge.Ku itariki ya 7 Kanama uyu mwaka, nibwo Kankumburwa yafatanywe amafaranga y’u Rwanda ibihumbi ijana (100 000 frw) ashaka kuyaha umuyobozi wa Sitasiyo ya Polisi ya Mukingo kugirango ayageze k’umukozi w’urwego (...)Umugore witwa Kabarima Kankumburwa Everiane w’imyaka 48 y’amavuko ukomoka mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Mugina akurikiranyweho guha ruswa umupolisi kugirango amufashe gufunguza umugabo we ufungiye kuri stasiyo ya Polisi ya Mukingo aho akurikiranyweho icyaha gucuruza ibiyobyabwenge.Ku itariki ya 7 Kanama uyu mwaka, nibwo Kankumburwa yafatanywe amafaranga y’u Rwanda ibihumbi ijana (100 000 frw) ashaka kuyaha umuyobozi wa Sitasiyo ya Polisi ya Mukingo kugirango ayageze k’umukozi w’urwego rushinzwe iperereza maze nawe amufashe gufungura umugabo we witwa Nsanganira Nathan ukekwaho gucuruza ibiyobyabwenge.Umuvugizi wa Polisi muntara y’amajyepfo Chief Inspector of Police (CIP) Emmanuel Kayigi yavuze ko uyu mugore yafashwe biturutse ku makuru yatanzwe n’umupolisi yashakaga guha ruswa.Yagize ati:’’ Kankumburwa yaje abwira komanda wa Sitasiyo ya Polisi ko amuhuza n’u mukozi w’urwego rw’ubugenzacyaha maze bakamufasha gufungura umugabo we ufungiye kuri Statiyo ya Mukingo aho akurikiranyweho ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge n’inzoga zitemewe.’’CIP Kayigi ayakomeje avuga kouwo yahise ahereza umupolisi amafaranga y’u Rwanda ibihumbi ijana aho yamubwiye ko ari ishimwe mu gihe yaba amufashishe gufunguza umugabo we.Yagize ati:’’ Umupolisi akimara kubona bamuhaye amafaranga yahise abona ko ari ruswa, yihutiye kumufata kuko muri Polisi ruswa ari ikizira, uwo muco wa ruswa utajya wihanganirwa haba ku bapolisi ubwabo ndetse no ku bandi muri rusange”.CIP Kayigi yavuze ko Polisi ifatanyije n’izindi nzego yitemeje kuyirwanya yivuye inyuma dore ko yanashyizeho n’Ishami rishinzwe kuyirwanya.Yaboneyeho gusaba abaturage gukurikiza amategeko no guharanira uburenganzira bwabo aho kwishora mu bikorwa byo gutanga ruswa.Yagize ati:’’ Uretse kuba ruswa ari icyaha gihanwa n’amategeko mujye muzirikana ko yonona imiyoborere myiza, ikimakaza akarengane n’itonesha, bityo uwagombaga kubona serivisi ntabe ariwe uyibona kuko adafite amikoro yo kuyigura.’’CIP Kayigi asoza asaba abaturage gutungira agatoki Polisi, inzego z’ibanze n’izindi; aho ruswa igaragaye maze nazo zikabasha kuyirwanya itaramunga ubukungu bw’igihugu.Yagize ati:’’ Kurwanya ruswa bikwiye kuba umuco wa buri Muturarwanda kuko iyo igihugu cyokamwe na ruswa usanga, uburenganzira bwa muntu butubahirizwa kuko akarengane n’itoneshwa biba byarahawe intebe.’’Ingingo ya 641 mu gitabo cy’amategeko ahana ibyaha mu Rwanda ivuga ko ibihano kuri ruswa ari igifungo kirenze imyaka itanu (5) kugeza ku myaka irindwi (7) n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda yikubye inshuro kuva kuri ebyiri (2) kugeza ku icumi (10) z‟agaciro k‟indonke yatanze cyangwa yashatse gutanga.
| 427 | 1,257 |
Musanze: Abana babiri birakekwa ko bahekenye imyumbati, umwe iramwica. Ayo makuru yamenyekanye saa moya n’igice z’umugoroba wo ku wa Gatanu tariki 01 Kanama 2023, aho abaturage bumvise abana bataka, bana batabaye basanga barahitwa baranaruka. Abaturage bavuga ko bafatanyije n’ubuyobozi bahise bageza umwana muto wari urembye mu kigo Nderabuzima cya Busogo, bahindukiye basanga uwasigaye mu rugo na we amaze gufatwa n’ubwo burwayi bavuga ko budasanzwe, biba ngombwa ko na we agezwa kwa muganga. Nyuma yo kubageza kwa muganga, umwana muto ngo yahise yitaba Imana, mu gihe mukuru we w’imyaka 10, yamaze koroherwa. Ku makuru Kigali Today yahawe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busogo, Ndayambaje Karima Augustin, ngo abo bana bafashwe n’ubwo burwayi budasanzwe, nyuma yo guhekenya imyumbati na Karoti. Yagize ati “Icyo kibazo turakizi umwe yitabye Imana undi ariho yamaze koroherwa, uwo mwana yavuze ko bari bariye imyumbati na karoti mbisi, nta kundi kuvuga ngo bariye ibindi biryo bihumanye, ababyeyi babo bari bagiye mu kazi ntabwo bari biriwe mu rugo”. Gitifu Ndayambaje, avuga ko hatahise hamenyekana neza ubwoko bw’iyo myumbati bariye, niba ari imiribwa cyangwa imitamisi, avuga ko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwari rukiri mu iperereza mu rwego rwo kumenya neza icyaba cyateye urupfu rw’uwo mwana. Gitifu Ndayambaje yasabye ababyeyi kuba hafi abana babo, bakamenya ko ibyo bariye ari bo babibahaye kandi ko bazi neza ubuziranenge bwabyo. Umunyamakuru @ mutuyiserv
| 218 | 594 |
Radja Nainggolan yahagaritswe igihe kitazwi kubera kunywera itabi ku ntebe y’abasimbura. Umubiligi ukinira ikipe ya Royal Antwerp,Radja Nainggolan, yahagaritse igihe kitazwi nyuma yo gutungurana agatumura itabi ku ntebe y’abasimbura bakina na Standard de Liège.Uyu mukinnyi w’umubiligi ntabwo yigeze agira isoni zo kwemera ko yabaswe no kunywa itabi.Nk’uko Yahoo ibitangaza ngo Nainggolan yatawe muri yombi mu cyumweru gishize azira gutwara ibinyabiziga afite uruhushya rwarangiye - birushaho kurakaza ikipe ye.Uyu mukinyi w’imyaka 34 yinjiye muri Antwerp mu mpeshyi ishize nyuma yo (...)Umubiligi ukinira ikipe ya Royal Antwerp,Radja Nainggolan, yahagaritse igihe kitazwi nyuma yo gutungurana agatumura itabi ku ntebe y’abasimbura bakina na Standard de Liège.Uyu mukinnyi w’umubiligi ntabwo yigeze agira isoni zo kwemera ko yabaswe no kunywa itabi.Nk’uko Yahoo ibitangaza ngo Nainggolan yatawe muri yombi mu cyumweru gishize azira gutwara ibinyabiziga afite uruhushya rwarangiye - birushaho kurakaza ikipe ye.Uyu mukinyi w’imyaka 34 yinjiye muri Antwerp mu mpeshyi ishize nyuma yo gusesa amasezerano na Inter Milan.Ariko ejo hazaza he muri Antwerp nta hagihari nyuma yo kunywera itabi ku ntebe y’abasimbura.Itangazo ry’ikipe ryagize riti: "Hakozwe kandi amasezerano asobanutse ku bijyanye n’ibyo ikipe yacu yemera nibyo itakwemerera umukinnyi."Nainggolan yagiye kuri Instagram kugira ngo agerageze koroshya ibintu.Yanditse ati: "Ikipe yafashe icyemezo nshobora kwemera gusa, nubwo ntekereza ko bishobora kuba bikabije kuri njye.Ariko nzagerageza gutanga umusanzu mu buryo bumwe cyangwa ubundi."Uyu mugabo akunda itabi cyane ku buryo muri 2018 yafotowe ari kurinywera mu modoka ndetse abwira itangazamakuru ko ntawe utazi ko arinywa.
| 233 | 672 |
Nyagatare: Abayobozi b’Utugari bitezweho umusaruro. Abanyamabanga Nshingwabikorwa 56 b’Utugari mu Karere ka Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba bahawe moto bavuga ko zizabafasha gutanga serivisi no kunoza inshingano zabo.
Babigarutseho kuri iki Cyumweru taliki 29 Mutarama 2023, ubwo bahabwaga moto nyuma y’inama mpuzabikorwa yitabiriwe n’abayobozi basaga 800 kuva ku rwego rw’Umudugudu kugeza ku Kagari.
Kemirembe Odeth, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Ngendo mu Murenge wa Rwimiyaga, agaragaza ko bagiye gutanga umusaruro kandi ko moto ahawe izamufasha kwegera abo ayobora.
Yagize ati: “Uyu munsi twebwe turishimye kubera ko tubonye izi moto zizadufasha kugerera ku kazi igihe hanyuma n’umuturage waramuka agize ikibazo tukamutabarira ku gihe kubera ko inyoroshyangendo ari izacu”.
Ahamya ko bagorwaga no kutabona umumotari ubajyana ugasanga aratinze cyangwa ntanaje ariko ubu ngo bigiye kuborohera.
Akomeza avuga ati: “Tuzahera abaturage serivisi ku gihe kandi n’ugize ikibazo tumugereho vuba”.
Avuga ko bajyaga bashyashyanira umuturage ari uko abasanze aho bari mu biro ariko noneho ngo bigiye kujya biborohera kuko umuturage nagira ikibazo bazagenda bamusanga, bamwegere, bamuganirize, bamuvugishe hanyuma bamuhe serivisi zihuse.
Byumvuhore Jonas, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Ntoma mu Murenge wa Musheri yabwiye Imvaho Nshya ko hari ubwo yigeze kubabazwa no kudahera serivisi umuturage ku gihe, bigatuma yiyambaza urwego rwisumbuyeho.
Kuri we Moto ngo ni kimwe mu bisubizo byo gutanga serivisi nziza. Ati: “Ikigeze kumbabaza, ni igihe umuturage yigeze gukubitwa bakamukomeretsa bituma tutamugereraho igihe kubera ikibazo cyo kutabona ikinyabiziga kimfasha ako kanya. Byarambabaje kubera ko tutamugereyeho igihe bituma atanga amakuru ahandi kandi twakabaye tumugereraho igihe”.
Yizeza ko bagiye gutanga serivisi nziza hagamijwe gushyashyanira umuturage. Kuri we ahamya ko ‘Gushyashyanira Umuturage’ ari ukumuha serivisi nziza.
Meya w’Akarere ka Nyagatare, Gasana Stephen, avuga ko nyuma y’inama mpuzabikorwa Utugari n’Imidugudu bagiye kwicara bakarebera hamwe ibitameze neza n’icyo bakora ngo bikosorwe.
Yakomoje kuri moto zatanzwe, avuga ko utugari tugize imirenge y’Akarere ka Nyagatare ari tunini agashimangira ko hari ubwo abakozi babiri bo ku rwego rw’Akagari bibagora kuhagenda.
Ati: “Turizera ko ubu buryo twashyizeho bwo kubafasha mu migendere bugiye kubafasha kugera ku bantu benshi igihe mu nshingano zabo hazaba harimo kwegeranya amakuru.
Biratuma mu nshingano zo mu rwego rw’akagari bashobora kuzikora neza kurusha uko bazikoraga”.
Nshimiyimana, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kagitumba mu Murenge wa Matima, yabwiye Imvaho Nshya ko Akagari ayoboye gakora ku mipaka y’ibihugu bibiri; Uganda na Tanzania.
Agaragaza ko byamugoraga gutanga serivisi mu gihe bimusaba gusanga abaturage aho bari. Nubwo avuga ko aho ayobora nta misozi ihari ariko ashimira ETS VERMA, umushoramari wabahaye moto nziza zikomeye kandi ngo zijyanye n’imiterere y’akarere ka Nyagatare.
Akarere ka Nyagatare gaherutse gutanga mudasobwa ku Banyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari mu rwego rwo kurushaho gutanga serivisi nziza kandi zihuse.
Akarere ka Nyagatare kahaye Moto Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari 56 (Foto Ismael)
| 417 | 1,285 |
Akarere kari gukora inyigo y’isoko rya kijyambere rya Nyamagabe. Iri soko rizubakwa ku bufatanye n’abikorera ku giti bo mu mujyi wa Nyamagabe bityo bakaba basabwa gutangira kubitekerezaho kugira ngo bazabigiremo uruhare. Abacuruzi bakorera muri iri soko basabwe gutanga ibitekerezo ku hantu ryazajya riremera mu gihe imirimo yo kubaka irijyanye n’igihe izaba iri gukorwa. Abakorera imirimo itandukanye muri uyu mujyi kandi barasabwa kubahiriza amabwiriza agenga ibyo bakora; abagarutsweho cyane ni abubaka basabwe kutarengera imbago z’umuhanda bubahiriza metero ziteganywa n’amabwiriza abigenga. Bibukijwe ko nta muntu ukwiye kujya hejuru y’amategeko kandi hakaba nta muntu n’umwe ukwiye kwitwaza kutayamenya. Muri uyu mugi kandi hagiye kubakwa Agakiriro (Agakinjiro) kazahurizwamo abakora imyuga itandukanye mu rwego rwo kubafasha guhurizwa hamwe no kumenyekanisha ibyo bakora, aka gakiriro kari no mu mihigo y’akarere y’uyu mwaka kazubakwa mu kagari ka Nyabivumu. Muri aka kagari ka Nyabivumu kandi ni naho hazubakwa ikimoteri kizajya gitunganyirizwamo imyanda izajya iba yakusanyijwe hirya no hino mu mujyi wa Nyamagabe. Emmanuel Nshimiyimana
| 156 | 453 |
Delphine Atangana. Delphine Bertille Atangana (yavutse ku ya 16 Kanama 1984) ni umukinnyi wo gusiganwa ku maguru wabigize umwuga uvuka i Yaoundé wo muri Kameruni kabuhariwe muri metero 100 .
Mu mikino ya Commonwealth 2006 yegukanye umudari wa bronze muri metero 100 arangiriza ari kumwanya wa karindwi muri metero 200. Yitabiriye kandi imikino Olempike yo mu 2004, Shampiyona y'isi ya 2005, Shampiyona y'isi yo mu 2008, Shampiyona y'isi ya 2011, Shampiyona y'isi yo mu 2012 ndetse na Olempike yo mu mpeshyi 2012 atageze ku mukino wa nyuma. Yatsindiye zahabu muri 200 m mu mikino ya Afro-Aziya .
Ibihe byiza yagize ni amasegonda 11.24, yagezweho mu Kwakira 2003 i Abuja . Afite amasegonda 23.26 muri metero 200, yageze muri Mata 2003 i Bron, n'amasegonda 7.19 muri metero 60, yageze muri Gashyantare 2006 i Aubière . Afite kandi amateka y’igihugu mu kwiruka metero 4 x 400 n'iminota 3: 27.08, yagezeho hamwe na bagenzi be Mireille Nguimgo, Carole Kaboud Mebam na Hortense Béwouda mu marushanwa y'isi yabereye i Paris mu 2003 .
| 166 | 417 |
Amayeri Y’Abacuruza Urumogi Baruvana I Rubavu. Umukobwa w’imyaka 25 y’amavuko wo mu Karere ka Rubavu aherutse gufatirwa mu Murenge wa Kanzenze atwaye udupfunyika 500 tw’urumogi mu mufuka w’ibirayi aruzanye i Kigali. Yafashwe ategereje imodoka itwara imizigo ngo imuzane mu Mujyi wa Kigali ari naho yari azanye urwo rumogi. Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu yamufatiye mu Murenge wa Kanzenze mu Kagari ka Kiremera, Umudugudu wa Bisesero. Amakuru abaturage batanze niyo yatumye uriya mukobwa ukiri muto afatwa atageze ku mayeri ye. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Bonaventure Twizere Karekezi yavuze ko abapolisi bari bamenye amakuru ko uriya mukobwa afite umugambi wo kujyana urumogi mu Mujyi wa Kigali hahita hategurwa igikorwa cyo kurumufatana. Yagize ati: “ Hari amakuru yari yatanzwe n’abaturage ko uriya mukobwa ashobora kuba acuruza urumogi, bari bafite amakuru ko hari umuntu ashaka kurushyira mu Mujyi wa Kigali aruvanye mu Karere ka Rubavu. Abapolisi bamufashe atarasohoza uwo mugambi, kuko bamufashe agitegereje imodoka itwara ibirayi mu Mujyi wa Kigali ngo zimutware.” CIP Karekezi avuga ko abapolisi bakimara kumufata basutse hasi ibirayi basanga yahishemo udupfunyika 500 tw’urumogi. Baruvanga n’ibirayi bakaruzana i Kigali kuko kugemura imyaka iva mu Ntara byemewe Yahise ashyikirizwa Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) rukorera muri sitasiyo ya Polisi ya Kanama kugira ngo akurikiranwe. Congo- Kinshasa, Isoko y’urumogi rwinjira mu Rwanda… Uriya mukobwa amaze gufatwa yavuze ko ruriya rumogi aruhabwa n’undi muntu urukura mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo(DRC). Yemeye ko yari afite umukiriya arushyiriye uba mu Mujyi wa Kigali. Ni inshuro ya kabiri afatiwe mu cyaha cyo gucuruza urumogi nk’uko CIP Karekezi abyemeza. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’i Burengerazuba CIP Karekezi yaboneyeho kongera gukangurira abaturage kujya bihutira gutanga amakuru igihe hari umuntu bakekaho gukoresha ibiyobyabwenge. Mu kiganiro Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera aherutse guha Taarifa yavuze ko u Rwanda ruzakomeza gucunga no gufata abarwinjizamo ibiyobyabwenge ariko ko rudafite ubushobozi bwo kwinjira mu kindi gihugu ngo rubikumirire yo. Ibiyobyabwenge biva muri Congo-Kinshasa bikinjira mu Rwanda Hari tariki 12, Nyakanga, 2021 nyuma y’amakuru yavugaga ko Polisi yafatiye mu Murenge wa Giheke mu Karere ka Rusizi umugabo w’imyaka 48 afite umufuka urimo ibilo 60 by’urumogi, udupfunyika twarwo 50, amacupa 652 y’amavuta yo kwisiga atemewe yitwa mukorogo, amacupa 90 y’amavuta yo mu bwoko bwa movit atujuje ubuziranenge, imikebe itandatu y’amata ya Nido na garama 900 z’ayo mata byose bya magendu. CP Kabera yagize ati: “ Tuzakomeza gukorana n’abaturage kugira ngo baduhe amakuru y’ababyinjiza n’aho baca kugira ngo tubafate. Nta burenganzira dufite bwo kujya mu gihugu cy’abandi ngo tubikumirireyo ariko tuzacunga iby’iwacu.” Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera(Photo©Taarifa.rw) Iteka rya minisitiri nº 001/moh/2019 ryo ku wa 04/03/2019 rigena urutonde rw’ibiyobyabwenge n’ibyiciro byabyo rishyira ikiyobyabwenge cy’urumogi mu biyobyabwenge bihambaye. Itegeko nº68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, ingingo ya 263 ivuga ko umuntu wese ukora, uhinga, uhindura, utunda, ubika, uha undi, ugurisha mu gihugu ibiyobyabwenge cyangwa urusobe rw’imiti ikoreshwa nka byo mu buryo bunyuranije n’amategeko, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko ahanishwa igifungo cya burundu n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda arenze miliyoni makumyabiri (20.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni mirongo itatu (30.000.000 FRW) ku byerekeye ibiyobyabwenge bihambaye.
| 528 | 1,478 |
Kwibuka abazije Jenoside, mu rwego rw’imikino bizakorwa muri Kemena. Kugeza ubu ntabwo imigendekere ya gahunda yo kwibuka mu rwego rw’imikino iranononsorwa neza, gusa mu kiganiro twagiranye n’Umuyobozi muri Minisiteri ya Sport n’Umuco (MINISPOC), Bugingo Emmanuel yadutangarije ko bari hafi kuyinoza. Yagize ati “Kubera gahunda turimo muri iyi minsi zo kwitegura neza imigendekere ya gahunda ko kwibuka muri rusange ku rwego rw’igihuhu, ntabwo turanoza neza gahunda yo kwibuka mu mikino. Gusa ikizwi neza ni uko bizakorwa muri Kamena uyu mwaka nk’uko byakozwe umwaka ushize. Nyuma y’icyumweru cyo kwibuka, tuzakorana inama n’abayobozi b’mashyirahamwe y’imikino mu Rwanda, turebere hamwe uko iyo gahunda izakorwa, itariki nyirizina iyo gahunda izatangiriraho ndetse n’ubwoko bw’imikino izakinwa mu rwego rwo kwibuka”. Bugingo avuga ko muri gahunda yo kwibuka mu rwego rw’imikino ikigamijwe atari ugukina no gutsindanwa, ahubwo ko ari uguha agaciro kwibuka, ariko kandi bakabikora binyuze mu mikino. Ubusanzwe gahunda yo kwibuka ikorwa mu gihe cyagenwe na MINISPOC, amashyirahamwe y’imikino akagenda ategura amarushanwa hagati y’amakipe agize ayo mashyirahamwe ndetse amwe n’amwe akanatumira n’amakipe yo hanze y’u Rwanda cyane cyane ayo mu bihugu bituranye n’u Rwanda. Imikino yo kwibuka umwaka ushizwe yari yateguwe na MINISPOC ku bufatanye na Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG), n’Ikigo cy’igigugu cy’Imiyoborere (RGB), yari yitabiriwe n’amashyirahamwe ya Volleyball binyuze mu irushanwa mpuzamahanga ryo kwibuka itegura buri mwaka. Harimo kandi Basketball binyuze mu irushanwa ngarukamwaka bise ‘Memorial Gisembe’, hari kandi Karete , Boxe, Handball, Golf, Taekwondo, imikino y’abamugaye, Kungfu,, gusiganwa ku magare , Umupira w’amaguru, ‘Tennis de table (Ping Pong),Tennis, imikino yo koga ndetse n’imikino yo mu mashuri. Theoneste Nisingizwe
| 255 | 734 |
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.